Monday, June 29, 2020

INTEGUZA Ya Kristo "GUTSINDISHIRIZWA" :Amagambo yakuwe muri Bibiliya n’ibitabo by’umwuka w’ubuhanuzi Copyright-2012 Troisième impression en Kinyarwanda. Re-Typed on June 29th, 2020 for soft copy availability.

Kwezwa k'Ubuturo bwera incuro ya(1) mbere 22/10/2020 Kubanziriza mu beza Isabato(Guhongerera ibyaha by' abeza isabato batsindishirijwe) hakarobanurwa mo abazasukirwa Imvura y' Itumba. Abo batsindishirijwe bazarobanurwa mubandi bagize rawodokiya ariryo torero ry' abadivantisiti b' umunsi wa karindwi(7) barigutegurwa ubu kandi bazaba basukiwe imvura y' itumba ariyo mwuka Wera wasezeranijwe gusukwa mu beza Isabato mbere yo gutangazwa kw' itegeko ry' icyumweru muri Amerika no ku Isi yose(Universal Sunday Law hagati ya tariki 7-16/02/2021)Bakazabwiriza mu Ijwi rirenga ubutumwa bwa Marayika wa Gatatu(3 buri mu Ibyahishuwe 14:9-13) mumyaka (3) kuva 7-16/02/2021 kugeza 7-16/02/2024 ubwo Hakabaho kwezwa k' ubuturo bwera ku inshuro ya(2) kabiri nyuma yo gushyirwaho ikimenyetso cy' Imana(ISABATO) mubantu b' ubwoko bw' Imana kugeza ubungubu bakiri muri baburoni(Amadini yeza icyumweru n' ayagipagani n'abatizera Kristo ) , ibyago birindwi(7) by' imperuka bikabona gutangira mumwaka wa 2024 icyago cya gatanu(5) aricyo intebe y' ubutegetsi bw' Inyamanswa(Vatikani itangira gutegeka (7-16/02/2021) ikazamara amezi mirongo ine n' abiri(42 yo mu Ibyahishuwe 13:5, na Daniyeli 12:7) kugeza mu icyago cya gatandatu kirangiye 31/08/2024 ari nabwo hazaba hashize iminsi 1290 yo muri Daniyeli 12:11, nyuma Icyago cya Karindwi(7 ari nacyo Yesu Kristo azazira mo) kigatangira 01/09/2024 kikazageza itariki 15/10/2024 ariho haba nziriza iminsi irindwi(7) tuzazamuka mu ijuru maze ku itariki 22/10/2020 nyuma y' iminsi 1335 yo muri Daniyeli 12:12-13 Daniyeli hamwe n' abera bandi bazutse n' abo Yesu Kristo azaba asanze bakirimo Umwuka batarapfa akabarokora 144000 twese hamwe tuzabone guhagarara na na Daniyeli mu mwanya wacu, Kunyanja y'ibirahure, twinjiye mu rurembo rwo mu Ijuru. Soma neza ibijyanye no kwitegura urubanza muri buri kiciro cyo Kwezwa k' ubuturo bwera bwo mu ijuru ariko kurangira kw' imbabazi kubeza isabato 22/10/2020, nyuma zigasigara kubakiri muri baburoni, nabo ukwezwa k' ubuturo bwera kuri bo kukazakurikiraho nyuma y' irangira ryo kuburira abatuye iyi si kubyago birindwi(7) by' imperuka bigiye kubasukwaho abazaba baranze kweza Isabato yo ku munsi wa karindwi(7) bakeza Icyumweru, isabato mpimbano yo kumunsi wa mbere(1) ikimenyetso cy' ubutegetsi bw' ubupapa na kiriziya gaturika y' i Roma , ubwo iryo burira rishingiye kukuvuga mu ijwi rirenga ubutumwa bwa marayika wa gatatu(3) rizaba rirangiye 22/10/2023 kugeza 7-16/02/2024:  Umunzani wo kwizera Ubushobozi bw' Imana Abadiventisiti b' umunsi wa 7 bapimirwa ho ni Ukwemera Kwicwa ntibatinye Urupfu aho kubicisha Amategeko 10 y' Imana no kutica  'ISABATO'
COLLECTION:
The Eternal Order of Almighty God through Jesus Christ is the Lord of Christians' 7th Day Sabbath"Those Who keep God's 10 Commandments fully and Having the Spirit of Prophecy"; While The Jesuit Order of SATAN through Pope Francis is the Lord of Ancient Pagan Roman Sunday in Laudato SI' 237: Currently being promoted as "Freedom Sunday" a Liturgy in this COVID-19's New World Order led by Roman Catholic Church Jesuit Pope Francis. Revelation 13:1-18"Mark of The Beast  is Sunday Worship by Law" and is Coming very very Soon"September 1st  2020 to 7th February 2021 till August 31st, 2024 and End of Global  Sunday Keepers Activities on Earth on October 15th, 2024 by 2nd Coming of Jesus Christ. Ibisa nk'ibyo ubonye mururimi rw' Icyongereza urabisoma aho hepfo; Urumva n' Amajwi abisobanura mu kinyarwanda:
Kuburira abumva i kinyarwanda bose ko Leta y' U Rwanda cyangwa leta y'aho baba bari hose muri diyasipora Nibahatira Kutagira Icyo mukora ku Cyumweru, ititaye kukubaha uburenganzira bw' Umutimanama bwo guhitamo ISABATO yera itegeko rya 4 ryo mu Kuva 20:8-11, Ahubwo Ikabahatira ngo Musenge ku Cyumweru(Sunday Law, Dimenche), namwe Muzabanze mubitekerezeho kabiri kuko Uzabyemera wese azicwa n' Imana mugihe cy' Ibyago Birindwi(7) by' imperuka Kuva tariki 17 Gashyantare 2024 ukageza tariki 15 Ukwakira 2024 Yesu atungutse ku Bicu , ibi bizaba rwose kuva nyuma y' Imyaka itatu(3) uhereye igihe itegeko ry' Icyumweru rizaba ryatangarijwe Isi Yose mu mwaka utaha hagati ya tariki ya 7 na 16 Gashyantare 2021(First Sunday of Lent=Sunday For Catholic Families in New World Order initiated during Season of Creation from September 1st to October 4th 2020 for a "Creation Sunday" izabyara "Universal Common Good=Sunday Law": iri tegeko ry' icyumweru ryihishe mucyiswe amasezerano y' Iparisi abazarikurikiza bose bazababategereje igihano cy' Imana isumba byose Ny' Ir' Isabato Yera cyibaganisha ku kurimbuka kw' abari mu isi bose mu byago bi 7 by'imperuka kuva tariki 16 Gashyantare 2024 kugeza igihe Yesu azaba atungutse ku Bicu muma saha ya saa 1:59 zijoro tariki 15 Ukwakira 2024,hakarimbuka  abazemera Kweza Icyumweru kugahato ka leta n' urugaga ruhagarariye amadini mu rwego rw' igihugu bakanga kweza Isabato itegeko ry' Imana rya 4 mu Kuva 20:8-11[Umva Amajwi-Audio: Kanda hano Ikigisho cya mbere ( Igice cya mbere 1_Igice cya kabiri 2_Igice Cya Gatatu 3:  )
Ukande kuri buri gice aho ngaho maze wiyumvire ibijyanye n' Ubuhanuzi buganisha abantu bose beza Isabato, k' Umunzani wo kwizera Ubushobozi bw' Imana Abadiventisiti b' umunsi wa 7 bapimirwa ho, ariwo "Ukwemera Kwicwa na Leta(Death Penalty cg Capital Punishment ya St Thomas Aquinas) ntibatinye Urupfu bakatirwa n' amategeko yatowe n' abatazi agaciro k' amategeko 10 y'Imana  aho kubicisha Amategeko 10 y' Imana arimo irivuga ku kimenyetso cy'Imana aricyo kutica  'ISABATO' mugihe Icyumweru(Ikimenyetso cy' Inyamanswa"Universal common good ,ariyo International Sunday Law") cyizaba cyigizwe umunsi mpuzamahanga werejwe gusengerwa ho no kutagira igikorwa ukorerwaho kubwo kubahiriza amasezerano yo kurengera ibidukikije y' i Parisi ( Paris Agreement on Climate Change) bikemezwa na Leta n' abahagarariye amadini yose aya Gikirisitu n' atemera kristu yo mu gihugu. ]:Mugihe umaze kwiga ibijyanye n' umunzani upimirwaho abeza Isabato, Sangiza izi Link 2 byibuze abantu 7 uzi bireba ubaburire utazabazwa amaraso y' abo: 
a) Kanda aha wumve Amajwi-Audio 1: Agaciro k' Isabato, Isabato IreraUyishe ntakabure Kwicwa. Icyumweru ni Umunsi muhimbano Uwiteka atejeje, Uwejeje mu byago 7 Ntazabura Kwicwa.
b) Kanda aha wumve Amajwi-Audio 2: Uko Akarengane Kazaza gasa Gashingiye ku guhatira abeza ISABATO kuyica kubw' Inyungu za Leta n' abanyamadini, bibumbiye hamwe mukwerereza Itegeko ry' Icyumweru cy' umujezuwiti w' i Roma papa Francis,  cyo muri Lawudatosi paragarafe ya 237.
c) Kanda aha wumve Amajwi-Audio 3 part 1, Audio 3 part 2: Ubuhanuzi bwagenewe iyi minsi y' imperuka ya COVID-19 ari mu buhanuzi bwa Daniyeli bw' Iminsi 1335 muri daniyeli 12:12 butangirana na tariki 7 Gashyantare 2021 , bukageza Daniyeli ahagaze kunyanja y' Ibirahuri mu Ijuru ku itariki 22 Ukwakira 2024, Yesu azaba yara tungutse kubicu ku itariki 15 Ukwakira 2024, Nyuma y' Akarengane gakomeye k' imyaka 3 n' amezi 6 bingana n' amezi 42 yagenewe ybytegetsi bwa New World Order mu Ibyahishuwe 13:5,Ayo mezi 42 azarangira tariki 31 Nyakanga 2024.
d) Kanda aha wige intandaro y' Itorero Imana yereje Kuzaburira abatuye isi kuva mu mwaka 22/10/1844 , usome Iki Gitabo byimbitse wige amateka ya Elina WayitiINTUMWA Y' IMANA
e) Kanda aha usome iki Gitabo wige Inzira yabugufi bita Inzira yo Gutsindishirizwa n' Ubuntu kubwo kwizera: "INTEGUZA Ya Kristo GUTSINDISHIRIZWA "Amagambo yakuwe muri Bibiliya n’ibitabo by’umwuka w’ubuhanuzi Copyright-2012 Troisième impression en Kinyarwanda. Re-Typed June 29th, 2020 for soft copy availability.
f) Kanda aha wumve ubuhamya bw' Umwanditsi: w' igitabo 1)Intumwa y' Imana, 2)Gutsindishirizwa, 3)Intambara Ikomeye, mu kinyarwanda kuri interineti no mu majwi.
g)Kanda aha wumve Amajwi-Audio 4: 2020-06-28-06h45'45'' Ntamuntu Uzinjira mu Ijuru 15-22 Ukwakira 2024 Ataremeye ngo Anemeze Abandi kumvira Amategeko 10 y' Imana n'Itegeko rya 4 ry' Isabato nyumya Y' Itegeko ry' Icyumweru Mu RWANDA no Mubindi Bihugu ku Isi hose.
h) Kanda aha wumve Amajwi-Audio 5: Uko Ubusobanuro bw' Inyamanswa yo Muri Daniyeli no Mu Ibyahishuwe imenyekana umubare ushobora gukoresha 666 iyisobanura cyangwa ukoresheje igitabo cya Matayo 24:15, Daniyeli 7:1-23,Daniyeli 8,9,10,11,12, Ibyahishuwe13,14,15,16,17,18,19,20).
i) Kanda aha wumve Amajwi-Audio 5 _Igice cya mbere(1)Igice cya kabiri(2)Ubuhanuzi bwa Daniyeli bw' Iminsi 1260 n' Icyago cya ga Tanu muri 1 Werurwe kugeza  muri 31 Nyakanga 31 2024; 1290 n' Icyago cya Gatandatu muri 1-31 Kanama 2024, 1335 n' Icyago cya Karindwi muri 1 Nzeri kugeza muri 15 Ukwakira 2024 na 22 Ukwakira 2024.
j)Kanda aha wumve Amajwi-Audio 6 _Paris Agreement mu,(in) Rwanda,Itegeko Ry'Icyumweru,Icyimenyetso Cy' Ubupapa aricyo Bibiliya mu Ibyahishuwe 14:9-11 yita Ikimenyetso cy' Inyamanswa ariyo Nyamanswa Ya 4 yo muri Daniyeli 7:1-23-28,Yesu Azaza saa saba 01:59' a.m mu gicuku cyo ku itariki 15-10-2024 Kurimbura abafatanyije n' inyaamanswa ya 4 mu bwami bwayo bwa New Wordl Order bose bwatangiranye na COVID-19 Pandemic 11-18 January 2020,arokore Abeza Isabato Biyemeje No Kuyipfira Mu Izina Rya Yesu,record20200707075655:
Soma iherezo ry' ubutegetsi bwa vaticani buyobora muri titire y' ubutegetsi bwa pontifexe Maximusi buyihuza n' Inyamanswa yahanuwe na Daniyeli ya 4 yatangiye yitwa ubutegetsi bwa Roma ya gipagani ubu ikaba yitwa ubutegetsi bwa Roma ya Gi papa yiyita Kiriziya Gaturika ya Roma ya Gikirisitu iri kumisozi i rindwi 7 ya Vatikani mu Ibyahishuwe 17:1-18 yatangije gutegekana n' amahembe 10 aribo bami 10 bategekanaga na Consitantino mukuru umwami wabami w'i Roma muri 300-321-340 iyo niyo nyamanswa ya 4 yahaaye ububasha bwayo ubutegetsi bw'idini ya Kiriziya Gaturika y' I Roma muri 538{Daniyeli 7:1-28;  }
k)Soma neza ibyerekeye y' Amasezerano y' I Parisi inama y' abaminisitiri yemeje ko agomba gutangira gushyirwa mu bikorwa (.......) u Rwanda rwemeye kuzinjizamo abaturage barwo, mugihe Amerika(USA) yanze kuyasinya ngo izayinjize mo abaturage bayo!{ 

U Rwanda rwemeje burundu Amasezerano y’i Paris yerekeye imihindagurikire y’ibihe









U Rwanda rwinjiye mu mubare w’ibihugu bisaga 80 byo hirya no hino ku isi  byamaze kwemeza burundu Amasezerano y’i Paris yerekeye imihindagurikire y’ibihe. Aya masezerano mpuzamahanga  agena uburyo bwo gushyira mu bikorwa ingamba zo gukumira izamuka ry’igipimo mpuzandengo cy’ubushyuhe bw’Isi, kikaguma hasi ya dogere 2 (2°C) ariko intego ikaba ko iki gipimo kigera hasi ya dogere 1.5 (1.5°C). Nka kimwe mu bihugu byibasiwe n’imihindagurikire y’ikirere, u Rwanda rushishikajwe no gushyiraho ingamba zo kugabanya imyuka yangiza ikirere ndetse no kurushaho kubaka ubudahangarwa ku mihindagurikire y’ibihe. Amasezerano y’ i Paris atanga umurongo wo kugera kuri izi ntego binyuze mu bufatanye bw’Umuryango mpuzamahanga no gushyigikira ibihugu byibasiwe n’ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe.
Amasezerano y’i Paris yagizwe itegeko mu Rwanda binyuze mu Iteka rya Perezida Ryemeza Burundu Amasezerano y’i Paris ashamikiye ku Masezerano y’Umuryango w’Abibumbye Yerekeye Imihindagurikire y’Ibihe. Ku wa 6 Ukwakira uyu mwaka, u Rwanda rwagejeje ku Munyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye inyandiko igena iyemezwa ry’aya Masezerano. Iyi nyandiko yashyizweho umukono na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Louise Mushikiwabo.
Minisitiri Mushikiwabo yatangaje ko u Rwanda rutewe ishema no kwemeza burundu Amasezerano y’I Paris.
Agira ati: “Dutewe ishema no kwemeza burundu Amasezerano y’i Paris yerekeye imihindagurikire y’ibihe. Twizeye ko ubufatanye bw’amahanga buzafasha kugabanya igipimo cy’ubushyuhe bw’isi kikaguma hasi ya dogere 1.5. Binyuze mu Kigega cyo gutera inkunga imishinga yo kurengera ibidukikije (FONERWA), u Rwanda ruri kwereka amahanga ko iyo imishinga yo muri uru rwego icunzwe neza bifasha mu guhanga akazi ndetse no kubaka ubudahangarwa bw’abenegihugu ku mihindagurikire y’ibihe. Twiteguye gukomeza gukorana n’abafatanyabikorwa bacu ndetse n’inshuti mu rugendo twiyemeje rwo kugera ku iterambere rirambye kandi ritangiza ibidukikije.
Amasezerano y'i Paris yemejwe mu gihe ibihugu byitegura guhurira i Marrakech mu nama ya 22 y'Ibihugu byashyize umukono ku masezerano mpuzamahanga yerekeranye n'imihindagurikire y'ibihe (COP22). Ni mu gihe kandi isi yishimira indi ntambwe amahanga aherutse gutera mu rugamba rwo kurengera ikirere ubwo yemezaga ivugururwa ry'Amasezerano ya Montreal, ivugururwa ryemerejwe i Kigali mu Rwanda.
Kubera iri vugururwa , isi izabasha kugabanya dogere 0.5 (0.5°C) ku gipimo mpuzandengo cy'izamuka ry'ubushyuhe bw'isi mbere y'uko iki kinyejana kirangira. Uyu uzaba ari umusaruro wo guhagarika ikora n'ikoreshwa ry'imyuka ya ‘hydrofluorocarbons’ (HFCs) isanzwe ikoreshwa mu byuma bikonjesha nk'uko byemejwe mu ivugururwa ry'Amasezerano ya Montreal. Iyemezwa ry'iri vugururwa ni kimwe mu bikorwa by'ingenzi byo kurengera ikirere ibihugu bizaharanira gushyigikira no guteza imbere ubwo ababihagarariye bazaba bahuriye mu nama izabera muri Maroc mu kwezi gutaha.
Ibyerekeye Amasezerano y’I Paris
Amasezerano y’i Paris azatangira gukurikizwa tariki 4 Ugushyingo 2016, ni ukuvuga iminsi 30 nyuma y’aho mu bihugu byayemeje ibigera kuri 55 byihariye 55% by’imyuka yose yangiza ikirere bitangiye inyandiko zigena iyemezwa n’iyubahirizwa ryayo. Biteganyijwe ko ubwo hazaba hateranye Inama ya 22 y’Ibihugu byashyize umukono ku Masezerano y’Umuryango w’Abibumbye Yerekeye Imihindagurikire y’Ibihe (COP22) izabera I Marrakesh mu kwezi gutaha, ibihugu byashyize umukono ku Masezerano y’i Paris bizahura bikaganira ku ishyirwa mu bikorwa ryayo.
Amasezerano y’I Paris ateganya uburyo amahanga afatanyiriza hamwe mu guhangana n’ingaruka ziterwa n’imihindagurikire y’ibihe ndetse akanagaragaza intambwe buri gihugu gisabwa gutera mu rugamba rwo kugabanya izamuka ry’ubushyuhe bw’isi. Aya Masezerano kandi anateganya inkunga ya miliyari 100 z’amadolari ya Amerika yo gutera inkunga imishinga igamije kurengera ikirere, guteza imbere ikoranabuhanga ritangiza ikirere ndetse no gushyigikira urugendo rugana ku bukungu butangiza ibidukikije.
Imihindagurikire y’ibihe mu Rwanda
Mu Rwanda, ubushyuhe bwazamutse ku gipimo mpuzandengo cya dogere 1.4 (1.4°C) kuva mu mwaka w’1970. Mu gihe nta gikozwe, iki gipimo cyazamuka kugera kuri dogere 2.5 bitarenze umwaka wa 2050. U Rwanda rwatangiye kugerwaho n’ingaruka zikomoka ku mihindagurikire y’ibihe n’izamuka ry’ubushyuhe bw’isi, harimo amapfa ndetse n’imyuzure ikunze gutera inkangu mu bice bitandukanye by’igihugu.
Andi makuru
  • Iteka Rya Perezida n° 20/01 ryo ku wa 27/09/2016 Ryemeza Burundu Amasezerano y’i Paris Ashamikiye ku Masezerano y’Umuryango w’Abibumbye Yerekeye Imihindagurikire y’Ibihe. Waribona hano.
  • Amafoto ya Ministeri w’Ububanyi n’Amahanga ashyira umukono ku Masezerano ya Paris ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye I New York muri Mata 2016 wayasanga hano.
  • Amafoto y’Itsinda ryahagarariye u Rwanda mu biganiro byasojwe n’iyemezwa ry’Amasezerano y’I Paris mu Kuboza 2016 wayasanga hano.
  • Rwanda’s Climate Action Plan (Nationally Determined Contribution) hano.
  • Soma hano inyandiko yose ikubiyemo Amasezerano y’I Paris. 
 } Ibyemezo kunsengeroIbyemezo by' Inama y' Abaminisitiri yemeje imyanzuro yo gushyira mu bikorwa amasezerano y' i Parisi, [ Ukundi washaka ibijyanye n' amasezerano y' i Parisi arinda ikoreshwa ry' ibikomoka kuri peterori hagashyirwaho ikoreshwa ry' ibikomoka kungufu z'indink' imirasire y' izuba ni'ingufu zisubiramo"Renewable Energy-Energy funding included in this Law " andika muri gugo: "amasezerano y' i parisi, mu rwanda, june 2020,"], [UPDATED NATIONALLY
[Insengero n’utubari birakomeza gufunga (Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri)
Yanditswe na MALACHIE HAKIZIMANA
18-05-2020 - 21:59'    |     Ibitekerezo ( 1 )
None ku wa mbere tariki ya 18 Gicurasi 2020, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye hifashishijwe ikoranabuhanga, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ifatirwamo imyanzuro ikurikira:

1. Inama y’Abaminisitiri yasuzumye ingamba zafashwe zo gukumira ikwirakwira ry’Icyorezo cya COVID-19, yemeza ko ingamba zikurikira zihita zitangira gukurikizwa.

Izi ngamba zizongera kuvugururwa nyuma y’iminsi 15 hashingiwe ku isesengura ry’Inzego z’ubuzima.

Ingamba rusange zo kwirinda COVID-19

a. Gahunda yo gupima abantu indwara ya COVID-19 izakomeza mu Gihugu hose.

b. Udupfukamunwa tuzakomeza kwambarwa igihe cyose umuntu agiye aho ahurira n’abandi.

c. Serivisi zemerewe gukora zigomba kubahiriza amabwiriza atangwa n’Inzego z’Ubuzima (gukaraba intoki, kwambara udupfukamunwa, gusiga intera hagati y’umuntu n’undi).

d. Abacuruzi bose barasabwa kwemera kwishyurwa hakoreshejwe ikoranabuhanga nka bumwe mu buryo bwemewe bwo kwishyurana.

e. Ingendo zirabujijwe guhera saa tatu z’ijoro kugeza saa kumi n’imwe za mu gitondo.

Serivisi zemerewe gukomeza gukora

a. Ibikorwa by’Inzego za Leta n’iby’abikorera bizakomeza, ariko buri rwego rugakoresha abakozi b’ingenzi, abandi bagakomeza gukorera mu rugo bifashishije ikoranabuhanga.

b. Ibikorwa bya siporo y’umuntu umwe hanze biremewe, ariko inyubako zikorerwamo imyidagaduro (gyms) zizakomeza gufunga.

c. Ingendo zemewe gusa hagati mu Ntara. Ingendo hagati y’Intara zitandukanye cyangwa Intara n’Umujyi wa Kigali zirabujijwe, ariko zizasubukurwa ku itariki ya 01 Kamena 2020.

d. Imihango yo gushyingura igomba kujyamo abantu batarenze 30.

e. Ishyingirwa imbere y’Ubuyobozi riremewe, ariko rigomba kwitabirwa n’abantu batarenze 15. Iyindi mihango nko gusezerana mu nsengero cyangwa ibirori byo kwiyakira ntibyemewe.

Serivisi zizakomeza gufunga

a. Imipaka izakomeza gufungwa, kereka ubwikorezi bw’ibicuruzwa (cargo trucks). Abanyarwanda n’abandi bantu basanzwe batuye mu Rwanda bemerewe gutaha, ariko bagahita bashyirwa mu kato (isolation) nk’uko amabwiriza y’ubuzima abiteganya. Abari mu kato baziyishyurira ikiguzi cya serivisi zone bazahabwa.

b. Amashuri azakomeza gufunga kugeza muri Nzeri 2020.

c. Insengero zizakomeza gufunga.

d. Utubari tuzakomeza gufunga.

e. Moto n’amagare ntibyemerewe gutwara abagenzi, ariko bishobora gukomeza kwifashishwa mu gutwara ibintu babigeza ku bandi. Bizongera kwemererwa gutwara abagenzi guhera ku itariki ya 01 Kamena 2020.

f. Inama n’amateraniro rusange cyangwa mu ngo z’abantu birabujijwe.

2. Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yamenyesheje Inama y’Abaminisitiri ko yahaye imbabazi umuntu umwe, n’imbabazi rusange abakobwa mirongo itanu (50) bari barakatiwe n’inkiko kubera icyaha cyo gukuramo inda.

3. Inama y’Abaminisitiri yemeje Iteka rya Minisitiri ryemeza ifungurwa ry’agateganyo ry’abagororwa 3596 bahamwe n’ibyaha binyuranye.

4. Inama y’Abaminisitiri yemeje politiki, gahunda n’ingarnba zikurikira:

o Imbanzirizamushinga y’itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2020/2021 hamwe n’imibare y’ikigereranyo cy’ingengo y’imari y’igihe giciriritse cy’imyaka itatu 2020/21 - 2022/23;

o Ingamba zivuguruye mu gushyira mu bikorwa Amasezerano y’i Paris yerekeye imihindagurikire yIkirere no kubungabunga ibidukikije;

o Umushinga wa East Investment Company wo kubaka no guteza imbere isoko rya Bugesera.

5.Inama y’Abaminisitiri yemeje imishinga y’amategeko ikurikira:

o Umushinga w’itegeko rishyiraho Ikigo gishinzwe iby’Ikirere mu Rwanda (Rwanda Space Agency);

o Umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu amasezerano avuguruye ashyiraho Umuryango w’Ubukungu wThihugu bya Afurika yo hagati (ECCAS).

6. Inama y’Abaminisitiri yunguranye ibitekerezo ku ivugururwa rya gahunda yo guteza imbere siporo mu mashuri.

7. Inama y’Abaminisitiri yemeje ko aba bakurikira bahagarira ibihugu byabo ku rwego rw’Aba_mbasaderi n’Umuryango Mpuzamahanga mu Rwanda:

Abambasaderi:

o Bwana Chae Jin-Weon: Ambasaderi wa Repubulika ya Koreya mu Rwanda ufite ikicaro i Kigali.

o Bwana Jaspal Singh: Ambasaderi wa Repubulika ya Singapore mu Rwanda ufite ikicaro muri Singapore.

o Bwana Jesus Agustin Manzanilla Puppo: Ambasaderi wa Repubulika ya Venezuwela mu Rwanda ufite ikicaro i Nayirobi.

o Bwana Valentin Zellweger: Ambasaderi w’Ubusuwisi mu Rwanda ufite ikicaro i Nayirobi.

Uhagarariye Umuryango Mpuzamahanga

o Madamu Mama Keita: Umuyobozi w’Ibiro by’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba muri Komisiyo y’Ubukungu y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe Afurika (UNECA) ufite ikicaro i Kigali.

8. Inama y’Abaminisitiri yashyize mu myanya Abayobozi ku buryo bukurikira:

o Abagize inama y’Ubutegetsi- Urwego rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB)

1. Itzhak Fisher, Perezida

2. Evelyn Kamagaju, Visi Perezida

3. Alice Nkulikiyinka, Ugize Inama y’Ubutegetsi

4. Diane Karusisi, Ugize Inama y’Ubutegetsi

5. Ivan Kagame, Ugize Inama y’Ubutegetsi

6. Eric Kacou, Ugize Inama y’Ubutegetsi

7. Solange Uwituze, Ugize Inama y’Ubutegetsi

8. Liban Soleman Abdi, Ugize Inama y’Ubutegetsi

9. Faith Keza, Ugize Inama y’Ubutegetsi.


Amagambo yakuwe muri Bibiliya n’ibitabo by’umwuka w’ubuhanuzi
Copyright-2012
Troisième impression en Kinyarwanda.


Ubusobanuro kuri iyi nyandiko usoma:
Iyi si Copi orujinari y’Iki Gitabo ubona“INTEGUZA No1”, nk’uko uzabisoma. Ahubwo iyi  ni inyandiko yanditswe n’intoki hifashishijwe kompiyuta. Igizwe n’ibyasomwe mugitabo “INTEGUZA No1”, hakiyongera ho bumwe m’ Ubushakashatsi bw’ umwanditsi.
Aya ni amagambo y’Umwanditsi wifuje kugeza k’Umusomyi, ubundi buryo bufasha uwahejejwe mu bibi, bituruka ku cyaha, guhinduka Uwatsindishirijwe; binyuze mukumugeza ho inyandiko y’iki gitabo “INTEGUZA No1”, iri sofuti, itarinze kumugera ho iguzwe, cyane cyane kubantu bayifuza ga ntibayibone k’ubuntu.
Bizatuma Abayikeneye bose babasha kuyitunga kuri mudasobwa zabo, kuri telefoni zabo, ndetse no kuri interineti,ibashe kandi no korohera uwakenera kuyihindurira mururimi rundi hakurikijwe abo agambiriye kuyishikiriza bose.
Bizorohereza abayikunze bose kuyisangiza abandi bose bayikeneye hifashishi jwe imbugankoranyambaga zitandukanye.
Abantu bose kandi barayikeneye! Yohana 12:32. Ibyahishuwe 14:1-20.

Ubuhamya bw’ Umwanditsi. None saa 16:15’, kuwa 22 Gicurasi, 2020.
Hashize igihe kitari kigufi hamenyekanye imbaraga ya Mwuka Wera yakoreye mubize iki gitabo “INTEGUZA No1 “, basomye ipaje ku ipaje, basomye bashishikaye haba hagati mugicuku, haba kare kare mu museso, haba kumanywa y’ihangu, haba ndetse no ku mugoroba, cyangwa na nijoro, abo bahoze mbere yaho bashishikajwe no kumenya neza imfunguzo zabasha kubakingurira bagasohoka muri gereza y’icyaha. Icyaha cyaba fungira niye mo igihe cyose batari bagasobanukirwa neza ibyizo mfunguzo, nyamara bitari byaraboroheye kugerageza kuyisohoka mo mugihe hakoreshejwe imbaraga zose z’umuntu kugiti cye, bikarangira bidashobotse! Ibyo nibyo nahoze mo, narwanije icyaha kuva nkimenya ko icyaha kiri muri iyi Si, ariko sinabashije kugeza aho ngejejwe ubu na Kristo ujyiye kugaruka bidatinze; Kandi byanyuze mugusoba nukirwa n’imfunguzo navuze zibone ka muri Iki Gitabo” INTEGUZA No1 “ .Iki gitabo ni Impano nahawe n’Umubyeyi wanjye wambyaye nkunda cyane KAMAYIRESE Adele, mugihe nawe kandi icyi gitabo  cyamugejeje kubisa n’ibyo byambaye ho maze kugisoma.
Gusa bimwe byo kudaha agaciro ibyo gusoma ibitabo byegereza umuntu k’Umana Ishobora byose Se w’Umwami wacu Yesu Kristo, nanjye nabanje kubika iyi mpano ntayisoma! Numvaga nkishoboye rwose kwirwanirira!Nabwirijwe n’Umubyeyi wanje ibyiyi nzira yo Gutsindishirizwa n’ubuntu kubwo kwizera, ari nabwo iyi mpano nayihawe kuva mukwezi kwa Gatandatu umwaka 2019 , sinahita nyisoma! Natangiye kuyisoma nshishikaye cyane nyuma y’amateraniro y’icyumweru cyose, umubyeyi wanjye yateranirije murugo iwacu ndi muri konji y’iminsi cumi n’itanu ngo mbashe kuyakurikirana mukwezi kwa Munani(Kanama) umwaka wa 2019! Ubu rwose Yesu yampinduriye amateka, kandi niringiye kuzamukana nawe ubwo agiye gutunguka kubicu byo mw’Ijuru tukijyanira ibudapfa hamwe n’abera bose”Ibyahishuwe 14:1-6-9-12-13-20”. Nawe wahindurirwa amateka ubishatse, wakwegera Yesu ukurikije inama uzakura muri iki gito aho uzaba uri hose!
Iki gitabo INTEGUZA No1 cyigisha neza cyane m’uburyo bunononsoye, ibyo GUTSINDISHIRIZWA biri muburyo bw’ihariye, bityo bikabashisha umuntu wahoraga abishakisha uko ashoboye kose gukingura ngo abashe gusohoka muri gereza y’Icyaha.
Iki gitabo gishoboye kubera uwabishatse wese umufasha w’uburyo bwo kwinjira m’Ubwami bw’Ijuru. Yesu araje 01:59’ a.m, 15/10/2024! Dore ajyeze kurugi!Bityo rero musomyi, fata umwanya wawe wose, uce akabogi, usome iki gitabo nk’uko umwanditsi wacyo yabigenje akikwandikira ngo ukize amagara yawe iteka ry’ igihenomu, kandi  urokore amagara yawe ibyago 7 by’imperuka biri bugufi kuza muri iyi Si, dore rwose Yesu araje kandi ajyeze kurugi, nk’ uko uzabibona byahishuriwe Umwanditsi kuva 22/10/2019.
Icyitonderwa: Umusomyi arararikirwa kwihanganira imyandikire no kudahindura ino nyandiko y’ umwimerere. Murakoze! Muryoherwe n’ Amagambo y’ Umutsima w'Ubugingo.


Umwanditsi : Nitwa Dr.IRAGUHA BANDORA Yves, RN, BScN, MD, MG,
Umuganga mu by’ Ubuzima Rusange bw’Abantu, n’ Umuvuzi mu Ububuforomo  Rusange.
Umwizera w’Umudivantisiti w’umunsi wa karindwi, Umuyobozi mukuru mucyiciro cy’urubyiruko rw’Abadivantisiti b’umunsi wa karindwi.
Uko wabona iyi Nyandiko
Iyi nyandiko iboneka hakoreshejwe itumanaho rya interineti gusa; Nyuma uyibonye akaba yashobora no kuyisangiza ku mbuga nkoranya mbaga zisanzwe, ziriho ubu aho bishoboka hose.
Itumanaho rya interineti nkoresha nkaba nakoherereza ubikeneye wese iyi nyandiko y’iki gitabo ni; e-mail: iraguhabandorayves@gmail.com,
Naho webusayiti wayisangaho ukayikurura kuri interineti ukayisoma ni: www.africanunionsc.org , (Ukinjirira ahanditse  “Meet the AUSC President”-Ugakanda ahanditse: “INTEGUZA No1-GUTSINDISHIRIZWA“ ).

IBIRI MO
1.      Uburyo umuntu yaremwe atunganye
2.      Icyaha ni iki?
3.      Uko umuntu yagera ku butungane: -Gutsindishirizwa
4.      Umuntu ashobora kubabarirwa ibyaha
5.      Gutsindishirizwa no kwezwa
6.      Kubyarwa ubwa kabiri
7.      Guhabwa ubwiza
8.      Ubuturo bwera:- Mu mateka,-Mu buryo bw’umwuka
9.      Urubanza
10.  Kwirondora ubwawe ni ngombwa
11.  Umwanzuro
12.  Bumwe m’ Ubushakashatsi bw’ umwanditsi


UBURYO UMUNTU YAREMWE ATUNGANYE
Imana n’Umwana wayo bamaze kurema isi n’inyamanswa bahereyeko basohoza ya nama bari baragambiriye satani ataragwa, ariyo yo  kurema umuntu mu ishusho yayo.
Bafatanije kurema isi n’ikizima kiriho. Noneho Imana ibwira umwana wayo iti: Tureme umuntu ku ishusho yacu, ase natwe. (Abakurambere n’ Abahanuzi, P12). Mbere umuntu akirema yari yahawe imico myiza n’umutima uhugutse nta nenge yari afite kandi yashyiraga hamwe n’Imana. Ibyo yatekerezaga byari ibyera; kandi ibyo agamije byareraga(Kugana Yesu,P.13).
Umuntu yari afite ishusho y’Imana mu by’umubiri no mu mico. Umwana w’Imana wenyine niwe wari wuzuye ubumana, ariko umuntu k’ubw’urukundo rw’Imana aremwa asa nayo.
Imibereho ye yari isanga n’ingoyi n’imico y’Imana. Ubwenge bwe bwashoboraga kuzamuka bukagera ku bintu byo mu ijuru.
Ibyifuzo bye byari biboneye, impagarike ye n’imigambi ye yose yavaga ku bitekerezo bitunganye kandi yari yishimie gukora ibihuje n’ubushake bw’Imana.  Babengerana icyubahiro cy’Imana n’abamarayika mu gihe cyose bamaze bumvira muri Edeni.
Umuntu yari afite ishusho y’Imana agasa nayo ku mubiri no mumico. Kamere ye yari ihuje n’Imana rwose. Yari atunganye kandi anezerewe afite ishusho y’Imana yumvira rwose amabwiriza y’Umuremyi (Abakurambere n’abahanuzi, P. 22).

UBURYO UMUNTU YAHINDANIJE UBWO BUTUNGANE
Ubwo umushukanyi yihangaga mu nzoka, amuteye gushidikanya itegeko ry’Imana yari yarahawe ryo kutarya kugiti cy’cy’ubwenge kimenyesha  ikiza n’ikibi , yihitiramo kumvira umushukanyi asoroma ku matunda y’icyo giti cyabuzanijwe ararya, ndetse ashyira n’umugabo we basangira kutumvira. Itangiriro 3:1-7.
Adamu amaze gucumura yibwira ko yisumbuye mu byo kubaho gushya , ariko bidatinze aterwa ubwoba no gutekereza iby’igicumuro cye. Umwuka wari mwiza ugasusuruka noneho ubasusira nk’ukonje. Abo bantu bombi bacumuye, bimenyaho icyaha cyabo, biyumvamo gutinya ibizaba bumva bakennye cyane bafite ubwambure bw’umutima. Urukundo rwiza, amahoro n’umunezero wo kunyurwa bias naho bibakuwemo, maze mu cyimbo cyabyo bibonamo ubukene bw’ibyo batigeze kumenya mbere hose.
Ubwo nibwo bwari ubwambere bireba uko bameze inyuma. Mbere hose ntabwo bajyaga Bambara, ahubwo bajyaga batwikirwa n’umucyo nk’abamarayika bo mu ijuru. Uwo mucyo wajyaga ubagota, uramuka. Kugirango boroherwe no kwiyumvamo ubukene n’ubwambure, batekereza ibyo gushaka umwambaro w’imibiri yabo. None se bajyaga guhinguka imbere y’Imana n’abamarayika bate batambaye? (Inama z’Imana muri iyi minsi P. 27).
«Ariko kutumvira niko kwatumye imbaraga ze zishira, maze kwikunda gusimbura urukundo yakundaga Imana. Umutima we udeburwa n’ibicumuro, bituma abura uko yakwitsindishiriza ubwe ngo aneshe ibibi. Aba imbohe ya satani. Yajyaga gukomeza kubayo iteka iyo Imana itamugoboka ngo imuhagarareho».
«Abantu bataracumura buzuraga n’Uwo ubutunzi bwose bw’ubwenge no kumenya bihishwemo. Abakorosayi 2: 3. Ariko aho amariye gucumura ntiyaba akinezezwa n’ibyera, niko gushaka uko yakwihisha Imana. N’ ubu niko bikimeze ku muntu utabyawe ubwa kabiri: ntabasha gushyira hamwe n’Imana, ntiyishimira kubana nayo” ». (Kugana Yesu, P. 13).
“Ingaruka zo kurya ku giti kimenyesha icyiza n’ikibi, zigaragarira mu mibereho ya buri muntu. Muri kamere ye harimo imbaraga ituma abogamira ku cyaha kandi ntiyatsinda wenyine adafite ububasha. Kugira ngo ashobore kurwanya iyo mbaraga, maze agree ku ntego we mu mutima we yumva ko ikwiriye, ashobora kubona ubufasha mu mbaraga imwe gusa, ni Kristo”. (Uburezi, P. 29).
NONE SE ICYAHA NI IKI?
Icyaha ni icyaje mu muntu yemeye gucumura. Dore uko Bibiliya igisobanura:
Matayo 7: 20-23: Icyaha ni ikiba mu muntu kimutera gukora nabi.
Abaroma 7: 14-20: Icyaha ni ikiba mu muntu.
Abaroma 8: 6-8: Icyaha ntabwo ari urutonde rw’ibikorwa bibi runaka dukwiriye kwirinda, ahubwo icyaha ni kamere ubwayo yo mu ntekerezo mbi ubwazo ituma tubogamira ku bibi.
UBURYO IMANA ISHAKA GUSUBIZA UMUNTU UBWO BUTUNGANE
            Nk’uko Imana yagambiriye kurema umuntu ku ishusho yayo yera, niko yifuza kubisohoza igarura ishusho yayo mu mitima yacu ngo tugire ingeso nk’izayo, izo umuntu yari afite akiremwa ibinyujije mu mpano y’ubuntu ya Yesu Kristo. Matayo 5:48 ; Abefeso 1: 4, Abefeso 5: 27.
            Icyaha cyaciye umworera hagati y’umuntu n’Imana Yesu aza kwitambika hagati ye n’ Imana nk’ikirarokimuhuza nayo; guhera ubwo ahinduka inzira n’ukuri n’ubugingo. Niyo mpamvu nta rindi zina ryahawe abantu ryo gukirizwamo keretse irya Yesu. Yohana 14:6; Ibyakozwe n’intumwa 4: 12.
INZIRA UMUNTU AGOMBA KUNYURAMO NGO AGERE KURI UBWO BUTUNGANE
Ahandi washakira iki cyigisho: Histoire du salut P.256-280.
1.      KWITABA KURARIKA KW’IMANA:
Abaroma 10: 14, Ibyahishuwe 3: 20.
Umwuka w’ Imana ahora akomanga ku mutima wa buri munyabyaha we. Uwo Mwuka ararika buri munyabyaha mu buryo butandukanye, bimwe mu byo akoresha n’ibi bikurikira:
a)      Ijambo ry’ Imana
b)      Ijwi ry’ Imana rikomanga ku mutima
c)      Imico myiza y’ abakristo bihannye
d)     Ibibwirizwa
e)      Ibitangaza
f)       Ibyago n’ amakuba.
Tuzirikane y’uko Imana ihamagara umuntu ari byo bitekerezo:  Imigani 23: 26; Mariko 7: 21-23.
Iyo yitabye irarika, yinjira mu rugo rw’intama ariryo torero rigaragara ryasigaye ryitondera amategeko y’ Imana, rifite guhamya kwa Yesu. Ibyahishuwe 12: 17, Ibyahishuwe 14: 12, Ibyahishuwe 19: 10.
            Benshi mu banditswe muri iryo torero rigaragara ntibazarokoka bitewe n’ uko bemeye ukuri nyamara ntibagukurikize. Ndetse hariho na bamwe bakurikiza imihango y’ itorero bakaza mu materaniro batanga icya cumi n’ amaturo, ntibakore ku isabato, ariko ntibazinjira mu bwami bwo mu ijuru imitima yabo nidahinduka. Umurimo w’iryo torero rigaragara ni ukugwiza umubare w’ab’ itorero ritagaragara. ( Amahame shingiro ya Bibiliya, P. 31).
2.      KWINJIRA MU ITORERO RITAGARAGARA (MU I REMBO) Yohana 10: 7-9
GUTSINDISHIRIZWA
“Nta numwe keretse abazaba baratsindishirijwe n’ amaraso y’ umwana w’ Intama hamwe n’ ijambo ry’ Imana ryo guhamya kwabo, nibo bazasangwa bakiranuka kandi ari abanyakuri, nta nenge bafite cyangwa ikizinga cy’ icyaha, nta buryarya bwabonetse mu kanwa kabo. Tugomba kwiyambura gukiranuka kwacu tukambara gukiranuka kwa Kristo”. (Ubutumwa bwatoranijwe, vol II, P 380).
Kugirango umuntu yinjire mu irembo (Kristo) yigishwa iby’I karuvali. Yesu ati: Nimanikwa hejuru y’ isi, nzireherezaho abantu bose. Yohana 12:32. Umunyabyaha akwiriye guhishurirwa Kristo, akamenya ko ariwe Mukiza wamanitswe ku musaraba azira ibyaha by’ abari mu isi. Iyo twitegereje Umwana w’ Imana ku musaraba nibwo duhishurirwa ibiyoberana by’ agakiza maze kugira neza kw’ Imana kukadutera kwihana. ( Kugana Yesu, P. 19).
Umuntu warabutswe Kristo ku musaraba agira ishavu n’ agahinda muri we biturutse ku kwitegereza ibyaha yakoze. Yobu 33: 19-22; Zaburi 38: 2-10 .
“Uwo Kristo agiriye imbabazi abanza gutuma ababazwa n’ ibyaha bye maze akaba ari umurimo w’ Umwuka wera kumwemeza ibyaha. Abantu bafite imitima yamaze kwemezwa n’ Umwuka w’ Imana, ntacyiza babona muri bo. Babona ko ibyo bigeze gukora byose bivanze n’ inarijye n’ icyaha, bagahagarara kure nka wa mukoresha w’ ikoro w’ umukene ntibatinyuke kureba hejuru, bagataka bati: Mana mbabarira kuko ndi umunyabyaha”. ( Abahirwa ni bande?, P. 12), Luka 18: 30).
“Icyaha kimwe utihannye kirahagije gufunga amarembo y’ ijuru ntiwinjire. Yesu yaje gupfira ku musaraba w’ i Karuvali kuko umuntu atari gushobora gukizwa afite n’ ikizinga kimwe. Ibyiringiro ufite byonyine ni ukureba kuri Kristo ukabaho”. ( Ibimenyetso by’ ibihe, Werurwe 17, 1890).
“Tubona ku musaraba w’ i Karuvali ikiguzi Umwana w’ Intama yatanze kugira ngo acungure umuntu. Ubwo yari amaze kwitangira abantu, gusubirana ishusho itagira inenge k’ umuntu kwari kworoshye nta yandi mananiza” ( Amahame y’ uburezi bwa gikristo, P. 135).
“Ibibi byo mu kubaho kwabo n’ icyaha cya kamere cyo mu mutima, byose barabihishurirwa, bagatangira kugira icyo bumva cy’ igitangaza cyo gukiranuka kwa Yesu, bakumirwa bati: mbese icyaha ni iki ngo kirihirwe igitambo kingana gityo? Mbese urukundo rungana rutyo n’ uwo mubabaro wose n’ agashinyaguro kose, ni ukugira ngo dukire urupfu tuzabone ubugingo budashira?”. ( Kugana Yesu, P. 19). Ubwo nibwo amenyeshwa ko icyaha ari umutima wa kamare umutera gukora ibibi.
“Iyo umuntu amaze kurabukwa Yesu mu mutima we uwo Mukiza amuhesha imfunguzo eshatu zo gutangira urugendo:
1.      KWIZINUKWA: Ibyahishuwe 12:1-17.”….,9.Cya kiyoka kinini kiracibwa, ari cyo yanzoka yak era yitwa Umwanzi na Satani, ari cyo kiyobya abari mu isi bose. Nuko kijugunywa mu isi, abamarayika bacyo bajugunyanwa na cyo.10.Numva ijwi rirenga rivugira mu ijuru riti” Noneho agakiza karasohoye, gasohoranye n’ ubushobozi n’ ubwami bw’ Imana yacu n’ ubutware bwa Kristo wayo, kuko Umurezi wa bene Data ajugunywe hasi, wahoraga abarega ku manywa na nijoro imbere y’ Imana yacu.11.Na bo bamuneshesheje amaraso y’ Umwana w’ Intama n’ ijambo ryo guhamya kwabo, ntibakunda amagara yabo, ntibanga no gupfa.12.Nuko rero wa juru we, namwe abaribamo nimwishime. Naho wowe was i we, nawe wa Nyanja we, mugushije ishyano kuko Satani yabamanukiye afite umujinya mwinshi, azi yuko afite igihe gito…..”. Kwizinukwa Nta wabyiha; ahubwo kamere twavukanye idutera kwigira shyashya, umuntu wese akireba ko ari agahano. Ngako akaga k’ itorero ryo muri iki gihe rigereranywa n’iry’  i Lawodokiya. Ibyakozwe n’ intumwa 3: 16-17. Ariko uko uwo muntu yitegereza Yesu, akigereranya nawe dore uko yiyumvamo:
-Daniyeli 10:8” sinasigarana integer ku bw’ ubwiza bwanjye bwampindukiye ububore, ndatentebuka”.
-Yobu 42: 6” Ibyawe nari narabyumviseshije amatwi, ariko noneho amaso yanjye arakureba, nicyo kinteye kwizinukwa nkaba nigaragura mu ivu”.
-Yesaya 6: 5; Luka 5:8 “ Akambi k’isuku ka Kristo iyo karasiye mu mutima kagaragaza akazinga kose, iyo kava kakagera, kagahishura ubugoryi n’ inenge by’ umutima w’ umuntu; kakagaragaza kwifuza kubi kose n’ ubuhemu bw’ umutima, n’ ubw’ iminwa ivuga ibyanduye. 1 Yohana 3: 4-10”Ubugome” bwose bw’ umunyabyaha bwo guhindura ubusa amategeko y’ Imana, iyo bugaragajwe n’ Umwuka wera, bituma ashenguka umutima akababara cyane Uko yitegereza Yesu utagira inenge arushaho kwizinukwa”(Kugana Yesu,P.21)Ibyahishuwe13:1-18. Intambara Ikomeye,Icyigisho 2”Itotezwa ryabaye mu binyejana bya mbere”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 3”Igihe cy’ umwijima mu by’Umwuka”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 4”Abawalidense(Abavoduwa)”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 5”Yohana Wikilife(John Wycliffe)”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 6”Huse na Yoramu(Husse na Jerome)”.
2. KWIHANA:Iryo jambo dusigaye turikoresha nabi, Kwihana si uguhaguruka mu iteraniro useka utitonze ngo uratwe n’anamdi. Burya kwihana ntibinejeje, kandi ntibisetsa. Ndetse nta numwe wakwiha kwihana ubwe, ntanushobora kwihanisha undi. Ahubwo n’ impano duhabwa na esu. Ibyakozwe n’ intumwa 5: 31.
            “Kwihana nk’ukwa Dawidi (Zaburi 51: 1-4) ubwacu ntitwabasha kubisohoza. Bamwe bibwira uko bidashoboka gusanga Kristo batabanje kwihana, bigatuma baheba ibyo Kristo yajyaga kubafasha. Icyakora kwihana kubanziriza kubabarirwa ibyaha(ibibi byahashize h’Umuntu kugeza ako kanya aba akirimo arikubitetereza ho ) koko, kuko umutima umenetse ushenjaguwe niwo gusa wumva ko ukeneye Umukiza. Ariko se umunabyaha yarindira kwihana ngo abone gusanga Yesu? Siko biri, kuko imbaraga iva muri Yesu ariyo imutera kwihana” Matayo 11: 28, Yohana 3: 1-17, Yohana 4: 1-42, Ibyahishuwe 14:1-20.
            -Kwihana kwo mu buryo bw’ Imana, ni ukubabazwa n’ububi bw’ umutima, si ukubabazwa n’uko ugiye guhanwa. Abaroma 7:18, Abaroma 19: 24, Ibyahishuwe 15:1-8,Ibyahishuwe 16:1-21, Ibyahishuwe 18:1-24, Ibyahishuwe 19:1-21. Intambara Ikomeye,Icyigisho 7”Luteri yitandukanya na Roma”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 8”Luteri imbere y’ inama y’ abategetsi bakuru”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 23”Umuburo  Bwera n’ iki?”.
            -Kwihana kutagira icyo kumaze ni ukwicuza ibibi umaze gufatwa  utinya ingaruka z’ ibyo wakoze. I Abakorinto 7: 10, Ibyahishuwe 17:1-18. Ahubwo twihanishwe n’ uko tumaze gusobanukirwa n’ Imico ya Yesu, tukizinukwa. Abaroma 2: 4, Luka 6: 5, Yohana 14:1- 31, Yohana 15: 1-27, Yohana 17:1-26, Matayo 24:15-24, Daniyeli 2:1-49, Daniyeli 7:1-28, Daniyeli 8:1-27, Daniyeli 9:1-27, Daniyeli 10:1-21, Daniyeli 11: 1-45, Daniyeli 12:1-13.
3.KWATURA IBYAHA: Utwikira ibyaha bye ntazabibabarirwa ariko ubyatura akabireka azababarirwa” Imigani 28:13, Ibyahishuwe 13:18, Yobu 28: 28, Imigani 1:7, 1Abami 3: 1-4, Daniyeli 9:1-27, Nehemiya 9:1-38,1Yohana 3:1-24, Matayo 6: 14-15, Matayo 5:7, Luka 1:77, Yesaya 55:1-13, Yesaya  56:1-12, Yesaya 58:1-14, Yesaya 61:1-11, Mariko 2:1-28. Intambara Ikomeye,Icyigisho 24”Ahera cyane”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 25”Amategeko ntakuka y’Imana”.
            Ntawashobora kwatura ibyaha bye Atari kumwe na Yesu, niyo mpamvu benshi bananiwe kubikora kuko batari kumwe nawe,Yohana 3:27, Ibyahishuwe 1:1-20, Ibyahishuwe 2:1-29, Ibyahishuwe 3:1-22, Ibyahishuwe 4:1-11, Ibyahishuwe 5:1-14, Ibyahishuwe 6:1-17, Ibyahishuwe 7:1-17, Ibyahishuwe 8:1-13, Ibyahishuwe 9:1-21, Ibyahishuwe 10:1-11, Ibyahishuwe 11:1-19, Ibyahishuwe 12:1-17, Ibyahishuwe 17:14, Ibyahishuwe 22:6-21. Intambara Ikomeye,Icyigisho 35”Intego z’ Ubupapa”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 36”Intambara itutumba”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 37”Ibyanditswe Byera ni Umurinzi”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 38”Umuburo Uheruka”.
            -Izi mfunguzo  eshatu:( 1.KWIZINUKWA, 2.KWIHANA, 3.KWATURA IBYAHA) nizo zifungura irembo riciye bugufi, umuntu wanga guca akabogi ngo ace bugufi ntiyanyuramo. Nyamara ntawuzakira atabikoze. Yakobo 5: 16. Intambara Ikomeye,Icyigisho 28”Isuzuma Rubanza”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 39”Igihe cy’akuba”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 40”Gutabarwa k’Ubwoko bw’ Imana”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 41”Isi ihinduka umusaka”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 42”Indunduro y’ Intambara”.
            -Kwatura k’ ukuri kuraromboreza kukemera ibyaha nk’ uko biri, ntigukikira.
Dore uko kwatura k’ukuri kugenda:
a)      Hariho ibyaha byaturirwa Imana gusa ( kuko ariyo yabimenye gusa).
b)      Hari ibyaha bibwirwa ababikorewe, n’ Imana gusa.
c)      Hari n’ibyaha byaturirwa mu ruhame kumugaragaro n’ Imana.
Ibyaha nk’uko byakozwe byerurwe ntibikikirwe ikintu cyose kivugwe nk’uko kiri mu izina, nubwo ingaruka zaba urupfu cyangwa kwishyuzwa ibirenze ibyo dufite, Yesu azabyishingira kuko ariwe ubidusaba. Ubundi ugatangira ubuhamya mu kubatizwa mu mazi menshi. (Kugana Yesu, P.29).
UBURYO UMUNTU ASHOBORA KUBABARIRWA IBYAHA.
a)      Kumenya ibyaha(Ibibi).I Yohana 1:8, Zaburi51:3
b)      Kwihana. Ibyakozwe n’intumwa 2: 37, 38
c)      Kwatura ibyaha no kubireka. Imigani 28:13
d)     Kuvuga icyaha mu izina. Abalewi 5:5
e)      Kugarura ibyibano. Ezekiyeli 33: 15
f)       Kwizera. I Yohana 1:9
g)      Amasezerano yo kubabarirwa ibyaha. Mika 7: 19, Zaburi 103:12.
Ubusobanuro bwo gutsindishirizwa:
·         “Nihaba imburanya mu bantu, bakajya kuburana bakabacira urubanza, batsindishirize uwakiranutse, batsindishe uwakoze icyaha”. Gutegeka kwa kabiri 25: 1, I Abami 8: 32. Intambara Ikomeye,Icyigisho 28”Isuzuma Rubanza”.
·         “Kandi yabikoreye kugira ngo no muri iki gihe yerekane gukiranuka kwayo, ngo ibe ikiranuka kandi itsindishiriza uwizeye Yesu”.Abaroma 3: 26.
Nk’uko tumaze kubibona muri aya magambo y’ Ibyanditswe byera, umuntu umaze gusobanukirwa n’ akaga arimo k’ ibyaha bye, agasobanukirwa neza ko ibihembo by’ ibyaha ari urupfu kandi ko iki gihano cy’ urupfu yagihaniwe muri Kristo I Kaluvali, avanye amakiriro ku kintu icyo ari cyo cyose maze akiringira Kristo wamucunguye, uwo niwe Imana ibona nk’ umwere imbere yayo, Atari kubwe ahubwo imurebeye muri Kristo wamukijije, maze Ikamutsindishiriza kuko yizeye Yesu.
Bityo, GUTSINDISHIRIZWA ni uguhamya ko umuntu ari umwere, ntacyo akurikiranwaho n’ amategeko.
            Umuntu ubabariwe aba atsindishirijwe kuko imbabazi no gutsindishirijwa ari ikintu kimwe. “Binyuze mu kwizera, umuntu wizera arahinduka akareka kuba umuntu wigomeka wabyawe n’icyaha, maze agahinduka umuntu utunganiye Kristo. Uko guhinduka ntigukomoka ku ngeso nziza z’ umuntu, guhinduka kuba kubera ko Kristo yakira umuntu ngo abe umwana we yirerera. Umuntu arababarirwa akambikwa imyenda myiza cyane yo gukiranuka kwa Kristo. Maze akagaragara ko nta cyaha afite mu maso y’ Imana”. ( SDA Bible commentary, vol.6, P.1070). Intambara Ikomeye,Icyigisho 25”Amategeko ntakuka y’ Imana”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 26”Umurimo w’ Ubugorozi”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 27”Ububyutse mwo muri iki gihe”.
            Iyo umunyabyaha yihannye asobanukirwa no kubabarirwa kwa Kristo n’ igitambo cye kimwezaho ibyaha. Umunyabyaha yemera urupfu rwa Kristo arirwo byiringiro bye rukumbi muri ubu buzima no mu bw’ ahazaza. Uko ni Ugutsindishirizwa( Kubabarirwa) kubwo kwizera. Intambara Ikomeye,Icyigisho 24”Ahera cyane”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 28”Isuzuma Rubanza”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 29”Inkomoko y’ikibi”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 30”Urwango hagati y’ Umuntu na Satani”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 31”Umurimo w’ imyuka mibi”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 32”Imitego ya Satani”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 33”Igishuko cya mbere gikomeye”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 34”Mbese abacu bapfuye bashobora kuvugana natwe?”.
            Iyo umuntu yitwaye ku Mana, yizeye koko kandi ababaye, amaraso ya Yesu amwezaho ibyaha byose yigeze gukora. I Yohana 1:9, nubwo uwo muntu aba atarahinduka kamere, Yesu aramutsindishiriza, Imana ikamubaraho gukiranuka adafite mu by’ ukuri. Bene uko gukiranuka Imana ibara ku muntu kubwo kwihana, tugukesha urupfu rwa Yesu. Abagaratiya 3: 13. Intambara Ikomeye,Icyigisho 19”Umucyo uvira mu mwijima”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 20”Ikanguka rikomeye mu by’ idini”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 21”Umuburo wirengagijwe”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 22”Ubuhanuzi bwasohoye”.
            Kubabarirwa gufite imigabane ibiri: 1) Umugabane wa mbere ni ugukurwaho ibyaha byo mu gihe cyashize. 2) Umugabane wa kabiri ni uko umunyabyaha akurwaho kuyoborwa na Satani. ( A Greek- English Lexion of the new testament, P.124).
            Mu kubidukuraho Imana iba iduteganyiriza umwambaro wo gukiranuka mu buryo bubiri:
1.      Gukiranuka tubarwaho
2.      Gukiranuka duhabwa.
Gukiranuka duhabwa n’ uko tubarwaho si ugukiranuka k’ uburyo bubiri: hariho gukiranuka kumwe gusa guhesha agakiza niko gukiranuka kwa Kristo, kwiyerekana mu nzira ebyiri. Zombi zirakenewe. Imwe ntiyatwara umwanya w’ indi. Inzira imwe rukumbi yo kubona uko gukiranuka ni ukwizera. Gukiranuka kudutsindishiriza nitwe kubarwaho, naho ukutweza turaguhabwa. 1.Ukwambere kuduhesha uburenganzira bwo kwinjira mu ijuru, 2.Ukwa kabiri kuduhesha imico y’ abakwiriye kuhatura (Ubutumwa ku basore, P.32).
            Gukora k’ Umwuka no kumurikirwa k’ ubwenge bw’ umuntu, bituma umuntu yizera Imana. Mu Byanditswe, byera kwizera kwitwa impano y’ Imana, imbaraga izana agakiza. Niko kumurikira ukuri nk’ ubutunzi bwahishwe. Umwuka w’ Imana niwo ushimangira ukuri mu mutima”. (SDA Bible commentary, Vol. 7 P.940) , Mariko 2:5; Mariko 10:52; Luka 5: 20; Abefeso 2:8; Abaroma 3:28, 30; Abagaratiya 3: 5,11: DUKIZWA N’UBUNTU KUBWO KWIZERA. Intambara Ikomeye,Icyigisho 9”Umugorozi w’ Umusuwisi”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 10”Iterambere ry’ubugorozi mu Budage”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 11”Ubuhakanyi bw’ Ibikomangoma”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 12”Ubugorozi mu Bufaransa”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 13”Ubuholandi na Sikandinaviya”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 14”Abagorozi b’Abongereza bakurikiyeho”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 15”Bibiria n’ impinduramatwara mu Bufaransa”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 16”Abakurambere b’ abimukira”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 17”Integuza za mugitondo”. Intambara Ikomeye,Icyigisho 18”Umugorozi w’ Umunamerika”.
            “Kuko umutima wawe wamaze gukangurwa n’ Umwuka Wera, ukubise amaso ibibi byawe bizanwa n’ ibyaha, n’imbaraga yabyo, n’ ishyano rizanwa nabyo; maze wumva ubizinutswe. Wahisemo kwiyegurira Imana noneho yisange uyisabe kubikuhagira, iguhe umutima mushya. Maze wizere ko ibikora byose kuko yabisezeranye.  Ntukarindire kwiyumvamo ko wakijijwe, ahubwo uvuge uti: ndizeye niko biri si uko mbyiyumvamo ahubwo ni uko Imana yabisezeranye”. Noneho ubwo wiyeguriye Yesu, NTUGASUBIRE INYUMA, NTUKONGERE KUMWIMURA, ahubwo iminsi yose ujye uvuga uti” ndi uwa Kristo naramwiyeguriye” umusabe kuguha Umwuka We, akurindishe imbabazi ze. ( Kugana Yesu, P. 36, 37, 38). Inyandiko z’ Ibanze ,Icyigisho ”Ijambo ryibanze rigaragaza amateka”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kwegereza kw’ ibihe by’ ubuhanuzi”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kudasohora kw’ ibyari byitezwe n’ igihe cyakurikiyeho”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Elina Harumoni ahabwa iyerekwa”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Amatsinda abiri y’ Abadiventisiti”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Umuseke urasira ku buturo”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ukuri kwahamijwe n’ iyerekwa”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Isabato itangira kubahirizwa”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ihishurwa ry’ ubusobanuro bw’ Isabato”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ibiganiro by’ingenzi ku nsanganya matsiko y’ Isabato”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Abakurambere b’itorero batangira kwandika”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Itangira ry’ Urwibutso n’ Integuza”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Umurimo wo kwandika ukura”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Battle Creek ihinduka ikigo cy’ icapiro”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Urugi rukinzwe n’ urugi rukinguye”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Haboneka inzira ebyiri kubera urujijo”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Hasabwa gushyiraho itorero”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Iyerekwa ry’ Intambara Ikomeye”.
            Mu isezerano rishya nk’ uko Ed.White abivuga:
-Isoko yo gutsindishirizwa ni Ubuntu ( Abaroma 3: 24; Tito 3: 7)
-Uburyo bwo gutsindishirizwa ni amaraso ya Kristo (Abaroma 5:9)
-Icyangombwa ngo dutsindishirizwe ni ukwizera (Abefeso 2: 8; Abagaratiya 2: 16)
-Ubuhamya bugaragara inyuma ko twatsindishirijwe ni imirimo (Yakobo 2: 24) ( Histoire du salut, P.258).
GUTSINDISHIRIZWA BITANGIRANA NO KWIZERA
KWEZWA
            “Gutsindishirizwa no kwezwa biragendana. Ntabwo bishobora gutandukana. Ntabwo kimwe gishobora gukora ibyiza kitari kumwe n’ ikindi. Mu mugambi w’ Imana,  kubabarira guhora kugendana n’ ubugingo bunesha no kumvira ibyo Imana ishaka. Kwizera bituzanira kubabarirwa. Ntabwo dushobora kubaho n’ umunsi n’ umwe tudakingiwe no gukiranuka kwa Kristo. Ingeso za Kristo zidakuriye muri twe kwizera kwacu gupfira muri we”. ( Ibihamya, 4T, P.88). Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ibitekerezo bya Ellen Gould White n’ ibyo yanyuzemo mu mibereho ya Gikristo”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ibyo Ellen G White yanyuzemo n’ ibitekerezo bye”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Iyerekwa ryange rya mbere”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Amasomo Ellen G. white yavuze ko yaherewe mu iyerekwa”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Amayerekwa yakurikiyeho”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Gushyirwaho ikimenyetso”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Urukundo Imana ikunda Ubwoko bwayo”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kunyeganyega kw’imbaraga zo mu ijuru”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Urugi rukinguye n’ urukinze”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kugeragezwa k’ ukwizera kwacu”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ku mukumbi muto”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Neretswe Adamu na Eva ubwo bari muri Edeni”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ibyago by’ imperuka n’ urubanza”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Iherezo ry’ Imyaka 2300”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Inshingano yacu mu gihe dutegereje igihe cy’ akaga”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Gutwarwa intekerezo m’uburyo bw’amayobera”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Abatwaye ubutumwa”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”ikimenyetso cy’ inyamanswa”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Impumyi zirandase Izindi”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kwitegura imperuka”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Umuseke urasira ku buturo”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Isengesho no Kwizera”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Igihe cyo guteranirizwa hamwe”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Inzozi za madamu Ellen G. White”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Inzozi za Wiliyamu Mileri”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Inyongera”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ubusobanuro”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Gahunda mu ivugabutumwa bwiza”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ingorane z’ itorero”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ibyiringiro by’ itorero”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kwitegura kugaruka kwa Kristo”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ubudahemuka mumateraniro y’ ubusabane”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kwizinukwa”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kutubaha”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Abashumba gito”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Impano Imana yahaye umuntu”. (Neretswe urukundo rukomeye rw’ Imana no kwicisha Bugugi kwayo mu gutanga Umwana wayo ngo apfe kugira no umuntu abashe kubabarirwa kandi abeho. Neretswe Adamu na Eva. Bari bafite amahirwe yo kwitegereza ubwiza bw’ ubusitani bwa Edeni kandi bari bemerewe kurya ku mbuto z’ibiti byo muri ubwo busitani uretse kimwe gusa.Nyamara inzoka yashutse Eva, Eva nawe ashuka umugabo we maze bombi barya ku giti cyabuzanyijwe. Bishe itegeko ry’ Imana maze bahinduka abanyabyaha. Inkuru yasakaye mu ijuru, maze inanga zose ntizongera gucurangwa. Abamarayika bagize agahinda kandi baterwa ubwoba n’ uko Adamu na Eva bashobora kongera kurambura ukuboko maze bakarya ku giti cy’ ubugingo bityo bakazaba abanyabyaha iteka ryose. Ariko Imana yavuze ko igiye kuvana abo banyabyaha muri ubwo busitani, kandi ko igiye kurindisha inzira igana ku giti cy’ ubugingo umukerubi n’ inkota yaka umuriro kugira ngo umuntu ategera icyo giti akarya ku mbuto zacyo kandi gitera kubaho ubudapfa.{IZ 115.1}. Ubwo byagaragaraga ko umuntu azimiye kandi ko n’ isi Imana yari yararemye igiye kuzurwa ho n’ ibiremwa bipfa bigomba guhura n’ imibabaro, uburwayi n’ urupfu , ndetse ko nta makiriro umunyabyaha afite, agahinda n’ umubabaro byuzuye ijuru ryose. Umuryango wose wa Adamu wagombaga gupfa. Noneho nabonye Yesu mwiza maze mbona mu maso he hagaragara impuhwe n’agahinda. Bidatinze nabonye yegera umucyo urabagirana cyane wari ugose Data wa twese. Marayika twagendanaga yaravuze ati:”Ari kugirana na Se ikiganiro gikomeye.” Igihe Yesu yaganiraga na Se, abamarayika barushijeho guhagarika umutima. Wa mucyo urabagirana ugose ugose Data wa twese wadukingirije Yesu incuro eshatu, maze kunshuro ya gatatu arasohoka ava kwa Se nuko turamubona. Mu maso ye hari hatuje, nta gihangayikishije cyangwa ikibabaje cyaharangwaga, kandi harabagiranaga ubwiza butasobanurwa mu magambo. Yamenyesheje umutwe w’ abaririmbyi w’ abamarayika ko umuntu wacumuye yabonewe icyanzu cyo gukiriramo; ko yahoze yinginga Se ndetse ko yamuhaye uburenganzira bwo gutanga ubugingo bwe kugira ngo bube incungu y’ inyokomuntu, ngo yikorere ibyaha byabo maze yishyireho igihano cy’ urupfu, bityo kubw’amaraso ye, afungure inzira babasha kubonera mo imbabazi z’ ibyaha bakoze, kandi kubwo kumvira bazabashe kugarurwa mu busitani birukanwe mo. Icyo gihe ni bwo bazongera kugira uburenganzira bwo kurya ku mbuto nziza zitanga kudapfa, ari mbuto z’ igiti cy’ ubugingo batari bagifiteho uburenganzira bwose. {IZ 115.2}. Nuko ibyishimo bitavugwa bisakara ijuru ryose, maze umutwe w’abaririmbyi wo mu ijuru uririmba indirimbo zo kuramya no gusingiza. Bafashe inanga zabo maze bacuranga ijwi riranguruye birenze uko bari barigeze gucuranga bitewe n’ imbabazi z’ Imana zitagerwa ndetse no kwicisha bugufi kwayo bigaragariye mu gutanga Umwana wayo ikunda kugira ngo apfire ubwoko bw’ibyigomeke. Nuko mu ijuru hasakara ibisingizo no kuramya kubwo kwiyanga n’ igitambo bya Yesu ubwo yemeraga kuva mu gituza cya Se maze agahitamo ubuzima bw’ imibabaro n’ agahinda ndetse n’ urupfu rw’ agashinyaguro kugira ngo abashe guhesha abandi ubugingo.{115.3}.  Marayika yaravuze ati:”Mbese mutekereza ko Data wa twese yatanze Umwana we akunda cyane bitamugoye?Oya, oya rwose.” Byari bikomereye Imana yo mu ijuru kuba yareka abanyabyaha bakarimbuka cyangwa gutanga Umwana wayo ikunda akabapfira. Abamarayika bari bitaye cyane ku gakiza k’ umuntu ku buryo muri bo hajyaga kubonekamo abemera guhara icyubahiro cyabo maze bagatangira ubugingo bwabo umuntu wari ugiye kurimbuka. Marayika twagendanaga yaravuze ati:”Ariko ibyo ntacyo byajyaga kugeraho.” Icyaha cyari cyakozwe cyari gikomeye cyane kuburyo ubugingo bwa marayika butajyaga kwishyura umwenda. Nta kindi uretse urupfu no gusabirwa n’ Umwana w’ Imana, ibyo byonyine ni byo byajyaga kwishyura umwenda no gukiza umuntu wazimiye bikamuvana mu bwihebe n’ ubuhanya. {IZ116.1}. Ariko umurimo Abamarayika bahawe wabaye uwo kuzajya bamanuka kandi bakazamuka mu ijuru bazanywe no gukomeza no guhumuriza Umwana w’ Imana mu mibereho y’ imibabaro yari afite ku isi. Bafashije Yesu kandi baramukorera. Ikindi kandi umurimo wabo wari uwo kurinda no kwita ku bagiriwe Ubuntu, bakabarinda abamarayika babi n’ umwijima uhora ubagota woherejwe na Satani. Neretswe ko bitashobokaga ko Imana yahindura amategeko yayo kugira ngo ikize uwazimiye, umuntu wari ugiye kurimbuka. Kubw’ ibyo, yemeye gutanga Umwana wayo ikunda kugira ngo apfe kubw’ ibyaha by’ abantu.{IZ 116.2}.” )Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Impano Imana yahaye umuntu”.
“Umuntu iyo atsindishirijwe yakira Kristo Yesu, mu kwezwa akahigirana kugendana nawe. Abakorosayi 2:6-7, Gutsindishirizwa kumara igihe gito, naho kwezwa gushaka kuba mumibereho yose y’ umuntu” (SDA Bible commentary, P.956) Abaroma 6: 19-22.
-KURWANYA KAMERE IKORA ICYAHA
Iyo umuntu yihannye areka gukora ibibi yakoraga mbere, nyamara aba agifite kamere y’ icyaha imwerekeza ku bibi. None se iyo iyo kamere igushutse ngo ukore icyaha wabigenza gute? I Abakorinto 9: 27 « mbabaza umubiri wanjye nywukoza uburetwa… ngo ntaboneka ko ntemewe.» Abaheburayo 12:4.
           
