Friday, January 29, 2021

Inyandiko z' Ibanze"Iyerekwa Ryanjye Rya Mbere-My First Vision" Umunsi n' Isaha yo Kugaruka Kwa Yesu yarasezeranywe Mbere Yo Gutangazwa Kw' Itegeko ry' Icyumweru,mbere yo Gusukirwa Umwuka Wera"Imvura y' Itumba".Kuko Yesu Kristo Atazabura Kugaruka tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m. Iyi tariki irigutesha Umutwe SATANI n' Abakozibe ku Isi Yose.Babuze ibyo bafata n' ibyo bareka!!! Kuko basigaranye Igihe Gito 20/01/2021-15/10/2024 saa 1:59'a.m"Ibyahishuwe12:17.By Dr. Iraguha Bandora Yves, MD, MG, RN, BScN(Hons).

Icyigisho: Kugaruka kwa Yesu Kristo tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m.

Inyandiko z' Ibanze"Iyerekwa Ryanjye Rya Mbere-My First Vision" Umunsi n' Isaha yo Kugaruka Kwa Yesu yarasezeranywe n' Uwiteka Imana kuzaba yaratangarije abatuye isi Bose Mbere Yo Gutangazwa Kw' Itegeko ry' Icyumweru tariki 07/02/2021" Mu ri 1/2 cy' imyaka 7 kuva tariki 31/10/2017 kugeza tariki 31/10/2024 Daniyeli 9:27",mbere yo Gusukirwa Umwuka Wera"Imvura y' Itumba" Tariki 13/12/2020" Umunsi wa Pantekote", Nyuma yo guhongerera abeza Isabato batsindishirijwe Bose tariki 22/10/2020" Umunsi w' impongano" kwakurikiwe no kubatangaho ituro ry' umuganura rizungurizwa imbere y' Imana Data wa Twese tariki 23/10/2020 Umunsi w' Umuganura"Ibyahishuwe 14:1-4".[ UMUNSI WA KARINDWI NI WO SABATO Y' UWITEKA IMANA YAWE,  ]

"QAnon Gematria Decode: US MARINES SING DAYS OF ELIJAH, IMPOSSIBLE COINCIDENCES, LAST CALL": Open Letter to H.E President of Republic of Rwanda on Covid19 Vaccination Program by Dr. Iraguha Bandora Yves, MD, MG, RN,BScN(Hons).Wednesday-February 17th, 2021 at 7:59' a.m: Linkhttps://drive.google.com/file/d/1tbVn8If13yXjvN4-Nhc7saitfX1xRhNv/view?usp=drivesdk 

{Kinyarwanda Summary: Ubutumwa bwa William Miller bwo kugaruka kwa Yesu Ku munsi wa tariki 22/10/1844 ni ukuri[Amajwi yagufasha kubisobanukirwa:https://voca.ro/17JC5KP6NAbl] ,Yesu aracyari mu munsi w' impongano ugomba kumara amasaha 12 y' amanywa kandi akanasohoka mubuturo bwera aje kuzura inshutiye Lazaro n' abera Bose tukizamukanira kumusanganira mu bicu kugeza tariki 22/10/2024 umunsi 1 Yesu Ari Ahera cyanee watangiye tariki 22/10/1844 ugizwe n' amasaha 12 y' amanywa"Yohana 11:1-57" muburyo bw' iby' Umwuka ni imyaka 180,kuva 22/10/1844 kugera 22/10/2024 ni umunsi Umwe wamanwa ugizwe n' amasaha 12, isa imwe ingana iminsi 15 iminsi 360:24amasaha=15iminsi,umunsi 1 ungana n' umwaka 1, iminsi 180 ingana n' amasaha12 X15 iminsi=180 ni iminsi 180 ingana n' imyaka 180, ubu uyumunsi turi mu isaha ya 12 ari nayo Yesu agomba kurangiriza mo umurimo wo mubuturo bwera wo guhongerera ibyaha no kubishyira Ku ihene ya azazeri ariyo SATANI uzabohwa imyaka 1000 kuva 15/10/2024 saa 1:59' a.m kugeza 22/10/3024 tugarutse mu Isi na Yerusalemu Nshya. Yesu ni we ubasha kuguhumura ukemera wizeye ko arihafi kugaruka, tariki 15/10/2024 saa 1:59' mugicuku cya Nijoro Izuba rizarasa Hakurikire ho Igitondo cy' Umuzuko: Soma[ Yohana 7:1-53, Yohana 8:1-59, Yohana 9:1-41, Yohana 10:1-42, Yohana 11:1-57, Igitabo Ibyakozwe n' Intumwa, igice cya 52" Gushikama Kugeza Ku Gupfa" page 310-315]}.

Kuko Yesu Kristo Atazabura Kugaruka tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m. Iyi tariki irigutesha Umutwe SATANI n' Abakozibe ku Isi Yose.Babuze ibyo bafata n' ibyo bareka!!! Kuko basigaranye Igihe Gito 20/01/2021-15/10/2024 saa 1:59'a.m"Ibyahishuwe12:17.By Dr. Iraguha Bandora Yves, MD, MG, RN, BScN(Hons)[ Kugaruka Kwa Yesu mu Ibyago 7 by' imperuka 2024 no Kurangira Kw'Isi 15/10/2024 saa 1:59' a.m biragaragarira mu Ibihe tugezemo bigoye byo kuvuga no Kuvugira Imana Audio 1, Audio 2Audio 3Audio 4Audio 5,Audio-'Covid19Vaccines'Legal Abortion'FamilyPlanning'Dr.Yves's SDA End Time Job Persecution-2021'6, birasaba kuba warasukiwe Imvura Y' Umuhindo n' iy' Itumba kurugero Ruhagije"Yoweli2-3"ikumara ubwoba ukavuga ushize amanga nka Pawulo na Barinaba: Soma Hano Igitabo Ibyakozwe n' Intumwa,igice cya 17" Integuza z' Ubutumwa Bwiza" n' igice cya 45" Inzandiko Zandikiwe I Roma"] Yohana 12.

[Bidatinze twumva 30 ijwi ry’Imana rimeze nk’amazi menshi asuma"Iri jwi n'iryo Jambo ry' Imana twigaga ubuhanuzi Daniyeli n' Ibyahishuwe n' umwuka w' ubuhanuzi twavugaga twasobanuye mumatsinda ibyo gutsindishirizwa n' Ubuntu kubwo kwizera no gushyirwaho icyimenyetso cy' Imana kwitegura gusukirwa imvura y' Itumba no kuvuga ubutumwa bwa Marayika wa 3 mu ijwi rirenga , ryahishuriwe abera 144,000 mu Ibyahishuwe 14:1-4 bahagaze Ku musozi siyoni mbere yo gutangwaho ituro ry' umuganura Ku Mana Data wa Twese tariki 23/10/2020", maze iryo jwi ritubwira umunsi n’isaha Yesu azagarukiraho"Ku wa Kabiri tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m". Abera bari bakiriho bagera ku bihumbi 144 bamenya kandi basobanukirwa n’iryo jwi" Mbere yo gusukwa kw'Imvura y' Itumba Lawodokiya imaze kurukwa tariki 22/10/2020", mu gihe abanyabibi bo bibwiye yuko ari uguhinda kw’inkuba n’igishitsi cy’isi. Ubwo Imana yavugaga iby’igihe cyo kugaruka kwa Yesu, yadusutseho Umwuka Wera"Gusukwa kw'Imvura y' Itumba kuva tariki 13/12/2020-07/02/2021", maze mu maso hacu hatangira kurabagiranishwa n’ikuzo ry’Imana"Marayika ufite ubutware bwinshi amanukira isi isi yose imurikirwa n' ubwiza bwe -Ibyahishuwe 18:1-4 bivuze ko tubatugeze mu Ijwi rirenga 07/02/2021-07/02/2024", nk’uko Mose yari ameze ubwo yamanukaga umusozi wa Sinayi"Bivuze uko tuba twamamaza ISABATO nk' urufatiro rw' amategeko 10 Yose Y' Imana mw' Isi yirunduriye mw' itegeko ry' icyumweru-Universal Climate Sunday Law". IZ 34.2. 2020-06-06:14h41'51''Inama y' Agakiza Yesu i Getsemani itangiranye n' itariki ya 1Nzeri2020 kugeza kw' Itegeko ry' Icyumweru 7-15 Gashyantare 2021,Yesu azagaruka 15 Ukwakira 2024,Isaha yageze,Mwiyeze Imbabazi Z'Imana Kubeza Isabato ni 22Ukwakira 2020.by Dr.Iraguha Bandora Yves,MG,MD,RN,BScN(Hons)

