Tuesday, June 15, 2021

ISABATO cyangwa Umunsi w' ICYUMWERU? Kiriziya Gaturika Yatangije Gusenga Icyumweru No Kukitirira Ubukristo Yubatse Kubinyoma Gusa:Petero Ntiyigeze Asenga ICYUMWERU Kandi Ntiyigeze Ayobora Itorero Rya Gikiristo Bwambere; PETERO Si We Mu PAPA Wabo Wa Mbere.

0.Intangiriro: 

1.Note:{This is African Union Students' Council(AUSC)" For The Better Africa We Deserve" Special Dedication to Our United States of America(U.S.A)based Amazing Word Ministries International YouTube Channel deleted by YouTube Team to please Allow You All Globally To Read, Analyze,Copy,Paste and Share this Link to At Least 7 Peoples online and offline:[ http://www.africanunionsc.org/2021/07/urukundo-rwa-benshi-ruzakonja-kutandura.html?m=1 ].

May Almighty God bless You All.}

2.Download PDFUse Copy and Paste in reserved space from the OnlineTranslationPro.com to Translate AUSC's Kinyarwanda Language Texts in Each Article to Read it in English Paragraph by Paragraph up to 1000 words each to generate at least a sense of the article on Your Own and keep a Copy of that Article in English, save it as PDF to share and spread the findings:

Click Here,Save this Link on Your E-mail inbox for future Use Vis versus:[https://www.onlinetranslationpro.com/kinyarwanda-to-english-translation ],Sample(Urugero):[Use Copy and Paste in reserved space from the OnlineTranslationPro.com to Translate AUSC's Kinyarwanda Language Texts in Each Article to Read it in English Paragraph by Paragraph up to 1000 words each to generate at least a sense of the article on Your Own and keep a Copy of that Article in English, save it as PDF to share and spread the findings: Click Here,Save this Link on Your E-mail inbox for future Use:Koresha Gukoporora no Kwandika mumwanya wabigenewe kuva kuri OnlineTranslationPro.com kugirango uhindure inyandiko ya AUSC yindimi ya Kinyarwanda muri buri ngingo kugirango uyisome mu gika cyicyongereza igika cyamagambo agera ku 1000 buri umwe kugirango utange byibuze kumva ingingo kuriwe kandi ugumane kopi ].

3.Every thing believed in Covid-19 leads to 666 Number of the Beast"Jesuit Pope Francis the 1st Beast" to enforce the Mark of the Beast"U.S Climate Sundays Lockdowns Act of 2021" by the Image of the Beast"Global Churches and States Unions " under "U.S Jesuit White House Administration the 2nd Beast in the Years 2021-2024 "Revelation 13:1-18, Revelation 14:1-20, 15:1-8, 16:1-21, 17:1-18, 18:1-24, 19:1-21,20:1-15): [1)Six Face Shields covering 2)Six Facial Masks surrounding Six Hair Covers,3)Six Protective Gloves per each Column, 4)Six Protective Gowns, 5)Six Protective Boots per each Column, 6)Six Carriers for Covid-19 so called Six Clients Cadavers being carried outside from an Autobus with Six Rooms reserved Mortuary in Rwanda an East African Nation where a Vial of Covid-19 Aborted Foetuses Cells Manufactured Vaccine will begin to be Manufactured Financed by European Union for 1 Vial to be shared by Six believers in Covid-19 cases and deaths tolls surgings with fears revealed from a 7th Day Adventists Parents born Health Minister Dr.NGAMIJE Daniel ]:

4.Umunyamakuru wemeje ko aho Abadiventisiti b' Umunsi wa 7(SDA Global Churches under General Conference All are advocating for Satanic Covid-19 draconian measures including Covid-19 Venomous Vaccines) benshi bagiye ari mu kwikingiza Covid-19 kuruhande rw'ab' isi aho Leta zose zo mu isi ziyobowe na Papa Francis President wa Leta Ya VATICAN bashaka kujyana abatuye isi bose mu kuramya igishushanyo n' ikimenyetso n' umubare 666 by' ubupapa bwa SATANI ,ahita ku Mana, kandi abanze ibyo benshi birunduriyemo by'itiriwe kwirinda kwandura no kwanduzanya Covid-19 nk'uko ababana barekeshejwe kwiga n'ibyo byaduka byo muminsi y' imperuka(No Jab, No Job=No Buy No Sell,Revelation 13:1-18) byagejeje kuguhatira amashuli kwigisha no k' Umunsi wa 7 ariwo SABATO y' Uwiteka barahiye Imbere y' Imana n' imbere y' abategeka iby'iyi Si igiye kurimbuka ishaka bemeje ko batazigera basubira mu ishuli; inzira ifunganye ariyo ijya ku Mana inyuramo bake cyanee, mugihe Uyu wemeza ko aho abenshi bagiye ahashyigikiye nawe yamaze kurangirirwaho n' Imbabazi z'Imana Niba Atari ukwibeshya:
5.Ezekiel 12:1-28" Umuhanuzi Abera Abantu IkimenyetsoNibivugwe byemerwe neza nk' Uko biri muri Bibiliya Yera bibwirwe abanze kumva Bose ko Isi isigaje imyaka 3 n' amezi 3 abayiriho Bose banze Imana bakayikurwa ho mu byago 7 by' imperuka kuva 15/2/2024 kugeza 15/10/2024 saa 1:59' mugicuku Yesu Agarutse Kutujyanana n' Abanyeshuli b' Abadiventisiti Mu RWANDA Basize byose kandi bari no mu nzira ibajyana mu ijuru, kandi Ntibemera n' amabwiriza yo kwirinda Koronavirusi(Covid-19) kubera ko Umwuka Wera W' Uwiteka yatwemeje ko ari icyaha(Covid-19 Draconian Measures including mRNAs SARS-CoV-2-St.CORONA-Vaccines)  :

1)ISABATO cyangwa Umunsi w' ICYUMWERU?

i)Ubukristo bwa Kiriziya Gaturika y'I Roma Ni ryo rembo rigari Yesu Kristo Yavuze ko Riganisha Abatuye Isi bose mukurimbuka mumuriro Wa Gihenomu, ni Ubukristo benebwo badashobora kureka, SATANI yapirase bwubakiye Kukubeshya no Kubeshyera Intumwa Za Yesu Kristo ibyo zitigeze Zikora , Yubatse Urufatiro Rw'ubutegetsi bw'ubuPAPA bwayo mu Ikinyoma ko Petero Ari we Mu PAPA wabwo wa mbere.

ii) Mu buryo buzwi bushingiye mu ijambo ry' Imana, itorero Kristo yashinze Ku Isi yarishinze kurufatiro rw'Intumwa Ze n' Abahanuzi Imana yitoranirije ubwayo uhereye mu gihe Bibiliya Yera yita igihe cyo Mu Isezerano rya Cyera no mu Gihe cy' Isezerano rishya, kandi Amategeko 10 Y' Imana arimo itegeko ry' Icyimenyetso"Kashe" y' Imana niyo Rufatiro rw'Ubutware bwose bwa Kristo n' Itorero rya Kristo ry' Ukuri.

iii) Mubuhanuzi bwa Yesaya bwose yerekanye Kristo ko Atari kubura kuba Umuyahudi wo mumuryango wa Dawidi no murubyaro rwa Yakobo na Aburahamu, Niko byagenze Yesu Kristo w' I Nazareti yagaragaye mubatuye Isi bose ahuje neza neza n' ibyavuzwe n' Umuhanuzi Yesaya n' Abandi bamubanjirije nka Mose n' Abamukurikiye nka Daniyeli na Zakariya n' Abandi benshi.

iv) Muyandi Magambo, Kubona Ijambo Kristo ryaramamaye muri iyi Si kugeza kurwego haboneka Umuntu utari Umuyahudi"Judean" wiyitirira ko yaba ahagarariye Kristo mu Isi yose ariwe Kiriziya Gaturika y' I Roma yita PAPA, ibi ntibyarigushoboka iyo intumwa za Yesu Kristo ziyobowe na Mwuka Wera zitemerera Abantu Bose batari Abayahudi kubatizwa mu Mazi menshi mu Izina rya Data wa Twese, Umwana n' Umwuka Wera ngo ibyo bibe isezerano ridakuka rikura ho urwikekwe no guheza abatuye Isi bose mu itorero Yesu Kristo yatangije hano kuri iyi Si.

v) Ikintu kibabaje cyane kigaragara muri Kiriziya Gaturika y' I Roma ni ugutinyuka kubeshyera Petero ko Yayoboye Itorero rya Mbere rya Kristo , no Kuba Kiriziya Gaturika y' I Roma ifata PETERO nk' Intumwa yarushije izindi ntumwa icyubahiro cy' Ubutungane n' Ubuyobozi no Kutibeshya no guhagararira Yesu Kristo mu Itorero rye hano Ku Isi, kuburyo uwaba yaratangije ubwo buyobozi bw' Itorero Kristo yashinze mu Isi ari nawe waba yarahawe imfunguzo zikinga zigakingura Ikuzimu no mu Ijuru akaba yanabasha guha ubutegetsi bwe uwamusimbura Wese, ibi byose Kiriziya Gaturika y' I Roma Yemeje ,byaba ari ukuri gusa Petero aramutse ariwe wayoboye Inama rusange yabereye I Yerusalemu bwambere Yakemuye Ikibazo cyo Kudakebwa no kutayoborwa n' amategeko y' Imihango ya Kiyahudi mubashaka kuba bakwinjira mu Itorero rya Kristo batari abayahudi, maze kandi Isabato ndetse n' ayandi mategeko yose 10 y' Imana akaba akurikizwa muri Kiriziya Gaturika y' I Roma nk' Uko Imana yabitegetse Mose.

vi) Umuhanuzi Kazi Madam Ellen Gould White ,mugusobanura ishingiro ry' Iki Kinyoma Ubupapa bwubakiyeho Imiyoborere ipfuye bushinja Kristo Yesu , ko Petero ariwe muyibozi wa Mbere w' Itorero rya Kristo ryatangiriye I Yerusalemu mu bayahudi bari intumwa za Yesu Kristo, Yeruye ko YAKOBO ariwe wari Umutegetsi n' Umuyobozi w' Inama rusange y' Intumwa zose n' abateraniye I Yerusalemu bwambere muguhesha uburenganzira abatari abayahudi kugira uruhare mukwinjizwa mumuryango wabizera Yesu Kristo " Ibyakozwe N' Intumwa ".

2) Mu magambo asobanura neza ikinyoma Kiriziya Gaturika y' I Roma ishinja mo Petero kuba umuyobozi wa Mbere w' Inama Nkuru Rusange"General Conference"(Umuyobozi w' Itorero) y' Intumwa za Yesu Kristo z' I Yerusalemu, Bibiriya irabivuguruza itya:

i)Ingingo zitandukanye zatanzwe mu gukemura ikibazo nyamukuru cyari gihari ku mategeko ya Mose y' Imihango nko Gukebwa i Yerusalemu mu Nama nkuru rusange yambere y' Intumwa za Yesu Kristo zavutse ari abayahudi" Bene Yakobo na Aburahamu" izihuza n' Ababwiriza butumwa bwiza bo mubatari abayahudi, zazaniye ingorane zikomeye abari mu nama. 

ii) Nyamara mu by’ukuri, Mwuka Muziranenge yari yarakemuye iki kibazo cyabaye intandaro y’umwanzuro umutekano ndetse n’imibereho by’Itorero rya Gikristo byari gushingiraho. INI 121.4

iii)Igihe kimwe mbere y’aho, Petero yari yarabwiye abavandimwe be mu kwizera ibijyanye no guhinduka kwa Koruneriyo n’incuti ze anababwira uko yasabanye na bo. Ubwo yabwiraga abo bantu uburyo Mwuka Muziranenge yamanukiye Abanyamahanga, yaravuze ati, “Nuko, ubwo Imana yabahaye impano ihwanye n’iyo natwe twahawe, ubwo twizeraga Umwami Yesu Kristo, ndi nde wo kuvuguruza Imana?” (Ibyak 11:17). Yakomeje kuvugana imbaraga ashize amanga ati, “Imana irondora imitima y’abantu yarabahamije, ubwo yabahaye Umwuka Wera, nk’uko yamuduhaye natwe; ntiyashyiraho itandukaniro ryacu na bo, ahubwo yogesheje imitima yabo kwizera. Nuko ni iki gitumye mugerageza Imana, mwikoreza abigishwa imitwaro, ba sogokuruza batashoboye kwikorera, ndetse natwe ni uko?” (Ibyak 15:8-10). 