            «Tugomba kurwanya ibyaha dushikamye. Tugomba kugereranya ingaruka y’ icyaha n’ ingaruka yo gukiranuka. Imbaraga duhabwa na Yesu Kristo niyo idushoboza kunesha ibibi. Buri munsi, buri saha, buri munota, buri seconda, buri tiyerise tugomba gutsinda kamere maze tugakurira muri Kristo. Ubwo rero nibwo imirimo yacu izagaragaza ko Yesu ari mu mitima yacu kubwo kwizera». ( Inama ku babyeyi n’ abigisha, P.449). Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Impano za Mwuka umuzingo wa mbere”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Impano za Mwuka ijambo ry’ ibanze”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Gucumura kwa Satani”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Gucumura k’ Umuntu”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Inama y’ agakiza”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kuza kwa Kristo kwa mbere”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Umurimo wa Kristo”.(Yohana yaje afite Umwuka n’ Imbaraga nk’ibya Eliya kugira ngo  yamamaze inkuru yo kuza bwa mbere kwa Yesu. Neretswe ibyo muminsi y’imperuka maze mbona ko Yohana yari ahagarariye abazajyenda buzuye Umwuka n’ Imbaraga za Eliya kugira ngo bategurize umunsi w’ uburakari no kugaruka kwa Yesu. {IZ 131.5}. (Yesu amaze kubatizwa muri Yorodani, Mwuka yamujyanye mu butayu kugira ngo umwanzi amugeragerezeyo. Mwuka Muziranenge yari yaramaze kumutegurira guhangana n’ ibyo bigeragezo biteye ubwoba. Yamaze iminsi mirongo ine ageragezwa na Satani kandi muri iyo minsi ntiyagize icyo arya . Mu byari bimukikije byose nta na kimwe cyari kinejeje cyari gutera kamere muntu kugamburura. Aho hantu h’ikidaturwa kandi hitaruye Yesu yari kumwe n’ inyamanswa zo mugasozi n’ umwanzi. Umwana w’ Imana yari yatentebutse kandi yananutse bitewe n’ umubabaro no kutagira icyo arya cyangwa ngo anywe. Nyamara yari yamaze kwiyemezaa , kandi yagombaga gusohoza umurimo yari yaraje gukora. {IZ 132.1}. Satani yuririye ku mibabaro y’ Umwana w’ Imana maze ategura kumwibasira akoresheje ibigeragezo byinshi binyuranye yiringira ko ajyiye kumutsinda kubera ko Yesu yari yicishije bugufi akamera nk’ umuntu. Satani yazanye ikigeragezo kigira kiti:” Niba uri Umwana w’ Imana, bwira iri buye rihinduke umutsima.” Yagerageje Yesu kugira ngo ace bugufi atange atange igihamya kigaragaza ko ari Mesiya ndetse akoresheje ubushobozi bwe bw’ ubumana. Yesu yamusubije agira ati:”Handitswe ngo:’Umuntu ntatungwa n’ umutsima gusa, ahubwo atungwa n’ amagambo yose ava mu kanwa k’ Imana.”{132.2}. Satani yashakaga uburyo yajya impaka na Yesu kubijyanye n’ uko ari Umwana w’ Imana. Satani yahereye ku ntege nke n’ umubabaro Yesu yari afite maze ahamya yishongora ko amurusha imbaraga. Nyamara ijambo ryavugiwe mu ijuru ngo”Uri Umwana wanjye nkunda, nkakwishimira,” ryari rihagije kugira ngo rikomeze Yesu mu mibabaro yose yarimo. Nabonye ko ntakintu Kristo yagombaga gukora kugirango yemeze Satani iby’ububasha bwe cyangwa ko ari umukiza w’ isi. Satani yari afite ibihamya bihagije byerekeye ikuzo n’ ubutware by’ Umwana w’ Imana. Kwanga kuyoboka ubutware bw’ Umwana w’ Imana ni byo byatumye yirukanwa mu ijuru.{IZ 132.3}. Kugirango Satani yerekane ububasha bwe , yajyanye Yesu i Yerusaremu , amuhagarika ku gasongero k’ urusengerorwaho, maze ahamugerageresha gutanga igihamya cyerekana ko ari Umwana w’ Imana akoresheje gusimbuka ako gasongero akagwa hasi. Satani yaje yitwaje amagambo yo mu Byanditswe Byera agira ati:”Kuko byanditswe ngo: Izategeka abamarayika bayo, bakuramire mumaboko yabo, ngo udakubita ikirenge ku ibuye.” Yesu yamusubije agira ati:”kandi handitswe ngo ntukagerageze Uwiteka Imana yawe.” Satani yifuzaga ko Yesu ashidikanya imbabazi za Se maze agashyira ubuzima bwe mukaga mbere y’ uko asohoza umugambi wamuzanye. Yiringiraga ko umugambi w’agakiza uzapfuba; nyamara uwo mugambi wari warateguwe mu buryo bwimbitse kuburyo utashoboraga kuburizwamo cyangwa ngo urogowe na Satani.{IZ132.4}. Yesu ni urugero ku Bakristo bose. Igihe bageragejwe cyangwa uburenganzira bwabo bubangamiwe, bakwiriye kubyakira bihanganye. Ntibakwiriye kumva ko bafite uburenganzira bwo gutabaza Imana kugira ngo igaragaze imbaraga zayo bityo babashe kwiganzura ababisha babo. Ibyo bikwiriye kubaho gusa igihe Imana ishobora guhererwa ikuzo n’ icyubahiro muri icyo gikorwa. Iyo Yesu aza gusimbuka agasongero k’ urusengero , ntibyajyaga guhesha Se ikuzo, kuko nta bantu bari kuba babonye icyo gikorwa uretse Satani n’ abamarayika b’ Imana bonyine. Kandi byajyaga kuba ukugerageza Imana kugira ngo yereke umwanzi wayo gica imbaraga zayo. Byajyaga kuba gupfukamira uwo Yesu yaje kunesha. {IZ 132.5}. “Umwanzi aramuzamura amwereka ubwami bwose bwo mu isi mu kanya gato, aramubwira  ati:’ Ndaguha ubu butware bwose n’ ikuzo ryabwo , kuko ari jye wabugabanye kandi mbugabira uwo nshaka wese. Nuko nupfukama ukandamya, buriya bwose buraba ubwawe.’ Yesu aramusubiza at:’Mva inyuma Satani, kuko byanditswe ngo: ‘ Uramye Uwiteka Imana yawe, abe ariyo ukorera yonyine.”{133.1}. Satani yeretse Yesu ubwami bwo mu isi mu buryo bureshya bitangaje. Satani yavuze ko ubutunzi bwo ku isi ari ubwe ndetse ko arabureka akabuha Yesu naramuka apfukamye akamuramya. Satani yari azi neza ko inama y’ agakiza nishyirwa mu bikorwa, Yesu agapfa kugira ngo acungure umuntu, ubushobozi bwe bwagombaga kugira aho bugarukira kandi amaherezo bukazatsembwa ho, ndetse yari aziko azarimburwa. Niyo mpamvu byari umugambi we wizwe neza ngo niba bishoboka akome mu nkokora uwo murimo ukomeye Umwana w’ Imana yari yaratangiye. Iyo umugambi wo gucungura umuntu utagerwa ho, Satani yari kugumana ubwami yavugaga ko ari ubwe. Kandi iyo abigeraho, yishyeshyaga yibwira ko azategeka ubwami buhanganye n’ Imana yo mu ijuru. {IZ 133.2}. Igihe Yesu yiyamburaga ubutware n’ ikuzo yari afite maze akava mu ijuru, Satani yarishimye cyane. Yatekereje ko noneho Umwana w’ Imana ashyizwe mu maboko ye. Ikigeragezo cyatsindiye Adamu na Eva muri Edeni mu buryo bworoshye ku buryo byatumye Satani yiringira ko kubw’ ubushobozi n’ ubucakura bwe azabasha gutsinda n’ Umwana w’ Imana bityo akaba akijije ubuzima bwe ndetse n’ingoma ye. Iyo ashobora gushuka Yesu akamuteshura ku bushake bwa Se, umugambi we wari kuba ugezwe ho. Nyamara Yesu yahanganye n’ uwo mushukanyi amucyaha ati:”Mva inyuma Satani.” Yagombaga gupfukamira Se gusa. {IZ 133.3}. Satani yavugaga ko ubwami bw’ isi ari ubwe kandi ko ashaka kumvisha Yesu ko imibabaro ye yose ishobora kuvaho: ko adakeneye gupfa kugira ngo akunde abone ubwami bw’iyi si; ko ahubwo namuramya azahabwa azahabwa ibyo mu isi byose kandi akanahabwa ikuzo ryo kubitegeka. Nyamara Yesu Yahagaze Ashikamye. Yari azi neza ko kubwo gutanga ubugingo bwe igihe kizagera agacungura ubwami bw’isi akabunyaga Satani, ndetse ko nyuma y’ igihe gito, abo mu ijuru bose n’ abo ku isi baza muyoboka. Yahisemo imibereho yuzuye imibabaro, apfa urupfu rubi nk’ uburyo bwagenwe na Se kugirango abe umuragwa wemewe n’ amategeko ahabwa ubwami bwo ku isi, kandi ngo abwegurirwe bube ubwe ubuziraherezo. Satani nawe azashyirwa mu maboko ya Yesu ngo amurimbuze urupfu, ubutazongera kubuza amahoro Yesu cyangwa intungane zizaba ziri mu bwiza.{IZ133.4}.) Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kuza kwa Kristo kwa mbere”.
            Kunesha icyaha ni ugutsindishirizwa. Muri ubwo buryo umuntu watsindishirijwe (Wababariwe) afite uburenganzira bwo kunesha imbaraga y’ icyaha yabaga mu mibereho ye. Imibereho mishya itangirana na Kristo iyo umuntu amwakiriye.
«Gutsindishirizwa ( Kubabarirwa no kuvuka ubwa kabiri) bivugururwa buri munsi. 2 Abakorinto 4: 16, nyamara umurimo wo gukiranuka, tukareka gukora imibereho yak era idutera gukora ibyaha, uba rimwe. Kristo atugira abakiranutsi muri we kuko aba mu mibereho yacu. Muri ubwo buryo tugomba kwiyumvamo ko twapfuye ku cyaha,  tukaba turiho ku Mana muri Kristo Yesu”. Abaroma6: 11( Agatabo k’ibyigisho by’ ishuri ryo ku isabato k’ Abaroma, igihembwe cya IV, P. 49).
Wenda wabaza uti: none se ko Paulo avuga ngo”Buri munsi ndapfa”» Abaroma 6:4.  Ubwo Yesu yapfaga yari yemeye kwishyiraho ibyaha byacu, yarabambwe azukira kubaho iteka.  Muri ubwo buryo dupfa ku cyaha, tureka kugikora, tugahambwa mu mubatizo, maze tukava mu mubatizo dufite ubugingo bushya muri Kristo. Umubatizo ugira umumaro iyo umuntu azinutswe icyaha mbere yo kubatizwa.
            “Kuvuka ubwa kabiri ni ibintu bidakunze kubaho ku isi muri iki gihe. Niyo mpamvu hari ingorane nyinshi mu matorero. Abantu benshi bemera izina rya Kristo, ntibakiranuka kandi ntibera. Barabatijwe nyamara bahambwe bakiri bazima. Baracyashaka gukora icyaha, nuko rero ntibavuye mu mazi bafite imibereho mishya muri Kristo Yesu” (SDA Bible commentary, Vol.6, P.1075).
“Abantu bagereranywa n’abakobwa b’abapfu si indyarya, ni abantu bubaha ukuri bavugira ukuri, bakareba neza bizera ukuri ariko ntibari biyegurira kandi ngo bitangire umurimo w’ Umwuka Wera. Ntabwo baragwa ku Rutare Kristo Yesu ngo ingeso zabo zishaje zishenjagurwe… Bakira ijambo bafite ubwuzu ariko ntibasobanukirwa neza n’ ibirikubiyemo. Bageraho bakibagirwa ibyo bize. Umwuka akora k’ umutima w’ umuntu hakurijwe ubushake bwe no kwemera agaterwamo kamere nshya, ariko abagereranywa n’ abakobwa b’abapfu bashimishwa n’ umurimo udatunganye. Ntabwo bazi Imana. Ntabwo bigeze biga imico y’ Imana, ntabwo bigeze basabana n’ Imana, niyo mpamvu badashobora kwizera ngo babeho. Umurimo bakorera Imana usubira inyuma”. (Imigani ya Kristo, P.411). Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Umurimo wa Kristo”. (Satani arangije ubushukanyi bwe yavuye aho ari akanya gato aragenda, maze abamarayika bategurira Yesu ifunguro aho yari mu butayu, baramukomeza; kandi umugisha uturutse kwa Se uramumanukira umuzaho. Satani yari yatsindiwe mu bishuko bye bikomeye cyane; ariko kandi yari ategereje igihe Yesu yagombaga kuba ari gukora umurimo we, aho mubihe binyuranye yagombaga kugerageza gukoresha ubucakura bwe amurwanya. Yari agikomeje kwiringira ko azamutsinda akoresheje guhagurutsa abantu bajyaga kwanga Kristo Yesu, kukgira ngo bamwange ndetse bashake uko bamwica.  Satani yagiranye n’ abamarayika be inama idasanzwe. Bari bababajwe cyane kandi barakajwe n’ uko ntacyo babashije gutwara  Umwana w’ Imana.  Biyemeje ko bagomba gukaza ubucakura kandi bagakoresha imbaraga zabo zose bagateza ukutizera mu ntekerezo z’ abantu b’ ishyanga rye bwite bashidikanya ko ari Umukiza w’ isi, bityo muri ubwo buryo bagaca Yesu integer mu murimo we. Uko byagendaga kose, Abayuda batakebakebaga mu mihango yabo n’ ibitambo byabo, kugirwa impumyi kwabo ntibasobanukirwe ubuhanuzi ndetse bakanizera ko Mesiya yagombaga kuzaza ari umwami ukomeye wok u isi, byagombaga kubatera gusuzugura no kwanga Yesu. {IZ 134.1}. Neretswe ko Satani n’ abamarayika be bashyashyanaga cyane igihe Kristo yakoraga umurimo we. Batezaga abantu kutizera, urwango n’ agasuzuguro. Incuro nyinshi igihe Yesu yavugaga ukuri kwahuranyije, acyahira abantu ibyaha byabo, bazabiranywaga n’ uburakari. Satani n’ abamarayika be boheje abantu kwica Umwana w’ Imana. Bashatse kumutera amabuye incuro nyinshi, ariko abamarayika baramurinda maze baramufata bamuhungisha imbaga y’ abantu babaga bamurakariye. Nanone,  igihe ukuri kumvikana kwasohokaga mu kanwa ke, imbaga y’ abantu yaramusumiye iramujyana ngo imuhirike ku manga y’ umusozi. Impaka zavutse muri abo bantu bibaza uko bagomba kumugenza maze muri icyo gihe abamarayika bongera kumugobotora bamuhisha ya mbaga y’ abantu, maze abanyura hagati arigendera. {IZ 134.2}. Satani yari acyiringiye ko umugambi ukomeye w’ agakiza utazagerwaho. Yakoresheje imbaraga ze zose kugira ngo anangire imitima y’ abantu kandi atume n’ intekerezo zabo zizinukwa Yesu. Yizeraga ko abantu bake cyane aribo bazakira Yesu nk’ Umwana w’ Imana bityo ibyo bitume Yesu abona ko imibabaro ye n’ igitambo cye bikomeye cyane ku buryo bidakwiriye kubaho kubw’itsinda rito nk’ iryo. Nyamara nabonye ko n’ iyo haza kuboneka abantu babiri gusa bakira Yesu nk’ Umwana w’ Imana maze bakamwizera nk’ Umukiza w’ ubugingo bwabo, Yesu yagombaga gushyira mu bikorwa umugambi w’agakiza. {IZ 134.3}. Yesu yatangije umurimo we kumenagura imbaraga Satani yagaragarizaga mu mibabaro hy’ abantu. Yakizaga abarwayi bagasubirana amagara mazima, yahumuye impumyi, akiza abaremaye, abatera gusabwa n’ ibyishimo no gusingiza Imana. Yakizaga abamugaye kandi akabohora ababoshywe n’ ubugome bwa Satani imyaka myinshi. Yahumurizaga abacitse integer, abatentebutse n’ abatagira kivurira akoresheje kubabwira amagambo y’ ineza. Abanyantegenke n’ abababazwa na Satani yari yarigaruriye, Yesu yarabamwamburaga, akabaha umubiri uzira umuze kandi akabuzuza ibyishimo n’ umunezero. Yazuraga abapfuye maze bagasingiza Imana kubwo kwigaragaza gukomeye kw’ imbaraga zayo. Abamwizeye bose yabakoreye ibikomeye. {IZ135.1}. Imibereho ya Kristo yarangwaga n’amagambo n’ ibikorwa by’ ubugiraneza, impuhwe n’ urukundo.Yahoraga yiteguye kumva no gukiza ibyago byabazaga bamugana bose. Abantu benshi bagendaga babwira bene wabo ibihamya by’ imbaraga ze mvajuru. Nyamara ubwo umurimo we wari urangiye, benshi bumvise bakozwe n’isoni z’ uwo mwigisha wari uciye bugufi kandi aakomeye. Abantu ntibashakaga kumwemera bitewe n’ uko abigishamategeko nabo batamwizeye. Yari umuntu w’ umunyamibabaro wamenyereye intimba.  Ntibashoboraga kwihanganira kuyoborwa n’ imibereho ye irangwa no kwiyoroshya no kwiyanga.  Bifuzaga gushimishwa n’ icyubahiro isi itanga. N’ ubwo byari bimeze bityo, benshi bakurikiye Umwana w’ Imana kandi batega amatwi ibyo yigishaga, bakanezezwa n’ amagambo aryoshye yaturukaga mu kanwa ke. Amagambo ye yabaga afite ubusobanuro bwimbitse nyamara yarumvikanaga kuburyo n’ umuswa hanyuma y’ abandi yabashaga kuyasobanukirwa. {IZ 135.2}. Satani n’ abamarayika be bahumye amaso y’ abayuda kandi bijimisha intekerezo zabo, ndetse bahagurutsa abakuru b’ Abayuda n’ abigishamategeko kugira ngo bice Umukiza. Abandi boherejwe kujya gufata Yesu bakamubazanira; ariko ubwo bari bamugeze hafi baratangaye cyane.  Babonye yuzuye imbabazi n’ impuhwe mu gihe yabonaga amakuba y’ abantu. Bamwumvanaga amagambo y’ urukundo n’ ineza yahumurizaga abanyantege nke n’ abashavuye. Na none kandi mu ijwi ryuje ubutware, bamwumvise acyaha imbaraga imbaraga za Satani maze akabohora abo yagize imbohe bakagenda bafite umudendezo. Bumvise amagambo yuzuye ubwenge yavaga mu kanwa ke maze baratwarwa ntibatinyuka kumufata. Basubiye ku batambyi n’ abakuru b’ idini batajyanye Yesu. Ubwo babazwaga “ Impamvu batamujyanye”, babatekerereje ibitangaza babonye akora, ndetse n’ amagambo atunganye y’ ubwenge, urukundo n’ ubuhanga bamwumvanye, maze barangiza bavuga bati: “ Nta muntu wigeze kuvuga nkawe.” Abatambyi bakuru bashinje abo bantu ko nabo baguye mu buyobe, maze bamwe mubayobozi bakorwa n’ isoni z’ uko abo bantu batamufashe. Abatambyi bababazanyije agasuzuguro niba hari n’ umwe wo mu bakuru b’ ubwo bwoko bizeye Yesu; ariko Satani ababuza kubigaragaza.  Batinyaga ko abantu babagaya kuruta uko batinyaga Imana. {IZ 135.3}. Nyamara n’ ubwo byari bimeze bityo, ubucakara n’ urwango bya Satani ntibyabashije kuburizamo umugambi w’ agakiza. Igihe cyo gusohoza umugambi watumye Yesu aza ku isi cyari cyegereje. Satani n’ abamarayika be bagiye inama maze bafata umwanzuro wo gutera abantu b’ ishyanga Yesu ubwe yavutsemo kugira ngo bashegere kumwica kandi bagambirire kumugirira nabi no kumukwena. Satani n’ abamarayika be biringiraga ko Yesu azinubira gufatwa atyo maze akananirwa gukomeza kwicisha bugufi no kwiyoroshya. {IZ 136.1}. Ubwo Satani yacuraga imigambi ye, Yesu nawe yariho ahishurira abigishwa be iby’ imibabaro agomba kuzanyuramo: uburyo yari kuzabambwa maze akazazuka ku munsi wa gatatu. Nyamara intekerezo zabo zasaga n’ izicuze Umwijima, bityo ntibashobore gusobanukirwa ibyo ababwira. { IZ 136.2}. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Umurimo wa Kristo”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ukurabagirana kwa Kristo”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kristo agambanirwa”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kubambwa kwa Kristo”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kuzuka kwa Kristo”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kristo ajya mu ijuru”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Abigishwa ba Kristo”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Urupfu rwa Sitefano”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ihinduka rya Sawuli”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Abayuda biyemeza kwica Pawulo”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Pawulo asura i Yerusalemu”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ubuhakanyi bukomeye”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Amayobera y’ ubugome”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ivugurura”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Itorero rynga ubumwe n’ isi”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Wiliamu Mileri”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ubutumwa bwa marayika wa mbere”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ubutumwa bwa marayika wa kabiri”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Itsinda ry’ abategereje ryerekanwa”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ukundi kwerekanwa”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ubuturo bwera”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ubutumwa bwa marayika wa gatatu”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Urufatiro rutajegajega”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kwizera imyuka y’ abapfuye ”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Gukunda no kurarikira ubutunzi”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ishungura”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ibyaha bya Babuloni”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ijwi rirenga”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Igihe cy’ akaga”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Gutabarwa kw’ abera”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ingororano y’ abera”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Isi ihinduka umusaka”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Umuzuko wa kabiri”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Urupfu rwa kabiri”.
«Ellene White yeretswe munzozi ko Marayika murinzi yari ahagaze mu irembo ry’ ijuru akumira abashaka kwinjiramo badafite ingeso zishimwa. Marayika yabwiraga abaje mu ijuru bati : ntamuntu twemerera kwinjira mu ijuru ataramenya icyatsi n’ ururo. Yari yerekeje kubantu bakuze ariko bakaba bameze nk’ abana mungeso zabo. Niba ufite kutiringira mugenzi wawe ukagira ingeso yo gukerensa abandi, no kwiyemera ntushobora kwinjira mu ijuru kuko wahahumanya.  Abantu bose bajya mu ijuru, Bambara umwenda w’ ubukwe, wadodewe mu ijuru. Abantu batunzwe no gushayisha gushyashyariza abandi no kubashakamo amakosa, bagaragaza ko bafite kwizera guke, kandi baba bikingiranira inyuma y’ urugi rw’ ijuru. Niba utekana imico y’ Imana muri wowe ntushobora kuba mu bagize umuryango w’ Imana mu ijuru»( Ubutumwa bwatoranijwe, Vol.1.P.110).
«Imana yerekanye ko abantu bari mubyaha bakwiriye kwihutira kubivamo itarabarakarira. Ariko niba abayobozi birengagije ibyaha by’ abizera, Imana izarakarira abo bayobozi. Umuntu umwe mu itorero ashobora gutera umwijima mu itorero bigatuma umucyo w’ Imana uba utakirigeramo.»( Ibihamya, Vol.III. P.265).
«Nk’uko umusemburo ukora mu mugati bikagaragarira inyuma, niko bigenda ku guhinduka k’ umutima igihe Ubuntu bw’ Imana buhindura imibereho yacu. Nta guhinduka kwinyuma guhagije kwatuma umuntu asabana n’ Imana. Hari abagerageza kwivugurura muri ubwo buryo, babikora batyo bakibwira ko bahindutse abakristo, nyamara baba batangiriye mu mwanya utari wo; umurimo wacu ni uguhinduka umutima. (Imigani ya Kristo, P.97).»
«Ukwiriye kunesha nk’ uko Kristo yanesheje. Mbese umuntu azemera imbaraga y’ Imana arwanye satani? Kristo yemeye imbaraga z’ Imana mu gihe yasakiranaga na satani amugerageza mu butayu. Imana ntishobora gukiza umuntu we atihitiyemo kuva mu mitego ya satani. Umuntu agomba gukoresha imbaraga yahawe, nuko yafashwa n’ imbaraga za Kristo, akarwanya kandi agatsinda satani. Ugomba kunesha nk’uko Kristo yanesheje»( Ibihamya by’ itorero, Vol.IV.P.323),Ibyahishuwe 3:21; Ibyahishuwe 12:10-11, Abaroma 6:17, 18; Abaroma 8:14-16; Abaroma 12:1-2. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Gucumura kwa Satani”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Gucumura k’ umuntu”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Inama y’ agakiza”. .(Satani yahoze ari umumarayika w’ umunyacyubahiro mu ijuru, akurikiye Yesu mu cyubahiro. Mu maso he, kimwe n’ah’ abndi bamarayika, hari hakeye kandi hagaragara umunezero. Uruhanga rwe rwari rukenkemuye kandi rugaragaza ubwenge buhambaye. Yari afite igihagararo gitunganye; yitwaraga neza kandi afite icyubahiro giheranije. Ariko igihe Imana yabwiraga Umwana wayo it:”Tureme umuntu agire ishusho yacu, ase natwe,” Satani yagiriye Yesu ishyari. Yifuzaga ko nawe yagombye kugishwa inama mubyerekeye kurema umuntu, bityo kubera ko atayigishijwe, yuzuwe n’ igomwa, ishyari n’ urwango. Yifuzaga ko ariwe wahabwa icyubahiro kuruta abandi bose mu ijuru akaba ukurikiye Imana. { IZ 125.1}. Kujyeza icyo gihe, ijuru ryose ryarangwagamo gahunda, ubwumvikane no kumvira ubuyobozi bw’ Imana. Kwigomeka kuri gahunda y’ Imanan’ ubushake bwayo cyabaye icyaha ndengakamere. Ijuru ryose ryabaye nk’ irihungabanye. Abamarayika bose bari bagabanyijwemo imitwe, buri mutwe wari uyobowe n’ umumarayika ukomeye. Satani wari ufite imigambi yo kwikuza kandi akaba atarashakaga kuyoboka ubutegetsi bwa Yesu, yakoranaga amayere agamije kurwanya ubuyobozi bw’ Imana. Bifuzaga kwinjira mu bwenge bwayo butabasha kugenzurwa, no kumenya impamvu yatumye Imana ikuza Yesu ikamuha ububasha n’ ubushobozi nk’ ubwo bitagira aho bigarukira. Bigometse kubutware bwa Yesu. Ingabo zo mu ijuru zose zarahamagawe ngo zize imbere ya Data wa twese kugirango ingingo yose ifatirwe umwanzuro. Aho niho hafatiwe umwanzuro ko Satani n’ abamarayika bose bifatanyije na we mu kwigomeka bacibwa mu ijuru. Noneho mu ijuru haba intambara. Abamarayika bitabira urugamba; Satani yashakaga gutsinda Umwana w’ Imana hamwe nabumviraga ubushake bwe. Ariko abamarayika beza kandi b’ indahemuka baratsinze, maze Satani n’abamuyobotse birukanwa mu ijuru. {IZ 125.2}. Nyuma y’aho Satani nabacumuranye nawe baciwe mu ijuru, yaricujije maze yifuza ko yakongera agasubizwa mu ijuru. Yashakaga gusubira mu mwanya yahozemo cyangwa se agahabwa undi mwanya uwo ariwo wose yagenerwa. Ariko ntibyari bigishobotse; ijuru ntiryagombaga kujya kwishyira mu kaga. Iyo agarurwa mu ijuru, ijuru ryose ryajyaga kwandura kuko ari we icyaha cyari cyakomotseho kandi imbuto zo kwigomeka zari zimurimo. Satani n’ abamuyobotse bararize, binginga basaba ko bagarurwa imbere y’ Imana. Nyamara icyaha cyabo (urwango rwabo, igomwa n’ ishyari byabo) cyari gikabije cyane ku buryo Imana itajyaga kucyibagirwa ngo igihanagure.  Cyagombaga kugumaho kugeza ubwo kizahabwa igihano cyacyo giheruka. {IZ 125.3}. Ubwo Satani yasobanukirwaga mu buryo bwuzuye ko bitakimushobokeye kongera gusubizwa imbere y’ Imana, ubucakura bwe n’ urwango byatangiye kwigaragaza. Yagiye inama n’ abamarayika be maze bacura umugambi wo gukomeza kurwanya ubutegetsi bw’ Imana.  Igihe Adamu na Eva batuzwaga mu busitani bwiza bwa Edeni, Satani yacuraga umugambi wo kubarimbura. Nta buryo na bumwe uyu muryango wari unezerewe wajyaga kubuzwa umunezero wawo iyo uza kumvira Imana.  Iyo badasuzugura Imana kandi ngo bakerense Ubuntu bwayo, imbaraga ya Satani ntiyari kubahangara. Kubw’ ibyo rero umugambi wagombaga gucurwa kugira ngo Adamu na Eva batezwe kutumvira bityo bikururire uburakari bw’ Imana maze Satani n’ abamarayika be babigarurire. Satani yafashe ingamba zo kwiyoberanya kandi akerekana ko yitaye ku muntu.  Yagombaga kurwanya ukuri kw’ Imana kandi agatuma habaho gushidikanya ko ibyo Imana yavuze ari ko bisobanuye koko. Noneho kandi yagombaga kubatera amatsiko maze bagatangira gushaka kwinjira mumigambi itarondoreka y’ Imana ( Ariyo nacyo cyaha Satani ubwe yakoze ) ndetse bagashaka kumenya impamvu Imana yababujije kurya ku giti kimenyekanisha icyiza n’ ikibi. { IZ 126.1}. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Gucumura kwa Satani”.  .Gucumura k’umuntu: Abamarayika baziranenjye bahoraga basura ubusitani bwa Edeni, bakigisha Adamu na Eva uburyo bagomaga kwita kuri ubwo busitani kandi bakabigisha ibijyanye n’ uburyo habayeho kwigomeka kwa Satani no gucumura kwe. Abamarayika baburiye Adamu na Eva ko bagomba kwirinda Satani kandi babaha amabwiriza y’ uko batagomba gutandukana mu byo bazaba bakora byose, kuko baramutse babikoze bajyaga guhura n’ uwo mwanzi wacumuye. Nanone kandi abamarayika babihanangirije ko bagomba gukurikiza amabwiriza Imana yabahaye badakebakeba, kuko bajyaga kugira umutekano ari uko bumviye rwose. Kubw’ ibyo, uyu mwanzi wacumuye ntiyari gushobora kubigarurira. {IZ 126.2}. Satani yatangiriye umurimo we kuri Eva, amuteza kutumvira. Eva yatangiye ajya kuzerera kure y’ umugabo we, noneho akurikizaho gutambagira ahakikije igiti bari barabujijwe, maze amaherezo agera aho atega amatwi ijwi ry’ umushukanyi ndetse ahangara gushidikanya ibyo Imana yavuze ngo:”Umunsi mwakiriyeho no gupfa muzapfa.” Eva yatekereje ko ahari ibyo Imana yavuze Atari byo yari igambiriye kubabwira, maze arihandagaza arambura ukuboko kwe, asoroma ku mbuto za cya giti maze ararya.  Izo mbuto zari zinogeye amaso kandi ziryoshye bitangaje. Icyakurikiyeho ni uko Eva yagize ishyari yibwira ko Imana yari yarababujije ibyari bibabereye byiza, nuko aha n’ umugabo we kuri izo mbuto, maze aba aramushutse. Yatekerereje Adamu ibyo inzoka yamubwiye byose maze amugaragariza uko yatangajwe n’ uko inzoka yari ifite ubushobozi bwo kuvuga. {IZ 126.3}. Nabonye mu maso ha Adamu huzuye umubabaro. Yagaragaye afite ubwoba kandi yumiwe. Yasaga n’ ufite intambara mu ntekerezo ze. Yumvise adashidikanya ko ari wa mwanzi bari baraburiwe kuzirinda, kandi ko umugore we agomba gupfa. Bagombaga gutandukana. Urukundo yakundaga Eva rwari rukomeye cyane, maze kubwo gucika integer bikabije yiyemeza gupfana na we. Yafashe urwo rubuto ahita arurya vuba vuba. Nuko Satani arishima. Yari yarigomekeye mu ijuru, kandi yari yarabonye abifatanya nawe bamukundaga ndetse bamukurikiye muri uko kwigomeka kwe. Yari yaracumuye maze atuma n’ abandi bacumurana nawe. Satani yari yashutse umugore atuma atiringira Imana, amutera kwibaza ku bwenge bwayo ndetse ashaka kwinjira mu migambi yayo yuje ubwenge butarondoreka. Satani yari azi ko umugore atazacumura wenyine. Bitewe n’ urukundo Adamu yakundaga Eva, yasuzuguye itegeko ry’ Imana maze acumurana n’ umugore we. {IZ 127.1}. Inkuru yo gucumura k’ umuntu isakara mu ijuru. Inanga zose zacurangwaga ziracecekeshwa. Kubera umubabaro, abamarayika biyambura amakamba yo ku mitwe yabo maze bayajugunya hasi. Ijuru ryose rirakangarana. Inama iraterana kugira ngo hafatwe umwanzuro w’ ikigomba gukorerwa Adamu na Eva bacumuye. Abamarayika batinyaga ko Adamu na Eva barambura ukuboko kwabo maze bakarya ku giti cy’ ubugingo bityo bakaba bahinduka abanyabyaha badapfa. Nyamara Imana yavuze ko izirukana mu busitani abo bacumuye. Abamarayika bahise boherezwa bajya kurinda inzira ijya ku giti cy’ ubugingo. Byari umugambi wizwe neza wa Satani ko Adamu na Eva bagomba gusuzugura Imana, ikabazinukwa, maze noneho bakanarya ku giti cy’ ubugingo bigatuma baramira mu cyaha no mu kutumvira, maze icyaha kikazahoraho iteka ryose. Ariko abamarayika boherejwe kujya kubasohora mu busitani bwa Edeni ndetse no gufunga inzira yerekeza ku giti cy’ ubugingo. Buri wese muri abo bamarayika bakomeye yari afite ikintu cyasaga n’ inkota irabagirana mu kuboko kwe kw’ iburyo. {IZ 127.2}. Noneho Satani yari atsinze. Kubwo gucumura kwe yatumye abandi bagira umubabaro. Yari yarirukanwe mu ijuru, none n’ abandi bari birukanwe muri Paradiso. { IZ 127.3}. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Gucumura k’ umuntu”.  .Inama y’agakiza: Ubwo byagaragaraga ko Umuntu azimiye kandi ko n’ isi Imana yari yararemye igiye kuzurwaho n’ ibiremwa bipfa bigomba guhura n’ imibabaro, uburwayi n’ urupfu, ndetse ko nta makiriro umunyabyaha afite, agahinda n’ umubabaro byuzuye ijuru ryose. Umuryango wose wa Adamu wagombaga gupfa. Noneho nabonye Yesu mwiza maze mbona mu maso he hagaragara impuhwe n’ agahinda. Bidatinze namubonye yegera umucyo urabagirana cyane wari ugose Data wa twese. Marayika twagendanaga yaravuze ati: ” Ari kugirana na Se ikiganiro gikomeye.” Igihe Yesu yaganiraga na Se, abamarayika barushijeho guhagarika umutima. Wa mucyo urabagirana ugose Data wa twese wadukingirije Yesu incuro eshatu, maze ku ncuro ya gatatu arasohoka ava kwa Se nuko turamubona.  Mu maso ye hari hatuje, nta gihangayikishije cyangwa ikibabaje cyaharangwaga, kandi harabagiranaga ubwiza butasobanurwa mu magambo.  Yamenyesheje ingabo zo mu ijuru ko umuntu wacumuye yabonewe icyanzu cyo gukiriramo. Yazibwiye ko yahoze yinginga Se ndetse ko yagambiriye gutanga ubugingo bwe kugira ngo bube incungu, yishyireho igihano cy’ urupfu, bityo kubwe umuntu abashe kubona imbabazi; ndetse kubw’ amaraso ye no kubwo kumvira amategeko y’ Imana, abantu babashe kubona imbabazi z’ Imana kandi bazagarurwe muri bwa busitani bwiza, barye no kumbuto z’ igiti cy’ ubugingo.{IZ 127.4}”Iga icyigisho cya Emmanuel Nzaramba kuri Yutube: Urwango Imana yanga icyaha”,. Uwifuzwa ibihe byose , Icyigisho cya 74 ”I Getsemani”. Uwifuzwa ibihe byose, Icyigisho cya 75”Imbere ya Ana no mu rukiko kwa Kayafa”. Uwifuzwa ibihe byose, Icyigisho cya 76”Yuda”. Uwifuzwa ibihe byose, Icyigisho cya 77 ”Mu rukiko kwa Pilato”. Uwifuzwa ibihe byose, Icyigisho cya 78 ”Kaluvari”. Uwifuzwa ibihe byose, Icyigisho cya 79 ”Birarangiye”. Uwifuzwa ibihe byose, Icyigisho cya 80 ”Mu mva ya Yosefu”. Uwifuzwa ibihe byose, Icyigisho cya 81 ”Umwami ya Zutse”. Uwifuzwa ibihe byose, Icyigisho cya 82 ”Urarizwa n’ iki?”. Uwifuzwa ibihe byose, Icyigisho cya 34 ”Kumukoraho ufite kwizera”. Uwifuzwa ibihe byose, Icyigisho cya 44 ”Ikimenyetso nyakuri”. Uwifuzwa ibihe byose, Icyigisho cya 45 ”Ibyasuraga Umusaraba”. Uwifuzwa ibihe byose, Icyigisho cya 46 ”Yesu ahinduka ishusho irabagirana”. Uwifuzwa ibihe byose, Icyigisho cya 47 ”Umurimo wa Kristo”. (Abahanuzi n’ Abami,P.262: Abubahiriza Isabato yo Mu itegeko ryakane bazagaragaza ko ubuzima bwabo kuri iyi si butarusha agaciro Ukuri n’ itegeko ry’Imana rya kane ryo kweza umunsi wa karindwi ari wo Isabato y’ Uwiteka, bakatirwe urwo gupfa n’abakozi ba Satani,be kwihakana amategeko year y’ Imana ) , Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 29 ”Isabato”.Yakobo 2:10, Daniyeli 7:25,Ezekiyeli 28:6-19, Zaburi 31:10, Ezekiyeli 36: 25-27, Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 83 ”Urugendo Rugana Emawusi”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 84 ”Amahoro abe muri mwe”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 85 ”Bongera Guhurira ku Nyanja”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 86 ”Mugende Mwigishe Amahanga Yose”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 87 ”Kwa Data Ari na we So”. ”Iga icyigisho cya Emmanuel Nzaramba kuri Yutube: Umunsi w'Uwiteka n'Abanyabyaha video 2”, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #1 Yesu Afite Gahunda”, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #2 Ibimenyetso Utakwirengagiza”, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #3 Ubukirisitu Mubihe Biruhije”, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #4 Ushobora Kongera Kuzuzwa n'Imana”, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #5 Gukunda Bigaragarira mu Bikorwa”, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #6 Akuba Hafi Ugeze Mukaga”, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #7 Ibanga by'Ibinyoma bya Satani”, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #8 Kunywa kw’Isoko y’Amazi y’Ubugingo”, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #9 Ujye Ukiranuka Ugeze Kugupfa!”, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #10 Hari Abagiye Guterurwa Tudapfuye”, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #11 Amajwi Aturuka Hakurya y' Igituro”, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #12 Ushobora Kongera Gutangira”, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #13 Ntukwiye Kwibagirwa!”,”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #14 Irinde Udashyirwaho Ikimenyetso cy’Inyamaswa”,”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #15 Kubaho nk’ibisonga by’Imana”, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #16 Abagore Babiri Mubuhanuzi”, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #17 Icyaha Kitabasha Kubabariwa”, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #18 Umuhange Amaso”, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: #19 Turi Hafi Gutaha”,Ezekiyeli 7:17-19, Yesaya 13:6-11, Maraki 3:19-23,2Petero3:3-13, Itangiriro 6:1-22, Itangiriro 7:1-24, 2Petero 2:4-12, Zefaniya 1:14-20, Amosi 5:18-20, Zefaniya 1:12-15, Yesaya 13:9-10, Yeremiya 4:19-20, Habakuki 2:1-3, Luka 21:34-35, Imigani 1:24-37, Ibyahishuwe19: 19-21, Ibyahishuwe 7:1-15, Ibyahishuwe 13:1-18, Ibyahishuwe 14:1-20, Ibyahishuwe 17:1-20, Ibyahishuwe 16:1-20, ”Iga icyigisho cya Dr.Phodidas Ndamyumugabe kuri Yutube: Ari mu Nzira Araje”, ”Iga icyigisho cya Emmanuel Nzaramba kuri Yutube: Ingaruka zo gukurwaho kw'Isabato Itegeko ry'Imana”, ”Iga icyigisho cya Emmanuel Nzaramba kuri Yutube: Umwuka wera no gushira ubwoba k ubwoko bw Imana”,” Iga icyigisho cya Emmanuel Nzaramba kuri Yutube: Inshuro ya kabiri ku rugabano by Nzaramba Emmanuel”...Mbere na mbere abamarayika ntibashoboraga kwishima;  kuko Umugaba wabo atashoboraga kugira icyo abahisha, ahubwo yababwiye kumugaragaro iby’ inama y’ agakiza. Yesu yabwiye abamarayika ko agiye guhagarara hagati y’ umuntu wacumuye n’ uburakari bwa Se.  Yababwiye ko azemera kwishyiraho icyaha (Ubugome: 1 Yohana 3:1-24) no gusuzugurwa, nyamara ko bake ari bo bazamwakira nk’ Umwana w’ Imana.  Hafi y’ abantu bose bajyaga kumwanga no kumwamagana. Yajyaga gusiga ikuzo rye ryose mu ijuru, akaza ku isi ari umuntu, akicisha bugufi nk’umuntu, we ubwe kubyo yagombaga kunyuramo agahura n’ ibigeragezo binyuranye byajyaga kwibasira umuntu kugira ngo amenye uko atabara abajyaga kugeragezwa, maze ku iherezo, ubwo yari kuzaba arangije umurimo we nk’ Umwigisha, atangwe mumaboko y’ abana b’ abantu, yihanganire ubugome hafi ya bwose n’ imibabaro yose Satani n’ abamarayika be bashoboraga kwigisha abantu babi ngo bayimuteze.  Yajyaga gupfa urupfu rw’ agashinyaguro rurenze izindi mpfu, akabambwa hagati y’ isi n’ ijuru nk’ umunyabyaha ruharwa.  Yababwiye kandi ko azagerwaho n’ amasaha ateye ubwoba y’ umubabaro ukaze n’ abamarayika ubwabo batashoboraga kubura amaso ngo barebe ahubwo bari kuzapfuka mu maso yabo ngo batabireba. Ntiyajyaga kuzagerwaho n’ umubabaro w’ umubiri gusa, ahubwo yagombaga no kubabazwa mu ntekerezo ku buryo uwo mubabaro  utajyaga kuba wagereranywa na gato n’ uw’ umubiri. Uburemere bw’ ibyaha by’ abari ku isi bose bwajyaga kumugerekwaho.  Yabwiye abamarayika ko azapfa maze akazuka ku munsi wa gatatu, kandi ko azazamuka akajya kwa Se kugira ngo asabire umunyabyaha utumvira. {IZ 128.1}. Abamarayika bikubise imbere ye baramuramya.  Bemeye gutanga ubugingo bwabo.  Yesu yababwiye ko kubwo urupfu rwe azakiza benshi, ko ubugingo bw’ umumarayika butabasha kwishyura umwenda w’ icyaha.  Ubugingo bwe bwonyine nibwo bwashoboraga kwemerwa na Se kugira ngo bube incungu y’ umuntu . Yesu kandi yanababwiye ko hari uruhare nabo bazagira, ari rwo rwo kuba hamwe nawe kandi bakazajya kumukomeza mu bihe binyuranye.  Yababwiye ko azambara kamere y’ umuntu wacumuye, ndetse ko imbaraga ze zitazaba zingana n’ izabo ubwabo; ko bazibonera gusuzugurwa kwe n’ imibabaro ye ikomeye; ndetse ko nibabona imibabaro ye n’ urwango abantu bazamugirira bazagira agahinda kenshi maze kubera urukundo bamukunda bakifuza kuza kumutabara ngo bamukize abo bicanyi. Nyamara yababwiye ko batagombaga kugoboka ngo bagire icyo babuza gukorwa. Yabamenyesheje ko bazagira uruhare mu izuka rye, ko umugambi w’ agakiza wamaze gutegurwa ndetse ko Se yamaze kuwemera. { IZ 128.2}. Yesu yuzuye agahinda kuje ubuziranenge, yahumurije kandi akomeza abamarayika maze abamenyesha ko ku iherezo azabana n’ abo agiye kuzacungura ndetse ko kubw’ urupfu rwe azaba incungu ya benshi kandi akarimbura ufite imbaraga z’ urupfu. Kandi ko Se azamuha ubwami bwo munsi y’ ijuru no gukomera kwabwo bukazaba ubwe iteka ryose.  Satani n’ abanyabyaha bazarimburwa burundu ubutazongera guhungabanya ijuru cyangwa isi izaba yagizwe nshya itunganye. Yesu yasabye abamarayika gufatanya na we muri uwo mugambi Se yari yemeye kandi bagashimishwa n’ uko kubw’ urupfu rwe umuntu wacumuye azongera kuzamurwa kugira ngo ababarirwe n’ Imana ndetse yishimire kuba mu ijuru. {IZ 129.1}. Ubwo ni bwo ibyishimo bitavugwa byasakaye ijuru ryose, maze ingabo zo mu ijuru ziririmba indirimbo zo kuramya no gusingiza. Bafashe inanga zabo maze bacuranga ijwi riranguruye birenze uko bari barigeze gucuranga bitewe n’ imbabazi z’ Imana zitagerwa ndetse no kwicisha bugufi kwayo bigaragariye mu gutanga Umwana wayo ikunda kugira ngo apfire ubwoko bw’ ibyigomeke.  Nuko mu ijuru hasakara ibisingizo no kuramya kubwo kwiyanga kwa Yesu n’ igitambo cye, ubwo yemeraga kuva mu gituza cya Se maze agahitamo ubuzima bw’ imibabaro n’ agahinda ndetse n’ urupfu rw’ agashinyaguro kugira ngo abashe guhesha abandi ubugingo. { IZ 129.2}. Iga icyigisho cya Emmanuel Nzaramba kuri Yutube: Henoki icyitegererezo cy'ubwoko bw Imana mubihe biheruka”, Iga icyigisho cya Eric RUHANGARA kuri Yutube: ISEZERANO RY'IBIHE BYOSE 2nd DVD Album by Eric RUHANGARA _ Mucyo PL pictures”, Iga icyigisho cya Emmanuel Nzaramba kuri Yutube: 4 Nzaramba Emmanuel, Abantu 144,000”, Iga icyigisho cya Emmanuel Nzaramba kuri Yutube: 05 Umugambi w'Imana ku bugingo bwawe, recd on 10th Jan. 2015 by Nzaramba Emmanuel on 17th and 19th Jan. 2015”,Iga icyigisho cya Emmanuel Nzaramba kuri Yutube: 02 Umugambi w'umwanzi ku buturo bwera by Nzaramba Emmanuel recorded on 6th Dec 2017”, Iga icyigisho cya Emmanuel Nzaramba kuri Yutube: Abayuda banga gutaha Iga icyigisho cya Emmanuel Nzaramba kuri Yutube: Amaherezo mabi ya Sauli by Nzaramba Emmanuel”, Abefeso 2:20-25” Urusengero rwera Umutima w’ Umuntu” 1Petero 2:1-12, 1Abakorinto 6:1-10, Imigani 26:23, Ibyahishuwe 3:20-25,Yohana 14:17,Itangiriro 6:1-6,Yesaya 55:11,….Marayika yaravuze ati: “ Mbese mutekereza ko Data wa twese yatanze Umwana we akunda cyane bitamugoye? Oya, oya rwose.” Byari bikomereye Imana yo mu ijuru kuba yareka abanyabyaha bakarimbuka cyangwa gutanga Umwana wayo ikunda akabapfira.  Abamarayika bari bitaye cyane ku gakiza k’ umuntu ku buryo muri bo hajyaga kubonekamo abemera guhara icyubahiro cyabo maze bagatangira ubugingo bwabo umuntu wari ugiye kurimbuka. Marayika twagendanaga yaravuze ati: “Ariko ibyo ntacyo byajyaga kugeraho.” Icyaha cyari cyakozwe cyari gikomeye cyane ku buryo ubugingo bwa marayika butajyaga kwishyura umwenda wacyo. Nta kindi uretse urupfu rw’ Umwana w’ Imana no gusabirwa na we, ibyo byonyine ni byo byajyaga kwishyura umwenda no gukiza umuntu wazimiye bikamuvana mu bwihebe n’ ubuhanya. {IZ 129.3}. Ariko umurimo abamarayika bahawe wabaye uwo kuzajya bamanuka kandi bakazamuka mu ijuru bazanywe no gukomeza no guhumuriza Umwana w’ Imana mu mibabaro ye kandi bakanamukorera.  Umurimo wabo kandi wagombaga kuba uwo kurinda no kwita ku bagiriwe ubuntu, bakabarinda abamarayika babi n’ umwijima uhora ubagota woherejwe na Satani.  Neretswe ko bitashobokaga ko Imana yahindura amategeko yayo kugira ngo ikize uwazimiye, umuntu wari ugiye kurimbuka.  Kubw’ ibyo, yemeye gutanga Umwana wayo ikunda kugira ngo apfe kubw’ icyaha cy’ umuntu. { IZ 129.4}. “Soma Umugambi wa Satani wo gusenya Ubuturo bwera bw’ Imana akoresheje Ubutegetsi bwa ROMA igaragazwa n’izina ry’ Umubare ‘666’ uvuga Umusimbura w’ Umwana w’ Imana, izina ry’amateka ry’abayobozi ba Vatikani bayobora Kiriziya Gaturika y’ I ROMA  biyita ba data wera’Holy Father’ n’ aba papa mu: Ibyahishuwe 13:18, Daniyeli 8:1-15, Daniyeli 11: 31-40”, Iga icyigisho cya Emmanuel Nzaramba kuri Yutube: 02 Umugambi w'umwanzi ku buturo bwera by Nzaramba Emmanuel recorded on 6th Dec 2017”, Neretswe Satani nk’uko yahoze kera akiri marayika unezerewe kandi ufite icyubahiro. Nongeye kandi kumwerekwa uko ameze ubu. Aracyafite ishusho ya cyami. Ikimero cye kiracyahebuje nubwo ari umumarayika waguye. Ariko mu maso he huzuye ishavu, gutentebuka, umubabaro, ubugome, urwango, kudatuza, ubushukanyi, n’ ububi bw’ uburyo bwose. Nabonye by’ umwihariko rwa ruhanga rwe rwahoze rurabagirana. Uruhanga rwe rwari rwaratangiye kuzinga iminkanyari uhereye ku maso ye. Nabonye ko ingeso ze zose zahoze ari nziza bitangaje zangiritse bitewe no guhora yibwira ibibi igihe kirekire, kandi ibimenyetso by’ ikibi cyose byamurangwagaho. Amaso ye yari yuzuye ubucakura kandi atyaye. Yari mugari mu gihagararo, ariko umubiri wo ku maboko ye no mu maso he wasaga n’ udafashe. Ubwo namwitegerezaga, ukuboko kwe kw’ ibumoso kwari gufashe ku kananwa.  Yasaga n’ uri kwibaza cyane byimbitse. Mu maso he hagaragaje kumwenyura, ariko uko kumwenyura kwanteye guhinda umushyitsi kuko kwari kuzuye ibibi n’ ubucakura bwe.  Iyo nseko ni yo agira mbere y’ uko acakira uwo yibasiye, kandi iyo abohera umuhigo we mu mitego, iyo nseko ihinduka mbi bitavugwa. {IZ 130.2}).