Ba bantu ibihumbi 144 bose bari bashyizweho ikimenyetso kandi bunze ubunze rwose"Aha ni iki gihe cyanyuma kibanziriza gusukwa kw' ibyago bi7tuburira Isi mu butumwa bwa Marayika wa 3 mu ijwi rirenga kuva 2021-2024 isi yashyizwe mubiganza by a SATANI buheruka binyuze mubutegetsi bwa Joe Biden ,Antonio Guterres na Papa Francis"LaudatoSI'237'Paris Climate Agreement " . Ku ruhanga rwabo hari handitsweho, “Imana na Yerusalemu Nshya,” kandi hariho n’inyenyeri irabagirana iriho izina rishya rya Yesu. Igihe twari tunezerewe, turi mu mwanya wera ba banyabibi baraturakariye kandi bashakaga kudusumira ngo batujugunye mu nzu y’imbohe. Ubwo ni bwo natwe twazamuraga amaboko yacu mu izina ry’Uwiteka maze ababi bagwa hasi barambaraye batagira ubaramira. Ubwo ni bwo abo mu isinagogi ya Satani bamenye ko Imana yadukunze twebwe abashoboraga kozanya ibirenge kandi tukaramukanya na bene Data mu ndamutso yera, maze bikubita ku birenge byacu bararamya.]

Tanzaniya Banze Urukingo Rwa SATANI yanyujije mumu Dayimoni Ababishopu bahindutse mo abapapa ba Kiriziya Gaturika biyitiriye Mutagatifu Corona"St.CORONA"Coronavirusi-Aliens!!!!.

President wa Tanzania yarubujanyijeUrukingo Rwa"St.CORONA"Coronavirusi!!!!!!!!N' abantu barufashe bamwe bahitaga bapfa!!Ntiruzemerwa nabenshi!!Bityo abatazarwemera bazemera kumva nokwakira Ubutumwa bwa Marayika wa 3 mu ijwi rirenga, bubabwira ko Yesu Aje Mucyago cya 7 mugihe ibyago 7 byose bizira rimwe n'icyago cya 5 n' icya 6 bishyira iherezo kumezi42,muri2024!

Yesu Yaje, Itegure, Tuzicara iruhande rwa Yesu mw'Ijuru, niba waramaze kwiyandikisha mugitabo cy'ubugingo cy' Umwana W' intama w' Imana watambwe uhereye kukuremwa kw' Isi akagushyira mubera be 144,000 bagomba kuvuga ubutumwa bwa Marayika wa 3 mu ijwi rirenga.

Njyewe ho nasabye Yesu Kristo kungira Uwambere mubera be 144,000, kuko nanjye nabashije kunesha ikigeragezo cyananiye benshi cyo Kwizera ko isezerano ryahawe Abadiventisiti berekeje mu ijuru ryo kubatangariza Umunsi n' Isaha yo Kugaruka kwa Yesu Kristo "15/10/2024 saa 1:59' a.m", kubwo Gukangura Isi nyitangariza mu izina rya Yesu Uyu munsi n' Isaha byo Kugaruka kwa Yesu(15/10/2024 saa 1:59' a.m) kugirango hasohore Isezerano Uwiteka yahaye Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 ryo kubamenyesha Umunsi n' Isaha yo kugarka kwa Yesu mu iyerekwa rya mbere rya Elina Wayiti"My First Vision" mugitabo inyandiko z'ibanze page 1-41 aho niho Urugendo rw' Abadiventisiti berekeje kururembo siyoni yo mu ijuru bagomba gusukirwa Umwuka Wera wasezeranywe nk' Imvura y'Itumba ,abayihabwa aribo 144,000 baba baramaze kubanza gutangarizwa Umunsi n' Isaha yo Kugaruka kwa Yesu "15/10/2024 saa 1:59' a.m" , nasenze amasengesho mu Izina rya Yesu musaba ko Nawe n' Umwizera ukizera Ubutumwa bwa Marayika wa Gatatu"Ibyahishuwe 14:9-12" uzabiboneramo ishimwe ry' umusore waretse iby'isi akiyegurira Yesu Kristo, n' umubyeyi wemeye Yesu Kristo Abagabo n' Abagore bareze abana babo neza bakabayobora kukwumvira imiburo y' Imana yo mubutumwa bwa Marayika wa 1 uwa 2 n' Uwa 3" Ibyahishuwe 14:1-20" azabona ishimwe "Ikamba" ry' Umubyeyi wareze neza.

Ibyahishuwe 13:3-5 havuga iburyo inyamanswa yavuye munyanja Itazarenza amezi 42.Yari imaze igihe kirekire yarakomeretse uruguma rwica ku ri umwe mumitwe7 yayo,Kuva 7/2/2021 izaba imaze gukira uruguma.

President wa Tanzania yarubujanyije!!!N' abantu barufashe bamwe bahitaga bapfa!!Ntiruzemerwa nabenshi!!Bityo abatazarwemera bazemera kumva nokwakira Ubutumwa bwa Marayika wa 3 mu ijwi rirenga, bubabwira ko Yesu Aje Mucyago cya 7 mugihe ibyago 7 byose bizira rimwe n'icyago cya 5 n' icya 6 bishyira iherezo kumezi42,muri2024!

Yesu Kristo azagaruka mucyago cya 7.

Imana yavuze ko ibyago bya Baburoni byose bizazira Umunsi Umwe mu Ibyahishuwe18:8.

Kandi Umunsi umwe ungana n' Umwaka 1,bivuze ko ibyago byose uko ari bi 7 bizazira mumwaka Umwe, ari nawo Mwaka uzabamo icyago cya 7, Kandi Yesu Kristo akazaza mu cyago cya 7 muri Uwo Mwaka uzaba wabayemo ibyago byose bya Baburoni uko ari bi 7.