iv) Uyu mutwaro ntabwo wari Amategeko Cumi nk’uko abantu bamwe barwanya ibyo ayo mategeko asaba babyemeza. Ahangaha Petero yavugaga ku mategeko y’imihango yari yarakuweho no kubambwa kwa Kristo. INI 122.2. Ijambo rya Petero ryatumye abari aho bihangana maze batega amatwi Pawulo na Barinaba. Pawulo na Barinaba bababwiye ibyababayeho igihe bakoreraga mu Banyamahanga. “Abahateraniye bose barahora, bumva uko Barinaba na Pawulo babatekereza ibimenyetso n’ibitangaza byose Imana yabahaye gukora mu banyamahanga.” Ibyak 15:12. INI 122.3

v) Yakobo nawe yatanze ubuhamya yemeza ko byari umugambi w’Imana guha Abanyamahanga amahirwe n’imigisha bimwe nk’ibyari byarahawe Abayahudi. INI 122.4

vi)Mwuka Muziranenge yabonye ko atari byiza guhatira abanyamahanga bahindutse kubahiriza amategeko y’imihango kandi ibyo intumwa zaterezaga kuri iki kibazo byari bihuje n’ibya Mwuka w’Imana. 

vii)Yakobo yari ayoboye inama maze atanga umwanzuro wa nyuma avuga ati, ” Ni cyo gitumye ku bwanjye ntegeka ko tureka kurushya abo mu banyamahanga bahindukirira Imana.” Ibyak 15:19. INI 123.1

viii)Ibi byatumye impaka zirangira. Duhereye kuri ibi tubona impamvu ivuguruza inyigisho y’Itorero Gatulika ry’i Roma ivuga ko Petero yari umuyobozi w’Itorero. Abagiye bemeza ko ari abasimbura be (abapapa), nta shingiro ry’ibyo bavuga riri mu Byanditswe. 

ix)Nta na kimwe mu mibereho ya Petero gishimangira ibivugwa ko yashyizwe hejuru y’abandi bayoboke ba Kristo nk’umusimbura w’Isumbabyose. Iyaba abo bavugwa ko ari abasimbura ba Petero bari barakurikije urugero rwe, bari guhora iteka baranejejwe no kuringanira n’abavandimwe babo mu kwizera. INI 123.2

x)Ahangaha bigaragara ko Yakobo ari we watoranyijwe kugira ngo atangaze umwanzuro iyo nama yafashe. Ni we wemeje ko amategeko y’imihango, ariko cyane cyane iryo gukebwa, atagomba guhatirwa Abanyamahanga cyangwa ngo bategekwe kuyakurikiza. Yakobo yashatse kwemeza abavandimwe be mu kwizera ko igihe Abanyamahanga bahindukiriraga Imana bari baragize uguhinduka gukomeye mu mibereho yabo. Bityo abantu bagombaga kwitonda kugira ngo batabahungabanya bakoresheje ibibazo bifite agaciro gake biteza impagarara no gushidikanya. Bitabaye bityo Abanyamahanga bari gucika intege zo gukurikira Kristo. INI 123.3

I) Raporo ngufi y' Inama yambere yabereye I Yerusalemu ihuza abayahudi n' Abatari abayahudi bakomotse mu banyamahanga batuye mu bindi bihugu yemeza Yakobo ko ariwe Mutegetsi n' Umuyobozi wa Mbere w' Itorero(W' Inama nkuru rusange) rya Gikristo mu Isi:

“Bamaze umwanya bajya impaka, Petero arahaguruka arababwira ati “Bavandimwe, muzi yuko kera Imana yantoranyije muri mwe ngo ntangaze Ubutumwa bwayo bwiza mu banyamahanga, kugira ngo babwumve babwemere.” (Ibyak 15:7). Yaberetse ko Mwuka Muziranenge yari yarakemuye icyo kibazo bajyagaho impaka ubwo yamanukiraga Abanyamahanga batakebwe n’Abayahudi mu mbaraga ingana. Yabibukije iyerekwa yagize ubwo Imana yamushiraga imbere igishura cyari cyuzuye inyamaswa z’amoko zigenza amaguru ane maze imutegeka kuzibaga akarya. Igihe yahakanaga akemeza ko atigeze arya ikintu gisanzwe cyangwa gihumanye, yahawe igisubizo ngo, “Ibyo Imana ihumanuye, wibyita ibizira.” Ibyak 10:15. INI 121.5

Petero yabatekerereje ubusobanuro bwimbitse bw’aya magambo yari yarabwiwe akimara guhamagarirwa kujya ku mutware w’abasirikare ijana kugira ngo amwigishe iby’ukwizera Kristo. Ubu butumwa bwerekanye ko Imana itarobanura ku butoni ko ahubwo yemera abayubaha bose. Petero yababwiye uburyo yatangaye igihe yabwiraga amagambo y’ukuri abantu bari bateraniye kwa Koruneriyo maze akabona Mwuka Muziranenge aza ku bari bamuteze amatwi baba Abayahudi ndetse n’Abanyamahanga. Umucyo n’ubwiza byagaragaye ku Bayahudi bakebwe ni nabyo byagaragaye mu maso y’Abanyamahanga batakebwe. Ibi byose byari umuburo Imana ihaye Petero ko atagomba kugira umuntu afata ko aciye munsi y’undi kubera ko amaraso ya Kristo ashobora kweza umuntu ho inenge yose. INI 122.1

Igihe kimwe mbere y’aho, Petero yari yarabwiye abavandimwe be mu kwizera ibijyanye no guhinduka kwa Koruneriyo n’incuti ze anababwira uko yasabanye na bo. Ubwo yabwiraga abo bantu uburyo Mwuka Muziranenge yamanukiye Abanyamahanga, yaravuze ati, “Nuko, ubwo Imana yabahaye impano ihwanye n’iyo natwe twahawe, ubwo twizeraga Umwami Yesu Kristo, ndi nde wo kuvuguruza Imana?” (Ibyak 11:17). Yakomeje kuvugana imbaraga ashize amanga ati, “Imana irondora imitima y’abantu yarabahamije, ubwo yabahaye Umwuka Wera, nk’uko yamuduhaye natwe; ntiyashyiraho itandukaniro ryacu na bo, ahubwo yogesheje imitima yabo kwizera. Nuko ni iki gitumye mugerageza Imana, mwikoreza abigishwa imitwaro, ba sogokuruza batashoboye kwikorera, ndetse natwe ni uko?” (Ibyak 15:8-10). 

Uyu mutwaro ntabwo wari Amategeko Cumi nk’uko abantu bamwe barwanya ibyo ayo mategeko asaba babyemeza. Ahangaha Petero yavugaga ku mategeko y’imihango yari yarakuweho no kubambwa kwa Kristo. INI 122.2

Ijambo rya Petero ryatumye abari aho bihangana maze batega amatwi Pawulo na Barinaba. Pawulo na Barinaba bababwiye ibyababayeho igihe bakoreraga mu Banyamahanga. “Abahateraniye bose barahora, bumva uko Barinaba na Pawulo babatekereza ibimenyetso n’ibitangaza byose Imana yabahaye gukora mu banyamahanga.” Ibyak 15:12. INI 122.3

Yakobo nawe yatanze ubuhamya yemeza ko byari umugambi w’Imana guha Abanyamahanga amahirwe n’imigisha bimwe nk’ibyari byarahawe Abayahudi. INI 122.4

Mwuka Muziranenge yabonye ko atari byiza guhatira abanyamahanga bahindutse kubahiriza amategeko y’imihango kandi ibyo intumwa zaterezaga kuri iki kibazo byari bihuje n’ibya Mwuka w’Imana. 

Yakobo yari ayoboye inama maze atanga umwanzuro wa nyuma avuga ati, ” Ni cyo gitumye ku bwanjye ntegeka ko tureka kurushya abo mu banyamahanga bahindukirira Imana.” Ibyak 15:19. INI 123.1

Ibi byatumye impaka zirangira. Duhereye kuri ibi tubona impamvu ivuguruza inyigisho y’Itorero Gatulika ry’i Roma ivuga ko Petero yari umuyobozi w’Itorero. Abagiye bemeza ko ari abasimbura be (abapapa), nta shingiro ry’ibyo bavuga riri mu Byanditswe. Nta na kimwe mu mibereho ya Petero gishimangira ibivugwa ko yashyizwe hejuru y’abandi bayoboke ba Kristo nk’umusimbura w’Isumbabyose. Iyaba abo bavugwa ko ari abasimbura ba Petero bari barakurikije urugero rwe, bari guhora iteka baranejejwe no kuringanira n’abavandimwe babo mu kwizera. INI 123.2

Ahangaha bigaragara ko Yakobo ari we watoranyijwe kugira ngo atangaze umwanzuro iyo nama yafashe. Ni we wemeje ko amategeko y’imihango, ariko cyane cyane iryo gukebwa, atagomba guhatirwa Abanyamahanga cyangwa ngo bategekwe kuyakurikiza. Yakobo yashatse kwemeza abavandimwe be mu kwizera ko igihe Abanyamahanga bahindukiriraga Imana bari baragize uguhinduka gukomeye mu mibereho yabo. Bityo abantu bagombaga kwitonda kugira ngo batabahungabanya bakoresheje ibibazo bifite agaciro gake biteza impagarara no gushidikanya. Bitabaye bityo Abanyamahanga bari gucika intege zo gukurikira Kristo. INI 123.3

Nyamara Abanyamahanga bihanye bagombaga kuzibukira imihango yari ihabanye n’amahame ya Gikristo. Intumwa n’abakuru bemeranyije kwandikira Abanyamahanga bababwira ko bakwiriye kwirinda inyama zaterekerejwe ibigirwamana, bakirinda ubusambanyi, kurya amatungo yahotowe cyangwa amaraso. Bagombaga gusabwa gukurikiza amategeko no kugira imibereho itunganye. Bagombaga kumenyeshwa kandi ko abari baravuze ko gukebwa ari ngombwa batabiherewe uburenganzira n’intumwa. 

II) Uko Imana yagaragaje Ihererekanya Bubasha mu Isi kubuyozi bwa Mwuka Muziranenge Mubagize Itorero rya Kristo Yesu bezaga ISABATO bambere aribo Ntumwa ze z' Abayahudi bahaye umucyo wuzuye Ukuri kwa Bibiliya Yera abatuye Isi b' ayandi moko Yose kugeza ubu ntabusumbane bwari buteganijwe mubayoboke ba Yesu Kristo no Mumategeko Y' Imana 10, usibye gusa amategeko y' Imihango intumwa zita aya Mose nk' uko biri muri iki Kigisho cy' Ibyakozwe n' Intumwa cya 19 cyivuga uburyo Na Petero, yigishije ko bose bagomba “kubahana.” bafatanyirije imbaraga hamwe mu Itorero. 1Petero 5:5. Bityo ubutware bwa PAPA wa Kiriziya Gaturika y' I ROMA na Kiriziya Gaturika Yose n' abayigize Bose mu Rwanda hose no Ku Isi Hose bungana na Zeru'0' mumitima y' Abakristo nyakuri Beza ISABATO y' Uwiteka bashaka kugirana ubucuti n' Umubano na Yesu Kristo muburyo bwuzuye butarimo uburyarya nabuke bwubakiye kumahoro Yesu Kristo atanga no Ku Mudendezo wa Gikristo itorero ryarazwe n' Intumwa zatangije ubuKristo mubatuye isi batari abayahudi bo muyandi mahanga twese:

IGICE CYA 19 - ABAYAHUDI N’ABANYAMAHANGA

(Iki gice gishingiye mu Byakozwe n’Intumwa 15:1-35)

Bageze Antiyokiya muri Siriya aho bari barohererejwe ngo bajye gukora umurimo, Pawulo na Barinaba bahise bagira amahirwe yo guteranya abizera no kubasubiriramo ” ibyo Imana yakoranye nabo byose, n’uko yugururiye abanyamahanga irembo ryo kwizera.” (Ibyak 14:27). Itorero ry’i Antiyokiya ryari rigari kandi ryarakuraga cyane. Antiyokiya yari ihuriro ry’ibikorwa by’ivugabutumwa kandi itsinda ry’abizera baho ryari rimwe mu matsinda akomeye mu matsinda y’abizera. Iryo torero ryari rigizwe n’abantu b’ingeri nyinshi bakomoka mu Bayahudi n’Abanyamahanga. INI 119.1

Mu gihe Pawulo na Barinaba bafatanyaga n’abavugabutumwa n’abakorerabushake i Antiyokiya bafite umuhati wo kugarurira abantu benshi Kristo, Abayahudi bamwe bavuye i Yudaya “bo mu gice cy’Abafarisayo” bashoboye kwinjiza ikibazo mu bantu cyaje gutuma mu Itorero haba amakimbirane maze bitera abizera b’abanyamahanga kugira ubwoba no gucika intege. Aba bigisha b’Abayahudi bashimangiraga ko kugira ngo umuntu akizwe agomba gukebwa kandi agakurikiza amategeko yose y’imihango. INI 119.2

