Wednesday, February 17, 2021

Umuburo Uheruka: Open Letter to H.E President of Republic of Rwanda on Covid19 Vaccination Program by Dr. Iraguha Bandora Yves, MD, MG, RN,BScN(Hons).Ubujiji ntibushobora muri iki gihe kuba urwitwazo rwo kugomera amategeko.Igihe cyirihafi,Akarengane Kahanuwe Karadusatiriye Abakurikiza Amategeko y' Imana Yose,Mwihane, Mweze Isabato,Yesu Araje Vuba-Yohana14:1-31.Wednesday-February 17th, 2021 at 7:59' a.m.

"QAnon Gematria Decode: US MARINES SING DAYS OF ELIJAH, IMPOSSIBLE COINCIDENCES, LAST CALL": Open Letter to H.E President of Republic of Rwanda on Covid19 Vaccination Program by Dr. Iraguha Bandora Yves, MD, MG, RN,BScN(Hons).Wednesday-February 17th, 2021 at 7:59' a.m: Linkhttps://drive.google.com/file/d/1tbVn8If13yXjvN4-Nhc7saitfX1xRhNv/view?usp=drivesdk 

Hypocrite Jesuit Pope Says No reason to Kill but Pushes the Whole World to be vaccinated with aborted foetus cells Covid19 m-RNA Vaccines!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!

ISANO IRI HAGATI Y'IKIGERAGEZO CY'UBUZIMA NO KURAMYA:[  https://m.youtube.com/watch?v=yuFZJ5neSSc ]

When Every Earthly Support CutOff, Wait Upon The Lord. Who Will Be Left Behind? Ye Shall Have A Song[https://m.youtube.com/watch?v=2v97KeFr210 ]

URGENT:World Needs THIS Before Last War.Global Secret Revolt Here.Deluded Slaves Reject Climate Laws[ https://m.youtube.com/watch?v=P_jdJoIieco ]

SDA GC Leaders,British Union Conference,LLU,Oakwood,AdventHealth Partner w/World then Comes DownFall[https://m.youtube.com/watch?v=jqcGWzFCSFc ]

EXPOSED: The Biggest HERESY in the Seventh-day Adventist Church (The Investigative Judgment)[ https://m.youtube.com/watch?v=7woNgZdbdqg ]

INYAMANSWA EBYIRI ZIGIYE GUSIRIBANGA ISI YOSE || Perezida w'Umugatolika mu gihugu cy'Abaprotestanti[https://m.youtube.com/watch?v=Jf5kmT9nk-w&t=638s  ]

IGICE CYA 1: COVID-19 MU GUHINDURA ICYEREKEZO CY'ISI. (Ukuri Satani atifuza ko umenya kuri Covid19).[ https://m.youtube.com/watch?v=oTnenDPhuQU&t=197s ].

IGICE CYA 2: COVID-19 MU GUHINDURA ICYEREKEZO CY'ISI. (Umudendezo w'Umutimanama mu marembera.)[ https://m.youtube.com/watch?v=LItGje9YuPc&t=751s ].

IGIHE INTAMA IVUZE NK'IKIYOKA || AMATORA YO MURI AMERICA 2020[ https://m.youtube.com/watch?v=Dba8Ki4ZRwU&t=3085s ].

1A. Ubutumwa Bwa Malayika By Felix Nshimiyimana[ https://m.youtube.com/watch?v=CaFDCrxT-Og ].

Niba Umusomyi yifuza Gusobanukirwa n'uburyo buzakoreshwa mu minsi ya Vuba na Roma yige Amateka..., BY NYIRINKINDI Aimable[https://m.youtube.com/watch?v=YVXvxkGrY8Q  ].

Yesu agiye kugaruka 15/10/2024 saa 1:59' a.m,Hagiye Gusukwa mu Isi Ibyago 7 By' Imperuka mu mwaka wa 2024,Ikiremwa MUNTU cyose Kirasabwa,Kwiyeza, Kweza ISABATO, Kwirindira Umubiri Utiyinjizamo Urukingo Rwa Coronavirus"Aborted Foetus Cells used Messanger-RNA'666' vaccines" no Kuburira Abandi.By Dr.Iraguha Bandora Yves,MG,MD,RN,BScN(Hons).AUSC Alive New Article Published At 13:29.P.M On February 16th, 2021: The Book Great Controversy in Audio: Listen, Read and Share Links of The Great Controversy Book Audio  All Chapters-English and in Kinyarwanda.Friday-February 5th, 2021 at 2:18'a.m.

Ibyago 7 by' imperuka bizaza tariki 8/2/2024-15/2/2024 guceceka kW' igice cy'isaha ariyo minsi 7 n' amasaha 12 (Ibyahishuwe8:1-6,Ibyahishuwe15:1-8),Icyago cya 1-2-3-4:Kuva 16/2/2024 kugeza tariki 29/2/2024(Ibyahishuwe8:7-13,Ibyahishuwe16:1-9) kumara iminsi 15 ibyumweru bibiri,Icyago cya 5:Kuva tariki 1/3/2024 kugeza tariki 31/7/2024(Ibyahishuwe9:1-12,Ibyahishuwe16:10-11) kumara amezi 5 kugeza Ku iherezo ry' iminsi 1260 Daniyeli 12:7 ingana n'amezi 42 igihe n' ibihe n' igice cy' igihe Ibyahishuwe 13:5 Kuva tariki 7/2/2021, icyago cya 6:Kuva tariki 1/8/2024 kugeza tariki 31/8/2024 kimare ukwezi kumwe Ku iherezo ry' iminsi 1290 Daniyeli 12:11 Kuva tariki 7/2/2021 (Ibyahishuwe9:13-21, Ibyahishuwe16:12-16),Yesu azaza mu cyago cya 7 tariki 15/10/2024 saa 1:59'a.m:Kuva tariki 1/9/2024 kugeza tariki 15/10/2024 saaa 1:59'a.m kimare Ukwezi1 n' iminsi15 (Ibyahishuwe 11:15-19, Ibyahishuwe16:17-21) kugeza Yesu arangije kweza ubuturo bwera tuvuye kuri iyi si tugeze kururembo rwo mu ijuru nyuma y'urugendo rw'iminsi 7+1" My Minsk 8 hari mo 1 wo Kuzaruhukira Isabato ya 19/10/2024 kwa Henoki Mose na Eliya" rurangirana n'urugendo rw' abadiventisiti Ellen Gould White Yeretswe"Book of Early Writings-My First Vision:Inyandiko z' Ibanze-Iyerekwa Ryanjye Rya Mbere" rw'iminsi 180 ingana n'imyaka 180 yatangiye Kuva tariki 22/10/1844 ikazaba irangiye tariki 22/10/2024 ku iherezo ry'iminsi 1335 Daniyeli12:12-13 ubara uhereye tariki 7/2/2021 Yesu Kristo akazaba amaze iminsi Umunani agarutse Kuva tariki 15/10/2024 saaa 1:59' a.m, igihe icyumweru cyo muri Daniyeli 9:27 cyatangiye tariki 31/10/2017 kizaba cyarageze hagati kuko umunsi umwe ungana n' umwaka 1 ezekiyeli 4:5-6, Kubara amasaha y' amanywa y' umunsi w' impongano yo kweza ubuturo bwera ni amasaha ya gihanuzi 12 y'umunsi Yesu yinjiriye ahera cyane Kuva tariki 22/10/1844, muri Yohana 11:9-11 ni byo koko umwaka ugira iminsi 360 Kandi umunsi ugizwe n'amanywa ugira amasaha 12 n,umunsi ugizwe n'ijoro ukagira amasaha 12 ya nijoro yose hamwe akaba amasaha 24 yamanywa n' ijoro birihamwe , ubwo isaha 1 ya gihanuzi ingana n' iminsi 15(360:24=15 ) kuko umunsi wa gihanuzi ungana n' umwaka 1 ariyi minsi 360, ubwo iminsi 15 ingana n' imyaka 15, Kandi isaha 1 ya gihanuzi ingana n' iminsi 15, bizuzeko isaha 1 ya gihanuzi ingana n' imyaka 15, Kandi umurimo wa Yesu Kristo wo kweza ubuturo bwera mu umunsi w'amanywa w'impongano abalewi23:1-44 utwara amasaha 12 y' umunsi Umutambyimukuru akinjira ahera cyane kugeza uwavuye kohera ihene ya Azazeli agarutse kubuturo bwera amaze kwezwa n' umutambyi mukuru amasaha 12 nibwo aba yuzuye azuzura ari imyaka 180 kuko umunsi w'impongano wamanywa ari amasaha 12 angana n'isaha y'imyaka 15 ,amasaha 12 akaba imyaka 180(12X15=180). Yesu niwe mutambwi mukuru yinjiye ahera cyane Kuva tariki 22/10/1844 kweza ubuturo bwera bwo mu ijuru bizarangira ari uko Yesu yamaze Kuva hano Ku isi tariki 15/10/2024 saaa 1:59' a.m kohera Satani Kandi twese tugeranye mu ijuru nyuma yo kohera Satani na Papa Francis wateye Yesu Kristo akoresheje urukingo rwa covid19 rukoresha messenger RNA igezwa mumubiri w' Umuntu urutewe ari uko Habanje kuboneka Akaremangingo k'uruhinja(Aborted Foetus Cells) rubasha gushyirwamo iyo messenger RNA abajezuwiti bakoreye muri laboratwali zabo ngo bahindure imitekerereze y' abantu bita aba fundamentarisite(QANON SDA Fundamentalists aribo badiventisiti b' umunsi wa 7 batsindishirijwe) batura ibyaha byabo bavuga ubutumwa bwa marayika wa Gatatu mu ijwi rirenga bakerekana amafuti y'inyamanswa Papa Francis batanyuze kuruhande nk' uko biri mu ibyahishuwe 13:1-18 ko utazaba yaritejyariteje uru rukingo rwa covid19 atazemererwa kugura cyangwa kugurisha, Bamwe bashinjwa ko ngo bagumuye abandi babwiriza ko ari ubuhanuzi buri gusohora Kandi ababivuze leta ikabita ko barwanyije gahunda za leta, mugihe iyo Imana igutumye kuburira abandi ntubikore amaraso yabo wazayabazwa, Kandi Ibyahishuwe 14:9-13 haravuga ko tuburira abantu kubera ko ibyago birindwi bigiye kubarimbura kubwo kumvira kwifatanya na Papa Francis mukwemera gahunda y'itegeko ry' icyumweru ryabanjirijwe no gutera abantu inkingo zakozwe mubana b' impinja baishwe Papa Francis akabyemeza binyuze mu itangazo ryo kuri CNN tariki 21/12/2020 ry' impala z' ikibazo kunkingo za covid19 n' ubukristo budashyigikira igikorwa kibi cyo gukuramo amada no kwica kuko itegeko rya 6 rivuga ngo ntukice barikora babanje kwica itegeko rya 7 rivuga ngo ntugasambane, bakabikora bamaze kwica itegeko rya 10 ribuzanya kutifuza , bakaba batitaye Ku itegeko rya 4 ribuzanya kutagira umurimo wose ukora Ku umunsi w' isabato , bityo bakica Amategeko yombi ahiniye muri ayo 10 ntibakundisha Uwiteka Imana umutima wabo wose kubwo gusuzugura itegeko ry' Imana iryariryo ryose, nitakunda nabagenzi babo kuko bishimiye kwica.