Ikiba gisigaye aha ngaha ni ukwishyuza isezerano Imana yandikishije muri Bibiliya Yera, mu Ibyahishuwe 13:3-5 Imana yavuze ko Vatikani"Ubupapa-Baburoni-Inyamanswa ya mbere" uhereye tariki 20/01/2021 Ubwo Biden yarahiraga kuyobora America"USA" ubwo aribwo uruguma rwawishe ruzaba rukize, iyo nyamanswa yahawe gutegeka isi mubya Gisirikare n' ibyitirirwa iyobokamana kuva mu mwaka 508 Umwami w' abami w' ubwami bw' ubufaransa yahaye ubutware bwe inyamanswa"ubupapa" ubwo papa azavuga ibyo gutsinda kwe yatsinze Igihugu cy' Ubuporotesintanti Yesu Kristo yubakiye Abaporotesitanti "USA" ngo bahungiremo ubwicanyi bwabapapa ba Kiriziya Gaturika mubutumwa bwe papa Francis atangiza icyiswe Lent Season kuva tariki 07/02/2021 iyo nyamanswa izaba imaze igihe kirekire idafite ubutware bw' igihugu kirusha ibindi imbaraga z' igisirikare kuva mumwaka 1798 ubwo igihugu cyarushaga ibindi byose imbaraga za Gisirikari aricyo ubufaransa bwayoborwaga n' Umwami w'abami witaga Napoleon Bonaparte ,ubupapa bwatakaje ubutware bw'igisirikare cy' ubufaransa bugaragara bwo gutegeka igihugu kirusha ibindi bihugu byo mu isi byose imbaraga za Gisirikare"Worldwide Most Supper Power" aribyo bihindura Vatikani igihugu gitegeka isi Yose mubyo yiyitirira by' Idini n' ibyo gucisha bugufi buri kindi gihugu cyose mubya gisirikare iyo vatikani yabashije guhabwa icyubahiro n' umutegetsi ufite igisirikare gikomeye kurusha ibindi bihugu byose mu Isi. Kuva tariki 20/01/2021 Joe Biden yaciriye bugufi vatikani yemera gusinya amasezerano yokurengera ibidukikije"Paris Climate Accord'Agreement' akomoka I Vatikani murwandiko rwa LaudatoSI'237' ifite muriyo Itegeko ry' Icyumweru rizahatira abatuye isi bose niruto niruto kuruhuka Icyumweru kungufu za Gisirikare za America aho kuba bahatira abatuye isi kuruhuka ISABATO yo mumategeko 10 y' Imana itegeko rya 4 bityo rikaba riteshejwe agaciro kugirango isi yose iramye papa Francis wakoze LaudatoSI'237'.

Imana yavuze ko inyamanswa nimara gukira uruguma rwari rwarishe umwe mumitwe yayo 7 , bivuze uhereye Tariki 27/01/2021 ubwo President Joe Biden yemeje ko ibijyanye nokurwanya ihindagurika ry' ikirere aribyo byo kurengera ibidukikije bifitanye isano nogutesha agaciro ISABATO y' Uwiteka bahatira abantu kuruhuka Umunsi w' Izuba wo ku cyumweru wazanywe n' ubutegetsi bw' ubupapa ukomotse mumihango ya gipagani yo kuramya SATANI basenga izuba, Kandi Joe Biden yavuzeko Icyibazo cy'ihindagurika ry' ikirere"Climate Actions " icyo kibazo yasinye ko gihita gishyirwa murwego rw' Inama y' Umutekano Y' Igihugu cya America (USA) kikaba kizanahita kireba Isi yose aho America itegeka hose mu isi Kandi ko ahamagaje inama mpuzamahanga igomba kubera muri America "Climate Summit" aho Joe Biden azahita ahatira abategetsi b' isi bose gufata urugero rwa America"USA" mugushyira ibyo byifuzo n' ibitekerezo birwanya Imana bya LaudatoSI'237' bya Papa Francis ngo bitegekwe abatuye Isi yose babyitirira kurengera ibidukikije, mugihe papa Francis we ariwe antikristo ariwe wanga ISABATO y' Uwiteka urunuka akakanga atyo n' abayeza bose bakayigisha n' abatuye Isi bose ngo bitandukanye na Papa Francis ariwe kuboko kW' Iburyo kwa SATANI, aho niho havuye ko USA, Vatican n' ibihugu byose bya UN muri iyo Climate Summit yahamagajwe na Joe Biden kuva tariki 27/10/2021 bagahuza Ibyimyumvire y' idini ya Kiriziya Gaturika y' I Roma byokuruhuka icyumweru nokurengera batyo ibidukikije babinyujije munama y' Umutekano ya USA n' izibindi bihugu byose bibe biremye igishushanyo cy' Inyamanswa"Ibyahishuwe13:11-14" maze abobayobozi bazahuriza ibya Paris Agreement on Climate n' ibya Koronavirusi inkingo n' ibindi byose bifite inkomoko mubutegetsi bwa Vatikani bwa Kiriziya Gaturika y' I Roma bizarenganya Kandi byicishe abataza byemera Bose"Ibyahishuwe13:15-17" Nyamara kuko Ubutegetsi bw' Isi buri gushaka uko butera abaturage bo muri iyi Si inkingo za mutagatifu Corona"St.CORONAvirus19aborted. Foetus Cells mRNA'666'microchip Vaccines".

Kuko ubu butegetsi bwa Joe Biden buriguhangara kutumvira amategeko y' Imana muburyo bwose bw'agasuzuguro"Gushyigikira Ubutinganyi, Gushyigikira Gukuramo amada, gushyigikira Itegeko ry' Icyumweru, Gushyigikira Kiriziya Gaturika y' I Roma, kurwanya Abavigisha ukuri kubinyoma bya Coronavirusi n' iby' ISABATO y' ukuri y' Uwiteka yo mu Itegeko rya 4, byimbitse Ubutegetsi bwa Joe Biden bukaba burikwerereza SATANI kurusha ho,noguhatira abatuye Isi kugenza batyo, bafatanije na Vaticani na UN bakoze Baburoni". Kuva uyu Mwaka 2021, nk' uko byagenze mu mwaka wa 508, ibi byose Imana yabigeneye Iherezo ryabyo mumezi 42 gusa, bikaganisha kukurangira k' ibibi Ku isi mubyiciro bitatu biva kumezi agiye kugenda akurikirana angana n' iminsi 1260, 1290, 1335.

Amezi 42 anaga n' imyaka 3 n' amezi 6 kuva uyumwaka wa 2021 amezi 42 azarangira mumwaka wa 2024.

Amezi 42 azarangirana n' ubutegetsi bwa Baburoni, mu Ibyahishuwe 18:1-24, ibyago byose bya Baburoni Imana ivuzeko bizaza mu munsi umwe ungana n' Umwaka Umwe wa 2024, kuko Amezi 42 arangira aruko icyago cya 5 gisutswe Ku ntebe y' ubutegetsi bwa' inyamanswa.

Icyago cya 5 kimara amezi 5 kikaba cyigenewe abadafite ikimenyetso cy' Imana"Ibyahishuwe9:4-5" ubwo bivuze ko icyago cya 5 cyireba igihano gihanwa abafite Icyimenyetso cy' Inyamanswa"Abemeye Itegeko ry' Icyumweru" kuko aribo badafite Icyimenyetso cy' Imana"Ibyahishuwe9:1-14" mu mpanda ya 5, bivuze ko impanda ya 5 ariyo shyano rya mbere ivuga icyago cya 5 cyo mu Ibyahishuwe 16:10-11, Kandi ko icyago icyaricyo cyose kizemererwa gusukwa mu Isi ari uko umuburo wagenewe isi aribwo butumwa bwa Marayika wa 3 bugomba kubanza kuvugwa mumyaka 3" Yohana 4:1-44 kurugero rwa Yesu Kristo abwiriza mubanyamahanga b' abasamariya mu m'iminsi 3" mu ijwi rirenga kuva tariki 07/02/2021 kugeza tariki 07/02/2024, buzaba bumaze kurangira kuvugwa,Imbabazi z' Imana zizaba zirangiye kubatuye isi Bose"Global Close of Probation" ari bwo Icyago cyose uhereye Ku cyago cya mbere kizasukwa Ku isi mumpanda ya mbere"Ibyahishuwe 8:1-13" impanda enye zoze zizavugirizwa icyarimwe,ibyago bine byose bizasukirwa mugihe kimwe ahantu hatandukanye,kuva tariki 16/02/2024 kugeza tariki 29/02/2024.