Pawulo na Barinaba bahise bahangana n’izi nyigisho z’ibinyoma vuba vuba kandi barwanya ko zakwigishwa Abanyamahanga. Ku rundi ruhande, benshi bo mu bizera b’Abayahudi bo muri Antiyokiya bagiye ku ruhande rw’abo bari bavuye i Yudaya. INI 119.3

Abayahudi bahindutse ntabwo bari biteguye gukora umurimo vuba nk’uko ubuntu bw’Imana bwafunguraga inzira. Uhereye ku musaruro waturutse ku murimo Pawulo na Barinaba bakoreye mu Banyamahanga, byagaragaraga ko umubare w’abanyamahanga bihana uzasumba cyane uw’Abayahudi bihana. Abayahudi batinyaga ko niba abanyamahanga badategetswe kubahiriza amabwiriza n’imihango byo mu mategeko yabo kugira ngo babone kwemerwa mu Itorero, ibintu by’umwihariko byarangaga ishyanga ryabo (ari byo kugeza icyo gihe byabatandukanyaga n’abandi bantu) amaherezo bitari kuzongera kugaragara mu bantu bakiriye ubutumwa bwiza. INI 119.4

Abayahudi bahoraga birata inshingano bahawe n’Imana. Abenshi mu Bayahudi bari barizeye Kristo bari bacyibwira ko kuva Imana yarashyizeho uburyo Abaheburayo bagomba kuramya, ntibyari gushoboka ko yakwemera impinduka zaba ku byo yavuze. Bashimangiye ko amategeko n’imihango by’Abayahudi bikwiye kwinjizwa mu mihango y’idini ya Gikristo. Ntibumvaga neza ko ibitambo byose nta kindi byashushanyaga uretse urupfu rw’Umwana w’Imana rwagaragaje uwo ibyo bitambo byashushanyaga kandi nyuma yarwo imihango yo mu gihe cya Mose ikaba itari igifite agaciro. INI 119.5

Mbere y’uko Pawulo ahinduka yirebaga nk’umuziranenge “wari inyangamugayo ku byarekeye ubutungane buzanwa n’amategeko” (Fil 3:6). Nyamara amaze guhinduka mu mutima yasobanukiwe neza intego y’Umukiza nk’Umucunguzi w’abantu bose baba Abanyamahanga n’Abayahudi. Yari yaramenye kandi itandukaniro riri hagati y’ukwizera kuzima n’uburyo bupfuye bwo kugendera mu mihango. Mu mucyo w’ubutumwa bwiza, imigenzo n’imihango ya kera yahawe Abisirayeli yari yaragize ubusobanuro bushya kandi bwimbitse. Icyo byerekezagaho cyari cyararangiye kandi abariho mu gihe cyo kwamamaza ubutumwa bwiza bari barahawe umudendezo wo kudakurikiza iyo mihango. Nyamara ku bijyanye n’amategeko cumi y’Imana adahinduka, Pawulo yayubahirizaga mu mwuka nk’uko yanditswe. INI 120.1

Mu Itorero ry’i Antiyokiya ikibazo cyerekeranye no gukebwa cyateje impaka nyinshi n’amakimbirane. Amaherezo abagize Itorero batinye ko izo mpaka nizikomeza zizabazanamo kwirema ibice, bafashe Pawulo na Barinaba hamwe n’abandi bantu bafite inshingano mu Itorero, maze babohereza i Yerusalemu kugira ngo icyo kibazo bakiganire n’intumwa n’abakuru. Aho i Yerusalemu bari kuhahurira n’intumwa zivuye mu matorero atandukanye ndetse n’abari baje kwizihiza iminsi mikuru yari yegereje. Hagati aho impaka zose zagombaga guhagarara kugeza igihe umwanzuro wa nyuma utangiwe mu nama rusange. Uyu mwanzuro rero wagombaga kwemerwa hose n’amatorero atandukanye mu gihugu cyose. INI 120.2

Bari mu nzira berekeje i Yerusalemu, Pawulo na Barinaba basuye abizera bo mu midugudu banyuragamo maze bakabakomeza bifashishije ibyababagaho mu murimo w’Imana ndetse no guhinduka kw’Abanyamahanga. INI 120.3

I Yerusalemu ni ho intumwa zituritse muri Antiyokiya zahuriye n’abizera bo mu matorero atandukanye bari baje mu nama rusange. Aba bizera babwiwe uburyo umurimo w’ivugabutumwa mu banyamahanga wageze ku musaruro mwiza. Bityo, babasobanuriye neza iby’urujijo rwari rwaravutse kubera ko Abafarisayo bamwe bihanye bari baragiye i Antiyokiya bakavuga ko kugira ngo abanyamahanga bahindutse bakizwe bagomba gukebwa kandi bakubahiriza amategeko ya Mose. INI 120.4

Iki kibazo cyateye impaka ndende mu iteraniro. Ku byerekeranye cyane n’ikibazo cyo gukebwa hariho n’abandi benshi basabaga ko cyakwiganwa ubwitonzi. Ikindi kibazo cyagombaga kwigwaho cyari uburyo abantu bakwifata ku byerekeye kurya inyama zaterekereshejwe. Abenshi mu banyamahanga bihanye bari batuye hagati y’abantu b’injiji kandi b’abapagani bahoraga batura ibigirwamana ibitambo. Abatambyi bakoraga muri uku kuramya kwa gipagani bakoraga ubucuruzi bukomeye bagurisha ku maturo baturwaga, maze Abayahudi batinya ko abanyamahanga bahindutse bagura ibintu byatuwe ibigirwamana maze bigatuma Ubukristo bugira isura mbi. Kubw’ibyo bafatiye ingamba iyo mihango yo gusenga ibigirwamana. INI 120.5

Ikindi kandi, abanyamahanga bari bamenyereye kurya inyama z’inyamaswa zanizwe mu gihe Abayahudi bo bari barahawe amabwiriza n’Imana ko igihe bicaga itungo kugira ngo barirye, bagombaga kwitonda bakamenya ko amaraso yarivuyemo. Igihe bitabaye bityo izo nyama ntizafatwaga ko zitunganye. Imana yari yarahaye Abayahudi aya mabwiriza ifite umugambi wo kurinda ubuzima bwabo. Abayahudi babonaga ko kurya ibyokurya birimo amaraso ari icyaha. Bemezaga ko amaraso ari ubuzima kandi ko kuvusha amaraso byari ingaruka y’icyaha. INI 121.1

Ku rundi ruhande, Abanyamahanga bo bafataga amaraso avuye mu itungo batambye maze bakayakoresha mu gutegura ifunguro. Abayahudi ntibashoboraga kwemera guhindura umuco bari bararazwe n’Imana. Kubw’ibyo rero, niba Umuyahudi yari kuzasangirira n’umunyamahanga ku meza amwe, byari gutuma Umuyahudi agwa mu kantu kandi agakozwa isoni n’umunyamahanga. INI 121.2

Abanyamahanga ariko cyane cyane Abagiriki, bari bagitwarwa n’irari cyane, kandi hariho ingorane ko bamwe batari barahindutse mu mitima, bari kugaragaza ko bizera ariko batararetse ingeso zabo mbi. Abayahudi b’Abakristo ntibashoboraga kwihanganira ingeso mbi n’abapagani batabonaga ko ari ubugome. Abayahudi rero bafashe ko ari ngombwa ko gukebwa no kubahiriza amategeko y’imihango byakubahirizwa n’Abanyamahanga bihanye kugira ngo bibe igihamya cy’uko bihanye by’ukuri kandi bitanze. Bizeraga ko ibi ngibi byari kurinda ko nyuma y’aho mu Itorero haza abantu bari kuyoboka ukwizera nyamara batahindutse by’ukuri mu mitima, bakazagayisha umurimo kubwo gutwarwa n’irari n’ingeso mbi. INI 121.3

Ingingo zitandukanye zatanzwe mu gukemura ikibazo nyamukuru cyari gihari zazaniye ingorane zikomeye abari mu nama. Nyamara mu by’ukuri, Mwuka Muziranenge yari yarakemuye iki kibazo cyabaye intandaro y’umwanzuro umutekano ndetse n’imibereho by’Itorero rya Gikristo byari gushingiraho. INI 121.4

“Bamaze umwanya bajya impaka, Petero arahaguruka arababwira ati “Bavandimwe, muzi yuko kera Imana yantoranyije muri mwe ngo ntangaze Ubutumwa bwayo bwiza mu banyamahanga, kugira ngo babwumve babwemere.” (Ibyak 15:7). Yaberetse ko Mwuka Muziranenge yari yarakemuye icyo kibazo bajyagaho impaka ubwo yamanukiraga Abanyamahanga batakebwe n’Abayahudi mu mbaraga ingana. Yabibukije iyerekwa yagize ubwo Imana yamushiraga imbere igishura cyari cyuzuye inyamaswa z’amoko zigenza amaguru ane maze imutegeka kuzibaga akarya. Igihe yahakanaga akemeza ko atigeze arya ikintu gisanzwe cyangwa gihumanye, yahawe igisubizo ngo, “Ibyo Imana ihumanuye, wibyita ibizira.” Ibyak 10:15. INI 121.5

Petero yabatekerereje ubusobanuro bwimbitse bw’aya magambo yari yarabwiwe akimara guhamagarirwa kujya ku mutware w’abasirikare ijana kugira ngo amwigishe iby’ukwizera Kristo. Ubu butumwa bwerekanye ko Imana itarobanura ku butoni ko ahubwo yemera abayubaha bose. Petero yababwiye uburyo yatangaye igihe yabwiraga amagambo y’ukuri abantu bari bateraniye kwa Koruneriyo maze akabona Mwuka Muziranenge aza ku bari bamuteze amatwi baba Abayahudi ndetse n’Abanyamahanga. Umucyo n’ubwiza byagaragaye ku Bayahudi bakebwe ni nabyo byagaragaye mu maso y’Abanyamahanga batakebwe. Ibi byose byari umuburo Imana ihaye Petero ko atagomba kugira umuntu afata ko aciye munsi y’undi kubera ko amaraso ya Kristo ashobora kweza umuntu ho inenge yose. INI 122.1

Igihe kimwe mbere y’aho, Petero yari yarabwiye abavandimwe be mu kwizera ibijyanye no guhinduka kwa Koruneriyo n’incuti ze anababwira uko yasabanye na bo. Ubwo yabwiraga abo bantu uburyo Mwuka Muziranenge yamanukiye Abanyamahanga, yaravuze ati, “Nuko, ubwo Imana yabahaye impano ihwanye n’iyo natwe twahawe, ubwo twizeraga Umwami Yesu Kristo, ndi nde wo kuvuguruza Imana?” (Ibyak 11:17). Yakomeje kuvugana imbaraga ashize amanga ati, “Imana irondora imitima y’abantu yarabahamije, ubwo yabahaye Umwuka Wera, nk’uko yamuduhaye natwe; ntiyashyiraho itandukaniro ryacu na bo, ahubwo yogesheje imitima yabo kwizera. Nuko ni iki gitumye mugerageza Imana, mwikoreza abigishwa imitwaro, ba sogokuruza batashoboye kwikorera, ndetse natwe ni uko?” (Ibyak 15:8-10). Uyu mutwaro ntabwo wari Amategeko Cumi nk’uko abantu bamwe barwanya ibyo ayo mategeko asaba babyemeza. Ahangaha Petero yavugaga ku mategeko y’imihango yari yarakuweho no kubambwa kwa Kristo. INI 122.2

Ijambo rya Petero ryatumye abari aho bihangana maze batega amatwi Pawulo na Barinaba. Pawulo na Barinaba bababwiye ibyababayeho igihe bakoreraga mu Banyamahanga. “Abahateraniye bose barahora, bumva uko Barinaba na Pawulo babatekereza ibimenyetso n’ibitangaza byose Imana yabahaye gukora mu banyamahanga.” Ibyak 15:12. INI 122.3

Yakobo nawe yatanze ubuhamya yemeza ko byari umugambi w’Imana guha Abanyamahanga amahirwe n’imigisha bimwe nk’ibyari byarahawe Abayahudi. INI 122.4

Mwuka Muziranenge yabonye ko atari byiza guhatira abanyamahanga bahindutse kubahiriza amategeko y’imihango kandi ibyo intumwa zaterezaga kuri iki kibazo byari bihuje n’ibya Mwuka w’Imana. Yakobo yari ayoboye inama maze atanga umwanzuro wa nyuma avuga ati, ” Ni cyo gitumye ku bwanjye ntegeka ko tureka kurushya abo mu banyamahanga bahindukirira Imana.” Ibyak 15:19. INI 123.1

