Ubutumwa bwa Marayika wa 3 Mu Ijwi Rirenga.
Musomyi,
Kubw' urukundo rwa garagarijwe muri Yesu Kristo, rwatumye abana b' Imana basobanukirwa, inshingano basigiwe,yokuburira,abantu,bagenzi,babo.
Kubw'iyo mpamvu,
tubikuye kumutima, turabageza ho,ubu butumwa.
Imana irifuza kubona no gushyira ho Icyimenyetso Cyayo Kuri mwese abana bayo bayikunda urukundo rukomeye babikuye kumutima, bayambarizaga mumadini asenga ku cyumweru mubihe byambere y'icyiswe icyorezo cya Coronavirus, no mubatarigeze bizera ko ISABATO ari icyimenyetso cy' Imana kandi ngo banasobanukirwe ko Icyumweru ari Ikimenyetso cya SATANI, ubutumwa buri mu Ijambo ry' Imana burumvikana,kandi ni bugufi cyane, kubera ko bugizwe n' amagambo makeya, ubwo butumwa buraburira buti: Bwoko Bwanjye Nimusohoke Muri Baburoni,Mwinjire Muburuhukiro(ISABATO si Icyumweru)Mutazarimbuka, kuko Yesu aje bidatinze tariki:15/10/2024_1:59'a.m ( www.africanunionsc.org ).
Yesu yaciriye abigishwa be uyu mugani muri Matayo 20:1-16 avuga ko hari abahinzi bahamagawe Ku isaha ya1, isaha ya 3, isaha ya6, isaha ya 9, Isaha ya 11, no Ku isaha ya 12.
Nyamara isaha yanyuma ya 12 ntabwo ari isaha nziza yo gutanga akazi, ngo uhamagawe agirengo arakomeza gukorera ibihembo, ahubwo ni isaha yoguhemba abakoze hakibona, kuko isaha ya 12 buba butakibona neza, kandi butangiye kwira.
Isaha ya 12 uyitekereje uyu munsi ,uyihuze n' iherezo ry' ubuzima muri iyi Si.
Yesu Kristo yasezeranye ko azagaruka muri Yohana 14:1-31, kandi atanga urugero rwo kugaruka kwe muri Matayo 24:15-22, Yavuze ko igihe cyo kugaruka kwe kizarangwa n' umubabaro uteye ubwoba utarigeze kubaho, kandi ko agaciro k' Isabato katazigera karangira,ubwo yavugaga ngo"Namwe muzasengere kugirango guhunga kwanyu kutazaba kumunsi w' ISABATO" kandi ko uko guhunga guturuka kukuba nyuma yo kubona Ikizira cy' Irimbura cyahagaze ahera,icyo Daniyeli Umuhanuzi yahanuye, ubisoma akaba asabwa,kubyitondera.
Itegeko ryo kuruhuka Umunsi w' Umuhimbano ariwo wo Kucyumweru, rimaze gusinyirwa muri America(USA) nk' Uko Imana yariyarabihishuriye abeza Isabato kuva mumwaka wa 1847 aribo bategereje Yesu Kristo kuza kwe tariki 22/10/1844 ntibamubona, baribagerageje kwiga iby'icyo cyizira cy' Umurimbuzi muri Daniyeli , ibice byose, babona umuhango wo kweza ubuturo bwera wanditswe muri Daniyeli 8:14 babara iminsi 2300 ingana n' imyaka 2300 bahereye igihe Itegeko ryo gusana Yerusaremu ryatangiwe 457BC basanga muri Daniyeli 9:1-27 havugwa ibyumweru 70 bahuza iby' ibyo byumweru na gahunda y' ibitambo no kweza ubuturo bwera no kuza kwa Mesiya kwambere mumwaka wa 27 AD no gupfa no kuzuka kwe mu mwaka wa 31AD no kw' iherezo ry' ibyumweru 70 bingana n' imyaka 490 ariho mu mwaka wa 34, bakoze imibare yumvikana rwose,2300-490=1810. Basanze hasigaye imyaka 1810 ngo ubuturo bwera bwezwe,kuko ukuyemo imyaka 490 y' ibyumweru 70 byo muri Daniyeli 9:20-27, ukayikura mubihumbi 2300 byo muri Daniyeli 8:14, bihita bihura n' umwaka wa 34 AD, bongeyeho iyo myaka 1810 bigera mumwaka wa 1844.
Abo bakoraga ubushakashatsi muri icyigitabo cya Daniyeli, kuko bizeye ko Yesu Kristo agomba kugaruka nk' uko yavuze ko abazategereza kugaruka kwe basabwa kwiga neza iby' icyizira cy' umurimbuzi cyahanuwe n' umuhanuzi Daniyeli , Yesu Kristo we ubwe abivuga muri Matayo 24:15.
Kwiga igitabo cya Daniyeli, uyu munsi bifitiye akamaro gakomeye abantu Bose batuye muri iyi si,kuko abize igitabo cya Daniyeli neza hakiri Kare, ubu bashobora kubwira abatuye isi ko Yesu Kristo agiye kugaruka, kurimbura umuntu wese atazasangana Icyimenyetso cy' Imana muruhanga rwe, kuko yabyanditse mugitabo cy' Ibyahishuwe 14:9-12 na Ibyahishuwe 18:1-5, binyuze mukubarimbuza ibyago 7 by' imperuka biri mu ibyahishuwe 16:1-21.
Kubona ko abantu banezezwa no kumva indirimbo nziza zivuga Imana ,kandi bakavuga Yesu Kristo nk' uwo bakunda, bizabababaza cyanee ,uko azabihakana, ubwo azaba atungutse kubicu tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m.
Yesu Kristo ,azineza ko abasenga bose kumunsi w' Isabato batazarokoka ibyago birindwi uko bangana, kuko harimo abasenga beza ISABATO ariko bafata kweza Isabato nkaho aricyo cyemezo cyonyine bakeneye, ibindi byose biganisha kukwanga icyaha na kamere y' icyaha bakaba batarabashije kubyimenyereza, bakabuza Umwuka Wera kuguma mumitima yabo kubushake bwabo, igihe bavangavanga kumvira Imana no kutumvira Imana , ibyo Bibiliya Yera yabyise kuba muri Lawodokiya, nyamara ntibikuye ho ko Hari abeza Isabato batsindishirijwe, kuko Gutsindishirizwa ari igikorwa kimwe rukumbi cyagaragajwe muri Bibiliya Abaroma 1:17 ko cyibasha kuyungurura imico yabaswe n' ivangavaga ry' icyaha n' ukuri, iyo mico ikabaho yaramaze kwanga Icyaha, kuburyo amategeko yose 10 y' Imana ,aho kugambirira kwica mo na 1 kubushake, Uwatsindishirijwe we, yahitamo gupfa.
Ni rwo rugero rworoheye umuntu, kumvako aho gukora icyaha nkana yahitamo gupfa.
Icyo gitangaza, Ntawukigeza ho, cyeretse kwaturira Yesu Kristo igikorwa cyose cyakozwe kinyuranije n' itegeko iryo ariryo ryose mumategeko yose uko ari 10, cyose usenga akagisibisha mubitabo byo mu ijuru abisabye kandi yinginga, ababajwe n' uko yagikoze,anasezerana ko atazongera narimwe gukora icyaha nk' icyo yasabye ko Imana igisibisha amaraso ya Yesu Kristo binyuze mukwizera.
Uko umuntu usenga kucyumweru ateye, ntabasha kweza ISABATO, yatojwe ko Isabato ye ari icyo cyumweru, kubwibyo, ibindi byose abasha gukora akiranuka , agerageza kwicisha bugufi no kwiyanga , ariko Isabato Y' Imana atayiha agaciro kayikwiriye, agaha ahubwo agaciro iyo yita Isabato ye yihitiye mo, uko Niko avuguruza Imana, akanga Isabato y' Imana urunuka atabizi, agakunda Isabato Ye bwite.
Igihe Yesu Kristo yasabye ko Abazaba bahunga bazasengera kugirango guhunga kwabo kutazaba kw' Isabato, We ntayindi ISABATO yarazi, Yesu Kristo mugihe yarari hano kuri Iyisi yarazi neza agaciro k' ISABATO kuva isi yaremwa ko yari ISABATO y' Imana ,ikazagumya kuba igifite agaciro kayo no kugeza Yesu Kristo agarutse mugihe cy' umubabaro utarigeze kubaho,kuko yabyandikishije intumwa ze muri Matayo 24:15-22.
Nina ufite ISABATO yawe, iyo sabato yawe ni cyo cyigirwamana cyawe. Isabato uhangara kwita iyawe, iyo nawe ubwawe, uzirikane ko izagukoraho. Ntasabato yawe, ubwawe,Imana ishobora guha agaciro.Imana ishobora gusa guha agaciro, Umuntu wese wakugezaho umuburo, akwingingira gushyira hasi icyo wita Isabato yawe, ugafata Isabato y' Imana ,ariyo yo kumunsi wa 7.
Ubushobozi bwa Papa na Kiriziya gaturika y' I Roma, bubemerera kuba barayobeje abatuye isi bose mukwishyira bakizana mukwihitiramo Isabato zabo, bamwe, ntibifuza narimwe kwiga amateka y' inkomoko yo gufata ibyumweru nk' iminsi yogusengera ho Imana yo mu Ijuru, Ibyumweru nk' iminsi yo kuruhura intekerezo n' imibiri yabo, ibyumweru nk' iminsi mikuru idasanzwe yo kuyobora abantu mu ijambo ry' Imana.
Iminsi wose wawusengeramo Imana, kandi Iminsi yose wakwihitiramo uwo waruhuka mo mugihe unaniwe, ariko uwo munsi uzirikana ko ari amahitamo wakoze wowe ubwawe. Nubundi umuntu yahawe ubwenge n' uburenganzira bwo guhitamo icyo atekereza ko cyamugirira umumaro, waba warahisemo Icyumweru nk' umunsi udasanzwe mubucuruzi cyangwa mubuhinzi cyangwa muguhimbaza Imana, ibyo byose ntacyo bishobora guhindura kw' Itegeko ry' Imana rivuga ngo, Wibuke kweza umunsi w' ISABATO.
Uko Imana iteye, ntifata kugahato abantu, ibaha uburwnganzira bakijyana aho bumva bashatse, ariko Itegeko ryayo ridahinduka, niryo izakoresha mukubacira urubanza,narwo batazashobora kwicuriza imbere yayo mugihe cyo guca urubanza, igihe bahawe cyo kuyigaragariza ko bayikunda kandi ko bayubaha,bo bagikoresheje bihangira amasabato yabo,kandi abasenga kucyumweru bo, bafite ingorane zikomeye kurusha abantu babayeho mumyaka yose ubu batakiriho, kuko abasenga kucyumweru bo baracyariho, barakora batyo bakora Imana mujisho, basingiza umunsi w' Izuba bakoresheje amagambo y' Imana baririmba bavuga Yesu Kristo baramya Izuba ikigirwamana cy' abapagani babanyaroma.
Niba Umuntu ishobora gusoma neza, akaba ashaka gukiza amagara ye, asome uko Imana yita Isabato yayo Ikimenyetso.
