Saturday, March 6, 2021

Ku Isaha ya 11 Abantu 1000 Bazajya bihana Mu Munsi Umwe.Ibyaduka Byo Muminsi y' Imeruka:Ijwi Rirenga.Happy Sabbath Day.Repent, Repent, Remember The 7th Day Sabbath To Keep It Holy.Jesus is Coming on October 15th, 2024 at 1:59' a.m.

Introduction:

Ku Isaha ya 11 Abantu 1000 Bazajya bihana Mu Munsi Umwe.Ibyaduka Byo Muminsi y' Imeruka: Ijwi Rirenga.Happy Sabbath Day.Repent, Repent, Remember The 7th Day Sabbath To Keep It Holy.Jesus is Coming on October 15th, 2024 at 1:59' a.m.

I. Ubutumwa bwa Marayika wa 3 mu ijwi rirenga buvuga ngo Iraguye Iraguye Baburoni Ikomeye bwoko Bwanjye ni muyisohoke mo bwatangiye kuva tariki 7/2/2021, bufite umumaro ukomeye nk' uwo Abamarayika batumwe Kurimbura Sodomo na Gomora bari bafite.

1.Abamarayika batumwe kurimbura Sodomo na Gomora baburiye abatuye umurwa mugihe cy'amasaha macyeya baribasigaranye mbere yo kurimburwa, ariko abumviye umuburo babaye abantu bane gusa(4).

2.Abo bamarayika babwiye intungane zo mumuryango wa Roti ko zigomba kuva mumurwa, ariko ntizabashije kubikora batazikuruyemo,byabaye ngombwa ko bazikurura bazisohora mumurwa, zibona kujyenda.

3.Itegeko ryo kurimbura Sodomo na Gomora rimeze nk' itegeko ryo gusuka umwuzure mu Isi ryo mugihe cya Nowa rigiye gutangwa muri iyiminsi irimbere mumwaka wa 2024 risohoze gusukwa kW' ibyago birindwi bizira mumwaka umwe rizaba risa n' iryatanzwe nanone riturutse mu biro by' Umwami w'Isi n' Ijuru mu buturo bwera bwo mu ijuru bw' Umuremyi w' ibiriho byose, ryarebaga abatitondera amategeko y' Imana, ntibagombaga kurokoka uko Kurimbuka gukomeye Gutyo.

4.Mubagiriwe umugisha wo gusohorwa muri Sodomo na Gomora, bose siko bari bafite umutima umaramaje wo kumvira amategeko Imana itanga, itegeko rimwe ryonyine ryari risigaye kumvirwa ngo bakire n' ubwo baribakuwe mumurwa babazwe ko ari abakiranutsi ryavugaga kungingo yo kwirinda no kwicungira amagara(Temperance) yaburi umwe wese muri abo bakiranukaga ribabuza ko hatagira uhindukira akaza kureba inyuma ye.( Ubusambanyi"LaudatoSI'237'Sunday Law" bwa Maraya Papa Francis wa Vaticani n'Uburozi"covid19Vaccines" bwe nibwo bugiye gutuma Imana irimbura Abatuye iyi Si binyuze mu byago 7 by'imperuka kuva 8/2/2024-15/10/2024 saa 1:59' a.m"2nd Pope's Great Sunday Law Climate Change linked Flood" Nahumu 3:1-19=Ibyahishuwe 17:1-18=Ibyahishuwe 16:1-21=Ibyahishuwe18:1-24=Ibyahishuwe 14:1-8-20.)

5.Icyo gihe Umugore wa Roti"Ushushanya Abagize Amadini yose yizeye inkingo za covid19 zikoresha uturemangingo'Cells' z' abantu bakuwe munda za ba nyina bakabikwa muri laboratwari bicwa agashinyaguro mugukorerwaho ubushakashatsi"Aborted Foetuses Cells Farms'" yagaragaje ukutumvira Itegeko ry' Imana ryo Kwirinda(Temperance) arahindukira areba Inyuma, Maze Ahita ahinduka Inkingi y' Umunyu.