Ibi byatumye impaka zirangira. Duhereye kuri ibi tubona impamvu ivuguruza inyigisho y’Itorero Gatulika ry’i Roma ivuga ko Petero yari umuyobozi w’Itorero. Abagiye bemeza ko ari abasimbura be (abapapa), nta shingiro ry’ibyo bavuga riri mu Byanditswe. Nta na kimwe mu mibereho ya Petero gishimangira ibivugwa ko yashyizwe hejuru y’abandi bayoboke ba Kristo nk’umusimbura w’Isumbabyose. Iyaba abo bavugwa ko ari abasimbura ba Petero bari barakurikije urugero rwe, bari guhora iteka baranejejwe no kuringanira n’abavandimwe babo mu kwizera. INI 123.2

Ahangaha bigaragara ko Yakobo ari we watoranyijwe kugira ngo atangaze umwanzuro iyo nama yafashe. Ni we wemeje ko amategeko y’imihango, ariko cyane cyane iryo gukebwa, atagomba guhatirwa Abanyamahanga cyangwa ngo bategekwe kuyakurikiza. Yakobo yashatse kwemeza abavandimwe be mu kwizera ko igihe Abanyamahanga bahindukiriraga Imana bari baragize uguhinduka gukomeye mu mibereho yabo. Bityo abantu bagombaga kwitonda kugira ngo batabahungabanya bakoresheje ibibazo bifite agaciro gake biteza impagarara no gushidikanya. Bitabaye bityo Abanyamahanga bari gucika intege zo gukurikira Kristo. INI 123.3

Nyamara Abanyamahanga bihanye bagombaga kuzibukira imihango yari ihabanye n’amahame ya Gikristo. Intumwa n’abakuru bemeranyije kwandikira Abanyamahanga bababwira ko bakwiriye kwirinda inyama zaterekerejwe ibigirwamana, bakirinda ubusambanyi, kurya amatungo yahotowe cyangwa amaraso. Bagombaga gusabwa gukurikiza amategeko no kugira imibereho itunganye. Bagombaga kumenyeshwa kandi ko abari baravuze ko gukebwa ari ngombwa batabiherewe uburenganzira n’intumwa. INI 123.4

Abanyamahanga bohererejwe Pawulo na Barinaba nk’abagabo bari barahaze amagara yabo kubw’Umwami Yesu. Abari mu nama bohereje Yuda na Sila bajyana na Pawulo na Barinaba kugira ngo bajye kubwira Abanyamahanga icyemezo cy’inama imbona nkubone: “Umwuka Wera hamwe natwe twashimye kutabikoreza undi mutwaro wose keretse ibi bikwiriye: kwirinda inyama zaterekerejwe ibishushanyo bisengwa, n’amaraso, n’ibinizwe, no gusambana; ibyo nimubyirinda, muzaba mukoze neza.” (Ibyak 15:28, 29). Abo bagaragu bane b’Imana boherejwe Antiyokiya bafite ibaruwa n’ubutumwa bwagombaga guhagarika amakimbirane yose kuko iryo ryari ijwi ry’Imana ryavugiraga ku isi. INI 123.5

Inama yafashe umwanzuro kuri iki kibazo yari igizwe n’intumwa n’abigisha bari baragize uruhare mu guhanga amatorero ya Gikristo y’Abayahudi n’Abanyamahanga. Harimo n’abandi bantu batumwe bavuye ahantu hatandukanye. Abakuru baturutse i Yerusalemu n’abahagarariye abandi baturutse Antiyokiya bari bahari, kandi n’amatorero yari akomeye cyane nayo yari ahagarariwe. Inama yayobowe mu buryo bukurikije amabwiriza arimo kumurikirwa ndetse hanagaragara icyubahiro kiranga Itorero ryashyizweho n’ubushake bw’Imana. Mu myanzuro yabo bose babonye ko Imana ubwayo yari yarasubije icyo kibazo ikoresheje guha Abanyamahanga Mwuka Muziranenge. Bityo, babonye ko gukurikiza amabwiriza ya Mwuka ari uruhare rwabo. INI 124.1

Abakristo bose ntibahamagawe mu gufatira umwanzuro iki kibazo. “Intumwa n’abakuru b’amatorero,” abantu bafite ijambo mu bandi kandi bashyira mu gaciro baranditse maze batanga itegeko ridakuka ryaje kwemerwa n’amatorero ya Gikristo muri rusange. Nyamara, abantu bose siko bashimishijwe n’uwo mwanzuro. Hariho igice kimwe cy’abizera b’abanyeshyari kandi biyemeraga banze uwo mwanzuro. Aba bantu biyemeje kwiha inshingano yo gukora umurimo. Bishoye mu kwivovota no kunegurana, banacura imigambi mishya mu gushaka uburyo bwo kudindiza umurimo w’abo Imana yari yaratoranyirije kwigisha ubutumwa bwiza. Kuva mu Itorero rya mbere, izi nzitizi zagiye zibaho kandi Itorero rizakomeza guhura na zo kugeza ku mperuka. INI 124.2

Yerusalemu wari umurwa mukuru w’Abayahudi kandi aho niho harangwaga guheza abandi no kubatekereza uko batari. Abayahudi b’abakristo bari batuye hafi y’urusengero basubizaga ibitekerezo byabo inyuma, bakabona akarusho n’amahirwe bafite nk’ishyanga ry’Abayahudi. Igihe babonaga ko Itorero rya Gikristo rigenda ryitandukanya n’imihango n’imigenzo bya Kiyahudi kandi bakabona ko mu gihe gito agaciro gakomeye imigenzo ya kiyahudi yari ifite kagiye gutakara bitewe n’umucyo wo kwizera kwadutse, benshi barakariye Pawulo cyane nk’umuntu watumye habaho izo mpinduka. Ndetse n’abigishwa bose ntabwo bari biteguye kwakirana umutima mwiza uwo mwanzuro wafashwe n’inama. Bamwe bari bafitiye ishyaka amategeko y’imihango, kandi barebaga Pawulo nabi kuko batekerezaga ko amahame ye yerekeye kubahiriza amategeko ya kiyahudi yari yoroheje. INI 124.3

Ibyemezo byafatiwe mu nama rusange byazaniye icyizere abizera b’abanyamahanga maze umurimo w’Imana urushaho kugenda neza. Itorero ryo muri Antiyokiya ryari rifite amahirwe yo kubana na Yuda na Sira, aba bakaba bari intumwa z’umwihariko zari zagarukanye n’intumwa zivuye mu nama y’i Yerusalemu. ” Yuda na Sira nabo ubwabo bari abahanuzi, bahuguza bene Data amagambo menshi, barabakomeza.” (Ibyak 15:32). Aba bagabo bubahaga Imana batinze muri Antiyokiya bahamara igihe gito.” “Pawulo na Barinaba na bo baguma mu Antiyokiya, bigisha abantu bababwira ijambo ry’Umwami Yesu bafatanije n’abandi benshi.” Ibyak 15:35. INI 124.4

Nyuma y’aho, ubwo Petero yasuraga Itorero ryo muri Antiyokiya, abantu benshi bamugiriye icyizere bitewe n’ubwitonzi yagaragaje mu kwitwara ku banyamahanga bahindutse. Yahamaze igihe gito ahakorera ibijyanye n’umucyo Imana yamuhaye. Yaje gutsinda imitekereze mibi yari afite ku banyamahanga maze asangira n’abanyamahanga bahindutse. Nyamara igihe Abayahudi bamwe bagiriraga ishyaka amategeko y’imihango bavaga i Yerusalemu, Petero yahereye ko ahindura uko yitwaraga ku banyamahanga bihanye. “Nuko abandi Bayuda na bo bose baryaryana na we, ndetse ibyo bituma na Barinaba ayobywa n’uburyarya bwabo.” ( Abagalatiya 2:13). Izi ntege nke zagaragariye ku bantu b’abayobozi bubahwaga kandi bagakundwa, zasize ishusho ibabaje mu bitekerezo by’abizera b’Abanyamahanga. Itorero ryari rigiye gucikamo ibice. Nyamara Pawulo warebaga ingaruka zigiye kugera ku Itorero bitewe n’imyitwarire mibi ya Petero, yahereyeko amucyahira mu ruhame kubera uko kwiyoberanya kwe. Pawulo yacyahiye Petero imbere y’Itorero amubwira ati, “Ubwo wowe Uri Umuyuda, ukifata nk’abanyamahanga, ntiwifate nk’Abayuda, ni iki gituma uhatira abanyamahanga kwifata nk’Abayuda?” Abagalatiya 2:13, 14. INI 125.1

Petero amaze kubona ikosa yaguyemo, uwo mwanya yahise akora uko ashoboye kose kugira ngo arikosore. Imana yo imenyera iherezo mu itangiriro, yemeye ko Petero agaragaza intege nke zo mu mico ye kugira ngo uyu Petero wari uhuye n’ikigeragezo abone ko ntacyo yari afite muri we cyo kwiratana. Abantu b’indakemwa kurusha abandi nabo bazibeshya igihe bazaba bari bonyine. Imana yanabonye ko mu gihe kizaza abantu bamwe bazayoba maze bahe Petero, ndetse n’abandi bavuga ko bamukurikiye, icyubahiro n’ububasha bifitwe n’Imana yonyine. Nyamara ibi bivugwa byerekena intege nke za Petero byari gukomeza kuba igihamya kigaragaza ko yashoboraga kwibeshya, akanashukwa kandi ko nta sumbwe yari afite ku zindi ntumwa. INI 125.2

Amateka y’uku kuva mu mahame atunganye ni umuburo ukomeye ku bantu bafite imyanya ikomeye mu murimo w’Imana kugira ngo batazateshuka ahubwo bazashikame ku ihame. Uko inshingano zihawe umuntu ziba zikomeye kandi akagira n’umwanya wo gutanga gahunda no gutegeka, ni nako aba afite ingorane zo kugira ibyo yangiza iyo atagendeye mu nzira y’Uwiteka kandi ngo akore akurikiza imyanzuro yafashwe n’inama rusange y’abizera. INI 125.3

Nyuma yo gutsindwa kose kwabaye kuri Petero; nyuma yo kugwa akongera akagaruka mu nzira, uko yabanye na Kristo, uburyo yari azi uko Umukiza yakurikizaga amahame y’ukuri adakebakeba; nyuma y’inyigisho zose yari yarahawe, impano zose, ubumenyi ndetse no kwamamara yari yaragize bitewe no kubwiriza no kwigisha ijambo ry’Imana; mbese ntibitangaje kubona uko Petero yari kwirengagiza amahame y’ubutumwa bwiza kubera gutinya abantu cyangwa kugira ngo yibonere icyubahiro? Mbese ntibitangaje kubona uko yashoboraga kugwaguza mu kuyoboka ukuri? Imana ihe buri muntu wese gusobanukirwa n’intege nke ze, no kutishobora kwe kugira ngo ashobore kwiyambutsa agere ku mwaro amahoro. INI 125.4

Mu murimo we, akenshi byabaga ngombwa ko Pawulo akora ari wenyine. Yari yarigishijwe n’Imana mu buryo budasanzwe kandi ntiyahangaraga kugira icyo yemera gitesha agaciro amahame y’ukuri. Akenshi umutwaro wabaga umuremereye ariko Pawulo agakomeza gushikama ashyigikiye ukuri. Yabonye ko Itorero ritagomba kuba munsi y’ubuyobozi bw’imbaraga za kimuntu. Imigenzo n’ibihimbano by’abantu ntibigomba gusimbura ukuri kwahishuwe. Ubutumwa bwiza ntibugomba gukomwa mu nkokora n’ibyo abantu bitekerereza cyangwa ibyo bishakira, hatitawe ku myanya iyo ari yo yose bafite mu Itorero. INI 126.1

Pawulo yari yariyeguriye gukora umurimo w’Imana n’imbaraga ze zose. Yari yarakiriye ukuri k’ubutumwa bwiza buvuye mu ijuru kandi mu gihe cyose yamaze akora umurimo we, yakomeje gukorana n’ijuru. Yari yarigishijwe n’Imana ku birebana n’inzitizi zidakwiye zo kunaniza Abanyamahanga b’Abakristo. Bityo, igihe abantu bafite imyizerere ya Kiyahudi bazanaga ikibazo kijyanye no gukebwa mu Itorero rya Antiyokiya, Pawulo yamenye icyo Mwuka w’Imana atekereza ku byerekeye iyo nyigisho maze afata icyemezo cyatumye amatorero akurwa mu bubata bw’imigenzo ya Kiyahudi. INI 126.2

Nubwo Pawulo ubwe yari yarigishijwe n’Imana, ntiyigeze agira impungenge z’inshingano ye. Igihe yashakaga kuyoborwa n’Imana yabaga yiteguye kumenya ubutware bwahawe abizera basangiye gusabana mu Itorero. Yumvaga akeneye kugirwa inama, kandi igihe havukaga ibibazo bikomeye yanezezwaga no kubishyira imbere y’Itorero kandi akifatanya n’abavandimwe be mu kwizera bagasaba Imana kugira ngo ibahe ubwenge bwo gufata umwanzuro ukwiye. Pawulo yaravuze ati, “Abahanura nibo bagenga impano bahawe. Imana si iy’umuvurungano, ahubwo ni iy’amahoro. Nk’uko bisanzwe mu matorero yose y’intore za Kristo.” 1 Kor 14:32,33. [Bibiliya Ijambo ry’Imana]. INI 126.3

Na Petero, yigishije ko bose bagomba “kubahana.” bafatanyirije imbaraga hamwe mu Itorero. 1Petero 5:5. 