Imana iravuga ko Umuntu uzashyirwaho icyimenyetso cy' Inyamanswa atazaba afite Icyimenyetso cy' Imana, ubwo umuntu uzi ubwenge, yatangira Akiga neza ,itandukaniro riri hagati yo kwakira Icyimenyetso cy' Imana, no kwakira Icyimenyetso cy' Inyamanswa.
Ntahandi wabasha gukura abarimu babisobanukiwe bakwigisha iby' ishyirwaho ry' Icyimenyetso cy' Imana n' Icyimenyetso cy' Inyamanswa, cyeretse ushakishije Umudiventisiti w' Umunsi wa 7 nawe kandi watsindishirijwe.
Kuko ntayandi mahitamo ubungubu agihari, ntiwarwanya ukuri, ntiwagutsinda, ahubwo washaka ukuri,ukaguharanira, Abantu basobanukiwe n' Umurimo Yesu Kristo yatangiye gukorera mu ubuturo bwera bwo mu Ijuru tariki 22/10/1844 bashobora kuba batarasobanukirwa neza ko Yesu Kristo atazarenza imyaka 180 akiri muri uwo murimo.
Nibyo kuko impano Imana yahaye abayikunda zigiye zitandukanye, ariko Abantu Bose bizera Ukuri kwa Bibiriya, baziko no Kugaruka kwa Yesu Kristo ubwa kabiri n' ubwa gatatu ari ukuri kutavuguruzwa n' umuntu ,cyeretse ko umuntu yareka kukwizera no kukugenderamo.
Yesu Kristo yavuze ko Umwuka Wera naza azatwigisha ukuri kose,bivuze ko azaba aturutse Ku Mana, Imana yonyine izi umunsi n' isaha byo kugaruka kwa Yesu Kristo yabihaye Umwuka Wera abizana mumvugo yumvikana y' Ubuturo Bwera.
Imyaka 180 niyo Yesu Kristo azamara mubuturo bwera bwo mu Ijuru, akora mo umurimo wo 1)guca Imanza, 2)guhongerera Ibyaha,no 3)Kweza Ubuturo Bwera.
Ubu nibwo wabasha nawe kubibona, ukumva ko tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m Yesu azatunguka kubicu, hashize amezi 8 n' iminsi 2 ibyago 7 birigusukwa hano kuri iyi Si, kuba mukwezi kwa 2, tariki 16/02/2024 kugeza Yesu Kristo agarutse tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m.
Nguko uko Yesu Kristo akora imirimo ye yo mu ubuturo bwera bwo mu Ijuru, kandi uzabaze ababwiriza butumwa wizeye bateza Isabato, uti, mbese Yesu ko yavuye hano kwisi(ibyo barabyemera cyane) akajya mu ijuru, ari gukorayo Iki(bizwi nabake,bobazi gusa ko azagaruka,ntibasobanukirwe icyo ari gukorayo), bamwe bazakuyobya, kugirango utayoba, wasoma muri Bibiliya ibyerekeranye n' imirimo umutambyi Mukuru yakoreraga ahera n' ahera cyane mubuturo bwera bwo mugihe cya Mose na Aroni,mugitabo Abalewi igice cya 16 n' igice cya 23. Ugasoma ushize, ubute, Intumwa Pawulo yavuze ko Yesu Kristo ari Mu Ijuru aho yinjiye mubuturo bwera, akaba azagaruka avuye kudukoreramo, Imirimo yose Umutambyi womugihe cya Mose na Aroni yakoreraga abantu. Ntabwo umurimo wo mubuturo bwera warebaga abisirayeri bonyine, kuko nomugihe bavaga muri egiputa baribari kunwe n' abantu batari abisirayeri bahagurukanye nabo bava muri egiputa, abanyegiputa, abanyetiyopiya, abantu bose bashoboraga kuba Atari abisirayeri ariko barebwaga nk' abanyamahanga, nabo ubuturo bwera bwabagiriraga umumaro,kuko Imana yagaragazaga ko bashobora kuyicumuraho igihe baba bishe Itegeko rya 4 kandi bakaba batabura kuboneka mubandi b' Imiryango yab' Isirayeri,mubutayu ndetse n' ikanani,Imana ibabuza abantu kutazica Isabato ,ninabwo yavuze ko n' Umunyamahanga wese uri mumiryango y' abisirayeri atagomba kugira umurimo wo kwica Isabato akora Ku Isabato, ko agomba kuyiruhuka, icyo Ubuturo Bwera bwamariye abishe Isabato babisirayeli ninacyo bwamariye abishe Isabato babanyamahanga ,mugihe cyose bwabereyeho muri icyo gihe cya Mose na Aroni, kandi abagize imiryango ya Yosefu bafitanye isano yabugufi n' abanyafurika bomuri egiputa baribarakomotse kumugore Farawo umwami wa Egiputa yashyingiyr Yosefu,Abana babakomotseho bagize umuryango mugari mumiryango 12 yabarwaga kuri bene Yakobo, Imana ntiyigeze ivangura kubutoni abisirayeli n' abanyamahanga Beza Isabato.
Kubwibyo, isomo rirebana n' imirimo yo mu ubuturo bwera bwo mu ijuru ifite inkomoko mubuturo bwera bwabaga muri iyi si mugihe cyo Mose na Aroni, iyo mirimo yose yo muburyo bw' ibigaragara ,Yesu yayihinduye iyo muburyo bw' Umwuka, ariko ikaba isa niyo abana babantu ubwabo bazashobora kwigiraho,nkibigereranyo ,kuko ibyo byose, Imana yabikoreye kugirango ikure njye nawe mumenyo ya rubamba ,ariyo menyo ya Satani, ariyo Cyaha, icyaha ni ukwica Itegeko rimwe gusa, cyangwa irirenze rimwe gusa mumategeko 10 Y' Imana n' Isabato irimo , maze uwishe rimwe, n' Uwishe menshi cyangwa yose Bose bakaba bafatwa kimwe,Yakobo 2:10-13.
Yesu Kristo amaze kubyitegereza mbere yokurema Umuntu, yiyemeje kuzaza gupfira ikiremwa muntu, kuko Imana yariyamaze kubona ko Satani yamaramaje kuzacumuza Umuntu Amategeko yera y' Imana, bituma inzira isubiza Umuntu Ku Mana itegurwa ,ariyo Ubuturo Bwera.
Niba utazi ibijyanye n' Ubuturo Bwera, ntiwagakwiye kujya uryama ngo usinzire.
Kuko kubona ibyago 7 bigiye kugusanga muburiri bikakurimburana na batarigeze bagira Itegeko narimwe bumvira mumategeko y' Imana, waba uteye Agahinda, Reba uko Uwiteka yahishuye ibyo kugaruka kwa Yesu Kristo, bihishe mumirimo Yesu Kristo akora mu ubuturo bwera bwo mu ijuru, atazarenza imyaka 180 atayirangije.
Imyaka 180 niyo Yesu Kristo azamara mubuturo bwera bwo mu Ijuru, akora mo umurimo wo 1)guca Imanza, 2)guhongerera Ibyaha,no 3)Kweza Ubuturo Bwera.
1)guca Imanza: Imana ivugako ntamuntu uzacirwa urubanza kukuri atigeze amenya. Kandi ko kuba Umuntu atarashatse ukuri ubwabyo ari icyaha azirengera niba yari afite amahirwe yo kumenya ukuri.Ukuri ni amategeko 10 y' Imana, wayasoma mu Kuva 20:1-17. Uwamenye ukuri wese akagira uko akwitwararika ho, nutarakumenye ,akagira ibyo akora ngo agire imico mbonera myiza , byose byanditswe mubitabo byo mu Ijuru, YEUS Kristo abisomera icyarimwe, agakora nk' uko azi ko ari abantu , nawe ni Umuntu, kandi azi intege nke z'abantu akamenya n' uburyo abantu bashobora kugera kubyiza biyemeje, uko agereranya imirimo gukora n' amategeko 10 y' Imana , amenya neza ko utsinze urubanza cyangwa urutsinzwe, kandi ntategeko narimwe ryirengagizwa n' Isabato irimo, ubundi Imanza zatangiriye mubapfuye, abobose ibyo bakoze biri mubitabo byo mu ijuru, igihe Itegeko ry' Icyumweru rizahindukira agahato, Imanza zizaba ziri mu bataribarigeze basobanukirwa n' agaciro ko kweza Isabato, ariko abasobanukiwe n' Isabato bo bazaba baragezwe mbere y' icyo gihe kuko imanza zatangiriye mu Itorero ry' Imana ryabitondera amategeko y' Imana yose bakagira no kwizera kwa Yesu ariwo Mwuka w' Ubuhanuzi mu ibyahishuwe 14:12, Ibyahishuwe 12:17, Ibyahishuwe 19:10, Itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 rifite umubare munini wabeza Isabato niryo rizaba ryaratangiriwe ho kandi ibyo turikubivuga kuko byarangiye, kuva America yasinya itegeko rya Paris Climate Agreement tariki 20/01/2021 no kurishyira murwego rw' Umutekano w' Igihugu cya America(USA) tariki 27/01/2021 ubwabyo ni ikimenyetso simusiga ko Itegeko ry' Icyumweru ryasinywe, igisigaye akaba ari ukurikwirakwiza mubihugu kugahato ,kandi nibyo byitwa guhatira abatuye isi yose gushyirwa muruhanga cyangwa mukiganza icyimenyetso cy' Inyamanswa.
Yesu Kristo yiteguye gukomeza guca imanza mubakiriho kugeza igihe ububutumwa bw' Umuburo buzarangirizwa kuvugwa tariki 7/2/2024 mugihe buzarangiza kuvugwa bwarabanjirijwe n' itariki 22/10/2023 nk' umunsi wo guhongerera mo ibyaha. Itariki 22/10 ihora ari itariki idasanzwe, kuko yibutsa itariki Umutambyi mukuru Yesu Kristo yinjiriye ahera cyane mugutangiza umurimo wo guca imanza mubapfuye kuva tariki 22/10/1844, kandi ko upfuye wese mbere yo gusukwa kW' ibyago 7 by' imperuka, nawe acirwa urubanze rwe kumunsi wo guhongerera mo ibyaha tariki 22/10, ubwo buryo bwose butuma abeza Isabato badashobora gutambuka Ku itariki ya 22/10 buri mwaka badatekereje kumurimo wo guhongerera ibyaha no guca imanza no kweza ubuturo bwera Yesu Kristo akorera ikiremwa muntu mu ijuru, kuva tariki 22/10/1844.
Itariki ya 22/10/1844 si itariki y' abadiventisiti b' umunsi wa 7 , ni itariki yakozweho ubushakashatsi n' abaporotesitanti basengaga Ku cyumweru baribarayobotse inyigisho ya Wiliyamu Mileri umubwiriza butumwa wize neza iby' iherezo ry' imyaka 2300 yo muri Daniyeli 8:14 ,ntayandi mahitamo yaboneka kubwiyo minsi 2300 ,kuko irangira hagakurikiraho umurimo wo kweza Ubuturo bwera bwo mu Ijuru ikorwa na Yesu Kristo wenyine, kuko ntabuturo bwera bundi bukibaho hano muri iyi Si,kuva Yesu Kristo yapfira abanyabyaha bose kumusaraba nk' Intama y' Imana imwe rukumbi.