6.Ariko Roti n' abakobwa be babiri bo bagezeyo amahoro, bibutse ko itegeko ry' Imana ridahinduka, bityo ntibigeze bareba inyu"Bashushanya abemeye Imana n'umwana wayo Yesu Kristo bakazibukira inkingo za covid19 mu rwego rwo kurinda(Temperance) imibiri baragijwe n' Imana nk' Insengero zayo Yejesheje Amaraso ya Yesu Kristo".[ http://www.africanunionsc.org/2020/12/article-3-years-new-world-orders.html?m=1 ].

7.Mukubara amasaha y'amanywa y' umunsi, itorero ry' Imana ryo muminsi y' Imperuka ryanditswe mu Ibyahishuwe 14:1-20 rigaragazwa no kuba ryitondera amategeko yose 10 y' Imana n' ISABATO irimo, kandi rikagira kwizera kwa Yesu cyangwa guhamya kwa Yesu ariko kugira Umutima wo kwizera Ibyo Umwuka w' Ubuhanuzi avuga kubyerekeye ibibera muri Iyi Si, ibyabaye, n' ibizaba.

8.Ntakintu nakimwe cyatungura umuntu weza Isabato aramutse akurikiza n' ayandi mategeko yose 9 uko Imana iyamutegeka, akaba aha n' agahe gahagije kwiga neza ibitabo by' Umwuka w' Ubuhanuzi."Igihe cy' Umubabaro Wa  Yakobo kirihafi Kugera".39.[Chapter 39—The Jacob's Time of Trouble/The Great Controversy-Audio in English],(in Kinyarwanda),

9.Kuva mu mwaka wa 1844, Uwiteka yatangarije abatuye isi bose ko Yesu Kristo yinjiye ahera cyane kuva tariki 22/10/1844 kandi ko agomba gukora yo umurimo wo guca Imanza, Guhongerera ibyaha by' abamwiyambaje ngo abejeshe ibyaha byabo amaraso ye, akanahakorera umurimo wo kwizera Ubuturo bwera bwo mu ijuru mukitegererezo cyo mubuturo bwera bwo mu isi mugihe cya Mose na Aroni"Abalewi 23:1-44".

10.Binyuze mumugaragu w' Imana w' Umuporotesitanti Bwana William Miller, Imana yahamagariye abatuye isi kumvira ihamagara ryo mu Ibyahishuwe 14:5-9 rivuga k' ubutumwa bw' Abamarayika 3, kandi ubutumwa bwa Marayika wa 1 bukaba bwarabwirijwe mbere na Nyuma ya tariki 22/10/1844 buvuga ugusohora kW' igihe cyo gucira urubanza buri muntu waremwe wese kugiti cye nk' uko Daniyeli yeretswe muri Daniyeli 8:10-14 ko Umwami Yesu Kristo yagombaga gutangira kweza ubuturo bwera bwo mu ijuru nyuma y' iminsi ya gihanuzi 2300, iyo minsi ikaba yarabazwe na William Miller wemeje ko yarangiye tariki 22/10/1844 kandi kubw' Uwo mubwiriza butumwa bwiza, Uwiteka Imana yitoranirije itorero ry' abategereje kugaruka kwa Yesu Kristo ari nabwo yatoranyije Madam Ellen Gould White ,Imana ikamunyuzaho amayerekwa ashingiye kukurangira kW' Ibwirizwa ry' Ubutumwa bwiza hano kuri iyi Si, aho Uwiteka yerekanye ko hagomba gushyirwa ikimenyetso kugahanga k' aburi kiremwa muntu mugihe ubwo butumwa bwiza buzaba burangiye kuvugwa,bukazakurikirwa no gusukwa kw' Ibyago 7 by' imperuka.

11.Mugutegura uwo murimo wo kweza ubuturo bwera wa Yesu Kristo, hasi ku Isi hagomba kuba hari abakozi bakora umurimo wo kubwiriza ubutumwa bwiza abantu batuye muri iyi si, maze mu ijuru Yesu Kristo agakurikira abo bavuga butumwa batoranijwe acira imanza abumvise ubwo butumwa bwiza ashingiye kumategeko 10 y' Imana n' Isabato irimo.