Ibyago byose bya Baburoni bizaza mumwaka umwe, tubonye ko amezi 42" Ibyahishuwe13:3-5" arangirira mucyago cya 5" Ibyahishuwe16:10-11" Kandi ko icyago cya 5 ariyo mpanda ya 5" Ibyahishuwe 9:4-5" kizamara amezi 5, Kandi ko amezi 42 abarwa uhereye igihe USA"Joe Biden" asubirije Ubutegetsi burusha ubundi imbaraga za gisirikare mu isi yose mumasezerano ya Papa Francis ya LaudatoSI'237' kuva uyu mwaka wa 2021.

Biroroshye kumenya iherezo ry' amezi 42 angana n' imyaka 3 n' amezi 6 ko ayo mezi 42 azarangira mu mwaka wa 2024.

Kandi kuva ayomezi 42 arangirira mucyago cya 5 mu mwaka wa 2024, uyu mwaka wa 2024 niwo ibyago bya baburoni byose bizasukirwa mo"Ibyahishuwe18:8".

Yesu Kristo azaza mucyago cya 7, kuva twabonye umwaka icyago cya 5 kizasukirwa mo aricyo cyago kizashyira iherezo kubutegetsi bwa Baburoni mumwaka wa 2024, ubwo ibyago birindwi byose bizazira mu mwaka umwe"Ibyahishuwe 18:8" uwo mwaka wa 2024 niwo n' icyago cya 7 kizazira mo.

Kuva Yesu Kristo azaza mu cyago cya 7" Ibyahishuwe 16:15-21" bivuze ko Yesu Kristo azaza mu mwaka wa 2024.

Kumenya neza ko itariki yo Kugaruka kwa Yesu Kristo ari 15/10/2024 saa 1:59' a.m, bihuje n' ubuhanuzi burangiza ubutegetsi bwa Baburoni burangirira mu cyago cya 5 n' icya 6 n' icya 7 uhereye mubutegesti bwa Joe Biden'USA' na Papa Francis'Vaticani' na Antonio Guterres'UN' bw'amezi 42" Ibyahishuwe 13:3-5 na Daniyeli 9:26-27 na Daniyeli 12:7-13".

Duhereye mu Ibyahishuwe 13:3-5 Imana yavuze ko ubutegetsi bwiyungiye hamwe kurwanya Abera basigaye bitondera ISABATO n' Amategeko yose y'Imana bwizera Ububuhanuzi bwo mu Ibyahishuwe 12:17, ko ubwo ubutegetsi bwahawe na SATANI ikiyoka cyaciwe mu ijuru"Ibyahishuwe 12:1-17" cyahaye Vatican I"Ubupapa" intebe n' ubutware bwacyo bwose bukomeye kibinyujije mu bwami bw' umwami w'abami Constantine"Pagan Roman Supper Power Empire 317-340" na Clovis"French Pagan Supper Power Empire 496-508 ",komunota wa nyuma wo gucibwa mu Isi kwa SATANI nk' uko yaciwe mu ijuru bizahagurukirizwa mukwihakana ubuporotesitanti by' igihugu cya America na Joe Biden" USA Apostate Protestant  Supper Power Nation-2017-2021" ago kuva 31/10/2017 abahagarariye ubuporotesitanti babanyamadini basinyiye papa Francis kuburangiza burundu"A Reforming Catholic Confession " noneho binyuze muri Joe Biden "Roman Catholic Church's USA 46th President" arahira tariki 20/10/2021 ashyira Ubupapa n' Ubujesuit mumasezerano yogutegeka igihugu cyarigifite Itegeko nshinga ribuzanya gukora Ibiza bityo ,aribwo America"USA" yahoze ifite amahembe abiri Ubuprotesitanti n' uburepuburika nk' ayu' umwana w' Intama"USA yubatswe bishingiye kubutumwa bwa Martin Luther" abajesuit"Matayo24:15" bahise bagota Ahera"Ahagizwe ubuhungiro bw'abakurikije ubutumwa bwa Martin Luther ". Bivuze ko kuva Tariki 20/10/2021 Ikizira cy' Umurimbuzi cyahagaze Ahera" Matayo24:15" Kandi ko Umurimbuzi uza mucyumweru hagati aje Ku ibaba ry' ibizira ariwe Joe Biden "Daniyeli 9:27" Kandi ko uhereye igihe ubuporotesitanti bwitwa ko bwarangirijwe binyuze mu isezerano "A Reforming Catholic Confession" Papa Francis yasinyanye n' abayobozi bagiporotesitanti31/10/2017" kugeza 2021 nihagati nahagati,2024 ni Ku iherezo ry' imyaka7.

Daniyeli12:7-13 ufashe iminsi1335 ni ukuvuga guhera tariki 07/02/2021 + iminsi 1335= 22/10/2024.

Kumenya igihe ikizira cy' umurimbuzi"Itegeko ry' Icyumweru Rireba Isi Yose rizemerezwa ngo riteshe agaciro ISABATO ariyo Gitambo Gihoraho" nukubara uhereye Ku iherezo ry'icyumweru cyatangiye tariki 31/10/2017 ,iherezo ryicyo cyumweru ni tariki 31/10/2024.

Iminsi 1335 ingana n' imyaka 3 n' amezi 8 n' iminsi 15.

Iminsi 31-15=16.

Amezi 10-8=2" Gashyantare".

Umwaka 2024-3= 2023.

Itariki yo hagati na hagati y' imyaka 7 ni ugushaka hagati na hagati h' iminsi 16, 16:2=8.

Kuva 31/10/2017 kugeza tariki 07/02/2021 bigize igice cya mbere cyibanza cy' icyumweru"Daniyeli9:27".

Igice cya kabiri gitangira 08/02/2021 kizageza tariki 31/10/2024.

Yesu azagaruka tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m.

Kubera ko, Daniyeli yabwiwe ko azahagarara mumugabane we nyuma y' iminsi 1335. Ubu ubuhanuzi ntabwo bwarangiranye n' ubuhanuzi William Miller yabaze bw' imyaka 1335 yabaze ahereye igihe Umwami w' abami w' ubufaransa Clovis yiyeguriye Papa ngo abone kwitwa umwami w' umukristo wambere mubwami bwagipagani bw' abaromani kuva mu mwaka wa 508 +imyaka 1335 byatanze umwka wa 1843 byatumye William Miller akoresheje ubuhanuzi bwa Daniyeli12:11-13 yemeje ko ubuturo bwokwezwa"Daniyeli8:11-14" bwavugaga Isi izezwa Ku iherezo ry' imyaka 1335 abona ko Bishyira kukugaruka kwa Yesu tariki 22/10/1844."A Great Awakening, and Great Disappointment ".

Rero, umwami nka Clovis w' ubufaransa yiyeguriye Papa mumwaka wa 508 bisa nkuko Umwami Constantine yiyeguriye Umukuru 'itorero rya Kristo ryezaga Isabato ry' I Roma 317 kugeza 03/03/2021 Bombi bafatanyiriza hamwe guca ISABATO mu isi,bashyiraho itegeko ryo kuruhuka icyumweru kungufu za gisirikare, Niko ubu kuva 2017 ubuyobozi bw' Ubuporotesintanti bufite imiyoborere yabwo yihariye muri America" USA" bwiyeguriye Papa 31/10/2017 noneho binyuze muri President wa 46 w' America"USA" Joe Biden  yiyeguriye Papa Francis tariki 20/01/2021. Kandi ko icyumweru cyatangijwe n' amasezerano"A Reforming Catholic Confession kuva tariki 31/10/2017" muri Daniyeli 9:27 icyo cyumweru kikazagera hagati Tariki 07/02/2021.