Ibyo bituma umuntu wese Uzi ubwenge, yasubiramo neza uko iyo myaka 2300 yabazwe, kandi kubera ko amatsiko ariyo nzira yonyine iganisha kukumenya no gusobanukirwa, nawe, ubibare witonze,urasanga ko itariki ya 22/10/1844 ariyo Yesu Kristo yinjiriye Ahera cyane, ubwo yari avuye ahera ho mubuturo bwera bwo mu ijuru, ntiwamenya imvugo iyariyo yose ijyanye n' ubuturo bwera, uramutse utarize neza urugendo rw'Abisirayeli mubutayu n' uburyo Imana yabinjijejo iby' Ubuturo bwayo Bwera bwo mu Ijuru ikabubaremesha hano muri Iyisi ngo tubwigireho nk' ikitegererezo, n' ikigereranyo, ngo uyu munsi tube tubasha kumva neza iby' iyi tariki 22/10/2024.
Kuva tariki 22/10/1844 iyo ubaze imyaka 180 izarangira tariki 22/10/2024.
Imya 180 ituruka kukuba umunsi 1 wamanywa ugira amasaha 12 gusa.
Kandi muri Yohana 11:1-9-44 Yesu Kristo yashatse kutwigisha ibijyanye no Kuzura Abera mugihe cy' imperuka ubwo azaba agarutse
Naho muri Matayo 20:1-16 Yesu Kristo ashaka ko tuhamenyera agaciro ko gukora Umurimo yo kubwiriza ubutumwa bwiza abantu batuye muri iyi si,kuko iyi mirimo igomba gukoresha na Yesu Kristo mugusuzuma ukuri abatuye isi bagiye bakira mumatwi yabo mukigereranyo cyababwiye uko kuri abatuye muri Iyi si, kandi ko urubanza Yeus Kristo acira buri muntu rushingiye kukuri yabwiwe n' abobakozi bagiye bahamagarwa uhereye igihe igihe cyo guca urubanza cyari gitangiriye tariki 22/10/1844.
Bityo imyaka ikaba uko igenda ishira, ninako abavugaga ukuri mugihe cyabo basaza bagapfa bagasimburwa n' abana babo n' abandi bakagenda basaza basimburwa n' Abana babo, ariko Isabato iri mukuru kugomba kubwirwa abatuye isi mugihe urubanza rwatangiye rugereranya uko ukokuri kwitondewe Yesu Kristo abigereranyije n' amategeko 10 Yera y' Imana kandi adahinduka, bityo yahamagaye abakozi bo kwigisha ukuri, yahamagaye Itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mu Isaha ya 1, ariyo saha itorero ry' abadiventisiti b' umunsi wa 7 ryaherewe no izina n' ababandi bari bariteguye kugaruka kwa Yesu basenga Ku cyumweru mbere ya tariki 22/10/1844 ,nyamara bo ntibahamagariwe kubwiriza Gusa Isabato ,ahubwo bahamagawe mbere y' Uko Isabato bayimenya, ngo bitegure itariki 22/10/1844 yo Kwimuka kwa Yesu Kristo ava ahera ,ajya ahera cyane, maze ibyo, bigatuma batari kubarwa mubahamagawe mu isaha ya 1, nibo bahamagaye abakozi bo mu Isaha ya mbere, kandi bakoreshjwe uwo murimo wo guhamagara, kuko Yesu Kristo yatanze Umugani w' abakozi bogukora muruzabibu Muri Matayo 20:1-16 mugihe Uruzabibu arirwo Yesu Kristo kugitike muri Yohana 15:1-10 uko Guhamagara kW' abakozi bo mu Isaha ya 1 kwakozwe na Yesu Kristo abinyujije mubamutegereje mbere y' itariki 22/10/1844.
Ibyo rero bihura n' ubutumwa bwo guhinduka kW' umunsi mu mwaka ,mu Kubara 14:24-34 na Ezekiyeli 4:6, umunsi umwe ungana n' Umwaka, umunsi ugizwe n' amanywa n' ijoro ni amasaha 24, ubwo amasaha 24 niyo angana n' umwaka umwe, kandi Umwka umwe 1 ungana n' iminsi 360.
Amasaha 24=iminsi 360, Isaha 1=360:24, bingana na 15, ubwo Isaha 1 ihwanye n'iminsi 15 muburyo bwa gihanuzi, kandi ubwo umwaka 1 ungana n' Umunsi Unwe, ubwo iminsi 15 ubwayo ingana n' imyaka 15. Isaha 1= imyaka 15 gutyo.
2) Guhongerera Ibyaha:
Umurimo wa 2 Yesu Kristo akorera mubuturo bwera bwo mu Ijuru ni uwo guhongerera ibyaha abantu bamaze gusobanukirwa n' uko hari urubanza baba bahisemo kureka ibyaha bakamusenga binginga ko batazongera kubikora, bamusaba kubababarira no kubibahanaguraho ngo noneho Imana ibone uko itura mumitima yabo batakivanga gukora ibyaha no gukiranuka, abo baba bageze kurwego bitwa ko Bamaze Gutsindishirizwa, kandi ntibaba bagishobora kwicara batabwiriza kumvira kuzuye amategeko yose y' Imana 10 n' Isabato irimo.Abo byanga byakunda baba basobanukiwe ko Isabato nayo itagomba kwirengagizwa, bityo bahinduka abategereje kugaruka kwa Yesu Kristo beza Isabato ,aribyo bibahindura Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 batsindishirijwe.
Uko kwezwa ho ibyaha no kutongera gukora ibyaha kunyungu zo guhesha Imana n' amategeko y' Imana agaciro kayakwiriye, bigaragaza umurimo wo guhongerera ibyaha byabo wakorewe mubuturo bwera bwo mu ijuru ukozwe n' umutambyi mukuru Yesu Kristo, hakurikijwe urugero rw' Uko Umutambyi mukuru Aroni yakoreraga abarimubutayu mugihe cyo kumunsi w' Impongano wahariwe guhongerera mo ibyaha , maze urwo rugero rukaganisha kubababariwe ibyaha byabo kukuba bakomeza kwemererwa kuba imbere y' Imana ntamutima nakigira ubacira urubanza, kandi banezezwa cyane no kwaturira ibyaha abo bahemukiye n' abo babikoranye, n' abo babikoresheje, ngo babamenyeshe ubuhamya bwose bwuzuye bwo guhinduka kwabo, nk' igikorwa gisoza iby' inzira yo gutsindishirizwa n' Ubuntu kubwo kwizera, Ntawavuga ko Yatsindishirijwe n' Ubuntu kubwo Kwizera amaraso ya Yesu Kristo, akaba kandi ateza Isabato? Ibyo ntibashoboka, kuko yaba agifite kwica itegeko ry' Imana kubushake, bityo ukuri yiyitirira ntikuba kuri muri we kuko Yesu Kristo nk' umucamanza aba atabasha kumutsindishiriza mugihe we aba akigendana kamere yo kojwe no kwigomeka ka Satani, aba akiri Umugome kandi ibyo bimuca mumuryango w' abana b' Imana akaba akibarizwa mumuryango w' abana ba Se Satani ariwe se w' abigomeka Ku Isabato n' andi amategeko yose y' Imana, kuko ari abagome nka Se Satani kuko abana b' Imana n' abana ba Satani Bibiliya Yera ibasobanura muburyo nkubu wumvise,mu 1 Yohana 3:1-24.
Rero, ibyaha abantu bihannye byose, ntabwo birakurwa mubuturo bwera bwo mu ijuru, kuko Yesu Kristo atazana bimwe ngo abishyire kuri Satani wagiye abiteza ababyihannye, ngo asubire yo mubuturo bwera bwo mu ijuru ategereze ko undi muntu yihana ibyaha bye ngo bigire umubare runaka nabyo abimanukane abishyire kuri Satani asubire yo mubuturo bwera bwo mu ijuru gutyo gutyo kugeza igihe abantu barangirije kwihana nawe akarangiza kubahongerera ibyaha byabo bihannye, naho abanze kwihana bakazabyirengera kubwo kwanga kubiha Yesu Kristo ngo abishyire hamwe n' ibindi byose yahanaguye kubo yamaze Gutsindishiriza binyuze mu kwizinukwa kwabo no kwihana ibyaha byabo no kwaturirana ibyaha byabo no kwinjira mumibereho yo kwezwa no gukiranuka idashobora kwiyunga ukundi na Satani.
Ahubwo Yesu Kristo, yakira ubusabe, bwaburi munyabyaha wizinutswe wiyemeje kwihana, maze akumva uko amuganyira apfukamye yiherereye yatura itegeko Ku itegeko yagiye yica kuva yamenya ubwenge kugeza uwo munota ,uko umunyabyaha yishingikiriza kuri Yesu Kristo agaragaza ko amaraso ya Yesu Kristo ariyo yonyine atezeho amakiriro kandi ko nababarirwa agahabwa amahoro yo mumutima atazongera kugira itegeko narimwe yigisha kwica cyangwa ngo agambirire kuryicisha abandi cyangwa kongera kuryica ahubwo ko n' Isabato irimo azitondera amategeko yose y' Imana, ibyo bigatuma Yesu Kristo agirana n' umunyabyaha wihannye isezerano , kandi uwihannye akabikorana uburyarya, Yesu Kristo areba mumutima, ntacyo abasha kumumarira mukumuhanagura ho burundu ibyaha bye,kuko aba nubundi aribuve aho akabisubiramo, ibyo ntibyitwa kwihana ,ahubwo byitwa gutuka Mwuka Wera, kandi ni ibyaha cyitazigera kibabarirwa narimwe.
Umuntu uhora muri ibyo bigatuma Yesu Kristo atamweza ho ibyaha bye,aba atuka Mwuka Wera, ntabasha kuvuga ko amaraso ya Yesu Kristo yamwejeje ho ibyaha bimwe hagasigara ibindi anambaho niba Ateza Isabato ,akibwira ko amaraso ya Yesu Kristo yamwejejeho ubusambanyi kwica kwiba kutagira ibigirwamana no kutagira ishyari ,inzangano no kutavugira izina ry' Imana ubusa no kumvira ababyeyi n'ibindi, aho usanga Abeza icyumweru Bose batazahivana, niba badapfumamanye n' umutima uzinukwa burundu kwica Isabato, niba tiyanga ngo Beze Isabato, ntibabasha kuvuga ko amaraso ya Yesu Kristo yabejeje ho ibyaha kuko Kwica Isabato bakora ubwabyo ni igihamya cy' uko ibyaha batarabyezwa ho, bagifite ibyaha byabo uko byakabaye.