12.Umurimo wo kubwiriza ubutumwa bwiza bw' Ubwami bw' Imana bugomba kwimikwa mugusimbura ubwami bw'iyi si wahanuwe muri Daniyeli 7:1-27 ahagaragara ko Ku iherezo ry' intambara iri hagati y' icyiza n' ikibi ,ubwami bwose bwo muri iyi si buzahangukira rimwe bukegurirwa abera b' Imana isumba byose, kandi abera b' Imana isumba byose bagiye babaho mubinyejana byose bitandukanye byaranze amateka y' ikiremwa muntu kuri iyi si,abo ni abera bitonderaga amategeko y' Imana kurugero rwagenewe buri kinyejana.

13.Yesu Kristo yemeje ko gukorera Umurimo Imana ngo Ubwami bw' Imana bwimikwe muri Iyi Si, bigereranywa n'Umuntu wajyiye ajya guhamagara abakozi ngo bamukorere muruzabibu rwe,kumasaha atandukanye muri Matayo 20:1-16 ko itegeko ry' Imana ryatanzwe mugihe cyo guhemba abakozi, ryavuze ko abakozi baje mumurimo bwanyuma bari abakozi ba 11 kandi ko babanje guhembwa mbere y' abandi bakana hembwa ibihembo bingana n' ibyabatangiye akazi mu isaha ya 1, kandi ko guhemba abakozi bose hamwe byakozwe binyuze muguhamagara abakozi Ku isaha ya 12.

14.Uko Imana yagenye umurimo wo gukora muruzabibu rwe, yanagenye ibyo guhemba abakozi mu bihe byose nk' uko biboneka mugitabo c' Abalewi 19:13 no Gutegeka kwa Kabiri 24:15 aho Imana yategetse ko Umukozi wese agomba guhabwa ibihembo yakoreye ni mugoroba akabitahana,ngo ntihakagire urarana ibihembo by' Umukozi wakoze umunsi wose,kuko aba abikeneye cyane.Kumugoroba mbere yo gutaha izuba ritazarenga atabihawe.

15.Binyuze mumujakazi w' Imana Madamu Ellen Gould White, Imana yavuze mo Ubutumwa bwo gushyirwaho icyimenyetso cy' Imana bwatangiriye mu itorero ry' Abadiventisiti b' umunsi wa 7 ngo hatoranywe mo abera beza ISABATO y' Uwiteka Imana Ishobora Byose 144,000 basukirwe Umwuka wera mu mvura y' itumba, maze mugihe hazaba hatangajwe ko Leta zunze Ubumwe za Amerika(USA) zasinye itegeko ry' icyumweru, ko icyo gihe isi izabwirwa ko Ubutegetsi bwa Vatikani bwakize uruguma bwari baratewe no kwamburwa ubutware bwo gutegeka isi yose kuva mu mwaka wa1798 bikozwe n' Umwami w'abami w' ubwami bw'Abafaransa bwari bukomeye kurusha ubundi bwami bwo kwisi bwose muri icyo cyinyejana.

16.Ubutumwa bwiza bwitwa ubutumwa bwa Marayika wa Gatatu mu Ijwi rirenga, Bufatikanya ubutumwa bwa Marayika wa kabiri n' ubwuwa marayika wa Kane bwo mu Ibyahishuwe 18:1-5 na Ibyahishuwe 14:6-12 bukaburira abatuye iyi si ko batagomba kwifatanya na Papa n' ubuyobozi bwa Vatikani n' ubuyobozi bwose bwo muri Iyisi kubijyanye n' Imyanzuro ibangamiye itegeko iryo ariryo ryose ry' Imana, ubu butumwa bukaba buvugwa mu Isaha ya 11, ubara uhereye tariki 22/10/1844.