Kuko muri Daniyeli 9:27 batavuga amatariki, bavuga icyumweru, icyumweru ni iminsi7 ingana n' imyaka 7 irangirira muburakari'Ibyago bi7' bw' Uwiteka busandazwa Ku murimbuzi"Joe Biden" uza Ku ibaba ry' Ibizira"Covid19,Paris Agreement, A Reforming Catholic Confession, Promised  Abortion and Gay Marriage in His election campaigns, common good mission" iyo icyo cyumweru kigeze hagati"2021" ni bwo tubasha kubona ko ubuhanuzi bw' iminsi 1335 bukoreshwa ngo tumenye neza ibijyanye n' amatariki, itariki bazashyiriraho icyizira"Itegeko ry' Icyumweru-Biden's USA LaudatoSI'237' Climate National Sunday Law" cy' umurimbuzi"Joe Biden", bagakuraho igitambo gihoraho"ISABATO-Yesu Kristo Umwami w' Isabato bamurwanye-Ibyahishuwe 17:13-14" binyuze mu nama y' Isaha imwe'ibyumweru bibiri'"USA President Joe Biden 's Global Climate Summit " .

Kuva tariki 07/02/2021 kongeraho iminsi 1335'3years 8 months 15 days' bigaragaza iherezo ry' Is I, aho Daniyeli nyuma yo kuzuka azahagarara mumugabane we ariho kunyanja y' Ibirahuri ikanani yo mu ijuru, iyo tariki ni 22/10/2024. Uyibona ufashe iminsi 7+15=22 itariki, amezi 2+8=10 amezi, imyaka 2021+3=2024 umwaka. Byandikwa 22/10/2024.

Kuko mu iyerekwa rya Mbere rya Elina Wayiti'My First Vision' Imana yatanze iri sezerano ko izatuma abera 144,000 mbere yogusukirwa Imvura y' Itumba mbere y' itangazwa ry' itegeko ry' icyumweru, Abera 144,000 bari bakiriho babwirwa n' ijwi ry' Imana Umunsi n' Isaha byo Kugaruka kwa Yesu Kristo, ababi bo ntibabashe kubisobanukirwa, Bibiliya yonyine niyo Jwi ry' Imana, Yavuganye na Njye nk' uko Yavuganye na William Miller kukubara hagedewe Ku Minsi 1335 yo muri Daniyeli 12 ihuzwa na Daniyeli 9 .

Muri iyi Minsk turimo y' imperuka, Imana yabwiye Daniyeli ko ibyo yifuje kumenya bijyanye n' ikizaheruka ibindi byose nyuma yokurenganya abera no gusiribanga ubuturo bwera muri Daniyeli 8 na Daniyeli 9  muri Daniyeli 12:7-10 hahuje isezerano n' iryahawe Abadiventisiti mu iyerekwa rya Mbere Rya Elina Wayiti'My First Vision-Early Writings' mu inyandiko z' ibanze page 1-41, havuga ko Umunsi n' Isaha"15/10/2024 saa 1:59' a.m" byo Kugaruka kwa Yesu Kristo bizabanza gutangarizwa isi yose abera 144,000 bakaryumva bakarimenya bakarisobanukirwa bakabona gusukirwa Imvura y' Itumba maze Iyo Saga n' Uwo munsi bikagenda bihinduka mo Ijwi rirenga ry' umuburo ko Hagiye kuza ibyago 7 kuva tariki 16/02/2024 Kandi ko Yesu azaza mucyago cya 7 tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m. Into bikabasha kuva ijwi rirenga rigomba kuvugwa nabera ibihumbi 144,000 baburira abantu bose ko uzifatanya n' Inyamanswa akaramya igishushanyo cy' Inyamanswa agashyirwaho icyimenyetso cy' inyamanswa akakira n' umubare w' izina ry' inyamanswa uwo agiye kurimbukira mu byago bi7 mumwaka wa 2024 ariko ko utazifatanya na Papa Francis muri iyo Baburoni ararikirwa kuyisohoka no"Ibyahishuwe18:1-4" kugirango atazafatanya na Baburoni kubyago byawo bizazira umunsi umwe"Ibyahishuwe18:8 kumaraho ibyaha by a Baburoni byazamutse bikagera mu ijuru Ku Mana "Ibyahishuwe 18:5-7" Kandi ko icyo ibyo byago 7 byose bizaba bije gukora kuri Baburoni ari ukumaraho imirimo ya SATANI"1Yohana3:8" binyuze mukurimbura abanyabyaha bose bagashira hano kuri iyi Si,Satani akahasigara afunganywe n' abadayimoni be mu myaka 1000 kuva Tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m kugeza mu mwaka wa 3024.

Kuva tariki 07/02/2021 kongera ho iminsi 1335 bigeza tariki 22/10/2024 ubwo tuzaba tugeze Ku Nyanja y' Ibirahure kururembo rwa kanani yo mu Ijuru na Daniyeli ahahagaze.

Kuva Ku Isi kugera muri Kanani yo mu ijuru bizatwara iminsi 7, kuva tariki 22/10/2024 gukuraho iminsi 7 bivuze gufata tariki 22-7=15, Ubwo nibwo Yesu Kristo azatunguka Ku bicu byo mu Ijuru Tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m, mugitabo cya Elina Wiyiti cyitwa Ijuru"Heaven" Ku kigisho cyo Kugaruka kwa Yesu Kristo bavuze uko Yesu Kristo azatunguka kubicu mugicuku cya nijoro hagati ya saa 00:01-02:00 buri wese azabasha kugeza saa 1:59 a.m abonye Yesu Kristo atungutse Ku Bicu nk' uko Umurabyo urabiriza iburasirazuba ukarengera aho rirengera, abera basinziriye mugitaka kuva kuri Abeli wa Adamu na Eva bazazurwa, abera bakiriho n' abazutse tuzazamurwa mubicu duturutse mu birere byose bine by' isi. Ababambye Yesu bazazukira gukorwa n' Isoni n' icyimwaro bazahita bongera kwicwa n' ubwiza bwa Yesu Kristo bose hamwe n' abanyabibi bomuri Baburoni bazaba batariswe n' ibyago bi6 byambere Bose bazuma bamere nk' amase kubutaka kuva tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m ,kugeza mu mwaka wa 3024.

Uko ibintu bigiye gukurikirana, nkuko bigomba kugeza Ku iherezo ry' umurimbuzi wa muri Daniyeli9:27 uzasandazwaho uburakari bw' Uwiteka aribwo nkazi y' Umujinya w' Imana aribyo Byago birindwi 7 bizazira mumwaka umwe wa 2024 nyuma yo kumara amezi 42 asiribanga urugo rw' ubuturo bwera mu Ibyahishuwe 11:1-19 aho amezi 42 atangirira mu cyeragati cy' imyaka 7 ariho mu mwaka wa 2021 bihujwe n' akarengane kazanywa n' umurimbuzi"Inyamanswa ya 2" w' ifatanije Ubupapa"Inyamanswa ya 1" mu ri Daniyeli 9:26-27 ,Daniyeli 12:1-13  na Ibyahishuwe 13:1-18 byose bikubiye mu minsi 1260, 1290 na 1335 igomba kubarwa uhereye tariki 07/02/2021.

Kuva Tariki 07/02/2021+1260= 31/07/2024.