Yesu Kristo azabanza kunyuza amagambo nkayangaya mumatwi y' abeza icyumweru bose Ku isi yose, kandi ntawuzasigara atejeje icyumweru niba ataratsindishirijwe,kuko icyumweru ari icyimenyetso cy' Inyamanswa aribwo bupapa ,naho Isabato y' icyimenyetso cy' Imana ikaba ubwayo idahagije kurokora umuntu kutazaramya inyamanswa n' igishushanyo cyayo n' Icyimenyetso cyayo n' umubare 666 w' izina ryayo, niba uwo weza Isabato nawe ubwe ataratsindishirijwe, ngo amazinaye abe yanditswe mugitabo cy' Ubugingo binyuze mukuba yarakoze uwo murimo wo guhongererwa ibyaha bye byose ukorwa munzira imwe rukumbi ariyo yo mubuturo bwera bwo mu ijuru igihe umunyabyaha aba yizinutswe , kandi yiyemeje guhindura burundu ikerekezo cy'ica itegeko ry' Imana akajya mumurongo wo gutsindishirizwa no Kwezwa no Gukiranuka ,ibyo bikamuhesha ububasha n' ubushobozi bwo kutazaramya inyamanswa n' igishushanyo cyayo, n' icyimenyetso cyayo n' umubare 666 w' izina ryayo kuko amazina Ye Yesu Kristo aba yamaze kuyamwandikira mugitabo cy' Ubugingo nk' uko byanditswe mu ibyahishuwe 13:5-8, binyuze mu kumubabarira ibyaha bye no kubihongerera .
3) Kweza Ubuturo bwera bwo mu ijuru:
Iki nicyo gikorwa kigomba guheruka ibindi bikorwa 2 byabanjirijwe nacyo mumirimo igira gatatu Yesu Kristo akorera mu Ubuturo bwera bwo mu ijuru, kuva tariki 22/10/1844 ariyo twakomeje gusobanura ,uko ihuye n' imirimo y' Umutambyi mukuru yakoreraga mubuturo bwera bwo mu Isi mugihe cya Mose na Aroni.
Bitewe nuko Imana yageneye isi igihe ntarengwa cyo kwihangana kW' Imana yihanganira uburemere bw' ibyaha abatuye muri iyi Si bakora bagomera amategeko y' Imana, Imana yahaye Daniyeli iyerekwa ry' uko ubwami bwo mu isi bwagiye bukurikirana, muri Daniyeli 2:1-49, ubwami bwa Baburoni bwabayeho burahanguka kandi bwategekaga Isi yose yicyo gihe ngo buzanabere icyigisho abigihe cy' imperuka ubwo ibyago 7 bizaba bigwiriye Babuloni yahanuwe izaba igereranywa n' umugore w' umumaraya ariyo yubatswe kumisozi irindwi ya Vatikani ariyo ihagarariwe n' ubutegetsi bw' inyamanswa ya 4 yo mu ri Daniyeli 7:1-28 ninabwo butegetsi bwa Vatikani buhagarariwe na Papa Francis umupadiri w' Umujezuwiti.
Rero, Imana yavugiye muri Daniyeli 9:27 ko hazabaho umurimbuzi uzaza mu cyumweru hagati, ariko Isabato akazayikuraho agashyiraho itegeko ry'icyumweru kandi ko azaba ari umuroma,umuroma niwe Yesu Kristo yatanzeho urugero rwo guhagarara ahera muri Matayo 24:15-22 anavugako uzamubona yahagaze ahera azahunga ariko agasaba ko guhunga kwe kutaba Ku munsi w' ISABATO, mumvugo izimije ya Gihanuzi, Isabato ikagaragara ari umuroma uyibangamiye, kandi, umuroma mugihe cya Yesu wavugwaga yari umuntu uhagarariye Kayisari wese wahangara kugera ahantu Imana ubwayo ihererwa icyubahiro kubwo kwera kwaho, ibyo byabaye ikigereranyo mu irimburwa rya Yerusalemu ubwo ingabo z'abaromani zihagarariye Kayisari zinjiraga mumurwa wa Yerusalemu ndetse no mubuturo bwera bwicyogihe murusengero rw'i Yerusalemu bakarutwika, ariko kuhagota ubwambere batarahatwika nicyo cyari ikimenyetso gihuje n' umuburo Yesu Kristo yatanze muri Matayo 24:15-22 kuko uwarikuba ari hanze ya Yerusalemu yagombaga kubona abasirikare babaromani bagose Yerusalemu, akirukankira mumisozi agahunga, mukigereranyo cy' igihe tugezemo, abajezuwiti bafashe ubutegetsi bwa America yatangijwe nk' Ubutegetsi bwa Giporotesitanti bushingiye kunyigisho zera zirwanya cyane inyigisho za Kiriziya y' abaromani ubu iyobowe na Pontifex Maximus Francis aribyo bihishura ko kuva yitwa pontiff ari we uhagaze mumwanya wa Kayisari, umuromani, kandi ko ubwo Joe Biden yarahiriraga kuyobora America kuva tariki 20/01/2021 aribwo Abajezuwiti bamurahije banigambye ko Kiriziya Gaturika y' I Roma yabashije gucengera muri Leta yagiporotesitanti ya America(USA) kandi ko ikigiye gukurikira ho ari ukumaraho Burundu imbaraga zose America yariyarubakishije igihome cy' itegeko nshinga ryabagize uko baribari kuva America yashingwa nk' igihugu kigihangange kW' Isi, ubwo nibwo Ikizira cyahagaze Ahahoze hera kubw'inshingano itegeko nshinga rya Giporotesitanti ryashohoje mugutegura Umurimo w' Ubuturo bwera bwo mu Ijuru tariki 22/10/1844 ubwo abaporotesitanti bo muri America (USA) batangizaga itorero ryabayeho ngo ryigishe ukwera kw' ISABATO n' amategeko 10 y' Imana mukubitoza abatuye isi yose uhereye kubutaka bwera muby' umwuka bwa America(USA) yagiporotesitanti kuva tariki 22/10/1844 kugeza tariki 20/01/2021, abajezuwiti bagose itegekonshinga rya America(USA) yabaporotesitanti ngo barisenye nk' uko ingabo za Kayisari zasenye Urusengero na Yerusalemu.
Kuko ubuhanuzi bugendanye n' icyumweru 70 muri Daniyeli 9:20-27 bugaragaza ko ibyumweru mirongo 70 byategekewe kuzamaraho ibyaha, kandi ko gukiranuka kw' iteka ryose nako kuzasohorezwa muri ibyo byumweru 70 ,bikaba icyumweru cyanyuma aricyo cyuzuza ibyumweru 70 kunshuro yambere cyarasohoye mumwaka wa 27 AD kugeza mumwaka wa 34 AD, ariko Imana ikemera ko icyaha cyigeza uyu munsi cyitaracika mumuntu no gukiranuka kW' iteka kukaba kuraraboneka mumuntu hano muri iyi si, usibye gusa kubabarirwa ibyaha no kwezwa binyuze mugutsindishirizwa no mubuturo bwera Yesu Kristo aba mo mu ijuru, Satani ubwe agomba kubohwa, kandi abantu yoheshaga gukora ibyaha bagakurwa ho bose bakicwa, maze abasigaye bejejwe n' abazuwe bera bagakurwa muri iyi Si,bityo icyaha cyikabona kuba gicitse, no gukiranuka kw'iteka kukabona kuba kubonetse,kandi bikaba bigomba kuzurira byose mubyumweru 70 nk' uko Imana yabivugiye muri Daniyeli 9:20-27, icyumweru cyanyuma ubwacyo kikaba kirimo kwisubiramo, kugirango kizarangirire kumunsi w' imperuka yategetswe nk'uko Imana yabivuze muri Daniyeli 9:27.
Iki cyumweru rero cyatangiye binyuze mw'isezerano ryakozwe hagati y' abahagarariye ubuporotesitanti muby' amadini bavugako basinyiye Vatikani kubusesa ubuporotesitanti, maze bagahindura ibyo Martin Luther yigishije byose ubusa mumyaka 500 kuva tariki 31/10/1517.
Iryo sezerano ryo se rigenewe kumara icyumweru cyimwe, muby' Umwuka cyisubiramo, akaba ari iminsi 7 ihwanye n' imyaka 7 ,kuva tariki 31/10/2017 kugeza tariki 31/10/2024.
Tariki 31/10/2017 nibwo hasinywe amasezerano yokurangiza ubuporotesitanti bayita "A Reforming Catholic Confession". Atangiza icyumweru cyo muri Daniyeli 9:27 kizarangirana n' Imperuka ubwo uburakari bw' Uwiteka buzasandazwa kumurimbuzi aribyo byago 7 by' imperuka, kandi bikazaba Ku iherezo ry' icyo cyumweru, mugihe Yesu Kristo ubwe yivugiye ko intebe y' ubwami bw' inyamanswa ariwe butegetsi bwa Vatikani bw' Umumaraya wo mumudugudu wubatswe kumisozi 7 mu Ibyahishuwe 17:1-18 mucyago cya 5 n' icyago cya 6 akaba ariho ubutegetsi bwa Vatikani bw' inyamanswa buzarangira maze Yesu Kristo akazagaruka mucyago cya 7 nk' uko byanditswe mu Ibyahishuwe 16:1-21.
Ubwo icyumweru cyo muri Daniyeli 9:27 cyatangiye mumwaka wa 2017 kigazarangira nyuma y' imyaka 7 mu mwaka wa 2024, kandi kikarangirira muburakari bukaze busandazwa kuri uwo murimbuzi Yesu Kristo yahanuye muri Matayo 24:15-22 ariwe butegetsi bwa Vatikani bufashijwe n' ubutegetsi bwa Joe Biden buzasandazwaho ibyago 7 by' imperuka mumwaka icyo cyumweru cyigomba kurangiriramo wa 2024.
Nyamara Yesu Kristo we azaba agomba kuba yamaze gukora imirimo yambere ibiri ibanza yose akorera mubuturo bwera bwo mu ijuru kuva tariki 22/10/1844 ,iyo mirimo ibiri ariyo yo 1) Guca imanza, 2) Guhongerera ibyaha, akazaba agomba kuba yamaze kuyirangiza, kugirango habone gutangira gusukwa ibyago 7 by' imperuka, kandi, ibyago 7 byimperuka bisukwa muri iyi si ari igihano cyagenewe abantu bazima bazaba batarahongerewe ibyaha byabo kuva itegeko ry' icyumweru ryamara gusinywa muri Amerika (USA) ariryo rya Paris Climate Agreement tariki 20/01/2021 no kuryandika muri Congress ya America (USA) tariki 27/01/2021 nk' ikibazo cyirebwa n' urwego rw' igihugu rushinzwe Umutekano wa America(USA) ryanditswe mucyegeranyo cy' itegeko ryitwa Green New Deal, maze kandi rikaba ritazagaragaza ubukana bwaryo kugeza igihe rizahindukira agahato muri iyisi yose, ubwo gukora Ku Cyumweru bizitwa kubangamira ibidukikije, ariko gukora Ku Isabato bikaba ntawubyitayeho keretse ababwiriza butumwa bwa Marayika wa 3 mu ijwi rirenga bonyine, ibyo nabyo bikaba aricyo kimenyetso cyanyuma cyigaragaza ko habura agahe gato Imbabazi z' Imana zigakurwa kubantu bose banze Kwihana ngo ibyaha byabo Yesu Kristo abihongerere mubuturo bwera bwo mu ijuru ngo beze n' Isabato bayitoze n' abandi, ibyo bizarangira vuba cyane,haboneke ko Abantu baburiwe bose bakanga kwihana bazaba baciriwe urubanza rwo gupfa ,rushingiye mu Kuva 31:12-18 ruvugako uwishe Isabato wese akwiriye Kwicwa, ubwo nibwo ibyago 7 bizarekurwa ngo birimbure ikiremwa muntu kizaba kigihumeka cyitejeje Isabato nk' Icyimenyetso cy' Imana no gutsindishirizwa, bityo ubutabera bw' Imana bukazarangiriza Umujinya wayo mubyago 7 ngo imirimo ya Satani, ikorwa binyuze mukugomera amategeko 10 y' Imana izarangire binyuze mukwica abayagomera bose nk'uko byanditswe mu 1 Yohana 3:8.