17.Imibare ya gihanuzi yerekana ko Isaha imwe ingana n' Imyaka 15, kandi ko ugendeye mu mugani wa Yesu Kristo w' abakozi bo muruzabibu muri Matayo 20:1-16 ,Yesu yahamagaye abakozi mo mu Isaha ya 1 , ubwo hari mumwaka wa 1844, ubwo butumwa bwiza babuvuze bageza kubakozi baje Ku isahavya 3, bivuze ko imyaka 15+1844=1859 muri uyu mwaka 1859 nibwo isaha yambere yari irangiye, bityo bityo isaha ya 3X15+1844 yo yatangiye mumwaka wa 1889, hatangijwe ubutumwa bwiza bwo gutsindishirizwa binyuze mu kwizera.

18.Hari abaje Ku isaha ya 6 n' iya 9(6X15+1844 na 9X15+1844) naho isaha ya 11 yatangiye mumwaka wa 2009(11X15+1844=2009), ikazarangira mu mwaka wa 2023, mugihe isaha yo guhemba ari iya 12(12X15+1844=2024) ari nabwo Yesu Kristo azatunguka kubicu aje guhemba abakozi be beza Isabato ariyo Kimenyetso cy' Imana, mugihe icyumweru aricyo cyimenyetso cy' Inyamanswa.

19.None ubu kuva tariki 6/3/2021 hakaba hasigaye imyaka 3 gusa ngo isaha ya 11 irangire, ariyo 2021,2022,na 2023.

20.Mugihe amasaha 12 angana na 12X15=180 imyaka 180 kuva tariki 22/10/1844 +180= 22/10/2024, aho umurimo wo kweza ubuturo bwera bwo mu ijuru Yesu Kristo akazaba awurangije yavuye no kohera ibyaha byose kuri Satani mu ri iyi si.

21.Kugirango tariki 22/10/2024 zigere Yesu Kristo agarutse kubuturo bwera bwo mu ijuru avuye kohera Satani muri iyi si, bizaba bitwaye iminsi 8, ubwo (22-8=15)/10/2024 ,Yesu Kristo akazagaruka tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m, Nyuma y'' ibyago 7 bizatangira kuva tariki 16/2/2024 kugeza tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m, bihuza n' ihame rya 24,25,26,27 na 28 yo mubyo Abadiventisiti b' umunsi wa7 bizera, hashira imyaka 1000 muri Ibyahishuwe20:1-15 Satani aboheye muri iyisi wenyine bikagera tariki 22/10/3024, Isi nshya ikazarangwa no kweza Isabato muri Yesaya 66:23-24 kuva tariki 3/4/1847 Imana yerekanye Isabato mu iyerekwa yahaye Ellen Gould White ,Niko nyuma y' Imyaka 1177 kuva 1847+1177=3024 Isi izagirwa nshya izerezwamo Isabato ,nk' Uko Imana yari yabigennye Isi ikiremwa mu Itangiriro2:1-3.

22.Yesu Kristo yaje, mubwirize abatuye Isi bihane, 1000 mumunsi umwe, Umunsi 1 ungana n'umwaka 1, buri mwaka kuva 2021,2022,2023 ivuga bbutumwa rya nyuma rigomba kuvugwa na buri wese werejwe uyu murimo binyuze mukuba yaratsindishirijwe.

23.Buri wese agomba kuba yaratsindishirijwe kugirango yiyumvemo ko ari umwe mubagize abera 144,000 kandi agomba kuburira abatuye Isi kuburyo mumunsi umwe hagomba kujya hihana Bantu 1000 kuri buri wera wese ubwiriza ubutumwa bwa Marayika wa 3 mu ijwi rirenga"Ibyahishuwe 14:9-12&Ibyahishuwe 18:1-5".

24.Ibyo wabisoma mu gitabo cya madamu Ellen Gould White "Ibyaduka byo muminsi y' Imperuka ingingo ya 776-782".