Isengesho

Uwiteka humura amaso y'uyu musomyi, umuburire,atazavuga ko atabimenye,umutume,atazavugako utamutumye nawe kuburira abandi,isi irarangiye,Tebuka udukize amaboko y'abanzi bacu,ari nabo banzi b' amategeko yawe yose 10 aribo buzuyemo imbaraga y' ubugome ya SATANI n' abadayimoni be,utwigishe kukurasanira imyambi y' umucyo ngo utamurure umwijima w' icuraburindi mumutwe w'uyu musomyi nab'atuye isi bose bakumyenye,baguhitemo bange SATANI bizere Bibiliya Yera ariryo Jambo ryawe ry' Umwuka w' ubuhanuzi watanze ukaniyerekanira mubuhanuzi no mumayerekwa wahaye Ellen Gould White,wiyerekane ko uri Imana nk' uko wabivuze uturinde ubugome bw'abakozi ba Satani babicanyi batugose impande zose,mbisabye nizeye ko unyumvise mu izina rya Yesu Kristo, Umwami w'Isabato n' Umwami n' Umukiza wab' isi n' umukiza wanjye.Amen.

Ndabizi ko uvugira ukuri wese abizira, uvuga Yesu nk' uko Yesu Kristo yabidutegetse afatwa nk' ugambanira igihugu n' ugumura abantu kuko hari amafuti menshi cyane abakozi ba korera SATANI baba bifuza ko atashyirwa ahagaragara nk' ibyo gukora inkingo za Covid19 babanje kwica impinja ,ibyo bikagirwa icyaha kuba uwabigaragaje atahishiriye bene ayo mafuti, Imana yanshyizeho nk'umurinzi kuburira isi, Yesu Kristo mpora musaba inama, Kandi Yesu inama yaduhaye,yavuzeko ntawucana itabaza(Gutsindishirizwa)ngo aritwikirize intonga,ati muri umunyu w'isi,umunyu nukayuka waryoshywa n' iki, Satani yateye Uwiteka abinyujije murukingo rwa covid19 ampingukiraho ndi Ezekiyeli 33:1-33, Uwiteka yarangije kwemera icyo gikorwa namukoreye cyo muri Ezekiyeli 33:1-33,maze arandinda,ambesheho,kuko ariko yabivuze,Kandi isi igiye kurimbuka,Yeremiya 50:1-46.Humura,Yesu Arahari.

Yeremiya 50:1-46, Yesaya 21:1-16, Yesaya 22: 1-25, Yesaya 23:1-18, Yesaya 24:1-23, Yesaya 25:1-12, Yesaya 26:1-21, Yesaya 27:1-13, Yesaya 28:1-29, Yesaya 5:1-30, Yesaya 6:1-13, Yesaya 48:1-22, Yohana 28:1-40, igitabo inama Ku mirire: INAMA KU MIRIRE N’IBYOKURYA: IGICE CYA 3 - IVUGURURA MU BY’UBUZIMA N’UBUTUMWA BWA MARAYIKA WA GATATU.

.Hate Groups Blacklist. No More Conversion:https://m.youtube.com/watch?v=4cUoTBGQ9ns ]

SOMA IKI GITABO CY' INAMA KU MIRIRE N’IBYOKURYA Cya Madamu Ellen Gould White[https://m.egwwritings.org/rw/book/13891.414#  ]

Home EGW Writings: INAMA KU MIRIRE N’IBYOKURYA

IGICE CYA 3 - IVUGURURA MU BY’UBUZIMA N’UBUTUMWA BWA MARAYIKA WA GATATU

Nk’uko Ikiganza Gifitanye Isano n’Umubiri

97. Ku itariki 10 Ukuboza 1871, nongeye kwerekwa ko ivugurura mu by’ubuzima ari umugabane umwe w’umurimo ukomeye ugamije gutegurira abantu gusanganira Umwami Yesu. Ufitanye isano y’isanga n’ingoyi n’ubutumwa bwa marayika wa gatatu, nk’uko ikiganza kiyifitanye n’umubiri. Ntabwo umuntu yahaye agaciro Amategeko Cumi; ariko Uhoraho ntazaza guhana abagomera ayo mategeko atabanje kuboherereza ubutumwa bw’umuburo[ http://www.africanunionsc.org/2021/02/the-republic-of-rwanda-is-1st-country.html?m=1 ]. Ubwo butumwa bwamamazwa na marayika wa gatatu[http://www.africanunionsc.org/2021/02/icyigisho-n-ubuhamya-bw-igitangaza-cy.html?m=1 ]. Iyo abantu baza kumvira Amategeko Cumi y’Imana, imibereho yabo igakurikiza ibyo ayo mategeko asaba, nta muvumo w’akaga k’indwara zuzuye isi uba uriho. IMN 68.5

Gutegurira Abantu Gusanganira Yesu(15/10/2024 saaa 1:59' .a.m).

Abagabo n’abagore ntibashobora kwica amategeko agenga ibyaremwe binyuze mu kuba abanyamururumba no kubatwa n’irari ribi hamwe n’ibyifuzo bibi, ngo maze bareke no kugomera ku mamategeko y’Imana. Niyo mpamvu Imana yemeye ko tugerwaho n’umucyo w’ubugorozi mu byo kwitungira amagara mazima, kugira ngo tumenye icyaha cyacu igihe tugomeye amategeko yishyiriyeho ubwayo ngo agenge imibereho yacu. Ibyishimo tugira n’agahinda tugira byose bituruka ku kumvira kwacu cyangwa kutumvira amategeko y’ibyaremwe. Data ugiravubuntu bwinshi wo mu ijuru ahora areba imibereho ibabaje abantu babamo, bamwe babizi naho abandi benshi batabisobanukiwe, iterwa no kugomera amategeko yashyizeho. Maze kubwo urukundo n’imbabazi igirira ikiremwamuntu, ituma umucyo wayo kubamurikira ikaboherereza ivugurura mu by’ubuzima buzira umuze. Yerekanye amategeko yayo, n’igihano kigendana no kuyagomera, kugira ngo bose bamenye, kandi bitwararike mu kubaho imibereho ihuje n’amategeko y’ibyaremwe. Yatangaje ku mugaragaro amategeko yayo kandi iyashyira ahabona, ku buryo ameze nk’umudugudu wubatse mu mpinga y’umusozi [http://www.africanunionsc.org/2021/02/babylon-is-fallen-greatnew-world-order.html?m=1]. Abantu bose barebwa na yo babasha kuyasobanukirwa baramutse babishatse. Abantu b’ibiburabwenge ntibarebwa na yo. Umurimo wa marayika wa gatatu ugamije kwamamaza ayo mategeko no kurarikira abatuye isi kuyumvira, kugira ngo abantu bategurirwe gusanganira Umwami ugiye kugaruka bidatinze.(15/10/2024 saaa 1:59' a.m).

Gutsindwa kwa Adamu(Acceptance of aborted foetus cells covid19 messenger RNA vaccines) — Gutsinda kwa Kristo( Rejecting aborted foetus cells covid19 messenger RNA vaccines):

Adamu na Eva batsinzwe n’irari ryo kutirinda. Kristo yaraje maze arwana ashikamye n’ikigeragezo kirenze cya Satani, hanyuma, kubwa mwenemuntu, atsinda irari, bityo yereka umuntu ko na we ashobora gutsinda. Nk’uko Adamu yatsinzwe n’irari, bityo akabura Paradiso nziza ya Edeni, ni ko bene Adamu, binyuze muri Kristo, babasha gutsinda irari kandi kubwo kwirinda muri byose, bakazongera gusubizwa Edeni. IMN 70.1

Ubufasha Butuma Dushishoza Tukamenya Ukuri

Ubujiji ntibushobora muri iki gihe kuba urwitwazo rwo kugomera amategeko[ https://m.egwwritings.org/rw/book/13891.414#417 ]. Twabonye umucyo uhagije, ku buryo nta n’umwe ukwiriye kuba mu bujiji, kuko Imana ikomeye Ubwayo ari Yo Mwigisha. Abantu bose bafite inshingano yera imbere y’Imana yo kwerekana ukuri kuzuye n’imibereho nyakuri Imana yabahaye binyuze mu ivugurura mu by’ubuzima. Yagennye ko ingingo ikomeye y’ivugurura mu by’ubuzima igomba kugibwaho impaka(covid19aborted foetus cells messenger RNA vaccines 2021-2024), maze rubanda rugakangukira kuyiga bihagije; kuko bitashobokera abagabo n’abagore, bitewe n’ingeso zabo z’ubunyacyaha no kwica imibiri yabo hamwe no kwangiza ubwonko bwabo, kubasha gushishoza bakamenya ukuri gutunganye, ari ko gushobora kubagira intungane, bakabonezwa, bakaba abantu biyubashye, kandi bakwiranye n’ umuryango w’abamarayika b’ijuru mu bwami bw’ikuzo… IMN 70.2