III) Muri Gahunda idasanzwe iyobowe n' Imana yonyine Ubwayo Ikojeje Isoni Icyumweru gikwiriye mu Rwanda mubanyamadini Bose bayobotse ibinyoma bya Kiriziya Gaturika Yose byo Kwamagana ISABATO mu bukristo mu Isi Yose bakiyimikira ICYUMWERU cya SATANI uwo bayobotse nk' impumyi n' ibipfamatwi bitumva bitareba bidasoma bidashaka no Kumvira Imana yabiremye ivuga ibi ngi bwoko bwange nimusohoke muri Baburoni Ibyahishuwe 18:1-15 ibyago 7 by' imperuka bizaza nyuma y' imyaka 3 ubu butumwa buri kuburira abanyarwanda Bose bumva n' abatuye isi bose kuva 7/2/2021 kugeza tariki 7/2/2024 habone gusukwa ibyago bi 7 by' imperuka kubasenga ICYUMWERU kuva tariki 15/2/2024 kugeza tariki 15/10/2024:

i) Ababantu ni abanyamasengesho b' Ababatisita usanga muri iyi video basengeraga muba Nyacyunweru basenga ga Icyumweru ,ntibasenganga Imana kuko Batasengaga Ku Munsi wa 7 ngo Beze ISABATO y' Uwiteka yatangiranye n' Icyumweru cy' Irema mu Itangiriro 2:1-3: Abamethodiste na Mwarimu wabo Imana yabahishuriye kuruhuka Isabato ‖ Bose babaye Abadiventiste

ii) Ababantu ni abanyamasengesho b' Aba ADEPERI"Abarokore Biyitaga Abanyamwuka w' Imana" usanga muri iyi video baribarayobye cyane basengeraga muba Nyacyunweru basenga ga Icyumweru ,ntibasenganga Imana kuko Batasengaga Ku Munsi wa 7 ngo Beze ISABATO y' Uwiteka yatangiranye n' Icyumweru cy' Irema mu Itangiriro 2:1-3:Ababwirizabutumwa ba ADEPR bayoboraga ibyumba by’amasengesho beretswe isabato babwirwa kuyiruhuka.

iii) Hari Umupadiri n' ababikira batuye muburasirazuba bafite itsinda risengana n' Umubyeyi w' Umudiventisiti w' Umunsi wa 7 urenze mukabuga ka Misha, bavugako basobanukiwe n' Umucyo w' ISABATO kandi ko bahisemo kuyeza bityo bateye intambwe begera Iryo Tsinda ryabeza ISABATO mugihe insengero zari zifunzwe na Leta muri Gahunda ya Covid-19 abo bemezaga ko Kiriziya Gaturika Yose mu Rwanda no Ku Isi Yose itigeze Yeza ISABATO y' UWITEKA na rimwe, byabaye Urubanza rukomeye mumitima y' abo babikira n' Uwo Mupadiri, Ubu biyemeje ko ISABATO y' Uwiteka batazongera Kuyikandagira, Kandi Ntibabatijwe mu Itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 binyuze muri Gahunda y' Ubuyobozi bw' Itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 muri iki gihe cya COVID-19 kuva byatangira mukwa Gatatu 2020 mu Rwanda hose , nta bwo ububuyobozi bwemeye ko hagira ubatizwa mumazi Menshi, kandi abapasitoro bagiye babigerageza harimo Uwo Ubuyobozi bwa Union y' U Rwanda bwahise buhagarika ndetse muburyo bubabaje cyanee Imana ntibasha kubona isezerano rinyuze mumazi Menshi rikorwa hagati yayo n' aba bakunzi bayo bari gucika SATANI bava mugusenga ICYUMWERU binjira mukweza ISABATO y' UWITEKA y' Umunsi wa 7 binyuze muguhabwa umubatizo wo kwibizwa mumazi menshi.

iv) Mwuka Muziranenge w' Imana ntabwo ashobora nagato gushyigikira abitwaje gutinya indwara ya Covid-19 mu Rwanda no Ku Isi Yose bagahagarika gahunda ziri mumahame 29 y' Ibyo Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 bizera muburyo budasubirwaho bidahinduka, harimo Umubatizo n' Ifunguro ryera n' Ihame ryo Kutifatanya na Antikristo muby' ubumwe bw'amadini no kwishyira hamwe kW' abanyamadini na leta byose byamaze kwinjizwa kumugaragaro mubuyobozi bw' Itorero ry' Abadiventisti b' Umunsi wa 7 mu Rwanda hose no Ku Isi Hose nk' Uko Pasitoro Ted Wilson umuyobozi mukuru w' Inama nkuru y' Itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mu Isi hose abibererekera bikinjizwa murigahunda z' ibwiriza butumwa"Religious Liberty" mumatorero yo mubihugu byose byo mu Isi no mu Rwanda.

v) Ikigaragaza ko uku kwitandukanya kw' Abanyamadini basenga Icyumweru n' amadini yabo basengeragamo bakayasohoka mo binjira mu mugabane w' Abeza ISABATO biyobowe na Mwuka Muziranenge w' Ukuri kW' Imana bihuriye kukuba ubwabo barabwiwe ko mubadiventistisi b' Umunsi wa 7 ubu hagaragara imbere y' Imana amatsinda 2 atandukanye, kandi ko abifatanije Bose mukwiyunga n' abanyamadini ateza ISABATO bakomeza gutera Imana agahinda ,bityo ubwabo bakaba ari Itsinda riyobowe na Kiriziya Gaturika y' I ROMA ribarirwa mu Itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 arinaryo tsinda ubu rifite muburyo bwuzuye Ubuyobozi bw' Itorero ry' Abadiventisite b' Umunsi wa 7 mu Rwanda hose no Ku Isi Yose , iri tsinda rikaba rigaragarira mukurwanya imyigishirize ikora ubutegetsi bw' Inyamanswa mu jisho ibutunga urutoki yifashishije ibitabo by' Umwuka w' Ubuhanuzi nk' Intambara Ikomeye n' Igitabi cy' Ibyahishuwe na Daniyeli , iri tsinda rikaba ari naryo ryahagaritse ababwiriza butumwa babakorerabushake babarirwa mu itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mu Rwanda kuva mumyaka ya 2017 kugeza ubu bahagaritswe muri gahunda z' itorero zihagarariwe n' ubuyobozi bwitwa ubwurwego rw' igihugu"Union" harimo ababwiriza butwumwa bazwi nabanyarwanda hafi yabose nka Emmanuel Nzaramba , Pasitoro Zakariya wanditse igitabo cy' Ibiganza Bisenga, baciye abizera muburyo butazwi babakura mubitabo by' Itorero bibitswe munsengero zitandukanye bavuga ko batakijya munsengero Ku ISABATO.

vi) Usibye guhara amagara, ntabwo Umupasitoro n' Umwe w' Umudiventisiti w' Umunsi wa 7 mu Rwanda uyobowe na Union y' U Rwanda uha agaciro ibyo bise Umudendezo w' Idini mu by' Iyobokamana ashobora gutinyuka gusabira inkunga y' Ibitabo by' Intambara Ikomeye kuruhame mpuzamahanga abisabira abantu bemeza ko Kiriziya Gaturika Yose n' Abasenga Ku Icyumweru Bose bayobye nk' Uko Muribukomeze kubisobanukirwa muri izo Video 2 z' ubuhamya mubonye haruguru, ibi byose Umupasitoro w' Umufiventisiti w' Umunsi wa 7 yavuze, bihuje na Gahunda y' Itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 muburyo bwaryo busanzwe kandi butemewe na Gahunda y'Impuza madini iriho ubu kuko itemerera abayobozi b' Itorero rigize buri mufatanyabikorwa wese w' Inama nkuru y' Amadini mu Rwanda hose kugutanga ibitabo by' Intambara Ikomeye ivuga ko Kiriziya Gaturika y' I ROMA iyobowe na PAPA arise Antikristo umuyobozi urwanya YESU KRISTO uhagarariye SATANI Ku kuyobereza Ababa b' Imana mugusenga Icyumweru mu Isi hose.

vii) Mu ijambo ridakebakeba uyu Umupasitoro yavuze ko asabira Aba ba ADEPERI n' Ababatisita Ibitabo by' Intambara Ikomeye ngo bige neza imfatiro nyamukuru zishingiyeho Itorero ry' Ukuri IMANA yabasezeranije kuzabajyanamo kumunota wa nyuma mbere y' Uko Imana iza Kurimbuza iyi Si Yose Ibyago 7 by' Imperuka mumwaka wa 2024 , biratuma ubwabo barushaho gusobanukirwa neza n' Ubuyobe bw' Ubuyobozi bw' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mu Rwanda mugihe bazaba bamaze kuvumbura ko ibyo uyu mu Pasitoro w' Umudiventisti w' Umunsi wa 7 yabakoreye binyuranye n' ibyo Peresida Hesilon uhagarariye Itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 yasezeranye na Cardinal Antoine Kambanda Umupapa wa Kiriziya Gaturika Yose yo Mu Rwanda ndetse binyuranye cyane rwose n' ibyo Pasitoro Antoine RUTAYISIRE yasinyanye na PASITORO Heslon Uhagarariye Itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mu Rwanda hose, kuko ubwe Pasitoro Antoine RUTAYISIRE Atazi Gutandukanya PAPA Francis na Cardinal Antoine KAMBANDA munshingano y' Ubu Antikristo basangiye yo guheza inguni mukurwanya Yesu Kristo n' ISABATO y' UWITEKA , mugihe abanyamwuka bo mu Rwanda hose bakabaye bizerwa na Antoine KAMBANDA na Antoine RUTAYISIRE mukwerereza ICYUMWERU no kwamagana ISABATO nk' Uko babyifuza byose IMANA bahuje kumenya yamenyesheje abanyamyuka babo ko ICYUMWERU basengesherezamo abantu ari Umunsi Muhimbano ,ko Imana itawubahaye ngo babe ariwo bajya bayisengamo, nk' Igihamya cy' Uko Pasitoro Heslon uhagarariye Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mu Rwanda hose yananiwe(Failing) Kubwiriza ISABATO mumitima y' abayobozi bagenzi be Cardinal Antoine KAMBANDA na Pasitoro WO mu GIPOROSO Antoine RUTAYISIRE ngo bihane beze ISABATO batabanje kubyumvana Abanyamyuka babanya CYUMWERU ubu Imana yakoresheje mugusebya no Gutesha agaciro Ubuyobozi bwa Pasitoro Heslon uhagarariye Itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mu Rwanda hose ufitanye Ubwiyunge bubuzanya guhindura abizera babakura mumadini babarizwagamo ayobowe n' Abanyamadini basenga ICYUMWERU kumugaragaro mu Rwanda hose yaba ADEPERI yaba METODISITI yaba KIRIZIYA GATURIKA y' I ROMA hakurikijwe amasezerano yitwa A Reforming Catholic Confession yasinywe yo gushyira iherezo kubuporotesitanti kuva Tariki 31/10/2017, ayo ntiyubahirijwe rwose namba n' Umupasitoro wumvikanye asabira Ibitabo by' INTAMBARARA IKOMEYE n' UMUBATIZO WO Kwibiza Ababa Bantu Babanyarwanda Bose baje baziko bakeneye kandi byihutirwa bavuye muri ADEPERI, METODISITI, Kiriziya Gaturika y' I ROMA mu Rwanda ngo babashe gutuza mu mitima yabo bumvikane n' Amajwi Atari ayabantu yababwiye bidasubirwaho ngo bahinduke babe Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 vuba cyane imbabazi z' Imana zitarabarangiriraho .

viii) Icyo aba Bantu baje bahunga ninacyo basanze mubuyobozi bwamaze kuyoba no kwifatanya na Papa Francis kuva tariki 31/10/2017, baje bahunga Icyumweru basengaga cyokojwe isi Yose binyuze muri PAPA wa Kiriziya Gaturika y' I ROMA, basanze no Mu Itorero ry' IMANA harimo abafite ubuyobozi bemeza ko PAPA atri Inyamanswa nk' Uko ago bavuye babibemezaga, barasabwa gukomeza ISABATO y' UWITEKA barifuza Umubatizo n' Ibitabo by' Madamu Ellen Gould White, bizabahumura Amaso bange Gahunda Yose iriho ubu ihuriweho n'amadini Yose yahanuwe nk' Igishushanyo cy' Inyamanswa munyandiko z' Ibanze n' Intambara Ikomeye no mubindi bitabo byose by a Ellen Gould White.