25.Uyu mubare 1177 ni wo wabanje kugaragaza ubuyobe bwakozwe n'abiyita ko bahagarariye ubu Porotesitanti kuri iyi So,nyamara ntabwo bashoboraga kurangiza ubuporotesitanti nkuko babyibwiye,ubwo bajyiranaga amasezerano na Papa Francis ko nasenye ubuporotesitanti nyuma y' imyaka 500 butangijwe na Martin Lutheri kuva tariki 31/10/1517, babusenye buzuza isezerano ryo muri Daniyeli 7:27 tariki 31/10/2017 n' abahagarariye ubuyobozi bwa jenerari conference y' abadiventisiti b' umunsi wa 7 barabisinye, ibyo bihesha ubupapa intsinzi bwatangiranye kiva mumwaka wa 340, bityo uhereye mumwaka wa 340 ukongeraho imyaka 1177 ugera Ku mwaka Uwiteka yatangirije ho ubuporotesitanti (340+1177=1517).Nanone iyo ubaze imyaka 340 yambere y' uko Constantine wa II apfa ubwamibwe bukiyegurirwa n'abapadiri(666) bakiriziya gaturika y' iroma bayoboraga ubwami bwahoze ari ubwabami batatu(Abavandari, Abaheruri n' Abasitorogoti) bavuze Ku bahawe urupapuro na Constantine Umwami w'abami wabaromani" Donation of Constantine Umwami watangije ubupapa"666" kuva 317 kugeza ashyizeho 3/3/321=Itegeko ry' Icyumweru" bwabemereye kwiyicaza kuntebe ya Cyami ya Constantine II mumwaka wa 340" Ibyahishuwe 13:1-2" kuva mbere yumwaka wa 340 kugeza nyuma y' mumwaka wa 1517 ni imyaka 840(340+500) kwisanzura kw' ivugabutumwa rya Kristo kwabaye mu Umwuka w' ubuporotesitanti n' uwintumwa 12 za Yesu Kristo.

26.Kuva 31/10/2017 gukuramo imyaka 840 bitanga imyaka 1177(2017-840=1177).

27.Iyo myaka 1177 ni imyka yisubiramo ihuza ibihe bitandukanye byaranze amateka y'iyi Si muntambara ikomeye(1177 Principal Repetition Number).

28.Kuva 31/10/2017 muri Daniyeli 7:27 wongeraho icyumweru ariyo myaka 7 bigaragaza ko Isi izarangira mumwaka wa 2024(31/10/2017+7=31/10/2024) nyamara iyominsi izagabanywa ho kugeza 22/10/2024 kuko hakoreshwa amasaha 12 yo muri Yohana 11:9-11 angana n' imyka 180, kuva tariki 22/10/1844 kongeraho imyaka 180 yokwerezwa mo ubuturo bwera bwo mu ijuru izarangira tariki 22/10/2024,Yesu Kristo yaramaze kuva kuri iyi Si kohera Ihene ya azazeri tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m. 

29.Muri Daniyeli 12:1-13 havugwa ibyimperuka, iminsi 1335 izarangira Daniyeli akabona guhagarara mu mugabane we, Uyu mugabane uvugwa ni Kunyanja y' ibirahuri ari nabwo abera bose tuzaba turiguhabwa ibihembo ,amakamba atatswe ho inyenyeri nyinshi n' inanga zacu tuzicurange, ubwo icyumweru cyanyuma giheruka amateka y'isi cyatangiye tariki 31/10/2017 cyizarangirira muburakari bukaze bw' Uwiteka buzasandazwa k' Umurimbuzi w' Umu Jesuit Papa Francis na Joe Biden President wa America waje icyumweru cyigeze hagati ,cyizarangira tariki 31/10/2017 kugeza 31/10/2024,kumenya hagati aho iminsi 1335 itangirirwa kubarwa ni naho ikizira cy' umurimbuzi cyiba cyaramaze kwemezwa bakuyeho igitambo gihoraho muri Daniyeli 12:7-13 ni ugufata 31/10/2024 ugakuramo iminsi 1335 ingana n' imyaka 3 n' amezi 8 n' iminsi 15(31-15=16:2=8, 10-8=2,2024-3=2021) bitanga icyumweru cyigera hagati tariki 7/2/2021, wakongeraho iminsi 1335 ariyo myaka 3 n'amezi 8 n' imyaka 3 bigatanga tariki 22/10/2024(7+15=22,8+2=10'2021+3=2024) ari bwo iminsi 1335 izaba irangiye Daniyeli ahagaze mu mugabane we kunyanja y' ibirahuri kururembo rwo muri Kanani yo mu Ijuru,n' abera twese turi kumwe na Yesu Kristo, mugihe Igitondo cy' Umuzuko cyizabera hano kuri iyi Si ubwo Yesu Kristo azagaruka tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m.