Muri uko kurwanya kamere ikora ibyaha ngo «umukiranutsi wanjye naho yagwa ntazarambarara...»  Igihe akoze ikosa atagambiriye, ahita abyuka vuba ababajwe n’ iryo futi aguyemo maze agahita arishyira umurengezi Yesu Kristo I Yohana 2: 1. Kuko arwanira kunesha rero, amaranira kutongera kubigwamo akabireka, nguko kwezwa ariko kunesha.  Naho ugereranywa n’ umukobwa w’ umupfu we abisabira imbabazi ariko ntakure ngo abicikeho, uwo azabarwa nk’ utuka Umwuka Wera.
KUBYARWA UBWA KABIRI
Tito 3: 5-7, I Yohana 3: 6-9; Zekariya 3: 4; Abaroma 15: 43-45; Abaheburayo 10: 22; Yohana 16: 21-22; Ibyahishuwe 4: 3.
Imvugo y’ abantu ntiyavuye ku busa ngo: iyo imvura iguye igihe izuba riva impyisi zirarongorana. Mu by’ ukuri umukororombya wo mu mutima utuma Imana nawe barongorana, ikamuteza imbere mu byo gukiranuka.  «Imbabazi n’ umurava birahura, gukiranuka n’ amahoro birahoberanye»  Zaburi 85:10. Kandi umukororombya ni ihuriro ryo gukiranuka n’ amahoro, inkeke no kwishinja ibyaha bigashira, uwo muntu aba ateye intambwe mu by’ umwuka. ( Ubusobanuro bw’ Ibyahishuwe, P.67),Ezekiyeli 36: 25-27 «Nzabaha umutima mushya». Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 48 ”Umukuru ni Nde?”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 49 ”Mu Minsi Mikuru y’ Ingando”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 50 ”Mu Mitego y’ Ababisha”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 51 ”Umucyo w’ Ubugingo”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 52 ”Umwungeri Mvajuru”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 53 ”Urugendo Ruheruka Ava i Galilaya”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 54 ”Umusamariya w’ Umunyampuhwe”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 55 ”Ubwami bw’ Imana Ntibuza ku Mugaragaro”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 56 ”Yesu Aha Abana Umugisha”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 57 ”Usigaje Ikintu Kimwe”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 58 ”Lazaro, Sohoka”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 59 ”Ubugambanyi bw’ Abatambyi”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 60 ”Itegeko ry’ Ubwami Bushya”.  .
«Iyo Yesu avuga iby’ umutima mushya aba avuga intekerezo, imibereho, impagarike yose. Kugaragaza guhinduka k’ umutima ni ukureka kurangamira iby’ isi, ukarangamira Kristo. Kugira umutima mushya ni ukugira intekerezo nshya, imigambi mishya, imikorere mishya.  Wabwirwa n’ iki umutima mushya? Ku guhinduka kw’ imibereho. Buri saha, buri munsi mu gupfa ku narijye no ku bwibone» (Ubutumwa ku basore, P.71, 72) .
Iyo twambaye imico ya Kristo duhora dupfa kuri kamere mbi, kamere yacu (intekerezo mbi), tukiga Ijambo ry’ Imana no gusenga dushikamye.  Icyo gihe ku bw’ Umwuka wera dufite, tubonera icyaha kure.
«Igihe Umwuka w’ Imana agenga umutima w’ umuntu, ubuzima burahinduka, ibitekerezo by’ icyaha bishyirwa iruhande, imirimo mibi ikarekwa, urukundo, kwicisha bugufi n’ amahoro bigasimbura uburakari, irari n’ intonganya. Ibyishimo bigasimbura agahinda. Mu ruhanga hakarabagirana umucyo w’ ijuru. Nta muntu urabukwa ngo abone ikiganza giterura umutwaro w’ ibibi cyangwa ikizana umucyo uvuye mu ijuru. Imigisha iza ku muntu igihe agize kwizera akiyegurira Imana. Hanyuma ya mbaraga itagaragara ikarema ikiremwa gishya ku ishusho y’ Imana» ( Uwifuzwa ibihe byose, P.154). Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 61 ”Zakayo”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 62 ”Ibirori Byabere mu Nzu ya Simoni”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 63 ”Umwami Wawe Araje”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 64 ”Ubwoko Bwaciriweho Iteka”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 65 ”Urusengero Rwongera Rwezwa”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 66 ”Imitekerereze Ihabanye”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 67 ”Bagushije Ishyano Abafarisayo”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 68 ”Hanze y’ Urusengero”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 69 ”Ku Musozi wa Elayono”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 70 ”Umwe Muri Bene Data Aba Boroheje”. .
Yesu yakira abamuhungiraho atitaye kubyo babarega no ku mpaka babagisha Nta muntu cyangwa marayika mubi ushobora kubakoma imbere.  Kristo abambika kamere ye y’ Imanamuntu. Amaraso ya Yesu yuhagira icyaha cyose.” (Rengera ubuzima, Vol.II, P.38) .
“Kubwo kwizera tubasha kurabukwa ibizaba, tugasingira isezerano ry’ Imana ry’ uko izungura ubwenge bwacu ngo butubashishe kwiyunga no gusabana nayo, twongere gusubizwa ishusho yayo yaturemanye mbere.  Ubwo nibwo tuzashobora kwishimira y’ uko ibyaduhagarikaga umutima n’ ibiturushya byose bizaduhishurirwa, ibitunanira tutumvaga bizaba bisobanutse; kandi ibyayoberaga ubwenge bwacu buke bizadufutukira rwose.”( Kugana Yesu, P.81), Abakorinto 13: 12.
“Igihe twiyeguriye Kristo, imitima yacu ihuzwa n’ uwe, ubushake bwacu buhurizwa mu bushake bwe, ubwenge buba kumwe n’ ubwe, ibitekerezo byacu bigengwa nawe; tubaho mu buzima nk’ ubwe.  Ibyo bivuga kwambikwa umwambaro wo gukiranuka kwe.  Noneho igihe Uwiteka aturebye, ntabona ubucocero, no guhindurwa n’ icyaha, ahubwo abona ikanzu ye yo gukiranuka, aribyo bivuga kumvira amategeko ya Yehova.”(Imigani ya Kristo, P.312) .
“Abanyarwanda batemeye imbaraga z’ Imana baca umugani ngo: kamere ntikurwa na reka. Ariko ibyo siko biri ku biyeguriye Kristo: imbaraga ya Mwuka wera niyo iba ifite ubuyobozi bw’ impagarike yacu, kamere ikabaho nta rutabi idufiteho. Kamere igomba kuburiramo kugira ngo umuntu azagere mu ijuru. Wibuke ibi byitegererezo: Mariko 3: 17, Luka 9:52-54, Yohana mwene Nkuba yahindutse intumwa y’ urukundo… I Yohana 3:18; I Yohana 4:7-11” (Amahame shingiro ya Bibiliya P.6) . Iyo dusanze Yesu ahindura imibereho yacu bwite, ibyo akabikora adushyiramo kamere ye bwite.  Muri ako kanya, dutangira kugaragaza ubugingo bushya turi kumwe nawe.
«Iyo Kristo ari mu mitima agaragara mu maso y’ abamukunda bakomeza amategeko ye n’ Isabato Irimo. Ukuri kubagaragaramo nk’ inyandiko maze impumuro nziza yo mu ijuru ikabatamaho. Bahinduka abagwa neza nyabo, kandi bakagira urukundo rurenze urwa kimuntu. Igitubura cy’ ukuri kw’ Ijambo ry’ Imana gitunganya ibikocamye, umunyabugugu agahinduka umunyabuntu, icyo gitubura cy’ urukundo gihumanura ibihumanye.  Uwari ufite kamere ya kimuntu akagira kamere ivuye ku Mana.  Kuva ubwo umuntu atangira kubahira Imana mu ngeso ze. Iyo habayeho guhinduka kumeze gutyo, abamarayika baranezerwa bagatera indirimbo z’ ibyishimo, kandi Imana igashimishwa n’ imitima ikora ibyo gukiranuka.» (Imigani ya Kristo, Vol. I P.43.) Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 71 ”Umugaragu w’ abagaragu”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 72 ”Kugira ngo Munyibuke”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 73 ”Ntimuhagarike Imitima Yanyu”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 43 ”Insika Zakuweho”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 42 ”Imigenzo”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 41 ”Ibyabereye i Galileya”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 40 ”Ku Kiyaga Nijoro” .
GUHABWA UBWIZA
(GUSHYIRWAHO IKIMENYETSO GIHERUKA).
«Abo yatoranije kera yarabahamagaye, kandi abo yahamagaye yarabatsindishirije, n’ abo yatsindishirije yabahaye ubwiza.» Abaroma 8: 30, II Abakorinto 3: 18, Imigani 4: 18. .
            «Mu gihe tugitegereje guhindurwa kw’ imibiri yacu ubwo Kristo azaba agarutse, tugomba kwezwa burundu kw’ imitima yacu, kuko kwezwa kw’imitima gutegurira ukw’ imibiri.» (Histoire du salut, P 277)
            Tukiri kw’ isi umutima niwo uhinduka naho umubiri uzahindurwa Yesu agarutse.  Kuko uko umutima aba ariwo uyobora umubiri, uyu muntu agenda anesha.
            «Kwezwa n’ imibereho yo gutungana imbere n’ inyuma, kuba uwera kandi waritangiye Uwiteka, bitari ibigaragarira amaso ahubwo by’ ukuri».( Our high calling,P.214) .
            “Mbese turaharana n’ imbaraga zacu zose kugirango tugere ku rugero rushyitse rw’ abagabo n’ abagore muri Kristo? Mbese duharanira kuzura dusiganirwa kugera ku rugero rwashyizwe imbere yacu… aribwo butungane bw’ ingeso za Kristo? Abantu b’ Imana nibagera kuri urwo rugero, bazashyirwaho ikimenyetso cy’ Imana mu ruhanga rwabo. Buzuye Umwuka, bazaba buzuye muri Kristo, kandi malayika wandika mu gitabo azavuga ati:”BIRARANGIYE”. ( SDA Bible Commentary, Vol, VI, P.1118). Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 39 ”Mube ari Mwe Mubagaburira” . Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 38 ”Muze Muruhuke ho Hato”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 37 ”Ababwirizabutumwa ba Mbere”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 36 ” Kumukoraho Ufite Kwizera” . Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 35 ” Ceceka Utuze” . Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 34 ” Irarika” . Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 33 ”Abavandimwe Banjye ni Bande?” . Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 32 ” Umutware w’ Abasirikare Ijana”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 31 ” Ikigisho cyo Ku Musozi”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 30 ” Yarobanuye Cumina Babiri” .
            «Nta rubibi ruhari rw’ ibyo gukura mu by’ umwuka, ahubwo hari urubibi rwo guhagarariraho mu bikorwa by’ icyaha» (Inyandiko za kera).
            Bibiriya Year n’ inyandiko z’ umwuka w’ubuhanuzi bitwigisha mu buryo bunoze yuko “ Kuvanaho inenge mu ngeso zacu bizanwa no guhora kubirenge bya Yesu, tugendera mu bushake bw’ Umwuka Wera. Ibyo rero iyo bimaze kuba kamere muri twe, insengero zacu zitakirangwamo ikibi, nibwo tuzahabwa ikimenyetso cy’ Imana giheruka, Kandi tugasukwaho n’ imvura y’ itumba”.
            Kwakira imibereho yo kuvuka bushya, kandi umuntu agakomeza iyo mibereho ni kimwe no guhabwa imvura y’ umuhindo. Iki kimenyetso cya mbere ni ngombwa niba tugomba guhabwa ikimenyetso giheruka aricyo cy’ imvura y’ itumba. Keretse imvura y’ umuhindo ikujije imbuto, bitari ibyo imvura y’ itumba ntacyo yazimarira”. (Ibihamya ku bagabura,,P.506).
            “Nta muntu numwe uzigera ahabwa ikimenyetso cy’ Imana mu gihe imico ye izaba ikirangwamo inenge. Inshingano yacu n’ iyo gukosora amakosa aboneka mu mico yacu tukaboneza ubugingo bwacu maze ntibugire amakemwa. Ubwo nibwo imvura y’ itumba izatugwaho nk’ uko imvura y’ umuhindo yaguye ku ntumwa ku munsi wa pentekoti”. (Ibihamya, vol. V, P214.). Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 29 ” Isabato”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 28 ” Levi Matayo” .Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 27 ” Wabasha Kunkiza” .Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 26 ” I Kaperinawumu”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 25 ” Ahamagara Abigishwa ku Nyanja”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 24 ” Mbese Harya si we wa Mwana w’ Umubaji?”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 23 ” Ubwami bw’ Imana Buregereje”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 22 ” Gufungwa kwa Yohana n’ Urupfu Rwe”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 21 ” Betesida n’ Urukiko Rukuru rw’ Abayahudi”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 20 ” Keretse Mubonye Ibimenyetso n’ Ibitangaza”.   .
UBUTURO BWERA
UBUTURO BWERA MU MATEKA (Kuva 25:8)
Incamake y’ Ubuturo Bwera bwari mu isi. Kuva 40:1-33: Ubuturo Bwera bwo mu isi bwari bugizwe n’ imigabane 3.
A. IGIKARI cyabagamo:
- Igicaniro cy’ ibitambo : umunyabyaha yazanaga itungo ( igitambo cy’ ibyaha bye), ababaye akarirambika ho ibiganza ku mutwe, ubundi akavuga ibyaha bye , nyuma akaryisogotera.  Uko aryitegereza risamba mu cyimbo cye, akagira agahinda kamushengura umutima. Abalewi 4:27-31.
            -Igikarabiro : uko umutambyi yinjiraga mu ihema ry’ ibonaniro niko yabanzaga kugikarabiro intoki n’ ibirenge. Kuva 40: 30-32.
B. AHERA habagamo:
- Ameza y’ imitsima 12 : yashushanyaga imiryango 12 y’ abisirayeli. Abalewi 24:5-9; Kuva 25: 30.
            -Igitereko cy’ amatabaza : yahoraga amurikiye ahera. Kuva 27: 20.
            -Igicaniro cy’ imibavu : cyahoraga gicumbeka, ihumurira Uwiteka igihe cyose.
Kuva 30 : 7-8.
C. AHERA CYANE habagamo:
- Isanduku y’ isezerano yari irimo ibisate bibiri by’ amategeko 10 y’ Imana, Inkoni y’ Aroni na Manu yahishwe.
- Hejuru yayo hari intebe y’ imbabazi iriho ubwiza bw’ Imana (Shekina) n’ abakerubi 2 batwikira iyo ntebe. Ubuturo Bwera bwo mu isi ni kopi y’ ubwo mu ijuru. Noneho rero igihe twiga Ubuturo bw’ ibyo mu isi twerekeze ibitekerezo byacu ku byo mu ijuru.  Ntabwo twasobanukirwa n’ imiterere y’ ubwo mu ijuru tutabanje kwiga uko ubwo mu isi bwari buteye.
«Abantu babonye umucyo bagomba guhamya ukuri kuzuye Imana yabahaye. Ubuturo bwera bwo mu ijuru ni ryo shingiro ry’ umurimo Imana yageneye abantu.  Imana rero irararikira abatuye ku isi bose ibereka intandaro yo gutsinda intambara iri hagati yo gukiranuka n’ icyaha.  Ni ingenzi ko buri wese yiga yimbitse Ubuturo Bwera, kugira ngo abe ashoboye guhamya ibyiringiro bimurimo.» (Intambara ikomeye, P. 531).
«Abantu bamwe biga ibyerekeye Ubuturo Bwera amajyejuru gusa, nkaho budafite inyigisho yimbitse Imana yateguye mu bantu bayo. Jambo wabaye umuntu akabana natwe, niwe Ubuturo Bwera bwerekezaho». Kuva 25 : 8 ; Abaheburayo 9: 8-9 ; Abaheburayo 10: 19-23 .
UBUTURO BWERA MU BURYO BW” UMWUKA.
            1. Igicaniro cy’ Ibitambo: Nk’ uko umunyabyaha ababazwa n’ ibyaha bye akabyatura abishyira ku gitambo cyo ku gicaniro, niko n’ umunyabyaha wese wemejwe ibyaha bye n’ Umwuka Wera akababazwa nabyo abizanira Kristo wabibambiwe i Kalvari, Mika 6:7-8 ; Zaburi 51:16 ; Imigani 23:26. Igitambo Imana ishima ni umutima umenetse. Imyotsi y’ icyo gitambo ishushanya amasengesho avuye mu mutima ushenjaguwe n’ icyaha. (Kugana Yesu P.19 ; Abahirwa nib a nde P 41). 1Petero 2: 9 noneho uyu muntu akomeza mu buryo bw’ umutambyi kubwa Yesu Kristo. ”. Intambara Ikomeye Icyigisho cya 27 ” Ivugurura ryo muri Iki Gihe”.  Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 19 ” Ku  Iriba rya Yakobo”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 18 ” Uwo Akwiriye Gukuzwa”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 17 ” Nikodemo”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 16 ” Mu Rusengero Rwe”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 15 ” Mu Birori by’ Ubukwe”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 14 ” Twabonye Mesiya”.
            2. Igikarabiro: Nkuko Umutambyi yabanzaga kwiyeza akaraba intoki n’ ibirenge mu gikarabiro ibyo bishushanya tempérance ngo tugire ubuzima bwiza, n’ umubatizo uhamya ko twahuye na Yesu.  1 Abakorinto 6: 11. Abefeso 5: 26; Ibyakozwe n’ Intumwa 22:16; Ibyakozwe n’ Intumwa 2:38, Yohana 3:5, Yohana 13: 5, gukaraba byari ingenzi cyane kuko uwajyaga mu buturo bwera atabanje gukaraba yashoboraga gupfa. Uko gukaraba byashushanyaga Kristo we mazi y’ ubugingo. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 13 ” Kunesha”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 12 ” Ikigeragezo”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 11 ” Umubatizo”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 10 ” Ijwi Rirangururira mu Butayu”.
Ubatizwa atihannye aba ateta ku biruhije bitazabura kumukoraho. Biragaragara yuko umubatizo w’ utihannye ari ugutuka Imana, n’ ugukerensa ibyera, Matayo 7:6.  Umubatizo ukwiriye kuba uw’ uwihannye Mariko1:4; Luka 3:3, Ibyakozwe n’ Intumwa 13: 24; Ibyakozwe n’ Intumwa 19: 4. Umubatizo wo kwihana mu rugiriki ayo magambo yanditse ngo BAPTIZO ya metanoïa.  Metanoïa rero ni intekerezo zahindutse. Utahindutse atyo rero ntakwiriye kubatizwa; abikoze aba abeshye”. (Amahame shingiro ya Bibiliya P. 21).  Iyo umuntu abatijwe aba ahamya ko yemeye gupfana na Kristo agahamba kamere ya kera, akaba agomba kuzukira imibereho mishya aribyo kubyarwa ubwa kabiri.
            Kwirengagiza umubiri niko kwirengagiza umutima. Ntibishoboka ko abana b’ Imana bayihimbaza bafite imibiri irwaragura cyangwa ubwenge budakura.  Kunezeza irari ry’ inda mu buryo bwica ubuzima byangiza ubwenge.  Bazagerwaho n’ ingaruka yo kugomera amategeko y’ umubiri”. (Ibihamya, Vol. 3,P.485, 486).
            Yesu ati:”Ntacyo mubasha gukora mutamfite…” Kugira Yesu nibyo bizakubashisha kumenya uko wakwitondera amategeko ya Tempérance, bitari ibya bamwe babijyamo bafana uyu munsi, ejo amerwe n’ irari bikabasubiza ku byo kurya no ku byo kunywa byangiza imibiri yabo kandi ari insengero z’ Imana.
Nyamara Uwiteka araburira abapfa kurya no kunywa batirinda, batanga inzitwazo zo gushyigikira kutumvira kwabo ngo: “Utsemba urusengero rw’ Imana nayo izamutsemba”. Nuko rero mutume imibiri yanyu ihimbaza Data wo mu ijuru, kandi muyitange ngo ibe ibitambo bizima byera bishimwa n’ Imana, kuko tuzabazwa uko twayigenzuye.
3. Ameza y’ ari ho Imitsima 12 Idasembuwe: Imitsima yabaga ku meza y’ Ahera ishushanya Yesu Kristo ariwe Jambo ry’ Imana nk’ Umutsima w’ Ubugingo. Yohana 6: 35, Yohana 6: 52, Yahona 6: 53.  Tugomba kwiga Ijambo ry’ Imana tukaryigaburira buri gihe rikadutunga tugasa naryo kuko umuntu agizwe n’ ibyo arya.
4. Igitereko cy’ Amatabaza arindwi yaka iteka ryose: -  Urumuri rw’ amatabaza yamurikiraga Ahera rushushanya Yesu Kristo ariwe Zuba ryo gukiranuka umurikira umuntu kubwo kumuhanga amaso agahinduka umucyo w’ isi.  Zaburi 119: 105; Yohana 8: 12-14; 2Petero 1: 19; Abaheburayo 4: 12; Matayo 5: 14.
5. Igicaniro cy’ Imibavu:  Igicaniro cyahoraga ho Umuriro utwika Imibavu yategetswe n’ Uwiteka uko bayikoraga ngo nitwikwa  ijye izamura Umwotsi ufite Impumuro idasanzwe nziza igahora Ihumurira Neza Imana yahoraga yicaye Mucyumba cy’ Ahera Cyane, buri Munsi na Buri Joro. Imibavu yavaga ku gicaniro cy’ Ahera ishushanya amasengesho y’ abera, na ho gusenga kw’ abanyabyaha ko ni ikizira k’ Uwiteka. Ibyahishuwe 8: 2-4; Zaburi 141:; Ibyahishuwe 5: 8; Soma Kuva 30: 1-38”Andi mategeko y’ Ihema ry’ Imana”.
-Uyu muntu uri kugicaniro cy’ imibavu, mu kwezwa ahora atitiriza Imana ngo imuneshereze imurandura mo kamere imutera gukora icyaha aho ari imbere y’ umwenda ukingirije Ahera Cyane, ngo Imana imuramburire amaboko imweze burundu maze ahabwe ubwiza. “Amasengesho yacu ahumurira Imana neza nk’ uko uwo mubavu wayihumuriraga. Ikiyagira meza ni ugukiranuka kwa Kristo tuba twambaye. Ayo masengesho asohozwa ku Mana n’ Umwuka Wera; atabaye we, ntiyagera yo. Umukiranutsi w’ integer nke usenga, afite ubutunzi bwose mu gusabana n’ Imana”. ( Tugiye mu gihugu cy’ isezerano, P. 41).
            “Uwo muntu aba asabira ngo umutima we uhinduke nk’ uko Imana ishaka kandi ahabwe kamere nk’ iy’ Imana akurwemo kamere yak era. Uyu muntu wavuye mu rugo ageze Ahera, arwana anesha kamere nta gusubira inyuma, muri uko kwezwa kamere ye iba irindiwe munsi y’ ububasha bw’ Umwuka Wera”.
            “Nta mbaraga n’ imwe Yesu yakoresheje atsinda ibishuko itakoreshwa n’ umuntu uwo ariwe wese wizeye.  Abayoboke be bose bashobora guhabwa imibereho itsinda nk’ iya Yesu baramutse biyeguriye Imana byimazeyo”. ( Uwifuzwa ibihe byose, P.664), Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 12 ” Ikigeragezo”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 13 ” Kunesha”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 11 ” Umubatizo”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 10 ” Umubatizo”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 9 ” Iminsi ‘ Impaka”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 8 ” Kujya mu Minsi Mikuru ya Pasika”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 7 ” Akiri Umwana”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 6 ” Twabonye Inyenyeri Ye”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 5 ” Kwegurirwa Imana”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 4 ” Umukiza Yabavukiye”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 3 ” Igihe Gikwiriye Gisohoye”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 2 ” Ubwoko Bwatoranijwe”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 1 ” Imana Iri Kumwe Natwe”. Uwifuzwa ibihe byose Icyigisho cya 0-1 ”Ijambo ry’ ibanze”. .
            Dore intwaro zatubashisha kuguma muri Yesu ari ko kunesha satani mu rugamba rw’ imibereho yacu:
1. Gusenga k’uburyo bune(4):
            1. Mu Ruhame (Mu Materaniro)
            2. Mu Muryango (Mu Rugo)
            3. Mu Rwiherero (Wenyine Ahihishe)
            4. Mu Mutima (Nk’uko umutima Wawe Utera, Uhoza ibitekerezo Ku Mana nka Enoki)
2. Kwiga Ibyanditswe byera ubyitondeye wumva byigisha umutima wawe nk’ibyo kurya biwutunga nk’uko ugaburira inda yawe gatatu mu munsi.
3. Guhamya Kristo (Kubwiriza ubutumwa mu mpano ufite, iyariyo yose cyangwa izarizo zose ukazikoresha ubwiriza ubutumwa abantu nk’uko Yesu Kristo Yabigenzaga atarobanura k’ubutoni). Matayo7:7-11, Luka11:8, 1Abakorinto 15:43-45, Yohana 16: 21-24.
            «Uyu muntu ugeze Ahera Cyane aba yinjijwe mu Bwiza. Abaroma 8:30, II Abakorinto 3: 18.  Wibuke ko ahangaha aba afite agahinda katari ak’ ibyaha agenda akora, ahubwo gaturutse k’ uko agenda ahishurirwa uko gukiranuka kw’ Imana guteye n’ amahame mashya y’ ukuri kwayo mu mutima we, yisanga adakwiriye akumva akeneye kurushirizwaho kwegera gusa na Kristo; ubwo nibwo imbabazi n’ umurava bihura bigahoberananira mu mukororombya.»Zaburi 85:7-13.
            «Ubwo nibwo asohorezwamo amasezerano yo kugira kamere y’ Imanamuntu”Kamere nk’ Iya Yesu Kristo, we wahozeho ari Umwana w’ Imana nk’Imana ubwayo Idapfa, akaza kuvukira Mu Isi nk’ Umwana w’ Umuntu ubwe Upfa, Akazukira Kubona Ubugingo Buhoraho Nk’ Imanamuntu”» Yeremiya 31:31-34, Ezekiyeri 36:25-27, Matayo 11: 28-30, Abaheburayo 4:1-12, I Abakorinto 5: 7.
            Ubwo nibwo uwo muntu yinjira mu buruhukiro bw’ umutima yateguriwe kuko aba amaze kwezwa mo kamere mbi yamuganishaga ku byaha. (Amahame shingiro ya Bibiliya P.80-82.).
            “Kuvuganira umuntu kwa Kristo mu buturo bwo mw’ ijuru ni ingenzi mu nama y’ agakiza, nk’uko urupfu rwo ku musaraba narwo ari ingenzi. Nuko rero kubwo kwizera, tugomba kwinjira hirya y’ umwenda ukingiriza ahera cyane, aho Yesu yatwinjiriye atubanjirije Yo Ku Wa Gatatu w’ Isabato Itariki 22 Ukwakira 1844. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ibitekerezo bya Ellen Gould White n’ ibyo yanyuzemo mu mibereho ya Gikristo”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ibyo Ellen G White yanyuzemo n’ ibitekerezo bye”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Iyerekwa ryange rya mbere”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Amasomo Ellen G. white yavuze ko yaherewe mu iyerekwa”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Amayerekwa yakurikiyeho”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Gushyirwaho ikimenyetso”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Urukundo Imana ikunda Ubwoko bwayo”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kunyeganyega kw’imbaraga zo mu ijuru”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Urugi rukinguye n’ urukinze”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kugeragezwa k’ ukwizera kwacu”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ku mukumbi muto”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Neretswe Adamu na Eva ubwo bari muri Edeni”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ibyago by’ imperuka n’ urubanza”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Iherezo ry’ Imyaka 2300”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Inshingano yacu mu gihe dutegereje igihe cy’ akaga”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Gutwarwa intekerezo m’uburyo bw’amayobera”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Abatwaye ubutumwa”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”ikimenyetso cy’ inyamanswa”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Impumyi zirandase Izindi”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kwitegura imperuka”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Umuseke urasira ku buturo”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Isengesho no Kwizera”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Igihe cyo guteranirizwa hamwe”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Inzozi za madamu Ellen G. White”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Inzozi za Wiliyamu Mileri”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Inyongera”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ubusobanuro”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Gahunda mu ivugabutumwa bwiza”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ingorane z’ itorero”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ibyiringiro by’ itorero”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kwitegura kugaruka kwa Kristo”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Ubudahemuka mumateraniro y’ ubusabane”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kwizinukwa”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Kutubaha”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Abashumba gito”. Inyandiko z’ Ibanze , Icyigisho ”Impano Imana yahaye umuntu”.
            «Yesu yakinguye urugi rujya ku ntebe ya Se, Ku Wa Gatatu w’ Isabato Itariki 22 Ukwakira 1844. Kubwo kuduhuza nawe (Se), abafite ubushake bose bwo kuza kuri we bizeye, bazerekanwa imbere y’ Imana».(Intambara Ikomeye, P.489).
URUBANZA
(Intambara Ikomeye, P.521-534).
Iga  Intambara Ikomeye,Icyigisho 28”Isuzuma Rubanza”.
Daniyeli7:9-10: Umuhanuzi yabonye icyubahiro n’ igitinyiro cy’urukiko rwo mu ijuru, urwo imibereho y’ abantu bose igaragarizwa imbere y’ umucamanza w’ isi yose aho buri wese acirwa imanza z’ ibyo yakoze. Umukuru Nyiribihebyose ni Data wa Twese. Zaburi 90:2, Daniyeli 7:9.  Iyo Mana niyo soko y’ ubugingo inkomoko yose y’ itegeko ryose yicara ku ntebe y’ imanza, uduhumbagiza inzovu inshuro inzovu z’ abamalayika bamukikije nk’ abafasha n’ abagabo bo guhamya iby’ ukuri. Daniyeli 7:13-14.  Ukuboneka kwe si uko azaba agarutse ahubwo Umukuru nyiri ibihe byose azamuha ubutware n’ icyubahiro n’ ubwami ubwo azaba arangije umurimo we wo guhongerera ibyaha yatangiye mu 1844 mu iherezo ry’ imyaka 2.300.  Akikijwe n’ abamarayika b’ ijuru, umutambyi wacu mukuru yinjira Ahera cyane imbere y’ Imana gutangira umurimo uheruka kubw’ ikiremwamutu.
            Umurimo ni uw’igenzura ry’ urubanza, ni uwo gukuraho ibyaha ku babikwiriye.
I Petero 4: 17: Kuko igihe kigiye kuza urubanza rukabanziriza mu b’ inzu y’ Imana.  Inyandiko zo mu ijuru ziriho amazina n’ ibikorwa by’ abantu, nibyo shingiro mu rubanza. Daniel ati: imanza zirashingwa, ibitabo birabumburwa. Yohana ati: n’ ikindi gitabo kirabumburwa nicyo gitabo cy’ ubugingo.  Abapfuye bacirwa imanza z’ ibyanditswe muri ibyo bitabo zikwiriye ibyo bakoze. Ibyahishuwe 20:12.
I.                   IGITABO CY’ UBUGINGO: Kirimo amazina y’ abakozi b’ Imana bakijijwe n’ Ubuntu ku bwo kwizera gusa.  Yesu yabwiye abigishwa be ati: ntimwishimire yuko abadayimoni babumvira ahubwo mwishimire yuko amazina yanyu yanditswe mu gitabo cy’ ubugingo. Luka 10: 20.  Umuhishuzi Yohana mu byahishuwe 20: 12 havuga ko abazinjira mu ijuru ari abanditswe mu gitabo cy’ ubugingo.
II.                IGITABO CY’ URWIBUTSO: Umuhanuzi Malakiya ati: amagambo yabo y’ ibyiringiro, ibikorwa byabo byiza byanditswe mu ijuru.  Imirimo yose yo gukiranuka, igishuko cyose gitsinzwe, igikorwa cyose kibi cyaneshejwe, n’ ijambo ryose ry’ impuhwe ryandikwa muri icyo gitabo cy’ urwibutso. Handitswe kandi imibabaro yose, imiruho n’ ibigeragezo byose byihanganiwe kubw’ urukundo rwa Yesu.  Umunyezaburi ati: ubara kurorongotana kwanjye ushyira amarira yanjye mu icupa ryawe, mbese ntibyanditswe mu gitabo cyawe? Zaburi 56:8.
III.             IGITABO CY” IBYAHA (Igitabo cy’ urupfu): Kuko Imana izazana umurimo wose mu manza n’ igihishwe cyose ari icyiza cyangwa ikibi: Umubwiriza 12: 14. Kandi ijambo rose ry’ impfabusa abantu bavuga bazaribazwa ku munsi w’ urubanza. Amagambo yawe niyo azagutsindisha cyangwa agutsindishirize. Matayo 12: 36-37, dore biranditswe imbere yanjye,Yesaya 65:6-7, I Abakorinto 4:5.
HANDITSWE MU BURYO BWITONDEWE:
1. Ijambo ryose ribi rivugwa: aha tubonamo gushyenga, gusetsa kubi, gutera ibiparu bipfuye, kuvuga ibihubukiwe bidakwiriye, no kutavugisha ukuri nubwo baba mu tuntu duto Malayika abyandika mu gitabo cy’ urupfu kandi uzabizira. Imigani 26: 18-19. Zaburi 15:1-4.
2. Igikorwa cyose cy’ ubugugu
3. Umurimo wose wirengagijwe
4. Icyaha cyose cyahishwe kikarenzwaho
5. Imiburo yose y’ ijuru yirengagijwe
6. Ibihe byose by’ ingenzi byapfushijwe ubusa.
7. Imyanya yose itarakoreshejwe neza.
8. Ibyakozwe byiza cyangwa bibi n’ imbuto byeze.
Byose byandikwa na Malayika ugenzura nk’ uko byakozwe.
Itegeko ry’ Imana rigaragaza imico n’ imibereho ya buri wese mu rubanza. Yakobo 2:12.
Izina rya buri wese rirahari kandi iby’ umuntu wese bisuzumwa mu buryo bwitondewe. Amazina ya bamwe arashimwa, akemerwa, abandi bakagawa bakarekwa. Igihe inyandiko igaragaje ku muntu ibyaha biticujijwe ngo birekwe, izina rye rihanagurwa mu gitabo cy’ urwibutso. Ezekiel 33:12-19. Uwiteka yabwiye Mose ati: unshumuyeho wese niwe nzahanagura mu gitabo cyanjye. Kuva 32:33; yabwiye na Ezekiyeri ati: Umukiranutsi nareka gukiranuka kwe ibyo yakoze ntibizibukwa ukundi (Ezekieli 18: 24). Umucamanza wo mu ijuru ategereje abanesha kubwo kwizera amaraso ya Yesu, bagahabwa imbabazi z’ ibyaha byabo; ngo bimikwe babe abaragwa b’ ingoma y’ Ubuntu mbere yo kwima ingoma y’ ubwiza. Mika 4:8.
Satani ahora aturega nyamara Yesu ntakuraho ibyaha byacu gusa kubwo kwizera kwacu no kwihana kwacu adusabira imbabazi agaragaza imbere ya Se n’ abamarayika ibiganza bye bitobowe akavuga ati: Ndabazi mu mazina nabaciye imanzi mu biganza byanjye. Yesaya 49:16.
            Umucunguzi azashyira Se itorero ridafite ikizinga, ibara cyangwa umunkanyari, ahubwo ngo ribe iryera ridafite inenge. Amazina yabo azahora mu gitabo cy’ ubugingo kandi Umwami aravuga ati: bagendana nanjye bambaye gukiranuka kuko babikwiriye. Ibyahishuwe 3: 4.
            Abamarayika b’ Imana nibo bagabo ba buri kosa, nibo bayandika akurikirana badasobwa. Umuntu ashobora kuyahisha no kuyahakana imbere ya se na nyina, y’ uwo bashakanye, abana n’ inshuti, nyamara byose bigaragazwa imbere y’ abamarayika bo mu ijuru. Umwijima wo mu ijoro ry’ icuraburindi, icyahishwe mu bitekerezo, uburyarya bwo mu mutima, ntibishobora kwihisha amaso y’ Imana. Imana ntishukwa n’ ibyitwikirie imbabazi z’ abantu, ntiyibeshya mu kugenzura kamere y’ umuntu. Umuntu w’ umurigana ashobora kubeshya bagenzi be, ariko Imana ihishura amabanga yo mu mutima.
            Mbega ukuntu ibyo dutekereza buri munsi bishyirwa mu bitabo byo mu ijuru! Ijambo ryose rivugwa n’ igikorwa cyose ntirishobora kwirengagizwa. Abamalayika bandika buri gikorwa cyose ari icyiza cyangwa ikibi.  Umuntu nubwo yaba igihangange ate, ntiyabasha guca urupapuro na rumwe rwo mu bitabo byo mu ijuru.  Ibikorwa byacu, amagambo yacu n’ ibyifuzo bihishwe bigenzurirwa kuduhesha ukubaho kunejeje cyangwa se kubabaje kw’ iteka ryose.  Umuntu yabyigagirwa nyamara nta kantu na gato ko kudutsindishiriza cyangwa se kuducira ho iteka kazimira.
Kamere y’ umuntu wese igaragara mu bitabo byo mu ijuru nk’ uko ifoto y’ umuntu igaragara mu maso ye.  Mbega ukuntu gutekereza kuri izo nyandiko ari guke cyane!  Umwenda utandukanya isi igaragara n’ itagaragara uramutse ukuweho, twarabukwa marayika wandikana ubushishozi ijambo n’ igikorwa bose byo mu mibereho yacu.
            Mbega uburyo amagambo menshi n’ ibikorwa byinshi byakwirindwa ntibikorwe!  Uburyo dukoresha impano twahawe burakurikiranwa mu rubanza ruriho ubu. Mbese dukoresha dute ubwenge bwacu, amagambo yacu duhimbaza Imana?  Twakoreye iki Umwami imbere y’ abakene, abababae, imfubyi, abapfakazi ? Umurimo wose ukoranywe urukundo uko waba uri kose ufite ingororano ku Mana.  Muri izo nyandiko kandi handitswemo inshingano zitashohojwe, zaba iz’ abavandimwe cyangwa se iz’ Umwami wacu, umubare w’ amasaha, ibitekerezo n’ imbaraga byagombaga gukorera Imana, bigakoreshwa mu murimo w’ umwanzi.\
            Ubwoko bw’ Imana bukwiriye gutekereza ku murimo w’ urubanza mu buturo bwera, uwo umutambyi mukuru adukorera ubungubu. Ibyo bibuze, kwizera gukwirane n’ igihe tugezemo kwabura kandi ntitwashobora gusohoza umurimo Imana yadushinze wo kuburira abatuye Isi , twamamaza ubutumwa bwa Malayika wa gatatu buri mu Ibyahishuwe 14:6-13. Buri wese afite gukiza cyangwa kuzimiza ubugingo bwe. Ni ibya buri wese gutekereza cyane mu rubanza aho ibitabo bibumburiwe nk’ uko Daniyeli yabyeretswe, Daniyel 12:13.
            Ntihakagire n’ umwe wibwira ko ibicumuro bidakira, Imana izaguha kwizera n’ imbaraga ubinesheshe.  Turi mu gihe cy’ umunsi ukomeye wo kwezwaho ibaha. Mu gihe cya Mose igihe umutambyi yezaga ibyaha, buri wese yagombaga kwihana ibyaha bye yicishije bugufi imbere y’ Uwiteka.  Bitaba ibyo agakurwa mu bwoko bw’ Imana. Nubu rero muri iyi minsi mike isigaye y’ imbabazi ni kimwe no kubantu bose bashaka ko amazina yabo aguma mu gitabo cy’ ubugingo. Bagomba kwibabaza imbere y’ Imana bakiyumvamo umubabaro w’ ibyaha byabo bakagira guhinduka by’ ukuri.
KWIRONDORA UBWAWE NI NGOMBWA.
Ku bantu benshi bavuga ko ari abigishwa ba Kristo bakwiriye kureba koroshya no gukinisha ibyaha byabo. Nyuma y’ intambara yo kwirwanya no kwitsinda bazanesha imitego mibi kandi batsinde urugamba. Nyamara uwo mwiteguro ni umurimo w’ umwihariko ku muntu. Ntitwakizwa muri rusange, kwizera no kwitanga k’ umwe ntikwakuraho ingeso z’ undi, kuko ari ngombwa ko bose bacirwa uru urubanza. Imana izasuzuma ibya buri wese ibyitondeye nkaho ariwe wenyine uri ku isi.
NB: Mujye mwirinda, mube maso musenge, kuko mutazi igihe ibyo bizasohoreraho. Mariko 13:33.  Umucamanza w’ isi yose aravuga ati: WAPIMWE MU GIPIMO UGARAGARA KO UDASHYITSE. TURABE MASO KANDI UWIBWIRA KO AHAGAZE YIRINDE ATAGWA.