ix) Imana nk' Umuyobozi mukuru w' Itorero ry'Abazajya mu Ijuru Bose, Ntiyemera ko Kiriziya Gaturika y' I ROMA ikomeza kuyobora iby' Imyizerere ya Gikristo yiyoberanyije mu Isi hose , Imana ibinyujije mu Ibyahishuwe 13:1-18 na Ibyahishuwe 18:1-24 yeretse aba banyamasengesho basengaga Ku Icyumweru Bose ko Umwanzi wayo ariwe Antikristo bazamusobanurirwa neza n' Itorero ryayo ariryo yabamenyesheje ryeza ISABATO aribo Badiventisiti b' Umunsi wa 7, none basanze Umuyobozi Mukuru W' Itorero Ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mu Rwanda Pasitoro Heslon bakamusobanuza neza Uruhare rwe muguhishurira  Antikristo Pasitoro Antoine Rutayisire na Cardinal Antoine KAMBANDA Umuyobozi wabo ese Pasitoro Heslon yahingutsa he kuvuga ko Papa Francis ari we Antikristo Inyamanswa irigutegura gukingira Covid-19 abatuye isi Bose kubusabe bwayo yakoze binyuze muri Leta zose z' Isi ndetse n' Ubuhanuzi bushingiye kW' Ihindagurika ry' Ikirere bugamije kwicaza abatuye isi Bose mukuruhuka Icyumweru rwihishwa ubu Pasitoro Heslon atigeze yerurira abadiventisiti b' Umunsi wa 7 ahagarariye mu Rwanda hose ko ari imigambi ya SATANTI yihishe yokuzana Itegeko ry' Icyumweru Mu banyarwanda beza ISABATO y' Uwiteka muburyo bw' Ihindagurika ry' Ibihe bukomoka muri Kiriziya Gaturika y' I ROMA munyandiko ya PAPA Francis yitwa Laudato SI'237' na Fratelli Tutti!

x) Ni ibintu bidashoboka kuba Umuyobozi w' Itorero Imana ubwayo iriguhishurira abanyamwuka biyizeraga ko bakorera Imana by' Ukuri Imana ikabemeza ko bayobye rwose , ko bagomba gusanga Itorero ryayo ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mu Rwanda bakinjira mo, uko byasobanuwe, kuburyo Umuyobozi nka Pasitoro Heslon uhagarariye Itorero ry' Imana mu Rwanda hose atagaragara aha Karibu abantu Imana ubwayo yavuganye nabo ngo baze bamugana, kandi ibyo ubwabyo bibereyeho gukoza Isoni Umuyobozi witirirwa kuyobora Itorero ry' Imana mu Rwanda nk' Uko byagendekeye Abatambyi bakuru Ana na Kayafa bakubitiye Yesu Kristo n' Intumwa ze Petero , Yakobo na Yohana na Pawulo mumaso y' Abisirayeli Bose  mumyambaro y' Ubutambyi bukuru nk' Uko Pasitoro Heslon yaciye Pasitoro Zakariya wanditse ibitabo by' Ibiganza bisenga amuziza ko Kiriziya Gaturika y' I ROMA yohereje abayihagarariye gufungura insengero z'Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 atabaye akijya gusengera mo , kandi ko Pasitoro Heslon ariwe watanze amabwiriza yo Guhagarika kuruhimbi rw' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 umubwiriza nka Emmanuel Nzaramba, n' Abarushenyi n' aba baturako Kiriziya Gaturika y' I Roma yasaze ikurikiza kamere muntu iyobowe na SATANI mukurwanya Imana isenya ubuturo bwera nk' Uko byakomeje kubwirizwa hanze yizompimbi mumatsinda no kuri za YouTube n' ababwiriza butumwa bitwa abahagaritswe mumatorero basengeragamo y' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 bazira ubutumwa bwiza bwo kuburira abadiventisiti bagenzi babo n' abandi basenga muyandi ma dini babamenyesha ibyagahunda y' ubutegetsi bwa Kiriziya Gaturika y' I Roma yinjijwe mu buyobozi bw' Itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsibwa 7 mu Rwanda bibererekewe na Pastoro Helson n' abamushyigikiye Bose mukuyobya Itorero ry' Imana nk' uko ababwiriza butumwa batandukanye nka Paulin, Amiable, Bonheur n' abandi benshi muburyo bw' umvikana kumbuga nkoranyambaga badahwema gucyaha imyitwarire ya Kigaturika yinjijwe mu Itorero ry' Imana ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mu Rwanda bibererekewe n' abayobozi baryo ,byatumye abizera benshiii bihitiramo kutazongera kuyoboka amabwiriza y' ubuyobozi bw' Itorero nkayo gushyira mubikorwa imyanzuro y' inama ihuriweho n' abanyamadini basenga Ku Icyumweru yo kugenderwaho muri iki Gihe igomba kumvirwa muri gahunda zikorerwa munsengero zose ziyoborwa na Union y' U Rwanda zibangamiye amwe mu mamahame adakuka agenga itorero ry' Imana ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mu Rwanda no Mu Isi Hose.

xi) Umurimo wimukiye mubwoko bw' Imana bukiri muri Baburoni nk' abariya bayisohotsemo wa Mwuka Wera warabangamiwe kuva mumpera z' Umwaka wa 2020 byumwihariko kuva 22/10/2020 nk' Umurimo wo kwigisha Imitima y' abadiventisiti b' Umunsi wa 7 bakiriye Inkingo za Covid-19 kubusabe bwa Pastor Ted Wilson bwo mukwezi kwa 12/2020 mu Isi Yose bunyuranije n' Ubutumwa bwa Tamperence bwo mugitabo cy' Inama kumirire cya Madamu Ellen Gould White bugize ukuboko kw' Iburyo k' Ubutumwa bwa Marayika wa Gatatu bwo mu Ibyahishuwe 14:9-12 kuburyo ivuga butumwa rihindura Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 itorero ry' IMANA ry' Ihariye kugeza kuriruriya rwego Yabivugishije Imbaraga itagaragara mumitima yabariya yiyumvagamo ko ari abanyamyuka bukuri, Imana yabivugiye muri bariya banyamyuka kugirango igaragaze ko ipfundo ry' ubunyamwuka abanyamadini bashingiyeho babanyacyumweru ari ipfundo risobetse mafuti rikomoka kumugozi SATANI yabohesheje Abayobozi babo n' abayobozi ba Kiriziya Gaturika y' I Roma n' abayobozi b' Itorero ry' Abadiventisito b' Umunsi wa 7 babuzanya kwita Papa Inyamanswa na Kiriziya Gaturika Maraya wo mu Ibyahishuwe 17:1-18 ariwe wicaye kunyamanswa y' imitwe 7 ishushanya imisozi 7 ya Vaticani i Roma Antikristo Papa Francis yicayeho mukurwanya ISABATO y' UWITEKA.

xx) Ubutumwa bwo kuvuna muburyo bugaragara mu torero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 bwarahagaze kuva COVID-19 yamenyekana mu Rwanda no Ku Isi hose,ni nkaho Imana itagikeneye amateraniro yo kumisozi yakoreshwaga mumavuna, kuko amavuna yakorwaga kuva tariki 31/10/2017 mu Rwanda bahagaritse ababwiriza butumwa bavugisha ukuri bibabaza Imana, ubu abobabwiriza butumwa nabwo ntibemerwa n' Ubuyobozi bwa Union y' U Rwanda murugamba rwo kwigishiriza abizera mungo zabo , kandi ibi bikoresho by' Imana bikomeje gukwirakwiza inzandiko, ibyigisho n' amavideo bisobanura neza ko Ikimenyetso cy' Imana cyashyizwe kubanihira ibizira byakorerwaga munsengero z' Imana z' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 nk' uko byanditswe muri Ezekiyeli 8:1-18 na Ezekiyeli 9:1-11 kuva tariki 31/10/2017 nko gusengera Imirambo kuruhimbi, Guca ibitabo by' Intambara Ikomeye Ku ruhimbi, Kubuzanya kwigisha ibitabo by' Ibyahishuwe na Daniyeli Mumavuna no Kumpimbi z' itorero, naho ubu noneho kukijyanye no kuburira abantu kubutumwa bwo gutsindishirizwa n' Ubuntu kubwo kwizera, no kwigisha ubuhanuzi kubijyanye n' Ihindagurika ry' ibihe Climate Change ,no kwigisha ibya Temperance kukibazo k' Inkingo za Covid-19 byose hamwe nk' ubuyobozi bw' Itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 Ku Isi Yose byataye agaciro ntibivugwa nk' Ikibazo kireba ibwiriza butumwa ry' Umwimerere ryahamagariwe kubwirizwa n' Umuntu wese w' Umudiventisiti w' umunsi wa 7 mukuburira Isi, muburyo bugaragara kandi bubabaje, Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 ntibarikuvuga rumwe kugusohora k' Ubuhanuzi bwo mu Ibyahishuwe 13:3-18 ubu buri kiganisha Isi kukurimburwa n' Ibyago 7, abagashyigikiye bakanavuga ubwo butumwa aribo bayobozi b' itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mu isi hose ndetse no mu Rwanda nibo bashishikajwe nogushyira mubikorwa imyanzuro yakomotse I Roma kwa Papa Francis bayihatira abizera bagize Umubare w' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mubitabo biri munsengero zose kugeza no muri General Conference iyobowe na Pasitoro Ganoune Diope n' abo bafatanije kuyiyobora na Pasitoro Ted Wilson kuva kurwego rwo Hejuru Ku isi yose kugeza munzego z' ibihugu n' ibihande, harimo gahunda ziteza imbere urwiyunge rw'amadini(Ecumenism) n' ibya Paris Agreement by' Ihindagurika ry' Ikirere(Climate Change) n' ibya Fratelli Tutti byokudasenga uko bikwiye munsengero guheza abana n' abakuze no kutabatiza no kutagira gahunda z' ifunguro ryera zokozanya ibirenge no gukingira abizera b' abadiventisiti b' Umunsi wa 7 murigahunda zo kwemerera abantu benshu kongera guteranira hamwe mukumvira ibya Coronavirus(COVID-19) mu buryo buteye Isoni n' agahinda ubuyobozi burashora abizera mukuzakira Ikimenyetso cy' Inyamanswa, Kuramya Igishushanyo cy' Inyamanswa no kwakira Umubare w' Inyamanswa 666 aribyo abanyamwuka baba ADEPERI na METODISITE  baburiwe guhunga ngo bifatanye n' Abeza ISABATO mukuvuga ubutumwa bwa Marayika wa 3 mu Ijwi Rirenga.

xiii) Abanyamyuka bavuye mubanyacyumweru bafite Imbaraga itangaje igaragaza ko batakwihanganira kutavuga ubutumwa bwa Marayika wa 3 mu ijwi rirenga, bazatungurwa cyane no kumva ko Abapasitoro nka Heslon bahagarariye itorero bajemo batazabaha amahirwe yo kwisanzurira munsengero zabo ngo bavugire kukarubanda ubutumwa bwa  Marayika wa 3 mu Ijwi rirenga bitwa Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 bisanzuye nk' Uko Ubu bari kubitekereza, kuko batakwemera kubaha inzandiko zo kujya kubwiriza kumisozi ibyo bemera bemejwe n' Imana zitanzwe mu mazina y' Ubuyobozi bw' Itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7, ahubwo bazasanga bakeneye kuvuga ubutumwa batumwe batabangamiwe na gahunda iri mubuyobozi bw' Itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mu Rwanda no Ku Isi hose ibuzanya kuvuga ko Yesu agiye Kugaruka kurimbura abasenga Ku Icyumweru yihutirwa ivugako basohoka mumadini asenga Ku Icyumweru mbere y' Uko Imbabazi z' Imana zirangira, ntibazemererwa no gucyaha abambara ubusa, abimisatsi idefirije n' abisukisha bazasanga bicaranye nabo munsengero z'abadiventisiti b' Umunsi wa 7 baje ngo baruhukiremo bahasange Imana kuko ibyo byose batumwe n' Imana kuburira Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 kureka bizabasaba kubivugira murusengero bahereye kubayobozi b'insengero z' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 n' abapasitoro babo badashaka kumva neza impinduka Mwuka Wera yari yarabifujeho abinyujije mubabwiriza butumwa Bahagaritswe na Union y' U Rwanda iyobowe na Pasitoro Heslon, ibyo bidashoboka kubwirizwa n' Abadiventisiti bakavukire mumaso y' ubuyobozi bw' itorero, Imana yahagurukije Abanyamyuka babanyacyumweru yahinduje Umwukawera ngobave mubyimyuka babagamo byo mumadini babarizwaga mo ngo baze beze Isabato nature ibyaha basanze munsengero bibwiraga ko zikiyoborwa na Mwuka Wera mumaso y' Ubuyobozi bw' Itorero burwanya ubutumwa bwukuri bwa Ellen Gould White kumyambarire n' imyitwarire ikwiye bwo gutsindishirizwa n' Ubuntu Kubwo Kwizera.