II.Ikizamini Cy'Urukingo rwa Covid19 Na Temperance-Urugero rwa Mukaroti-2021-03-06_20.55-Ikimenyetso cy' Imana"Isabato" n' Ikimenyetso cy' Inyamanswa"Icyumweru":

1.Ikimenyetso Cy' Imana N' Umuganura Tuzagirira mu Ijuru Mu Mwaka wa 2024: Audio:[https://voca.ro/1jMor63YgK2W  ].

2.Icyimenyetso cy' Imana-Ijwi rirenga-Ibyaduka-Isaha ya 11 yatangiye 2009 izarangira 2023-Audio:[https://voca.ro/13lJhZ5zRiAL ].

3.Ikizamini cy' Ubuzima kizakurikirwa n' Icyizamini Cyo Kuramya Igishushanyo Cy' Inyamanswa n'Itegeko ry' Icyumweru"Ikimenyetso cy' Inyamanswa": Audio:[https://voca.ro/1ipwl8gZPZTx ].

4.Ikimenyetso Cy' Imana N' Ukuri Kwirengagijwe Ko Kwirinda: Audio: [https://voca.ro/1fDolkOjLuAO ].

5.Imisaruro Ni Ibiri-Isi Irigusarurwa Kuva 2021 kugeza 2024-Audio:[ https://voca.ro/1jKiKMJbzaSY ]. 



Work-Free Sunday Law. 2 Babylons Meet. Who Shall Be Able Stand? "THEY without US" 3-Step Redemption. Associated Link.[https://m.youtube.com/watch?v=vY0dhyZZGHM ].
Churches Offer C19 Dose. “Pope In Iraq:Forgive Persecutors.” March 7,321. Let’s Go On To Perfection. Associated Link:[ https://m.youtube.com/watch?v=rDX7zEay-zc ].
SUNDAY Must Be A Universal Day Of Rest For 52 Weeks A Year. Green Sabbath Abomination Of Desolation. Associated Link:[ https://m.youtube.com/watch?v=oAtZl10o2eI ].
Worldwide SUNday Law Health Passport. Banned From Returning To Work Without COVID-19 Vaccination. Pope Global Warming 2nd Great Flood.Associated Link:[*************  ].
Bishops Call For Protection Of Work-Free SUNday. The Sabbath - A Sign Of Salvation..Associated Link:[ https://m.youtube.com/watch?v=16BZD-qLK2I ].
Adventists Appeal To Caesar And Giving COVID-19 Vaccine On The Sabbath. International Rally Of Hope, Peace, Unity And The New World Order.Associated Link.[#####].


Ubusambanyi"LaudatoSI'237'Sunday Law" bwa Maraya Papa Francis wa Vaticani n'Uburozi"covid19Vaccines" bwe nibwo bugiye gutuma Imana irimbura Abatuye iyi Si binyuze mu byago 7 by'imperuka kuva 8/2/2024-15/10/2024 saa 1:59' a.m"2nd Pope's Great Sunday Law Climate Change linked Flood" Nahumu 3:1-19=Ibyahishuwe 17:1-18=Ibyahishuwe 16:1-21=Ibyahishuwe18:1-24=Ibyahishuwe 14:1-8-20.).Please Reject Covid19 vaccines, Testing and Lockdowns. Follow Temperance Law: Repent, Remember The 7th Day Sabbath To Keep It Holy.