            Isano dufitanye na Kristo ituma izina ryacu rikomeza kuguma mu gitabo c’ ubugingo. “ Amazina y’ abantu bose bigeze begurira Imana imibereho yabo yandikwa mu gitabo cy’ ubugingo. Ubu imico yabo irasuzumirwa imbere y’ Imana. Ubu abamalayika b’ Imana baracira abntu urubanza.  Abamarayika barareba amajyambere y’ imico y’ abantu bariho muri iki gihe kugira ngo barebe niba amazina yabo yakomeza kugumishwa mu gitabo cy’ ubugingo.
            Ubu turi mu gihe cy’ imbabazi, tugomba kumesera amakanzu yacu mu maraso y’ Umwana w’ intama. Ukora uu murimo ni nde? Ninde ugerageza kurwanya icyaha n’ inarijye bimurimo? ( SDA Bible Commentary vol 7, P.906. )
AMAHEREZO Y’ ABANABINYOMA(Kiriziya Gaturika y’ I Roma n’ abandi bose bagenza batyo beza ICUMWERU) NI AYAHE?
Ibyahishuwe 21:8.
Icyitonderwa: Birashoboka ko abantu babeshya batagize ijambo bavuga.
Icyi gihe tugeze mo, cyirushije ho kuba igihe cyakaga. Ibijyanye n’ Imihindagurikire y’ Ikirere , biri guca ibintu bigacika , aho isi yose iri kwifataniriza hamwe mugushyiraho itegeko ntakuka ryo kurengera ibidukikije,  rizahatira abatuye ibihugu byose mu isi gushyira mu bikorwa amasezerano y’ i Parisi yo kurengera ibidukikije , agambirie kugira umunsi uruhukwa ho buri Ku Cumweru(Sunday Law) umunsi umwe mu cumweru cyo kuri karendari ya papa w’ i Rama witwa Geregori yakoze y’ iminsi umunani, mugihe ku Cumweru ari umunsi ukurikira icyumweru cy’ irema cyari kigizwe n’ iminsi irindwi, ubwo nine birumvikana ko uwo munsi witwa I Cyumweru ariwo wasengwagaho Izuba mubapagani ari umunsi wa munani uwo washyizwe mumwana w’ Umunsi wambere w’ iminsi irindwi , uwo mu papa w’ i Roma ubu uhagarariwe na papa Francis wakoze igitabo yese Laudato SI’ co kugeza mubatuye isi bose ngo kibahururize kukurengera ibidukikije baruhuka umunsi w’ Icumweru nk’ uko byari bimeze muri rokedawuni mmezi ya Gashyantare , Werurwe na Mata 2020 buri Cyumweru,papa Francis w’ umujezuwiti niwe ubu kuva mu mwaka 2013 akimara gutorerwa kuyobora Kiriziya Gaturika na leta ya Vatikani ubu ari gusohoreza ubuhanuzi burangiza Isi bukayigeza kumperuka Yesu agarutse 15/10/2024 uko bwanditswe muri Daniyeli 7:25”Ni we uzavuga ibyo kugomera Isumbabyose, kandi azarenganya abera b’ Isumbabyose. Azigira inama yo guhindura ibihe n’ amategeko, kandi bizarekerwa mu maboko ye kugeza aho igihe n’ ibihe n’ igice cy’ igihe bizashirira’Iminsi 1260 ingana n’imyaka 1260 yagihanuzi yabaeho ubwo ubupapa bwategekaga isi muby’idini n’ibya polikiki kuva 538-1798’”. Ibi bivuze ukwisubira mo kw’ ubuhanuzi bw’ imsinsi 1260 kandi buhuza n’ ubushake bw’ Imana. Iminsi 1260 ingana n’ amezi 42 yo muri Daniyeli12:7,Ibyahishuwe13:5 aho ubutegetsi bwa papa Francis mu by’ idini bugiye no guhabwa ububasha na leta zunze ubumwe za amerika ngo butegeke no mubya politiki bukoresheje amayeri yo kurengera ibidukikije ngo butangize ibo kwica amategeko ‘ Imana busiribangishe Isabato yera inyandiko ya papa Francis ya Laudato SI’ gutangirira mu ri leta zunze ubumwe za Amerika ubwo hazemezwa itegeko ry’ icyumweru ku rwego rw’ isi hazaba hatangiye ubuhanuzi bwo muri Daniyeli 12:1-13. Ico gihe nibwo papa Francis azaba ahangane imbona nkubone n’ Imana yareme isi n’ ijuru ikarema karendari yayo muri Edeni ikaiha abantu yaremye ngo bajye baruhuka gusa ku munsi wa karindwi ariwo Sabato yerayo mu itegeko rya kane mu Kuva 20:8-11” 8.Wibuke kweza umunsi w’ isabato.9. Mu minsi itandatu ujye ukora, abe ari yo ukoreramo imirimo yawe yose. 10. Ariko uwa karindwi ni wo sabato y’ Uwiteka Imana yawe. Ntukagire umurimo wose uwukoraho, wowe ubwawe, cyangwa umuhungu wawe, cyangwa umukobwa wawe, cyangwa umugaragu wawe, cyangwa umuja wawe, cyangwa itungo ryawe, cyangwa umunyamahanga wawe uri iwanyu,11.kuko iminsi itandatu ari yo Uwiteka yaremeyemo ijuru n’ isi n’ inyanja n’ ibirimo bose, akaruhukira ku wa karindwi. Ni cyo cyatumye Uwiteka aha umugisha umunsi w’ isabato, akaweza.” Maze papa Francis agafata umunsi w’ Isabato w’ Uwiteka Imana akawita umunsi w’ abayahudi. Abaahudi ntibashobora kurema n’ ikimonyo , ninao mpamvu batarigushobora kurema umunsi ngo bawiyitirire batyo uko byanditswe muri Laudato SI’ pagi ya 237 ngo isabato ni umunsi w’ abayahudi, ibyo bigaragaza kuvuguruza Uwiteka Imana yo yemeje ko Isabato ari Umunsi wa Yo, ari na wo munsi Uwitaka Imana yareme ngo iwuruhukiremo imirimo yayo y’ irema. Uko kubeshya amahanga kuzatangirana n’ itegeko ry’ Icyumweru gihatirwa abatuye isi kukiruhukaho boshe ari yo Sabato Uwiteka Imana itegeka abatue isi kuruhuka ho wonyine, bizakorwa ku ngufu za leta n’ abahagarariye amadini mubihugu ngo babikore bashyira mubikorwa amasezerano y’ I Paris yo kurengera ibidukikije, no gushyira mubikorwa ibyasabwe na papa Francis mugitabo cye yise Laudato SI’ ari bwo butegetsi bw’inyamanswa ya kane o muri Daniyeli 7:15-28 ariyo Yohana yeretswe ituruka mu nanja mu Ibyahishuwe 13:1-10 itegekera kuza mara amezi 42 angana n’ iminsi 1260 ingana n’ imyaka 3 n’ amezi 6 azarangirana n’ icyago cy’imperuka cya gatandatu cyo mu Ibyahishuwe 9:13-21 na Ibyahishuwe 16:12-16 mu ntambara ya Harimagedoni.
Papa Francis igihe azaba abashishijwe na leta zunze ubumwe za Amerika kugeza itegeko ry’ icyumweru mubihugu by’ isi yose bizitwa ko haremwe Icyimenetso cy’ Inyamanswa c muri Ibyahishuwe 13:11-18 kandi kubwo icyumweru cyamamajwe na Kiriziya Gaturika y’ I Roma kuva itariki ya 31/10/2017 nta munyamadini uhagarariye idini iryo ariryo ryose mu bihugu byose ku isi uzahakanira leta ko abo ahagarariye bavuguruza itegeko ry’ iciruhuko ry’ icumweru , ahubwo ku bw’ ubwo bufatane bwa leta n’ abanyamadini bazaba bareme igishushanyo cy’ inyamanswa aricyo ciza herekerana n’ Umubare w’ Inyamanswa 666 wo mu Ibyahishuwe 13:18 ngo Icyimenyetso cy’ inyamanswa aribwo butegetsi bwa Vatikani ari cyo Icyumweru, gishobore guhatirwa abatuye isi cyo hamwe n’ igishushanyo cy’ inamanswa arirwo rufatane mumumvire rwa leta n’ abahagarariye amadini mubihugu bose mu isi, n’ umubare 666 ugaragaza izina ry’ ubuhakani bukomeye ubutegetsi bwa Kiriziya Gaturika y’ I Roma ifite y’ uko ari Umusimbura w’ Umwana w’ Imana ku Isi( Vicar of Son of God) uzashyirwa murukingo rwa koronavirusi ngo hagenerwe ikorana buhanga rishingiye mugupima abakingiwe bose bigakorerwa mugukumira abadakingiye kutagera aho bashaka kujyera hose nk’ uko byahanuwe mu Ibyahishuwe 13:15-18”15.Ihabwa guha icyo gishushanyo cy’ inyamanswa guhumeka, ngo kivuge kandi cyicishe abatakiramya bose.16. Itera bose aboroheje n’ abakomeye, n’ abatunzi n’ abakene, n’ ab’ umudendezo n’ab’ imbata, gushyirwaho ikimenetso ku kiganza cy’ iburyo cyangwa mu ruhanga.17. kugira ngo hatagira umuntu wemererwa kugura cyangwa gutunda, keretse afite icyo kimenyetso cyangwa izina rya ya nyamanswa, cyangwa umubare w’ izina ryayo. 18. Aha ni ho ubwenge buri: ufite ubwenge abare umubare w’ iyo nyamanswa kuko ari umubare w’ umuntu, kandi umubare we ni magana atandatu na mirongo itandatu n’ itandatu (666).”,\
Iyi niyo mibare “666”izagaragarira mu iterambere ry’ ikorana buhanga rishingiye kurukingo rwa koronavirusi uko uwakingiwe azagaragazwa n’ imashini yabugenewe, utarakingiwe we ntacyo iyo mashini izabasha kugaragaza mubyo bise ayidi 2020(ID2020).
Ubutegetsi buzarangirizwa ho amateka y’ iy’ isi ni bwo bwitiriwe inyamanswa yo mu Ibyahishuwe 13:1-18 itegekesha uburyarya ivue mubeza icumweru aribo bashushanyijwe n’ inyanja y’ amazi menshi muri Ibyahishuwe 17:1-18 bukazarimbuka mu Ibyahishuwe 18:1-24 mu gihe cy’ ibyago birindwi byo mu Ibyahishuwe 14:1-20 na Ibyahishuwe 16:1-21 igihe Yesu azazira uwo mudugudu ariwo butegetsi bwa vatikani muri New World Order buzarimbuka  mu isaha imwe ‘1h’ ariyo minsi 15 ya gihanuzi,mu munsi 1h ariwo mwaka umwe wa gihanuzi 2024, kuva itariki ya 1 kugeza itariki ya 15 Ukwakira 2024 nk’ uko bisobanurwa mubushakashatsi bw’ Umwanditsi k’ Umubare 1177 n’Iminsi 1335 yeretswe Daniyeli muri Daniyeli 12:7-13 nyuma yo gushyiraho ikizira cy’ Umurimbuzi aricyo Cyumweru ca papa Francis umujezuwiti watorejwe kurimbura ubuporotesitanti arico gicumuro cinyagisha icyo cyumweru aricyo cyinyoma cya Kiriziya Gaturika y’ I ROMA  yabeshye Isi yose itagize ijambo ubwayo ivuga, ahubwo ivugiwe n’ aba padiri n’aba papa bayinjiyemo, nyuma yogushiraho icyo cyizira cyahanuwe na Yesu muri Matayo 24:15 ngo ubisoma abyitondere Daniyeli we yabwiwe ko bazashyira ho ico cyizira cy’ ubutegetsi bwa Vatikani bwa papa Francis hagashira iminsi 1335 akazazuka agahagarara mumwanya we iyo minsi 1335 nishira, ubwo iyo nyamanswa ya kane”4” yo muri Daniyeli 7:1-28 ariyo ivuga papa Francis umwami utegeka mugihe hazaba hatangijwe itegeko ry’ icumweru gitangiza ibyiswe Imitegekere y’ Isi nshya(New World Order yo muri Ibyahishuwe 13:5-18) ko atazita kugushaka abagore ni papa Francis muri Daniyeli 11:36-45”36.Nuko uwo mwami azakora uko ashatse, yigire munini yishyire hejuru ngo asumbe imana zose, kandi azavuga ibikomeye bisuzuguza Imana namara Azishyira yizane kugeza aho uburakari buzasohorera, kuko ibyagambiriwe bizasohozwa, 37. Kandi uwo mwami ntazita ku mana z aba sekuruza, cyangwa ku gushaka abagore cyangwa ku cyitwa imana cyose, kuko azishyira hejuru ngo asumbe byose.38. Ahubwo mucyimbo cyayo azubaha imana y’ ibihome, nuko imana ba sekuruza batigeze kumenya azayubahisha izahabu n’ ifeza, n’ amabuye y’ igiciro cyinshi n’ ibintu by’ igikundiro.39. Kandi azanesha ibihome birusha ibindi gukomera afashwa n’ iyo mana itigeze kumenywa, uzamwemerera wese azamwogezanya icubahiro, abahe gutwara benshi kandi azabagabira igihugu ho ingororano.”.
Kubesha banditswe na Kiriziya Gaturika y’I Roma mumitwe yabayumvira bose, ubwo igihe himikwaga ubutegetsi bw’ idindi buyoborwa n’ umu bishopuw’I Roma kubw’ Umwami w’abami consitantino yahinduye Isabato yera,Umunsi wakarindwi wari waragenewe kuruhukwa ho kuva Yesu Kristo yatangiza itorero ry’ Intumwa ryaje kwitwa abakristo , bakomezaga kweza Isabato yo mu itegeko rya kane mu kuva 20:8-11 ,ariko umu bishopu wafatanije ‘ umwami wabami konsitantino akura ibyagenewe gukorwa ku Isabato abishyira kumunsi wa mbere w’ iminsi irindwi, maze habaho no kwemeza ko abazimu ariyo myuka mibi y’ abadayimoni ihanga mumashusho y’ abantu bapfuye nyuma ba bagiye bahindurwa abere na Kiriziya Gaturika y’ I Roma bituma ifatisha ikiganza cy’imwe cy’ukuboko kwayo kumwe mu biganza byombi bya Satani umwanzi w’ Imana n’ Umwana w’ Imana Umugome wagomee Amategeko icumi y’ Imana mu ijuru yica itegeko rya cumi ryo kutifuza ibitaribye ubwo yifuzaga ubutware bwahawe Yesu Umwana w’ Imana batumya Satani acibwa mu ijuru ubwe ubu ufatanye na Kiriziya Gaturika mu biganza bakaba bigisha ibinyoma abatuye Isi yose ariko kuboko kundi kwa Kiriziya Gaturika y’ I Roma binyuze mu kwica Itegeko rya Kane ryo Kweza Isabato o Kumunsi wa Karindwi beza akandi bakejejsha I Cyumweru umunsi wahariwe gusengaIzuba mubapagani bo hambere yo kwivanga k’ Umwami wabami konsitantine n’ itorero ry’ intumwa bagakora iyo Kiriziya Gaturika y’ I Roma ubu ifatanishije icyiganza cyayo aricyo Cyumweru  mubiganza by’ abitabiriye ubuyobe  n’ ubushukanyi bw’iryo torero ryayobye rya Kiriziya Gaturika rifataniye mu kiganza na Satani binyuze mu badayimo be bihindura imyuka yabapfuye babita abatagatifu, babizeza ko abapfuye bumva bakabavuganira, mugihe abo bazimu bemezwa biambazwa binyuze mumagambo ‘ urudaca basubiramo kenshi, bavuga ishapure n’ ibindi bijane n’ibyo bizira byose bemeza abatuye isi bose batashatse kubima amatwi ko babasha kuvuganira abakiri mu isi bahumeka umwuka w’ abazima, n’iyo baba barapfuye batarigeze kubaha amategeko y’ Imana habe no kumenya ko Imana ifuhira Izina ry’ Icubahiro cyayo aricyo Cyimenetso cyayo ariryo sezerano ridakuka hagati y’ Imana n’ abantu bayumvira nkuko biri muri Kuva 31:12-18”Itegeko ry’ Isabato; Mose ahabwa ibisate by’ amabuye biriho Ibihamya,12. Uwiteka abwira Mose ati 13.” Kandi ubwire Abisirayeli uti’ Ntimukabure kuziririza amasabato yanjye, kuko ari yo kimenyetso hagati anjye namwe mu bihe byanyu byose, kugira ngo mumenye yuko ndi Uwiteka ubeza. 14. Nuko mujye muziririza isabato kuko ari iyera kuri mwe, uyiziruye ntakabure kwicwa. Umuntu wese uzagira umurimo akora kuri yo azakurwe mu bwoko bwe. 15. Mu minsi itandatu abe ari mo imirimo ija ikorwa, arikouwa karindwi ni isabato yo kuruhuka yerejwe Uwiteka.  Uzagira umurimo akora ku munsi w’ isabato ntakabure kwicwa. 16. Nuko Abisirayeli baziririze isabato, baje bayitondera mu bihe babo byose, ibe isezerano ridakuka.17. Ni iki menyetso cy’ iteka ryose hagati yanjye n’ Abisirayeli, kuko iminsi itandatu ari yo Uwiteka yaremeyemo ijuru n’ isi, ku wa karindwi akarorera, akaruhuka.”18. Amaze kuvuganira na Mose ku musozi Sinayi, Uwiteka amuha ibisate by’ amabuye bibiri biriho Ibihama byandikishijweho urutoki rw’ Imana. Ubu abantu bose bo mu isi basobanukiwe neza ko Isabato yatangiriye muri Edeni kwezwa n’ Imana n’ abantu babayeho mbere y’Umwuzure aburahamu atarabaho, bigaragariza abatuye isi bose ko isabato itaremwe mugihe cy’ abisirayelibinyuze muri Mose, ngo ahari bitere papa Francis kuba ayipfobya avuga ko ari isabato y’abayahudi  ahubwo ko Isabato imwe n’ iyikurikiye ho uko imyaka itashye ari amasabato y’ Uwiteka Imana ubwa yo , kuko atiri ay’abayahudi nk’ uko papa Francis yabyanditse mungingo ya 237 yo mugitabo cye yakwirakwije ku isi yise Laudato SI’ yiyemeza guhanganisha abatue isi bose imbona nkubone n’ itegeko rya Kane ririmo kashi y’ Uwiteka aricyo Kimenetso cy’ Imana nk’ uko yabyivugiye muri Ezekiyeli 20:12”Maze kandi mbaha n’ amasabato yanjye ngo abe ikimenetso hagati yanjye na bo, kugirango bamenye yuko ari jye Uwiteka ubeza’ 20’Kandi nyjye mweza amasabato yanjye abe ikimenetso hagati yanjye namwe, kugira ngo mumenye yuko ndi Uwiteka Imana yanyu.”,Muri ibyo byose Isabato yagenewe abatuye isi bose, mugihe cy’ abisirayeli Yesu ataraza kuvukira mu isi, abatari abaisirayeri mubyu mubiri bitwaga abanyamahanga, nyamara nabo barebwaga n’ imigisha idasanzwe ko Imana ibakunda kimwe n’ abo bisirayeli nk’ uko byanditswe ko na bo bazeza isabato kandi bakaba nyuma y’urupfu rwa Yesu ku Musaraba Intumwa za Yesu zaratumwe mumahanaga yose no mumoko yose kubatiza mu Izina rya Data wa twese, iry’ Umwana n’ Iry’ Umwuka Wera bagahindura abatue isi abigishwa ba Yesu, bigishwa iby’ Ubwami bw’ Imana; abemeye bakavuka mu mumwuka bagahinduka abana ba Aburahamu mu by’ Umwuka babanje kwibizwa mu mazi menshi nk’ uko Yesu yabingenjerejwe na Yohana Umubatiza, akamwibiza mumazi y’ uruzi rwa Yorodani, Nyuma bakabyarwa n’ Umwuka Wera , mugihe Kiriziya Gaturika y’ I Roma ibesha ko ibatiza isiga utuzi kugahanga k’ abayigana no kumpinja zitazi ibibera ahazizengurutse. Ibyabatari aba Isirayeli mu byumubiri nabo barebwa n’ Amategeko y’ Imana nk’ abisirayeyi n’ Isabato irimo biboneka muri Yesaya 56:6”Kandi abanamahanga bahakwa ku Uwiteka bakamukorera bakunze izina rye bakaba abagaragu be, umuntu wese akeza isabato ntayice agakomeza isezerano ryanjye, 7 abo na bo nzabageza ku musozi wanjye wera, mbanezereze mu nzu yanjye y’ urusengero. Ibitambo byabo byoswa n’ amaturo yabo bizemerwa bitambirwe ku gicaniro cyanjye kuko inzu yanje izitwa inzu yo gusengerwamo n’ amahanga yose.”8.Umwami Imana ikoranya ibicibwa bya Isirayeli iravuze iti” Nzongera kumukoraniriza abandi udashyizeho abe bakoranijwe.” ,Mugihe abo bakoranyijwe bashyizwe ho icyimenetso cy’ Imana ariyo Isabato YeraBaboneka mu Ibyahishuwe 7:1-17, Na Ezekiyeli9:1-11 abantu b’ Imana bashyirwa icyimenyetso muruhanga binyuze mukumva ubutumwa bw’ abamarayika ba tatu bwo mu Ibyahishuwe 14:1-20 no kwakirana umutima nama waburi muntu inyandiko za Ellen Gould White zose zihishura ibya Kanani yo Mu Ijuru n’ Urugendo rw’ Abategereje kugaruka kwa Yesu, rwatangijwe n’ aba porotesitanti bo muri amerika barimo uwitwa Wiliyamu mileri ahagana mumyaka ya 1800s kugeza ubwo inkuru yabo bavugaga o kugaruka kwa Yesu itariki ya 22/10/1844 yahindutse impamo mumvugo yahanuwe mo muri Daniyeli 8:10-14 aho iminsi 2300 yangananga n’ imyaka 2300 yagombaga kurangira hakuwe mo ibyumweru 70 byo muri Daniyeli 9:1-27 kunshuro ya mbere ubwo buhanuzi bugasohora ubwo Yesu yavukiraga mu isi , akabatizwa muri 27, akabambwa muri 31, ubutumwa bwari bwarahariwe abayuda bugahindukirizwa mubanyamahanga bamaze kwica Sitefano bamuteye amabuye muri 34 icyo gihe hari hashize ibyumweru 70 bingana n’ imyaka 490,ikurwa mumyaka 2300 , hagasigara imyaka 1810, iyo ikabarwa uhereye muri 34 igihe ubutumwa bwakuriwe kubayuda bamaze gutera Sitefano amabue bakamwica bamuziza guhamya ko Yesu yazutse, icyo gituma kuva 34 kongera ho imyaka 1810 bigeza mu mwaka wa 1844, ariko ubwo buhanuzi bwavugaga ko iyo myaka 2300 nishira ubuturo bwera buzabona kwezwa, aribwo Yesu Kristo yinjie ahera cyane ho mubuturo bwera bwo mu ijuru ku itariki 22/10/1844. Uko abategerezaga ko Yesu yari kuba yaragarutse mu mwaka wa 1844 batabibonye , bateye abari bamaramaje mukumutegereza kwiyegurira Imana bamaramaje kurusha ho basenga biyiriza ubusa, barimo na Madamu White “ Elina Wayiti” byageze ku isabato yambere y’ ukwezi kwa kane kumwaka wa 1847 ni bwo binyuze mu Iyerekwa Imana yaha ye Elina Witi ubutumwa yakwirakwije ku isi yose ko Isabato ari itegeko rirabagirana mu Isanduku y’ amatekeko icumi y’ Imana iri murusengero rw’ Imana rwo mu ijuru, kandi ko izakomeza kubahirizwa n’ abera bose bitondera amategeko y’ Imana bakagira kwizera nk’ Ukwa Yesu mu Ibyahishuwe 14:12”Aho ni ho kwihangana kw’ abera kuri, bitondera amategeko y’ Imana bakagira kwizera nk’ ukwa Yesu” Mu Ibyahisuwe 19:10’Nikubita hasi imbere y’ ibirenge bye kumuramya, ariko arambwira ati”Reka! Ndi imbata mugenzi wawe, kandi ndi mugenzi wa bene So bafite guhamya kwa Yesu: Imana abe ariyo usenga. Kuko guhamya kwa Yesu ari Umwuka w’ ubuhanuzi”, Aha herekana abera uko bagomba kuba bemera ibyo Yesu yemera byose uhereye no Muri Matayo 24:15 aho Yesu yasabye abantu bose kwiga iby’ ubuyobe bw’ Abaromani bazane byose mukuvangira ibyera by’ Uwiteka bagakora Kiriziya Gaturika y’ I Roma yazanye ibyo kwicisha abatuye Isi amategeko icumi y’ Imana bakimika ayo muri Gatigisimu ya Kiriziya Gaturika y’ I Roma akaba ari nayo batoza bakigisha abatuye isi bose , akabatera kurenganya abatayumvira bose , uko ari nako Satani abakorera mo gusohoza umugambi we wo mu Ibyahishuwe 12:17”Ikiyoka kirakarira wa mugore, kiragenda ngo kirwanye abo mu rubyaro rwe basigaye , bitondera amategeko y’ Imana kandi bafite guhamya kwa Yesu.”,Ahangaha aba dashyigikiwe na Leta bose banze kumvira itegeko ry’ icyumweru ryatanzwe na papa Francis muri Laudato SI’ 237 ngo barikurikize barengera ibidukikije nk’ uko byemejwe muri Parisi agirimenti ariyo masezera no o kurengera ibidukikije yasinyiwe I parisi , Satani afatanije na Vatikani iyobowe na papa Francis umujezuwiti azahatira abaperezida bose mu isi yose gutangiza gushira mubikorwa ibyemezo by’amasezerano y’ I Parisi, ubundi abafite ubutumwa bwatanzwe na Yesu Kristo abuha abatuye isi abinujije muri Elina Wayiti ari ko guhamya kwa Yesu, ariwo Muka w’ Ubuhanuzi bwa habwe abasigaye bitondera amatageko ‘ Imana bakeza Isabato yo mu itegeko rya Kane yo Ku Munsi wa Karindwi 7 ari na bo batazigera bemera kugendera mumategeko ya papa Francis, yo muri laudato SI’ yo kuruhuka umunsi umwe w’ icumweru w’ isabato ya Roma y’ Impimbano bahuriyeho na Satani na leta zose , n’ ubwo leta zizaba zibibahatira gutyo, bizabyara gushyirwa mubikorwa no gusohozwa k’ Umugambi mubisha w’ Abadayimoni na Satani wo kurengana ndetse no Kwica abeza ISABATO.
Mugihe ikibazo cy’ Isabato mu isi cyirigufata indi ntera biturutse mu kuyirwanya bamwe babizi abandi batabizi, mugushyira mubikorwa amasezera no y’ I Parisi yo kurengera ibidukikije, icyumeru cya himbwe na Kirizia Gaturika igikomoye kukigirwamana by’I Roma  cy’ Izuba cyitwa Apolo , ubu n’ ubwo na bwo abatubaha Imana bakurikiza Icyumweru aricyo Cyimenyetso cy’ Inyamanswa nyir’ umubare 666 wo mu Ibyahishuwe 13:18 ari we Muntu uvugwa  papa Francis umuyobozi wa Kiriziya Gaturika y’ I Roma ari we mu jesuwiti wategue kuzarimbura abeza ISABATO  n’ Isabato yera Ubwayo muri iyi New World Order ye we watanze Icyumweru, nk’ igisubizo cyo kurwanya ihindagurika ry’ ikirere( Climate Change) muri Laudato SI’ paragarafe ya 237 abikwiza mu isi hose ngo yicishe abatuye Isi bose Itegeko rya 4 rimwe kandi uwishe rimwe aba yishe amategeko yose nkuko biri muri Matayo 5:17-20’.Yesu ntiyazanywe no gukuraho amategeko17”Mwitekereza ko naje gukuraho amategeko cyangwa ibyahanuwe. Sinaje kubikuraho, ahubwo naje kubisohoza.18. Kandi ndababwira ukuri uko ijuru n’ isi kugeza aho bizashirira, amategeko atazavahi inuguti imwe cyangwa agace kayo gato, kugeza aho byose bizarangirira.19. Nuko uzica rimwe ryo muri ayo mategeko n’ aho ryaba ryoroshye hanyuma y’ ayayandi, akigisha abandi kugira batyo, mu bwami bwo mu ijuru azitwa mutoya rwose. Ariko uzayakora akaigisha abandi, mu bwami bwo mu ijuru azitwa mukuru,20. Kandi ndababwira yuko gukiranuka kwanu nikutaruta ukw’ abanditsi n’ ukw’ abafarisayo, mutazinjira mu bwami bwo mu ijuru”.
Ahari hari abibwira ko bakomeza kweza Icyumweru, Imana ikaba itazabahanira icyaha bakora buri munsi cyo kwigiza nkana bagatesha agaciro iri jambo Yesu we ubwe yivugie ati” Kandi ndababwira ukuri yuko ijuru n’ isi kugeza aho bizashirira, amategeko atazavaho inyuguti imwe cyangwa agace kayo gato, kugeza aho byose bizarangirira” Matayo 5:18, birerekana ko Yesu ubwe azirikana Amategeko ya Se ko atahindutse, bityo abeza icyumweru bose n’ abahinduza ubusa itegeko ry’ Isabato yeraRya 4 kwikurikiriza ibinyoma bya Kiriziya Gaturika Y’ I ROMA baribeshya ntibaboneka mu Ijuru.
Uko bigaragazwa na Bibiria, Ijuru ni iryabanyesabato gusa. Ijuru ni iryabeza Isabato Gusa. Ijuru ntawe uzakurwa mu isi na Yesu ngo amujyane kwigira kweza no kuruhuka Isabato mu Ijuru. Ntabwo Yesu wavuze ko ari Umwami w’ Isabato muri Luka 6:1-5 abasha kuzafata umuntu wese usenga yishingikirije ku Ishapure no Kuri Gatigisimu no Kukweza Icumweru yaba kubushake bw’ uwo muntu cyangwa yaba kugahato ka leta kubw’ itegeko ryo kurengera ibidukikikije ry’ I Parisi, haba ndetse no kubadasenga ngo bizere ko Imana Yareme Isi n’ Ijuru, nta n’ Umwe Yesu azatwara kumujyana kumwigishiriza kumvira itegeko ry’ Isabato mu Ijuru, ntan’itegeko narimwe umuntu atimenyerereje kumvira mu Isi Yesu azatwara kujya kuri mwigishiriza mu Ijuru. Isabato irera mu Ijuru nk’ Uko ari ho Umuremi waremye Ijuru n’isi atuye, ntiyazaturana n’ aba banyagasuzuguro bamusuzuguriye mu isi ngo nibaba batari kurekura ibizira bya Kiriziya Gaturika Y’ I ROMA yarogeshereje isi yose kwica Itegeko ry’ Isabato ry’ Imana no gusenga abazimu ayo myuka y’ abadaimoni yigaragaza mumashusho y’ abapfuye ikoreshwa kuobya abakurikiza inyigisho za Satani zakozwe na Kiriziya Gaturika y’ I Roma, ntibizaba bishoboka ko utitandukanya n’ izo nyigisho Yezamurwa mu Ijuru kuja gutoba Isabato YeraImbere y’ Intebe y’ Imana ihoraho. Yesu ntiyakora bene icyo cyaha cyo kuvanga Abera beza Isabato bo Mu ijuru n’ abanyamwanda banduza Isabato bo muri Kiriziya Gaturika y’ I Roma yihangie Umunsi wo Kuruhuka ho no gusenga ho ari cyo Cyumweru. Ibyo kweza Isabato ntibizagarukira mu Ijuru gusa,mugihe cy’ Imyaka 1000 kuva 22/10/2024 kugeza 22/10/3024 , kuko Isabato izakomeza kuba iyera mu Isi Nshya , Ubwo Karendari y’ Era y’ Imana izakomerezwa yo gukurikizwa nyuma yo kwangizwa na Kiriziya Gaturika y’ I Roma bikozwe na papa Geregori watangije Karendari y’ Ubuyobe ijishisha abatuye isi bakita Icyumweru umunsi wa karindwi kandi ari Umunsi wa Mbere. Isabato mu Isi nsha izaba ifite umugabane munini muguhesha ishema abayeza bose uyu munsi , kabone n’ ubwo leta ibarengana , Imana irabakunda , izabaha kuragwa Isi Nshya , nk’ uko Uwiteka Imana  yabivuze Muri Yesaya 66:23”Igihe kizaza uhereye mu mboneko z’ ukwezi ukageza mu mboneko z’ ukundi, no guhera ku isabato ukageza ku yindi, abantu bose bazajya baza gusenga imbere yanjye”Ni ko Uwiteka avuga.24.”Nuko bazasohoka bajya kureba intumbi z’ abancumuye, kuko inyo zabo zitazapfa kandi n’ umuriro ntuzime, bazatera abantu bose gushishwa.”.
Uku niko Intambara Ikomeye iri gusoza ya Yesu Kristo arikumwe n’ abamarayika be n’ abeza Isabato biejesheje amaraso a Yesu batsindishirijwe mu Ibahishuwe14:12 na Ibyahishuwe 17:14, hagati Ya Yesu Kristo na Satani arikumwe n’ abadayimoni be n’ abeza Icyumweru umunsi muhimbano bakurikie papa na Kirizia Gaturika mu Ibyahishuwe 13:8:
1. Uku niko Uwiteka yategetse ko Uzaragwa kuba mu Ijuru wese agomba kubanza akeza Isabato, nk’uko yabivuze muri Yesaya 58:13”Nuhindukira ntukandagire isabato, ukanga gukora ibyo wishakiye ku munsi wanjye wera, ahubwo ukita isabato umunezero, umunsi wera w’ Uwiteka ukawita uw’ icyubahiro ukawubaha ntube icyigenge ntiwishakire ibyo kwinezeza, ntiwivugire ibyo ushaka ku bwawe,14. Nuko uzishimira Uwiteka nanjye nzaguha kurambagira mu mpinga z’ igihugu, kandi nzagutungisha gakondo ya sogokuruza Yakobo.” Akanwa k’ Uwiteka ni ko kabivuze.
2. Uku niko papa Francis yategetse ko Uzaragwa kuba muri New World Order wese agomba kubanza kwica Isabato, nk’ uko yabivuze muri Laudatosi paragarafe ya 237” Ngo nk’ uko isabato y’ abayahudi yariri, itegeko ryo kugira umunsi w’ ikiruhuko buri cyumweru ni ngombwa mubuzima bw’ abantu, ngo kandi nk’ uko Icyumweru gihuza abagaturika bose mugusangira ukarisitiya basangira no kunezerwa kuri uwo munsi w’ icyumweru, bityo ngo nk’ uko itegeko ryo kuruhuka buri cyumweru ribuzanya kugira icyo umuntu akora, niko Icyumweru nk’ umunsi werejwe gusenga no guhimbaza Imana na Kiriziya Gaturika Y’ I Roama uwo munsi ugomba kuruhukwa Ho imirimo n’ imihati by’ abantu ngo babashe kwita kumiryango yabo kwiyitaho no kwita k’ ubababaye cyane cyane abakene”. Icyo nicyo Kizira Cy’ Umurimbuzi , Igicumuro Cyinyagisha cyahanuwe na Daniyeli 12:11 nk’ uko Yesu yategetse muri Matayo 24:15 ko  usoma ibyo Danieli yeretswe kukizira cy’ umurimbuzi ko yitondera ingoma y’ abaromani n’ ibyo ikora ubu bikozwe kubutegetsi bwa papa Francis wateguye gutangirana na Sizoni ofu kereyeshoni” kuva itariki ya 1/9/2020 kugeza 4/10/2020 “Season of Creation” ngo hatangizwe ikiruhuko mpuzamahanga cy’ icyumweru bise “Creation Sunday” cyizemerezwa munama yo kuwa 11-18/10/2020 izahuza papa Francis n’ abaperezida bose bo ku isi yose ngo batangize imyigishirize ishingiye kuri Laudato SI’”Global Compact on Education
3. Satani arikumwe n’ abadayimoni be n’ abeza Icyumweru umunsi muhimbano bakurikie papa na Kirizia Gaturika mu Ibyahishuwe 13:8: Uko niko Umuryango wabibumbye ukorana n’ ibihugu byose mu isi wakoranye n’ abaperezida b’ ibihugu byose ngo basinye amasezerano y’ I parisi kandi bajye kuyashyira mu bikorwa mubihugu byabo , aho bagomba gufata umunsi umwe mu cyumweru ariwo wo Kucyumweru”Sunday” bagategeka ibijyanye n’ imirimo ko Umuturage wese agomba kubaha uwo munsi ntagire igikorwa awukoraho murwego rwo kugabanya ibyuka banduza ikirere batabyohereza mu kirere, bigakorwa nk’urugero rwa rokedawuni yo mugihe cy’icyorezo cya koronavirusi mumezi atandatu yahereye mu Kuboza  mu mwaka 2019, icyo gihe, imirimo yongere kwemerwa gukorwa gusa guhera kuwa mbere:Monday” kugeza kuwa Gatandatu”Saturday” abantu bakore imirimo yose kandi bekuruhuka ngo bagire undi munsi bapfusha ubusa basenga cyeretse ku Cyumweru”Sunday”. Iyo niyo Myanzuro igomba gushyirwa mu bikorwa yemerejwe I Parisi kubyo kurwanya Ihindagurika ry’ Ikirere.
4. Yesu Kristo arikumwe n’ abamarayika be n’ abeza Isabato biejesheje amaraso a Yesu batsindishirijwe mu Ibahishuwe14:12 na Ibyahishuwe 17:14: Uku niko abeza Isabato bahamagariwe kwicisha bugufi , bakirinda kwifatanya n’ abakurikiye Inyamwanswa n’ igishushanyo cyayo n’ umubare wabo bakitondera iby’ ubuhanuzi bwa Daniyeli buvuga bijyanye n’ Imitegekere y’ Inyamanswa ya 4 ariyo butegetsi bwa Roma ubu ihagarariwe na Kirizia Gaturika y’ I Roma iyobowe na papa Francis, ko abera bashize amanga bamamaza ubu butumwa bwabamarayika batatu bwo mu Ibyahishuwe 14:1-20 , cyane cyane ubutumwa bwa Marayika wa Gatatu buhishura ko Kiriziya Gaturika y’ I Roma ariyo butegetsi bw’ Inyamanswa yavuye munyanja yo muri Ibyahishuwe 13:1-18 ariyo butegetsi bwa papa ubu uhagarariye leta ya vatikani n’itorero ryayobye rya Kiriziya Gaturika y’ I Roma , ari yo irigutegura Itegeko ry’ Icyumweru ngo rihatirwe abatuye isi kuruuhuka iyo sabato mpimbano y’Icyumweru utabikoze atyo ahinduke umwanzi w’ amategeko a leta n’uwabakora ibyangwa n’ Uwiteka bica Isabato year, mugihe abo bose bifatanyiriza mu Cyumweru , baburiwe n’ ubutumwa bwa marayika wa gatatu mu Ibyahishuwe 14:9-11’9.Marayika wundi wa gatatu akurikiraho avuga ijwi rirenga ati” Umuntu naramya ya nyamanswa n’ igishushanyo cyayo, agashyirwaho ikimenyetso cyayo mu ruhanga rwe cyangwa ku kiganza, 10.uwo ni we uzanywa ku nzoga ari yo mujinya w’ Imana, yiteguwe idafunguwemo amazi mu gacuma ku’ umujinya wayo. Kandi azababazwa n’ umuriro n’ amazuku imbere ‘ abamarayika bera, n’ imbere  y’ Umwana w’ Intama.11.Umwotsi wo kubabazwa kwabo ucumba iteka ryose, ntibaruhuka ku manywa na nijoro abaramya ya nyamanswa n’ igishushanyo cyayo, umuntu wese ushyirwaho ikimenyetso cy’ izina ryayo”.12. Aho ni ho kwihangana kw’ abera kuri, bitondera amategeko y’ Imana bakagira kwizera nk’ ukwa Yesu.13.Numwa ijwi rivugira mu ijuru rimbwira riti “Andika uti’Uhereye none hahirwa abapfa bapfira mu Mwami wacu.’”Umwuka na we aravuga ati”Yee, ngo baruhuke imihati yabo, kuko imirimo yabo ijyanye na bo ibakurikiye.”.
5. Mugihe Icyimenyetso cy’ Imana ari Isabato yo ku munsi wa karindwi , Icyimenyetso cy’ Inyamanswa ni Icyumweru, ariyo sabato y’ impimbano yo ku munsi wa mbere: icyimenyetso gishyirwa muruganga bivuze igihe imyumvire y’ uwumva ibyo bimenyetso byombi ahitamo icyimenyetso cyimwe akizera mubwenge bwe ko ahisemo umunsi akwiriye kubaha akabikora atyo asenga kandi mukiganza akabikora atyo aruhuka.
6. Igihe ahisemo umunsi w’ Isabato aba yakiriye icyimenyetso cy’ Imana muruhanga, igihe yirinda kugira imirimo akora ku Isabato aba yakiriye icyo cyimenyetso cy’ Imana mu Kiganza cye kuko imirimo ikorwa n’ ikiganza cy’ umuntu, naho intekerezo zibuza gukora umurimo uwariwo wose ku isabato zika zituruka mu bwenge ariho hashushanya mu ruhanga rw’ Umuntu.
7. Naho gushirwa Icyimenyetso cy’ Inyamanswa mu ruhanga ni ukwizera rwose ko Icyumweru ari wo munsi werejwe kuruhuka mu bwenge bikavuga kwakira icyimenyetso cy’ inyamanswa mu ruhanga kuko ubyemeye abibika mu bwenge bwe, no kutagira umurimo akora ku munsi w’ Icyumweru mu rwego rwo kuruhuka bikavuga kwakira icyimenyetso cy’ inyamanswa mu Kiganza.
8. Uwahanze ubwami bw’ abaromani bagipagani yakoreraga Satani nk’ Umwami w’ umupagani amenyereza ubwami bwe imigenzo yabadayimoni, igihe umwami wabami konsitantino y’ imaga ingoma yabaromani muri za 300 yaje kuziyemeza kutarenganya no kutazica urubozo abaKristo nkuko abami babaromani babijyenje bahereye kuri Yesu Kristo bakica n’ intumwa ze bakica n’ abakritso bakurikieho bakabarenya cyane byatumaga bapfa bakenyutse bakarwaragurika indwara zibica urubozo, konsitantino mugutinya bene izoi ngaruka, yiyemeza kuba umu kiristo, ariko mumwaka wa 321 yinjiza itegeko ry’ icyumweru mubuyobozi bw’ itorero rya gikiristo , umuyobozi warukuriye itorero rya gikritso ry’I Bwami kwa konsitantino ahabwa n’ umwami wabami konsitantino ubutegetsi bwo kuyobora amatorero yose ya gikiritso mubwami bw’ abaromani bwose, amukuza gutyo amuhesha ububasha butavuguruzwa, akarwanya abamushyigikiraga bose mumigenzo yemereraga umwami konsitantino kwinjiza mu itorero ryagikiritso benshi baricwa kugirango hatangizwe icyo bahise bita Kiriziya Gatukiri y’ I Roma , cyiyoborwa n’umukuru w’ itorero, waje kuba umujanama w’ umwami wabami konsitantino wa kabiri imfura ya konsitantino warumaze iminsi atanze , uwo mwana nawe aza kwicwa na murumuna we mu mwaka wa 340 bityo mukurwana ku nyungu z’ ubwami bwa nyakwigendera konsitantino se wabombi, uwo mukuru witorero afata ubutegetsi bw’ ubwami bw’ abaromani abwomeka mumiyoborere y’ idini iyo Kiriziya Gaturika y’ I Roma bari bamaze igihe gito bakoze bakayihindurira mo Isabato bakikurikiriza imigenzo y’ abapagani bakemeza icyumweru nk’ umunsi wo gusengaho no kuruhuka ho, binjizamo n’ indi migenzo yose yagipagani Yesu atasize mu itorero rye yaragije intumwa ze mbere yo kujya mu ijuru, mumwaka wa 538 nibwo umwami w’ abami mu bwami bw’ abaromani yahaye muburyo busesue ububasha umukuru w’ itorero ry’ Iroma gutegeka amatorero n’ amadini yose yo mu bwami bw’ abaromani ndetse amwongerera ho no gutegeka murwego rwa gisirikali na politiki ahahoze abami batemeranyaga n’ubwo butegetsi bufatanya iby’ idini ya gipagani y’ iya gikritso aribo bavandari, abasitorogoti n’ abaheruri , kuva ubwo uwo mutegetsi w’ umukuru witorero yiswe papa , akajyenda ukurikirwa n’ abandi bapapa kuri ubwo butegetsi bw’ idini n’ ubwa politiki bukoresha imbaraga za gisirikari. Umu papa witwa Geregori wa karingwi ahindura iminsi yo kuri Karenndari y’ Imana yo muri Edeni imara‘ Iminsi irindwi, atangiza undi munsi wa munani awita Icumweru, umunsi wari waragenewe mugihe cy’ abami babaromani babapagani gusenga ho izuba, uwo munsi uri gutegurirwa na papa Francis ubu uhereye 24/5/2015 ngo icumweru cyibe umunsi mpuza mahanga utagira icyo ukorwa ho.
9. Uwo munsi wahanuwe na Daniyeli muri Daniyeli 12:11 ni wo ku Cyumweru, Ikizira cy’ Umurimbuzi, Igicumuro cyinyagisha, ariwo Munsi wa mbere w’ iminsi irindwi nk’ uko bawusobanura umunsi Yesu Kristo yazutse ho muri Luka 23:1-56, Luka 24:1-53.
10. Kuri Karendari y’ Iminsi irindwi y’ Imana Umunsi witwa Icyumweru”Sunday” niwo munsi wambere w’ iminsi irindwi si wo munsi wa nyuma w’ icyumweru nyawo, Mugihe umunsi wanyuma w’ Icyumweru nyawo ari Isabato yo ku munsi wa karindwi “Saturday” mu itegeko rya Kane mu Kuva 20:8-11; Mugihe  kuwambere witwa “Monday”,Uwo ariwo munsi Uwiteka Imana Umuremyi yatangiriye ho kurema, Ubwo yaremaga ijuru n’ Isi, n’ inyanja n’ ibirimo byose, mu Itangiriro 2:1-4”1. Ijuru n’ isi n’ ibirimo byinshi byose birangira kuremwa. 2. Ku munsi wa karindwi Imana irangiza imirimo yakoze, iruhuka ku munsi wa karindwi imirimo yayo yose yakoze.3.Imana iha umugisha umunsi wa Karindwi iraweza, kuko ari wo Imana yaruhukiyemo imirimo yakoze yose.4. Uku niko kuremwa kw’ ijuru n’ isi, ubwo baremwaga, ku munsi Uwiteka Imana yaremeyemo isi n’ ijuru.5. Kandi akatsi kose ko mu gasozi kari kataraba ku isi, n’ ikimera cyose cyo mu gasozi cyari kitaraaruka, kuko Uwiteka Imana yari itaravuba imvura ku isi kandi nta muntu wariho wo guhinga ubutaka,6. ariko igihu cyavaga mu isi kigatosa ubutaka bwose.7. Uwiteka Imana irema umuntu mu mukungugu wo hasi, imuhumekera mu mazuru umwuka w’ ubugingo, umuntu ahinduka ubugingo buzima.8. Uwiteka Imana ikeba ingobi muri Edeni mu ruhande rw’ iburasirazuba, iyishiramo umuntu aremye. 9. Uwiteka Imana imezamo igiti cose cy’ igikundiro cyera imbuto ziribwa, imeza igiti cy’ubugingo hagati muri io ngobyi, imezamo n’ igiti cy’ ubwenge bumenyesha iciza n’ ikibi. 10. Umugezi uturuka muri Edeni unetesha iyo ngobyi, uwo mugezi uvamo wigabanamo ine. 11. Umwe witwa Pishoni, ariwo ugose igihugu cyose cy’ I Havila kirimo izahabu, 12. Kandi izahabu yo muri icyo gihugu ni nziza. Iyo ni ho hari ubushishi buva ku giti bwitwa budorla, n’ amabue itwa shohamu. 13. Undi witwa Gihoni, ariwo ugose igihugu cyose cy’I Kushi. 14. Undi witwa Hidekelu, ni wo uca imbere y’ igihugu cyitwa Ashuri. Uwa kane witwa Ufurate. 15. Uwiteka Imana ijyana wa muntu, imushyira muri iyo ngobyi yo muri Edeni, ngo ahingire ibirimo, ayirinde. 16. Uwiteka Imana iramutegeka iti” Ku giti cyose cyo muri io ngobyi ujye urya imbuto zacyo uko ushaka, 17.Ariko igiti cy’ ubwenge bumenyesha icyiza n’ ikibi ntuzakiryeho, kuko umunsi wakiriyeho no gupfa uzapfa.”
Ababeshya benshi kandi nanone babasha kubikora banegeza umutwe, kwica amaso, cyangwa se kuzunguza akaboko, ubundi no kuruma gihwa.
Muje muvuga ukuri nubwo haba ku kintu gitoya. ( Ubutumwa ku basore.P.145). Nta kintu kiba gito mu maso y’ Imana.
Aho gukora icyaha wapfa, aho kuriganya wakena, aho kubeshya wasonza”. ( Ibihama, vol.4.P.495). Abatemera gukiranuka kwa Kristo baba batije inkingi Babuloni kandi baba bakiriye inyamanswa n’ igishushanyo cyayo. Mu butumwa bwa Malayika wa 2 n’ uwa 3 abo bazacirwa urubanza n’ Imana kuko bemeye ubutumwa butari ubw’ Imana, bagasenga indi mbaraga itari Imana. Nubwo aya magambo “Gukiranuka kwa Kristo” cyangwa “Gutsindishirizwa” cyangwa “ Kwezwa” ataboneka mu butumwa bw’ abamarayika batatu, gukiranuka kwa Kristo niyo ntego igaragazwa mu magambo y’ urubanza ( Uwifuzwa ibihe byose,P.281-289).
Ariko Imana yashobora gukora nk’ uko yakoze ku munsi wa Pentekote no hanyuma yawo.  Benshi bavuga ubu ko bizera ukuri, basobanukiwe ho hato kuby’ imikorere y’ Umwuka Wera, bakaba basakuza bati: mwiirinde imyizerere ikakaje cyangwa bakavuga iby’ abuzuye Umwuka Wera bati: “aba bantu basinze ihira….? Hazabaho kandi n’ abazabaririza kandi banegura igihe Umwuka w’ Imana azaba agenga abagabo n’ abagore, kuko imitima yabo ubwabo itahindutse, ahubwo ikonje kandi ikaba itajijutse”. (Ubutumwa bwatoranijwe, Vol.2;P.57).
“Imibare y’ iyo nteko yaragabanutse.  Bamwe baranyeganyeze batakara mu nzira, abatagira icyo bitaho kandi ntibahinduke, ntibifatanye n’ abakunze kunesha n’ agakiza, babisabye bashimikiriye barabibabarizwa ariko ntibabihabwa; ahubwo batakaye inyuma mu mwijima, uwo mwanya basimburwa n’ abandi bakomeje ukuri kandi bahawe icyubahiro”. ( Inandiko za kera, P. 271).
“Kwifuza kwera ni byiza, ariko iyo bigungiriye aho ntacyo bimara; umugabane munini w’ abakristo bameze batyo mu matorero yacu, barapfira mu byaha, kuko batahisemo kuba abakristo bamaramaje” (Kugana Yesu, P.34-35, Inama zigirwa itorero, vol I, P. 92, 93).
11. UMWANZURO
            “Ibihamya bicyaha ibyaha byawe.  Rwose ntuzigera uhitamo kutumvira ibihamya ngo unezezwe no gukora ibyo kamere yawe yifuza cyangwa ngo utangire gushidikanya wibaza niba ibihamya bikomoka ku Mana. Ujye wibuka ko kutizera kwawe kutagira icyo guhindura ku kuri kw’ ibihamya.  Niba ibihamya bikomoka ku Mana, nta kizabikoma mu nkokora. Abantu bagerageza gutuma ubwoko bw’ Imana bureka kwiringira Imana (ibihamya) bararwanya Imana; baratuka Imana yavuganye natwe ikoresheje imiburo ( ibihamya)”. ( Ibihamya, vol 5. P.234-235).