xiv) Gukurikira neza Video zihamya ko Abanyamyuka basengaga Icyumweru babwiwe ko mu Badiventisiti b' Umunsi wa 7 harimo amatsinda abiri, birahamanya neza neza n' Ubutumwa bwanditswe na Madamu Ellen Gould White buvuga kuby' Ishungura , kandi Imana yazanye abobanyamyuka yababwiye ko batagomba guceceka bataburiye abambara nk' ab'isi, abajya murwiyunge rw' Amadini mukwifatanya n' abisi, bazasanga bakwiriye kuburira Pasitoro Heslon n' abamugaragiye bose, kandi izo mpinduka batumwe n' Imana kuburira Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 ,nizo Ba Emmanuel Nzaramba n' abandi babwiriza butumwa banzwe bazize kubwo kubivuga hose kuva na mbere ya 22/10/2020 mbere ya Coronavirus(COVID-19'St.CORONA-666'),Uko babahagaritse bakabanga niko basanzwe  nk' Ubuyobozi bwa Union y' U Rwanda y' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7, ariko noneho Imana yabahagurukirije Abanyamyuka bavuye muri ADEPERI na METODISITI ngo ahari ubwo batumviye Mwuka Wera wavugiye muri Ba Emmanuel Nzaramba ,bibonere ko Barutswe nka Lawodokiya bakaba Umwuka Wera batutse yimukiye mubari bakiri muri Baburoni biswe Ubwoko bw' Imana mu Ibyahishuwe 18:1-24, kandi ubu ni ubutumwa bukomeye kubasanzwe ari Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 buhamya neza ko Imbabazi z' Imana zarangiye mubadiventisiti b' Umunsi wa 7 kuva tariki 22/10/2020 Nyuma y'uko CNN yise Abadiventisiti b' Umunsi was 7 aba QANON tariki 15/10/2020 ubwo Mwuka Wera wabwirije William Miller ibyo Kwezwa k' Ubuturo Bwera Bwo My Ijuru'Daniel 8:1-14' Miller yitiranije no Kwezwa Kw'Isi binyuze mu kugaruka kwa Yesu Kristo tariki 22/10/1844 akerekana tariki 3/4/1847 ISABATO kuva mumyaka 174 ishize mugihe cya ba Ellen Gould White yahisemo kwimukira mumadini ya Baburoni gukurayo Iminyago Satani yari yarahaboheye , kuko Ubwami bw' Imana bugeze hafi cyane , ibi ni igihamya kidakuka ko Ubutumwa bwa Marayika wa 3 mu ijwi rirenga buvuga ngo Iraguye iraguye Baburoni wa Mudugudu Ukomeye wateretse amahanga yose Inzoga arizo ruba ry' Ubusambanyi bwawo bwasohoye buvuga ngo Bwoko bwanjye nimuwusohokemo mudafatanya nawo kubyago 7 by' Imperuka , kuko bizasukwa kuri iyi Si vuba aha cyane mumwaka wa 2024, kandi kubitegereza sibyo bizatuma bitarimbura abanze Isabato y' Uwiteka ,keretse gusa Kwihana ibyaha bishingiye kukwiyemeza kurekera aho kukwica nkana Amategeko 10 y' Imana Isumba byose n' ISABATO IRIMO, no Gushakisha imbabazi z' Imana no Gutsindishirizwa n' Ubuntu Kubwo Kwizera gusa nk' Uko Umujakazi w' Imana Madamu Ellen Gould White yabihanuye akabyandika mugitabo Inyandiko z' Ibanze n' Intamara Ikomeye n' Ibindi byinshi yanditse akiriho.

xv) Madam Ellen Gould White yahanuye ko mu isaha ya 11 mu ijwi rirenga abantu 1000 bazajya bihana mu munsi Umwe(1), kandi isaha ya 11 yatangiye mumwaka w' 2009 uhereye igihe Yesu Kristo yinjiriya mucyumba cy' Ahera cyane cyo mu buturo bwera bwo mu Ijuru tariki 22/10/1844 , isaha imwe ingana n' imyaka 15, kandi isaha ya 1 ya 7:00' yatangiye tariki 22/10/1859, ubwo buri saga ni ukongeraho imyaka 15Years, bigaragare ko uku Kwihana kW' abanyacyumweru barenga 70 Bose hamwe babanyamyuka bavuye muri Adeperi, Methodist, Kiriziya Gaturika bibaye mu mwaka wa 2021 isaha ya 11 isigaje gusa imyaka 3 ngo irangire tariki 21/10/2024 kuko isaha ya 12 yo guhamagara abakozi ngo bahembwe izatangira tariki 22/10/2024 kunyanja y' ibirahure kururembo rwa Kanani yo mu Ijuru muguhuza neza n' Umugani w' abahinzi bo mu ruzabibu Yesu Kristo yaciriye Abigishwa be muri Matayo 20:1-16, kandi amasaha 12 yagihanuzi angana n' imyaka (12X15=180) kuva tariki 22/10/1844+180=22/10/2024, ibyo bishatse kuvuga ko igihe abera tuzahamagarirwa guhabwa amashami y' imikindo yo kunesha n' amakamba n' inanga z' izahabu duhembwa azaba ari Kuwakabiri Tariki 22/10/2024, mugihe kuva Ku Isi kugera Ku rurembo rwa Kanani yo mu Ijuru Ellen Gould White yeretswe ko ari Urugendo rw' Iminsi 7 , ubwo bizasaba ko Duhaguruka hano kuri iyi Si kuwa Kabiri Tariki 15/10/2024, Yesu Yaje, Imibare ihuje na Bibiliya, iragaragaza ko Itegeko rya 2 n'itegeko rya 4 yasiribanzwe na Kiriziya Gaturika y' I Roma arinayo mategeko ahishemo ubwiru bw' Imana ubu yamaze kuduhishurira mu mugambi wo kohereza Yesu Kristo kugororera buriwe se ibikwiriye ibyo yakoze mu Ibyahishuwe 22:12-17.

xvi) Yesu Kristo yaravuze ati, dore ndaza vuba nzanye ingororano, kugirango ngororere buri wese ibikwiriye ibyo yakoze, uwakoze ibimushyirishaho icyimenyetso cy' Inyamanswa azasukwaho ingororano imukwiriye ariyo byago 7 by' imperuka kuva Ku icyago cya 1, icya 2, 3, 4, 5,6, na 7 byanditswe mu Ibyahishuwe 16:1-21 kandi iyo ni ingororano itangaje iboneka mu itegeko rya 2 rivuga ko abanzi b' Imana banga amategeko yayo n' Isabato irimo bahorwa ibyaha byabase kugeza kubuvivi, ubuvivi ni igisekuru cya 4 kandi abantu Bose basenga Icyumweru batazashaka uko bumvira imiburo yabariya banyamyuka bazanafata icyimenyetso cy' Inyamanswa , naho abumvira Imana bidasabye kubahendahenda muburyo butagaragara nk' ubwakozwe na Mwuka Wera muri bariya banyamyuka ,bafite amahirwe akomeye ko bamenye ukuri bishakishirije muwkizera bakeza Isabato babyishakishirije mu Ijambo ry' Imana no mubitabo by' Umwuka w' Ubuhanuzi, bameze nk' Uko Yesu Kristo yashimiye abigishwa be bizeye ko ariwe wa zutse bitabanje kubasaba kubereka no gukora munkovu zo mubiganza no kubirenge no murubavu nk' Uko byagendekeye TOMA, Yesu Kristo yaravuze ati hahirwa abizera batabonye, none abo niyo  baba barapfuye ,Yesu Kristo agiye kuza kubagororera Ubugingo buhoraho bazuwe bafatanyije n' abera bashyizweho ikimenyetso cy' Imana bababariwe mubihe ibihumbi 6 nk' uko Itegeko rya 2 rivuga ngo Imana ibabarira abayikunda kugeza kubuzukuruza b' ibihe igihumbi mugihe isi yagenewe kuberwamo imbabazi z' Imana kugeza kumyaka 6000 gusa mugisekuru cya nyuma cyatangiye kuva 1991kitazarenza 2031, ihuriro ry'abigisekuru cya 4 cyizaba gifite ikimenyetso cy' inyamanswa ari ubuvivi bwabanze ubutumwa bwa William Miller mu by' Umwuka babanyacyumweru kuva tariki 22/10/1844 aricyo gisekuru cy' ubuvivi kizahanirwa kuteza ISABATO cyatangiye tariki 22/10/2004 kizazemererwa kurenza umwaka wa 2031 NGO kigeze igihe cyari kuzarangirira 22/10/2044, imyaka ibisekuru byanyuma bibiri kumpande zombi Abanyacyumweru n' Abanyesabato bizemererwa kumara ni 40+27=67, ihuriro bizahurizaho arinawo mwaka wo kugororerwa mo ibyago 7 by' imperuka kumpande zombi bamwe bikabatsembaho abanyacyumweru abandi arib banyesabato bikababera gutabarwa itegeko ry' urupfu ryabajezuwite ,iryo huriro ni Umwaka uboneka mo amezi 8 n' iminsi 2 ibyago birindwi bizasukirwa mo,ugaragara nk' Umwaka w' ihuriro(intersection) ufashe yamyaka 67:2=33.5, ugateranya kumwaka wifatizo ry' igisekuru cyanyuma cy' iherezo ry' imyaka 6000 yagenewe gutangirwa mo imbabazi kubakunda Imana 1991 +33.5=2024.5, mumwaka wa 2024 nibwo tubona mo amezi n' amatariki ingororano zizatangirwa mo, 0.5 ni amezi 6 niyo agize igice cy' Umwaka kuko umwaka ari amezi 12, kandi hakoreshejwe ibyitwa Kuderiva mumibare, ubu dukeneye kubona amatariki tuyakuye muri aya mezi 6, 6:2=3 , amezi atatu nayo aracyari menshi ashoboka kugabanywa mo kabiri muri bwaburyo bw'Imibare yitwa derivatives 3:2=1.5 ubu noneho binyuze mukuderiva amezi 6 atanze amezi 4 n' igice 3+1.5=4.5, igice cy' Ukwezi ni iminsi 15 kuberako ukwezi kwa Bibiliya ariko ko Kuri Karendari ya Kiyahudi kugira iminsi 30, ubwo kuruhande rubanza rw' ibumoso rutangira Umwaka wa 2024 tura menya igihe rutangiria dufashe amezi 6-4.5=2 biratanga ukwezi kwa 2 tariki 15, naho uruhande rw' iburyo rugana Ku mpera y' Umwaka wa 2024 turamenya igihe rurangirira dufashe amezi 6+4.5=10 biratanga ukwezi kwa 10 tariki 15, muburyo bugaragara ingororano zizatangwa muri periyode ya intervale yo kuva 15/2/2024 kugeza tariki 15/10/2024 aribwo ibyago 7 bizaba bisukwa kandi Yesu Kristo akazagaruka tariki 15/10/2024 saa 1:59' a.m.


Click in the Picture:

Please Share/Sangiza Abandi PDF y' iyi baruwa ivuga ISABATO Cyangwa ICYUMWERU Ku mbuga nkoranya mbaga/ Link:[  https://drive.google.com/file/d/1E4_4e3g4EZUgm0MO1oXBm1cD7r_gIAUE/view?usp=drivesdk].

Press and Hold in Each of the Videos Below, To Copy The Link and Past in Google Search to reach the YouTube Source "Channel".

Igitangaza cyo Guhumuka Mu Rwanda: Audio:[ https://voca.ro/1fSwR74wJGS8 ].