Kwezwa cyangwa Guhanwa

Intumwa Pawulo itera umwete itorero igira iti, “Nuko bene Data, ndabinginga kubw’imbabazi z’Imana ngo mutange imibiri yanyu, ibe ibitambo bizima byera bishimwa n’Imana, ari ko kuyikorera kwanyu gukwiriye.” (Abaroma 12:1). Bityo rero, abantu babasha kuboneza imibiri yabo yahindanyijwe n’imigenzereze mibi y’ibyaha. Igihe banduye, ntibashobora kuramya Imana mu buryo bukwiriye, kandi ntibashobora kuba mu ijuru. Niba umuntu yishimira umucyo Imana yatanganye imbabazi zayo w’ivugurura mu by’ubuzima, azabasha kwezwa n’ukuri, maze abe ukwiriye ubugingo buhoraho. Ariko natita kuri uwo mucyo, maze akarangwa no kugira imibereho igomera amategeko y’ibyaremwe, agomba kuzabona igihano. IMN 70.3

Ishusho y’Umurimo wa Eliya na Yohana

98. Uhoraho yakomeje guhamagarira abantu be kwita ku bugorozi mu by’ubuzima mu gihe cy’imyaka myinshi. Uyu ni umwe mu migabane ikomeye igomba kuranga umurimo wo guteguriza abantu gusanganira Umwana w’umuntu. Akoreshejwe na Mwuka n’ubushobozi umuhanuzi Eliya yari afite, Yohana Umubatiza yakomeje umurimo wo gutegura inzira y’Uhoraho, kugira ngo agarure abantu ku bwenge no ku gukiranuka. Yari ahagarariye abazaba bariho muri iyi minsi y’imperuka, abo Imana yashinze kugeza ku bantu ukuri kwera, bagategura inzira yo kugaruka kwa Kristo. Yohana yari umugorozi. Marayika Gaburiyeli, aturutse mu ijuru, yahaye ababyeyi bombi ba Yohana amabwiriza yerekeranye n’ivugurura mu by’ubuzima. Yababwiye ko umuhungu wabo adakwiriye kuzanywa vino cyangwa igisindisha, kandi ko azuzuzwa Mwuka Muziranenge kuva akivuka. IMN 71.1

Yohana yitandukanyije n’incuti ndetse n’ibinezeza byo muri ubu buzima. Imyambarire ye yoroheje, yari igizwe n’ikanzu iboshye mu ruhu rw’ubwoya bw’ingamiya, yari igishinja ku myambarire y’Abatambyi b’Abayahudi bambaraga iby’imirimbo igamije gukabya no kwiyerekana. Imirire ye, yari igizwe gusa n’ibimera, n’isanane hamwe n’ubuki bw’ubuhura, yari igishinja ku mirire yuzuye umururumba, n’ubusambo bw’inda nini bwari gikwira ahantu hose icyo gihe. IMN 71.2

Umuhanuzi Malaki avuga ati, “Dore nzaboherereza umuhanuzi Eliya, umunsi w’Uwiteka ukomeye kandi uteye ubwoba utaragera. Uwo ni we uzasanganya imitima y’abana n’iya ba se.” (Mal. 3:23, 24). Ahangaha umuhanuzi agaragaza ubwoko bw’umurimo ugomba gukorwa. Abagomba gutegura inzira yo Kugaruka kwa Kristo bagereranywa n’umukiranutsi Eliya, nk’uko Yohana yaje arangwa na Mwuka wari muri Eliya, ategura inzira yo kuza kwa mbere kwa Yesu Kristo. IMN 71.3

Ingingo ikomeye y’ivugurura (ubugorozi) mu by’imirire igomba kwigishwa ikagibwaho impaka, maze intekerezo z’abantu zigakorwaho. Kwirinda muri byose bigomba kuba isanga n’ingoyi n’ubutumwa, gukura abantu b’Imana mu bigirwamana byabo, mu mururumba, ubusambo n’inda nini, no kwaya mu myambarire ndetse n’ibindi bintu. IMN 72.1

Itandukaniro Rihabanye

Kwiyanga, kwicisha bugufi no kwirinda abakiranutsi basabwa kugira, abo Imana iyobora kandi igaha umugisha, kugomba kugaragara imbere y’abantu ko kunyuranye by’ihabya n’ingeso zo kwaya, kwica ubuzima biranga abariho muri iki gihe cy’ubuhenebere. Imana yanyeretse ko ivugurura mu by’ubuzima ari isanga n’ingoyi n’ubutumwa bwa marayika wa gatatu, nk’uko ikiganza cyomatanye n’umubiri. Nta handi hantu ubona impamvu ikomeye yo guhenebera k’umubiri n’ubwenge nk’igihe abantu bakerensa iyi ngingo y’ingenzi. Abarangwa no kugira umururumba no kwishimira ibibi, maze bagafunga amaso ngo batabona umucyo kubwo gutinya kureba ibibi birengagije kureka, baba bafite igicumuro imbere y’Imana. IMN 72.2

Umuntu wese utera umugongo umucyo mu kintu runaka aba anangira umutima we kwanga umucyo no mu bindi bintu. Umuntu wica amabwiriza yerekeranye n’imirire n’imyambarire, aba ategura inzira yo kwica ibyo Imana isaba byo kuzaduhesha inyungu z’iteka ryose… IMN 72.3

Abantu Imana iyoboye bagomba kuba ubwoko bwayo bwihariye. Ntibagomba kwitwara nk’ab’isi. Ariko nibakurikiza amabwiriza y’Imana, bazasohoza imigambi ibafitiye, maze biyegurire ubushake bwayo. Kristo azatura mu mitima yabo. Urusengero rw’Imana ruzaba urwera. Intumwa iragira iti, umubiri wawe ni urusengero rwa Mwuka Muziranenge. IMN 72.4

Imana ntisaba abana bayo kwiyanga ku buryo bababaza imbaraga z’umubiri wabo. Ibiri amambu, ibasaba kumvira amategeko yo mu byaremwe, ngo barinde ubuzima bw’imibiri yabo. Yabahaye inzira bagomba kunyuramo, kandi ni inzira ihagije kuri buri Mukristo wese. Imana yadupfumbaturiye ikiganza cyayo cyuje imigisha, iduha ibyiza byayo byinshi kandi binyuranye, bituma tubaho kandi tukishima. Ariko kugira ngo tunyurwe n’ibigomba kuturyohera mu buryo busanzwe, ari byo bizatuma twitungira amagara mazima, yashyizeho urubibi ku irari ry’ubwo buryohe. Iratubwira iti, Itonde, wirinde, wange irari ridasanzwe. Iyo dukomeje kugira irari ribi, tuba twishe amategeko agenga imibereho yacu, tukaba ba nyirabayazana b’imikoreshereze mibi y’imibiri yacu, kandi tukikururira indwara. IMN 73.1

Ha Umwanya Ukwiriye Umurimo w’Ubuzima bwiza

99. Ukutita ku bitabo bivuga iby’ubuzima kwaranze abantu benshi ni ikosa imbere y’Imana. Ubushake bw’Imana si ugutandukanya umurimo w’ubuzima n’umurimo mugari itorero ryayo ryahawe. Ukuri kw’iki gihe gushingiye ku murimo w’ivugurura mu by’ubuzima nk’uko kuboneka no mu bindi byiciro by’umurimo w’ubutumwa bwiza. Nta cyiciro na kimwe cyabasha gutandukanywa n’ibindi ngo kibe cyuzuye. IMN 73.2

Ubutumwa bwiza bw’ubuzima bufite abavugizi bashoboye, nyamara umurimo wabo wazitijwe n’uko benshi mu bagabura, abayobozi ba za Filidi na Konferansi, n’abandi bayobozi bafite imyanya ikomeye bananiwe kwita ku kibazo cy’ivugurura mu by’ubuzima. Ntibamenye isano icyo kibazo gifitanye n’umurimo w’ubutumwa bashinzwe nk’uko ukuboko kw’iburyo kuyifitanye n’umubiri. Nubwo benshi mu bizera na bamwe mu bagabura bagaragaje ko bitaye kuri icyi cyiciro ariko ku buryo bworoheje, Uhoraho yerekanye ko acyitayeho akomeza kugihundagazaho umugisha. IMN 73.3

Iyo uyobowe uko bikwiriye, umurimo w’ubuzima uhinduka icyanzu kinyurwamo n’ukuri kukagera ku mitima ya benshi. Igihe ubutumwa bwa marayika wa gatatu buzaba bwakiriwe uko bwakabaye, ivugurura mu by’ubuzima rizahabwa umwanya waryo mu nama za Filidi, mu mirimo y’itorero, mu ngo, ku meza, no mu mirimo yose ikorerwa mu rugo. Ubwo rero ikiganza cy’iburyo kizafasha kandi kirinde umubiri. IMN 74.1

Ariko igihe umurimo w’ubuzima uzaba wahawe umwanya ukwiriye mu iyamamaza ry’ubutumwa bwa marayika wa gatatu, abawurwanira ntibazongera kuvunika bashaka ko uhabwa umwanya mu butumwa. IMN 74.2

Dukeneye Kwitegeka

100. Imwe mu ngaruka zibabaje cyane z’icyaha cy’inkomoko zabaye iz’uko umuntu yatakaje ubushobozi bwo kwitegeka. Umuntu aramutse asubiranye ubwo bushobozi, yabasha kugera ku iterambere rifatika. IMN 74.3

Umubiri ni yo nzira rukumbi ituma intekerezo n’ubugingo bitera imbere kugira ngo imico ibashe kubakwa. Niyo mpamvu umwanzi w’ubugingo ahora ateza ibigeragezo ubushobozi bw’umubiri awuca intege akanawusigingiza. Gutsinda kwe bivuga ko tuba twemeye guha umubi impagarike yacu yose ngo ayigenge. Igihe ibyifuzo bya kamere y’umubiri wacu bitagengwa n’ubushobozi mvajuru byazawuzanira urupfu no kurimbuka. IMN 74.4