INTEGUZA ya Kristo,
B.P. 409.6 KIGALI-RWANDA


12.BUMWE M’ UBUSHAKASHATSI BW’ UMWANDITSI
Ijambo ry’ Ibanze.
Hifashishijwe ibimenyetso by’ ibihe nk’ uko tubitegekwa n’ Ijambo ry’ Imana, ari naryo nzira y’ Ukuri n’ Ubugingo, ari naryo ryamemye byose, Yesu Kristo Umwami wacu waducunguje amaraso ye ku musaraba I kaluvari, ari nawe Jambo, yatangarije abatuye Isi bose, ko Iyi Si izagira iherezo. Iryo herezo ariko kandi rikaba rizabera ribi abatazita kubimenyetso yasize amenyesheje abatuye isi ko bizabanziriza imperuka, nyuma yabyo nibwo imperuka izaherako ize.
1.Igihe cyarageze, ubwo umukiza wacu Yesu Kristo yendaga kugera ku mwanzuro w’ inama y’ agakiza, yicaranye n’ abigishwa be, bamaze kumwereka ubwiza bw’ urusengero rw’ abayuda rwari rutatswe izahabu n’ ibindi bihenze byose byagaragazaga ubudahangarwa bw’ iyo nzu yikitabashwa, bemezaga ko itagira iyo yagereranwa nayo, Yesu Kristo avugira amagambo yose imbere y’ abigishwa be, abemeza uko iyonzu izasenyurwa mugihe cy’ irimbuka rya Yerusalemu, kandi hakaba hatazayisigara ho n’ ibuye narimwe, bityo aboneraho no kubasubiza iby’ ikibazo cy’ amatsiko bamubajije bati mbese ikimenyetso cy’ ibyo byose cyizaba ikihe, kandi n’ ikimenyetso cy’ imperuka , aricyo cyo kurimbuka kw’ Isi, no Kugaruka kw’ Umwana w’ Umuntu kizaba icyihe; Yesu yabasubije mumagambo dusoma mu Ijambo ry’ Imana: aravuga iti: Ariko ubwo muzabona ikizira kirimbura cyahanuwe n’ umuhanuzi Daniyeli gihagaze Ahera(Ubisoma abyitondere).Umwami Yesu nk’ uko ari Umwami W’ Isabato, Isabato n’Abayo bayibwiriza abandi bakaba nk’ uko Yesu ari, baburira  bose, abo nibo baporotesitanti nyakuri batabasha gukangwa n’ intare ziziritse zikomoka mumwitwe yaba Jezuwiti batorezwa kurandura ubuporotesitanti no kurimbura ababushikamyemo bikabahesha kugarurira ubutegetsi bw’ isi ubupapa bwakomerekejwe uruga rwambere na Maritini Luteri n’ uruguma rwica na Napolewo Umwami wabami wafunze papa Piyo amutumye umujenerari we witwa Beritsiye akagwa mu buroko 1798. Abeza Isabato y’ Umwami Yesu Kristo Umwami w’ Isabato bitwa abanzi ba Kiriziya Gaturika y’ I ROMA b’ abaporotesitanti batava kw’ Izima bishingikirije mu buhanuzi Yesu Kristo ubwe yatanze muri Matayo 24:15 bakitwa na papa Francis abahakanyi ruharwa( Fondmentalists) , Abahakana Inyigisho z’ ishingiye kubuyobe bwa Kiriziya Gaturika y’ I Roma yo kwica Isabato aribwo Bwami bwa Yesu bica bakeza Icyumweru aribwo bwami bwabasenga Izuba bwa Satani bwamamazwa n’ Abaromani bita Ababahakanya Abaporotesitanti bakaba bararemye Umutwe w’ abajezuwite ukoze igisirikare cyirinda inyungu z’ ubutegetsi bw’ ubu papa ubu butegekwa n’ umu papa w’ umujezuwiti wagoteye itorero ry’ Abadiventisiti rihagarariwe na generali conferansi yaryo yagotewe hamwe n’ abandi bayobozi bamadini ya giporotesitanti kuva 31/10/2017 babasinyisha isezerano ryo kwivuguruza ku mahame yo kuvuga ubutumwa bwa marayika wa gatatu mu byo bise riforumingi katoriki konfeshoni (shakisha kuri enterineti usome A Reforming Catholic Confession) usanga mo aba hagarariye itorero ry’ Abadivantisiti ku Isi bari mo uwitwa Professor, Dr. Nicolas ,umwarimu wigisha ibyamateka y’ itorero muri kaminuza y’ Abadivantisiti b’ Umunsi wa Karindwi yitwa Andrews  University yo muri leta zunze ubumwe za Amerika , hamwe n’ abandi badivantisiti benshi basinyiye itorero ryose ry’ abadivantisiti b’ umunsi wa 7 bagotwa batyo n ikizira cy’ ubutegetsi bw’ ubupapa bwakomotse muri Roma, Nk’ uko tubisanga mubutumwa bwiza bwanditswe na Matayo 24:15.Kuva ubwo hatangira icyumweru cyimwe cya nyuma gisoza ibyumweru 70 cyo muri Daniyeli 9:27, icyo cyumweru ni iminsi 7 ingana imyaka irindwi ya gihanuzi, ituruka 31/10/2017 ikageza 31/10/2024, iyo ikarangizwa no gutembanwa kubutegetsi bwasinyanye na benshi isezerano ryo kugomera ubwawami w’ Isabato buyoborwa na Yasu Kristo wabwiye Daniyeli ko nyuma y’ iminsi 1335 ubwo bwami bwa sinye iryo sezerano, ubwo buzaba bugeze hagati bugashyiraho ikizira cyirimbura , igicumuro cxyinyagisha, bukabuzanya ibitambyo go gusenga buri Sabato no gutura Amaturo yo kuruhimbi rwa buri sabato, kubwo kwiyimikira igicumuro kinyagisha aricyo itegeko ry’ icyumweru, ryimikwa iyo myaka 7 igeze hagati y’ itariki 7 na 16 Gashyantare 2021. Uko hagati hiyo myaka hagaragara, ubwo hazashira iminsi 1335 yo muri Daniyeli 12:7-13Daniyeli yerekwa iby’ imsi y’ Imperuka (Ubu buhanuzi bwatangiranye na tariki 31/10/2017)1.”Maze icyo gihe Mikayeli, wa mutware ukomeye ujya ahagarikira abantu abwe azahaguruka, hazaba ari igihe cy’ umubabaro utigeze kubaho uhereye igihe amahanga yabereye ho ukageza icyo gihe. Nuko icyo gihe abantu bawe bazaba banditswe mu gitabo, bazarokorwa. 2. Kandi benshi bo muribo bazaba barasinziriye mu gitaka bazakanguka, bamwe bazakangukira ubugingo buhoraho abandi bazakangukira gukorwa n’ isoni no gusuzugurwa iteka ryose.3.Kandi abanyabwenge bazarabagirana nk’ umucyo wo mu isanzure ry’ ijuru n’ abahinduriye benshi ku bukiranutsi bazaka nk’ inyenyeri iteka ryose. 4”Nuko Daniyeli, bumba igitabo ugifatanishe icyimenyetso(Ikimenyetso cy’ Imana ni Isabato) kugeza igihe cy’ imperuka, benshi bazajarajara hirya no hino kandi ubwenge buzagwira”( Kuvumburwa k’ Umubare Udasanzwe mu mateka y’ Ikiremwa muntu ujyane n’ Ubuhanuzi:1177).5.Nuko jyewe Daniyeli nditegereza mbona abandi bagabo babiri bahagaze, umwe ku nkombe yo hakuno y’ uruzi, undi ku yo hakurya. 6. Umwe abaza wa mugabo wari wambaye umwenda w’ igitare wari hejuru y’ amazi y’ urwo ruzi ati” Ibyo bitangaza bizagarukira he?” 7.bona wa mugabo wari wambaye umwenda w’ igitare wari hejuru y’ amazi y’ uruzi, atunga ukuboko kw’ iburyo n’ ukw’ imoso ku ijuru, numva arahira ihoraho iteka ryose ngo bizamara igihe n’ ibihe n’ igice cy’ igihe( Iminsi 1260=Amezi 42= Imyaka 3 n’ amezi 6, kuva 7-16/2/2021 hatangijwe ubutegetsi ku mugaragaro bwa New World Order n’ itegeko ryo Kuruhuka Icyumweru kubatuye isi bose Ibyahishuwe 13:5 Iyonyamanswa “aribwo butegetsi bwa papa Francis” ihabwa kurama ngo imare amezi 42 kugeza kw’iherezo ry’ ukwezi kumwe kwiteguriwe Uwo mwaka wa 2024 kw’ icyago cy’ imperuka cya 6 ku itariki 31/8/2024; uturutse tariki 1/3/2024 igihe ubutegetsi bw’ inyamanswa papa Francis buzaba busutsweho umwijima mu cyago cy’ imperuka cya 5 cyizamara amezi 5 mu Ibyahishuwe 9:5 na Ibyahishuwe 16:10-11, bukarangizwa n’ icyago cya gatandatu ubwo kizaba gitangiye mu ntambara ya Harimagedoni mu Ibyahishuwe 9:13-21 na Ibyahishuwe 16:12-16, mugihe Yesu Agaruka mu cyago cya 7 mu Ibyahishuwe 11:15-19 na Ibyahishuwe 16:17-21) kandi ati ”Nibamara kumenagura imbaraga z’ abera, ibyo byose bizaherako birangire.” (Mu mwaka wa 2024),8.Ndabyumva ariko sinabimenya, mperako ndabazi nti “ Databuja, ikizaheruka ibindi muri ibyo ni ikihe?” 9. Aransubiza ati ”Igendere Daniyeli, kuko ayo magambo ahishwe kandi afatanishijwe ikimenyetso(Ikimenyetso cy’ Imana ni Isabato) kugeza igihe cy’ Imperuka. 10. Benshi bazatunganwa bazezwa, bazacishwa mu ruganda, ariko ababi bazakomeza gukora ibibi. Kandi nta n’ umwe muri bo uzayamenya, ariko abanyabwenge ( Ibyahishuwe 13:18”Aha ni ho ubwenge buri: ufite ubwenge abare umubare w’ iyo nyamanshwa kuko ari umubare w’ umuntu, kandi umubare we ni Magana atandatu na mirongo itandatu n’ itandatu.666.Uyu mubare uranga ubutegetsi ubupapa bwiyitirira ko butegeka ibijyanye n’ imyizerere ya Gikiristo ku Isi mu butware, ubushobozi n’ ububasha bwitwa Donation of Consitantine” uruhushya rwanditse idini ya Kiriziya Gaturika yemeza ko yahawe n’ Umwami w’ abami w’ umbwami bw’ abaromani witwa Kositantine mukuru abwo bugizwe n’ inyito” VICARIUS FILII DEI”= ivuga “UMUSIMBURA W’ UMWANA W’ IMANA KU ISI”, mu mibare igaragaza ubwenge aho buri kubijyanye no kumenya Umwanzi w’ Amategeko y’ Imana ihoraho uhereye kuryo kweza Isabato ariwe papa w’ I Roma papa Francis wiyita ko ari umushumba w’ intama za Yesu Kristo ku Isi bityo ko nk’a Petero asimbura Umwana w’ Imana Ku Isi nk’ umuhagarariye mu itorero rya Gikristo aribwo buyobe bwe bukomoka kubamubanjirije bose bayoboye Kiriziya Gaturika y’ I Roma bakanayobya abatuye Isi bose kuramya ubutegetsi bwa Vatikani binyuze mu Kubategeka Kweza Umunsi w’ Icyumweru no kwiringira abazimu ko abapfuye bahindurwa abatagatifu, bakiyegurira imyuka y’ abadayimoni na Satani Icyiyoka , aricyo Umwanzi ruharwa w’ Imana n’ amategeko yayo:{V=5,I=1,C=100,A=A,R=R,I=1,U=V=5,S=S/112; F=F,I=1,L=500,I=1,I=1/503; D=50,E=E,I=1/51 [=666]}) bazayamenya, ariko abanyabibi bazakomeza gukora ibibi. Kandi nta n’ umwe muri bo uzayamenya, ariko abanyabwenge bazaamenya. 11.”Uhereye igihe igitambo gihoraho (Gusenga kuruhimbi murusengero kw’ abadivantisiti b’ umunsi wa karindwi beza Isabato kwa buri Sabato) kizakurirwaho bagashyiraho ikizira( Gusenga kuruhimbi murusengero kw’ abatuye isi ku munsi wa mbere w’ iminsi irindwi ari cyo Cyumweru kitwa ikizira cy’ umutegetsi w’ umujezuwiti papa Francis yategekeye muri Laudatosi 237 kurwanya ihindagurika ry’ ikirere mumategeko yagizwe amasezerano y’ I Parisi ngo banakiruhukeho basenga Izuba, ikigirwamana Apolo biyitirira bishuka cyane ko ari  Uwiteka Imana Ny’ I rijuru n’ Isi, n’ Umwana wayo Yesu Kristo Umwami w’ Isabato baba basenga) cy’ umurimbuzi(Umujezuwite wo kurimbura abaporotesitanti n’ Itegeko rya 4 ryo Kweza Isabato ari nako kwicisha abatuye Isi ibyago birindwi bizabarimbura bose n’ umuriro uzabarimbura nyuma y’ umuzuko wa kabiri ntubasigire ishami cyangwa umuzi), hazacaho iminsi igihumbi na magana abiri na mirongo urwenda(Iminsi 1290:30= Imyaka 3 n’ Amezi 7 , kuva 7/2/2021 kugeza 31/8/2024 mucyago cya Gatandatu kirangiye). 12. Hahirwa uzategereza (Abategereje ni Abadivantisiti b’ Umunsi wa 7, urahirwa niba utegereza wara tsindishirijwe), akageza ku minsi igihumbi na magana atatu na mirongo itatu n’ itanu ( Iminsi 1335:30= Imyaka 3 n’ Amezi 8 n’ Iminsi 15 , kuva 7/2/2021 kugeza 15/10/2024 mucyago cya Karindwi kirangiye Mu gicuku cyanijoro ni bwo urusaku ruzakwira ikirere cyose n’ isi yose Ubwo muma saa 00:01’ kugera saa saba 01:59’ z’ ijoro mugicuku, Umwami Yesu azaba atungutse Kubicu mukirere cyo mu Ijuru Hejuru y’ Iyi Si ntazakoza ibirenge bye kubutaka, amaso yose azamubonera icyarimwe, abapfuye bizeye bejejwe ibyaha byabo bazazukira kumusanganirana nabera twese 144,000, abamuteye imisumari n’ abamubambishije na Ana an Kayafa bazazuka bamubone aje Mu butware n’ Ubuhangange bwe bukomeye cyane, nyuma nk’ abandi banyabibi bose bazicwa n’ imirasire icanye cyane y’ ubwiza bwe muri icyo gitondo cy’ Umuzuko Daniyeli nawe azazuka) 13.”Nuko igendere utegereze imperuka, kuko uzaruhuka kandi ukazahagarara mu mugabane wawe iyo minsi( Iminsi Daniyeli yari amaze kuyibwirwa yose uhereye ku minsi 1260, 1290, ukageza kuminsi iheruka amateka y’ icyaha bishire n’ ibicumuro bigacibwa, gukiranuka kwa Yesu Kristo kw’ iteka ryose  kuze , no gukiranirwa habayeho gutsindishirizwa gutangirwe Impongano ubwo Umunsi w’ impongano uzaba urangiye ihene ya Azazeri ariyo Satani igiye koherwa mu myaka 1000 iboheye mu isi itagira uwo iyobya ukundi, ibyo byose Daniyeli yerekwaga atarasinzira bifatanishijwe Isabato ariyo Cyimenyetso cy’ Uwiteka Imana ariyo Ny’ Irumwami w’ Isabato Yesu Kristo uzaba agarutse, Ahera cyane ho mubuturo bwo Mw’ ijuru hejejwe ny’ uma yuko Yesu azaba amaze igihe cy’ amezi umunani n’ iminsi cumi nitanu arangije kuduhongerera Ibyaha ahera cyane ho mubuturo bwera bwo mu ijuru bishushanya gukuramo ibyaha akaheza akaza kubishyira kuri Satani no kuducyura iwacu mu ijuru ariko gusigwa amavuta iyo minsi 1335 ,nishira.”   umuhanuzi Daniyeri agahagarara ku Nyanja y’ ibirahure mu ijuru mu mwanya we ku itariki 22/10/2024, nugufata 31/10/2014 ugakuramo iminsi 1335 ingana n’ imsi 15 n’ amezi 8 n’ imyaka 3. Iminsi 31-15=16, Amezi 10-8=2, Imyaka 2024-3=2021. Kuko ikeragati cy’ iminsi 16 gitangira itariki 7 nyuma yo gufata Iminsi16:2=8, bivuze ko uhereye itariki 7 ukazeza itariki 17 z’ ukwezi kwa 2 umwaka wa 2021, aribwo tubona ikeregati cy’ imyaka 7 igize icyi icyumweru cyo muri Daniyeli 9:27 cyisubiragamo gisoza ibyumweru 70 birangirana no gusohoza ubuhanuzi butari bwarigeze bubonekera mugice cyabwo cyambere cyasohojwe no kuza kwa Mesiya bwambere hagati y’ umwaka wa 27 ukazeza kuwa 34 ubwo Mesiya yasigwaga akabambwa akajyanwa mu ijuru ubutumwa bwe bukavanwa muba yuda bukerekezwa muba nyamahanga mu mwaka 34 AD, nyamara ukugaruka kwa Yesu Kristo ku itariki 15/10/2024 kukaba kuzashyira kumusozo isohozwa risesuye ryo guca burundu ibicumuro n’ ibyaha bishire mu isi , mugihe n’ ubwo Yesu Kristo yaje bwambere akadupfira , ibyaha n’ ibicumuro byakomeje kwigaragariza mu isi mubatubaha Imana bakomeza Icyumweru bica Isabato kugeza ubwo Ibyago birindwi bizazira bikabarimbura bityo ubwo buhanuzi bwo kurangiza ibicumuro no kurangiza ibyaha mu isi busohore , ubwo buhanuzi kugirango bwuzure , uweza Isabato wese aha ahasobanukiwe yumva neza ko icyo Umuhanuzi yeretswe  Muri “Daniyeli 9:24 na Daniyeli 9:27” cyari kigifite ubundi butumwa kugeza icyumweu cy’ ubuhakanyi bw’ abakirisitu bahagarariye amadini ya Giporotesitanti ku isi biyeguriye Vatikani batangiza icyumweru cyanyuma gisoza amateka y’ icyaha n’ ibicumuro mu isi muburyo bwa gihanuzi cyatangiye tariki 31/10/2017. Uweza isabato wese utazashobora gusobanukirwa no gusohora k’ ubuhanuzi bwo muri Daniyeli uko Yesu yavuze ko ukurimbuka kwa Yerusaremu kuzasa no kurimbuka kw’ isi ubwo ukugotwa mumyaka 7 kwa yerusaremu kwakozwe n’ ingabo z’ abaromani, ninako ukugotwa kwa generali conferansi y’ abadivantisiti kwakozwe mu cyumweru cyimwe ariyo myaka 7. Kuva mu mwaka wa 67AD ukageza muri 74AD, nabwo ubu ni ukuva 2017 ukageza 2024. Uko Ubuhanuzi bwa Daniyeli 9:24Ibyumweru mirongo irindwi bitegekewe ubwoko bwawe n’ umurwa wera, kugira ngo ibicumuro bicibwe n’ ibyaha bishire, no gukiranirwa gutangirwe impongano haze gukiranuka kw’ iteka, ibyerekanywe n’ ibyahanuwe bifatanishwe ikimenyetso, ahera cyane hasigwe amavuta.” na Daniyeli 9:25”25.Nuko ubimenye, ubyitegereze yuko uhereye igihe bazategekera kubaka I Yerusaremu bayisana kugeza kuri Messiya Umutware hazabaho ibyumweru birindwi, maze habeho ibindi byumweru mirongo itandatu na bibiri bahubake basubizeho imiharuro n’ impavu, ndetse bizakorwa mu bihe biruhanije”. Daniyeli 9:26”26.Ibyo byumweru uko ari mirongo itandatu na bibiri nibishiraMesiya azakurwaho, kandi nta cyo azaba asigaranye (Ariko Atari kubwe). Maze abantu b’ umutware uzaza bazarimbure ubuturo bwera, uwo iherezo rye (ryabyo) rizaba nk’ utembanywe n’ umwuzure w’ amazi, intambara n’ ibyago bizarinda bigeza imperuka.Niko bitegetswe. Daniyeli 9:27”27.Uwo mutware azasezerana na benshi isezerano rikomeye, rimare icyumweru kimwe.Nikigera hagati azabuzanya ibitambo n’ amaturo(Uwo mutware uzaza, uwo usezerana na benshi isezerano rikomeye, rimara icyumweru), umurimbuzi azaza ku ibaba ry’ ibizira, maze kugeza ku mperuka yategetswe uburakari buzasandazwa kuri uwo murimbuzi(Ibyahishuwe 16:10-21).” Ubwo bwose ni ubuhanuzi , abadivantisiti b’ umunsi wa karindwi bazi neza ko bwasohoye ho mugice cyaranze kuza kwa Mesiya ubwa mbere uhereye I Gihe bategekeye kubaka I Yerusalemu bayisana mu mwaka wa 457 BC bitanzwe na Aritazerusi(Ahasuwerusi) Umwami w’ ubumedi n’ ubuperesi kugeza kuri Mesiya Umutware habaye ho ibyumweru 7, maze habaho ibindi byumweru mirongo 62 barahubaka, basubizaho imiharuro n’ impavu nk’ uko byakozwe mubihe biruhanije, nyuma y’ibyo byumweru 69 birashira Mesiya akurwa ho, aricwa urupfu rwo Kumusaraba. Hasigara Icyumweru cyimwe, ngo cyuzuze nanone ibyumweru mirongo 70, icyo cyumweru cyigomba kwiyongera kuri biriya byumweru 69 byarangiye Mesiya agakurwa ho. Icyo cyumweru kigize ubuhanuzi bwo muri Daniyeli 9:27 nk’uko igice cyabwo cyambere cyari cyasohoye ntiburangire bwose uko buhanurwa bugaragaramo umutware w’ umurimbuzi, uwo mutware si Mesiya , ahubwo ni Umurimbuzi uza ku ibaba ry’ Ibizira, ariryo Cyimenyetso cy’ Inyamanswa , Igishushanyo cy’ Inyamanswa, n’ Umubare w’ izina ryayo 666 nk’ uko bihanura ubuyobozi bwitwa Ubwinyamanswa yavuye mu Nyanja aribwo bwa New World Order bushingiye kugushyiraho Ifaranga rimwe, Idini rimwe, Ubutegetsi bumwe, Uburezi bumwe mu isi yose uhereye mu mwaka wa 2020 ukageza mu mwaka 2030 mukugeza isi mu ntego z’iterambere rirambye Sustainable Development Goals (SDG) bukaba aribwo bugambirira kuzaba bumaze guhindura isi nka paradizo mu mwaka wa 2050, ariko butifuza umuntu  n’ umwe mubantu batazaramya inyamanswa ariyo butegetsi bwa papa Francis umu papa wambere wo muri Kiriziya Gaturika y’ I Roma w’ Umujezuwiti abajezuwiti bakaba baratangijwe na Inyasi w’ I Royola nyuma yo kuvuka k’ ubuporotesitanti bahabwa inshingano imwe rukumbi yo kurangiza ikitwa ubuporotesitanti cyose n’ abaporotesitanti bose bagasubizwa muri Kiriziya Gaturika y’ I Roma byanze bikunze, ubu batangije inama zabo zo gukwirakwiza Itegeko ry’ Icyumweru ryanditswe na papa w’ Umujezuwiti wambere mu igitabo ise Lawudatosi(Laudato SI’ kungingo yacyo ya 237) aribyo byo guhatira abatuye isi gushyirwaho icyo cyimenyetso cy’ iyo nyamanswa , no kuyiramya no kuramya  igishushanyo cyayo aricyo butegetsi bwa leta buhatira abaturage bayo kweza no kuruhuka ku Cyumweru no guterwa inkingo za koronavirusi zirimo Umubare wiyo Nyamanswa ariwo 666 uri murukingo rwa koronavirusi ngo hicwe kandi harenganywe, ndetse habuzwe kugura no kugurisha abo bose Beza Isabato y’ Umunsi wa 7 bakirengagiza Itegeko ry’ Icyumweru ry’ Inyamanswa ariyo butegetsi bwa Kiriziya Gaturika y’ I Roma na leta ya Vatikani ifatanije na leta zunze ubumwe za amerika mugusohoza  ubu buhanuzi bwose muri iyi minsi iheruka amateka y’ iyi si nkuko buri mu Ibyahishuwe 13:1-18 na Ibyahishuwe 14:1-20, aribwo buhanuzi butangwa hakoreshejwe Ububutumwa bwa Marayika wa Gatatu mu ijwi rirenga,  kandi ubu buri gusohora mugihe cyo kuza kwa Mesiya ubwa kabiri, nk’ uko ubuhanuzi Yesu yabutanze kubyerekeye Kugaruka kwe bwa kabiri ko buzasa n’ ubuhanuzi bwasohoreye kuri Yerusalemu n’ abayuda bo mugihe cyo kuza kwa Mesiya kwa mbere kuva mu mwaka yabatirijweho 27 kugeza ku rupfu rwa Sitefano atewe amabuye mu mwaka 34 , hashize imyaka irindwi,igize icyumweru kiyongera kuri byabyumwery 7, na byabindi 62 byose hamwe byari 69 , wongeraho icyo cyumweru kirangirana no gutera Sitefano amabuye bikaba ibyumweru mirongo 70, byose hamwe bikaba byarasohoye ubwa mbere, ninako kuza kwa Mesiya Kwa Kabiri gutangirana no Kwihagurukira Kwe muri 2017 ubwo abahagarariye mu isi yose amadini ya giporotesitanti n’ abaporotesitanti bose bamwihakanaga ku itariki 31/10/2017 yashoje imyaka 500 Maritinu Luteri atangije Ubuporotesitanti, niko nyuma y’ imyaka irindwi 7 muri 2024 abisi bamaze gukora igisa no Gutera Sitefano Amabuye cyakozwe mumwaka wa 34 AD, ariko Kwiyemeza gucira urubanza rwo Kwicwa(Death Penalty= Capital Punishment”CP” kubwo kurengera inyungu rusange z’ abatuye Isi “Common Good” nk’ uko byakozwe na Mutagatifu Tomasi Akwinasi”St Thomas Aquinas” wagizwe umutagatifu na papa w’ I Roma bikemejwa no muri gatigisimu ya Kiriziya Gaturika y’ I Roma”Death Penalty to save the common good”Ari byo Guharanira ko Icyiruhuko cy’ Icyumweru gishyirwa mubikorwa mubihugo byose byo mu Isi” kumpamvu zo kurengera ibidukikije, Kugabanya ibyuka bihumanaya ikirere bigateza ihindagurika ry’ ikirere no gusenga nk’ uko abagaturika b’ I Roma basenga kucyumweru umunsi w’ ikigirwamana cy’ abaromani babapagani cyitwa Apolo” Hagateshwa agaciro Isabato y’ Uwiteka n’ abayeza bakicwa urupfu n’ agashinyaguro no kurenganywa biri mu Ibyahishuwe 13:15-17 bazira kuburira abatuye isi mukwamamaza ubutumwa bwa marayika wa gatatu buri mu Ibyahishuwe 14:9-13, ari na bwo bushyira kumugaragaro amafuti yose yakozwe na Kiriziya Gaturika y’ I Roma n’ ubutegetsi bwa Vatikani kuva mumyaka yambere y’ ubuporotesitanti muri 340 ukageza mu 2017 nokugeza mugihe ibyago birindwi bizatangirira gusukwa mu mwaka wa 2024 kubaramije ubupapa bose kugeza Yesu Kristo agarutse  mugicuku cya nijoro mukirere cy’ isi kuva saa 01:59’ kugeza mugitondo cy’ Umuzuko ku itariki 15/10/2024) nyuma yakarengane no gukatirwa na leta y’ isi iyobowe na papa Francis ya New Wolrd Order iryo tegeko teka  aryemeze abaperezida b’ bibihugu byose byo ku isi ryo kwicwirwa icyarimwe  kw’ abeza isabato yo mumategeko 10 y’ Imana Yesu azarangiza Imbabazi ze kubatuye Isi bose, ibyago birindwi bikiroha mubatuye Isi bose bazaba bamaze kwihuriza hamwe mu itegeko ry’ Icyumweru cyo muri Kiriziya Gaturika y’ I Roma ihagarariye Umwanzi w’ Imana n’ Amategeko y’ Imana ari we  SATANI , ritesha agaciro itegeko  rya kane ry’ Isabato rihesha Agaciro Imana yaremye Isi . Ijuru n’ Inyanja n’ Ibirimo Byose, Hakaza Ibyago birindwi bikabatsemba ho, nk’ uko abayuda banze Umucunguzi biratana Inzu y’ Imana y’ I Yerusaremu, bose batikiriye mukurimuka kwa Yerusaremu mumyaka ya 67 na 74, niko kurimbuka kw’ abiyitirira Inzu y’ I Mana bayobotse Ubutegetsi bwayobye bwa Kiriziya Gaturika y’ I Roma I Vatikani kuva 31/10/2017 kugeza 31/10/2024 muri bose ntanumwe uzaba akiri kuhumekera muri iyi Si, biturutse mukwica ISABATO Kwabo. Abera bazahagararana na Yesu waducunguye nyuma yo Kuzuka k’ umuhanuzi Daniyeli duhagaze kunyanja y’ Ibirahuri itariki 22/10/2024, nyuma y’ Iminsi 1335 hashyizwe ho Ikizira cy’ Umurimbuzi ariryo tegeko ry’ Icyumweru rizashyirwa ho mucyumweru cyo hagati ya 7-16/2/2021 nk’ uko byasobanuwe haruguru habanza. Yesu rero azaba amaze icyumweru cyose aje kuva ku itariki 15/10/2024  ku geza itariki 22/10/2024, Iminsi 7 tuzayimara tuzamuka mu kirere nk’ uko Elena wayiti yabyeretswe murugendo rw’ Abadivantisiti nk’ uko yabyanditse mu Iyerekwa rye rya Mbere mu gitabo cy’ Inyandiko z’ Ibanze wasoma mo iby’ iminsi irindwi y’ urugendo rwo kuva kuri iyi Si tugana ku Nyanja y’ ibirahure mu ijuru kuva Yesu agarutse  15/10/2024 kugeza 22/10/2024 ubwo tuzaba duhagaze ku Nyanja y’ Ibirahure duhagararanye n’ Umuhanuzi Daniyeli ahagaze mu mwanya we. Hazashira Imyaka 1000 Satani abohewe muri iy’ Isi wenyine, Abera turi mu Ijuru twimanye na Yesu Kristo turi Abatambyi b’ Imana na Kristo, ducira abamarayika bacumuye n’ abanyabibi bose imanza z’ ibibi bakoze byanditswe mugitabo cy’ urupfu mu ijuru mugihe cy’ imyaka 1000, tugaruke ku itariki 15/10/3024 tugenda iminsi 7 kugera muri iyi Si twinjijwe n’ Umwami Imana yacu n’ Umwami Yesu waducunguye mu rurembo Yerusalemu Nshya 22/10/3024. Icyo gihe Uwiteka azahera ko Yeze Isi ayi hindure Umurage w’ abera bose n’ Umwami wacu Yesu Kristo by’ iteka ryose, ubwo Umuriro uzeza Isi uzaba umaze gutwika Abanyabyaha n’ Inkozizibibi  arizo Mashami na Satani ariwe Muzi nyuma y’ Umuzuko wa Kabiri wo mu Ibyahishuwe 20:1-15.”Satani abohwa, abakiranutsi bimana na Yesu imaka igihumbi, 1. Mbona marayika amanuka ava mu ijuru afite urufunguzo rufungura ikuzimu, afite n’ umunyururu munini mu ntoki ze. 2. Afata cya kiyoka, ari cyo ya nzoka yakera, ari yo Mwanzi na Satani, akibohera kugira ngo kimare imyaka igihumbi, 3. Akijugunya ikuzimu arahakinga, ashyiriraho ikimenyetso gifatanya, kugira ngo kitongera kuyobya amahanga kugeza aho iyo myaka igihumbi izashirira, icyakora nishira gikwiriye kubohorerwa kugira ngo kimare igihe gito. 4. Mbona intebe z’ Ubwami, mbona bazicaraho bahabwa ubucamanza, Kandi mbona imyuka y’ abaciwe ibihanga babahōra guhamya kwa Yesu n’ Ijambo ry’ Imana, aribo batāramije ya nyamanswa cyangwa igishushanyo cyayo kandi batashyizweho ikimenyetso cyayo. Barazuka bimana na Kristo imyaka igihumbi. 5. Uwo ni wo muzuko wa mbere. Abapfu basigaye ntibazuka, iyo myaka igihumbi itarashira, (Uwo ni wo muzuko wa mbere).6.Ufite umugabane wo kuzuka kwa mbere arahirwa kandi ni uwera, Urupfu rwa kabiri ntirubasha kugira icyo rutwara abameze batyo, ahubwo bazaba abatambyi b’ Imana na Kristo kandi bazimana na o iyo myaka igihumbi. Iyo myaka igihumbi nishira, Satani azabohorwa ave aho yari abohewe,8. Azasohoka ajye kuyobya amahanga yo mu mfuruka enye z’ isi, Gogi na Magogi kugira ngo ayakoranirize intambara,umubare wabo ni nk’ umusenyi woku Nyanja (Ezekiyeli 38:1-23, Ezekiyeli 39:1-29).9.Bazazamuka bakwire isi yose, bagote amahema y’ ingabo z’ abera n’ umurwa ukundwa. Umuriro uzamanuka uva mu ijuru, ubatwike, 10. Kandi Satani wabayobyaga ajugunywe muri ya nyanja  yaka umuriro n’ amazuku, irimo ya nyamanswa na wa muhanuzi w’ ibinyoma. Bazababazwa ku manywa na nijoro iteka ryose. 11. Mbona intebe y’ Ubwami nini yera mbona n’ Iyicayeho, isi n’ ijuru bihunga mu maso hayo, ahabyo ntihaba hakiboneka. 12. Mbona abapfuye, abakomeye n’ aboroheje bahagaze imbere y’ iyo ntebe, nuko ibitabo birabumburwa, ari cyo gitabo cy’ ubugingo. Abapfuye bacirwa imanza z’ ibyanditswe muri ibyo bitabo zikwiriye ibyo bakoze. 13. Inyanja igarura abapfuye bo muri yo, Urupfu n’ Ikuzimu bigarura abapfuye bo muri byo, bacirwa imanza zikwiriye ibyo umuntu wese yakoze. 14. Urupfu n’ ikuzimu bijugunywa muri ya Nyanja yaka umuriro. Iyo Nyanja yaka umuriro ni yo rupfu rwa kabiri. 15. Kandi umuntu wese utabonetse ko yanditswe muri cya gitabo cy’ ubugingo, ajugunywa muri iyo nyanja yaka umuriro. ( Ibyahishuwe 13:8).
Mariko 16:9-19Yesu abonekera abigishwa be.
Isengesho ry’ Umwanditsi: Mana Ufashe abumva ici kigisho babashe kubisobanukirwa, babifashijwe mo n’ Umwuka wera. Amen.
2.Kuva ku itariki 31/10/201, hari igikorwa cyidasanzwe, cyahurije Ubuhanuzi bwa Daniyeli n’ Ubwo buhanuzi bwa Yesu Kristo bwo mu butumwa bwiza bwanditswe na Matayo  n’ Ubuhanuzi bwanditswe na Yohana umuhishuzi mu gitabo k’ Ibyahishuwe, bitera impagarara ikomeye cyane, yahagurukije amatsiko y’ashingiwe kuri ibyo byabaye , hifashishijwe gahunda y’ amasengesho y’ iminsi mirongo ine yo kwiyiriza ubusa no gusenga, umwanditsi yakoreshejwe n’ Umwuka w’ Imana kugutangiza ubu bushakashatsi bwageze ku mwanzuro ufatika uhuriweho n’inzira eshatu zose zizingiye kubuhanuzi bw’ Iminsi 1335 n’ icyumweru cyanyuma cyisubiramo gisoza ibyumweru 70 n’ iminsi 2300 byo se bihuriza ku mperuka n’ izuka rya Daniyeli ubwo azaba ageze kumunsi wo guhagarara mu mwanya we nk’ uko yabibwiwe mubuhanuzi  bwa Daniyeli 12:7-13 buvuga ku Kizira kirimbura cyahagaze Ahera mugihe cy’ irimbuka rya Yerusaremu, ari nacyo cyahagaze Ahera kikageza kumwanzuro wo gusenya burundu imigambi yo kuzahura ubutumwa bwari bwarasenywe na Kiriziya Gaturika kuva mugihe cy’ imyaka y’ umwijima 1260 itangira kuva mu mwaka 538 kugeza mu mwaka wa 1798, ubwo hizihizwaga imyaka 500 ishize hatangajwe icyiswe ubuhakanyi bw’ inyigisho za Kiriziya Gaturika y’ I Roma” Ubuporotesitanti”, none ho mu Inyandiko z’ Ibanze, igitabo cyambere Elina wiyiti yanditse mo amaerekwa ye, asobanura neza mu iyerekwa rye rya mbere, ibyerekeye urugendo rw’ abadivantisiti , yagaragaje uko Uwiteka Imana Ishobota byose  mbere yo gusuka Umwuka Wera( Imvura y’ Itumba)  muburyo budasanzwe, Azaba yabanje kumenyekanisha ku bera 144,000 Umunsi n’ Isaha n’ Itariki yo Kugaruka kwa Yesu 15/10/2024, saa 01:59’ bisobanura kugaragara kw’ igicu cyingana cy’ ikiganza cyirabura kikagenda kegera isi cyirushaho kurabagirana kigoswe n’ umukororombya kugeza aho isi yose ibonesherejwe n’ uwo mucyo ugizwe n’ ingabo z’ Imana isumba byose ziherekeje Umwana w’ Umuntu Umwami w’ Isabato ubwo azaba agarutse gucungura Abera bashyizweho Icyimenyetso cy’ Imana cyo kwibuka iremwa rya byose n’ Umuremyi wa byose:Ezekiyeli 9:1-11, Ezekiyeli 20:12,20, Kuva 31:12-18, Ibyahishuwe 7:1-17. Ibyo bigomba kumenywa uhereye igihe ububushakashatsi bwatangarijwe abatuye isi kuva 22/10/2019, kandi bigasobanukira Abera Bose gusa , bashyizweho icyimenyetso cy’ Imana bose , bahagariwe n’ umubare 144,000,Beza  Isabato Yera, ubwo ubutumwa bwa Marayika wa Gatatu mu ijwi rirenga , buzaba buri kwitegurwa kwamamazwa mu Isi yose y’ injijwe mu Itegeko ry’ Icyumweru kuva hagati y’itariki 7na16/2/2021 binyuze mugushyirwa mubikorwa amasezerano y’ I Parisi yo kurengera ibidukikije no kuvanaho ibikorwa byose bihumanya ikirere nk’ uko byemejwe n’ abanyamasiyansi ngo umwuka witwa Carubone(CO2) ugomba kugabanywa mukirere bitarenze umwaka wa 2030 isi yose izaba yizihiza mo intego z’ iterambere rirambye(Sustainable Development Goals mumpine SDG) ngo kuko biharenze ngo isi yose yahita igera mubihe byo kurimburwa n’ ubushyuhe bukabije kugeza ntakinyabuzima na kimwe ngo gisigaye kuri iyi si. Nyamara Imbabazi z’ Imana zo ziba zimaze Amezi 3 n’ Iminsi 15 zikuwe kubantu bose basobanukiwe n’ Ubutumwa bwa Marayika wagatatu bakaba batarahindutse mu mitima ngo biyegurire Umucunguzi Yesu Kristo watanze Amaraso Ye ngo acunguze abatuye isi bose urupfu rwe rwo ku musaraba, ngo batsindishirizwe , ubu hakurikijwe icyigereranyo cy’ Umugore wari imugongo imyaka ikaba 12 bitwerekeza ku myaka (12X360= 4320) iminsi umunsi wose Imana yawubaze nk’ Umwaka Umwe mu Kubara 14:34, Ezekiyeli 4:6  imyaka ya gihanuzi ishize uhereye igihe Nowa yarakiri umusore w’ Ingaragu ubwo  yarafite imyaka 300 gusa y’ amavuko mu mwaka wa 2300 BC, mbere ya Kristo Mu Itangiriro 6:1-22, isi ikarimbuzwa umwuzure Nowa yujuje imyaka 600 y’ amavuko yashatse mo umugore ayibyayemo abahungu ba tatu nabakazana be batatu Uwiteka yinjije mu nkuge  nyuma y’ imyaka 120 aburira abari batuye muri iyo si yicyo gihe, ubu ingana iminsi 120 ingana n’ amezi (120:30=4) amezi ane ubu aturuka 22/6/2020 kugeza 22/10/2020 yo kuburira abadivantisiti bose kwizinukwa, kwihana no kwatura biyeza bashakisha imbabazi z’ Imana zizarangira icyo gihe , zigasigara mubateza Isabato bagereranijwe n’ ubwoko bw’ Imana mu Ibyahishuwe 18:1-4 bugomba gusohoka muri Babuloni y’abasuzugura Amategeko 10 y’ Imana bateza Isabato yo mu itegeko rya kane , aribo bashushanya abarimbuwe n’ umwuzure uhereye igihe Nowa yatoranyirizwaga ubwo muri we akaba ari mo itorero ry’ Imana riboneka mu Gutegekakwakabiri 4:1-49 yari tangirije ubwo Imana yatangazaga ko Umwuka Wayo atazahora aruhanya n’abantu batumvira amategeko yayo 10  kuko ari a bantu b’ Umubiri, ahubwo Uwiteka Imana Year, ihitamo kubarimbuza Umwuzure Itoranyamo uwo yashinzeho ibuye ritangiza iri torero rimaze imyaka 12 riri imugongo muri Matayo 9:20-26 rigezweho no gusohora kw’ ubuhanuzi bw’ iminsi 2300 ko uko iyo myaka 4320 ishize ukuyemo imyaka 2300 usigarana imyaka 2020 ariyo myaka yata  no mu gushyira mu bikorwa inyandiko ya Lawudatosi(Laudato SI’) yandistwe na papa wambere w’ Umujezuwite Papa Francis, arinayo yateye papa Francis guhuruza abayobozi b’ ibihugu byose mu isi kuzitabira inama yo kuva tariki 11-18 Ukwakira 2020 ngo bemeze iyo Laudatosi, muri gahunda yo kwita k’ubidukikije mu kwirinda ibiteza ihindagurika ry’ ikirere(Climate Change) yemeza mo kuri paragarafe ya 237 ko Icyumweru cyigomba kuba Umunsi mpuza mahanga wo kuruhukwa no Gusengamo Imana mu gihe itegeko rya 4 ryo mumategeko 10 y’ Imana ritegeka ko Isabato ‘ Umunsi wa Karindwi ariyo ikwiye kuruhukwa ho n’ abatuye isi bose bumvira amategeko y’ Imana badakebakeba bakana wusenga ho uko umutima nama wabo ubibategeka, ari na byo bigiye guhagurutsa akarengane kubeza Isabato babikuye Ku Mutima batsindishirijwe batavanga ukuri n’ ibinyoma.
3. Kuva ku itariki 31/10/2017, hari hashize imaka 500 Maritini Luteri atangije ubuprotesitanti kuva itariki ya 31/10/1517.
Uhereye umwaka wa 0 ukageza mu mwaka wa 340 numa ya Yesu Kristo, iyo myaka abagize itorero rakomotse kuri Kristo, bari bakiri mo gukora umurimo w’ ubutumwa bwiza, hataravuka ubuhakani bushingie kuri Kirizia Gaturika y’ Iroma ihagarariwe n’ abapapa bafite ububasha bwitirirwa idini n’ ububasha bwa leta bukoresha intwaro zica z’ imbaraga za gisirikare.
Iyo myaka 340+500=840.
Iyufashe umwaka 2017-840=1177.
Iyu mubare 1177, uhuza ibihe bitandukanye bigari bya gihanuzi.
Kuva 340+1177=2017, ubutegetsi bwa Kiriziya gaturika bwatangiranye no gutegeka ibya leta mu mwaka 340 nyuma y’ urupfu rwa consitantino wa 2 imfura y’ umwami w’abami consitantino mukuru. Mugihe wongeyeho uyu mubare 1177 uhita ugaruka kumwaka  kiriziya gaturika y’ I Roma muri 2017 basinyishije aba porotesitanti bari barabayeho kubw’ ubugorozi bwo gukizwa ibyaha binyuze mu kwizera Yesu Kristo gusa , aho kwiringira indurugesiya, n’ imyuka y’ abazimu , aribo bita abatagatifu.
Kuva 1847+1177=3024, umwaka wa 1847 ni umwaka Uwiteka yerekeye ho Elina Wayiti ukwera kw’ Isabato mu mategeko 10 y’ Imana , iyo Ubutegetsi bwaba Jezuwiti bo muri Kiriziya Gaturika y’ I Roma, bafata nk’ umunsi uhakana Icyumweru cyigaragaza ububasha bw’ ubutegetsi bwa Papa Francisi w’ I Roma, mugihe iyo wongeye ho umubare 1177 ubona Umwaka wa 3024, Umwaka ugaragaza igihe Isabato izongera kubahirizwa mu Isi nshya, nyuma yo kumara Imyaka Igihumbi Iyi Si iriho ubusa, iboheweho Satani , abera bari mu ijuru.
Kuva mu mwaka 3024 , ukuyemo imyaka 1000 usigarana imyaka 2024, umwaka wa 2024 ugaragaza igihe Yesu azagarukira.
Ijambo ry' Umwanditsi ku musomyi W' IGITABO INTAMBARA IKOMEYE"YouTube"(Isengesho):
"Uwiteka Imana yacu Uhabwe ikuzo n' Icyubahiro, dore aho iki gitabo kigeze , mumajwi, umuntu wese uje aha abasha nawe kumva ibice byose by'iki gitabo INTAMBARA IKOMEYE mu Kinyarwanda, kandi akanakanda ahanditse download, ibice byacyo byose uko ari 42 akabikura kuri interineti akabika amajwi y' iki gitabo hafi ye , bitewe n'akarengane kegereje abeza isabato yawe Data wa twese ,akazabasha kuba aho yabisangiza n'abandi bitamusabye kuba yasubiye kuri interneti.
kandi Mwami mana yanjye ,nkaba ngusaba kumvisha abasoma iby'iyi nyandiko kurararikirwa nayo gutakambira Uwiteka Imana yacu ngo tubashe guhabwa Imbabai z' Ibyaha , no gusukirwa Umwuka Wera Mu Mvura y'itumba.
Mbisabye byose mu Izina rya Yesu Kristo Umwami n'Umukza wacu.Amen."
0.Chap 0-IJAMBO RY'IBANZE
1.Chap 1-KURIMBUKA KWA YERUSALEMU
2.Chap 2-AKARENGANE MU BINYEJANA BYA MBERE
3.Chap 3-INTANDARO YO KUGOMA
4.Chap 4- ABAVODUWA
5.Chap 5-YOHANI WYCLIFE
6.Chap 6-HUSE NA YORAMU
7.Chap 7-LUTHER YITANDUKANYA NA ROMA
8.Chap 8-LUTHER IMBERE Y'URUKIKO RW'I WORMS
9.Chap 9-ZWINGLE
10.Chap 10-AMAJYAMBERE Y'UBUGOROZI MU BUDAGE
11.Chap 11-UBUHAKANYI BW'IBIKOMANGOMA
12.Chap 12-UBUGOROZI MU BUFARANSA
13.Chap 13-IBIHUGU BYITWA PAYS-BAS
14.Chap 14-ABAGOROZI BAKURIKIYEHO MU BWONGEREZA
15.Chap 15-BIBILIYA N'IHINDURAMATWARA MU BUFARANSA
16.Chap 16-ABAPADIRI B'ABAGENZI
17.Chap 17-INTEGUZA ZO MU RUTURUTURU
18.Chap 18-UMUGOROZI W'UMUNYAMERIKA
19.Chap 19-KUVA MU MWIJIMA UJYA MU MUCYO
20.Chap 20-IVUGURURA RIKOMEYE MU ITORERO
21.Chap 21-UKUBURIRWA KUTITAWEHO
22.Chap 22-UBUHANUZI BUSOHORA
23.Chap 23-UBUTURO BWERA
24.Chap 24-AHERA CYANE
25.Chap 25-AMATEGEKO Y'IMANA NTAHINDUKA
26.Chap 26-UMURIMO W'UBUGOROZI
27.Chap 27-IVUGURURA RYO MURI IKI GIHE
28.Chap 28-ISUZUMARUBANZA
29.Chap 29-INKOMOKO Y'IKIBI
30.Chap 30-URWANGO HAGATI Y'UMUNTU NA SATANI
31.Chap 31- UMURIMO W'IMYUKA MIBI
32.Chap 32-IMITEGO YA SATANI:(Isi yagenewe kumara gusa Imyaka 6000: 4000BC+2000AD+21 Years Daniel 10:1-20,+ 1335 Days in Daniel 12:12-13"3Years 8months 15Days"=22/10/2024 Sean of Glass,-7 Days to 2nd Coming of Jesus Christ on 15/10/2024,at 01:59' a.m)
33.Chap 33-IKINYOMA GIKOMEYE CYA MBERE NA MBERE
34.Chap 34-ABAPFUYE BASHOBORA KUVUGANA N'ABAZIMA
35.Chap 35-IMICO N'IMIGAMBI Y'UBUPAPA
36.Chap 36-INTAMBARA YEGEREJE N'INTANDARO YAYO
37.Chap 37-IBYANDITSWE BYERA NI UMURINZI WACU
38.Chap 38-IMIBURO IHERUKA
39.Chap 39-IGIHE CY'UMUBABARO
40.Chap 40-GUCUNGURWA K'UBWOKO BW'IMANA (Yesu Kristo azagaruka Mugicuku)
41.Chap 41-ISI IHINDUKA UMUSAKA
42.Chap 42-IHEREZO RY'INTAMBARA:(Imyaka 6000)

Inyongera: Ushobora Gukanda kuri buri nteruro uhereye ku ya mbere ukiga ibindi byigisho bikubiyemo ubuhanuzi bujyanye n' igihe cyo kwitegura kugaruka kwa Yesu Kristo tugezemo kuva tariki 31/10/2017 kugeza tariki 15/10/2024.Yesu atungutse ku Bicu Mugicuku cya Nijoro saa 01:59'a.m:
1)NANDITSE Hano IGITABO Kikwigisha neza Inzira ikugeza ku GUTSINDISHIRIZWA"Guhabwa uburenganzira bwo kwinjira Mu Ijuru": Amagambo yakuwe muri Bibiliya n’ibitabo by’umwuka w’ubuhanuzi.
2)Igitabo cy' Intambara Ikomeye mu majwi kuri interineti,Umva ibice byose , ubikurure ho ubibike ,ubisangize n' abandi;14/06/2020
3)Listen, Read and Share Links of The Great Controversy Book Audio  All Chapters-English and in Kinyarwanda
4)2020-06-06:14h41'51''Inama y' Agakiza Yesu i Getsemani itangiranye n' itariki ya 1Nzeri2020 kugeza kw' Itegeko ry' Icyumweru 15Gashyantare 2021,Yesu azagaruka 15 Ukwakira 2024,Isaha yageze,Mwiyeze Imbabazi Z'Imana Kubeza Isabato ni 22Ukwakira 2020.by Dr.Iraguha Bandora Yves,MG,MD,RN,BScN(Hons)
5)'ICYIGISHO CYO GUTSINDISHIRIZWA' n'ITEGEKO RY'ICYUMWERU MU RWANDA May 24th 2020 to February 7th, 2021. Mwitegure Akarengane gakomeye Cyane, Ezekiyeli 36:1-38.
6) Iga Kubara umubare 666: VICARIUS FILII DEI 666, The Number of the Beast
7) Kanda Hano Udawunirodinge ikopi y' iki gitabo Integuza ya Kristo mu Kinyarwanda muri PDF.
8)[2020-06-06:14h41'51''Inama y' Agakiza Yesu i Getsemani itangiranye n' itariki ya 1Nzeri2020 kugeza kw' Itegeko ry' Icyumweru 15Gashyantare 2021,Yesu azagaruka 15 Ukwakira 2024,Isaha yageze,Mwiyeze Imbabazi Z'Imana Kubeza Isabato ni 22Ukwakira 2020.by Dr.Iraguha Bandora Yves,MG,MD,RN,BScN(Hons)

Pope Francis removed his title"Vicar of Jesus Christ!"

Copy and paste to share to 7 people /Sangiza n' abandi bantu 7,Yesu yaje twatashye:2020-06-06:14h41'51''Inama y' Agakiza Yesu i Getsemani itangiranye n' itariki ya 1Nzeri2020 kugeza kw' Itegeko ry' Icyumweru 15Gashyantare 2021,Yesu azagaruka 15 Ukwakira 2024,Isaha yageze,Mwiyeze Imbabazi Z'Imana Kubeza Isabato ni 22Ukwakira 2020. Imvura y'itumba n'ihembura rizamara amezi 3 n' iminsi 15, bizahuza na Gashyantare 7th-17th, 2021.Twatashye Yesu Yaje,Mwige Ikigisho cya 42 Intambara Ikomeye, musome Yesaya 12:1-6, Musome 1 Abami 81:66, Mubihuze na Yohana 17:1-26"17:17"Ubereshe Ukuri, Ijambo Ryawe niryo Kuri:1)Inyandiko: http://www.africanunionsc.org/2020/06/2020060614h4151getsemani-itangiranye.html  ,2) Amajwi: https://vocaroo.com/93jDG6UqbSC , 3) YouTube updates on Sunday Law movements: http://www.africanunionsc.org/2020/05/click-here-to-listen-to-updated-sunday.html
Yesu asengana umubabaro ari i Getsemani (Mat 26.36-46; Luka 22.39-46) 32. Kanda hamwe mu byigisho bine-4 bikurikira wige una bidawunirodinge ubikwirakwize muri bene data mubike ubusobanuro mu majwi:
5)Inyandiko y 'ICYIGISHO CYO GUTSINDISHIRIZWA' n'ITEGEKO RY'ICYUMWERU MU RWANDA May 24th 2020 kugeza February 7th, 2021. Mwitegure Akarengane gakomeye Cyane gatangizwa n'itariki 1 Nzeri 2020 kugeza tariki 4 Ukwakira 2020 biganisha ku Itegeko ry' Icyumweru tariki 7 Gashyanare 2021, Yesu agaruke nyuma y' Iminsi 1335 kuya 15/ Ukwakira/2024,01h59' Mu Gicuku cy' Ijoro, Ezekiyeli 36:1-38.by Dr.Iraguha Bandora Yves,MG,MD,RN,BScN(Hons)
6)AUSC Founder and President is giving this Public Warning to every person on this Earth to Remember the Sabbath Day to Keep It Holy,for We are Serving our Lord of 7th Day Holy Sabbath Jesus Christ as written in Luke 6:1-5 by sharing these Chronological Holy secrets of the Four22nds, One15th, 5Octobers, 3Tuesdays,1 Thursday and 1 Friday: 22 October 3024, 22 October 2024, 15 October 2024 ,22 October 2020, 22 October 1844 as the  United Sates of America (USA) has set this date on the National Calendar "October 22, 2020" for Popular Holidays & Observances Worldwide!! We still have by now 130 days to get on 22 October 2020.
7)Igitabo cy' Intambara Ikomeye mu majwi kuri interineti,Umva ibice byose , ubikurure ho ubibike ,ubisangize n' abandi;14/06/2020
8)Ikigisho, Menya Yesu,Ubugingo Buhoraho[2020-06-16-17h22'26'',Ikigisho, Menya Yesu,Ubugingo Buhoraho ]
9)Ikigisho, Menya uko wasenga n' Iminsi isigaye  ukakira Umwuka Wera wasezeranywe Mbere yo gushyirwaho kw' itegeko ry' icyumweru "Imvura y' Itumba"[2020-06-16-17h06'14''),Ikigisho, Menya Yesu,Ubugingo Buhoraho ]
10)19.(Intambara ikomeye: Chap 19-KUVA MU MWIJIMA UJYA MU MUCYO: Kinyarwanda),
20.(Intambara ikomeye: Chap 20-IVUGURURA RIKOMEYE MU ITORERO: Kinyarwanda),
21.(Intambara ikomeye: Chap 21-UKUBURIRWA KUTITAWEHO Kinyarwanda),
 40.[Chapter 40—God's People Delivered/The Great Controversy-Audio],(Kinyarwanda)=Aba JESUITS n'abeza Icyumweru bapfa , Abeza Isabato DUCUNGURWA.
41.[Chapter 41—Desolation of the Earth/The Great Controversy-Audio in English],(in Kinyarwanda), 42.[Chapter 42—The Controversy Ended/The Great Controversy-Audio in English],(in Kinyarwanda). INAMA y' AGAKIZA.
Bagera ahitwa i Getsemani, maze abwira abigishwa be, ati “Nimube mwicaye hano mbanze nsenge.” 33.  Ajyana Petero na Yakobo na Yohana, atangira kumirwa no guhagarika umutima cyane. 34.  Arababwira ati “Umutima wanjye ufite agahinda kenshi kenda kunyica, mugume hano mube maso.” 35.  Yigira imbere ho hato, yubama hasi, arasenga ngo niba bishoboka icyo gihe kimurenge. 36.  Ati “Aba, Data, byose biragushobokera, undenze iki gikombe, ariko bye kuba uko jyeweho nshaka, ahubwo bibe uko wowe ushaka.” 37.  Araza asanga basinziriye, abaza Petero ati “Simoni, urasinziriye? Harya ntubashije kuba maso n’isaha imwe?[Isaha1=15 iminsi ya gihanuzi, Iyi ni isaha izatangirana na tariki 1/9/2020" Creation Sunday" hatangijwe Season of Creation] 38.  Mube maso musengemutajya mu moshya. Umutima ni wo ukunze, ariko umubiri ufite intege nke.” 39.  Yongera kugenda arasenga, avuga amagambo amwe n’aya mbere.[Iyi ni indi saha1=15 iminsi ya gihanuzi] 40.  Yongera kugaruka asanga basinziriye kuko amaso yabo aremereye, ntibamenya icyo bamusubiza. 41.  Agaruka ubwa gatatu[Iyi ni indi saha1=15 iminsi ya gihanuzi] arababwira ati “Noneho nimusinzire muruhuke. Birarangiye. Igihe kirasohoye, dore Umwana w’umuntu agambaniwe mu maboko y’abanyabyaha.[Iyi ni indi saha1=15 iminsi ya gihanuzi] 42.  Nimubyuke tugende, dore ungenza ari hafi.” Bafata Yesu (Mat 26.47-56; Luka 22.47-53; Yoh 18.3-12 43.  Akibivuga, Yuda umwe muri abo cumi na babiri azana n’igitero gifite inkota n’inshyimbo, giturutse ku batambyi bakuru n’abanditsi n’abakuru. 
Yesu yasabye Abigishwa gusenga inshuro eshatu , ukongeraho inshuro eshatu Yesu yasenze ari muri Getsemani buri saha mu masaha atatu, biduha imibare isaha1 ingana n'iminsi15 ya gihanuzi X 3 inshuro Yesu yasenze muri Getsemani buri saha 1= 45 Iminsi abatsindishirijwe bagomba gusenga nkuko Yesu yasenze mugihe kingana n'inshuro 1 abigishwa birengagije twe tutagomba kwirengagiza ubu ngo tubashe kugera ikirenge mu cya Yesu Kristo ngo tubone Imbaraga yokutubashisha gushira amanga mugihe Ubugambanyi nk' Ubwa Yuda bwa Creation Sunday buzaba butangiye 1/9/2020.
Nk'uko Yesu yari yasabye Intumwa ze Gusenga Inshuro eshatu zose ntibasenze, bituma bagwa mu moshya bara mwihakana baratatana, ibyo tubihinduza Gusenga Inshuro Yesu yabasabye ntibazisenge, kuko izo nshuro zagombaga kubageza ku iherezo ry'igihe bari bari bumare muri Getsemani cyirangira i gitero cyizanywe na Yuda Kihageze, twebwe mukinyuranyo cy'izo ntumwa zari zisinziriye ntizisabe Imbaraga ya Mwuka Wera  tugomba guharanira Gusenga ubudasiba dusaba Imvura y'Itumba kuva 1/9/2020 kugeza igihe igitero cy' abagambanyi cyizaba cyiziye 7/2/2021 , bivuze ko ari igikorwa cyigomba gukorwa mugihe kigereranywa n' amasaha 3 Yesu n'abigishwa be bamaze muri Getsemani , 45iminsi X inshuro 3 ku munsi= 135 iminsi/kumasengesho. Bingana no gufata 30+15,30+15,30+15,bigatanga 30+30+30+30+15= Amezi 4 n' Iminsi 15, bikava 1/9/2020 + Amezi 4 n' Iminsi 15= 15/2/2021 aho abatsindishirijwe beza isabato bagomba kuba basenga ubudasiba bafata ibihe bidasanzwe byo kwiyiriza Ubusa.
Icyitonderwa, igihe itegeko ry' Icyumweru rizaba ritangajwe mucyumweru cyo kuva 7/2/2021 kugeza 15/2/2021 hazaba hashize amezi 3 n' iminsi 15 imbabazi z' Imana zikuwe k' Ubeza isabato bapfushije ubusa igihe baburiwe mo cyo gushakisha Imbabazi z' Imana mubutumwa bwo gutsindishirizwa n' ubuntu kubwo kwizera, bivuze ku imbabazi zizarangira mumezi ane 4 ari imbere tariki 15-22/10/2020. 
Igihe ni iki cyo kwiha Yesu, no guharanira guhabwa kwezwa na We.