Kuva tariki 07/02/2021+1290=31/08/2024.

Kuva tariki 07/02/2021+1335=22/10/2024.

Kuva Tariki 07/02/2021 kugeza tariki 07/02/2024: Ubutumwa bwa Marayika wa Gatatu mu ijwi rirenga buzavugwa mumyaka Itatu bwitiriwe Isarura ryakojwe na Yesu Kristo "Yohana 4:32-44" ryakozwe mubanyamahanga b' abasamariya muminsi 3 bahabwa kumazi y' ubugingo na Yesu Kristo afatanije n' Intumwa ze 12" intumwa 12 nizo muburyo bw' umwuka zishushanywa n' abeza Isabato 144,000 batoranijwe kuva muri Lawodokiye iyobowe na Pasitoro Ted Wilson kuva tariki 01/06-22/10/2020 batsindishirijwe babwiwe iby' umunsi n' Isaha Yesu azagarukira ho tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m bakamenya Kandi bagasobanukirwa n' iryo Jwi ry' Imana"Imana ivuganira n' Abantu binyuze mukwiga Ijambo ry' Imana ariryo Bibiriya Yera n' Ibitabo by' Umwuka w' Ubuhanuzi nokurebera Ku bimenyetso by' Ibihe tugeze no"Present Truths ".

Kuva Tariki 07/02/2024 kugeza tariki 15/02/2024: Guceceka burundu k' ubutumwa bwa Marayika wa Gatatu mu ijwi rirenga bibera Ku Isi icyarimwe no guceceka kw' igice cy' Isaha " 1/2 hour= iminsi 15:2=iminsi 7 n'amasaha 12". Ibyahishuwe 8:1-6 abamarayika ba 7 basohoka murusengero rwo mw' ijuru bitegura kuvuza impanda zabo zirindwi 7 aribyo byago bi 7 bitegura kuza kubisuka mu isi mu Ibyahishuwe 15:1-8 ari nabwo Marayika wa Gatatu azamuka ajyanye amashengesho y' abera bamaze gushyirwaho icyimenyetso cy' Imana buvuye muri Baburoni mumyaka itatu yuzuye Ibyahishuwe 6:17 maze agahereza Umutambyi mukuru Yesu Kristo iyo mimuriko Yesu Kristo akayihindura mo imibavu ihumura neza ikazamuka mo Umwotsi Mwinshi wuzura Urusengero rwo mu Ijuru, Yesu Kristo akavuga ngo Birarangiye"Ibyahishuwe 22:10-13 na Ibyahishuwe 16:17" maze Yesu Kristo agahagarara mumuryango w' Urusengero rwo mw' ijuru aho ntamuntu numwe uba ukemerewe kurwinjira mo kubera Umwotsi mwinshi uba wuzuye muri urwo rusengero rwo mu ijuru mugihe cy'isukwa ry' ibyago 7 byose bisukwa uhereye nyuma uku guceceka kungana  n' iki gice cy' Isaha"Ibyahishuwe 8:1-6".

Kuva Tariki 16/02/2024 kugeza tariki 29/02/2024: Gusukwa kw' Ibyago bine 4 bya mbere bizamara iminsi 14"Ibyahishuwe 8:7-13 na Ibyahishuwe 16:1-9".

Kuva Tariki 01/03/2024 kugeza tariki 31/07/2024 ariyo tariki y' iherezo ry' amezi 42 anga n' igihe n' ibihe n' igice cya' igihe bingana n' imyaka 3 n' amezi 6 bingana n' iminsi 1260" Daniyeli 12:7, Ibyahishuwe 11:1-13 na Ibyahishuwe 13:3-18": Gusukwa kw' Icyago cya gatanu cyizamara amezi 5" Ibyahishuwe 9:1-12 na Ibyahishuwe 16:10-11".

Kuva Tariki 01/08/2024 kugeza tariki 31/08/2024 ariyo tariki y' iherezo ry' amezi 43 anga n' igihe n' ibihe n' igice cya' igihe wongeye ho iminsi mirongo 30 bingana n' imyaka 3 n' amezi 7 bingana n' iminsi 1290" Daniyeli 12:11":Gusukwa kw' icyago cya gatandatu cyizamara ukwizi kumwe 1" Ibyahishuwe 9:13-21 na Ibyahishuwe 16:12-16".

Kuva Tariki 01/09/2024 kugeza tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m:  Gusukwa kw' icyago cya karindwi cyizamara ukwizi kumwe1 n' iminsi cumi n' itanu 15"Ibyahishuwe 6:12-17 Ibyahishuwe 11:15-19 na Ibyahishuwe 16:17-21".

Kuva Tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m kugeza tariki 22/10/2024,ariyo tariki y' iherezo ry' amezi 44n'iminsi15 anga n' igihe n' ibihe n' igice cya' igihe wongeye ho iminsi mirongo 45 bingana n' imyaka 3 n' amezi 8 n' iminsi 15 bingana n' iminsi 1335" Daniyeli 12:12-13": Gukukwa mugitaka kw' abera bazutse n' abera bose basohotse muri Baburoni bazaba barikumwe n' at we abera 144,000 bakiriho biteguye basukiwe imvura y' Itumba, tuzamuke twerekeza mu ri Kanani yo mu ijuru, tuzaruhukira Isabato k' uwundi mugabane utuyeho Mose, na Eliya na Henoki Tariki 19/10/2024 Bukeye Isabato irangiye tuzakomeza urugendo tugere Ku rurembo rwa Kanani yo mu ijuru Ku munsi wa 8 Kuwa Kabiri Tariki 22/10/2024."Inyandiko z' ibanze-Iyerekwa Ryanjue Rya Mbere".

Kwemeza iyi tariki n' Isaha Yesu Kristo azagarukira ho  15/10/2024 saa 1:59' a.m bigaragazwa n' imibare yindi Uwiteka  Imana yampishuriye kuva tariki 22/10/2019 binyuze mu mubare 1177, uyu mubare nawise, Principal Repetition Number (PRN).

Kuva tariki 31/10/2017 havuzwe ko abaporotesitanti biyeguriye SATANI binyuze mugusinyira gutesha agaciro ubugorozi bwazanywe na Martin Luther kuva tariki 31/10/1517.

Ubu tegetsi bwa papa w' i vatikani bwakomatanije iby' idini ya SATANI ya Kiriziya Gaturika yari iyobowe n' Umubwiriza butumwa bwa SATANI bwiyitirira Guhagararira Yesu Kristo mu ISI"Bishop of Rome" agafata ububasha bw' Umwami w' uburomani Constantine wa II"Pontifex Maximus" mu mwaka wa 340 bya huje amazina ya cyiyobozi yombi[(Bishop Of Rome+Pontifex Maximus)= Pontiff of Rome=Papa w' I Roma].

Imana yahagurukije umuporotesitanti William Miller kuburira abatuye Isi kubaha no gutinya Imana umuremyi no gusohoka muri Baburoni no kwitegura Kugaruka kwa Yesu Kristo ageza ubuhanuzi bwa Daniyeli n' Ibyahishuwe tariki 22/10/1844" Great Awakening and Disappointment " havuzwe ubutumwa bwa Marayika wa 1 n' uwa 2" Ibyahishuwe 14:5-8".