Umubiri ugomba gutegekwa. Tugomba gutegeka imbaraga z’ubushobozi bw’ukubaho kwacu kose. Ibyifuzo byacu bigomba kugengwa n’ubushake bugendera munsi y’ubutware bw’Imana. Ubushobozi bw’intekerezo zacu, zejejwe n’ubuntu mvajuru, ni bwo buzayobora imibereho yacu. IMN 74.5

Ibyo Imana idusaba ni byo bikwiriye kuba mu mutimanama wacu. Abagabo n’abagore bagomba gukanguka bagasobanukirwa inshingano yabo yo kwitegeka, kugira imibereho iboneye, kwibohora ku irari ryose ribi n’ingeso yose yanduye. Bakeneye kubona yuko ubushobozi bwose bw’intekerezo zabo n’imibiri yabo ari impano bahabwa n’Imana, kandi ko bagomba kubirinda mu buryo bwose bushoboka kugira ngo bikore umurimo w’Imana. IMN 75.1

Abagabura n’Abizera Bagomba Gukorera Hamwe

101. Umugabane umwe w’ingenzi w’umurimo w’ubugabura ushingiye ku kwereka abizera mu buryo bukiranuka amahame y’ivugurura mu by’ubuzima, nk’uko yomatanye n’ubutumwa bwa marayika wa gatatu, nk’umugabane w’uwo murimo. Bakwiriye ubwabo kwakira iryo vugurura rikayobora imibereho yabo, ndetse bakararikira n’abandi bavuga ko bemera ukuri kuyakira. IMN 75.2

102. Neretswe ko ivugurura mu by’ubuzima rigize umugabane w’ubutumwa bwa marayika wa gatatu, kandi ko ari insanga n’ingoyi n’ubwo butumwa, nk’uko ikiganza n’ukuboko bimeranye n’umubiri. Nabonye ko twebwe nk’abizera bagize itorero ry’Imana tugomba gutera intambwe tujya mbere muri uyu murimo ukomeye. Abagabura n’abizera bagomba gukorera hamwe. Ntabwo abantu b’Imana biteguye kumva ijwi rirenga rya marayika wa gatatu. Bafite umurimo w’ingenzi bagomba gukora ubwabo badakwiriye kurekera Imana ngo iwubakorere. Uyu murimo yarawubasigiye ngo bawukore. Buri wese agomba kuwugiramo uruhare; nta wubasha kuwukora mu cyimbo cy’undi. IMN 75.3

Umugabane umwe, Aho kuba Ubutumwa Uko Bwakabaye

103. Umurimo w’ivugurura mu by’ubuzima ufitanye isano ikomeye n’umurimo w’ubutumwa bwa marayika wa gatatu, ariko na none si ubutumwa. Ababwiriza bacu bakwiriye kwigisha inyigisho z’ivugurura mu by’ubuzima, ariko ntibazigire ibyigisho by’ibanze ngo bifate umwanya w’ubutumwa. Umwanya w’izo nyigisho hamwe n’izindi gahunda zimeze nkazo ni uwo guteguza abantu igikorwa cyo gukurikira ubutumwa buba bwateguwe. Muri izo gahunda z’ibanze, inyigisho ku ivugurura mu by’ubuzima ni ikintu cy’ingenzi cyane. Dukwiriye kwita kuri buri murimo w’ivugurura tukawukorana umwete, ariko kandi tukirinda kwerekana ko tuwujenjekeye, tukanirinda kugwa mu mutego w’ubwaka. IMN 75.4

104. Umurimo w’ivugurura mu by’ubuzima ufitanye isano ikomeye n’ubutumwa bwa marayika wa gatatu nk’iyo ukuboko gufitanye n’umubiri; ariko ukuboko ntigushobora kujya mu mwanya w’umubiri. Kwamamaza ubutumwa bwa marayika wa gatatu, amategeko y’Imana no guhamya Yesu, ni umutwaro w’umurimo wacu. Ubutumwa bugomba kwamamazwa mu ijwi riranguruye, kandi bukagera ku batuye isi yose. Kwigisha amahame y’ubuzima bigomba kugendana n’ubu butumwa, ntibigomba gutandukana na bwo, cyangwa ngo bishyirwe mu mwanya wabwo. IMN 76

Isano y’Ivugurura mu by’Ubuzima n’Ibigo by’Ubuvuzi

105. Amavuriro yashyizweho agomba gukorana no kuzuzanya mu buryo bw’isanga n’ingoyi n’Ubutumwa bwiza. Uhoraho yatanze amabwiriza avuga ko umurimo w’Ubutumwa bwiza ugomba gutezwa imbere; kandi Ubutumwa bwiza bukubiyemo ivugurura ry’ubuzima mu migabane yaryo yose. Umurimo wacu ni uwo kumurikira iyi si, kuko irushaho kwijimishwa n’imiyaga igenda yaduka, itegurira inzira ibyago biheruka Imana izemera ko bigera ku iyi si. Abarinzi bakiranuka b’Uhoraho bagomba kuburira abatuye isi… IMN 76.1

Ivugurura mu by’ubuzima rigomba guhabwa umwanya w’ingenzi mu iyamamazwa ry’ubutumwa bwa marayika wa gatatu. Amahame y’ivugurura ry’ubuzima aboneka mu ijambo ry’Imana. Ubutumwa bwiza bw’ubuzima bugomba komatana n’umurimo w’Ijambo ry’Imana. Umugambi w’Imana ni uko imbaraga y’ivugurura mu by’ubuzima igomba kuba umugabane ugize iyamamaza rikomeye kandi riheruka ry’Ubutumwa bwiza. IMN 76.2

Abaganga[1177=Umuburo Uheruka: Open Letter to H.E President of Republic of Rwanda on Covid19 Vaccination Program by Dr. Iraguha Bandora Yves, MD, MG, RN,BScN(Hons).Ubujiji ntibushobora muri iki gihe kuba urwitwazo rwo kugomera amategeko.Igihe cyirihafi,Akarengane Kahanuwe Karadusatiriye Abakurikiza Amategeko y' Imana Yose,Mwihane, Mweze Isabato,Yesu Araje Vuba-Yohana14:1-34.Wednesday-February 17th, 2021 at 7:59' a.m.]bacu bagomba kuba abakozi b’Imana. Bagomba kuba abantu bafite ububasha bwejejwe kandi bwahinduwe n’ubuntu bw’Imana. Imikorere yabo igomba kuba igendana n’ukuri kugomba kugezwa ku batuye isi. Umurimo w’ivugurura mu by’ubuzima, ufatanyije mu buryo bwuzuye n’umurimo w’Ubutumwa bwiza, ugomba guhishura ububasha bw’Imana yawutanze. Biturutse ku mbaraga y’Ubutumwa bwiza, umurimo w’ivugabutumwa mu by’ubuvuzi uzazana ivugurura rikomeye. Ariko umurimo w’ivugabutumwa mu by’ubuvuzi nutandukanywa n’Ubutumwa bwiza, umurimo uzacumbagira. IMN 77.1

106. Ibigo byacu by’amavuriro n’amatorero yacu bibasha kugera ku rwego rwo hejuru rw’ubutungane. Inyigisho z’ubugorozi mu by’ubuzima zigomba kwigishwa kandi zigakurikizwa n’abizera bacu. Uhoraho araduhamagarira kugira ivugurura mu mahame y’ubugorozi mu by’ubuzima. Abadiventisti b’Umunsi wa Karindwi dufite umurimo udasanzwe twahawe gukora nk’intumwa, kugira ngo ufashe ubugingo n’imibiri by’abantu. IMN 77.2

Kristo yavuze ku bwoko bwe ati, “Muri umucyo w’isi.” (Matayo 5:14). Turi ubwoko bwahamagawe n’Imana ngo twamamaze inyigisho z’ukuri mvajuru. Umurimo uhebuje kandi wera wigeze uhabwa abantu buntu ni uwo kwamamaza ubutumwa bwa marayika wa mbere, wa kabiri, n’uwa gatatu kuri iyi si yacu. Mu migi yacu minini, hagomba kubamo ibigo by’ubuzima bigamije kwita ku barwayi no kwigisha amahame y’ivugurura mu by’ubuzima. IMN 77.3

Icyanzu tugomba kunyuramo

107. Nabwirijwe ko tutagomba gutinda gukora umurimo ukeneye gukorwa werekeranye n’ivugurura mu by’ubuzima. Binyuze muri uyu murimo, tugomba kugera ku bantu batuye ku misozi n’abari mu bibaya. IMN 77.4

108. Nabonye ko kubwo ubushake bw’Uwiteka, umurimo w’ivugabutumwa w’ubuvuzi ugomba kutubera icyanzu gikomeye tunyuramo, kugira ngo n’abarwayi bagerweho. IMN 78.1

Gukuraho Urwikekwe — Kongera Ubushobozi

109. Iyaba abantu barushagaho guha agaciro ivugurura mu by’ubuzima, amenshi mu magambo y’urwikekwe atuma ukuri gukubiye mu butumwa bwa marayika wa gatatu kutagera kuri benshi yata agaciro. Igihe abantu bazakangukira iyi ngingo, inzira yo gusobanukirwa ukundi kuri izaba imaze gutegurwa. Abantu nibabona ko turi abahanga mu byo kugira ubuzima bwiza, bazaba biteguye no kutwizera igihe tuvuga iby’amahame ya Bibiliya twigisha. IMN 78.2

Uyu mugabane w’umurimo w’Umwami ntiwitaweho uko bikwiriye, kandi kubwo kuwukerensa, hari byinshi abantu babuze. Itorero niriramuka rishyize umwete mwinshi mu murimo w’amavugurura Imana ishaka gukoresha iritegurira kugaruka kwayo, imbaraga z’abizera zizarushaho kwiyongera kurenza uko ziri ubungubu. Imana yavuganye n’abantu bayo, kandi yiteze ko bayitegera amatwi bakumvira ijwi ryayo. Nubwo ivugurura mu by’ubuzima ubwaryo atari ubutumwa bwa marayika wa gatatu, byombi bifitanye isano y’isanga n’ingoyi. Abantu bose babwiriza ubutumwa bakwiriye no kwigisha inyigisho z’ivugurura mu by’ubuzima. Iyi ni insanganyamatsiko tugomba gusobanukirwa, kugira ngo tube twiteguye guhangana n’ibihe bitwegereye, kandi ikwiriye guhabwa umwanya w’ingenzi. Satani n’abambari be barashaka gukoma mu nkokora uyu murimo w’ivugurura, kandi bazakora ibishoboka byose ngo bakure umutima banateze ibirushya abiyemeje kuwukora. Ariko nta muntu ukwiriye gucibwa intege n’ibyo, cyangwa ngo areke umuhati we kubera ibyo bikangisho by’umwanzi. Umuhanuzi w’Imana Yesaya atubwira kwigira ku mico yaranze Kristo agira ati, “Ntazacogora, ntazakuka umutima kugeza aho azasohoreza gukiranuka mu isi” (Yesaya 42:4). Nuko rero, ntihakagire umuyoboke we uvuga ibyo gutsindwa cyangwa gucika intege, ahubwo ujye wibuka igiciro cy’ikiguzi yatanze ngo acungure umuntu atarimbuka, ahubwo abone ubugingo buhoraho. IMN 78.3