Satani yahoze ari umumarayika w’umunyacyubahiro mu ijuru, akurikiye Yesu mu cyubahiro. Mu maso he, kimwe n’ah’abandi bamarayika, hari hakeye kandi hagaragara umunezero. Uruhanga rwe rwari rukenkemuye kandi rugaragaza ubwenge buhambaye. Yari afite igihagararo gitunganye; yitwaraga neza kandi afite icyubahiro giheranije. Ariko igihe Imana yabwiraga Umwana wayo iti: “Tureme umuntu agire ishusho yacu, ase natwe,” Satani yagiriye Yesu ishyari. Yifuzaga ko nawe yagombye kugishwa inama mu byerekeye kurema umuntu, bityo kubera ko atayigishijwe, yuzuwe n’igomwa, ishyari n’urwango. Yifuzaga ko ari we wahabwa icyubahiro kuruta abandi bose mu ijuru akaba ukurikiye Imana. IZ 125.1
Kugeza icyo gihe, ijuru ryose ryarangwagamo gahunda, ubwumvikane no kumvira ubuyobozi bw’Imana. Kwigomeka kuri gahunda y’Imana n’ubushake bwayo cyabaye icyaha ndengakamere. Ijuru ryose ryabaye nk’irihungabanye. Abamarayika bose bari bagabanyijwemo imitwe, buri mutwe wari uyobowe n’umumarayika ukomeye. Satani wari ufite imigambi yo kwikuza kandi akaba atarashakaga kuyoboka ubutegetsi bwa Yesu, yakoranaga amayere agamije kurwanya ubuyobozi bw’Imana. Bamwe mu bamarayika bifatanyije na Satani muri uko kwigomeka kwe, ariko abandi baharanira bidasuburwaho icyubahiro n’ubwenge Imana yagaragaje igihe yahaga Umwana wayo ububasha. Hagati y’abamarayika ubwabo habayeho kutumvikana. Satani n’abambari be bakoraga uko bashoboye ngo barebe ko bahindura ubuyobozi bw’Imana. Bifuzaga kwinjira mu bwenge bwayo butabasha kugenzurwa, no kumenya impamvu yatumye Imana ikuza Yesu ikamuha ububasha n’ubuyobozi nk’ubwo bitagira aho bigarukira. Bigometse ku butware bwa Yesu. Ingabo zo mu ijuru zose zarahamagawe ngo zize imbere ya Data wa twese kugira ngo ingingo yose ifatirwe umwanzuro. Aho ni ho hafatiwe umwanzuro ko Satani n’abamarayika bose bifatanyije na we mu kwigomeka bacibwa mu juru. Noneho mu ijuru haba intambara. Abamarayika bitabira urugamba; Satani yashakaga gutsinda Umwana w’Imana hamwe n’abumviraga ubushake bwe. Ariko abamarayika beza kandi b’indahemuka baratsinze, maze Satani n’abamuyobotse birukanwa mu ijuru. IZ 125.2
Nyuma y’aho Satani n’abacumuranye nawe baciwe mu ijuru, kandi amaze kubona ko amaze gutakaza burundu ubutungane n’ikuzo by’ijuru, yaricujije maze yifuza ko yakongera agasubizwa mu ijuru. Yashakaga gusubira mu mwanya yahozemo cyangwa se agahabwa undi mwanya uwo ari wo wose yagenerwa. Ariko ntibyari bigishobotse; ijuru ntiryagombaga kujya kwishyira mu kaga. Iyo agarurwa mu ijuru, ijuru ryose ryajyaga kwandura kuko ari we icyaha cyari cyakomotseho kandi imbuto zo kwigomeka zari zimurimo. Satani n’abamuyobotse bararize, binginga basaba ko bagarurwa imbere y’Imana. Nyamara icyaha cyabo (urwango rwabo, igomwa n’ishyari byabo) cyari gikabije cyane ku buryo Imana itajyaga kucyibagirwa ngo igihanagure. Cyagombaga kugumaho kugeza ubwo kizahabwa igihano cyacyo giheruka. IZ 125.3
Ubwo Satani yasobanukirwaga mu buryo bwuzuye ko bitakimushobokeye kongera gusubizwa imbere y’Imana, ubucakura bwe n’urwango byatangiye kwigaragaza. Yagiye inama n’abamarayika be maze bacura umugambi wo gukomeza kurwanya ubutegetsi bw’Imana. Igihe Adamu na Eva batuzwaga mu busitani bwiza bwa Edeni, Satani yacuraga umugambi wo kubarimbura. Nta buryo na bumwe uyu muryango wari unezerewe wajyaga kubuzwa umunezero wawo iyo uza kumvira Imana. Iyo badasuzugura Imana kandi ngo bakerense ubuntu bwayo, imbaraga ya Satani ntiyari kubahangara. Kubw’ibyo rero umugambi wagombaga gucurwa kugira ngo Adamu na Eva batezwe kutumvira bityo bikururire uburakari bw’Imana maze Satani n’abamarayika be babigarurire. Satani yafashe ingamba zo kwiyoberanya kandi akererekana ko yitaye ku muntu. Yagombaga kurwanya ukuri kw’Imana kandi agatuma habaho gushidikanya ko ibyo Imana yavuze ari ko bisobaye koko. Noneho kandi yagombaga kubatera amatsiko maze bagatangira gushaka kwinjira mu migambi itarondoreka y’Imana ( ari nacyo cyaha Satani ubwe yakoze) ndetse bagashaka kumenya impamvu Imana yababujije kurya ku giti kimenyekanisha icyiza n’ikibi. IZ 126.1
Abamarayika baziranenge bahoraga basura ubusitani bwa Edeni, bakigisha Adamu na Eva uburyo bagomba kwita kuri ubwo busitani kandi bakabigisha ibijyanye n’uburyo habayeho kwigomeka kwa Satani no gucumura kwe. Abamarayika baburiye Adamu na Eva ko bagomba kwirinda Satani kandi babaha amabwiriza y’uko batagomba gutandukana mu byo bazaba bakora byose, kuko baramutse babikoze bajyaga guhura n’uwo mwanzi wacumuye. Nanone kandi abamarayika babihanangirije ko bagomba gukurikiza amabwiriza Imana yabahaye badakebakeba, kuko bajyaga kugira umutekano ari uko bumviye rwose. Kubw’ibyo, uyu mwanzi wacumuye ntiyari gushobora kubigarurira. IZ 126.2
Satani yatangiriye umurimo we kuri Eva, amuteza kutumvira. Eva yatangiye ajya kuzerera kure y’umugabo we, noneho akurikizaho gutambagira ahakikije igiti bari babujijwe, maze amaherezo agera aho atega amatwi ijwi ry’umushukanyi ndetse ahangara gushidikanya ibyo Imana yavuze ngo: “Umunsi mwakiriyeho no gupfa muzapfa.” Eva yatekereje ko ahari ibyo Imana yavuze atari byo yari igambiriye kubabwira, maze arihandagaza arambura ukuboko kwe, asoroma ku mbuto za cya giti maze ararya. Izo mbuto zari zinogeye amaso kandi ziryoshye bitangaje. Icyakurikiyeho ni uko Eva yagize ishyari yibwira ko Imana yari yarababujije ibyari bibabereye byiza, nuko aha n’umugabo we kuri izo mbuto, maze aba aramushutse. Yatekerereje Adamu ibyo inzoka yamubwiye byose maze amugaragariza uko yatangajwe n’uko inzoka yari ifite ubushobozi bwo kuvuga. IZ 126.3
Nabonye mu maso ha Adamu huzuye umubabaro. Yagaragaye afite ubwoba kandi yumiwe. Yasaga n’ufite intambara mu ntekerezo ze. Yumvise adashidikanya ko ari wa mwanzi bari baraburiwe kuzirinda, kandi ko umugore we agomba gupfa. Bagombaga gutandukana. Urukundo yakundaga Eva rwari rukomeye cyane, maze kubwo gucika intege bikabije yiyemeza gupfana na we. Yafashe urwo rubuto ahita arurya vuba vuba. Nuko Satani arishima.Yari yarigomekeye mu ijuru, kandi yari yarabonye abifatanya nawe bamukundaga ndetse bamukurikiye muri uko kwigomeka kwe. Yari yaracumuye maze atuma n’abandi bacumurana nawe. Satani yari yashutse umugore atuma atiringira Imana, amutera kwibaza ku bwenge bwayo ndetse ashaka kwinjira mu migambi yayo yuje ubwenge butarondoreka. Satani yari azi ko umugore atazacumura wenyine. Bitewe n’urukundo Adamu yakundaga Eva, yasuzuguye itegeko ry’Imana maze acumurana n’umugore we. IZ 127.1
Inkuru yo gucumura k’umuntu isakara mu ijuru. Inanga zose zacurangwaga ziracecekeshwa. Kubera umubabaro, abamarayika biyambura amakamba yo ku mitwe yabo maze bayajugunya hasi. Ijuru ryose rirakangarana. Inama iraterana kugira ngo hafatwe umwanzuro w’ikigomba gukorerwa Adamu na Eva bacumuye. Abamarayika batinyaga ko Adamu na Eva barambura ukuboko kwabo maze bakarya ku giti cy’ubugingo bityo bakaba bahinduka abanyabyaha badapfa. Nyamara Imana yavuze ko izirukana mu busitani abo bacumuye. Abamarayika bahise boherezwa bajya kurinda inzira ijya ku giti cy’ubugingo. Byari umugambi wizwe neza wa Satani ko Adamu na Eva bagomba gusuzugura Imana, ikabazinukwa, maze noneho bakanarya ku giti cy’ubugingo bigatuma baramira mu cyaha no mu kutumvira, maze icyaha kikazahoraho iteka ryose. Ariko abamarayika boherejwe kujya kubasohora mu busitani bwa Edeni ndetse no gufunga inzira yerekeza ku giti cy’ubugingo. Buri wese muri abo bamarayika bakomeye yari afite ikintu cyasaga n’inkota irabagirana mu kuboko kwe kw’iburyo. IZ 127.2
Noneho Satani yari atsinze. Kubwo gucumura kwe yatumye abandi bagira umubabaro. Yari yarirukanwe mu ijuru, none n’abandi bari birukanwe muri Paradiso. IZ 127.3

Ubwo byagaragaraga ko umuntu azimiye kandi ko n’isi Imana yari yararemye igiye kuzurwaho n’ibiremwa bipfa bigomba guhura n’imibabaro, uburwayi n’urupfu, ndetse ko nta makiriro umunyabyaha afite, agahinda n’umubabaro byuzuye ijuru ryose. Umuryango wose wa Adamu wagombaga gupfa. Noneho nabonye Yesu mwiza maze mbona mu maso he hagaragara impuhwe n’agahinda. Bidatinze namubonye yegera umucyo urabagirana cyane wari ugose Data wa twese. Marayika twagendanaga yaravuze ati: “Ari kugirana na Se ikiganiro gikomeye.” Igihe Yesu yaganiraga na Se, abamarayika barushijeho guhagarika umutima. Wa mucyo urabagirana ugose Data wa twese wadukingirije Yesu incuro eshatu, maze ku ncuro ya gatatu arasohoka ava kwa Se nuko turamubona. Mu maso ye hari hatuje, nta gihangayikishije cyangwa ikibabaje cyaharangwaga, kandi harabagiranaga ubwiza butasobanurwa mu magambo. Yamenyesheje ingabo zo mu ijuru ko umuntu wacumuye yabonewe icyanzu cyo gukiriramo. Yazibwiye ko yahoze yinginga Se ndetse ko yagambiriye gutanga ubugingo bwe kugira ngo bube incungu, yishyireho igihano cy’urupfu, bityo kubwe umuntu abashe kubona imbabazi; ndetse kubw’amaraso ye no kubwo kumvira amategeko y’Imana, abantu babashe kubona imbabazi z’Imana kandi bazagarurwe muri bwa busitani bwiza, barye no ku mbuto z’igiti cy’ubugingo. IZ 127.4
Mbere na mbere abamarayika ntibashoboraga kwishima; kuko Umugaba wabo atashoboraga kugira icyo abahisha, ahubwo yababwiriye ku mugaragaro iby’inama y’agakiza. Yesu yabwiye abamarayika ko agiye guhagarara hagati y’umuntu wacumuye n’uburakari bwa Se. Yababwiye ko azemera kwishyiraho icyaha (ubugome) no gusuzugurwa, nyamara ko bake ari bo bazamwakira nk’Umwana w’Imana. Hafi y’abantu bose bajyaga kumwanga no kumwamagana. Yajyaga gusiga ikuzo rye ryose mu ijuru, akaza ku isi ari umuntu, akicisha bugufi nk’umuntu, we ubwe kubyo yagombaga kunyuramo agahura n’ibigeragezo binyuranye byajyaga kwibasira umuntu kugira ngo amenye uko atabara abajyaga kugeragezwa, maze ku iherezo, ubwo yari kuzaba arangije umurimo we nk’umwigisha, atangwe mu maboko y’abana b’abantu, yihanganire ubugome hafi ya bwose n’imibabaro yose Satani n’abamarayika be bashoboraga kwigisha abantu babi ngo bayimuteze. Yajyaga gupfa urupfu rw’agashinyaguro rurenze izindi mpfu, akabambwa hagati y’isi n’ijuru nk’umunyabyaha ruharwa. Yababwiye kandi ko azagerwaho n’amasaha ateye ubwoba y’umubabaro ukaze n’abamarayika ubwabo batashoboraga kubura amaso ngo barebe ahubwo bari kuzapfuka mu maso yabo ngo batabireba. Ntiyajyaga kuzagerwaho n’umubabaro w’umubiri gusa, ahubwo yagombaga no kubabazwa mu ntekerezo ku buryo uwo mubabaro utajyaga kuba wagereranywa na gato n’uw’umubiri. Uburemere bw’ibyaha by’abari ku isi bose bwajyaga kumugerekwaho. Yabwiye abamarayika ko azapfa maze akazuka ku munsi wa gatatu, kandi ko azazamuka akajya kwa Se kugira ngo asabire umunyabyaha utumvira. IZ 128.1
Abamarayika bikubise imbere ye baramuramya. Bemeye gutanga ubugingo bwabo. Yesu yababwiye ko kubwo urupfu rwe azakiza benshi, ko ubugingo bw’umumarayika butabasha kwishyura umwenda w’icyaha. Ubugingo bwe bwonyine nibwo bwashoboraga kwemerwa na Se kugira ngo bube incungu y’umuntu. Yesu kandi yanababwiye ko hari uruhare nabo bazagira, ari rwo rwo kuba hamwe nawe kandi bakazajya kumukomeza mu bihe binyuranye. Yababwiye ko azambara kamere y’umuntu wacumuye, ndetse ko imbaraga ze zitazaba zingana n’izabo ubwabo; ko bazibonera gusuzugurwa kwe n’imibabaro ye ikomeye; ndetse ko nibabona imibabaro ye n’urwango abantu bazamugirira bazagira agahinda kenshi maze kubera urukundo bamukunda bakifuza kuza kumutabara ngo bamukize abo bicanyi. Nyamara yababwiye ko batagombaga kugoboka ngo bagire icyo babuza gukorwa. Yabamenyesheje ko bazagira uruhare mu izuka rye, ko umugambi w’agakiza wamaze gutegurwa ndetse ko Se yamaze kuwemera. IZ 128.2
Yesu yuzuye agahinda kuje ubuziranenge, yahumurije kandi akomeza abamarayika maze abamenyesha ko ku iherezo azabana n’abo agiye kuzacungura ndetse ko kubw’urupfu rwe azaba incungu ya benshi kandi akarimbura ufite imbaraga z’urupfu. Kandi ko Se azamuha ubwami bwo munsi y’ijuru no gukomera kwabwo bukazaba ubwe iteka ryose. Satani n’abanyabyaha bazarimburwa burundu ubutazongera guhungabanya ijuru cyangwa isi izaba yagizwe nshya itunganye. Yesu yasabye abamarayika gufatanya na we muri uwo mugambi Se yari yemeye kandi bagashimishwa n’uko kubw’urupfu rwe umuntu wacumuye azongera kuzamurwa kugira ngo ababarirwe n’Imana ndetse yishimire kuba mu ijuru. IZ 129.1
Ubwo ni bwo ibyishimo bitavugwa byasakaye ijuru ryose, maze ingabo zo mu ijuru ziririmba indirimbo zo kuramya no gusingiza. Bafashe inanga zabo maze bacuranga ijwi riranguruye birenze uko bari barigeze gucuranga bitewe n’imbabazi z’Imana zitagerwa ndetse no kwicisha bugufi kwayo bigaragariye mu gutanga Umwana wayo ikunda kugira ngo apfire ubwoko bw’ibyigomeke. Nuko mu ijuru hasakara ibisingizo no kuramya kubwo kwiyanga kwa Yesu n’igitambo cye, ubwo yemeraga kuva mu gituza cya Se maze agahitamo ubuzima bw’imibabaro n’agahinda ndetse n’urupfu rw’agashinyaguro kugira ngo abashe guhesha abandi ubugingo. IZ 129.2
Marayika yaravuze ati: “Mbese mutekereza ko Data wa twese yatanze Umwana we akunda cyane bitamugoye? Oya, oya rwose.” Byari bikomereye Imana yo mu ijuru kuba yareka abanyabyaha bakarimbuka cyangwa gutanga Umwana wayo ikunda akabapfira. Abamarayika bari bitaye cyane ku gakiza k’umuntu ku buryo muri bo hajyaga kubonekamo abemera guhara icyubahiro cyabo maze bagatangira ubugingo bwabo umuntu wari ugiye kurimbuka. Marayika twagendanaga yaravuze ati: “Ariko ibyo ntacyo byajyaga kugeraho.” Icyaha cyari cyakozwe cyari gikomeye cyane ku buryo ubugingo bwa marayika butajyaga kwishyura umwenda wacyo. Nta kindi uretse urupfu rw’Umwana w’Imana no gusabirwa na we, ibyo byonyine ni byo byajyaga kwishyura umwenda no gukiza umuntu wazimiye bikamuvana mu bwihebe n’ubuhanya. IZ 129.3
Ariko umurimo abamarayika bahawe wabaye uwo kuzajya bamanuka kandi bakazamuka mu ijuru bazanywe no gukomeza no guhumuriza Umwana w’Imana mu mibabaro ye kandi bakanamukorera. Umurimo wabo kandi wagombaga kuba uwo kurinda no kwita ku bagiriwe ubuntu, bakabarinda abamarayika babi n’umwijima uhora ubagota woherejwe na Satani. Neretswe ko bitashobokaga ko Imana yahindura amategeko yayo kugira ngo ikize uwazimiye, umuntu wari ugiye kurimbuka. Kubw’ibyo, yemeye gutanga Umwana wayo ikunda kugira ngo apfe kubw’icyaha cy’umuntu. IZ 129.4
Kubwo gutera umuntu gucumura, Satani yongeye kwishimana n’abamarayika be ko ashoboye gutuma Umwana w’Imana amanuka akava mu mwanya we w’icyubahiro. Yabwiye abamarayika be ko Yesu naramuka yiyambitse kamere y’umuntu wacumuye azamutsinda bityo akaburizamo isohozwa ry’inama y’agakiza. IZ 130.1
Neretswe Satani nk’uko yahoze kera akiri marayika unezerewe kandi ufite icyubahiro. Nongeye kandi kumwerekwa uko ameze ubu. Aracyafite ishusho ya cyami. Ikimero cye kiracyahebuje nubwo ari umumarayika waguye. Ariko mu maso he huzuye ishavu, gutentebuka, umubabaro, ubugome, urwango, kudatuza, ubushukanyi, n’ububi bw’uburyo bwose. Nabonye by’umwihariko rwa ruhanga rwe rwahoze rurabagirana. Uruhanga rwe rwari rwaratangiye kuzinga iminkanyari uhereye ku maso ye. Nabonye ko ingeso ze zose zahoze ari nziza bitangaje zangiritse bitewe no guhora yibwira ibibi igihe kirekire, kandi ibimenyetso by’ikibi cyose byamurangwagaho. Amaso ye yari yuzuye ubucakura kandi atyaye. Yari mugari mu gihagararo, ariko umubiri wo ku maboko ye no mu maso he wasaga n’udafashe. Ubwo namwitegerezaga, ukuboko kwe kw’ibumoso kwari gufashe ku kananwa. Yasaga n’uri kwibaza cyane byimbitse. Mu maso he hagaragaje kumwenyura, ariko uko kumwenyura kwanteye guhinda umushyitsi kuko kwari kuzuye ibibi n’ubucakura bwe. Iyo nseko ni yo agira mbere y’uko acakira uwo yibasiye, kandi iyo abohera umuhigo we mu mitego, iyo nseko ihinduka mbi bitavugwa. IZ 130.2
The Book Great Controversy in Audio: Igitabo Intambara Ikomeye mu majwi
0.[Chapter 00- Introduction/The Great Controversy-Audio],(Chap 0-IJAMBO RY'IBANZE in Kinyarwanda )
Mariko 14:1-72
Bajya inama yo kwica Yesu (Mat 26.1-5; Luka 22.1-2; Yoh 11.45-53)
1.
Hari hasigaye iminsi ibiri hakabaho iminsi mikuru ya Pasika, ari yo bariramo imitsima idasembuwe. Abatambyi bakuru n’abanditsi bashaka uburyo bwo koshyoshya Yesu, ngo babone uko bamufata bamwice,
2.
ariko baravuga bati “Twe kumufata mu minsi mikuru, bidatera abantu imidugararo.”
Yesu asigirwa amavuta mu nzu ya Simoni w’umubembe (Mat 26.6-13; Yoh 12.1-8)
3.
Ubwo Yesu yari i Betaniya mu nzu ya Simoni umubembe yicaye arya, haza umukobwa ufite umukondo w’amavuta meza y’igiciro cyinshi cyane, ameze nk’amadahano y’agati kitwa narada, nuko amena umukondo amavuta ayamusuka ku mutwe.
4.
Bamwe muri bo bararakara bati “Aya mavuta apfushirijwe iki ubusa,
5.
ko yajyaga kugurwa idenariyo zisaga magana atatu zigahabwa abakene?” Baramwivovotera.
6.
Ariko Yesu arababwira ati “Nimumureke! Muramuterera iki agahinda ko angiriye neza cyane?
7.
Abakene bo muba muri kumwe na bo iteka, kandi aho mwashakira mwabagirira neza, ariko jyeweho ntituzahorana iteka.
8.
Akoze uko ashoboye, abanje kunsiga amavuta ku mubiri, kuwutunganiriza guhambwa.
9.
Ndababwira ukuri yuko aho ubutumwa bwiza buzigishirizwa hose mu isi yose, icyo uyu mugore ankoreye kizavugirwa kugira ngo bamwibuke.”
Yuda agambanira Yesu (Mat 26.14-16; Luka 22.3-6)
10.
Nuko Yuda Isikariyota wari umwe muri abo cumi na babiri, asanga abatambyi bakuru ngo abamugambanireho.
11.
Babyumvise baranezerwa, basezerana kumuha ifeza. Ashaka uburyo yamubagenzereza.
Yesu n’abigishwa be basangira ibya Pasika (Mat 26.17-25; Luka 22.7-14,21-23; Yoh 13.21-30)
12.
Nuko ku munsi wa mbere w’iyo minsi y’imitsima idasembuwe, ari wo babagiraho umwana w’intama wa Pasika, abigishwa be baramubaza bati “Urashaka ko tujya he ngo tugutunganirize ibya Pasika ngo ubirye?”
13.
Atuma babiri mu bigishwa be arababwira ati “Mujye mu murwa, umugabo muri buhure wikoreye ikibindi cy’amazi mumukurikire.
14.
Aho ari bwinjire mubwire nyir’urugo muti ‘Umwigisha arababaza ngo: Icumbi rye riri hehe, aho ari busangirire ibya Pasika n’abigishwa be?’
15.
Nuko ari bubereke icyumba cyo hejuru gishashwemo giteguwe, abe ari mo mudutunganiriza.”
16.
Abigishwa baragenda bajya mu murwa, babisanga uko yabibabwiye, batunganya ibya Pasika.
17.
Bugorobye azana n’abo cumi na babiri.
18.
Bicaye barya, Yesu arababwira ati “Ndababwira ukuri yuko umwe muri mwe, uwo dusangira ari bungambanire.”
19.
Batangira kubabara bamubaza umwe umwe bati “Ni jye?”
20.
Arabasubiza ati “Umwe muri mwebwe cumi na babiri, uwo duhuriza amaboko ku mbehe, ni we uwo.
21.
Umwana w’umuntu aragenda nk’uko byanditswe kuri we, ariko uwo muntu ugambanira Umwana w’umuntu azabona ishyano! Ibyajyaga kumubera byiza ni uko aba atavutse.”
Yesu atanga Ifunguro ryera (Mat 26.26-30; Luka 22.14-20; 1 Kor 11.23-25)
22.
Bakirya yenda umutsima, amaze kuwushimira arawumanyagura, arawubaha arababwira ati “Nimwakire, uyu ni umubiri wanjye.”
23.
Yenda igikombe, amaze kugishimira arakibaha banywera ho bose.
24.
Arababwira ati “Aya ni amaraso yanjye y’isezerano rishya, ava ku bwa benshi.
25.
Ndababwira ukuri yuko ntazongera kunywa ku mbuto z’imizabibu, kugeza umunsi nzasangirira namwe vino nshya mu bwami bw’Imana.”
26.
Bamaze kuririmba barasohoka, bajya ku musozi wa Elayono.
Yesu ahanura ko Petero ari bumwihakane gatatu (Mat 26.31-35; Luka 22.31-34; Yoh 13.36-38)
27.
Maze Yesu arabwira ati “Mwese muri bugushwe, kuko byanditswe ngo ‘Nzakubita umwungeri, intama zisandare.’
28.
Ariko nimara kuzurwa, nzababanziriza kujya i Galilaya.”
29.
Ariko Petero aramubwira ati “Naho bose bari buhemuke, ariko jye sindi buhemuke.”
30.
Yesu aramubwira ati “Ndakubwira ukuri yuko muri iri joro rya none, inkoko itarabika kabiri, wowe ubwawe uri bunyihakane gatatu.”
31.
Ariko we arirenga arahamya ati “N’aho byatuma mpfana nawe, sindi bukwihakane na hato.” Nuko bose bavuga batyo.
Yesu asengana umubabaro ari i Getsemani (Mat 26.36-46; Luka 22.39-46)
32.
Bagera ahitwa i Getsemani, maze abwira abigishwa be, ati “Nimube mwicaye hano mbanze nsenge.”
33.
Ajyana Petero na Yakobo na Yohana, atangira kumirwa no guhagarika umutima cyane.
34.
Arababwira ati “Umutima wanjye ufite agahinda kenshi kenda kunyica, mugume hano mube maso.”
35.
Yigira imbere ho hato, yubama hasi, arasenga ngo niba bishoboka icyo gihe kimurenge.
36.
Ati “Aba, Data, byose biragushobokera, undenze iki gikombe, ariko bye kuba uko jyeweho nshaka, ahubwo bibe uko wowe ushaka.”
37.
Araza asanga basinziriye, abaza Petero ati “Simoni, urasinziriye? Harya ntubashije kuba maso n’isaha imwe?
38.
Mube maso musenge, mutajya mu moshya. Umutima ni wo ukunze, ariko umubiri ufite intege nke.”
39.
Yongera kugenda arasenga, avuga amagambo amwe n’aya mbere.
40.
Yongera kugaruka asanga basinziriye kuko amaso yabo aremereye, ntibamenya icyo bamusubiza.
41.
Agaruka ubwa gatatu arababwira ati “Noneho nimusinzire muruhuke. Birarangiye. Igihe kirasohoye, dore Umwana w’umuntu agambaniwe mu maboko y’abanyabyaha.
42.
Nimubyuke tugende, dore ungenza ari hafi.”
Bafata Yesu (Mat 26.47-56; Luka 22.47-53; Yoh 18.3-12
43.
Akibivuga, Yuda umwe muri abo cumi na babiri azana n’igitero gifite inkota n’inshyimbo, giturutse ku batambyi bakuru n’abanditsi n’abakuru.
44.
Ariko umugambanira yari yabahaye ikimenyetso ati “Uwo ndi busome, ni we uwo. Mumufate, mumujyane mumukomeje.”
45.
Nuko asohoye, uwo mwanya aramwegera aramubwira ati “Mwigisha”, aramusomagura.
46.
Baramusumira, baramufata.
47.
Maze umwe mu bahagaze aho akura inkota, ayikubita umugaragu w’umutambyi mukuru amuca ugutwi.
48.
Yesu arababaza ati “Harya muhurujwe no kumfata nk’uko muzira umwambuzi, mufite inkota n’inshyimbo?
49.
Iminsi yose nahoranaga namwe mu rusengero nigisha ko mutamfashe? Ariko ibi bibereyeho kugira ngo ibyanditswe bisohore.”
50.
Maze abe bose baramuhana barahunga.
51.
Nuko umusore umwe amukurikira yifubitse umwenda w’igitare, baramufata
52.
basigarana umwenda we, ahunga yambaye ubusa.
Abatambyi bacira Yesu urubanza rwo gupfa (Mat 26.57-68; Luka 22.54-55,63-71; Yoh 18.13-14,19-24)
53.
Bajyana Yesu ku mutambyi mukuru, nuko abatambyi bakuru bose n’abakuru n’abanditsi bamuteraniraho.
54.
Petero amukurikira arenga ahinguka, agera no mu rugo rw’umutambyi mukuru, yicarana n’abagaragu yota umuriro.
55.
Nuko abatambyi bakuru n’abanyarukiko bose bashaka Yesu ho ibirego ngo babone uko bamwica, barabibura.
56.
Nubwo abamubeshyeraga bari benshi, amagambo yabo ntiyari ahuye.
57.
Bamwe barahaguruka baramubeshyera bati
58.
“Twumvise avuga ati ‘Nzasenya uru rusengero rwubatswe n’intoki, nubake urundi mu minsi itatu rutubatswe n’intoki.’ ”
59.
Nyamara n’ayo magambo yabo ntiyari ahuye.
60.
Umutambyi mukuru arahaguruka ahagarara hagati, abaza Yesu ati “Mbese ntiwiregura na hato? Ntiwumvise ibyo aba bakureze?”
61.
Aricecekera ntiyagira icyo amusubiza. Umutambyi mukuru yongera kumubaza ati “Mbese ni wowe Kristo koko, Umwana w’Imana idahinyuka?”
62.
Yesu aramusubiza ati “Ndi we, kandi muzabona Umwana w’umuntu yicaye iburyo bw’ubushobozi bw’Imana aje ku bicu byo mu ijuru.”
63.
Umutambyi mukuru abyumvise atyo ashishimura imyenda ye ati “Turacyashakira iki abagabo?
64.
Dore noneho mwiyumviye kwigereranya kwe. Muratekereza iki?” Bose bamucira urubanza, ngo akwiriye kwicwa.
65.
Bamwe baherako bamucira amacandwe, bamupfuka mu maso, bamukubita ibipfunsi bati “Hanura.” N’abagaragu bamukubita inshyi.
Petero yihakana Yesu (Mat 26.69-75; Luka 22.56-62; Yoh 18.25-27)
66.
Ubwo Petero yari akiri hanze mu rugo haza umwe mu baja b’umutambyi mukuru,
67.
abonye Petero yota umuriro, aramwitegereza aramubwira ati “Nawe wari kumwe na Yesu w’i Nazareti.”
68.
Na we arabihakana ati “Ibyo uvuze sinzi ibyo ari byo, kandi simbimenye”, maze arasohoka. Ageze mu bikingi by’amarembo inkoko irabika.
69.
Umuja amubonye aherako yongera kubwira abahagaze aho ati “Uyu ni uwo muri bo.”
70.
Na we yongera kubihakana. Hashize umwanya muto, abahagaze aho bongera kubwira Petero bati “Uri uwo muri bo rwose kuko uri Umunyagalilaya.”
71.
Na we atangira kwivuma no kurahira ati “Sinzi uwo muntu muvuga uwo ari we.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp72.
Muri ako kanya inkoko ibika ubwa kabiri. Petero yibuka ijambo Yesu yari yamubwiye ati “Inkoko itarabika kabiri, uri bunyihakane gatatu.” Ariyumvira, agira agahinda kenshi ararira.


1.Kinyarwanda Version Holy Bible:
 Ibyahishuwe 13:1-18 ,Daniyeli 12:1-13,:"New World Order" to begin 7th February 2021. Kubwiriza ubutumwa bwa Marayika wa Gatatu mu ijwi rirenga bivuze ku rwanya Ubutegetsi bwa New World Order ishingiye ku Itegeko ry' Icyumweru rizaturuka muri leta zunze ubumwe za Amerika (USA) kuva 7 Gashyantare 2021 kugeza iherezo ry'iminsi 1260, 1290, 1335 Yesu akagaruka kurangiza Ubugome bw' ubupapa n'ubuyobozi bwa leta zose zo kwisi bukorera inyungu za Vatikani muguhatira abaturage bazo kwica Itegeko rya 4 ryo Kuruhuka Umunsi werejwe Uwiteka w' isabato yo ku munsi wa 7. Ubugome bw'iyi Si Ihurijwe mu kuruhuka Umunsi wa mbere w'icyumweru cyirema ariwo Ku Cyumweru cyatojwe isi yose na Vatikani butesha agaciro itegeko rya 4 ryo muri Bibiriya Kuva 20:8-11, Bizatuma abatuye Isi bose bacumurira icyarimwe mu maso y'Imana biheshe akaga ISI yose hatangire Ibyago 7 by'Imperuka mumwaka wa 2024 mukwezi kwa Gashyantare, Icyago cya 5 mu ibyahishuwe 9:1-12 Yesu yise Ishyano rya Mbere cyizamara amezi 5 kizarangira itariki ya 31/7/2024 ku iherezo ry' iminsi 1260 ingana n'amezi 42 yo mu ibyahishuwe 11:1-4 no mu ibyahishuwe 13:5 bingana Igihe Ibihe n' Igice cy' Igihe yo muri Daniyeli 12:7 bingana n' imyaka 3 n' amezi 6 abarwa uturutse itariki 7/2/2021, Icyago cya 6 mu ibyahishuwe 9:12-21 Yesu yise Ishyano rya Kabiri cyizamara ukwezi 1 kizarangira itariki ya 31/8/2024 ku iherezo ry' iminsi 1290 ingana n'amezi 43 yo muri Daniyeli 12:11 cyizarangiza ubutegetsi bwa New World Order bushingiye kukwica Itegeko rya 4 ry'Imana buhatira abatuye isi kuruhuka Icyumweru buzarangirira mu cyago cya 6 gitangira kuva 1/8/2024 kugeza 31/8/2024 ku iherezo ry' iminsi 1290 yo muri Daniyeli 12:11, hagatangira Icyago cya 7 mu ibyahishuwe 11:1-19 Yesu yise Ishyano rya Gatatu cyizamara ukwezi 1 n' iminsi 15 kizarangira itariki ya 15/10/2024 ku iherezo ry' iminsi 1335 ingana n'amezi 44 n' iminsi 15 yo muri Daniyeli 12:12 aho umuhanuzi Daniyeli yabwiwe ko agomba kwigendera akaba aruhuka agategereza ku iherezo ry'iyo minsi 1335, kuko iyi minsi 1335 itangira hashyizweho Icyizira cy' umurimbuzi w' Umujezuwite w' i Roma ariwe papa Francis ngo asimbuze icyumweru ikiruhuko cyerejwe uwiteka Isabato yo mumategeko 10 y' Imana bitere isi yose kwica amategeko yose icyarimwe 10 kuko iyo wishe itegeko rimwe gusa uba wishe amategeko yose 10 bigatuma Imana ikwanga urwango nk' urwo yanze Satani uwo mwanzi wayo wishe Umwana w'Imana uzafatikanya n' Abeza icyumweru bose igihano cy'icyaha iyo minsi 1335 nirangira 15/10/2024 ubwo umuhanuzi Daniyeli azahagarara mu mwanya we , nk'uko yesu kristo yasabye Abeza isabato bose bamutegereje ko uzasoma ibijyanye n'Icyizira cy' umurimbuzi azabyitondera nk'uko byanditswe n' umuhanuzi daniyeli abyitondeye Matayo 24:15 ihura n' Ibyahishuwe 13:18 inyamanswa ifite umubare w' Inyamanswa "666" w' izina ry' ubutegetsi ryitwa umusimbura w' umwana w' Imana ku ISI ikomora ku bwami bwa Gipagani bw' Abaromani bwategetse is yose kugeza uyu munsi  bivuga kwiga neza ibijyanye n' ubutegetsi bw' inyamanswa ya 4 aho ubutegetsi bwayo bwose buboneka mugitabo cya Daniyeli no mugitabo cy' Ibyahishuwe, ndetse no kwiga ibyiyo nyamanswa ikorera mumyaka yayo yose yashize n' isigaye ngo ubutegetsi bwayo burangizwe n' Ibuye ritaranduwe n' intoki z' Umuntu ngo ubutegetsi bwose bwo ku isi buharwe Abera Beza isabato y' Umwami w'Isabato ubwo azaba agarutse 15/10/2024 kuko ubaze neza iyo tariki ariyo igeza kubuhanuzi busohora bwose ariryo herezo ry'ubwo buhanuzi yategetswe gufatanisha ikimenyetso, aricyo cy' imeneyetso cy' Imana cyivuga Amasabato yose abaho muri buri byumweru byose kuva isi yaremwa kugeza isi irangiye Yesu Agarutse Ubwo Daniyeli azahagarara mu mwanya we tariki 15/10/2024 nyuma y' iminsi 1335 ibarwa uturutse itariki 7/2/2021 itegeko ry' icyumweru rishyizwe ho kuruhuka, ku batuye isi bose aho kweza Isabato ariyo kimenyetso cy' Imana isumba byose umuremyi w' Isi n' Ijuru mu Kuva 31:13-18, Ezekiyeli 20:12, Ezekiyeli 20:20:
Yesu yahaye Umuja wayo Elina Wayiti isezerano ko hari abantu ibihumbi 144000 bazaba bakiriho ubwo isi izaba yinjiye mubuhakanyi buheruka bwa new World Order bushingiye kukwicisha abatuye isi itegeko rya 4 ryo kweza isabato y'Uwiteka umuremyi w'Isi n' Ijuru kungufu z' ubutegetsi bw' Ibihugu byabo bitoreye bubarenganyiriza kuba batumviye itegeko rya Satani ryo kwica Isabato ngo bayisimbuze itegeko ry' icyumweru rya himbwe na Kiriziya gaturika y' i Roma, mbere yo gusukirwa umwuka wera wasezeranyijwe kubazavuga Ubutumwa bwa marayika wa 3 mu ijwi rirenga mumyaka 3 izatangira 7/2/2021 igihe itegeko ry' icyumweru rizaba ryamaze kwemezwa, hazaba hashize amezi 3 n' iminsi 15 imbabazi z' Imana ziraangiye kubeza isabato bose bamwe bazihawe basukirwe Umwuka wera mu mvura y' itumba bazaba bamaze igihe gito babwiwe kandi basobanukiwe n'isaha n'umunsi wo kugaruka kwa yesu kristo, abatazibonye bose bezaga isabato bazifatanya n' abeza icyumweru mumigambi yabo yose idahesha icyubahiro itegeko rya 4 bakurweho Umwuka wera kubwo kuba batarahisemo gutsindishirizwa no kwiyeza mbere y'itariki 22/10/2020 ubwo hazaba hashize ukwezi n' igice isi yose itangije Ubugambanyi ,bwiswe Creation Sunday muri gahunda y'urwifatanye rw' amadini yiswe "Season of Creation" izatangira kuva itariki ya 1/9/2020 kugeza itariki 4/10/2020 , izakurikirwa no gushyira mubikorwa insanganya matsiko ya yubire y'imyaka 50 ishize isi itangije umunsi mpuza mahanga wahariwe Isi, wabereye rimwe n'Umunsi wamavuko y'igitabo cy'ubuyobe bw'ubutegetsi bw'umurimbuzi w'i Roma papa francis cyiswe Lawudato Si' kunshuro yayo ya 5 byahurijwe ku itariki ya 24/5/2020 itangize gahunda yo gukuraho Amadeni muma banki yabatuye isi bose, no gutangira kwita kubakene babaha ubufasha munkunga y' amafaranga ya Vatikani ifite ubukire bubarirwa hejuru ya 60% y' amafaranga yose aba muri banki y' Isi, ngo bahagarike ibiza biterwa n' abantu biturutse kukwangiza ibidukikije binyuze muguhuriza hamwe kw' abategetsi b'ibihugu by' iyisi basinye amasezera no y' i parisi yokurengera ibidukikije bashyiraho itegeko ryo kuruhuka byibuze umunsi umwe mu cyumweru indi minsi yose bakayikora mo ubutaruhuka, uwo munsi bemeje ko ugomba kuba ari ku Cyumweru, naho iminsi yogukora ku itegeko ikaba ibarirwa mo n' umunsi nyirizina Imana yategetse kutagira umurimo wose ukorwa ho n'Umuntu wese ariwo Isabato Yera , aricyo Cyimenyetso cy'Imana ishobora byose, aho niho hashingiye akarengane k' abana b'Imana bitondera amategeko yayo yose 10 n' Isabato irimo batsindishirijwe biyanze kubyabahuzaga na sanani bagahitamo gukurikiza icyitegererezo cya Yesu kristo wiyanze ari Igetsemani akishyira mu mushake bw'Imana isumba byose, Satani akamwicisha urupfu rw' agashinyaguro akoresheje Ubutegetsi bwa leta y'abaromani ba Gipagani, n' Ubuyobozi bw' abayahudi n' ubw' idini. 
soma neza Inyandiko z' ibanze, iyerekwa rya mbere rya Elina wayiti iby' uko Umunsi n'Isaha Yesu azagarukiraho twemerewe kubimenya(Sciences yabyo irimo kubibara neza ukoresheje ubuhanuzi buri mu Ibyahishuwe, Daniyeli, Matayo no mu inyandiko z' Ibanze, nyuma hakabaho kubisobanukirwa hakurikijwe ibimenyetso by' ibibera muri iyi si muri iyi minsi y'imperuka kugihe Abayobozi b' amadini yose mu isi yose ya Gikirisito yihakanye ukwera kw' Amategeko y' Imana ivuguruza itegeko ry' icyumweru no kwica umugambi w' Ubuturo bwera byakozwe na Kiriziya gaturika ya vatikani y' i Roma bakaba barasinye isezerano ry'Ubwiyunge no gushyiraho iherezo kubutumwa buhakana inyigisho ipfuye ya Kiriziya gaturika y' I Roma nk'uko iryo sezerano bise A Reforming Catholic Confession barisinye tariki ya 31/10/2017 n' abadivantisiti b'umunsi wa karindwi basinyiwe n' abayobozi b' idini murwego rw' izina ryacu tutabishyigikiye nk' abeza isabato bose bazi icyo bashinzwe muri iyi Si ko ari ukubwiriza abatuye isi ubugomwe bwa kiriziya gaturika yasenye ubuturo bwera ariyo nzira yo gutsindishirizwa, iganisha abantu kujya mu ijuru, ibyo byatangije icyumweru cyo muri Daniyeli 9:27 gisoza ibyumweru 70 birangiza Icyaha ku isi , icyo cyumweru cyingana n' Iminsi 7, umunsi umwe ungana n'Umwana 1 mu buhanuzi, bitanga imyaka 7, ibarwa kuva 31/10/2017 kugeza 31/10/2024 aribwo ubutegetsi bw' Inyamanswa bwategekewe kuzarangira, mugihe icyo cyumweru cyagombaga kugera hagati Uwo Mutegetsi witwa inyamanswa agashyira ho icyizira cye aricyo Cyumweru ngo kiruhukwe kugahato k'itegeko rya reta kuva tariki 7/2/2021 aribwo icyo cyumweru kigera hagati, wakongeraho iminsi 1335 ya muri Danieli 12:12 daniyeli akazuka hamwe n' abandi bera bose basinziriye mugitaka bakazuka, maze Abobantu 144000 batsindishirijwe basukiwe Umwuka Wera ElinaWayiti yeretswe bakazamurwa badapfuye gusanganira Yesu Kristo ku bicu, aribwo Isi ishaje irangira, uru gendo rutugeza ku Nyanja y' Ibirahure rukamara iminsi 7 kugeza ku itariki 22/10/2024 Dukinguriwe Amarembo ya Y'Isiyoni yo mu Ijuru. Isi yarangiye, Yesu yaje, mwiyeze, mwitegure   :
IYEREKWA RYANJYE RYA MBERE.