Yesu Kristo azagaruka mucyago cya 7, mumwka wa 2024 ukurikije icyumweru cyo muri Daniyeli 9:27 cyatangiranye na tariki 31/10/2017 habaho ukwihakana ubuporotesitanti mumasinyature 1457 yasinyiwe Papa Francis yabahagarariye ubuporotesitanti mu isi hose basinya A Reforming Catholic Confession.
Naho Yesu Kristo akazagaruka mu cyago cya 7, mu mwaka wa 2024 hakurikijwe umurimo wa 3 akorera mubuturo bwera bwo mu Ijuru ariwo wo kweza ubuturo bwera, akuramo ibyaha byose byahanaguwe kubera Bose, akabizana kubishyira kuri Satani aricyo gikorwa kigereranywa no kohera Ihene ya Azazeri ,Umutambyi mukuru yarambikagaho ibiganza byombi akimara kurangiza guca urubanza no guhongerera ibyaha, iyo hene yayiherezaga Umusore nk' intumwa yo mu Ibyahishuwe 20:1-15 Marayika wagaragaye ko azamanukana na Yesu Kristo mu 1 Abatesaloniki 4:13-18, Uwo akazabohesha Satani Ikiyoka Umunyururu w' ibyuma akamukingiranira murwobo rw' Ikuzimu, maze Yesu Kristo azaba yamanukanye Impanda azavuza tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m abasinziriye mugitaka bera bose bakazasuka nk' uko Yesu Kristo yabivuze akiri kuri iyi Si muri Yohana 11:1-44 ,ubwo nibwo natwe abazaba tukiriho ari nabo Pawulo yavuze, batazabanziriza nahato abasinziriye, tukazazamukana n'abazutse bose kumusanganira Umwami w' Isabato Yesu Kristo mu kirere, tariki 15/10/2024 saa 1:59'a.m, kandi kugeza iminsi y' urugendo 7 ishize Ku munsi wa 8 tugasohora kururembo rwa Kanani yo mu Ijuru , kunyanja y' ibirahure tariki 22/10/2024, nibwo Yesu Kristo azaba arangije gahunda Yose ijyanye no Kweza Ubuturo Bwera, kuko arinabwo Intumwa yatumwe kohera ihene ya azazeri yabaga igarutse kubuturo bwera ivuye kohera Iyohene ishushanya Satani mubutayu, umurimo wo kweza ubuturo bwera kuri uwo munsi witwa uwimpongano,ukabona kuba urangiye, tariki 22/10/2024.
Mu mvugo y' Ubuturo bwera, Kohera ihene ya azazeri ni igikorwa cyabanzirizaga gahunda yo kurangiza kweza ubuturo bwera, kandi intumwa igihe yabaga itaragaruka mubantu yavaga mubutayu kohera ihene ya azazeri ishushanya Sanati iyo ntumwa ikabanza kujya kumutambyi mukuru wayihaye yahene ngo abanze akore umuhango uheruka wo kumweza nawe kuko yabaga atariyeza akiva kuroha ihene ya azazeri, yagombaga kwiyeza ari imbere y' Umutambyi bamburaga imyambaro yariyambaye, akiyuhwagira, akabona kwemererwa kujya mubantu uwo munsi urangiye, ubundi ibyo byarangira nibwo kweza ubuturo bwera byabaga byuzuye, nibyo bigaragaza ko Kugaruka kwa Yesu Kristo tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m bigomba gukorwa muri gahunda yo gusohokana ibyaha byose byahongerewe mubuturo bwera bwo mu ijuru, bigashyirwa kuri Satani, mugihe umurimo wa Yesu Kristo wo kweza ubuturo bwera bwo mu ijuru uba utararangira, ukazagomba kurangira gusa ari uko Yesu Kristo n' abera twese tugeze kubuturo bwera bwo mu ijuru tuvuye Hano kuri Iyi Si, tumaze kohera Satani ariwe Hene ya azazeri, twambuye imyambaro twambaraga tukambwikwa Imyenda Yerade tugahabwa n' amakamba atatseho inyenyeri tariki 22/10/2024, tugahabwa n' inanga zacu ngo twitegure kuzicuranga.
Igikorwa cyo guhamagara amazina y'abera no kuduha amakamba atatseho inyenyeri no kuduha inanga zacu kunyanja y' ibirahure Ku marembo y' ururembo rwa Kanani yo mu ijuru tariki 22/10/2024 ,icyo gikorwa cyizakorwa na Yesu Kristo mumwanya wa nyiri Uruzabibu muri Yohana 15:1-17, kandi uko Niko guhamagara kwa 6 kwakozwe Ku isaha ya 12 ngo habeho guhemba abakozi bo muri Matayo 20:1-16.
Ku isaha ya 12 nibwo Yesu Kristo azahamagara amazina y' abakozi bose ngo abahe ibihembo byabo ,kandi isaha 1 ihwanye n' imyaka 15 ya gihanuzi, niyo mpamvu amasaha 12 ahwanye n' umunsi wose, agaragaza uko umurimo wo kumunsi w' impongano , wakorwaga kumanywa ,mumunsi umwe,umunsi wamanywa ungana n'amasaha 12 nk' uko Yesu Kristo yabivuze muri Yohana 11:7-12 ko umunsi wokujya kuzura razaro wari umaze iminsi 4 apfuye wari kurangira ari uko amasaha 12 ashize, nyamara, amasaha 12 angana n' iminsi 180 kuko 12X15=180, ubwo kuva tariki 22/10/1844 Yesu atangiye umunsi w' impongano w' amasaha 12 y' Umunsi utagomba kurangira ataramara kugera aho razaro amaze iminsi 4(2021-2024) apfiriye ngo amuzure tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m, Yesu Kristo akaba nyuma y' amasaha 12 ariyo minsi 180 umunsi ungana n' umwaka mumyaka 180 izarangira tariki 22/10/2024 ari bwo Umurimo w' Umutambyi mukuru wo mubuturo bwera bwo mu ijuru Yesu Kristo azaba awurangirije mukurangiza kweza Ubuturo bwera bwo mu Ijuru, agahamagara Ku isaha ya 12h agahemba twese abera bamukoreye imirimo yo gukiza imitima, arinayo yaganishije intamabara ikomeye hagati ya Yesu Kristo na Satani kumusozo wayo Satani akaboherwa kumara imyaka 1000 muri iyi si wenyine akaza twikirwa munyanja yaka Umuriro n' amazuku yo mu Ibyahishuwe 20:1-15 nyuma y'imyaka 1000 tariki 22/10/3024.
Mugihe cyose umuntu akibwira ko azakomeza gufata umunsi w' Isabato yo Kumunsi wa 7 nk' umunsi ufite agaciro gakeya mumutima we, maze akiringira iby' isabato ye yihitiyemo yo kucyumweru yabikora kubushake cyangwa kugahato ka leta binyuze muri gahunda zigiye kuza zo kurengera ibidukikije, ibyo ni ukwirimbuza.
Uzabikora wese azarimbuka ,ntakabuza, kandi azicwa mu byago 7 bigiye kuza mumwaka wa 2024 kuva tariki 16/2/2024 kugeza Tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m Yesu Kristo atungutse Ku Bicu byo mu Ijuru.
Imana yibwiriye umuhanuzi Daniyeli ko azasinzira akaruhukira mugitaka akazategereza kugeza iminsi 1335 irangiye ,ari nabwo azahagarara mumugabane we, muri Daniyeli 12:7-13, nyamara Umugabane wa Daniyeli si hano kuri iyi si,kuko amaze gupfa ,Daniyeli yari arangije gahunda zose ze zakorerwaga muri iyi si y' ibyaha n' umwijima ya Satani, Daniyeli rero akazagomba kuzuka nk' uko Pawulo yabyeretswe mu 1 Abatesalonike 4:13-18 adahagarara kuri iyi si, ahubwo agana kumugabane w'abera ariho kunyanja y' ibirahuri ,kururembo rwa kanani yo mu ijuru, aho tuzagera tariki 22/10/2024.
Niba muri Daniyeli 12:12-13 arimo Imana yahishuriye umugaragu wayo ibyo kuzahagarara kururembo rwa Kanani yo mu Ijuru, nyuma y' Iminsi 1335 ,kandi tukaba bidashidikanywa ho twamaze kwibonera uko tariki 22/10/1844 yatangirijwemo gahunda yo kweza ubuturo bwera irangirana n' umunsi wose w'amanywa ugizwe n'amasaha 12 ariyo yakorerwagamo umurimo w' umutambyi mu kuru wo kumunsi w' impongano, kandi ko muburyo bw' umwuka isaha 1 ari imyaka 15 ,amasaha 12h akaba ari imyaka 180, ubwo kuva tariki 22/10/1844+180=2024, ni ukuvuga 22/10(12X15+1844=)2024 aribyo bitanga tariki 22/10/2024 ubwo umurimo wo kweza ubuturo bwera bwo mu ijuru uzaba ushyizwe ho umusozo, kandi, iyo tariki 22/10/2024 ikagaragaza itariki yo gutangiraho ibihembo kubakozi bose na Daniyeli ari mo, n' Umwami Dawidi, n' Abana ba Yakobo, n' abakoze mubuturo bwera bwo mubutayu mumyaka yomugihe cya Mose na Aroni, nk' uko itegeko ryo Guhemba izuba ritararenga ngo Yesu Kristo atazararana ibihembo byacu, kandi iryo ni itegeko ryatanzwe n' Imana Data wa Twese Ubwe rireba Yesu Kristo kuko nawe ari Umuntu wabyawe n' Umugore, kandi akanaba ari nawe umukoresha wacu, nkuko iryo tegeko ryo kurararana ibihembo by'abakoze umunsi wose, bagomba kubihabwa izuba ritararenga 12h00' ,iryo tegeko rizaduhesha ibihembo byacu Ku isaha ya 12h ariho tariki 22/10/2024 ni itegeko mvajuru kandi rikaba rireba umukoresha wese nk' uko Imana yabitegetse Mose mu Abalewi 19:13 no mu Gutegeka kwa Kabiri 24:14-15 kuko twese dukorera Yesu Kristo turi abahirwa b'abakene bo muri Matayo 5:1-12.