110. Umurimo w’ivugurura mu by’ubuzima ni inzira Imana ikoresha kugira ngo igabanye imibabaro kuri iyi si yacu, no kugira ngo yeze itorero ryayo. Mwigishe abantu bamenye ko bashobora kuba ibikoresho mu biganza by’Imana, kubwo gufatanya n’Umwigisha Mukuru mu kugarura mu bantu imbaraga y’umubiri n’imibereho y’iby’umwuka mizima. Uyu murimo washyizweho umukono n’ijuru(1177), kandi uzafungurira imiryango izindi nyigisho z’ukuri kw’agaciro gakomeye. Umuntu wese ushaka kuwukora abishishikariye azabona umwanya. 

II. Mbese Ubukristo bushingiye kubutumwa bwa Giporotesitanti"Abakurikiza Amategeko yose 10 y' Imana n'Isabato Irimo, Bategereje Bihanganye Kugaruka Kwa Yesu bahereye Tariki 22/10/1844 bazitwara bate igihe Imana ibahishuriye ko Kwica Gusambana no Kwirindira Umubiri bizaza Ari Ikigeragezo cy' Umunzani wo Kubapimiraho Mbere Yo Kwemerera Ikizamini cyanyuma cy' Itegeko ry' Icyumweru kugera Kuri buri Kiremwa Muntu Cyose Kuri Iy'ISI,nk'uko byagenze Kuri Baba Sore 4 b' Abaheburayo Muri Daniyeli 1, 2, 3, 5? Habanza Itegeko ry' Ubuzima nk' ikigeragezo cy' Umwami w'Ibaburoni rigakurikirwa n' itegeko ryo Gupfukamira Igishushanyo cy' Umwami w' Ibaburoni"Ubu Kuva tariki 7/2/2021 Bigereranwa n' Itegeko ry' Icyumweru ryasinyiwe muri America murwego rwo kurengera ibidukikije-Paris Climate Agreement": Ubuhamya butandukanye bw' Imana ihishura aho Isi irikwerekeza kukurangira tariki 15/10/2024 saaa 1:59' Yesu Kristo agarutse mubyago 7 by' imperuka bikuraho ububwami bwa Baburoni bwa Papa Francis bw'amezi 42 yo mu Ibyahishuwe 13:5 Kuva tariki 7/2/2021 kugeza tariki 31/7/2024= Amezi 42 angana n' iminsi 1260 yo mu Ibyahishuwe 11:1-19 angana n' igihe n' ibihe n' igice cy' igihe muri Daniyeli 12:7-13 bihuza n' ubutumwa bwa Marayika wa 3 mu ijwi rirenga mu Ibyahishuwe 14:1-20 bisohoza ubuhanuzi bwa Yesu Kristo muri Matayo 24:15-22 avuga ko Azagaruka Igihe Ikizira cy' Umurimbuzi cyahanuwe n' Umuhanuzi Daniyeli Kizaba cyahagaze ahera anavuga ko abategereje"True 7th Day Adventists " bazasengera kugirango guhunga kwabo kutazaba Ku munsi w' Isabato cyangwa mumezi y' Imbeho bihuza n' ubuhanuzi bwa Ellen Gould White bujyanye n' Iyerekanwa ry' Itegeko ryo Kweza ISABATO ryo m' Ubuturo bwera bwo mw' Ijuru binyujijwe kubakomotse kubushakashatsi bwakozwe muri Bibiliya Yera mugitabo cy' Ibyahishuwe 14:1-20 bihuza Umunsi w' impongano wokwerezamo ubuturo bwera bwo mu ijuru no gucira imanza abatuye iy' isi bose bahereye kubapfuye kuva kuri Abeli wa Adamu na Eva nk' umuntu wambere wapfuye no kugeza kubariho urubanza ruhereye mubo munzu y' Imana muri Ezekiyeli 8 na Ezekeli 9 hashyirwaho icyimenyetso cy' Imana mu Ibyahishuwe 7 ariyo SABATO ifitanye uyu munsi isano igaragarira ikiremwa muntu cyose muri iy'isi n' ihuriro ry' abategereje kugaruka kwa Yesu"7th Day Adventists " batoranirijwe kuburira isi kutazifatanya n' ubutegetsi bwa Papa w'i Roma igihe buzaba bwamaze gusubizwa ubuhangange bwambuwe na Napoleon Bonaparte w' ubufaransa Kuva mu mwaka wa 1798" Uruguma rw' Inyamanswa mu Ibyahishuwe 13:1-18 rwakize binyuze mu gusinya Paris Climate Agreement ya LaudatoSI'237' ya Papa Francis yasinywe n' Igihugu gikomeye kurusha ibindi kuri iy'isi aricyo President wa America Joe Biden yasinye tariki 20/1/2021 na 27/1/2021 no kwemezwa kwa Papa nk' Utanga umurongo ngenderwaho n' abatuye isi yose wabyanga ngo ukaba uhindutse umwanzi wa Papa Francis n' uwabamuhaye agaciro bose bemera gukurikiza inama za Papa Francis iyo Nyamanswa y'umubare 666 mu ibyahishuwe 13:1-18 ituye kumisozi 7 mu Ibyahishuwe 17:1-18 no mugitabo cya Ellen Gould White cy' Intambara Ikomeye Hagati ya Yesu Kristo na SATANI"icyigisho cya Martin Luther umupadiri w' Itandukanije na Papa na Kiriziya Gaturika y' I Roma". Tariki 4/2/2021 Ibihugu by'ibumbiye m' umuryango w' Abibumbye UN bemeje ko abatuye isi bose bagomba kuyoboka SATANI"Kuba abavandimwe n' Inshuti zihurijwe mu nama Papa Francis amaze guha abatuye isi Bose mu ibaruwa ye ya SATANI yitwa iyagishumba Fratelli Tutti yogushyiraho Leta imwe y' Isi yitwa New World Order igendera kukuba abatuye isi batagomba Kweza ISABATO itegeko ry' Imana rya 4 ngo ahubwo kubwo kurwanya ihindagurika ry' ikirere na coronavirusi-Covid19 ngo abatuye isi bagomba kujya baruhuka icyumweru aricyo cyiswe'Common Good' no kubikoresha mukurinda covid19 abatuye isi binyuze mugukingira abatuye isi Bose inkingo za covid19 zakozwe habanje gucurwa messenger RNA itabasha kugeza mu kiremwa muntu hatabanje gukurwamo inda y' uwaruyitwite ngo uturemangingo tw' urwo ruhinja dukoreshwe guhuza izo messenger RNA bakoreye abakurikiza amategeko 10 y' Imana yose neza bakurikiza ibitabo bya Ellen Gould White byo kwirinda no kwitungira amagara no kurwanya ibinyoma bya SATANI biza rwihishwa ngo abantu b' injiji z'itubaha Imana muri Yobu 1 na Yoweli 28 ngo zibyemezwe nokugirira ubwoba ubutegetsi bw'isi butitandukanya n' inamaz' uburiganya bwa SATANI nk' uburi munyandiko za Papa Francis umukozi w'ibanze wa SATANI wanga IMANA n' Amategeko yayo yose 10 cyane cyane itegeko rya 4 ryo kweza ubuturo bwera kuva tariki 22/10/1844 kugeza tariki 22/10/2024 amasaha 12 y' umunsi w' impongano wokweza ubuturo bwera muri Daniyeli 8:1-14 bikomokwaho ubuhanuzi bw'iminsi 2300 buhuzwa n' ibyumweru 70 byo muri Daniyeli 9:1-27 ubuhanuzi bwo kuza kwa Messiya'Yesu Kristo' kwa mbere no kuzuka kwa Daniyeli agahagarara mu mwanya we muri Daniyeli 12:1-13 nyuma y' iminsi 1335 uhereye tariki 7/2/2021 Daniyeli ahagararanye n' abera bose kunyanja y' ibirahuri tariki 22/10/2024 ari naryo huriro ry' icyumweru cya nyuma cyo muri Daniyeli 9:27 cyatangiranye n' itariki 31/10/2017 ubwo ubuyobozi bw'abahagarariye amadini ya Giporotesitanti n' ibigo bya Giporotesitanti mu rwego mpuzamahanga kw'ISI yose na General Conference y' abadiventisiti b' Umunsi wa 7 hagaragayemo abasinyanye isezerano na Papa Francis ryo gukuraho burundu imyemerere n' amahame shingiro ya Giporotesitanti byatangijwe tariki 31/10/1517 na Martin Luther hashize imyaka 500 iryo Sezerano baryita a Reforming Catholic Confession kuva tariki 31/10/2017 kugeza tariki 31/10/2024 muri Daniyeli 9:27 aho umurimbuzi yagombaga kuza mucyumweru hagati ariho hagati y' imyaka 7 ariho mu mwaka wa 2021 Papa Francis yaje ategekesha igihugu gikomeye kurusha ibindi Ku isi tariki 20/1/2021 Joe Biden asinyira SATANI LaudatoSI'237' ibaruwa ya Papa Francis irimo itegeko ry' icyumweru rirwanya ISABATO Year y' Itegeko rya 4 byihishe mu masezerano ya Paris yo kurengera ibidukikije'Paris Climate Agreement' umuryango w' abibumbye nawo tariki 4/2/2021 bapfukamiye Papa Francis bemeza amayoberane y' ubwishyirehamwe bw'ibyitwa ubukiristo bwa Kiriziya Gaturika y' I Roma n' ubwisiramu bise ubuvandimwe n' ubwubahane Papa Francis yakoreye icyobita ibaruwa ya Gishumba yise Human Fraternity'Fratelli Tutti' akaba yarabashije kuyandika yitabaje covid19 nk' icyorezo kirimbuzi cyagaragaje intege nke z' abatuye isi kuko batashoboye kuyirwanya none ikaba iyo messenger RNA yabagejeje kubumwe bw' ijambo rya Papa Francis ryo