III. New AUSC Article-"You Shall Not Kill":A Global Religious Dilemma on Getting or Giving Covid19 Vaccine Associated to the Question"Is There Aborted Fetal Cells Used In Manufacturing or Testing AstraZeneca Vaccine,Pfizer Vaccine,Moderna Vaccine,Janssen/Johnson&Johnson Vaccine,In Any Other Covid19 Vaccine?"Fear God to Honor Almighty God's 6th Commandment.Repent,Repent, Remember The 7th Day Sabbath To Keep It Holy.Jesus is Coming on October 15th, 2024 at 1:59' a.m. Published on March 4th, 2021 at 1:59' P.M. Associated Link:[http://www.africanunionsc.org/2021/03/you-shall-not-killglobal-religious.html?m=1  ].

Pro-Life USA Catholics' LifeSite News Co-Founder John Henry Western has Shared New Videos to AUSC Alive Online News Letters which continously exopose the Aggressive Abortion and LGBT Agenda behind Non Conservative Roman Catholic Bishops i n USA and Europe with Pope Francis Himself as main subject in this Sinful matter, while all of these Non 7th Day Sabbath Keeping Christians still have only such few days from 11th Hour in Matthew 20:1-16 to repent, to remember the 7th Day Sabbath to Keep It Holy ,if They are willing to be called at the 12th Hour to receive Rewards with all other Sealed Christians with the Seal of Almighty God which is the 7th Day Holy Sabbath and Holy Spirit being accepted to make all. 10 commandments of Almighty God to be written in One's Frontal Lobe of the Brain, Hence Seal of God in the Forehead:

Fr. Pavone: It's no longer 'political disagreement,' it's political war
Fr. Frank Pavone discusses the state of society and the pro-life movement now that pro-abortion Joe Biden and Kamala Harris sit in the White House.
Abby Johnson calls out CPAC for being complicit with the LGBT lobby
At a breakout session, Abby Johnson spoke against CPAC for being complicit with the anti-family, anti-Christian LGBT lobby.
Kevin Sorbo talks future of the pro-life movement and the 'tolerant left' under the Biden regime
LifeSite's Stephen Kokx asks Kevin Sorbo questions that cover 'climate change' (or simply the weather, as Sorbo says), pro-life movement, current status of our civil liberties, and upcoming films from Sorbo Family Film Studios.
Pro-family activist at CPAC: The 'Equality Act' is the biggest threat to our civil liberties
Terry Schilling of American Principles Project talks with LifeSite's Stephen Kokx at CPAC 2021. They discuss the harms of the 'Equality Act' and how the family must be preserved to save the culture.
Live Action spokeswoman: Joe Biden's pro-abort HHS pick will be a disaster
Alison Centofante of pro-life group Live Action spoke to LifeSite at CPAC 2021. She warned about the threat Joe Biden's Health and Human Services pick Xavier Becerra poses to the pro-life cause.
'Roe v. Wade' movie world premiere red carpet at CPAC 2021
LifeSite's Stephen Kokx speaks with actors and others involved in the brand new pro-life film 'Roe v. Wade,' which premiered at CPAC 2021 in Orlando, Florida.
MyPillow CEO Mike Lindell speaks to LifeSite at CPAC 2021 about cancel culture and Big Tech tyranny
Mike Lindell speaks to LifeSite's Stephen Kokx at CPAC 2021. He explains how Christians and pro-lifers can push back against the left.
‘You never fold’: Cuban American family takes a stand at canceled March for Life
After the official March for Life was canceled, a small, scattered parade of about 600 pro-lifers insisted on bringing the pro-life message to the Capitol live and in person.
Pope Emeritus Benedict’s new scandalous comments on Joe Biden
Pope Benedict's comments on Biden's Catholicism will cause scandal, and the Biden and Beccera abuse of the rosary portends the wrath of God
Pro-life movement thriving in first Texas county to declare itself a sanctuary for the unborn
LifeSiteNews’ Jim Hale reports from Waxahachie, Texas where he speaks with pro-lifers to discuss how their efforts helped make Ellis county the first county in Texas to declare itself a sanctuary for the unborn.

0 comments:

Post a Comment

 

Subscribe to our website

Contact us

Meet AUSC President at +250736196204

Our Team Members