Nk’uko Imana yanyeretse urugendo rw’abategereje Kristo berekeza mu Murwa Wera ikanyereka n’ingororano y’igiciro cyinshi izahabwa abategereje kugaruka k’Umwami wabo avuye mu bukwe, bishobora kuba ari inshingano yanjye kubatekerereza muri make ibyo Imana yampishuriye. Abera bakundwa bafite ibigeragezo byinshi bagomba kunyuramo. Ariko imibabaro yacu yoroheje, nubwo ari iy’akanya gato, izaturemera ubwiza burushaho gukomera kandi bw’iteka ryose — kuko tutareba ibigaragara, kubera ko ibigaragara ari iby’igihe gito, ariko ibitaragaragara bihoraho iteka ryose. Nagerageje kuzana inkuru nziza n’amahundo make yo muri Kanani yo mu ijuru, ari yo yatumye benshi bashaka kuntera amabuye nk’uko byabaye igihe iteraniro ryose ryashakaga gutera Yosuwa na Kalebu amabuye kubw’inkuru bari bazanye. (Kubara 14:10). Ariko benedata na bashiki banjye muri Kristo, ndabahamiriza ko ari igihugu cyiza, dushobora kuzamuka tukagihindura. IZ 34.1
Igihe nasengeraga ku gicaniro cy’umuryango, Umwuka Wera yanjeho, maze mera nk’uzamuwe hejuru, nkuwe ku isi y’umwijima. Mpindukirira kureba abategereje kugaruka kwa Yesu bari ku isi; ariko sinababona ari nabwo ijwi ryambiraga riti: “Ongera urebe, kandi urebe hejuru biruseho hato.” Numvise ibyo nubura amaso, mbona inzira igororotse kandi ifunganye iturutse ku isi. Ako kayira ni ko abategereje banyuragamo berekeza mu murwa wari ku iherezo ry’iyo nzira. Inyuma yabo ku itangiriro ry’iyo nzira hari umucyo urabagirana ubamurikira, uwo mucyo marayika yambwiye ko ari wo rusaku rwa mu gicuku. Uyu mucyo warabagiranaga mu nzira yose kandi ukaboneshereza ibirenge byabo kugira ngo badasitara. Iyo bakomezaga guhanga amaso kuri Yesu wari uri imbere yabo abayobora ku murwa, babaga amahoro. Ariko bidatinze bamwe batangiye kunanirwa, maze bavuga yuko umurwa uri kure cyane, bibwira yuko bari bakwiriye kuba bamaze kuwinjiramo. Hanyuma Yesu abakomeresha gushyira hejuru ukuboko kwe kw’iburyo gukomeye, maze mu kuboko kwe havamo umucyo wamurikiraga iryo tsinda ry’abategereje, maze bararangurura bati: “Haleluya.” Abandi bihakana vuba wa mucyo wari inyuma yabo maze bavuga yuko Imana atariyo yabayoboye ngo ibageze aho. Wa mucyo wari inyuma yabo urazima, basigara bashyize ibirenge byabo mu mwijima w’icuraburindi, barasitara, babura icyapa cyo kubayobora kandi babura Yesu, bateshuka inzira bagwa mu mwijima no mu isi mbi byari hasi yabo. Bidatinze twumva 30 ijwi ry’Imana(15/10/2024, 01:59') rimeze nk’amazi menshi asumamaze iryo jwi ritubwira umunsi n’isaha Yesu azagarukiraho(01:59',15/10/2024). Abera bari bakiriho bagera ku bihumbi 144(12X12x1000=144000) bamenya kandi basobanukirwa n’iryo jwimu gihe abanyabibi bo bibwiye yuko ari uguhinda kw’inkuba n’igishitsi cy’isiUbwo Imana yavugaga iby’igihe cyo kugaruka kwa Yesuyadusutseho Umwuka Wera(Intambara Ikomeye Chap 39-IGIHE CY'UMUBABARO,Intambara Ikomeye Chap 38-IMIBURO IHERUKAIntambara Ikomeye Chap 40-GUCUNGURWA K'UBWOKO BW'IMANA )maze mu maso hacu hatangira kurabagiranishwa n’ikuzo ry’Imana, nk’uko Mose yari ameze ubwo yamanukaga umusozi wa Sinayi. IZ 34.2
Ba bantu ibihumbi 144 bose bari bashyizweho ikimenyetso kandi bunze ubumwe rwose. Ku ruhanga rwabo hari handitsweho, “Imana na Yerusalemu Nshya,” kandi hariho n’inyenyeri irabagirana iriho izina rishya rya Yesu. Igihe twari tunezerewe, turi mu mwanya wera ba banyabibi baraturakariye kandi bashakaga kudusumira ngo batujugunye mu nzu y’imbohe. Ubwo ni bwo natwe twazamuraga amaboko yacu mu izina ry’Uwiteka maze ababi bagwa hasi barambaraye batagira ubaramira. Ubwo ni bwo abo mu isinagogi ya Satani bamenye ko Imana yadukunze twebwe abashoboraga kozanya ibirenge kandi tukaramukanya na bene Data mu ndamutso yera, maze bikubita ku birenge byacu bararamya. IZ 35.1
Mu kanya gato twerekeza amaso yacu iburasirazuba, kuko twari tubonye agacu gatoya kirabura, kangana n’igice cy’ikiganza, maze twese tumenya ko ari ikimenyetso cy’Umwana w’umuntu. Twese dutumbira ako gacu dufite ituza cyane kuko uko karushagaho kwigira hafi ari na ko karushagaho kugira umucyo, gafite ubwiza, kandi kakarushaho kugira ubwiza kugeza ubwo kabaye igicu kinini cyera. Ku ruhande rwo hasi cyasaga n’umuriro; hejuru y’icyo gicu hari umukororombya, naho impande hari abamarayika ibihumbi cumi, baririmba indirimbo y’agahebuzo; kandi kuri icyo gicu ni ho Umwana w’umuntu yari yicaye. Umusatsi we wari umweru kandi utendera ku ntugu ze; ndetse ku mutwe we hari hatamirijwe amakamba menshi. Ibirenge bye byasaga n’umuriro; kandi mu kuboko kwe kw’iburyo yari afite umuhoro utyaye; mu kw’ibumoso afite impanda yacuzwe mu ifeza. Amaso ye yasaga n’ibirimi by’umuriro, yashakishaga abana be aho bari hose. Nuko mu maso yose haracya, naho mu ya ba bandi banze Imana hacura umwijima. Nuko twese turangururira icyarimwe tuti: “Ni nde ubasha guhagarara adatsinzwe? Mbese aho umwambaro wanjye uraho utagira ikizinga?” Hanyuma abamarayika bareka kuririmba, habaho umwanya wo guceceka guteye ubwoba, ubwo ni bwo Yesu yavugaga ati: “Abafite amaboko atanduye n’imitima iboneye ni bo bazabasha guhagarara badatsinzwe; Ubuntu bwanjye burabahagije.” Ibyo bituma mu maso hacu harabagirana, maze imitima yose isabwa n’umunezero. Ubwo igicu cyarushagaho kwegera isi, abamarayika bongeye guhanika indirimbo. IZ 35.2
Noneho igihe Yesu yamanukaga ku bicu agoswe n’ibirimi by’umuriro, ya mpanda ye y’ifeza yaravuze. Yerekeza amaso ye ku bituro by’abera basinziriye, nuko yubura amaso ye azamura n’amaboko ayatunga ku ijuru, ararangurura ati: “Nimukanguke! Nimukanguke! Yemwe abasinziriye mu mukungugu mwe, nimuve mu bituro.” Nuko habaho igishyitsi gikomeye, ibituro birakinguka abapfuye bavamo bambaye kudapfa. Ba bantu 144.000 babonye incuti zabo bari baratandukanyijwe n’urupfu maze batera hejuru bati: “Haleluya.” Muri ako kanya turahindurwa tujyananwa na bo gusanganirira Umwami mu kirere. IZ 36.1
Twese tujyanwa mu gicu, kandi tumara iminsi irindwi tuzamuka twerekeje iyo ku nyanja y’ibirahuri. Nuko Yesu azana amakamba, ayatamiriza ku mitwe yacu n’ukuboko kwe kw’iburyo. Aduhereza inanga z’izahabu n’imikindo yo kunesha. Kuri iyo nyanja y’ibirahuri ni ho ba bantu 144000 bahagaze bayikikije mu buryo bunogeye amaso. Bamwe muri bo bari bafite amakamba arabagirana cyane, abandi bafite atarabagirana cyane. Amakamba amwe yagaragaraga ko aremerejwe n’inyenyeri nyinshi zitatsweho, naho andi ariho inyenyeri nke. Bose bari banyuzwe rwose n’amakamba yabo. Kandi bose bari bambaye igishura byera kuva ku ntugu kugera ku birenge. Ubwo twagendaga twerekeje ku nyanja y’ibirahuri tugana ku irembo ry’umurwa, abamarayika bari badushagaye. Yesu arambura ukuboko kwe gukomeye kw’ubwiza, afata kuri ya marembo arimbishijwe imaragarita, akingura urugi rwikaraga ku mapata yarwo arabagirana, maze arwigizayo aratubwira ati: “Mwameshe ibishura byanyu mu maraso yanjye, mwahagarariye ukuri kwanjye mutajegajega, nimwinjire.” Twese turinjira maze twiyumvamo uburenganzira busesuye muri uwo murwa. IZ 36.2
Muri uwo murwa twahabonye igiti cy’ubugingo n’intebe y’ubwami y’Imana. Ku ntebe y’Imana haturukaga uruzi ruboneye rw’amazi y’ubugingo, kandi hakurya no hakuno y’urwo ruzi hari igiti cy’ubugingo. Ku nkengero imwe y’urwo ruzi hari igiti cy’inganzamarumbo no ku yindi hari ikindi. Byombi byari byiza kandi bitatswe izahabu irabagirana. Ku ikubitiro nibwiye ko nabonye ubwoko bubiri bw’ibiti. Nongeye kwitegereza mbona ko ibyo biti bifataniye mu bushorishori bwabyo bikaba igiti kimwe. Icyo cyari igiti cy’ubugingo cyari hakurya no hakuno y’uruzi rw’ubugingo. Amashami yacyo yari abogamiye aho twari duhagaze, kandi imbuto zacyo zari nziza cyane; zisa n’izahabu ivanze n’umuringa. IZ 36.3
Twese tujya munsi y’icyo giti turicara kugira ngo turebe ubwiza bw’aho hantu. Muri icyo gihe abavandimwe bacu Fitch na Stockman 31 bari barabwirije ubutumwa bwiza bw’ubwami, kandi Imana ikaba yari yaremeye ko bipfira kugira ngo ibakize, baje kudusanga, batubaza ibyo twanyuzemo mu gihe bari basinziriye. Twagerageje kwibuka amakuba akomeye twanyuzemo ariko yari angana urwara agereranyijwe n’ikuzo rihoraho kandi ritarondoreka byari bituzengurutse ku buryo tutabasha kubivuga, maze twese turarangurura tuti: “Haleluya, ijuru ni iry’igiciro cyinshi.” Maze inkomanizo z’imiryango y’ijuru ziranyeganyega. IZ 37.1
Yesu aturangaza imbere twese turamanuka tuva mu murwa twerekeza kuri iyi si, ku musozi munini cyane kandi w’icyubahiro. Uwo musozi ntiwashoboye kwihanganira Yesu wari uwuhagazeho, maze usadukamo kabiri, haba ikibaya kinini cyane. Hanyuma turebye hejuru tubona ururembo runini, rufite imfatiro cumi n’ebyiri, n’amarembo cumi n’abiri, atatu atatu kuri buri ruhande, kandi kuri buri rembo hari umumarayika. Twese turarangurura tuti: “Ururembo, ururembo rukomeye, ruraje, ruje ruturuka mu ijuru ku Mana.” Maze ruraza, ruhagarara aho twari duhagaze. Nuko dutangira kwitegereza ibyiza byari hanze y’urwo rurembo. Muri rwo nahabonye amazu meza cyane yasaga n’ifeza, atewe inkingi enye zishyizweho imaragarita zifite ubwiza buhebuje bwo kurebwa. Muri yo ni ho abera bajyaga gutura. Mu nzu yose harimo ububiko busizwe zahabu. Nabonye benshi mu bera binjira muri ayo mazu, bakuramo amakamba yabo arabagirana, bayashyira kuri ubwo bubiko, nuko barasohoka bajya mu murima wari ukikije inzu kugira ngo bagire ibyo bakora ku butaka, bitari nk’uko dukora hano mu isi. Oya rwose! Umucyo utangaje warabagiranaga ku mitwe yabo bose, kandi bakomezaga kurangurura basingiza Imana. IZ 37.2
Nabonye undi murima wuzuyemo uburabyo bw’amoko yose, kandi ubwo nabucaga nararanguruye nti: « Ntibuzigera bwuma. » Hafi aho nahabonye umurima urimo ibyatsi birebire binogeye amaso. Byahoraga bitoshye kandi uko byahungabanaga byitegeye ubwiza bw’Umwami Yesu, byavagaho umucyo usa n’ifeza n’izahabu. Hanyuma twinjira mu wundi murima urimo inyamaswa z’ubwoko bwose. Intare, umwana w’intama, ingwe, n’ikirura byose byari bibanye mu mutekano. Tuzinyura hagati, maze zidukurikira zituje. Hanyuma twinjira mu ishyamba ritari nk’ishyamba ricuze umwijima ryo muri iyi si; ahubwo ryari ishyamba ryuzuye umucyo n’ubwiza buhebuje. Amashami y’ibiti byo muri ryo yahungabaniraga hirya no hino, maze twese turarangurura tuvuga tuti: « Tuzigumira muri iri shyamba, twiryamire muri ibi biti. » Duca iryo shyamba, kuko twerekezaga ku musozi Siyoni. IZ 38.1
Ubwo twari mu rugendo, twahuye n’itsinda ry’abantu na bo batumbiriye ubwiza bw’aho hantu. Nuko mbona inshunda z’imyambaro yabo zitukura; amakamba yabo arabagirana; kandi amakanzu yabo yeraga nk’urubura. Tubaramukije mbaza Yesu abo ari bo. Ambwira yuko ari abishwe ari we bazira. Bari bari kumwe n’abana batagira ingano; nabo bari bafite inshunda zitukura ku myambaro yabo. Umusozi Siyoni wari imbere yacu, kandi kuri uwo musozi hari urusengero rwiza cyane, kandi rwari rukikijwe n’indi misozi irindwi yari iriho indabo nziza za roza n’amaroma. Mbona twa twana duterera, cyangwa twashaka tukagurukisha utubaba twatwo, tukagwa mu mpinga z’iyo misozi maze tugaca ubwo burabyo budateze kuma na rimwe. Iruhande rw’urwo rusengero, hari ibiti by’amoko yose birimbishije aho hantu, birimo imizabibu, imikomamanga, imyerayo, imitini n’imikindo. Ndetse amashami y’imitini yari acuramye hasi aremerewe n’imbuto zawo. Ibyo byose byatumaga aho hantu hose haba ah’igikundiro. Maze tugiye kwinjira mu rusengero, Yesu arangurura ijwi rye ryiza cyane aravuga ati: “Abinjira aha hantu ni abantu 144,000 gusa;” maze natwe turangurura tuvuga tuti: “Haleluya.” IZ 38.2
Urwo rusengero rwari rufashwe n’inkingi ndwi, kandi zose ari izahabu irabagirana, zitatsweho imaragarita nziza cyane. Ibyo bintu bitangaje nahabonye sinashobora kubisobanura. Iyo mbasha kuvuga ururimi rw’i Kanani, nari kubasha gusobanura bike mu byiza byaho. Nahabonye ibisate by’amabuye byanditsweho amazina ya ba bandi ibihumbi 144. Kandi yari yanditswe mu nyuguti z’izahabu. Tumaze kwitegereza ubwiza bw’urwo rusengero, twarasohotse, maze Yesu aradusiga ajya mu rurembo. Bidatinze twongera kumva ijwi rye rinezeza rivuga riti: “Bwoko bwanjye nimuze, mwavuye mu mubabaro ukomeye, kandi mwakoze ibyo nshaka; mubabazwa babampora, nimwinjire dusangire, kuko ngiye gukenyera, nkabahereza.” Natwe turangururira rimwe tuti : “Haleluya! Ikuzo ribe iry’Imana!” Nuko twinjira mu rurembo. Maze mbona ameza akozwe mu ifeza nziza; yari afite uburebure bwa kilometero nyinshi, ariko amaso yacu yabashaga kuyareba akayaheza. Mbona imbuto z’igiti cy’ubugingo, manu, imbuto z’imitini, imizabibu, amakomamanga, amaseri y’imbuto n’andi moko menshi y’imbuto. Nasabye Yesu kunkundira kurya kuri izo mbuto. Yaramwiye ati: “Si ubu. Abariye kuri izi mbuto ntibaba bagisubiye mu isi ukundi. Ariko nuba umukiranutsi, hasigaye igihe gito ukazarya ku mbuto z’igiti cy’ubugingo kandi ukanywa ku mazi ya ya soko.” “Kandi arambwira ati: “Ukwiriye kongera gusubira ku isi maze ukabwira abandi ibyo naguhishuriye.” Nuko marayika angarurana ubwitonzi kuri iyi si y’umwijima. Rimwe na rimwe njya nibwira ko ntakwiriye kuguma kuri iyi si ukundi kuko ibyaho byose ari umwaku. Kandi ndi mu bwigunge kuri iyi si bitewe n’uko nabonye igihugu kirushijeho kuba cyiza. Iyo ngira amababa nk’ay’inuma, mba ngurutse nkigira kwiruhukira! IZ 38.3
Nkimara kuva mu iyerekwa, nabonye ibintu byose byahindutse; umwijima wabuditse kubyo nabonaga. Mbega ukuntu nabonaga ko iyi si ari umwijima w’icuraburindi! Ubwo nibonaga kuri iyi si naraboroze, kandi numva mfite urukumbuzi. Nabonye isi irushaho kuba nziza, bityo yatumye iyi iba umwaku. Natekerereje ibyo nabonye rya tsinda rito ry’abo twasenganaga i Portland, maze bizera badashidikanya ko byavuye ku Mana. Icyo cyari igihe gikomeye. Ubwiza bw’ibizahoraho bwakomeje kuba kuri twe. Hashize icyumweru mpawe iryo yerekwa, Umwami yongeye kumpa irindi yerekwa maze anyereka ibigeragezo ngomba kuzanyuramo, kandi ko ngomba kujya kubwira abandi ibyo yampishuriye, ndetse ko nzahura n’abandwanya bityo kubwo kugenda nkazagira umubabaro mu buryo bw’umwuka. Ariko marayika yarambwiye ati: ‘Ubuntu bw’Imana buraguhagije kuko izagukomeza.’ Nkimara kuva muri iryo yerekwa, nahuye n’akaga gakomeye. Ubuzima bwanjye ntibwari bumeze neza na hato kandi icyo gihe nari mfite imyaka cumi n’irindwi gusa. Nari nzi ko abantu benshi bagiye bagwa kubwo gushyirwa hejuru, bityo menya ko iyo nanjye njya gushyirwa hejuru mu buryo ubwo ari bwo bwose, Imana yajyaga kundeka maze nkazimira ntakabuza. Nasanze Imana nsenga maze nyisaba ko uwo mutwaro yawuha undi. Byasaga n’aho njye ntawushoboye. Nubitse umutwe igihe kirekire, ariko umucyo nashoboraga kubona wari uwambwiraga ngo: ‘Menyesha abandi ibyo naguhishuriye.’ IZ 39.1
Mu iyerekwa ryakurikiyeho nasabye Imana nkomeje ko niba ngomba kugenda nkavuga ibyo yanyeretse, ikwiriye kuzandinda kwishyira hejuru. Noneho inyereka ko isengesho ryanjye ryasubijwe, kandi ko ningwa mu kaga ko kwishyira hejuru, ukuboko kwayo kwari kunkoraho bigatuma ndwara. Marayika yarambwiye ati: “Nutanga ubutumwa nk’uko buri, kandi ukihangana ukageza ku iherezo, uzarya ku mbuto z’igiti cy’ubugingo kandi uzanywa no ku mazi y’uruzi rw’ubugingo.” IZ 39.2
Bidatinze, inkuru yasakaye hose ko ibyo neretswe ari ingaruka yo gutwarwa Intekerezo 32 kandi Abadiventisiti benshi bari biteguye kubyemera no gukwirakwiza iyo nkuru. Umuganga umwe wari icyamamare muri uko gutwara intekerezo z’abantu bakaba nk’abatewe ikinya yambwiye ko ibyo mvuga ari ingaruka yo gutakaza ubwenge, ko ndi umuntu woroheje cyane, ko nawe ashobora kungenza uko ashaka maze agatuma mpangwaho n’imyuka. Namubwiye ko Imana yanyeretse ko gutwara abantu ubwenge bakaba nk’abatewe ikinya bituruka kuri sekibi ikuzimu, kandi ko bidatinze azajugunyanwayo n’abakomeje gukoresha ubwo buryo. Namuhaye uburenganzira bwo kugerageza kuntwara intekerezo niba yabishobora. Yagerageje igihe gisaga igice cy’isaha, akoresha uburyo bunyuranye, nyuma biramunanira arazibukira. Kubwo kwizera Imana, nabashije guhagarara ntsinda imbaraga ze ku buryo zitashoboye kugira icyo zinkoraho na gito. IZ 39.3
Iyo mpererwa iyerekwa mu iteraniro, benshi bajyaga kuvuga ko ari ugutwarwa kandi ko hari umuntu wanyobeje ubwenge nk’uwanteye ikinya. Hanyuma nagiye njya mu ishyamba ahiherereye ndi njyenyine, aho nta jisho ryabashaga kumbona cyangwa ngo hagire umuntu unyumva maze ngasenga bityo rimwe na rimwe Imana ikahampera iyerekwa. Icyo gihe narishimaga maze nkababwira ko Imana yambonekeye ndi jyenyine, aho nta muntu upfa washoboraga kugira icyo ankoraho. Ariko hari abantu bamwe bambwiye ko ari njye ubwanjye witesheje ubwenge maze nkihangishaho. Naratekereje nti: ‘Mbese bigeze aho abasanga Imana bataryarya kugira ngo bayisabe kubasohoreza amasezerano n’agakiza kayo bashinjwa ko ibyo barimo ari ubupfapfa kandi ko batwawe n’imbaraga yo gutesha abantu ubwenge?’ ‘Mbese twaba dusaba umugati Data wa twese udukunda uri mu ijuru, maze akaduha ibuye cyangwa inzoka?’ Ibyo bintu byakomerekeje intekerezo zanjye, bituma umutima wanjye ugira agahinda gasaze, uri hafi kwiheba mu gihe hari benshi banyizezaga ko nta Mwuka Muziranenge ubaho, kandi ko ibyabaye ku bera b’Imana byari uguta ubwenge gusa cyangwa bikaba byari ubushukanyi bwa Satani. IZ 40.1
Muri iki gihe, muri Maine hari ubwaka. Abantu bamwe baretse rwose gukora kandi bitandukanya n’abantu bose batemeye ibitekerezo byabo ku byerekeranye n’iyo ngingo ndetse n’ibindi bintu bafataga ko ari inshingano z’iby’iyobokamana. Ayo makosa yose Imana yayampishuriye mu iyerekwa maze irangije inyohereza ku bana bayo bayobye kugira ngo nyavuge. Nyamara benshi muri bo bamaganye ubwo butumwa bivuye inyuma, maze banshinja ko nisanisha n’ab’isi. Ku rundi ruhande, abari Abadiventisiti ku izina banshinje kuba umwaka maze abantu bamwe b’abanyabibi bamvuga ibinyoma ko ndi umuyobozi w’ubwo bwaka kandi mu by’ukuri narakoraga kugira ngo bukosorwe. Ibihe byinshi byagiye bishyirwaho bavuga ko Umwami azagaruka kandi babyemezaga abavandimwe bacu mu kwizera. Nyamara Umwami yanyeretse ko ibyo bihe byose bigomba guhita, kuko hagomba kubanza kubaho ibihe by’amakuba mbere yo kugaruka kwa Kristo, kandi ko igihe cyose cyashyizweho kigahita cyagombaga gusa gucogoza ukwizera k’ubwoko bw’Imana. Kubera ibyo, nashinjwe kuba nka wa mugaragu mubi wibwiye mu mutima we ati: ‘Umwami wanjye atinze kugaruka.’ Ibyo bintu byose byaremereye umutima wanjye cyane, maze muri urwo rujijo rimwe na rimwe nkageragereshwa gushidikanya kubyo nanyuzemo. Igitondo kimwe ubwo nari mu masengesho y’umuryango, imbaraga y’Imana yatangiye kunzaho, maze muri njye haza igitekerezo cy’uko byaba ari uguhangwaho birimo guta ubwenge bituma nyirwanya. Ako kanya nahise mpinduka ikiragi kandi mara akanya ntashobora kumenya ibiri iruhande rwanjye byose. Hanyuma mbona icyaha cyanjye cyo gushidikanya imbaraga y’Imana, kandi mbona ko kubw’uko gushidikanya nagizwe ikiragi ndetse ko ururimi rwanjye rutazagobodoka hatarashira amasaha makumyabiri n’ane. Nabonye imbere yanjye hari urupapuro ruriho amagambo yandikishijwe izahabu yo mu bice n’imirongo mirongo itanu 33 byo mu Byanditswe Byera. Mvuye muri iryo yerekwa, nasabye urubaho maze nandikaho ko nabaye ikiragi, ndetse nandika n’ibyo nabonye kandi ko nifuzaga Bibiliya nini. Nafashe Bibiliya maze mpita ndeba ya masomo yose nabonye ku rupapuro. Namaze umunsi wose ntashobora kuvuga. Mu gitondo cya kare cy’umunsi wakurikiyeho umutima wanjye wuzuye ibyishimo, maze ururimi rwanjye ruragobodoka mpimbaza Imana. Nyuma y’ibyo, sinongeye guhangara gushidikanya imbaraga z’Imana cyangwa ngo ngire n’akanya gato ndwanya imbaraga y’Imana kabone n’ubwo abandi bagira uko bantekereza. IZ 40.2
Mu 1846, ubwo nari ahitwa Fairhaven ho muri Leta ya Masashiseti (Massachusetts), murumuna wanjye (wakundaga kumperekeza aho ngiye hose), umuvandimwe A, na musaza wanjye G., twese twafashe ubwato twerekeza mu kirwa cy’Uburengerazuba ngo dusure umwe mu miryango yaho. Igihe twatangiraga urugendo, hari mu gicuku. Ubwo umuraba wahagurukaga ukadutungura, twari tumaze kugenda urugendo rugufi. Warahoreye kandi imirabyo irarabya, maze imvura itangira kutunyagira imeze nk’amasoko adudubiza. Byagaragaraga neza ko tugomba kurohama keretse gusa turamutse dutabawe n’Imana. IZ 41.1
Napfukamye mu bwato maze ntangira gutakambira Imana ngo iturokore. Maze aho kuri iyo mivumba yadukozaga hirya no hino ubwo amazi yari yazamutse yenda kurengera ubwato twarimo, najyanwe mu iyerekwa maze mbona ko bidatinze agatonyanga kose kagiye gukama ntiturohame kuko ari bwo umurimo wanjye wari utangiye. Nkimara kuva mu iyerekwa, ubwoba bwose nari mfite bwarayoyotse maze turaririmba dusingiza Imana. Ka kato kacu gato kahindutse nk’urusengero rw’abasare rureremba. Umwanditsi w’ikinyamakuru cyitwaga Integuza yo kugaruka kwa Yesu 34 yavuze ko amayerekwa yanjye ari ayaturutse ku gukorerwaho gahunda zituma umuntu ata ubwenge. Ariko ndamubaza nti, “Ni ayahe mahirwe yariho yari gutuma hakorwa izo gahunda mu gihe cyari kimeze nka kuriya?” Umuvandimwe wanjye G. yari afite uburyo bwose bwo kwita kuri ubwo bwato. Yagerageje gutsika ubwato ariko birananirana. Igihe ka kato kacu gato kateraganwaga n’umuraba kandi kagatwarwa n’umuyaga hari hijimye ku buryo tutashoboraga kureba ku mpera z’ubwato. Bidatinze, igitsikabwato cyarafashe maze umuvandimwe G. aratabaza. Kuri icyo kirwa hari inzu ebyiri gusa, maze tubona turi hafi y’imwe muri zo nyamara siyo twifuzaga kugeraho. Ab’umuryango bose bari bagiye kuryama uretse ko kubw’amahirwe umwana muto yumvise ijwi ritabariza mu mazi. Bidatinze se yaje kudutabara, maze adushira mu kato gato atujyana ku nkombe. Twamaze hafi iryo joro ryose dushima Imana kandi tuyisingiriza ineza itarondoreka yatugiriye. IZ 41.2

2.English Version Holy Bible: Revelation 14:1-20 ]
9)['ICYIGISHO CYO GUTSINDISHIRIZWA' n'ITEGEKO RY'ICYUMWERU MU RWANDA May 24th 2020 to February 7th, 2021. Mwitegure Akarengane gakomeye Cyane, Ezekiyeli 36:1-38.
For KINYARWANDA USERS  Explaining 1335 Prophetic days.
Fungura iyi link ugere kukigisho cyose wige ibyenda kuba mubihugu by' ISI n'Urwanda RURIMO, utware offline downloads kuburira abantu bawe bose bitegure ibyo byose bitazabura kubagera hovuba aha uhereye mukwezi kwa 9 uyu mwaka wa 2020 kugeza Yesu Agarutse gutabara abeza Isabato y' Umunsi wa 7 bazaba bahigwa nk'aho ari abicanyi kandi bahigwa n'abakabarengeye mumategeko bitoreye Ubwabo nk'abene gihugu:( https://voca.ro/lQ9hPEtpqzw ). Iki kigisho kirararikira umuntu wese uhisemo kukiga ngo agikwirakwize. Ikigisho cyahuje abategereje kugaruka kwa Yesu kuri mumwaka wa 2024 ugaragara mubuhanuzi bw'iminsi 1335 yanditswe mugitabo cya Daniyeli 12:7-13 ,mugihe haba hatangajwe ITEGEKO RY'ICYUMWERU MU RWANDA kumugaragaro no ku isi yose bihereye mukwemerezwa muri congress ya leta zunze ubumwe z' America iby' itegeko ry'icyumweru riri gutegurwa n' ubutegetsi bwa Ki Jesuit bwa Papa Francis muri gahunda yo Kurwanya ihindagurika ry' ikirere binyuze mugushyira mubikorwa inyandiko ye yise Lawudatosi "Laudato SI"( http://www.africanunionsc.org/2020/05/tanzania-president-becomes-hero-for.html ) ikemezwa n' Umuryango w'abibumbye(UN) mukiswe Paris Agreement hakaba hateganijwe gutangizwa icyiswe Creation Sunday cg Ikiruhuko cy'i cyumweru kuva 09/2020 kugeza hagati ya 7-17/02/2021 aho insanganya matsiko yibyo bikorwa yemeza uburyo amadeni yose yabatuye isi mu ma banki yose bakoreramo azakubwa ho bagasigara batabarwaho idene narimwe ndetse hakabaho gufasha abakene harimo no kwigira ubuntu n'ibindi byinshi bitandukanye biganisha kukwica itegeko rya 4  ry' Imana ihoraho isumba byose rivuga ku kweza Isabato y' Umunsi wa Karindwi(7th Day Sabbath to Keep it Holy) bigatuma isi yose igeza mumwaka wa 2024 hatakiriho uweza Isaabato y' Uwiteka mu bwisanzure n' amahitamo y' umutimanama ukigaragara keretse kuba mukarengane, kwicwa no gushinyagurirwa , bizageza kwitangira ry' ibyago 7 bizatangira mukwa 2.
Hagati y'itariki 7-17/2/2024 kugeza Yesu Agarutse kuya 15/10/2024 Kwitegura Imperuka muri New World Oder (NWO) irigutangira na umuvuduko ukabije mubijyanye na COVID-19 , Ihindagurika ry'Ikirere n'ishyirwaho ry'Icyumweru nk'umunsi wo Gusengwaho no kuruhukaho kugahato mubihugu byose byo mw' Isi n' U Rwanda RURIMO bi kazabangamira muburyo budasubirwaho Abeza ISABATO y' Umunsi wa 7  y'ITEGEKO RYA KANE mu Mategeko y'Imana ari mu Kuva 208-11.
Links:
2) Gutsindishirizwa  n' Akarengane Audio: https://vocaroo.com/lQ9hPEtpqzw
...
4.  Isezerano ryo kumenya igihe Yesu kristo azagarukira ryahawe Ellen Gould White ,isaha ,itariki, n' umunsi bihabwa abeza Isabato y'umunsi wa 7 batsindishirijwe mbere yo kubasukira Umwuka wera mu buryo bw' imvura y'itumba mbere yo gutangazwa kw'itegeko ry'icyumweru kugahato:

IYEREKWA RYANJYE RYA MBERE 
[Imana yabwiye Mose kohereza abatasi gutata Yeriko , niyo yabwiye Yesu kujyana Ellen Gould White gutata Yeriko yo Mu Ijuru tugiye gutaha mo nyuma yo kwambuka iyi Yorodani y'ibigeragezo bya New World Order(NWO)]:
Nk’uko Imana yanyeretse urugendo rw’abategereje Kristo berekeza mu Murwa Wera ikanyereka
n’ingororano y’igiciro cyinshi izahabwa abategereje kugaruka k’Umwami wabo avuye mu
bukwe, bishobora kuba ari inshingano yanjye kubatekerereza muri make ibyo Imana
yampishuriye. Abera bakundwa bafite ibigeragezo byinshi bagomba kunyuramo. Ariko
imibabaro yacu yoroheje, nubwo ari iy’akanya gato, izaturemera ubwiza burushaho gukomera kandi bw’iteka ryose — kuko tutareba ibigaragara, kubera ko ibigaragara ari iby’igihe gito, ariko ibitaragaragara bihoraho iteka ryose. Nagerageje kuzana inkuru nziza n’amahundo make yo muri Kanani yo mu ijuru, ari yo yatumye benshi bashaka kuntera amabuye nk’uko byabaye igihe iteraniro ryose ryashakaga gutera Yosuwa na Kalebu amabuye kubw’inkuru bari bazanye. (Kubara 14:10). Ariko benedata na bashiki banjye muri Kristo, ndabahamiriza ko ari igihugu cyiza, dushobora kuzamuka tukagihindura. {IZ 34.1}
Igihe nasengeraga ku gicaniro cy’umuryango, Umwuka Wera yanjeho, maze mera nk’uzamuwe hejuru, nkuwe ku isi y’umwijima. Mpindukirira kureba abategereje kugaruka kwa Yesu bari ku isi; ariko sinababona ari nabwo ijwi ryambiraga riti: “Ongera urebe, kandi urebe hejuru biruseho hato.” Numvise ibyo nubura amaso, mbona inzira igororotse kandi ifunganye iturutse ku isi. Ako kayira ni ko abategereje banyuragamo berekeza mu murwa wari ku iherezo ry’iyo nzira. Inyuma yabo ku itangiriro ry’iyo nzira hari umucyo urabagirana ubamurikira, uwo mucyo marayika yambwiye ko ari wo rusaku rwa mu gicuku. Uyu mucyo warabagiranaga mu nzira yose kandi ukaboneshereza ibirenge byabo kugira ngo badasitara. Iyo bakomezaga guhanga amaso kuri Yesu wari uri imbere yabo abayobora ku murwa, babaga amahoro. Ariko bidatinze bamwe batangiye kunanirwa, maze bavuga yuko umurwa uri kure cyane, bibwira yuko bari bakwiriye kuba bamaze kuwinjiramo. Hanyuma Yesu abakomeresha gushyira hejuru ukuboko kwe kw’iburyo gukomeye, maze mu kuboko kwe havamo umucyo wamurikiraga iryo tsinda ry’abategereje, maze bararangurura bati: “Haleluya.” Abandi bihakana vuba wa mucyo wari inyuma yabo maze bavuga yuko Imana atariyo yabayoboye ngo ibageze aho. Wa mucyo wari inyuma yabo urazima, basigara bashyize ibirenge byabo mu mwijima w’icuraburindi, barasitara, babura icyapa cyo kubayobora kandi babura Yesu, bateshuka inzira bagwa mu mwijima no mu isi mbi byari hasi yabo. Bidatinze twumva 30 ijwi ry’Imana rimeze nk’amazi menshi asuma(ngiri ijwi ririkubivuga nonaha 15/10/2024),
maze iryo jwi ritubwira umunsi n’isaha Yesu azagarukiraho(Ni 15/10/2024, kuva isasita z'ijoro kugeza mugicuku cya sasaba z'ijoro Yesu azagaragara k'ubicu byo mu ijuru adakandagiye hasi k'ubutaka abera tuzamubona tuzamuke mubicu kumusanganira, abo bose baryohewe n'ubutegetsi bw'isi n'ubwa papa bahite buma nk' amase nyuma yo kurimuka kumudugudu ukomeye wa baburoni ariyo Vaticani n'ubutegetsi bwose bwa New World Order mu Isaha imwe ariyo minsi 15 irenga ku minsi 30 y'ukwezi kwa 9/2024 mu Ibyahishuwe 18:1-24) . Abera bari bakiriho bagera ku
bihumbi 144 bamenya kandi basobanukirwa n’iryo jwi(Abera bari bakiriho, hano Ellen Gould White ntakiriho uyumunsi tuvuga ibyo Imana yaduhishuriye, we yavuze Abera bazaba bakiriho , kuko we yagombaga kuba atakiriho, kandi abo bera ni bo beza Isabato batsindishirijwe n'ubuntu kubwo kwizera bagomba gusukirwa imvura y'itumba mbere yo gushyirwaho kw'itegeko ry'icyumweru umwanzi ukomeye w'Isabato Yera , umwanzi ukomeye w'Ubuturo bwera, Umwanzi ukomeye w' amategeko 10 y'Imana Ihoraho yaremye Isi n'Ijuru, ariko izabarimbura n'umujinya wayo mwinshi uri mugacuma udafunguye mo amzi wanditswe mu Ibyahishuwe 14:9-13), mu gihe abanyabibi bo bibwiye yuko ari uguhinda kw’inkuba n’igishitsi cy’isi(Abo bararikiye ubutunzi bwa new World Order bwa vaticani nicyumweru cyabo babyumva ngo Yesu azagaruka 15/10/2024 bakumva ari ibihuha kuko batagira kwizera, bibereye mubya Climate change ihindagurika ry'ikirere no gutabara iyisi yashaje nk'umwambaro ngo bashyizeho itegeko ry'icyumweru rirwanya itegeko ry'Imana ry'Isabato Yera ngo bana renganye kandi bice abayeza bose batanguranwe no kugaruka kwa Yesu ngo azasange barashize mu isi, ariko siko bizajyenda kuko iyarokoye Saduraka na Meshake na Abedenego mu itanura ry'Umuriro, ikarokora naniyeli mu rwobo rw'Intare, ikarokora Yohana mungunguru y'Amavuta yabize ntibaphe, Iyo izaturokora amaboko y'abagaragu ba Satani bashaka guhatira abatuye isi kwica Itegeko y'Imana rya 4 ryo kutagira icyo umuntu akora k'umunsi w'Isabato, ahubwo bo babyimurira kucymweru, ngo baribate, kandi babyinagirire amategeko y'Imana munsi y'Inyandiko ya Lawudatosi ya papa Francis umu Jesuit ukorera Ingoma ya Satani yahoze ari iy'umwami Constantine wakoreraga ikigirwamana Apollo imana y'Izuba yaharirwaga gusengerwa ku munsi w'izuba ariwo Sun-Day iri muri Gatigisimu yaba gaturika nka Common Good iyi uwo bise umutagatifu St Thomas Aquinas yemeje ko utubahirije ishyirwa ho rya coom good agomba gupfa ibyo yise capital punishment cg CP bivuga Death Penalty cyangwa igihano cyo gupfa, ngo umuntu wese usanzwe siwe uzica abadashyigikiye common good , ngo ahubwo leta niyo izabica kuko kubica bizaba bitwe n'uko babangamiye inyungu rusanjye za benshi kw'Isi aricyo Cyumweru gitabara isi mubiza by'ihindagurika ry'ikirere mumasezerano y'Iparisi yiswe paris Agreement ayo masezerano akaba agomba kuzasiga Icyumwer cyanditswe muri laudatosi no muri gatigisimu cyurije papa w'i Roma kubutegetsi Bw'isi yose bwa New World Order ishingiye kw'itegeko ry'Icymweru  cy'abaromana "Sunday"baba pagani  ngo abatuye ibihugu byose biyobowe n'aba peresida badashobora kuvuguruza papa ngo babihatire abaturage bayo nk'uko umuryango w'abibumbye ubibahatira nabo ngo bageze ibihugu byabo mu ntego z'iterambere z'iswe sustainable development goals"SDG" mbere y'umwaka wa 2030 hatabarirwabo abadiventiste b'amaramaje kunamira Yesu Kristo uri mubuturo bwera bwo mu ijuru ahera cyane, bakomeje gushikama batsindishirizwa bakeza Isabato yera yo mu itegeko rya 4 badatinya inkota y'ubutegetsi bw'isi buri kwihuriza hamwe munsi y'icyumweru cya apollo ya Neuro wishe aba kristo hafi yo kubamara nyuma Constantine akabasanag akanga kubatiwa mumazi menshi akanga no kweza isabato , akayobesha ubutegetsi n'ubutunzi abafatanije nawe kwangiza itorero Umwami wacu yadusigiye, bagashyiraho Ibivangavange by'Ubupagani bw'iroma mu itorero bitiriye Kristo bakaryita kiriziya itunganye y'iroma bakayikwiza kw'Isi bakagaruramo ababavuyemo bose bashaka gukiza amagara yabo ku bwo kwizera Yesu gusa batishingikirije kumirimo yo gutanga indurugesiya bakayisubira ho kuri 31/10/2017 ngo basubire gusenga abazimu bita abatagatifu harimo n'umuzimu witwa st corona witiriwe coronavirus, n'umuzimu bita st thomas aqyinas witiriwe itegeko ryo kwica abatumva ibintu kimwe na vaticani bakoresheje imbaraga z'ibihugu byabo bantu nkaho byakabarengeye bibakiza ubugome bw'abo bazungu b'iburayi ,nk'uko abakera bacu basengaga Ryangombe  bakamuterekereza ibinyobwa bisindisha n'imigenzo y'uburozi inyuranye ni ko bamabza umuzimu wabo bitirira bikiramariya wabyeYesu Umwan w'Imana ihoraho bakangiza no kwera kw'Imana ihoraho ). Ubwo Imana yavugaga iby’igihe cyo kugaruka kwa Yesu( uhereye igihe ibyo kugaruka kwa yesu Imana yabivugiye mu kanwa no munyandiko zaatangajwe kuva mukwa 12/2019 kugeza uyu mwanya, tuvuze iby'amezi 4 n'iminsi 15 bizava mmukwa 9/2020 kugeza mukwa 2/2021 aho icyumweru cyizatangazwa hamaze amezi 3 n'iminsi 15 imbabazi zirangiye mukwa 10/2020 ku badiventistes bose b'umunsi wa karindwi banze gutsindishirizwa, hagatangira kubarwa imsinsi irangiza amateka y'isi 1335days yo miri Daniyeli 12:12-13 ibi ababihinyura bose bazarizwa no kubona ibyo bahinyuraga bibaye impamo batangiye kugerwa ho n'Imbyago birindwi7, kndi abatinya guhamya ukuri kuvush aamaraso ngo badapfa nibo bazapfa mugihe abatura bagahamya bakaburira abaturanyi babo bose bazatabarwa n'uko morudekayi yatabawe na esteri wabagiriye inama yo gusenga nkuku biyirije ubusa agatabarwa, abagambaniye abayuda bose kuri ahasuwerusi bakarimburwa bikomeye cyane),
yadusutseho Umwuka Wera(Yadusutse ho umwuka wera bivuze ko Ibyo kugaruka kwa Yesu isaha n'Umunsi n'Umwaka bibwirwa abeza isabato mbere y'uko basukirwa Umwuka were mu mvura y'itumba ibabashisha kwinjira mumunsi wo kumaramaza kubicisha itegeko ry'Imana ihoraho ariwo wagereranijwe n'umunsi Yuda yazaniye ho abasirikare bo gufata Yesu, ariyo Ukwezi kwa 2/2021 ubwo Iman izaba imaze kurangiza gusuka Imvura yitumba kubasobanukiwe n'itariki yo kugaruka kwa Yesu n'itariki yo gutangiza icyimenyetso cy'inyamanswa ikaba igaragarira mugusenga kwabereye mugashyamba ka getsemani muri Mariko 14:1-72 aho twabaze amezi 4 n'iminsi 15 uhereye mukwa 9/2020 aho bazatangiriza Creation 'SUNDAY' iganisha kugushyiraho Itegeko ry'Icyumweru icyimenyetso cy'inyamansawa ya 4 yo muri Daniel 7:1-28 ariyo butegetsi bw'ubupapa bufite umubare 666 mu Ibyahishuwe 13:18 ahari Ubwenge Iman yavuze ko ubisobanukirwa atagomba gupima ayiramya Mu Ibyahishuwe 13:8 abatazayiramya bonyine ni abo amazina yabo yanditswe mu gitabo cy'Ubugingo arbo beza isabato yera babikuye kumutima batsindishirijwe mbere y'irangira ry'Imbabazi ngo, batangire kuvuga ubu butumwa bwa marayika wa 3 mu ijwi rirenga , bashobora no kwicwa nobo bagome bakorera 666 y'i Roma yabapagani ya apolo ikigirwamana gihagarariye Satani kuntebe Papa umuJesuit w'i Roma yicaye ho uyu munsi), maze mu maso hacu hatangira kurabagiranishwa n’ikuzo ry’Imana(Mumaso y'abeza Isabato y'Umunsi wa karindwi hatangira kurabagiranishw an'uko bamenye ko hasigaye imyaka itagera kuri 4years uturutse mukwa 2/2021 aho kurabagirana kwacu gushingira kukuba twizeye ko ibyo Imana yeretse Daniyeli byatangiranye n'Ubwami bw'Umwami Nebukadinezali birangira Yesu Kristo agarutse iminsi 1335 irangiye ibarwa uhereye aho , icyizira cy'ubu papa aricyo cyumweru gishyiriwe ahagaragara ngo gisimbure Umunsi nyakuri Iman yategetse kuruhuka ho ariyo Sabato yayo muri Yesaya 58:13-14 ahari isezerano rikomeye rindeba nawe weza Isabato by'ukuri rikagukomeza ngo VUGIRA DATA WATWESE DUTESHE AGACIRO SATANI wigometse mu ijuru akzana umujinya we ku isi kurimbura abayituye ibarimbuje Umujinya w'Imana itwika icyaha aricyo SATANI n'abagifite muribo aricyo Cyumweru cyicisha abantu Isabato Yera, aricyo Paris Sgreement igambiriye iyo ubutegetsi bw'Igihugu cyacu bwiyemeje gushyira mubikorwa munama y'abaminisitiri yabaye bemeza uburyo bwo kurekura ubucuruzi busanzwe, ariko insengero ntizifungurwe arizo Imana iba igomba kuvugirwa mo, hateganijwe kuzifungura mu kwa 9/2020 ari nabwo a Creation Sunday izatangira"Ibimtu byahinduye isura abashaka Yesu bashake no kwezwa hakiri kare niyo haza kwicwa uwishwe apfire muri Yesu Kristo ariko asige abenze SATANI, ubundi tuzabeho by'Iteka ryose, na YESU Kristo ntiyanze gupfa, yiringiye ko azazurwa, none Yrazuwe, natwe abapfira muri Yesu Christo , Uwiteka waremye byose araje azure abo bose, nyuma y,aimyaka 3years n'amezi 8months n'iminsi 15days bihwanye n'iminsi 1335 iyo daniyeli azagomba kuzukira ho Yesu atungutse kubicu 15/10/2024 muri Daniyeli 12:1-13),
nk’uko Mose yari ameze ubwo yamanukaga umusozi wa Sinayi(Kurabagirana rero nka mose amanutse kumusozi wa sinayi , nuko yari yitwaje amategeko 10 y'Imana nitegeko rya 4 ririmo, ariryo Ellen Gould white yeretswe kuva ku Isabato yambere y'Ukwezi kwa 4 mu 1847 Imana ikamwereka ipfunduye Isanduku yayo mubuturo bwera bwo mu ijuru aho itegeko rya 4 ryarabagiranaga cyane, ubwo natwe tuzonger akweza Isabato muri iyisi nyuma yo kuyikurwa ho kuva tariki 15/10/2024 tukazayereza mu isi nshya 22/10/3024 kandi twarayamamaje ikaturabagiranisha mumaso binyuze mukuvuga ubutumwa bwa marayika wa gatatu mu ijwi rirenga kuva 7/2/2021 kugeza imyaka itatu ishize 7/2/2024 hagatangira icyago cya mbere n/icyakabiri n'icya gatatu n'icya kane bizabera ahantu hatandukanye icyarimwe kw'isi buri cyose aho cyagenewe, mukwizi kubanziriza amezi 5 y'icyago cya gatanu, cyizarangirana n'umujjinya ukomeye w'ubutegetsi bwa papa uzaba ayoboye new World Order mukwezi kwa 8 hagatangira ukwizi kumwe k'icyago cya gatandatu gikura ho papa muri haremagidoni, maze hakiyongera ho ukwezi kumwe ko kugwa k'urubura n'ibishyitsi byinshi n'ibitare bigwira abanya cyumweru bose, hakiyonera hi isaha imwe ya gihanuzi ingana n'iminsi 15 iri mu Ibyahishuwe 18:1-24ariyo minsi 15 ubutegetsi bwa vatikani burimburwa abatuye isi bose bakumirwa bakaburirira, maze bigahuza nuko Umwami wacu Yesu kristo yabyeretse Yohana mu Ibyahishuwe 19:1-21 aho aza afite umwenda we no kukibero cye afite izina ryanditsweho ngo UMWAMI W'ABAMI, N'UMUTWARE UTWARA ABATWARE, mu minsi 15 arimbura Baburoni ikomeye yasambanishaga 60% yamafaranga yayo yose yo muri bank y'isi kungurane yo gukwirakwiza itegeko ry'icyumweru mubaturage batuye isi yose binyuze muba peresida bibihugu byo mu isi, maze Yesu abarimburane bose n'ibyabo byose babanze kuririra baburoni wa mudugudu ukomeye wonditswe mu Ibyahishuwe 17:1-18, maze abwire marayika ukomeye Kuboha SATANI , uyu woshya abagiye gukora ishyano ryo kwmeza itegeko ry'icyumweru rihishwe muri Paris Agreement , aboherwe kumara imyaka 1000 y'ubwigunge mu isi atagira uwo muyobozi n'umwe yoshya twibereye hamwe na Yesu Kristo mu Ijuru abeza Isabato batsindishirijwe bose mbere y'uko imbabazi z'Imana zirangira mukwa 22/10/2020 , zigasigara mubayobeye batataniye mubizera icyumeru batabizi ko ari cyo cyimenyetso cy'inyamanswa , kuva 1847 uteranijeho umubare 1177 ubona igihe Isabato yerekewe ellen G.White muri iyisi y'Umwijima izinger akwizihizwa mumunezero n'amahoro asesuye twisanzuye mu isinshya harasubijweho karindari y'Imana muri 3024, fata 1847+1177=3024, noneho udashidikanyije ibyo muri daniyeli 12:1-13, ufate iyo myaka 1000 Satani agiye kuzabohwa mo twibereye hamwe n'Umwami wacu waducunguye yesu Kristo mu ijuru, bibe 3024-1000=2024, usange ko Satani azabohwa yesu agarutse muri 2024, kandi nubara nanone imyaka yokwisanzura mu cyaha ya satani uhereye kuva Umwami wacu yesu Avukiye kuri Iyisi irangana no kuva [2017-840(500+340)]=1177, uyu ni wo mubare udasanzwe wagaragajwe gusa no kuba ubu papa bwaroheje abahagarariye amadini yavutse kumaraso y'abagorozi basubije ho ubuturo bwera bwari bwarasenywe na vaticani muri 1517 bakabugarura none bohejwe na Papa muri 2017 kuri 31/10, ibyo byose , bituma ufashe iyo myaka 500, ukayongera kumyaka 340 yo kuva mariya afite yesu Kristo muri iyisi kuva kumwaka 0 kugeza muri 340 aho umwami Constantine wa II yapfaga , umu Bishop w'iroma waje gusimburwa hashize igihe yitwaje urupapuro bise impano ya Constantino agategekesha Ubutegetsi bw aGisirikare buvanze no Kwitirirwa kuba umuvuga butumwa bwiza, byose byamusohoje kukuba uyu munsi ashyizeho New World Order9NWO) iri kuri Website ya United Nations(UN) aho bavuga ko bazagarura isi kuko yarimeze mbere y'impindura matwara mu by'inganda rayaabaye muburayi mumyaka ya za 1700s ryateje ubushyuhe bw'Isi kuzamuka bigateza ihindagurika ry'ikirere ariryo bakoreye inama yo gushyira mubikorwa Paris Agreement ngo bemeze itegeko rihinyuza ISABATO Yera y'Uwteka Ikimenyetso Cy'Imana ihoraho isumba byose yabaremye,mbega ubugome n'ubugwari!!!,Turarabagiranishwa no kubabwira mwumve ubutumwa bwa marayika wa gatatu ko niba mubyiyemeje, ngo Muramye Inyamanswa ari yo butegetsi bwa papa Francis w'i Roma na New World Order, ya UN mukaramya icyo gishushanyo cyayo aho ubutegetsi   bwa leta y'u Rwanda bwakwemera kwirenganyiriza abaturage ngo n'uko batejeje Icyumweru nk'uko ahandi hose kw'Isi bazaba barikubikorera abaturage babo babisabwe niyo Paris agreement ishingiye muburyo bw'uburyarya kuri Lawudatosi ya papa Francis umukozi wa Satani wanditswe mu Ibyahishuwe 13:18 kubw'izina rye Umusimbura w'Umwan w'imana kw'isi Vicar of Son of God, n'ubwo yabonye ko btyamenyekanye akarisiba muma titles ye muburyo bw'amategeko ngo azabone uko arenganya aabavuga ko ariwe Nyamanswa yo mu Byahishuwe, nawe ububasha afite uramutsinda kuko ari uwiyita umubwiriza butumwa bw'ubwami bwa Yesu Kristo agakoresha ububasha bwo mumpano ya Constantine bwagenewe abitwa Vicar of Son of God mubuzima bwe bwa buri munsi kandi yararisibye muma titles ye uyu mwaka wa 2020 ugitangira, uburyarya bwose akoresha , bwari bwarahanuwe muri daniyeli 8:1-27 na daniyeli 11:1-45 , ngaho ahakane ko atariwe uvugwa ko atazita no kugushaka abagore, ari byo daniyeli yamuvuze ho atwereke ko atariwe uri kuyobya isi kubwwo kuba yarahinduye amategeko y'Imana ihoraho isumba byose nk'uko Daniyeli yabihanuye ngo abone uko ashyiraho icyizira aricyo cyumweru kigiye gutuma abayobozi b'isi bahemukira ababatoye 100% bakabarenganya babahatira gukora icyaha nkora ruguma cyo kwivuguruza kumyemerere yabo ya gakondo y'ubugingo buhoraho yo Kweza Isabato y'Uwiteka maze ngo babirekeshwe n'Akamanyu k'Umutsima gusa, kazarangira mumyaka 3 gusa n'amezi 8 gusa n'iminsi 15 gusa uhereye igihe bazatangariza ko Icymweru gishyizweho ngo uriho ahumeka wese acyiruhuke ho kugahato , babyinagirire Isabato Yera mu maso y'Uwiteka wabaremye bigometse nka Satani ibyo yasize akoze mu Ijuru kubera kwica itegeko rya 10 ribuzanya kwifuza, kandi yarifuzaga gutegeka aho Umwana w'Imana Yesu Kristo yagabiwe na Se ariwe Data wa Twese Uhoraho, uwo ugiye gukoza isoni abiyumva bose ko bakomeye muri iyi si ejo bundi mumisni 1335 isigaye nibibeshya bagashyira ho icyumweru, bazagatora rwose pe, ntawuzi ubwenge wahangana n'Imana isumba byose yaremye Isi n'Ijuru!!!, Bayobozi bacu mwe barabashukira ubusa, kuko kurimbuka kwegereje SATANI nabo yohesheje Papa n'amafaranga ya vaticani yakuye  mugucuruza Indurugesiya kuva mumwaka wa 340 kugeza n'uyu munsi ayo basabira mo misa batamba ngo umwami wacu mukiriziya basabira abapfuye kumafaranga atagira ingano, bayabika kuzayagura imitwe y'abeza isabato muri New World Order yo muri Daniyeli 12:1-13 na Ibyahishuwe 13:1-18 ngo babuze kugura no kugurisha uwitwa uweza Isabato yo muri Bibiliya Ijambo ry'Imana ihoraho!!!!!!HHHHHHH ariko utageze ntanamenya no kugereranya , koko, umwana w'umugore uhagarara guhangana n'Imana yaremye ubutaka yirirwa ho, asanga azashobora ate kurebana nayo ubwo Yesu azatunguka kubicu byo mu ijuru 15/10/2024 kandi ko atabeshya azagaruka ntakabuza, bazareba hehe koko?kubushake bw'Uwiteka mwisomere mu Ibyahishuwe 14:9-13 uko havuga ngo "marayika wundi wa gatatu akurikiraho avuga ijwi rirenga ati" Umuntu naramya ya Nyamanswa n'igishushanyo cyayo(Ubutegetsi bwa Papa muri New World Order), agashyirwaho ikimenyetso cyayo mu ruhanga rwe cyangwa ku kiganza"kwemera kugendera mu itegeko ry'icyumweru nk'umunsi wahariwe kuuruhuka no gusenga ukareka kweza Umunsi w'isabato Yera",10 Uwo niwe uzanywa ku nzoga ariyo mujinya w'Imana, yiteguwe idafunguwemo amazi mu gacuma k'umujinya wayo. kandi azababazwa n'umuriro n'amazuku imbere y'abamarayika bera, n'imbere y'umwana w'Intama"Umwana w'intama iyo wumvise iri zina ugomba gukora uko ushoboye ukiga ubuturo bwera ugatsindishirizwa bigishoboka utaza bona iri shyano ry'ibyago birindwi , nyuma ukazashya uko bivuzwe hano ".11.Umwotsi wo kubabazwa kwabo ucumba iteka ryose, ntibaruhuka ku manywa na nijoro abaramya ya nyamanswa n'igishushanyo cyayo, umuntu wese ushyirwaho ikimenyetso vcy'izina ryayo"ikimenyetso ni Icyumweru, izina ryayo ni Ubu papap bwo muri Kiriziya gaturika, umubare w'izina ryayo ni 666 bivuze umusimbura w'Umwana w'Imana kw'isi."12.Aho niho kwihangana kw'abera kuri, bitondera amategeko y'Imana" amategeko y'Imana yose uko ari 10 n'Isabato irimo, iyo wishe rimwe gusa uba ubaye nka satani wishe mo irya 10 gusa maze akaba arayishe yose, akirukanwa ahera ho mu ijuru njyiye kuzibera by'iteka ryose kuva 15/10/2024" bakagira kwizera nk'ukwa Yesu"kwizera nk'Ukwa Yesu ni Umwuka w'Ubuhanuzi nk'uko byanditswe mu Ibyahishuwe 19:10 uwo abera bemera mumbaraga yo kwizera ko abahanuzi b'uwiteka bagomba kuba beza Isabato nk'Uko Ellen G.White ameze n'o mubuhanuzi bwose yahanuye bukaba buri gusohora imbona nk'ubone harimo iby'itegeko ry'icyumweru, ritigeze rihanurwa n'undi uwariwe wese mubeza icyumweru , bayobye buhumyi bagakurikiza imigenzo yo gusenga k'umunsi w'ikigirwamana apolo cy'abapagana b'i roma bakera nk'uko mu rwanda basengaga Ryangombe".13.numva ijwi rivugira mu ijuru rimbwira riti"Andika uti'"Ubu ndi kwandika ntyo nti"' Uhereye none hahirwa abapfa bapfira mu mwami wacu.'" Umwuka na we aravuga ati"Yee, ngo baruhuke imihati yabo"uko turara tudasinziriye tukirirwa tutariye tuburira abantu batuye isi ko nibakurikira idini yayobye ya SATANI iyobowe na Papa w'Umu Jesuit w'I Roma bazarimbuka bidatinze muri iyi New World Order batangije muri 2020 izarangirana na ibcyagocya gatandatu cya haremagidoni, Yesu akaza mucyago cya 7 ku ri 15/10/2024",kuko imirimo yabo ijyanye na bo ibakurikiye.'aho uwumva yumvise maze akemera kwaturira Yesu Kristo ibyaha bye ikihana akababarirwa agatsindishirizwa, akezwa akazabona ubugingo buhoraho iyo mirimo ikandikwa mubito byo mu ijuri mu gitabo cy'u rwibutso mugihe izina ryange ryanditswe mugitabo cy'ubugingo, inyenyeri zabihannye bumvise ubu butumwa zikaza ba kw'ikamba ryanjye iteka ryose nk'uko biri muri daniyeli 12:1-13".)  . {IZ 34.2} Iryo ni isezerano ry'ubutasi bwa Ellen Gould White yaherewe muri Yeriko yo Mu Ijuru ko aAbera batsindishirijwe bagereranywa n'umubare 144000 batagomba rwose kwinjira mukigeragezo cy'icyi cyumweru bariguhibibikanira gutangaza nk'itegeko Imana itabanje kumenyesha isaha, umunsi ,umwaka 15/10/2024 Yesu azagarukira ho ngo abera bayo beza Isabato batsindishirijwe babanze babyumve , babyige, babimenye, babone kubisobanukirwa mbere yo gusukirwa Umwuka wera mu Mvura y'itumba, mugihe Mukwa Cyenda 2020 hagiye gutangijwa a Creation Sunday irikuganisha kugusinyira muri congress ya Amerika(USA) ngo rijye rya kwitwa itegeko ry'Icyumweru muri Amerika icyimenyetso cy'Inyamanswa,Ikizira cy'Umurimbuzi ariwe Umu Jesuit Papa Francis w'I Roma, uwo Yesu yareberaga mukwizera imbere ye akaburira twebwe abarigusohorerwaho n'ubu buhanuzi muri matayo 24:15 ngo nitubisoma tuzabyitondere cyane, kandi Yesu yongeye kutwibutsa amaramaje ngo Tuzasenge Uwiteka Imana yacu ngo Guhunga kwacu kutazaba muminsi y'Imbeho cyangw aku munsi w'Isabato,Yesu yashakaga kwihanangiriza abamutegereje bose bashikamye bo mu Ibyahishuwe 17:14, Ibyahishuwe 12:10-11 , Ngo ISABATO TUZAYIKOMEREHO,ngaho nimushikame TUMWEREKE KO TWIZEYE  IBYO YADUSABYE BYOSE , TUBISHYIRE MUBIKORWA, NIDUPFA DUPHIRE MURI WE, AZATUZURA, NGAHO NIMUSHIKAME, URUGAMBA RUGEZE KU IHEREZO, KANDI RURAKOMEYE NK'UKO RWARI RUKOMEREYE YESU KRISTO ubwo Yuda yaragiye kumugambanira mu ijoro nawe agasigara asenga 3 muri Getsemani, yasabye muri Mariko 14:1-72 Petero gusenga, amubaza nimpamvu yananiwe kubana nawe byibuza isaha 1, kandi yabibasabye inshuro 3, ibyo bivuzee ko tugomba gusenga nkuko Umwami wacu , we rugero ruzima yasenze 3 kose buri saha imwe ngo abashe gukomera ahangane n'imbaraga z'ubuyobozi bw'igihugu ni z'abatambyi bakuru Ana na Kayafa we nk'umuturajye wari ucirirtse bicishije urupfu n' agashinyaguro ariko ntiyivuguruza kw'ijambo rye ryo kubenga SATANI agacungura INYOKO MUNTU akayisubiza mubiganza by'Imana yayiremye ayikuye mumaboko y'Ubugome ya SATANI uyu woheje Ubutegetsi bw'Isi gukurikiza ubuyobe bwa PAPA Francis bwo guhatira abatuye ISI kwica Isabato yera y'Umunsi wa 7 bakeza Isabato y'Impimbano yo kumunsi wa 1 ngo barengere Ibidukikije bite kw'isi ishaje itya nk'igisubizo yanditse muri Laudatosi ye. Yesu yasenze mu isaha imwe aragaruka, abikora gatatu, asaba intumwa gusenga nkawe inshuro eshatu zose, bivuze bitya umunsi umwe =amasaha 24,kandi umunsi ungana n'umwaka , umwaka ungana n'iminsi 360, ubwo 1h=360days:24hx1h =15days.
Inshuro 3 yesu yasenzee mo ni amasaha 3, angana n'iminsi 15dayX3=45days,=30days+15days,=1month+15days, naho kuba intumwa zaragombaga gusenga nkawe akizaba kubikora gatatu zitabikora, kugirango hatazabaho kwihakana Yesu , Umwami w'isabato nugusenga 45days inshuro eshatu= 45daysX3=135Days, bingana n'amezi 4 n'iminsi 15days,ubaze uhereye igihe Yuda yagiriye kugambanira Yesu, kuri twe hagereranywa n'igihe a Creation Sunday igiye gutangirira mu kwa 9/2020, uteranyeho rero uko iyo Yuda ari kugambanira Yesu, Yesuwe asigara asenga mugihe cy'amasaha atatu arangira Yuda azanye igitero cyo kumufata, natwe dufashe ukwezi kwa 9, tugateranyaho amezi 4 n' iminsi 15 bigera mukwezi kwa 2/2021, hazaba hagomba kongerwa ho iminsi 1335 yo muri Daniyeli 12:12-13 ingana n'imyaka 3years n'amezi 8 months n'iminsi 15days bigeza mu mwaka wa 2024, 15/10/2024, babibara batya, 31/10/2017-31/10/2024 ni Iminsi irindwi ingana n'imyaka irindwi yo kugotwa no kurimbuka kwa Yerusaremu yica abahanuzi ariyo General Conference y' abadiventistes yaciye ababwiriza butumwa babarayike mukuburira Isi nahano mu rwanda barabahagaritse, ubwo Yesu yavuze ko bizasa neza no kurangira kw'Isi bigasa no kurimbuka kwa Yerusaremu biboneka muri matayo 24 no mu Intambara ikomeye icyigisho cya mbere, rero muri Daniyeli 9:27 icyo cyumweru cyirimo cyarahanuwe ko Papa azashyiraho icyizira cye aricyo cyumweru hagati mumyaka 7 uhereye igihe yasezeraniye nabenshi isezerano , rigomba kumara gusa icyumweru ariyo myaka 7 ubundi akarimburwa nk'utembanywe n'umwuzure w'amazi aribyo bivuga kurimburwa n'intambara ya hare,magidoni ,muri 2024, iherezo ry'icyumweru rizaba 31/10/2014, gukuramo iminsi 1335 igomba kurangira Daniyeli akazuka agahagarara mu mwany awe, ubona igihe itegeko ry'icymweru ritangirwa kandi hazaba hashize amezi 3 n'iminsi 15 imbabazi zirangiye kubantu bose basobanukiwe iby'ISABATO bategereje Yesu Kristo , ubwo rero imbabazi zizarangira mukwa 10/2020 kuko ubaze igihe icyumweru cyizashyirirwa muri amerika nka Creation Sunday ni mukwa Cyenda, kandi twabonye ko twongera ho amezi 4 n'iminsi 15 tukagera igihe yuda azanira igitero mukwa 2/2021, uvanye ho amezi 3 n'iminsi 15 bigaruka mukwa 10/2020 imbabazi z'Imana zikarangira kubadiventistes b'umunsi wa 7 banze gutsindishirizwa hakiri ayamezi macye gusa atagera kuri 5. Kuva 31/10/2017 kugera 31/10/2024 harimo imyaka irindwi yo muri Daniyeli 9:27 ihreye igihe vatikani yasinyaniye n'ahbahagarariye amadini ya giporotesitanti yose kw'isi yose ngo bihakane ibyo Luteri yakoze ubwo yitandukanyaga na Roma kuva muri 1517 kugera 31/10/2017 hashize imyaka 500 y'ubuprotestants,aho rero hatangirira icyumweru cyo muri Danyeli 9:27 kuva 31/10/2017 kugeza 31/10/2024, gufata 31/10/2024 ugakuramo iminsi 1335 ingana n'imyaka 3years n'amezi 8months n'iminsi 15 days, fata imsinsi ku minsi 31-15=16, ushake icyeragati cy'iminsi 16  cyiaba cyiri hagati y'iminsi 7 na 17, nufata amezi 10 ugakura mo amezi 8 harasigara amezi 2 , ubwo ni mukwa 2, nufata imyaka 2024 ugakura mo imyaka 3 , harasigara imyaka 2021, ubwo igihe cyo mucymweru hagati tugendeye kugihe Daniyeli azazukira ni 7-16/2/2021,  aho igitero cy'Abafashe Icyimenyetso cy'ubupapa ariyo Nyamanswa aricyo Cyumweru kizaba kiteguye nk'icyari cyiyobowe na Yuda ngo kize ari igitero simusiga cyo kudufata twebwe abeza ISABATO y'Umwami W'Isabato ariwe Mwana w'Intama w'Imana ariwe Yesu Kristo, ariwe buye rikomeza imfuruka , ariweujyiye kuza gutumura igishushanyo cya Nebukadinezari kuri 15/10/2024, dushikame dufate ayo mezi 4 n'iminsi 15 dusenga tweza, dutsindishirizwa kandi twitegura gusukirwa Umwuka wera mu mvura y'Itumba , uzatubashisha kubwiriza ubutumwa bwa Marayika wa 3 mu ijwi rirenga bugahetura isi, bukayungurura imisaruro ibiri yo mu Ibyahishuwe 14:14-20 aho Umusaruro wa Yesu ariwe Muzabibu w'ukuri uzatwara abatuye ko ISABATO ari iyera mumaso y'abategetsi b'iyi Si, naho umusaruro wo kwengeshwa ibirenge mumuvure w'umujinya w'Imana ari abazaba bashishikajwe no kuduseka no kuturenganyiriza ubusa barengera ibinyoma bya Papa Francis byo kweza Icyumweru ariwe ukorera Umuzabibu w'Isi ariwe SATANI wanesherejwe kumusaraba ikaluvari, birababaje kwemera gukorera Satani watsindiwe kumusaraba, aho gukorera Yesu Kristo umwami w'isabato waneshereje ku musaraba, kandi arinawe ufite urufunguzo rwo kurimbura abo bose batamukunda vuba aha cyane mubyago 7!!!!Mukomere turwane, duhanganye na SATANI amaso kumaso, Imbona nkubone, arigukorera mubo turi kumwe, ngo baturenganye, baciriwe ho iteka kuko ukukuri kubanyuze mumaso ntibakwizere, bazarimbuka by'iteka ryose.]
Ba bantu ibihumbi 144 bose bari bashyizweho ikimenyetso kandi bunze ubunze rwose. Ku ruhanga rwabo hari handitsweho, “Imana na Yerusalemu Nshya,” kandi hariho n’inyenyeri irabagirana iriho izina rishya rya Yesu. Igihe twari tunezerewe, turi mu mwanya wera ba banyabibi baraturakariye kandi bashakaga kudusumira ngo batujugunye mu nzu y’imbohe. Ubwo ni bwo natwe twazamuraga amaboko yacu mu izina ry’Uwiteka maze ababi bagwa hasi barambaraye batagira ubaramira. Ubwo ni bwo abo mu isinagogi ya Satani bamenye ko Imana yadukunze twebwe abashoboraga kozanya ibirenge kandi tukaramukanya na bene Data mu ndamutso yera, maze bikubita ku birenge byacu bararamya. {IZ 35.1}
Mu kanya gato twerekeza amaso yacu iburasirazuba, kuko twari tubonye agacu gatoya kirabura, kangana n’igice cy’ikiganza, maze twese tumenya ko ari ikimenyetso cy’Umwana w’umuntu. Twese dutumbira ako gacu dufite ituza cyane kuko uko karushagaho kwigira hafi ari na ko karushagaho kugira umucyo, gafite ubwiza, kandi kakarushaho kugira ubwiza kugeza ubwo kabaye igicu kinini cyera. Ku ruhande rwo hasi cyasaga n’umuriro; hejuru y’icyo gicu hari umukororombya, naho impande hari abamarayika ibihumbi cumi, baririmba indirimbo y’agahebuzo; kandi kuri icyo gicu ni ho Umwana w’umuntu yari yicaye. Umusatsi we wari umweru kandi utendera ku ntugu ze; ndetse ku mutwe we hari hatamirijwe amakamba menshi. Ibirenge bye byasaga n’umuriro; kandi mu kuboko kwe kw’iburyo yari afite umuhoro utyaye; mu kw’ibumoso afite impanda yacuzwe mu ifeza. Amaso ye yasaga n’ibirimi by’umuriro, yashakishaga abana be aho bari hose. Nuko mu maso yose haracya, naho mu ya ba bandi banze
Imana hacura umwijima. Nuko twese turangururira icyarimwe tuti: “Ni nde ubasha guhagarara adatsinzwe? Mbese aho umwambaro wanjye uraho utagira ikizinga?” Hanyuma abamarayika bareka kuririmba, habaho umwanya wo guceceka guteye ubwoba, ubwo ni bwo Yesu yavugaga ati: “Abafite amaboko atanduye n’imitima iboneye ni bo bazabasha guhagarara badatsinzwe; Ubuntu bwanjye burabahagije.” Ibyo bituma mu maso hacu harabagirana, maze imitima yose isabwa n’umunezero. Ubwo igicu cyarushagaho kwegera isi, abamarayika bongeye guhanika indirimbo. {IZ 35.2}
Noneho igihe Yesu yamanukaga ku bicu agoswe n’ibirimi by’umuriro, ya mpanda ye y’ifeza yaravuze. Yerekeza amaso ye ku bituro by’abera basinziriye, nuko yubura amaso ye azamura n’amaboko ayatunga ku ijuru, ararangurura ati: “Nimukanguke! Nimukanguke! Yemwe abasinziriye mu mukungugu mwe, nimuve mu bituro.” Nuko habaho igishyitsi gikomeye, ibituro birakinguka abapfuye bavamo bambaye kudapfa. Ba bantu 144.000 babonye incuti zabo bari baratandukanyijwe n’urupfu maze batera hejuru bati: “Haleluya.” Muri ako kanya turahindurwa tujyananwa na bo gusanganirira Umwami mu kirere. {IZ 36.1}
Twese tujyanwa mu gicu, kandi tumara iminsi irindwi tuzamuka twerekeje iyo ku nyanja
y’ibirahuri. Nuko Yesu azana amakamba, ayatamiriza ku mitwe yacu n’ukuboko kwe kw’iburyo.
Aduhereza inanga z’izahabu n’imikindo yo kunesha. Kuri iyo nyanja y’ibirahuri ni ho ba bantu 144000 bahagaze bayikikije mu buryo bunogeye amaso. Bamwe muri bo bari bafite amakamba arabagirana cyane, abandi bafite atarabagirana cyane. Amakamba amwe yagaragaraga ko aremerejwe n’inyenyeri nyinshi zitatsweho, naho andi ariho inyenyeri nke. Bose bari banyuzwe rwose n’amakamba yabo. Kandi bose bari bambaye igishura byera kuva ku ntugu kugera ku birenge. Ubwo twagendaga twerekeje ku nyanja y’ibirahuri tugana ku irembo ry’umurwa, abamarayika bari badushagaye. Yesu arambura ukuboko kwe gukomeye kw’ubwiza, afata kuri ya marembo arimbishijwe imaragarita, akingura urugi rwikaraga ku mapata yarwo arabagirana, maze arwigizayo aratubwira ati: “Mwameshe ibishura byanyu mu maraso yanjye, mwahagarariye ukuri kwanjye mutajegajega, nimwinjire.” Twese turinjira maze twiyumvamo uburenganzira busesuye muri uwo murwa. {IZ 36.2}
Muri uwo murwa twahabonye igiti cy’ubugingo n’intebe y’ubwami y’Imana. Ku ntebe y’Imana haturukaga uruzi ruboneye rw’amazi y’ubugingo, kandi hakurya no hakuno y’urwo ruzi hari igiti cy’ubugingo. Ku nkengero imwe y’urwo ruzi hari igiti cy’inganzamarumbo no ku yindi hari ikindi. Byombi byari byiza kandi bitatswe izahabu irabagirana. Ku ikubitiro nibwiye ko nabonye ubwoko bubiri bw’ibiti. Nongeye kwitegereza mbona ko ibyo biti bifataniye mu bushorishori bwabyo bikaba igiti kimwe. Icyo cyari igiti cy’ubugingo cyari hakurya no hakuno y’uruzi
 rw’ubugingo. Amashami yacyo yari abogamiye aho twari duhagaze, kandi imbuto zacyo zari nziza cyane; zisa n’izahabu ivanze n’umuringa. {IZ 36.3}
Twese tujya munsi y’icyo giti turicara kugira ngo turebe ubwiza bw’aho hantu. Muri icyo gihe abavandimwe bacu Fitch na Stockman 31 bari barabwirije ubutumwa bwiza bw’ubwami, kandi Imana ikaba yari yaremeye ko bipfira kugira ngo ibakize, baje kudusanga, batubaza ibyo twanyuzemo mu gihe bari basinziriye. Twagerageje kwibuka amakuba akomeye twanyuzemo ariko yari angana urwara agereranyijwe n’ikuzo rihoraho kandi ritarondoreka byari bituzengurutse ku buryo tutabasha kubivuga, maze twese turarangurura tuti: “Haleluya, ijuru ni iry’igiciro cyinshi.” Maze inkomanizo z’imiryango y’ijuru ziranyeganyega. {IZ 37.1}
Yesu aturangaza imbere twese turamanuka tuva mu murwa twerekeza kuri iyi si, ku musozi munini cyane kandi w’icyubahiro. Uwo musozi ntiwashoboye kwihanganira Yesu wari uwuhagazeho, maze usadukamo kabiri, haba ikibaya kinini cyane. Hanyuma turebye hejuru tubona ururembo runini, rufite imfatiro cumi n’ebyiri, n’amarembo cumi n’abiri, atatu atatu kuri buri ruhande, kandi kuri buri rembo hari umumarayika. Twese turarangurura tuti: “Ururembo, ururembo rukomeye, ruraje, ruje ruturuka mu ijuru ku Mana.” Maze ruraza, ruhagarara aho twari duhagaze. Nuko dutangira kwitegereza ibyiza byari hanze y’urwo rurembo. Muri rwo nahabonye
amazu meza cyane yasaga n’ifeza, atewe inkingi enye zishyizweho imaragarita zifite ubwiza
buhebuje bwo kurebwa. Muri yo ni ho abera bajyaga gutura. Mu nzu yose harimo ububiko
busizwe zahabu. Nabonye benshi mu bera binjira muri ayo mazu, bakuramo amakamba yabo
arabagirana, bayashyira kuri ubwo bubiko, nuko barasohoka bajya mu murima wari ukikije inzu
kugira ngo bagire ibyo bakora ku butaka, bitari nk’uko dukora hano mu isi. Oya rwose! Umucyo
utangaje warabagiranaga ku mitwe yabo bose, kandi bakomezaga kurangurura basingiza Imana.
{IZ 37.2}
Nabonye undi murima wuzuyemo uburabyo bw’amoko yose, kandi ubwo nabucaga
nararanguruye nti: « Ntibuzigera bwuma. » Hafi aho nahabonye umurima urimo ibyatsi birebire
binogeye amaso. Byahoraga bitoshye kandi uko byahungabanaga byitegeye ubwiza bw’Umwami
Yesu, byavagaho umucyo usa n’ifeza n’izahabu. Hanyuma twinjira mu wundi murima urimo
inyamaswa z’ubwoko bwose. Intare, umwana w’intama, ingwe, n’ikirura byose byari bibanye
mu mutekano. Tuzinyura hagati, maze zidukurikira zituje. Hanyuma twinjira mu ishyamba ritari
nk’ishyamba ricuze umwijima ryo muri iyi si; ahubwo ryari ishyamba ryuzuye umucyo n’ubwiza
buhebuje. Amashami y’ibiti byo muri ryo yahungabaniraga hirya no hino, maze twese
turarangurura tuvuga tuti: « Tuzigumira muri iri shyamba, twiryamire muri ibi biti. » Duca iryo
shyamba, kuko twerekezaga ku musozi Siyoni. {IZ 38.1}
Ubwo twari mu rugendo, twahuye n’itsinda ry’abantu na bo batumbiriye ubwiza bw’aho hantu.
Nuko mbona inshunda z’imyambaro yabo zitukura; amakamba yabo arabagirana; kandi
amakanzu yabo yeraga nk’urubura. Tubaramukije mbaza Yesu abo ari bo. Ambwira yuko ari
abishwe ari we bazira. Bari bari kumwe n’abana batagira ingano; nabo bari bafite inshunda
zitukura ku myambaro yabo. Umusozi Siyoni wari imbere yacu, kandi kuri uwo musozi hari
urusengero rwiza cyane, kandi rwari rukikijwe n’indi misozi irindwi yari iriho indabo nziza za
roza n’amaroma. Mbona twa twana duterera, cyangwa twashaka tukagurukisha utubaba twatwo,
tukagwa mu mpinga z’iyo misozi maze tugaca ubwo burabyo budateze kuma na rimwe. Iruhande
rw’urwo rusengero, hari ibiti by’amoko yose birimbishije aho hantu, birimo imizabibu,
imikomamanga, imyerayo, imitini n’imikindo. Ndetse amashami y’imitini yari acuramye hasi
aremerewe n’imbuto zawo. Ibyo byose byatumaga aho hantu hose haba ah’igikundiro. Maze
tugiye kwinjira mu rusengero, Yesu arangurura ijwi rye ryiza cyane aravuga ati: “Abinjira aha
hantu ni abantu 144,000 gusa;” maze natwe turangurura tuvuga tuti: “Haleluya.” {IZ 38.2}