guhamagarira abatuye isi bose kwikingiza covid19 mu butumwa yatanze tariki 25/12/2020 yitiriye noheri bukarwanywa bikomeye n' abagaturika ibihumbi n' ibihumbi bavuzeko Papa Francis atagakwiye gutera intege nke zogushigikira icyaha cyo Kwica cyigaragariza mu gukora inkingo za covid19 za messenger RNA zidashobora gukorwa hatabanje kwicwa uruhinja ngo hakoreshwe uturema ngingo twizo nzirakarengane z' ibiremwa muntu Imana yariyatangiye kuremera muri nyababyeyi ya nyina bityo bemeza ko kububaha Imana batatinyuka gutiza umurindi izo nganda zihaye kurwanya Imana zikora inkingo za covid19 zikoresheje kuvutsa ubuzima impinja zarigukura zikaba abantu nkatwe twese nk' uko Umunyamakuru n' umuyobozi w' ikinyamakuru mpuzamahanga cy' abanyamerika cyitwa CNN cyabyemeje[  ] bikanaba intandaro yatumye ubuyobozi bw'ikigo cya YouTube gifunga burundu igitangazamakuru cya kigaturika cyitwa LifeSiteNews gihagarariwe n' umunyamakuru witwa John Henry Westen, ibyo byose bihuza amayoberane y' ubugome n' uburyarya bwa SATANI bwihishe mukurwanya covid19 n' ihindagurika ry' ikirere byose hamwe n' ubutinganyi no gushyigikira gukuramo inda biza nko kuboneza imbyaro no kugabanya ubwiyongere bwa miliyali nyinshi z' abantu barikwiyongera Ku itegeko ry' Imana ryo muri Edeni yahaye Adamu na Eva ko inyoko muntu igomba kororoka abantu bagomba kuvuka bakura bakabyara izindi mpinja nyishi bagakomeza kwiyongera cyane bakagwira bakororoka  bakuzura isi mbere yatariki 7/2/2021 na nyuma y'ubuyobe Papa Francis arigushora mubatuye isi binyuze muri LaudatoSI'237' na Fratelli Tutti yiyoberanya nk' ukorera Yesu Kristo Kandi ashyigikira ubutinganyi, gukuramo inda hakoreshwa impinja z'abantu munganda zikora inkingo za messenger RNA'666-microchips' za covid19 no kurwanya ISABATO yerereza gusenga no kuruhuka k' umunsi w' Izuba'Sunday Law' wahariwe kurwanya ISABATO n' Umwami w' ISABATO Yesu Kristo na 144000 abera'My First Vision -Early Writings Book-Ellen Gould White' bahamagariwe Kweza ISABATO b' Ababaporotesitanti b' Abadiventisiti b' umunsi wa 7 bakomotse m' ubutumwa bw' Inama y' agakiza yo Guca SATANI n'abamuyoboka Bose no kumunyaga Inyokomuntu yariyanyaze Imana Data wa twese abinyujije  mukunesha Eva nawe akagusha Adamu Kayini umwana wabo wa mbere akica Abeli murumuna we akorewemo na SATANI uwo Abajezuwiti nka Papa Francis barahiriye indahiro yo kuzarimbura ubutumwa bwa giporotesitanti bw' Ubuturo bwera Umwana w' Imana Yesu Kristo yanyujije muri Daniyeli na Yohana na Martin Luther na Wiliamu Mileri na Ellen Gould White kuva tariki 22/10/1844 kugeza tariki 22/10/2024 umurimo wokweza ubuturo bwera bwo mu ijuru ukarangira tariki 22/10/2024 nyuma y' iminsi 1335 yo muri Daniyeli 12:1-13 bibanzirizwa no gukora umurimo wa Yesu Kristo w' ubutumwa bwa marayika wa 3 n' uwakane wo gusenyura ibiruri SATANI yubakishije ibinyoma byaba Papa ba Kiriziyaya Gaturika Gaturika y' I Roma kuva kuwa babanjirije mu mwaka wa 340 kugeza kuwandagajwe nyuma y' imyaka 1177[1177=1000+177=1000+100+77=1000+100+70+7=1+1+7+7=16=1+6=7=QANON'''Day of Elijah''''144000 True 7th Day Adventists''''' Gemetria=61=6+1=Milerites'22/10/1844+180(John 11:9-11:12hX15Y=180) Years=22/10/2024_180 Years' 7th Day Holy Sabbath's True 7th Day Adventists' True Protestantism Will Never End by 31/10/2017 until 15/10/2024 at 1:59' am +8 Days to 22/10/2024+1000Years in Heaven To 22/10/3024 SATAN and Allies in Hell and for New Earth 7th Day Eden Calendar restoration Genesis 2:1-5 Ellen Gould White Vision on 7th Day Holy Sabbath on 3/4/1847+1177=22/10/3024 7th Day Holy Sabbath in Isaiah 66:1-3-23.'''31/10/2017-31/10/2024 End of SIN finally fulfilling of 70 Weeks Daniel 9:27''''' =(2017-840(500+340))=1177] 31/10/2017- tariki 31/10/1517=500" A Reforming Catholic Confession " imyaka 1177 Kuva 340 kugeza 31/10/1517 havuka ubuporotesitanti bukirwanya SATANI na Papa Francis iyi segonda n' uyu munota n' iyi Saha n' uyu munsi n' uyu Mwaka wa 2021 no mumyaka itatu kuva tariki 7/2/2021 kugeza tariki 7/2/2024 bitunyuzemo Abantu 144000 batsindishirijwe beza ISABATO bo mubihugu byo mw' Isi byose barobanuwe mubandi badiventisiti b' umunsi wa 7 kuva tariki 15/10/2020-22/10/2020-23/10/2020'Umuganura Ibyahishuwe 14:1-4' -13/12/2020 Amosi 4:7 imvura yitumba yasutswe kubasanzwe biteguye batsindishirijwe kuva tariki 15-22/10/2020 mu cyumweru cyokwicisha bugufi nokwaturirana ibyaha no gusenga nk' intumwa zatangije itorero rya Yesu Kristo ryasukiwe imvura y' umuhindo Ku munsi wa Pantekote mu Ibyakozwe n' Intumwa 2:1-47 ni nako byagenze Hasukwa Imvura Y' Itumba kumunsi wa Pantekote tariki 13/12/2020 ikamara amezi 3 kuva tariki 13/12/2020 kugeza tariki 13/3/2021bitazwi nabenshi ko imvura y' Itumba yamaze gusukwa ngo izigaragaze kuri burimukozi w' Imana wayakiriye mugihe cyo kuyikoresha asarurira Imana imitima y' Abayikunda bakiri mubujiji bwa Baburoni mubutumwa bwa marayika wa 3 mu ijwi rirenga kuva tariki 7/2/2021 kugeza tariki 7/2/2024 tugomba gukoresha imbaraga y' Imvura y' Imvura y' Itumba tuburira abantu bagenzi bacu tuzenguruka ISi nka Yona muri Nineve'Yona3&4' kubwiriza Abasamariya'Yohana 8:1-32-44-59' Yohana 4:1-54, 1 Yohana 3:1-8-24' Yesu byamusabye Iminsi 3 ni imyaka 3 mu by' Umwuka  abandi badiventisiti batatsindishirijwe bakazabona kuyisaba Imana nyuma y' amezi 3 tariki 13/3/2021'Amosi4:7 Kandi nk' uko byagenze Imana yasutse imvura y' itumba muri pantekote ya tariki 13/12/2020 iteganirizwa Isarura, mbere yo kwandikwa kw' itegeko ry' icyumweru muri America na Joe Biden'Paris Climate Agreement tariki 20/1/2021' na Congress ya America iraryemeza tariki 27/1/2021 rikaba itegeko ry' Icyumweru ryitwa Green New Deal ryateguwe kuva tariki 7/2/2019 bikozwe na Senateri Alexandria Cortez ryakomotse muri LaudatoSI'237' ya Papa Francis umujezuwiti wanga Urunuka Yesu Kristo we Umwami w' ISABATO n' Abayitoza abaturanyi babo mu isi yose binyuze mu gahato kagiye gukwirakwizwa mu isi yose bikomotse muri President Wa USA Joe Biden mumezi 42 angana n' imyaka 3 n' amezi 6, kuva uyu mwaka wa 2021 kugeza mu mwaka wa 2024 burimburwe ukurimburwa kwa Baburoni muburakari bw' inkazi y' Umujinya w' Uwiteka Imana Data wa twese waremye isi n' ijuru n' ibibirimo byose mu ri Yeremiya50:1-46 baburoni irimburwe n' ibyago 7 by' Imperuka bishyire iherezo kubutegetsi bw'iy'isi mu ri Daniyeli 2, 3, 7 na ibyahishuwe 14:1-20 ibyahishuwe 13:1-18 ibyahishuwe 16:1-21 Ibyahishuwe 18:1-24  ibyahishuwe 19:1-21 Ibyahishuwe 20:1-15 ibyahishuwe 21:1-20 ibyahishuwe 22:1-20 na Ibyahishuwe 17:1-18 bikozwe n' Abera 144000 beza ISABATO y' Umwami w' ISABATO Yesu Kristo Umwana w' Imana Umwana w' Umuntu Intama y' Imana watambwe uhereye kukuremwa kw' ISI kuva tariki 7/2/2021 nyuma y'isinywa n' iyandikwa ry' itegeko ry' Icyumweru uyu mwaka wa 2021 muri America bikozwe na Joe Biden murwego rwo gupfukamira ubujezuwiti na Papa Francis na SATANI ngo Atsembe ISABATO no kurimbura kubwirizwa kW' ISABATO nabera 144000 bacunguriwe mubatuye iyi SI y' umwijima w' ibyaha na SATANI nabica amategeko 10 y' Imana".