Daniyeli yabwiwe kuruhuka ,kuko azahembwa nyuma yuko iminsi 1335 irangiye, ariko iyo minsi ikagira igihe ibarirwa ,aho itangirira kubarwa ari uko hakuweho igitambo gihoraho, hagashyirwaho ikizira cy' Umurimbuzi w' umujezuwite ,umurimbuzi waje kW' ibaba ry' ibizira mugihe cya Coronavirusi,n' ihindagurika ry' ikirere uzasandazwaho uburakari bw' uwiteka mubyago 7 niwe wahanuwe ko yaje icyumweru kigeze hagati,muri Daniyeli 9:27.
Iminsi 1335 ubwayo ingana n' imyaka 3 n' amezi 8 n' iminsi 15, kandi uko Niko kubara gukoreshwa mukubara ukwezi kugira iminsi 30 ,umwaka ukagira iminsi 360 ,umunsi 1 umwe ukangana n' Umwaka 1, iminsi 15 ikangana n' imyaka 15 ,isaha 1 ingana n' iminsi 15 ikaba ingana n' ubundi n' imyaka 15.
Iminsi 1335 ingana n' imyaka 3 n' amezi 8 n' iminsi 15 ni nabyo bingana n' amezi 44.5, amezi mirongo 44 n' igice aricyo gice cy' ukwezi aricyo minsi 15.
Rero biroroshye kumenya igihe iminsi 1335 yatangiye kubarwa, kuko kW' iherezo ry' iminsi 1335 ari Ku itariki 22/10/2024.
Ubwo iminsi 1335 ingana n' imyaka 3 n' amezi 8 n' iminsi 15, ibyo bingana bityo nibyo dukura mu itariki 22/10/2024 ,tukamenya itariki yatangiriwe ho kubara kW' iminsi 1335 igomba gushira maze Daniyeli akaba ahagaze mumwanya we,tariki 22/10/2024 mu itangira ry'isaha ya 12h isaha yo guhembwa Amakamba y' ubugingo atatse ho inyenyeri yo mu ri Daniyeli 12:1-13 no guhembwa inanga zacu ubwo Yesu Kristo azaba arangije kweza ubuturo bwera mumasaha 12h ahwanye n' imyaka 180 kuva tariki 22/10/1844+180 kugeza tariki 22/10/2024.
Gufata amatariki ukwayo 22-15=7 tariki 7, no gufata amezi ukwayo 10-8= 2 ukwezi kwa 2, no gufata imyaka ukwayo 2024-3=2021 umwaka wa 2021, ibyo byerekana neza ko iminsi 1335 yo muri Daniyeli 12:7-13 yatangiye kubarwa kuva tariki 07/02/2021.
Kandi Niko Imana yabihishuriye Daniyeli ko umurimbuzi Joe Biden warahiriye kuyobora America (USA) nk' igihugu cy' igihangange kurusha ibindi bihugu byose hano kuri iyi si, yarahiriye ko Kiriziya Gaturika Y' I Roma yanga Isabato y' itegeko rya 4 urunuka ko azayibera umuvugizi kukiguzi bizamutwara cyose muri America(USA) no Ku isi yose binyuze muri USAID ikigo kiterambere mpuzamahanga kiri muri buri gihugu cyo muri iyisi,akazahatira abaperesida bomubihugu byo mu isi byose gukoreshwa na LaudatoSI' urwandiko rwahinduwe mo Paris Agreement on Climate Change kandi ruhamagarira abaturage b' isi yose kunamira Umujezuwiti Papa Francis mukweza ikiruhuko kicyumweru kugahato ubyanze akabirenganyirizwa, n'igihano cyo gupfa kikaba kizaba kirimo gutegurirwa abatazapfukamira icyumweru ari nacyo Kimenyetso cy' Inyamanswa mu Ibyahishuwe 14:9-12.
Kubara iminsi 1335 bihera tariki 07/02/2021 bihuza umunsi w' itangiriro ryo kubara iminsi 1290 yo muri Daniyeli 12:11 itangira tariki 07/02/2021 ikazarangira tariki 31/08/2024, kandi iminsi 1290 ubwayo ihwanye n' imyaka 3 n' amezi 7, ari nabyo bingana n' amezi 43. Imana yari izi uko uyu munsi uzakenera gusobanukirwa n' igihe icyago cya 6 cyo mu Ibyahishuwe 9:13-21 aricyo cyago cya' intambara y' amasasu n' ibitwaro bya Kirimbuzi n' amabombe muntambara ya Haremagidoni yo mu Ibyahishuwe 16:12-16 cyizarangirira, kuko kizamara uko kwezi kumwe kuva tariki 01/08/2024 kizarangira tariki 31/08/2024 ,maze tariki 01/09/2024 hagatangira icyago cya 7 cyo muri Ibyahishuwe 11:15-19 na Ibyahishuwe 16:17-21 kizarangira tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m ubwo Yesu Kristo azaba atungutse kubicu byo mu ijuru kuwa Kabiri ariwo wagatatu w' Isabato.
Kandi nanone kubara iminsi 1290 yo muri Daniyeli 12:7-11 bituruka kuitangiriro ryo kubara kW' iminsi 1335 tariki 07/02/2021 ni naho dutangirira kubara iminsi yo muri Daniyeli 12:7 ingana n' IGIHE IBIHE n'IGICE CY' IGIHE ibyo ubwabyo bikaba bivuze UMWAKA IMYAKA IBIRI N' IGICE CY' UMWAKA bingana n' imyaka 3 n' amezi 6 ari n' abyo bingana n' iminsi 1260, ibyo kandi bingana n' amezi 42, ayo niyo amezi ukwayo Imana yabaye ihumirije yihanganira ubutegetsi bwa Papa Francis umupadiri w' Umujezuwiti utegeka Guverinoma ya Vatikani na Joe Biden umugaturika w' umugaragu w'abajezuwiti utegeka America(USA) na Antonio Guteress umujezuwiti utegeka Umuryango w'Abibumbye(UN), ibyo byanditswe mu Ibyahishuwe 13:5 ko iyonyamanswa Papa Francis yahawe gutegeka ngo irame amezi 42 gusa, kandi ko abajezuwiti bahawe kubyinagira murugo rw' America (USA) White House ngo bayikoreshe mugusiribanga ISABATO yera bahatira isi yose kunamira Ikigirwamana cy' Izuba aricyo cyimenyetso cya Papa Francis cyiri muri Laudato SI' paragraph ya 237 yavugurujemo Isabato y' Imana isumba byose, akayisimbuza Icyumweru, nk' itegeko ryo kurengera ibidukikije rikemezwa na UN mubyiswe Paris Agreement on Climate Change ngo hagendewe kukitegererezo cya Lockdown abajezuwiti bigishije abatuye Isi ngo hatangizwe Lockdown za buri Munsi w' Icyumweru(Sundays), maze haterwe ibiti no gucuruza no kwigisha amashuri nogukora ibikorwa byose byimuwe Ku Cyumweru ngo byimurirwe Ku munsi Were wa Karindwi ariwo Sabato y' Uwiteka Umuremyi w' Isi n' ijuru, bityo abajezuwiti babone uko babyutsa ubwicanyi n' akarengane n' itoteza nokubuza epfo na ruguru abashikamye mu kwitondera amategeko yose y' Uwiteka n' Isabato irimo, ariko kubyinagira Murugo rw' Ubuturo bwera Imana yahishuriye Yohana mu Ibyahishuwe 11:1-14 bikazarangira mumezi 42 no gutozeza abeza Isabato by'ukuri bakanabwiriza mubihugu byose byo muri iyi Si Ubutumwa bwa Marayika wa 3 mu ijwirirenga bwo mu Ibyahishuwe 14:9-12.
Imana yabyeretse Daniyeli muri Daniyeli 12:7-10 ko hazabaho ayo amezi 42 angana n' imyaka 3 n' amezi 6 hariho akarengane, no kumenagura imbaraga z' abera, no gusiribanga ubuturo bwera bivuze gutesha agaciro ibyo Ijambo ry' Imana ubwabyo Bibiriya yigisha, Isabato n' Ubutumwa bwo kwitandukanya na Vatikani, ibyo nanone Imana ikaba yarabihishuriye Yohana mu Ibyahishuwe 11:1-4 ko Kubuza Ijambo ry' Imana bibiriya ariyo gitabo gifite Isezerano rya Kera n' Isezerano rishya muri cyo, ariyo masezerano 2 yuzuzanya ,akuzurizwa mo iby' inama y' agakiza ariyo ubuturo bwera bwo mu ijuru na Yesu Kristo Umutambyi Mukuru n' Isabato ikimenyetso cy' Imana, abo bakaba ari bo bahamya babiri bagereranyijwe n' ibiti Bibiri by a Elayo, ibyo Ubupapa bwavuguruje bukikorera mo Bibiriya bise mtagatifu irimo amafuti y' ibitabo bongera mumagambo y' Imana ,maze bakayitereka mumakatedarari no muri za Kiriziya bakigisha kweza Icyumweru kandi Bafite Bibiriya yatanzwe n' Imana ngo abantu bigishwe Isabato iri muri yo mumayegeko 10 y' Imana, ibyo biti bya elayo bibiri"2" nibyo bahanuzi, kandi abeza Isabato by' Ukuri batsindishirijwe nahagarariwe n' umubare w'abera 144,000 bo mu Ibyahishuwe 14:1-4 batanzwe ho umuganura barobanuwe muri Lawodokiya itorero ryakazuyaze ryo mu Ibyahishuwe 3:14-22 ry' abadiventisiti b' umunsi wa 7 banze kumvira ubutumwa bwo Gutsindishirizwa n' Ubuntu kubwo kwizera bakarukwa kuva tariki 15/10/2020 kugeza tariki 22/10/2020 abemejwe basanzwe biteguye gusanganira Umukiza bashushanywa n' abakobwa 5 babanyabwenge bahongerewe tariki 22/10/2020 bagatangwaho ituro ry' umuganura tariki 23/10/2020 mu Ibyahishuwe 14:1-4 nyuma y' iminsi 50 bagasukirwa imvura y' itumba kumunsi wa pantekote tariki 13/12/2020 ,nibo itegeko ry' icyumweru Joe Biden yasinye tariki 20/01/2021 na tariki 27/01/2021 ryasanze Ijuru ryababaruye ari umugeni witeguye wo mu Ibyahishuwe 19:1-10 batorewe gutaha ubukwe bw' Umwana w'intama kuva tariki 15/10/2020 bavuga ubu butumwa bwa marayika wa 3 muri iri jwi rirenga mubihugu byose byo muri iyi Si kuva tariki 07/02/2021 ,mugihe kugwa kwa Babuloni ubu kwamaze kuzura binyuze munzoga yateretse amahanga ariyo mategeko agaragiye itegeko ry' Icyumweru binyuze muri Coronavirus n' inkingo za Coronavirus n' amategeko yo kurengera ibidukikije ya Paris Agreement on Climate Change yo muri LaudatoSI' aganisha kugushyiraho itegeko ry' icyumweru ry' agahato , kandi abo bose basukiwe imvura yitumba ngo izigaragarize mugihe cy' imyaka 3 yokuburira isi kuva tariki 07/02/2021 kugeza tariki 07/02/2024 mbere y' isukwa ry' ibyago 7 by' imperuka, abo bera 144,000 binyuze mu iyerekwa Uwiteka yahaye Umuhanuzi Yoweli 2:21-27 na Yoweli 3:1-5 no mumuhanuzi Amosi 4:1-7 uburyo Umwuka Wera wasezera nywe mu buryo bw' Imvura y' Umuhindo kurugero rushyitse n' imvura y' Itumba izo mvura zombi zamaze gusukwa mumwaka wa 2020 zibanziriza gusinywa kW' itegeko ry' icyumweru n' itangwa ry' inkingo za St.CORONA'666-SARS-Cov2-' ngo babashishwe kwihangana no gushikama no kuburira abatuye isi kuva tariki 07/02/2021 kandi umusaruro ukazaba utangiye, abatarashatse Imbabazi z' Imana mbere ya tariki 22/10/2020 bo muri Lawodokiya bakazifuza gutangira gushakisha uko batsindishirizwa n' uko basukirwa Imvura y' itumba umusaruro utangiye hashize amezi atatu Uwiteka asutse Imvura y' Itumba kuva tariki 13/12/2020 bivuze ko ihenda henda ryose ritazumvirwa kuva tariki 13/03/2021 aribwo amezi atatu yari yuzuye yo muri Amosi 4:7-8, mugihe Imbabazi z' Imana zahindukiriye Abantu Uwiteka yita Ubwoko bwe bukiri mumadini asenga kucyumweru ariyo agize urudubi rwa Baburoni , bakabwirizwa mu ijwi rirenga ry' ubutumwa bwa Marayika wa 3 wo mu Ibyahishuwe 14:9-12 na Marayika wa 4 wo mu Ibyahishuwe 18:1-5 babwiriza baburirwa n' abera 144,000 mubihugu byose byo muri iyi si, abo bera 144,000 beza Isabato nibo bahanurisha ibyo biti bi 2 bya elayo byo mu Ibyahishuwe 11:1-14, bagahanura iminsi 3 n' igice, kandi iminsi 3.5 ingana n' imyaka 3 n' amezi 6 ,aribyo bingana n' amezi 42 yo mu Ibyahishuwe 13:5 na Daniyeli 12:7 ari yo minsi 1260.