Urwo rusengero rwari rufashwe n’inkingi ndwi, kandi zose ari izahabu irabagirana, zitatsweho
imaragarita nziza cyane. Ibyo bintu bitangaje nahabonye sinashobora kubisobanura. Iyo mbasha
kuvuga ururimi rw’i Kanani, nari kubasha gusobanura bike mu byiza byaho. Nahabonye ibisate
by’amabuye byanditsweho amazina ya ba bandi ibihumbi 144. Kandi yari yanditswe mu nyuguti
z’izahabu. Tumaze kwitegereza ubwiza bw’urwo rusengero, twarasohotse, maze Yesu aradusiga
ajya mu rurembo. Bidatinze twongera kumva ijwi rye rinezeza rivuga riti: “Bwoko bwanjye
nimuze, mwavuye mu mubabaro ukomeye, kandi mwakoze ibyo nshaka; mubabazwa
babampora, nimwinjire dusangire, kuko ngiye gukenyera, nkabahereza.” Natwe turangururira
rimwe tuti : “Haleluya! Ikuzo ribe iry’Imana!” Nuko twinjira mu rurembo. Maze mbona ameza
akozwe mu ifeza nziza; yari afite uburebure bwa kilometero nyinshi, ariko amaso yacu
yabashaga kuyareba akayaheza. Mbona imbuto z’igiti cy’ubugingo, manu, imbuto z’imitini,
imizabibu, amakomamanga, amaseri y’imbuto n’andi moko menshi y’imbuto. Nasabye Yesu
kunkundira kurya kuri izo mbuto. Yaramwiye ati: “Si ubu. Abariye kuri izi mbuto ntibaba
bagisubiye mu isi ukundi. Ariko nuba umukiranutsi, hasigaye igihe gito ukazarya ku mbuto
z’igiti cy’ubugingo kandi ukanywa ku mazi ya ya soko.” “Kandi arambwira ati: “Ukwiriye
kongera gusubira ku isi maze ukabwira abandi ibyo naguhishuriye.” Nuko marayika angarurana
ubwitonzi kuri iyi si y’umwijima. Rimwe na rimwe njya nibwira ko ntakwiriye kuguma kuri iyi
si ukundi kuko ibyaho byose ari umwaku. Kandi ndi mu bwigunge kuri iyi si bitewe n’uko
nabonye igihugu kirushijeho kuba cyiza. Iyo ngira amababa nk’ay’inuma, mba ngurutse nkigira
kwiruhukira! {IZ 38.3}
Nkimara kuva mu iyerekwa, nabonye ibintu byose byahindutse; umwijima wabuditse kubyo
nabonaga. Mbega ukuntu nabonaga ko iyi si ari umwijima w’icuraburindi! Ubwo nibonaga kuri
iyi si naraboroze, kandi numva mfite urukumbuzi. Nabonye isi irushaho kuba nziza, bityo
yatumye iyi iba umwaku. Natekerereje ibyo nabonye rya tsinda rito ry’abo twasenganaga i
Portland, maze bizera badashidikanya ko byavuye ku Mana. Icyo cyari igihe gikomeye. Ubwiza
bw’ibizahoraho bwakomeje kuba kuri twe. Hashize icyumweru mpawe iryo yerekwa, Umwami
yongeye kumpa irindi yerekwa maze anyereka ibigeragezo ngomba kuzanyuramo, kandi ko
ngomba kujya kubwira abandi ibyo yampishuriye, ndetse ko nzahura n’abandwanya bityo kubwo
kugenda nkazagira umubabaro mu buryo bw’umwuka. Ariko marayika yarambwiye ati: ‘Ubuntu
bw’Imana buraguhagije kuko izagukomeza.’ Nkimara kuva muri iryo yerekwa, nahuye n’akaga
gakomeye. Ubuzima bwanjye ntibwari bumeze neza na hato kandi icyo gihe nari mfite imyaka
cumi n’irindwi gusa. Nari nzi ko abantu benshi bagiye bagwa kubwo gushyirwa hejuru, bityo
menya ko iyo nanjye njya gushyirwa hejuru mu buryo ubwo ari bwo bwose, Imana yajyaga
kundeka maze nkazimira ntakabuza. Nasanze Imana nsenga maze nyisaba ko uwo mutwaro
yawuha undi. Byasaga n’aho njye ntawushoboye. Nubitse umutwe igihe kirekire, ariko umucyo
nashoboraga kubona wari uwambwiraga ngo: ‘Menyesha abandi ibyo naguhishuriye.’ {IZ 39.1}
Mu iyerekwa ryakurikiyeho nasabye Imana nkomeje ko niba ngomba kugenda nkavuga ibyo
yanyeretse, ikwiriye kuzandinda kwishyira hejuru. Noneho inyereka ko isengesho ryanjye
ryasubijwe, kandi ko ningwa mu kaga ko kwishyira hejuru, ukuboko kwayo kwari kunkoraho
bigatuma ndwara. Marayika yarambwiye ati: “Nutanga ubutumwa nk’uko buri, kandi
ukihangana ukageza ku iherezo, uzarya ku mbuto z’igiti cy’ubugingo kandi uzanywa no ku mazi
y’uruzi rw’ubugingo.” {IZ 39.2}
Bidatinze, inkuru yasakaye hose ko ibyo neretswe ari ingaruka yo gutwarwa Intekerezo 32 kandi
Abadiventisiti benshi bari biteguye kubyemera no gukwirakwiza iyo nkuru. Umuganga umwe
wari icyamamare muri uko gutwara intekerezo z’abantu bakaba nk’abatewe ikinya yambwiye ko
ibyo mvuga ari ingaruka yo gutakaza ubwenge, ko ndi umuntu woroheje cyane, ko nawe

ashobora kungenza uko ashaka maze agatuma mpangwaho n’imyuka. Namubwiye ko Imana
yanyeretse ko gutwara abantu ubwenge bakaba nk’abatewe ikinya bituruka kuri sekibi ikuzimu,
kandi ko bidatinze azajugunyanwayo n’abakomeje gukoresha ubwo buryo. Namuhaye
uburenganzira bwo kugerageza kuntwara intekerezo niba yabishobora. Yagerageje igihe gisaga
igice cy’isaha, akoresha uburyo bunyuranye, nyuma biramunanira arazibukira. Kubwo kwizera
Imana, nabashije guhagarara ntsinda imbaraga ze ku buryo zitashoboye kugira icyo zinkoraho na
gito. {IZ 39.3}
Iyo mpererwa iyerekwa mu iteraniro, benshi bajyaga kuvuga ko ari ugutwarwa kandi ko hari
umuntu wanyobeje ubwenge nk’uwanteye ikinya. Hanyuma nagiye njya mu ishyamba
ahiherereye ndi njyenyine, aho nta jisho ryabashaga kumbona cyangwa ngo hagire umuntu
unyumva maze ngasenga bityo rimwe na rimwe Imana ikahampera iyerekwa. Icyo gihe
narishimaga maze nkababwira ko Imana yambonekeye ndi jyenyine, aho nta muntu upfa
washoboraga kugira icyo ankoraho. Ariko hari abantu bamwe bambwiye ko ari njye ubwanjye
witesheje ubwenge maze nkihangishaho. Naratekereje nti: ‘Mbese bigeze aho abasanga Imana
bataryarya kugira ngo bayisabe kubasohoreza amasezerano n’agakiza kayo bashinjwa ko ibyo
barimo ari ubupfapfa kandi ko batwawe n’imbaraga yo gutesha abantu ubwenge?’ ‘Mbese twaba
dusaba umugati Data wa twese udukunda uri mu ijuru, maze akaduha ibuye cyangwa inzoka?’
Ibyo bintu byakomerekeje intekerezo zanjye, bituma umutima wanjye ugira agahinda gasaze, uri
hafi kwiheba mu gihe hari benshi banyizezaga ko nta Mwuka Muziranenge ubaho, kandi ko
ibyabaye ku bera b’Imana byari uguta ubwenge gusa cyangwa bikaba byari ubushukanyi bwa
Satani. {IZ 40.1}
Muri iki gihe, muri Maine hari ubwaka. Abantu bamwe baretse rwose gukora kandi
bitandukanya n’abantu bose batemeye ibitekerezo byabo ku byerekeranye n’iyo ngingo ndetse
n’ibindi bintu bafataga ko ari inshingano z’iby’iyobokamana. Ayo makosa yose Imana
yayampishuriye mu iyerekwa maze irangije inyohereza ku bana bayo bayobye kugira ngo
nyavuge. Nyamara benshi muri bo bamaganye ubwo butumwa bivuye inyuma, maze banshinja
ko nisanisha n’ab’isi. Ku rundi ruhande, abari Abadiventisiti ku izina banshinje kuba umwaka
maze abantu bamwe b’abanyabibi bamvuga ibinyoma ko ndi umuyobozi w’ubwo bwaka kandi
mu by’ukuri narakoraga kugira ngo bukosorwe. Ibihe byinshi byagiye bishyirwaho bavuga ko
Umwami azagaruka kandi babyemezaga abavandimwe bacu mu kwizera. Nyamara Umwami
yanyeretse ko ibyo bihe byose bigomba guhita, kuko hagomba kubanza kubaho ibihe
by’amakuba mbere yo kugaruka kwa Kristo, kandi ko igihe cyose cyashyizweho kigahita
cyagombaga gusa gucogoza ukwizera k’ubwoko bw’Imana. Kubera ibyo, nashinjwe kuba nka
wa mugaragu mubi wibwiye mu mutima we ati: ‘Umwami wanjye atinze kugaruka.’ Ibyo bintu
byose byaremereye umutima wanjye cyane, maze muri urwo rujijo rimwe na rimwe
nkageragereshwa gushidikanya kubyo nanyuzemo. Igitondo kimwe ubwo nari mu masengesho
y’umuryango, imbaraga y’Imana yatangiye kunzaho, maze muri njye haza igitekerezo cy’uko
byaba ari uguhangwaho birimo guta ubwenge bituma nyirwanya. Ako kanya nahise mpinduka
ikiragi kandi mara akanya ntashobora kumenya ibiri iruhande rwanjye byose. Hanyuma mbona
icyaha cyanjye cyo gushidikanya imbaraga y’Imana, kandi mbona ko kubw’uko gushidikanya
nagizwe ikiragi ndetse ko ururimi rwanjye rutazagobodoka hatarashira amasaha makumyabiri
n’ane. Nabonye imbere yanjye hari urupapuro ruriho amagambo yandikishijwe izahabu yo mu
bice n’imirongo mirongo itanu 33 byo mu Byanditswe Byera. Mvuye muri iryo yerekwa,
nasabye urubaho maze nandikaho ko nabaye ikiragi, ndetse nandika n’ibyo nabonye kandi ko
nifuzaga Bibiliya nini. Nafashe Bibiliya maze mpita ndeba ya masomo yose nabonye ku
rupapuro. Namaze umunsi wose ntashobora kuvuga. Mu gitondo cya kare cy’umunsi

wakurikiyeho umutima wanjye wuzuye ibyishimo, maze ururimi rwanjye ruragobodoka
mpimbaza Imana. Nyuma y’ibyo, sinongeye guhangara gushidikanya imbaraga z’Imana
cyangwa ngo ngire n’akanya gato ndwanya imbaraga y’Imana kabone n’ubwo abandi bagira uko
bantekereza. {IZ 40.2}
Mu 1846, ubwo nari ahitwa Fairhaven ho muri Leta ya Masashiseti (Massachusetts), murumuna
wanjye (wakundaga kumperekeza aho ngiye hose), umuvandimwe A, na musaza wanjye G.,
twese twafashe ubwato twerekeza mu kirwa cy’Uburengerazuba ngo dusure umwe mu miryango
yaho. Igihe twatangiraga urugendo, hari mu gicuku. Ubwo umuraba wahagurukaga
ukadutungura, twari tumaze kugenda urugendo rugufi. Warahoreye kandi imirabyo irarabya,
maze imvura itangira kutunyagira imeze nk’amasoko adudubiza. Byagaragaraga neza ko
tugomba kurohama keretse gusa turamutse dutabawe n’Imana. {IZ 41.1}
Napfukamye mu bwato maze ntangira gutakambira Imana ngo iturokore. Maze aho kuri iyo
mivumba yadukozaga hirya no hino ubwo amazi yari yazamutse yenda kurengera
ubwato twarimo, najyanwe mu iyerekwa maze mbona ko bidatinze agatonyanga kose kagiye
gukama ntiturohame kuko ari bwo umurimo wanjye wari utangiye. Nkimara kuva mu iyerekwa,
ubwoba bwose nari mfite bwarayoyotse maze turaririmba dusingiza Imana. Ka kato kacu gato
kahindutse nk’urusengero rw’abasare rureremba. Umwanditsi w’ikinyamakuru cyitwaga
Integuza yo kugaruka kwa Yesu 34 yavuze ko amayerekwa yanjye ari ayaturutse ku
gukorerwaho gahunda zituma umuntu ata ubwenge. Ariko ndamubaza nti, “Ni ayahe mahirwe
yariho yari gutuma hakorwa izo gahunda mu gihe cyari kimeze nka kuriya?” Umuvandimwe
wanjye G. yari afite uburyo bwose bwo kwita kuri ubwo bwato. Yagerageje gutsika ubwato ariko
birananirana. Igihe ka kato kacu gato kateraganwaga n’umuraba kandi kagatwarwa n’umuyaga
hari hijimye ku buryo tutashoboraga kureba ku mpera z’ubwato. Bidatinze, igitsikabwato
cyarafashe maze umuvandimwe G. aratabaza. Kuri icyo kirwa hari inzu ebyiri gusa, maze tubona
turi hafi y’imwe muri zo nyamara siyo twifuzaga kugeraho. Ab’umuryango bose bari bagiye
kuryama uretse ko kubw’amahirwe umwana muto yumvise ijwi ritabariza mu mazi. Bidatinze se
yaje kudutabara, maze adushira mu kato gato atujyana ku nkombe. Twamaze hafi iryo joro ryose
dushima Imana kandi tuyisingiriza ineza itarondoreka yatugiriye. {IZ 41.2}
Amasomo Ellen G. White Yavuze Ko Yaherewe Mu Iyerekwa:
“Nuko dore uragobwa ururimi, kandi ntuzabasha kuvuga kugeza umunsi ibyo bizakuberaho,
kuko utemeye ko amagambo yanjye azasohora mu gihe cyayo.” Luka 1:20. {IZ 42.1}
Ibyo Data afite byose ni ibyanjye , ni cyo gitumye mvuga nti: ‘Azenda ku byanjye abibabwire.’
Yohana 16:15. {IZ 42.2}
Bose buzuzwa Umwuka Wera, batangira kuvuga izindi ndimi nk’uko Umwuka yabahaye
kuzivuga. Ibyakozwe n’intumwa 2:4. {IZ 42.3}
Kandi none Mwami Mana, reba ibikangisho byabo, uhe abagaragu bawe kuvuga ijambo ryawe
bashize amanga rwose, ukiramburira ukuboko kwawe kugira ngo gukize, gukore n’ibimenyetso
n’ibitangaza mu izina ry’Umugaragu wawe wera Yesu.” Bamaze gusenga, aho bari bateraniye
haba umushyitsi, bose buzuzwa Umwuka Wera, bavuga ijambo ry’Imana bashize amanga.
Ibyakozwe n’intumwa 4:29-31. {IZ 42.4}
“Ibyejejwe by’Imana ntimukabihe imbwa , kandi n’imaragarita zanyu ntimukazite imbere
y’ingurube, kugira ngo zitaziribata maze zikabahindukirana zikabarya. “Musabe muzahabwa,
mushake muzabona, Mukomange ku rugi muzakingurirwa. Kuko umuntu wese usaba ahabwa,
ushatse abona, n’ukomanga agakingurirwa. Mbese muri mwe hari umuntu umwana we yasaba
umutsima akamuha ibuye, cyangwa Yamusaba ifi akamuha inzoka? Ko muri babi kandi mukaba
muzi guha abana banyu ibyiza, none So wo mu ijuru ntazarushaho guha ibyiza ababimusabye?

“Nuko ibyo mushaka ko abantu Babagirira byose mube ari ko mubagirira namwe, kuko ayo ari
yo mategeko n’ibyahanuwe. “Mwirinde abahanuzi b’ibinyoma baza aho muri basa n’intama,
ariko imbere ari amasega aryana. Matayo 7:6-12,15. {IZ 43.1}
Kuko abiyita Kristo n’abahanuzi b’ibinyoma bazaduka bakora ibimenyetso bikomeye
n’ibitangaza, kugira ngo babone uko bayobya n’intore niba bishoboka. Matayo 24:24. {IZ 43.2}
Nuko rero nk’uko mwakiriye Kristo Yesu Umwami wacu abe ari ko mugendera muri we,
mushōreye imizi muri we kandi mwubatswe muri we, mukomejwe no kwizera nk’uko
mwigishijwe, mufite ishimwe Ryinshi risesekaye. Mwirinde, hatagira umuntu ubanyagisha
ubwenge bw’abantu n’ibihendo by’ubusa Bikurikiza imihango y’abantu, iyo bahawe na ba
sekuruza ho akarande, kandi bigakurikiza imigenzereze ya mbere y’iby’isi bidakurikiza Kristo.
Abakolosayi 2:6-8. {IZ 43.3}
Nuko rero ntimute ubushizi bw’ubwoba bwanyu bufite ingororano ikomeye. Kuko mukwiriye
kwihangana kugira ngo nimumara gukora ibyo Imana ishaka, muzahabwe ibyasezeranijwe.
“Haracyasigaye igihe kigufi cyane, Kandi uzaza ntazatinda. Ariko umukiranutsi wanjye
azabeshwaho no kwizera. Nyamara nasubira inyuma, umutima wanjye ntuzamwishimira.” Ariko
twebweho ntidufite {IZ 43.4}
Gusubira inyuma ngo turimbuke, ahubwo dufite kwizera kugira ngo tuzakize ubugingo bwacu.
Abaheburayo 10:35-39. {IZ 43.5}
kuko uwinjiye mu buruhukiro bwayo na we aba aruhutse imirimo ye nk’uko Imana yaruhutse
iyayo. Nuko tugire umwete wo kwinjira muri ubwo buruhukiro, kugira ngo hatagira umuntu
ugwa akurikije icyitegererezo cya ba bandi cyo kutumvira. Kuko ijambo ry’Imana ari rizima,
rifite imbaraga kandi rikagira ubugi buruta ubw’inkota zose, rigahinguranya ndetse kugeza ubwo
rigabanya ubugingo n’umwuka, rikagabanya ingingo n’umusokōro kandi rikabangukira
kugenzura ibyo umutima wibwira ukagambirira. Abaheburayo 4:10-12. {IZ 43.6}
Icyo nzi neza rwose ntashidikanya, ni uko Iyatangiye umurimo mwiza muri mwe izawurangiza
rwose, kugeza ku munsi wa Yesu Kristo, ..... Icyakora, ingeso zanyu zimere nk’uko bikwiriye
ubutumwa bwiza bwa Kristo, kugira ngo ninza kubasura cyangwa nintaza, nzumve ibyanyu yuko
mushikamye mu Mwuka umwe muhuje umutima, kandi murwanira hamwe ku bwo kwizera
ubutumwa bwiza, mudakangwa n’ababisha bo mu buryo bwose. Ubwo butwari bwo kudatinya
kwanyu kuri bo ni ikimenyetso cyo urimbuka kwabo, naho kuri mwe ni ikimenyetso cy’agakiza
kanyu kava ku Mana. Kuko mutahawe kwizera Kristo gusa, ahubwo mwahawe no kubabazwa ku
bwe. Abafilipi 1:6, 27-29. {IZ 43.7}
Kuko Imana ari yo ibatera gukunda no gukora ibyo yishimira. Mukore byose mutitotombana,
mutagishanya impaka 15 kugira ngo mutabaho umugayo cyangwa uburyarya, mube abana
b’Imana Batagira inenge hagati y’ab’igihe kigoramye cy’ubugoryi, abo mubonekeramo
nk’amatabaza mu isi. Abafilipi 2:13-15. {IZ 44.1}
Ibisigaye mukomerere mu Mwami no mu mbaraga z’ubushobozi bwe bwinshi. 11 Mwambare
intwaro zose z’Imana, kugira ngo mubashe guhagarara mudatsinzwe n’uburiganya bwa Satani.
Kuko tudakīrana n’abafite amaraso n’umubiri, ahubwo dukīrana n’abatware n’abafite
ubushobozi n’abategeka iyi si y’umwijima, n’imyuka mibi y’ahantu ho mu ijuru. Nuko rero
mutware intwaro zose z’Imana, kugira ngo mubashe gukomera ku munsi mubi, kandi murangije
byose mubashe guhagarara mudatsinzwe. Muhagarare mushikamye mukenyeye ukuri,
mwambaye gukiranuka nk’icyuma gikingira igituza, mukwese inkweto, ari zo butumwa bwiza
bw’amahoro bubiteguza, kandi ikigeretse kuri byose mutware kwizera nk’ingabo, ari ko
muzashoboza kuzimisha imyambi ya wa mubi yose yaka umuriro. Mwakire agakiza kabe
ingofero, mwakire n’inkota y’Umwuka ari yo Jambo ry’Imana, 18 musengeshe Umwuka iteka

mu buryo bwose bwo gusenga no kwinginga, kandi ku bw’ibyo mugumye rwose kuba maso,
musabire abera bose. Abefeso 6:10-18. {IZ 44.2}
Mugirirane neza, mugirirane imbabazi, mubabarirane ibyaha nk’uko Imana yabababaririye muri
Kristo. Abefeso 4:32. {IZ 44.3}
Nuko rero ubwo mwiyejesheje imitima kumvira ukuri kugira ngo mubone uko mukunda bene
Data mutaryarya, mukundane cyane mu mitima. 1Petero 1:22. {IZ 44.4}
Ndabaha itegeko rishya ngo mukundane nk’uko nabakunze, mube ari ko namwe mukundana.
Ibyo ni byo bose bazabamenyeraho ko muri abigishwa banjye, nimukundana.” Yohana 13:34,35.
{IZ 44.5}
Ngaho nimwisuzume ubwanyu, mumenye yuko mukiri mu byo twizera kandi mwigerageze.
Mbese ntimwimenya kandi ntimuzi yuko Yesu Kristo ari muri mwe? Keretse ahari mubaye
abagawa. 2Abakorinto 13:5. {IZ 44.6}
Nk’uko ubuntu bw’Imana nahawe bungana, nashyizeho urufatiro nk’umwubakisha mukuru
w’ubwenge, undi yubakaho. Ariko umuntu wese yirinde uko yubakaho, 11 kuko nta rundi
rufatiro umuntu abasha gushyiraho keretse urwashyizweho, ari rwo Yesu Kristo. Ariko umuntu
niyuba ka kuri urwo rufatiro Izahabu cyangwa ifeza, cyangwa amabuye y’igiciro cyinshi
cyangwa ibiti, cyangwa ibyatsi cyangwa ibikenyeri, umurimo w’umuntu wese uzerekanwa. Urya
munsi ni wo uzawerekana kuko uzahishuzwa umuriro, akaba ari wo kandi uzagerageza umurimo
w’umuntu wese. 1Abakorinto 3:10-13. {IZ 45.1}
Mwirinde ubwanyu, murinde n’umukumbi wose Umwuka Wera yabashyiriyeho kuba abarinzi,
kugira Ngo muragire Itorero ry’Imana, iryo yaguze amaraso yayo. Nzi yuko nimara kuvaho,
amasega aryana azabinjiramo ntababarire umukumbi. Kandi muri mwe ubwanyu hazaduka
abantu Bavugira ibigoramye, kugira ngo bakururire abigishwa inyuma yabo. Ibyakozwe
n’Intumwa 20:28-30. {IZ 45.2}
Ndatangazwa n’uko mwimuye vuba mutyo, mukareka uwabahamagariye guhabwa ubuntu bwa
Kristo Mukajya ku bundi butumwa, nyamara si ubundi ahubwo ni ikindi. Hariho abantu
babahagarika imitima, Bagashaka kugoreka ubutumwa bwiza bwa Kristo. Ariko nihagira
ubabwiriza ubutumwa butari ubwo twababwirije, ari twe cyangwa ndetse marayika uvuye mu
ijuru, avumwe. Nk’uko twabanje kubivuga na none nongeye kubivuga nti “Niba umuntu
ababwira ubutumwa budahura n’ubwo mwemeye mbere avumwe.” Abagalatiya 1:6-9. {IZ 45.3}
Nuko ibyo mwavugiye mu mwijima byose bizumvikanira mu mucyo, n’icyo mwongoreraniye
mu mazu Imbere kizavugirwa hejuru yayo. “Kandi ndababwira mwebwe ncuti zanjye nti
‘Ntimugatinye abica umubiri, hanyuma ntibagire ikindi babatwara . Ahubwo ndabereka uwo
mukwiriye gutinya: mutinye umara kwica umuntu agashobora kumujugunya muri Gehinomu. Ni
koko, ndababwira abe ari we utinya.’ “Mbese ibishwi bitanu ntibigurwa amakuta abiri ?
Nyamara nta na kimwe muri byo cyibagirana mu maso y’Imana. Ndetse n’umusatsi wo ku mitwe
yanyu wose warabazwe. Ntimutinye rero, kuko muruta ibishwi byinshi. Luka 12:3-7. {IZ 45.4}
Kuko handitswe ngo: ‘Izagutegekera abamarayika bayo bakurinde’, kandi ngo ‘Bazakuramira
mu maboko yabo ngo udakubita ikirenge ku ibuye.’ ” Luka 4:10,11. {IZ 45.5}
Imana yategetse umucyo kuva uturutse mu mwijima, ni yo yaviriye mu mitima yacu, kugira ngo
Imurikishe ubwenge bwo kumenya ubwiza bw’Imana buri mu maso ha Yesu Kristo. Ariko dufite
ubwo butunzi mu nzabya z’ibumba, kugira ngo imbaraga zisumba byose zibe iz’Imana
zidaturutse kuri twe. Dufite amakuba impande zose ariko ntidukuka imitima, turashobewe ariko
ntitwihebye, turarenganywa ariko ntiduhānwa, dukubitwa hasi ariko ntidutsindwa rwose. 2
Abakorinto 4:6-9. {IZ 45.6}

Kuko kubabazwa kwacu kw’igihwayihwayi kw’akanya ka none kwiyongeranya, kuturemera
ubwiza bw’iteka ryose bukomeye. Natwe ntitureba ku biboneka, ahubwo tureba ku bitaboneka
kuko ibiboneka ari iby’igihe gito, naho ibitaboneka bikaba iby’iteka ryose. 2 Abakorinto 4:17,18.
{IZ 46.1}
Mwebwe abarindwa n’imbaraga z’Imana ku bwo kwizera, murindirwa agakiza kiteguwe
kuzahishurwa mu gihe cy’imperuka. Ni cyo gituma mwishima, nubwo ahari mukwiriye kumara
igihe gito mubabazwa n’ibibagerageza byinshi, kugira ngo kwizera kwanyu kugaragare ko
kurusha izahabu igiciro cyinshi (kandi izahabu nubwo ishira igeragereshwa umuriro), kandi
kugira ngo kwizera kwanyu kugaragare ko ari uk’ukuri, amaherezo kuzabahesha ishimwe
n’ubwiza n’icyubahiro ubwo Yesu Kristo azahishurwa. 1 Petero 1:5-7. {IZ 46.2}
Kuko none turi bazima ubwo muhagaze mushikamye mu mwami. 1Abatesalonike 3:8. {IZ 46.3}
Uwizera akabatizwa azakizwa, ariko utizera azacirwaho iteka. Kandi ibimenyetso bizagumana
n’abizera ngibi: bazirukana abadayimoni mu izina ryanjye, bazavuga indimi nshya. Mariko
16:17,18. {IZ 46.4}
Ababyeyi be barabasubiza bati: “Tuzi yuko uyu ari umwana wacu, kandi yavutse ari impumyi.
None arareba ariko igituma areba ntitukizi, kandi n’uwamuhumūye ntitumuzi. Nimumwibarize
namwe, ni Umugabo mukuru arivugira.” Icyatumye ababyeyi be bavuga batyo ni uko batinyaga
Abayuda, kuko Abayuda bari bamaze guhuza inama, yuko umuntu wese uzerura Yesu ko ari
Kristo acibwa mu sinagogi. {IZ 46.5}
Ni cyo cyatumye ababyeyi be bavuga bati: “Ni umugabo mukuru nimumwibarize.” Nuko rero
uwari impumyi bamuhamagara ubwa kabiri, baramubwira bati “Shima Imana, twebwe tuzi yuko
uwo muntu ari umunyabyaha.” Na we arabasubiza ati: “Niba ari umunyabyaha simbizi, icyo nzi
ni kimwe, ni uko nari impumyi none nkaba ndeba.” Baramubaza bati “Yakugenjeje ate?
Yaguhumūye ate?” Arabasubiza ati: “Maze kubibabwira ntimwabyumva. Icyo mushakira
kubyumva ubwa kabiri ni iki? Mbese namwe murashaka kuba abigishwa be?” Yohana 9: 20-27.
{IZ 46.6}
Kandi icyo muzasaba cyose mu izina ryanjye , nzagikorera kugira ngo Data yubahirizwe mu
Mwana we. Nimugira icyo musaba cyose mu izina ryanjye nzagikora. “Nimunkunda
muzitondera amategeko yanjye. Yohana 14:13-15. {IZ 46.7}
Nimuguma muri jye amagambo yanjye akaguma muri mwe , musabe icyo mushaka cyose
muzagihabwa. Ibyo ni byo byubahisha Data, ni uko mwera imbuto nyinshi, mukaba abigishwa
banjye. Yohana 15:7,8. {IZ 47.1}
Mu isinagogi yabo harimo umuntu utewe na dayimoni, arataka cyane ati: “Duhuriye he Yesu w’i
Nazareti? Uje kuturimbura? Ndakuzi uri uwera w’Imana.” Yesu aramucyaha ati: “Hora
muvemo.” Mariko 1:23-25. {IZ 47.2}
Kuko menye neza yuko naho rwaba urupfu cyangwa ubugingo, cyangwa abamarayika cyangwa
abategeka, cyangwa ibiriho cyangwa ibizaba, cyangwa abafite ubushobozi, cyangwa uburebure
bw’igihagararo, cyangwa uburebure bw’ikijyepfo, cyangwa ikindi cyaremwe cyose, bitazabasha
kudutandukanya n’urukundo rw’Imana ruri muri Kristo Yesu Umwami wacu. Abaroma 8:38,39.
{IZ 47.3}
“Wandikire marayika w’Itorero ry’i Filadelifiya uti: “Uwera kandi w’ukuri ufite urufunguzo rwa
Dawidi, Ukingura ntihagire ukinga kandi ukinga ntihagire ukingura, aravuga aya magambo ati:
‘Nzi imirimo yawe. Dore nshyize imbere yawe urugi rukinguye kandi nta wubasha kurukinga,
kuko ufite imbaraga nke nyamara ukitondera ijambo ryanjye, ntiwihakane izina ryanjye. Dore
nguhaye bamwe bo mu isinagogi ya Satani biyita Abayuda nyamara atari bo, ahubwo ari
abanyabinyoma. Dore nzabahata kuza bikubite imbere y’ibirenge byawe, bamenye yuko

nagukunze. Kuko witondeye ijambo ryo kwihangana kwanjye, nanjye nzakurinda igihe cyo
kugerageza kigiye kuza mu bihugu byose kugerageza abari mu isi. Ndaza vuba , komeza ibyo
ufite hatagira ugutwara ikamba ryawe.’ “Unesha nzamugira inkingi yo mu rusengero rw’Imana
yanjye kandi ntazasohoka ukundi, nanjye nzamwandikaho izina ry’Imana yanjye n’iry’ururembo
rw’Imana yanjye ari rwo Yerusalemu nshya, izamanuka iva mu ijuru iturutse ku Mana yanjye,
kandi nzamwandikaho izina ryanjye rishya. “Ufite ugutwi niyumve ibyo Umwuka abwira
amatorero.” Ibyahishuwe 3:7-13. {IZ 47.4}
Abo ni bo batandujwe n’abagore kuko ari abāri. Abo ni bo bakurikira Umwana w’Intama aho
ajya hose. Bacunguriwe mu bantu kugira ngo babe umuganura ku Mana no ku Mwana w’Intama.
Mu kanwa kabo ntihabonetsemo ibinyoma, kuko ari abaziranenge. Ibyahishuwe 14:4,5. {IZ
47.5}
Naho twebweho iwacu ni mu ijuru, ni ho dutegereje Umukiza ko azava ari we Mwami Yesu
Kristo. Abafilipi 3:20. {IZ 47.6}
Nuko bene Data, mwihangane mugeze aho Umwami Yesu azazira. Dore umuhinzi ategereza
imyaka {IZ 48.1}
y’ubutaka y’igiciro, ayirindira yihanganye kugeza aho azabonera imvura y’umuhindo
n’iy’itumba. Mube ari ko namwe mwihangana, mwikomeze imitima kuko kuza k’Umwami Yesu
kubegereye. Yakobo 5:7,8. {IZ 48.2}
Uzahindura uyu mubiri wo gucishwa bugufi kwacu akawushushanya n’umubiri w’ubwiza bwe,
kuko afite Imbaraga zo kumubashisha kwigandurira byose. Abafilipi 3:21. {IZ 48.3}
Mbona igicu cyera, no ku gicu mbona uwicayeho usa n’Umwana w’umuntu, wambaye ikamba
ry’izahabu ku mutwe kandi afite umuhoro utyaye mu intoki ze. Marayika wundi ava mu
rusengero arangurura ijwi rirenga, abwira uwicaye kuri icyo gicu ati: “Ahuramo umuhoro wawe,
usarure kuko isarura risohoye, kandi ibisarurwa byo mu isi byeze cyane.” Nuko uwicaye ku gicu
yahura umuhoro we mu isi, isi irasarurwa. Marayika wundi ava muri rwa rusengero rwo mu
ijuru, na we afite umuhoro utyaye. Ibyahishuwe 14:14-17. {IZ 48.4}
Nuko rero, kubw’ibyo haracyariho uburuhukiro bw’isabato bubikiwe abantu b’Imana.
Abaheburayo 4:9. {IZ 48.5}
Mbona ururembo rwera Yerusalemu nshya rumanuka ruva mu ijuru ku Mana, rwiteguwe nk’uko
umugeni arimbishirizwa umugabo we. Ibyahishuwe 21:2 {IZ 48.6}
Nuko ngiye kubona mbona Umwana w’Intama ahagaze ku musozi wa Siyoni, ahagararanye
n’abantu agahumbi n’inzovu enye n’ibihumbi bine, bafite izina rye n’izina rya Se yanditswe mu
ruhanga rwabo. Ibyahishuwe 14:1. {IZ 48.7}
Anyereka uruzi rw’amazi y’ubugingo rubonerana nk’isarabwayi, ruva ku ntebe y’Imana
n’Umwana w’Intama, rutembera mu nzira nyabagendwa hagati. Hakurya no hakuno y’urwo ruzi,
hariho igiti cy’ubugingo cyera imbuto z’uburyo cumi na bubiri, cyera imbuto z’uburyo bumwe
bumwe uko ukwezi gutashye. Ibibabi byacyo byari ibyo gukiza amahanga. Nta muvumo uzabaho
ukundi, ahubwo intebe y’Imana n’Umwana w’Intama izaba muri urwo rurembo, kandi imbata
zayo zizayikorera. Zizabona mu maso hayo izina ryayo ryanditswe mu ruhanga rwazo. Nta joro
rizabaho ukundi kandi ntibazagomba kumurikirwa n’itabaza cyangwa kuvirwa n’izuba, kuko
Umwami Imana izabavira kandi bazahora ku ngoma iteka ryose. Ibyahishuwe 22:1-5. {IZ 48.8}

a)Soma ibijyanye n' Abera Bagiye Kwimurwa bavanywe muri iyi Si kuva 15/10/2024 bakinjira ijuru kunjyanja y'ibirahure kuya 22/10/2024 :baboneka mu Ibyahishuwe 14:1-21 abatsindishirijwe gusa muri bo nibo Turi Abera mu ISI tutari Abisi Ubwami bwose Daniyeli yarotoreye Umwami w'Isi yose wambere Nebukadinezari bugeze kunzara z'amano burigaragariza mukiswe New World Order (NWO) Ibyahishuwe 13:1-14, Bazagaruka nyuma y' Imyaka 1000 kwima na na Kristo Ingoma y'iyi SI muri 22/10/3024.
b)Kanda kumubare wa Audio ushaka wumve uko abategereje kugaruka kwa Yesu biyeza baganiriza abataratsindishirizwa bakeneye Imbabazi z' Imana mbere y'uko itegeko ry' Icyumweru ritangarizwa abaturage babanyarwanda bose , nk'uko bizaba bimaze gutangarizwa abaturajye babanyamerika vuba aha mugushyira mubikorwa imyanzuro y' amazezerano y' i Paris yokurengera ibidukikije hashyirwaho Icyumweru nk'umunsi wo kuruhuka ho kugahato no gusengeraho Imana kubatazi amategeko 10 y'Imana n'Isabato y'umunsi wakarindwi by' Ukuri, bizana akarengane gateye ubwoba mubatuye ibihugu by'iSI byose Beza Isabato y' Umunsi wa Karindwi babikuye mumutima ngo bubahe Uwiteka Umuremyi w'isi n'Ijuru n'Amategeko yo mu Kuva 20:1-17:

NB: Mukure amajwi kuri interneti muyabike muri mudasobwa zanyu, memoire cards za telephoni zanyu no kuma flashe disc yanyu, musangirize abandi bera bose mungo zanyu, munzira mucamo, mukazi mukorera mo, mwitegure akaga kegereje abakunda Imana yacu by'ukuri ntaburyaray, duhanganye na Satani imbonankubone muri iyi Gahunda ya Paris Agreement igomba gushyirwa mubikorwa kubera ko itegeko ryo kuruhuka icyumweru rizanye na byo ndetse na microchip izanye n'urukingo rwa COVID-19 nyuma abatwica bose bagahura n' Ibyago 7 kandi bakazarimburwa by'iteka nyuma y'Imyaka 1000 tuzaba tumaze turuhuka ibyuyu mubabaro Daniyeli yeretswe Daniyel 12:1-13 turi mu Ijuru Twishimye kandi Tunezerewe ubutazongera Gupfa iteka ryose.Muvuge ngo Amen.
5.Kanda hano(http://www.africanunionsc.org/2020/05/gods-last-day-7th-day-adventist-church.html ) ngo ujye kwiga ibyamatariki yagaragaje Isaha n'umunsi n'umwaka wo kugaruka kwa Yesu nkuko munyandiko z'Ibanze Yesu Kristo yabibwiye Ellen Gould White ko mbere yo gusukwa kw' Umwuka Wera kubategereje kugaruka kwa Yesu mbere y'uko itegeko ry'Icyumweru ritangarizwa abatuye isi bose bategekwa kuryubahiriza biturutse muri Amerika , bizamara iminsi 1335 yo muri Daniyeli 12:7-13 Daniyeli akazuka na n'abandi bera bose Yesu Kristo agarutse gucungura Abera beza Isabato Yera yo muri Ezekeri 20:12, 20, bibera mu buturo Bwera mu by' Umwuka nk' abatambyi b'Ubwami bw'Imana bakorera Ahera bategereje Umutambyi mukuru wabo Yesu kristo uri gukorera Ahera Cyane kugeza imana imaze gushyira icyimenyetso cyayo kubayikunda batamenye ko Isabato ari cyo cyimenyetso cyayo muburyo burambuye mumyaka yabanjirije 2020 uko byagaragarijwe abizera bose beza umunsi w' Isabato yo mu itegeko rya 4 kuva 22/10/2019.
6.Iri ni  Ijwi rirenga k'Ubumva Ikinyarwanda: Mukwirakwize hose ubutumwa bwa marayika wa 3, zana Natanayeli wawe kuri Yesu wiyeguriye nyuma yo Gutsindishirizwa , Kubwa Yesu Kristo ariwe Jambo ry'Imana ukurutira ubuzima naho wapfa Uzongera Ubeho ,kuko imirimo yawe igenda igukurikiye, kuko upfiriye mu Mwami Yesu Kristo aba aruhutse Imihati Ye yose yo kuburira abatuye Iyi Si bagiye kwinjizwa muri New World Order ibahatira gufata Icyimenyetso cy'Inyamanswa aricyo Cyumweru cyanditswe muri Lawudatosi ya Papa Francis paragaraphe 237,  Imirimo y'Uvuga Ubutumwa bwa Marayika wa 3 yose yerereza Izina ry'Uwiteka Data Watwese mu Mwana  Yesu Kristo ugiye Kuza bidatinze 15/10/2024.
Umuburo uheruka:
Sangiza n' abandi bantu byibuze ba7 iyi Link: http://www.africanunionsc.org/2020/06/collection-integuza-ya-kristo.html ,Itegeko ryo kutazagira icyo umuntu wese yemererwa gukora buri ku Cyumweru(sunday) bita itegeko ry' Icyumweru mu buhanuzi bwa Daniyeli n' Ibyahishuwe no mu gitabo cya Elina Wayiti cyitwa Intambara Ikomeye rizaza ku isi yose riturutse muri Amerika(USA) n' umuryango w'abibumbye(UN) rikwire mubihugu byose byo ku Isi riteshure abantu batabishikamyemo kukweza ISABATO yo mu Itegeko rya 4 mu Kuva 20:9-11, no mu Kuva 31:12-18, no mu Rwanda rizahagera kuva tariki 7-16 Gashyantare 2021,iryo tegeko ryateje impagarara Imana ibwira Daniyeli n' intumwa ya Yesu yitwa Yohana wanditse Ibyahishuwe na Elina Wayiti wanditse Intambara Ikomeye hagati ya Kristo na Satani ngo baburire abatuye isi batazasukwaho ibyago 7 by' imperuka nibibeshya bakarikurikiza, kandi ryaje rihishwe murukingo rwa COVID19 na LOCKDown na Climate Change na Paris Agreement (Amasezerano y' i Parisi y' ihindagurika ry' Ikirere) rishingiye kuguhatira abatuye Isi kweza umunsi w' icyumweru wahariwe gusenga imana z' abapagani b' i Roma ubu riri kungingo ya 237 y' igitabo cyitwa Lawudatosi umu papa w' umujezuwiti witwa Fransisi yanditse agamije kwangisha abantu Isabato Yera akabamenyereza kweza icyumweru Imana itarigeze yeza icyo cyumweru.

 

Subscribe to our website

Contact us

Meet AUSC President at +250736196204

Our Team Members