Mu majwi y'ijwi rirenga n'imiburo kubatuye isi Bose 7/2/2021 -7/2/2024 ,ibyago bi7 Imana ntizica Gitera"Umuntu wese watsindishirijwe" Imana izica icyibimutera aricyo Baburoni"New World Order-One World Government=Jesuitism=Pope Francis=Covid19Aborted Fetus Cells messenger RNA-Vaccines ni igitero cya SATANI Gikaze Kitagarara Kumaso cyatewe Mubantu,Abeza Isabato batsindishirijwe bifuza kuzaba mu bugingo buhoraho bubahiriza Temperance nibo bonyine Cyitazagira icyo gikoraho :[https://voca.ro/15VSjTYRFyQj ],[Published on Feb 19, 2021:#SolaScriptula​ #Muhunge​ #UmujinyaUzatera​

1. Igice cya (3) URUKINGO NA ELLEN G. WHITE https://youtu.be/YTmHPU-YCPU​. 

2. Igice cya (2) URUKINGO N’AMARASO https://youtu.be/FnwJXV6VAUw

3.Igice cya (1) URUKINGO N’AMAHAME AGENGA UBUZIMA https://youtu.be/5TkQomRzbf4

4. Ibibazo n' ibisubizo|| Covid 19, Urukingo mbese biboneka muri Bibiliya? https://youtu.be/nZ0aHDC7zY4  ]

1) Ikiganiro k' Umuburo Uheruka igice cya 1[ https://voca.ro/18kMrBEazZ5d].

2) " " " " igice cya 2:ISANO IRI HAGATI Y'IKIGERAGEZO CY'UBUZIMA NO KURAMYA:[  https://m.youtube.com/watch?v=yuFZJ5neSSc ]https://voca.ro/1mKpTlN1cSEZ ].

3) " " " " igice cya 3[ Pope Laudato Si Climate SUNday Racial Justice. UN Global Hate Groups Blacklist. No More Conversion by Pastor Emmanuel Nougaisse].

4) " " " " igice cya 4[ Intwaro z'intambara yacu by Nzaramba Emmanuel  ].

5)" " " " igice cya 5[ Obey Papa’s Decree or Get Fired.Bribed w/Pizza for Prick.Crisis in Texas.Your Destiny Hangs On This ].

6)" " " " igice cya 6[Walter Veith & Martin Smith - Climate Change: Famines, Pestilence, Earthquakes - What's Up Prof? 50 ].

7)" " " " igice cya 7[Walter Veith & Martin Smith - Final Persecution - What's Up Prof? 49 ].

8)" " " " igice cya 8[ Walter Veith & Martin Smith - The Great Reset, A Long Time Coming? Part 2 - WUP 48]

9)" " " " igice cya 9[Walter Veith & Martin Smith - The Great Reset, A Long Time Coming? - What's Up Prof? 47 ]

10)" " " " igice cya 10[Walter Veith & Martin Smith - "Sons of God; daughters of men" Who are they? - What's up Prof? 45 ]

11)" " " " igice cya 11[ Walter Veith & Martin Smith - To Vax Or Not TO Vax? What's Up, Prof? 46 ]

12)" " " " igice cya 12[ Mutware Intwaro zose z'Imana kugirango mubashe gukomera ku munsi mubi. By Amiable]

13). " " " " igice cya 13It is coming-USA National Sunday Law Already Was Registered in USA Congress on January 27th, 2021 it is soon coming Its enforcement Taken From COVID-19 Lockdowns to Sunday Weekly Climate Lockdown: Green New Deal, USA Congress Registration.February 15th, 2021 at 11:38' P.M. ]

14)" " " " igice cya 14[ Jesuit Pope Francis' QANON Conspiracy Theory Towards 7Th Day Adventists False Accusations Developments in 4 Months CNN on October 15th, 2020 until February15th, 2021.End of Earth is near in 4 Years, Jesus is Coming on October 15th, 2024 at 1:59' a.m Completing 180 Years from October 22nd, 1844 till October 22nd, 2022.Repent, Remember The 7th Day Sabbath To Keep It Holy. ]

15)" " " " igice cya 15[ The Republic of Rwanda is the 1st country to Begin to Vaccinate against COVID19 to Health Workers in East Africa from February 15th, 2021.Jesus is coming very very soon on October 15th, 2024 at 1:59'.a.m.Repent, Remember The 7th Day Sabbath To Keep It Holy. ].

16)" " " " igice cya 16[ Tanzanian Archbishop Isaac Amani is Preaching to Convert Tanzanians into Pope Francis' St.Corona-Citizens.Thursday,February 18th, 2021 at 8:45'a.m.Jesus Christ is Coming of October 15th, 2024 at 1:59' a.m.Babylon is Fallen-Repent, Remember The 7th Day Sabbath To Keep It Holy. ]

17)" " " " igice cya 17[The Great Controversy Application on CORONA's Virus" COVID-19 "St CORONA Pandemic: is Linked to ROMAN CATHOLIC "VATICAN" PAPACY and St. Cyprian Pandemic while using 144000 True 7th Day Adventists from February 7th, 2021 until February 7th, 2024 Almighty God who is very much Against the New World Order in Revelation 13:1-18 and Revelation 14:1-20 is now dissolving the Coronavirus Global Citizenship of Pope Francis by exposing Abortion links within vaccines of St.CORONA' s Virus as Jesus Christ is going to Come very very soonest possible after All 7 Last Plagues from February 16th, 2024 until At 01:59' on October 15th, 2024 the 2nd Coming of Jesus Christ.Repent, Repent, Remember The 7th Day Sabbath To Keep It Holy. Republished on February 18th, 2021 at 1:27' P.M.Repent, Remember The 7th Day Sabbath To Keep It Holy. ]

18)" " " " igice cya 18[ YouTube CEO Shame on You"SATAN's Corrupted CEO" was Frustrated until He Closed and deleted All Videos of LifeSiteNews YouTube Channel, which disseminated USA Roman Catholic Bishop Vigano's Destructive seriously Daily Critics which has Exposed All SATANIC Activities of Pope Francis on Daily Basis especially recently posted the Killing Agenda21 of Jesuit Pope Francis Having Promoted live Foetus Abortion Through Promoting Aborted Foetus Cells manufactured Covid19Vaccines to All Worldwide Citizens and Help by Joe Biden Administration.Repent, Remember The 7th Day Sabbath To Keep It Holy.Jesus Is Coming on 15/10/2024-1:59'a.m.Babylon is Fallen:Please John Henry Westen Editor In Chief & Co-Founder Of Lifesitenews and All Conscious USA Bishops get out of It,Leave LaudatoSI'237'Sundays worship to SATAN and Jesuit Pope Alone,Join 7th Day Sabbath and 7th Day Adventisists even if the Jesuits labeled US as QANON.Published on Thursday February 11th, 2021 by AUSC Alive Newspaper Online.Please Share. ]

19) " " " " igice cya 19[ Seventh Day Adventists Are On The List. QAnon & The Millerites 1844 Great Disappointment. Jesus Word]


20) " " " " igice cya 20[Introduction:As you likely know, our YouTube channel has been completely deleted:

Have you seen these recent LifeSite videos?[ Please LifeSiteNews Teach as Well About  4th,1,2&3 Exodus 20:1-17 Holy Bible:Repent, Remember The 7th Day Sabbath To Keep It Holy, Reject 666=Popes' Virigin Mary"SATAN" and All Dead Names taken by Demons as Saints' Hence Virus of CORONA-CORONA'sVIRUS-Coronavirus-St.Corona-St.SATAN'sVIRUS'VACCINES'VIRUS'KILLED Many People=Aborted Innocent Foetus!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!! Join Ellen Gould White's Prophecy in the Book The Great Controversy: Babylon is Fallen'Pope Francis is Fallen'New World Order is Fallen 'Roman Catholic Church is Fallen'!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!The Only Way To Protest Successfully Against Pope Francis' UN & Joe Biden' s Abortions'Covid19 You Must Use Only The Ellen Gould White's Prophecy in the Book The Great Controversy.!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!:[  UBUHANUZI- Ubufatanye bw'u Rwanda n'Ubupapa mu gushyira amadini yose ku murongo Umwe:https://m.youtube.com/watch?v=eewswlbCrfw&t=9s . ]If you want to keep up with all the latest LifeSite video content, head on over to our Rumble channel by clicking here: https://rumble.com/user/LifeSiteNews

AUSC Alive New Article Published At 13:29.P.M On February 16th, 2021: The Book Great Controversy in Audio: Listen, Read and Share Links of The Great Controversy Book Audio  All Chapters-English and in Kinyarwanda.Friday-February 5th, 2021 at 2:18'a.m.]We're not positive that Rumble will be a long-term solution for us, but for now, it's our safest bet. Be sure to make a regular habit of checking LifeSiteNews.com to say up to date on all of the videos we publish.

Tucker slams YouTube for banning LifeSiteNews

Tucker Carlson criticized tech company YouTube for banning LifeSiteNews.
WATCH: The videos that got LifeSite banned from YouTube

See the videos that got LifeSite kicked off of YouTube!

These are the best and worst American states to live in during the current crisis
Hear from LifeSite's Editorial Director, Claire Chretien, about the best and worst states to live in during the COVID crisis.
Vatican City suggests Holy See employees who resist COVID injection may lose jobs
Read the Vatican's decree on the COVID-19 vaccine at LifeSiteNews.
Pro-life activism in the era of social media censorship
Mark Harrington wants pro-lifers to take their message to the streets and not to rely so much on the internet to get the truth out about abortion.
How to prevent your kids from abandoning the faith
Pro-life film producer Jason Jones details his long journey to the Catholic faith while also giving advice for parents raising young children.
'Don't be afraid': Sr. Deidre Byrne calls on pro-lifers to speak out with boldness
LifeSite's Danielle Zuccaro talks with Sister Dierdre Bryne about what's going on in today's world.
Can I attend my grown-up child's same-sex 'wedding'?
Katy Faust, a pro-family advocate and founder of Them Before Us, talks with John-Henry Westen about how she and her organization are working to protect the traditional family and the rights of children.