Iminsi 1260 ibarwa uhereye kumunsi twatangiriye ho kubara iminsi 1335 ariho Ku itariki ya 07/02/2021 ,iyo minsi 1260 igatangira kuva tariki 07/02/2021 ikazarangirira Ku iherezo ry' icyago cya 5 cyizamara amezi 5 cyo mu Ibyahishuwe 9:1-12 na Ibyahishuwe 16:10-11 ubwo intebe y' inyamanswa aribwo butegetsi bwa Vatikani bw' Isi yose'New World Order' buzasukwaho umwijima mumezi atanu y' icyago cya 5 ,icyo cyago cya 5 kizatangira kuva tariki 01/03/2024 kugeza tariki 31/07/2024, Ku iherezo ry' iminsi 1260 ingana n' amezi 42 yatangiye kuva tariki 07/02/2021 ikazarangira tariki 31/07/2024.
Ibyago 7 byimperuka bitangira tariki 16/02/2024 bibanzirizwa no kirangiza kuvuga ubutumwa bwa Marayika wa 3 mu ijwi rirenga, kuva tariki 08/02/2024 uko guceceka ko muri Ibyahishuwe 8:1-16 Niko kumara igice cy' Isaha kandi isaha ingana n' Iminsi 15 igice cy' isaha 1 cyingana n' iminsi 7 n' amasaha 12 ariko kuva tariki 08/02/2024 kugeza tariki 15/02/2024, icyo gice cy' isaha nicyo abamarayika ba 7 bagenewe kuvuza impanda 7 kandi muri Ibyahishuwe 9:4-6 bihishura ko impanda ya 5 ari icyago cya 5 kuko iyo mpanda ivuzwa inzige zifite kiryana no kubabaza nk' ukwa Sikoropiyo zigahabwa kurya no kubabaza abantu Bose badafite Icyimenyetso cy' Imana muruhanga rwabo no kubababaza amezi atanu, iyo mvugo isobanutse ko zihabwa kubabaza abadafite ICYIMENYETSO Cy' IMANA aricyo Isabato, iragaragaza muburyo bwuzuye ko abo izonzige zo mu mpanda ya 5 zibabaza mumezi 5 baba baranze gushyirwa ho Icyimenyetso cy' Imana bityo bakaba bageze mugihe cyo kubizira babihanirwa binyuze mukuba baranze Icyimenyetso cy' Imana, kandi Imana ivuganeza ko itazahana abatuye isi ibaziza kutagira Icyimenyetso cy' Imana ,kereka gusa nibaba bamaze kwakira Icyimenyetso cy' Inyamanswa, n' imbabazi z' Imana zikaba zitakiriho mu isi yose, ibyo bikerekana ko abo izo nzige zizarya bagomba kuzaba bafite Icyimenyetso cy' Inyamanswa, kandi abantu Bose zizabarya ,mumezi 5 abazaba badafite Icyimenyetso cy' Imana ,kuko bazaba bafite icyimenyetso cy' inyamanswa muruhanga rwabo no kukiganza cy'abo cy' iburyo, ibyo bikerekana ko hazaba ari mucyago cya Gatanu ,ari nayo mpanda ya 5 ,mbese impanda zose uko ari 7 zishushanya ibyago byose by' imperuka uko ari ibyago 7, kandi guceceka kW' igice cy' Isaha kubanziriza gusukwa kW' ibyago 7 by' imperuka kurimo imyiteguro y' abamarayika 7 bitegura kuza kuvuza impanda zabo 7 ko mu Ibyahishuwe 8:1-6 bihuje umumaro n' imyiteguro y' abamarayika 7 bo mu Ibyahishuwe 15:1-8 bitegura kuza gusuka inzabya zabo 7 zuzuye umujinya w' Imana aribyo byago bi 7 byo mu Ibyahishuwe 16:1-21.
Hari umubare 1177 Imana yahishuye, binyuze mumugaragu wayo, Dr. Iraguha Bandora Yves, wakoze ubwo bushakshatsi, yabonye ko kuva Isabato ihawe abategereje tariki 22/10/1844 , binyuze muri Madamu Ellen Gould White tariki 03/04/1847 ko kongeraho imyaka 1177,Isabato izongera kubahirizwa kurugero yatanzweho rwo muri Edeni mu mwaka wa 3024 mukuzuza iyerekwa Yesaya yahawe muri Yesaya 66:23-24.
1847+1177= 3024,
Imyaka 1000 izaba irangiye uhereye tariki 22/10/2024 kugeza tariki 22/10/3024.
Uyu mubare yawise umubare Fatizo wisubiramo rya Kenshi ,
Ukomoka muriEzekiyeli 8:1-17 na Ezekiyeli 9:1-11 ago kubwo kunihira ibizira byakozwe na General Conference y' itorero ry' abadiventisiti b' umunsi wa 7 tariki 31/10/2017 basinyira Kwihuza na Satani muri ya masezerano ashyira iherezo kubuporotesitanti papa Francis yise "A Reforming Catholic Confession ", nibwo umwaka wa 2017 Dr.Iraguha Bandora Yves yawuhuje n' ivuka ry' ubuporotesitanti tariki 31/10/1517 akanawuhuza n' ivuka ry' ubwami bw'abapapa mumwaka wa 340, kuva 31/10/1517 kugera tariki 31/10/2017 harimo imyaka 500, 2017-1517=500, naho imyaka yabanjirije ubutegetsi bwaba Papa nyuma y'urupfu rw'umuhungu wa Constantine basimbuye mumwaka wa 340, iyomyaka yabanje 340+500=840.
Imyaka 840 niyo itanga umubare 1177, binyuze mugufata 2017-840=1177.
Iyo rero ufashe umwaka wa 340+1177= 1517, havutse ubuporotesistanti tariki 31/10/1517 bushyira iherezo kubuyobe bwa Kiriziya Gaturika, naho imyaka ishize hariho ubuporotesitanti tariki 03/04/1847+1177= bigeza mu mwaka wa 3024, itariki ya 22/10/3024 igahuza imyaka 1000 izaba irangiye kuva tariki 22/10/2024, nyuma y' imyaka 180 izaba ishize Yesu Kristo arangije Umurimo we wo kweza ubuturo bwera bwo mu ijuru watangiye tariki 22/10/1844.
Umubare 1177=1000+177=
1000+100+77=1000+100+70+7=1+1+7+7=16=1+6=7.
Kuva mu mwaka wa 1847+1177=3024,
Maze kuva tariki 3024-1000=2024, mumubare 1177-1000=177, hakaba hasigaye imyaka 177.
Kuva tariki 22/10/2024 imyaka 1000 izaba ishize turi mu ijuru kugeza tariki 22/10/3024. Kumyaka 1177 hakuwemo imyaka 1000 hazaba hasigaye imyaka 177.
Kuva tariki 22/10/1844+177=2021 , umwaka wagaragajwe hasinywa Itegeko ry' Icyumweru muri America(USA) tariki 20/01/2021 na tariki 27/01/2021 hemezwa LaudatoSI muri America(USA) no muri UN tariki 04/02/2021 hemezwa Fratelli Tutti , mugihe Daniyeli yabwiwe ko Kubara Iminsi 1335 bigomba gutangira tariki 07/02/2021.
Naho umwaka 1847+177=2024 ,umwaka wo gusohorezamo ubuhanuzi bw'irimburwa rya Baburoni binyuze mu byago bi 7 ,kandi ko ibyago byose uko ari 7 bizazira kuri Baburoni mu munsi umwe mu ibyahishuwe 18:8.
Umunsi umwe1 wogusukwamo ibyago 7 by' imperuka ungana n' umwaka Umwe 1 ariwo ibyobyago byose bizasukirwa mo wa 2024.
Mugihe kurimbuka kwa Baburoni nyirizina ko kuzabera mu isaha 1 ingana n' iminsi 15 yo cyago cya 6 cya Haremagidoni,cyo mukwezi kwa munani kwa 2024 ,kuva tariki 01/08/2024 kugeza tariki 31/08/2024.
[Article Title: End of This Earth's Final 4 Years Application of The Book Great Controversy within 1177 PRN and 3rd Angel's Loud Cry Message Period and QAnon.Happy 7th Day Holy Sabbath Day-March 13th, 2021 at 12:59'P.M.
The Sanctuary Messages-October 22nd, 1844- October 22nd, 2024.
The Tabernacle and the Messiah.[ https://m.youtube.com/watch?v=wVUcJUJBFMU&t=139s ].
Jesus Christ, the Passover Lamb.[https://m.youtube.com/watch?v=g7lewy22t4M&t=11s ].
The Day of Atonement in The Heavenly Sanctuary-October 22nd, 1844- October 22nd, 2024- Leviticus 16.
Understanding the Day of Atonement or Yom Kippur-Leviticus 16, Hebrew 9-10[ https://m.youtube.com/watch?v=4UYT-0AmlnA&t=126s ].