Imana yahagurukije umuporotesitanti Ellen Gould White kubwira into Imana yashatse byose bizabanza kuva mbere yo Kugaruka kwa Yesu Kristo n' ibigeragezo bazahura nabyo byose n' ubutumwa bazabwira isi bayiburira mubutumwa bwa Marayika wa Gatatu mu ijwi rirenga bireba isi yose cyanee cyanee uhereye kuri abo baribategereje Kugaruka kwa Yesu Kristo ntibamubona tariki 22/10/1844 , binyuze mumayerekwa atandukanye, byageze tariki 03/04/1847 Uwiteka Imana apfundura isanduku y' ibihamya by' Imana yo murusengero rwo mu ijuru yereka Ellen Gould White itegeko rya 4 ryo Kwibuka Kweza Umunsi wa 7 ariwo ISABATO y' Uwiteka Imana ,Kandi ko iryo tegeko ryarabagiranaga kurusha ayandi yose 9 asigaye yose yandikishijwe ikaramu y' umuriro kubisate bibiri bya' amabuye, Imana imutuma kuza kubisobanurira Abadiventisiti bezaga icyumweru ko bakwiye Bose kujya beza ISABATO yo mu itegeko rya 4 bityo bahinduka Abadiventisiti b' umunsi wa 7.

Kuva 31/10/2017" A Reforming Catholic Confession=Great Apostasy of General Conference of 7th Day Adventists Churches " kugeza tariki 31/10/2024 ni imyaka 7" Daniyeli 9:27.

Kuva 31/10/1517 kugeza tariki 31/10/2017 ni imyaka 500.

Kuva Mumwaka wa 0 kugeza mumwaka wa 340 ni imyaka 340.

Gufata 500+340= 840.

Gufata 2017-840= 1177."PRN".

Gufata 340+1177=1517.Guhagurutswa kwa Martin Luther n' Ubuporotesitanti kuva tariki 31/10/1517.

Gufata 1847+1177=3024.Isabato ya mbere mu Isi Nshya"Yesaya 66:23-24" Tuzayiruhuka mu mwaka wa 3024 nyuma yo kumanuka na na Yerusaremu nshya tuvuye mu ijuru nyuma y' imyaka 1000 tuzamara mu ijuru, SATANI n' abadayimoni be babohewe muri iyi si bonyine imyaka 1000 abanyabibi barapfuye bose(22/10/2024-22/10/3024-29/10/3024).

Binyuze mumibare Scaling Mathematics: 1177=100+177=1000+100+77=1000+100+70+7=1+1+7+7=16=1+6=7.

Gufata 1177-1000=177.

Gufata 1844+177=2021.Ikizira cy' Umurimbuzi"USA National Climate Sunday Law ".Daniyeli 9:27 na Daniyeli 11:31 na Daniyeli 12:11".

Gufata 1847+177=2024.Kugaruka kwa Yesu Kristo."Ibyahishuwe 6:12-17, Ibyahishuwe 11:15-19 na Ibyahishuwe 16:17-21, Ibyahishuwe 19:17-21"

Gufata 3024-2024=1000.Imyaka Igihumbi"Ibyahishuwe 20:1-15 na Ibyahishuwe 21:1-27".

Gufata 7: Isabato y' Umunsi wa 7 y' itegeko rya 4 yatanzwe muri Edeni Uwiteka Imana ayiruhukana n' Umuntu yaremye nyuma yo gukurwaho na Constantine na Bishop w' I Roma nyuma bikamamazwa n'AbaPapa b' I Roma ,Imana yongeye kuyibutsa Abaporotesitanti bategereje Kugaruka kwa Yesu Kristo kuva tariki 03/04/1847 izongera kwizihizwa nk'uko yatanzwe bwa mbere na mbere mubantu muri Edeni yo mu isi nshya dutangiye Calendari yo mucyumweru cy' I Rema mu mwaka wa 3024.

Please Share this 3rd Angel' s Loud Cry Message Article :copy and paste this Link[ http://www.africanunionsc.org/2021/01/ausc-alive-new-articlepresident-joe.html?m=1 ] to at Least 7 People on Social Media to Warn them for 7 Last Plagues in 2024 to save living souls today as you reach here now,share this link to others. May Almighty God in Jesus Christ bless You with Latter Rain Holy Spirit. Amen. Thanks.


Komeza wige Ijambo ry' Imana Usenga unabwiriza ubutumwa bwa Marayika wa 3 mu ijwi rirenga, kuva tariki 07/02/2021-07/02/2024:

24) Ikigisho cy' Ubukwe bw' Imana y' Igarireya by Retired District Pastor SAFU KAGIMBA-Eglise des Adventistes du 7ième Jour(SDA) Francophone du RWANDA"https://m.youtube.com/watch?v=ryioPzWKqmw&t=428s"-Kigali mu:

Ubukwe bwa Dr.Iraguha Bandora Yves na Miss Uwineza Marie Denyse.

23) Ellen G. White, Great Controversy , INTAMBARIKOMEYE, Intambara Ikomeye 44 / 47 by Dr. IRAGUHA BANDORA Yves ,BScN RN, MD, MG

22) Abayobozi bakuru b'itorero ry'Abadiventiste b'Umunsi wa7, Bahuje Itorero na ROMA kuva tariki 31/10/2017Philippe

21) From Crete to Malta part 3 by Walter J Veith, Umuntu wibanga

20) From Crete to Malta part 2 by Walter J Veith, Umuntu wibanga

19) From Crete to Malta part 1 by Walter J Veith, Umuntu wibanga ,

18) #16 Abagore Babiri Mubuhanuzi by Dr. Ndamyumugabe Phodidas

17) 1. Ntushobora kuva mu Egiputa ngo ujye i Kanani nta mategeko by Musoni Flavien

16) 1. Ishungura by Nzaramba Emmanuel

15) Ingoma y'umudendezo n'amahoro By Nzaramba Emmanuel

14) GUHINDURIRWA AMATEKA - Eric NGABO

13) KOHEREZWA MU GIHUGU UTAZI! - Eric NGABO

12) UMUSOZO W'INTAMBARA IKOMEYE - ERIC NGABO

11) 5. KUMURIKA KW'ABANYABWENGE - Felix NSHIMIYIMANA

10) UMUGANI W'UMUBIBYI N'UBWOKO BW'UBUTAKA By Felix NSHIMIYIMANA

9) UBUTUMWA KURI AHABU, YEZEBERI, N'ABATAMBYI (IGICE CYA 2) - Félix NSHIMYUMUREMYI

8) 6. UBUTUMWA KURI AHABU,YEZEBELI N'ABATAMBYI Part A By Felix NSHIMIYIMANA

7) 7 INTAMBARA IKOMEYE: LUTHER,ABADIVENTISITI, UBUPAPA, N'IJWI RIRENGA,IMPAMVU5-Pastor Andrew Henriques

6) 8 INTAMBARA IKOMEYE,IGICE CYA8, ITEGURE GUHAGARARA IMBERE Y'ITORERO NA LETA- Pastor ANDREW HENRIQUES

5) Igice cya (2) URUKINGO N’AMARASO

4) Igice cya mbere (1) URUKINGO N’AMAHAME AGENGA UBUZIMA

3) Mwegere Imana na yo Izabegera, murwanye Satani nawe azabahunga _ Nyirinkindi Aimable

2) Kwikingiza cyangwa Kutikingiza _ Prof. Walter Veith

1)IBYIRINGIRO BY’AGAKIZA MURI KRISTO N’IKIMENYETSO CY’IMANA IHORAHO.|| Innocent NIZEYIMANA

Komeza wisomere Inyandiko za Ellen Gould White mu Kinyarwanda:

Please Share this 3rd Angel' s Loud Cry Message Article :copy and paste this Link[ http://www.africanunionsc.org/2021/01/ausc-alive-new-articlepresident-joe.html?m=1 ] to at Least 7 People on Social Media to Warn them for Last 7 Plagues in 2024 to save living souls today as you reach here now,share this link to others. May Almighty God in Jesus Christ bless You with Latter Rain Holy Spirit. Amen. Thanks.