.

.

.


.



.



Christian Legal Centre that fought to save Polish Catholic thanks LifeSiteNews readers
Despite the best efforts of his family and pro-life groups around the world, a comatose Polish man, known to the world as RS, died in an English National Health Service hospital on January 26, 2021 after being deprived of nutrition and most hydration for 13 days. ]





















.Q=QAnon=CNN confirmed Aborted Babies are Used to Manufacture covid19Vaccineshttps://edition.cnn.com/2020/12/21/europe/coronavirus-vaccine-vatican-abortion-intl/index.html ]




Q"QAnon"= Babylon The Great"'SATANIC JESUIT POPE FRANCIS' is FALLEN"New World Order is FALLEN":This is the 3rd Angel's Loud Cry Message From Now February 7th, 2021 until February 7th, 2024-This is the 12thHour"180 Years"John11:9-11 of William Miller's Great Awakening Labeled as QANON"One Single Atonement Day" From October 22th,1844 is soon going to become completed on October 22nd, 2024 while Jesus Christ Our Lord of The 7th Day Holy SABBATH is coming during 7th Last Plagues on October 15th, 2024 at 1:59' a.m.Repent, Repent, Remember The 7th Day Sabbath To Keep It Holy.AUSC Alive New Article Published on February 7th, 2021 at 5:59' P.M.
Q=QAnon= Black people don't take covid19 vaccine due to not going to internet by Joe Biden[ https://firstreportsonline.com/biden-blacks-dont-get-covid-19-vaccine-because-they-cant-use-internet/ ]
Q=QAnon=CNN confirmed Aborted Babies Use to Manufacture covid19Vaccines[ https://edition.cnn.com/2020/12/21/europe/coronavirus-vaccine-vatican-abortion-intl/index.html

Bwakeye Nawe! .Have nice day!.Yonas3:1-10, Yonas4:1-11: www.africanunionsc.org,tangariza abantu ukunda"1John3" iyo website, kuko niho bazakura ijwi rirenga,uyandike kudupapuro, wongereho ko ari ijwi rirenga rya Marayika wa 3.

Kuzenguruka Nineve"Baburoni=Isi y'icyaha n' umwijima na STATNI n' Abadayimoni Be" bizadutwara imyaka 3: 7/2/2021-7/2/2024.

Merci beaucoup. Yesu yaje:15/10/2024 ,1:59'.a.m.











Approved By H.E. Dr.Iraguha Bandora Yves,MG,MD,RN,BScN(Hons)- Founder and President of African Union Students' Council(AUSC)"For The Better Africa We Deserve".

www.africanunionsc.org

YouTube: [  https://m.youtube.com/user/iraguhabandorayves/playlists ]

.......

AUSC Alive News Online Letter Published At 7:59'.A.M On February 17th, 2021.[ http://www.africanunionsc.org/p/asinmb.html?m=1 ]

....................

The Book Great Controversy in Audio: Listen, Read and Share Links of The Great Controversy Book Audio  All Chapters-English and in Kinyarwanda.Friday-February 5th, 2021 at 2:18'a.m.


Repetition Model application for 2300 Prophetic Days, as coupled to Historical 5 Strongest worldwide Empires from Babylon to Pagan Roman Empire till end of Early Christianity and Raise of Final Vatican Papacy 7th/2/2021 to 31st/7/2024.



You can Click Here to View our Alarm, set for You to Start Counting down for 2nd Coming of Our Lord Messiah Jesus Christ our King of 7th Day Holy Sabbath and of All Sealed 7th Day Holy Sabbath Keepers until Tuesday, 15 October 2024 (Chicago time).




 It is 1765 days4 hours1 minute55 seconds
Set on Current time which was on Sunday, 15 December 2019, 18:58:28 CST (local time in Chicago)
At time of loading, accuracy was within 0.529 seconds.

The Great Controversy

Home EGW Writings Books The Great Controversy

Preface


Listen, Read and Share Links of The Great Controversy Book Audio  All Chapters-English and in Kinyarwanda.

The Book Great Controversy in Audio: Igitabo Intambara Ikomeye mu majwi
0.[Chapter 00- Introduction/The Great Controversy-Audio],(Chap 0-IJAMBO RY'IBANZE in Kinyarwanda )


Appendix

Copy and paste to share to 7 people /Sangiza n' abandi bantu 7,Yesu yaje twatashye:2020-06-06:14h41'51''Inama y' Agakiza Yesu i Getsemani itangiranye n' itariki ya 1Nzeri2020 kugeza kw' Itegeko ry' Icyumweru 15Gashyantare 2021,Yesu azagaruka 15 Ukwakira 2024,Isaha yageze,Mwiyeze Imbabazi Z'Imana Kubeza Isabato ni 22Ukwakira 2020. Imvura y'itumba n'ihembura rizamara amezi 3 n' iminsi 15, bizahuza na Gashyantare 7th-17th, 2020.Twatashye Yesu Yaje,Mwige Ikigisho cya 42 Intambara Ikomeye, musome Yesaya 12:1-6, Musome 1 Abami 81:66, Mubihuze na Yohana 17:1-26"17:17"Ubereshe Ukuri, Ijambo Ryawe niryo Kuri:1)Inyandiko: http://www.africanunionsc.org/2020/06/2020060614h4151getsemani-itangiranye.html  ,2) Amajwi: https://vocaroo.com/93jDG6UqbSC , 3) YouTube updates on Sunday Law movements: http://www.africanunionsc.org/2020/05/click-here-to-listen-to-updated-sunday.html 
Ijambo ry' Umwanditsi ku musomyi W' IGITABO INTAMBARA IKOMEYE"YouTube"(Isengesho):

"Uwiteka Imana yacu Uhabwe ikuzo n' Icyubahiro, dore aho iki gitabo kigeze , mumajwi, umuntu wese uje aha abasha nawe kumva ibice byose by'iki gitabo INTAMBARA IKOMEYE mu Kinyarwanda, kandi akanakanda ahanditse download, ibice byacyo byose uko ari 42 akabikura kuri interineti akabika amajwi y' iki gitabo hafi ye , bitewe n'akarengane kegereje abeza isabato yawe Data wa twese ,akazabasha kuba aho yabisangiza n'abandi bitamusabye kuba yasubiye kuri interneti.
kandi Mwami mana yanjye ,nkaba ngusaba kumvisha abasoma iby'iyi nyandiko kurararikirwa nayo gutakambira Uwiteka Imana yacu ngo tubashe guhabwa Imbabai z' Ibyaha , no gusukirwa Umwuka Wera Mu Mvura y'itumba.
Mbisabye byose mu Izina rya Yesu Kristo Umwami n'Umukza wacu.Amen."

Igitabo cy' Intambara Ikomeye mu majwi kuri interineti,Umva ibice byose , ubikurure ho ubibike ,ubisangize n' abandi;14/06/2020:

0.Chap 0-IJAMBO RY'IBANZE
1.Chap 1-KURIMBUKA KWA YERUSALEMU
2.Chap 2-AKARENGANE MU BINYEJANA BYA MBERE
3.Chap 3-INTANDARO YO KUGOMA
4.Chap 4- ABAVODUWA
5.Chap 5-YOHANI WYCLIFE
6.Chap 6-HUSE NA YORAMU
7.Chap 7-LUTHER YITANDUKANYA NA ROMA
8.Chap 8-LUTHER IMBERE Y'URUKIKO RW'I WORMS
9.Chap 9-ZWINGLE
10.Chap 10-AMAJYAMBERE Y'UBUGOROZI MU BUDAGE
11.Chap 11-UBUHAKANYI BW'IBIKOMANGOMA
12.Chap 12-UBUGOROZI MU BUFARANSA
13.Chap 13-IBIHUGU BYITWA PAYS-BAS
14.Chap 14-ABAGOROZI BAKURIKIYEHO MU BWONGEREZA
15.Chap 15-BIBILIYA N'IHINDURAMATWARA MU BUFARANSA
16.Chap 16-ABAPADIRI B'ABAGENZI
17.Chap 17-INTEGUZA ZO MU RUTURUTURU
18.Chap 18-UMUGOROZI W'UMUNYAMERIKA
19.Chap 19-KUVA MU MWIJIMA UJYA MU MUCYO
20.Chap 20-IVUGURURA RIKOMEYE MU ITORERO
21.Chap 21-UKUBURIRWA KUTITAWEHO
22.Chap 22-UBUHANUZI BUSOHORA
23.Chap 23-UBUTURO BWERA
24.Chap 24-AHERA CYANE
25.Chap 25-AMATEGEKO Y'IMANA NTAHINDUKA
26.Chap 26-UMURIMO W'UBUGOROZI
27.Chap 27-IVUGURURA RYO MURI IKI GIHE
28.Chap 28-ISUZUMARUBANZA
29.Chap 29-INKOMOKO Y'IKIBI
30.Chap 30-URWANGO HAGATI Y'UMUNTU NA SATANI
31.Chap 31- UMURIMO W'IMYUKA MIBI
32.Chap 32-IMITEGO YA SATANI:(Imyaka 6000)
33.Chap 33-IKINYOMA GIKOMEYE CYA MBERE NA MBERE
34.Chap 34-ABAPFUYE BASHOBORA KUVUGANA N'ABAZIMA
35.Chap 35-IMICO N'IMIGAMBI Y'UBUPAPA
36.Chap 36-INTAMBARA YEGEREJE N'INTANDARO YAYO
37.Chap 37-IBYANDITSWE BYERA NI UMURINZI WACU
38.Chap 38-IMIBURO IHERUKA
39.Chap 39-IGIHE CY'UMUBABARO
40.Chap 40-GUCUNGURWA K'UBWOKO BW'IMANA
41.Chap 41-ISI IHINDUKA UMUSAKA
42.Chap 42-IHEREZO RY'INTAMBARA:(Imyaka 6000)

.

0 comments:

Post a Comment

 

Subscribe to our website

Contact us

Meet AUSC President at +250736196204

Our Team Members