Understanding 1st Fruit, Pentecost and the Feast of Weeks.[ https://m.youtube.com/watch?v=ubPKLDF_G6E&t=351s].
Understanding Feast of Trumpets or Rosh Hashanah.[https://m.youtube.com/watch?v=g9wDnsjMtW0&t=263s ].
Understanding Feast of Tabernacles or Sukkot.[https://m.youtube.com/watch?v=u6PmxypqZ9I&t=288s ].
7 Last Plagues of Ending this Covid19 New World Order following the 3rd Angel's Loud Cry Message February 7th, 2021 - February 7th, 2024 -October 15th, 2024 at 1:59' a.m. Link:[ http://www.africanunionsc.org/2021/01/new-ausc-article-on-january-7th-2021-at.html?m=1 ].
Associated Article Title:
Our King Jesus Christ ,the SON of MAN,The Lord of 7th Day Holy SABBATH, The Owner of 10 Commandments of Almighty God is Coming Very Very Soon in this Coming Spring 2024.This is the Last week, that Completes 70 weeks Daniel 9:1-27.Please Prepare His Way, Repent,Repent, Repent, “Remember the sabbath day, to keep it holy.” Link:[ http://www.africanunionsc.org/2020/10/article-title-our-king-jesus-christ-son.html?m=1 ].
The 1847 End Time 2024 and Hell 3024 Application of 1177=1000+177 PRN within 24th-25th-26th-27th-28th of The 28 Fundamental Beliefs: The core beliefs of Seventh-Day Adventists(SDA) April 3rd, 1847 Theology and QAnon From October 22nd, 1844.Repent, Repent, Remember The 7th Day Sabbath To Keep It HolyJesus is Coming on Tuesday-October 15th, 2024 at 1:59' a.m. Published on A Happy 7th Day Holy Sabbath Day-March 13th, 2021 at 1:59'P.M. Link:[http://www.africanunionsc.org/2021/03/application-of-11771000177-prn-withing.html?m=1 ].
Jesus Christ Our 7th Day Sabbath Lord is very very very soon coming at the End of 70 Years on October15th, 2024 at 1h59'a.m from 1954 when the King of Babylon Pope Jean Paul II"Nebucadinezzar" Begun His Sunday Law Satanic Teachings at the Fall of His Son Pope Francis"Belshazzar" from the New World Order Presidency Predicted by Roman Catholic Archbishop James E. Quigley at His 170 Years of existence from October 15th, 1854: After The Writing on the Wall due to "Laudato Si 237-Sunday Law 7/2/2021" is going to be explained in Loud Cry by All Anointed 7th Day Adventists"144000 Saints" till 7/2/2024, Jeremiah 29:10-14, Jeremiah 30:1-24.Repent-Remember the 7th Day Sabbath To keep It Holy. Link:[http://www.africanunionsc.org/2021/03/jesus-christ-our-7th-day-sabbath-lord.html?m=1 ].
Read, Listen and Share Links of the Book "National Sunday Law". Associated Link:[ https://m.youtube.com/watch?v=C-7rLl1z86E&list=PLp4EdRHp7h4dnkW5gKD1BoLIwPTq4wI_d&index=2 ].
You can Click Here to View our Alarm, set for You to Start Counting down for 2nd Coming of Our Lord Messiah Jesus Christ our King of 7th Day Holy Sabbath and of All Sealed 7th Day Holy Sabbath Keepers until Tuesday, 15 October 2024 (Chicago time).
1765 | days |
42364 | hours |
2541843 | minutes |
152510588 | seconds |
The Great Controversy
Home EGW Writings Books The Great Controversy
Preface
37.[Chapter 37—The Scriptures a Safeguard/The Great Controversy-Audio in English],(in Kinyarwanda),
38.[Chapter 38—The Final Warning/The Great Controversy-Audio in English],(in Kinyarwanda),
39.[Chapter 39—The Jacob's Time of Trouble/The Great Controversy-Audio in English],(in Kinyarwanda),
40.[Chapter 40—God's People Delivered/The Great Controversy-Audio in English],(in Kinyarwanda)=JESUITS,
41.[Chapter 41—Desolation of the Earth/The Great Controversy-Audio in English],(in Kinyarwanda),
42.[Chapter 42—The Controversy Ended/The Great Controversy-Audio in English],(in Kinyarwanda).
1) National Sunday Law Book"Text ":
Associated Link:[ http://www.anym.org/pdf/National_Sunday_Law.pdf ].
2) National Sunday Law Book" Audio ":
Associated Links to All 7 Chapters:
1. Chapter I:NSL- CHAP 1. THE TWO HORNED BEAST.
2.Chapter II:NSL- Chapter 2. The Beast Identified.
3.Chapter III:NSL- CHAPTER 3. THE BEAST DESCRIBED.
4.Chapter IV:NSL- Chapter 4. Dynamite.
5.Chapter V:NSL- Chapter 5. The Mark Of The Beast.
6.Chapter VI:NSL- CHAPTER 6. THE IMAGE OF THE BEAST.
7.Chapter VII:NSL- Chapter 7 Global Conflict.
Our King Jesus Christ ,the SON of MAN,The Lord of 7th Day Holy SABBATH, The Owner of 10 Commandments of Almighty God is Coming Very Very Soon in this Coming Spring at 01:59' a.m on 15/10/2024,Southern Hemisphere DST.
Author:
Dr. IRAGUHA BANDORA Yves, BScN, RN, MG, MD.
Original Article, Copy Rights, November 29th, 2019, 02:00 A.M. All Rights Reserved.
Copy and paste to share to 7 people /Sangiza n' abandi bantu 7,Yesu yaje twatashye:2020-06-06:14h41'51''Inama y' Agakiza Yesu i Getsemani itangiranye n' itariki ya 1Nzeri2020 kugeza kw' Itegeko ry' Icyumweru 15Gashyantare 2021,Yesu azagaruka 15 Ukwakira 2024,Isaha yageze,Mwiyeze Imbabazi Z'Imana Kubeza Isabato ni 22Ukwakira 2020. Imvura y'itumba n'ihembura rizamara amezi 3 n' iminsi 15, bizahuza na Gashyantare 7th-17th, 2020.Twatashye Yesu Yaje,Mwige Ikigisho cya 42 Intambara Ikomeye, musome Yesaya 12:1-6, Musome 1 Abami 81:66, Mubihuze na Yohana 17:1-26"17:17"Ubereshe Ukuri, Ijambo Ryawe niryo Kuri:1)Inyandiko: http://www.africanunionsc.org/2020/06/2020060614h4151getsemani-itangiranye.html ,2) Amajwi: https://vocaroo.com/93jDG6UqbSC , 3) YouTube updates on Sunday Law movements: http://www.africanunionsc.org/2020/05/click-here-to-listen-to-updated-sunday.html |
"Uwiteka Imana yacu Mwami W' Isi n' Ijuru Uhoraho Yehova Uhabwe ikuzo n' Icyubahiro hano Mu Isi nk' Uko biba aho no mu Ijuru, dore aho iki gitabo kigeze, mu majwi no mu Inyandiko, aho umuntu wese uje aha abasha nawe kumva no gusoma ibice byose by'iki gitabo INTAMBARA IKOMEYE" Great Controversy " mu Kinyarwanda ndetse no mu Icyongereza"English ", kandi akanakanda ahanditse download, ibice byacyo byose uko ari 42 akabikura kuri interineti akabika amajwi y' iki gitabo hafi ye, bitewe n'akarengane kegereje abeza isabato yawe Data wa twese, akazabasha kuba aho yabisangiza n' abandi bitamusabye kuba yasubiye kuri interineti.
kandi Mwami mana yanjye ,nkaba ngusaba kumvisha abasoma iby'iyi nyandiko kurarikirwa nayo gutakambira Uwiteka Imana yacu ngo tubashe guhabwa Imbabazi z' Ibyaha, no gusukirwa Umwuka Wera Mu Mvura y'itumba.
Mbisabye byose nizeye mu Izina rya Yesu Kristo Umwami n' Umukza wacu.Amen." By Dr. IRAGUHA BANDORA Yves, BScN, RN, MG, MD.
0.Chap 0-IJAMBO RY'IBANZE
1.Chap 1-KURIMBUKA KWA YERUSALEMU
2.Chap 2-AKARENGANE MU BINYEJANA BYA MBERE
3.Chap 3-INTANDARO YO KUGOMA
4.Chap 4- ABAVODUWA
5.Chap 5-YOHANI WYCLIFE
6.Chap 6-HUSE NA YORAMU
7.Chap 7-LUTHER YITANDUKANYA NA ROMA
8.Chap 8-LUTHER IMBERE Y'URUKIKO RW'I WORMS
9.Chap 9-ZWINGLE
10.Chap 10-AMAJYAMBERE Y'UBUGOROZI MU BUDAGE
11.Chap 11-UBUHAKANYI BW'IBIKOMANGOMA
12.Chap 12-UBUGOROZI MU BUFARANSA
13.Chap 13-IBIHUGU BYITWA PAYS-BAS
14.Chap 14-ABAGOROZI BAKURIKIYEHO MU BWONGEREZA
15.Chap 15-BIBILIYA N'IHINDURAMATWARA MU BUFARANSA
16.Chap 16-ABAPADIRI B'ABAGENZI
17.Chap 17-INTEGUZA ZO MU RUTURUTURU
18.Chap 18-UMUGOROZI W'UMUNYAMERIKA
19.Chap 19-KUVA MU MWIJIMA UJYA MU MUCYO
20.Chap 20-IVUGURURA RIKOMEYE MU ITORERO
21.Chap 21-UKUBURIRWA KUTITAWEHO
22.Chap 22-UBUHANUZI BUSOHORA
23.Chap 23-UBUTURO BWERA
24.Chap 24-AHERA CYANE
25.Chap 25-AMATEGEKO Y'IMANA NTAHINDUKA
26.Chap 26-UMURIMO W'UBUGOROZI
27.Chap 27-IVUGURURA RYO MURI IKI GIHE
28.Chap 28-ISUZUMARUBANZA
29.Chap 29-INKOMOKO Y'IKIBI
30.Chap 30-URWANGO HAGATI Y'UMUNTU NA SATANI
31.Chap 31- UMURIMO W'IMYUKA MIBI
32.Chap 32-IMITEGO YA SATANI:(Imyaka 6000)
33.Chap 33-IKINYOMA GIKOMEYE CYA MBERE NA MBERE
34.Chap 34-ABAPFUYE BASHOBORA KUVUGANA N'ABAZIMA
35.Chap 35-IMICO N'IMIGAMBI Y'UBUPAPA
36.Chap 36-INTAMBARA YEGEREJE N'INTANDARO YAYO
37.Chap 37-IBYANDITSWE BYERA NI UMURINZI WACU
38.Chap 38-IMIBURO IHERUKA
39.Chap 39-IGIHE CY'UMUBABARO (WA YAKOBO-2024)
40.Chap 40-GUCUNGURWA K'UBWOKO BW'IMANA
41.Chap 41-ISI IHINDUKA UMUSAKA
42.Chap 42-IHEREZO RY'INTAMBARA:(Imyaka 6000)
0 comments:
Post a Comment