Repetition Model application for 2300 Prophetic Days, as coupled to Historical 5 Strongest worldwide Empires from Babylon to Pagan Roman Empire till end of Early Christianity and Raise of Final Vatican Papacy 7th/2/2021 to 31st/7/2024.



You can Click Here to View our Alarm, set for You to Start Counting down for 2nd Coming of Our Lord Messiah Jesus Christ our King of 7th Day Holy Sabbath and of All Sealed 7th Day Holy Sabbath Keepers until Tuesday, 15 October 2024 (Chicago time).




 It is 1765 days4 hours1 minute55 seconds
Set on Current time which was on Sunday, 15 December 2019, 18:58:28 CST (local time in Chicago)
At time of loading, accuracy was within 0.529 seconds.

The Great Controversy

Home EGW Writings Books The Great Controversy

Preface


Listen, Read and Share Links of The Great Controversy Book Audio  All Chapters-English and in Kinyarwanda.

The Book Great Controversy in Audio: Igitabo Intambara Ikomeye mu majwi
0.[Chapter 00- Introduction/The Great Controversy-Audio],(Chap 0-IJAMBO RY'IBANZE in Kinyarwanda )


Appendix

Copy and paste to share to 7 people /Sangiza n' abandi bantu 7,Yesu yaje twatashye:2020-06-06:14h41'51''Inama y' Agakiza Yesu i Getsemani itangiranye n' itariki ya 1Nzeri2020 kugeza kw' Itegeko ry' Icyumweru 15Gashyantare 2021,Yesu azagaruka 15 Ukwakira 2024,Isaha yageze,Mwiyeze Imbabazi Z'Imana Kubeza Isabato ni 22Ukwakira 2020. Imvura y'itumba n'ihembura rizamara amezi 3 n' iminsi 15, bizahuza na Gashyantare 7th-17th, 2020.Twatashye Yesu Yaje,Mwige Ikigisho cya 42 Intambara Ikomeye, musome Yesaya 12:1-6, Musome 1 Abami 81:66, Mubihuze na Yohana 17:1-26"17:17"Ubereshe Ukuri, Ijambo Ryawe niryo Kuri:1)Inyandiko: http://www.africanunionsc.org/2020/06/2020060614h4151getsemani-itangiranye.html  ,2) Amajwi: https://vocaroo.com/93jDG6UqbSC , 3) YouTube updates on Sunday Law movements: http://www.africanunionsc.org/2020/05/click-here-to-listen-to-updated-sunday.html 
Ijambo ry' Umwanditsi ku musomyi W' IGITABO INTAMBARA IKOMEYE"YouTube"(Isengesho):

"Uwiteka Imana yacu Uhabwe ikuzo n' Icyubahiro, dore aho iki gitabo kigeze , mumajwi, umuntu wese uje aha abasha nawe kumva ibice byose by'iki gitabo INTAMBARA IKOMEYE mu Kinyarwanda, kandi akanakanda ahanditse download, ibice byacyo byose uko ari 42 akabikura kuri interineti akabika amajwi y' iki gitabo hafi ye , bitewe n'akarengane kegereje abeza isabato yawe Data wa twese ,akazabasha kuba aho yabisangiza n'abandi bitamusabye kuba yasubiye kuri interneti.
kandi Mwami mana yanjye ,nkaba ngusaba kumvisha abasoma iby'iyi nyandiko kurararikirwa nayo gutakambira Uwiteka Imana yacu ngo tubashe guhabwa Imbabai z' Ibyaha , no gusukirwa Umwuka Wera Mu Mvura y'itumba.
Mbisabye byose mu Izina rya Yesu Kristo Umwami n'Umukza wacu.Amen."

Igitabo cy' Intambara Ikomeye mu majwi kuri interineti,Umva ibice byose , ubikurure ho ubibike ,ubisangize n' abandi;14/06/2020:

0.Chap 0-IJAMBO RY'IBANZE
1.Chap 1-KURIMBUKA KWA YERUSALEMU
2.Chap 2-AKARENGANE MU BINYEJANA BYA MBERE
3.Chap 3-INTANDARO YO KUGOMA
4.Chap 4- ABAVODUWA
5.Chap 5-YOHANI WYCLIFE
6.Chap 6-HUSE NA YORAMU
7.Chap 7-LUTHER YITANDUKANYA NA ROMA
8.Chap 8-LUTHER IMBERE Y'URUKIKO RW'I WORMS
9.Chap 9-ZWINGLE
10.Chap 10-AMAJYAMBERE Y'UBUGOROZI MU BUDAGE
11.Chap 11-UBUHAKANYI BW'IBIKOMANGOMA
12.Chap 12-UBUGOROZI MU BUFARANSA
13.Chap 13-IBIHUGU BYITWA PAYS-BAS
14.Chap 14-ABAGOROZI BAKURIKIYEHO MU BWONGEREZA
15.Chap 15-BIBILIYA N'IHINDURAMATWARA MU BUFARANSA
16.Chap 16-ABAPADIRI B'ABAGENZI
17.Chap 17-INTEGUZA ZO MU RUTURUTURU
18.Chap 18-UMUGOROZI W'UMUNYAMERIKA
19.Chap 19-KUVA MU MWIJIMA UJYA MU MUCYO
20.Chap 20-IVUGURURA RIKOMEYE MU ITORERO
21.Chap 21-UKUBURIRWA KUTITAWEHO
22.Chap 22-UBUHANUZI BUSOHORA
23.Chap 23-UBUTURO BWERA
24.Chap 24-AHERA CYANE
25.Chap 25-AMATEGEKO Y'IMANA NTAHINDUKA
26.Chap 26-UMURIMO W'UBUGOROZI
27.Chap 27-IVUGURURA RYO MURI IKI GIHE
28.Chap 28-ISUZUMARUBANZA
29.Chap 29-INKOMOKO Y'IKIBI
30.Chap 30-URWANGO HAGATI Y'UMUNTU NA SATANI
31.Chap 31- UMURIMO W'IMYUKA MIBI
32.Chap 32-IMITEGO YA SATANI:(Imyaka 6000)
33.Chap 33-IKINYOMA GIKOMEYE CYA MBERE NA MBERE
34.Chap 34-ABAPFUYE BASHOBORA KUVUGANA N'ABAZIMA
35.Chap 35-IMICO N'IMIGAMBI Y'UBUPAPA
36.Chap 36-INTAMBARA YEGEREJE N'INTANDARO YAYO
37.Chap 37-IBYANDITSWE BYERA NI UMURINZI WACU
38.Chap 38-IMIBURO IHERUKA
39.Chap 39-IGIHE CY'UMUBABARO
40.Chap 40-GUCUNGURWA K'UBWOKO BW'IMANA
41.Chap 41-ISI IHINDUKA UMUSAKA
42.Chap 42-IHEREZO RY'INTAMBARA:(Imyaka 6000)

.

 Please Share this 3rd Angel' s Loud Cry Message Article :copy and paste this Link[ http://www.africanunionsc.org/2021/01/ausc-alive-new-articlepresident-joe.html?m=1 ] to at Least 7 People on Social Media to Warn them for Last 7 Plagues in 2024 to save living souls today as you reach here now,share this link to others.

May Almighty God in Jesus Christ bless You with Latter Rain Holy Spirit. Amen. Thanks.


0 comments:

Post a Comment

 

Subscribe to our website

Contact us

Meet AUSC President at +250736196204

Our Team Members