No1:Ababwirizabutumwa ba ADEPR bayoboraga ibyumba by’amasengesho beretswe isabato babwirwa n' IMANA(Ibyahishuwe 18:1-5) kwitandukanya n' Amadini Asenga ICYUMWERU byihutirwa ngo Imbabazi Z' Imana zitabarangiraho Bakiri muri Baburoni!.mp4.KANDA HANO WIREBERE VIDEO Y'UBUHAMYA BATANZE NEZA:


No2:Abamethodiste na Mwarimu wabo Imana yabahishuriye kuruhuka Isabato ‖ Bose babaye ABADIVENTISITI b' Umunsi wa 7.mp4.KANDA HANO WIREBERE VIDEO Y'UBUHAMYA BATANZE NEZA:

Kubatizwa bitarigukorerwa abasohotse muri Baburoni muba ADEPR na METHODIST binyuze mukudindizwa n' uyobozi bwiyita Ubw'itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mu Rwanda no Ku Isi Hose bwita gusa kunyungu z' isi ziswe kurengera umudendezo w' idini aho guhagararira Umwami Yesu Kristo mumurimo wo kwagura Ubwami bw' Imana mumitima y' abayiyobotse bavuye mubanya Cyumweru n' Abatizera,biringombagukorwa n' Abera batsindishirijwe basukiwe Imvura Y' Itumba mu kwizera Ututware n' Ubushobozi bahawe bwo kuburira abatuye iyi Si binyuze mu kwizera Yesu Kristo; Abana b' Imana barikuva mumadini asenga Ku Cyumweru bakeneye Umubatizo wo Mumazi Menshi w' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 kandi bazabibonera gusa mukwiyegereza abatsindishirijwe by' ukuri bazasanga mumatsinda atandukanye yabasobanukiwe n' ubuyobe bw' ubuyobozi bw' itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7:[https://voca.ro/15EZ3dGdXH9o ].

Module yambere Uwiteka Imana yigishije Abisirayeli Mu Butayu yari Ukubigisha Kubara Iminsi 7 no Kubigisha ibigomba gukorwa kuri buri Munsi,Abantu bahitamo kutitegura Isabato Zazanukirwa n' imirimo yabo muri iyi Si nibamara kwica Isabato Bazakorwa n' Isoni bamware mu byago 7 by' imperuka 15/2/2024-15/10/2024 saaa 1:59' a.m -Audio 1:[ https://voca.ro/16FLhOuOXNnd ],

Kugambirira mu mutima k'Umudiventisiti w' Umunsi wa 7 watsindishirijwe Kukutiyandurisha Tesites n' Inkingo Za Covid-19(SARS-CoV-2" 666-microchip ") nk' Uko Daniyeli yabigambiriye mu mutima we kutaziyandurisha ibyo kurya no kunywa bivuye Ku Meza y' Umwami wa Babuloni-Audio 2:https://voca.ro/1chD3IsuMQa7 ],

No3:Pasitoro wo mu GIPOROSO Antoine Rutayisire Nk'Umujezuiti wigisha Kweza ICYUMWERU na Secret Rupture Ntavugisha Ukuri Ko Papa Francis ariwe ANTIKRISTO:Azi Uburyo bw' IBANGA Antikristo ari gukoramo"666"!KANDA HANO WIREBERE VIDEO Y'UBUHAMYA YATANZE NEZA:

UMVA UKO SATANI AKORA:Cardinal Antoine Kambanda Agaragaje Urwango'Urunuka' yanga Ubutumwa bwa Temperance n' Inyandiko za Madam Ellen Gould White zidushishikariza kubyitondera'Ibintu byose biri muri gahunda za Coronavirus-Covid-19' kwirinda ibyo nk' Ukuboko kw' Iburyo kw' Ubutumwa bwa Marayika wa Gatatu(Ibyahishuwe14:9-12,Ibyahishuwe18:1-5) mu Ijwi rirenga bufitwe gusa n'igice cy'akuwe muri Lawodokiya kigize by' Ukuri Itorero Imana yita Abasigaye batsindishirijwe b' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 bamaganye Agapfukamunwa Inkingo n' Ibinyoma(LaudatoSI'237'-Fratelli Tutti'666-SARS-CoV-2') bya Papa Francis byose mumvugo ye yakomoje ku nyungu z'u Rwanda ku nshingano yahawe nabo ashinja kuba abo mumadini y’inzaduka avugako bafite ubujiji…Atutse Imana ko Abakozi bayo Beza ISABATO batsindishirijwe Mu Rwanda ari Injiji bamwe bavuze ko batazambara agapfuka munwa n' abavugako batazikingiza coronavirus niyo babarasa!Afatanije Na Pasitoro Heslon kubahindura Injiji kuko banze kwikingiza inkingo za Coronavirus kumugaragaro bemera no kubifungirwa kugeza igihe bafunguriwe bagihamya ihuriro rya Kiriziya Gaturika y' I Roma na SATANI na Corona'St.CORONA'-virus nk' imwe munzira zirigukoreshwa na Papa Francis muguhatira abatuye isi kuramya SATANI binyuze munkingo za Covid-19 na Climate Sundays Lockdown mugusohoza ubuhanuzi bwo mu Ibyahishuwe 13:1-18" Ntibazemererwa Kugura No Kugurisha abatazaramya Ikiyoka aricyo cyahaye Inyamanswa'Papa Francis-LaudatoSI237-Fratelli Tutti-intebe y' Ubutware bwa SATANI" .Pr Hesron yihakanye abizera bo mu Ruhango banze amabwiriza ya COVID-19| Dore ibyo umujezuwiti w' umuyobozi wa kiriziya gaturika mu Rwanda Cardinal Antoine Kambanda na mugenziwe umujezuwiti w' umuyobozi wayobye w'itorero ry'Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mu Rwanda Pr Hesron bafatanije mubumwe bw'amadini babavuzeho:
Audio : Umva Amakuru Meza Asekeje Ababaje Atangaje y' Abadiventisiti b'Umunsi wa 7 batsindishirijwe bafunzwe bazira kutazambara narimwe agapfukamunwa yatanzwe n'uyu wirabura uhagaze mu ifoto imbere y' idirishya ry'inzu mu ifoto iriho na Pasitoro Hesron utirabura uri kumwe n' Uwiswe Injiji n' Umuyobe ariwe witwa Claude muruhango uzwi ko ajijutse nk' uwicaye Ku ntebe y' ishuli nk' uwakandagiye mu ishuli kandi wize yitsindira Uzi neza aho igihugu cy' U Rwanda n' Isi hose bihagaze mu isaha ya gihanuzi wize neza inyandiko za Madame Ellen Gould White wihamiriza nka nyirubwite wafunzwe n' ubuyobozi bwa leta azira kutambara agapfukamunwa mumajwi ye bwite:[https://voca.ro/18BfYu15hrLu  ]
Uyu ni we mugambanyi nka Yuda Isikaryota: Pasitoro Hesron umuyobozi wa Union y' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mu Rwanda ni we wica agakiza kubijyanye no gucecekesha no guhagarika no guca ababwiriza butumwa batandukanye mu bitabo by' itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 mu Rwanda abahora umurimo w' Imana bakora wandarika kumugaragaro ibinyoma bya Papa Francis na Kiriziya Gaturika ya SATANI y' I ROMA(Ibyahishuwe 17:1-18) bakorera mumatsinda no kumbugankoranyambaga nka ba Emmanuel Nzaramba:


Ikinyoma cyo kuba Injiji n' Abayobe Cardinal Antoine Kambanda asangiye na Pasitoro Hesron bo bakambara banikingije ngo itazabica batangaza Ikinyoma muruhame cyo gushyigikira akarengane n' itegeko ry' icyumweru byihishe muri COVID-19 na Paris Climate Agreement no gushinja Ubujiji n' Ubuyobe Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 batsindishirijwe by' Ukuri barebye neza n' ubushishozi munyandiko za Madame Ellen Gould White bagasanga kwirinda neza Koronavirusi bitandukanye no kwambara agapfukamunwa no kwikingiza inkingo za covid-19 no kwirukanka kubasenga by'ukuri mumatsinda babafungira ubusa muburyo bunyuranye n' Itegekonshinga ry'u Rwanda rirengera ukwishyira ukizana mukuramya Imana nk' Umuturage witunze w' Umunyarwanda rwabonye ubwigenge nyuma yoguhagarikwa munsengero no gufungwa kwazo bazanabasure mungo zabo bazarebe ko niba n' Imana Itavura ngo Ikize kandi Inarinde hari n' Umwe muri abo bita Injiji n' Abayobe batikingije waba yarishwe niyo Coronavirus n' abana babo ko batazigera biga Ku isabato mumashuli yategetswe kwigisha abanyeshuli kw'Isabato baziko higamo hakanakoramo Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 aho kwica Isabato bazemera no Kuyipfira bumvira Amategeko y' Imana kuyarutisha aya leta y' U Rwanda kumugaragaro; abayobozi b' isi bose na Kambanda na Hesron batizera Ubwenge Ubuhanga n' Ubushobozi by' Imana batitirira imbere; azize ko yanze kwambara agapfukamunwa no kwikingiza Covid-19(Kwikingiza Covid-19 binyuranije n'Ihame rya Temperance Madame Ellen Gould White Yeretswe Ku bijyanye n' inama Ku Mirire No Kwitungira Amagara n' ubwo Atari Bose mu beza ISABATO bakurikiza Temperance by'ukuri nko kutaryagagura, kutanywa amata, kutanywa Isukari, Kutarya Inyama, Kutarya Amajyi n' ibikomoka kumatungo byose n'ibyo mumazi byose nk' amafi n'ibindi nko kutumva imiziki y'isi n'amashusho n'amafilime n'amakinamico bitavuga Imana nk'uko iri ahubwo babaho nk' uko muri Edeni Abantu babagaho bakimara kuremwa urupfu rutarinjira mu ibyaremwe), ninayo mpamvu Abadiventisiti batsindishirijwe b' umunsi wa 7 benshi bakurikiza Temperance Neza badashobora kwemera kuzikingiza Covid-19 bitavuze ko basuzugura amategeko ya Leta y' U Rwanda, ahubwo biturutse kugushaka kumvira Itegeko ry' Imana ryo kutiyanduriza Imibiri arirwo rusengero RWA Mwuka Wera uba muritwe) no gusengera mumatsinda bikorwa n'Abana b' Imana bayisenga amasengesho y'urudaca Kumanywa na Nijoro  :
BIRATANGAJE !! NGABA BAMWE MURI BABANTU 60 BANZE KWAMBARA AGAPFUKAMUNWA BAHAMIJE KO BURYA BISHOBOKA KUMVIRA AMATEGEKO Y' IMANA KURUSHA KUMVIRA AMATEGEKO YA LETA Y' U RWANDA BEMEZA KO GUPFUKA UMUNWA ARI UKURAMYA SATANI BEMEYE NO KUJYANWA NO KURENGANYWA NKIMBOHE ZIKOZE IBYAHA NKORARUGUMA NKIBYA PAPA NA KIRIZIYA GATURIKA YI VATIKANI YISHE ABAKIRISITO MILIYONI 60,000,000 BARENGA BAZIRA KUTUMVA IBY'IMANA KIMWE NAYO, BARABIFUNGIRWA N' UBUYOBOZI BW' IGIHUGU CY' U RWANDA BABA MUBUROKO NKABAJURA BISHYIGIKIWE NA PASITORO HESRON WAKABARENGEYE MUMATEGEKO AHUBWO ARABIHAKANA!???!! AVUGAKO ATARI ABADIVENTISITI B' UMUNSI WA 7 MU RWANDA KANDI BO ARIKO BABYIYIZIHO KUBA ARI BO BADIVENTISITI B' UMUNSI WA 7 BY' UKURI KUMURUSHA WE UHATIRA ABIZERA KWIKINGIZA INKINGO ZA KORONA VIRUSI AZIKO INYANDIKO ZA MADAMU WHITE ZIBIBUZANYA"IBYINKINGO" MU BY' UKURI !:
Bemeje Abatuye Isi Bose ibya COVID-19 bifitanye isano na SATANI:Kwambara Agapfukamunwa ni Ibikorwa bya satani.... Ngahoooo nk' Uko Babyumva mumitima yabo nk' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 kurugero bariho rwo Gukurikirana Gusohora k' Ubuhanuzi muri iyi New World Order y'Agapfukamunwa,Gufunga Insengero, Kubuzanya Kubwiriza, umubatizo, Ifunguroryera, Gukingira :

Kubaha amabwiriza Kugahato ya Koronavirusi ya Leta y'U Rwanda no mu zindi Leta zo Ku Isi Hose bibanziriza Ishyirwaho ry' Itegeko ryo Kuruhuka Icyumweru mu Rwanda Kugahato(U.S Climate Act of 2021 -National Climate Sundays) nk' intego ya Papa Francis ya SATANI( LaudatoSI237-Fratelli Tutti) n' Abakaridinari be na Antoine Kambanda w' Umunyarwanda arimo.

:

No4:Nzaramba Emmanuel: Guhagarika Ababwiriza, ishungura n'umuburo ku Badiventisiti bakijenjetse, mu kiganiro gitangaje Umuyobozi wavugiye Pasitoro Hesron wa Union y'U Rwanda mu Itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 ushinzwe Itumanaho akanayobora Radio Ijwi ry' Ibyiringiro Bwana Onesphore Yadusoneye ahishe amakuru kw' ihagarikwa ry' abawiriza butumwa bavugiye kuruhimbi ko habayeho ihagarikwa ry' ababwirizabutumwa bukora mu jijo imyigishirize y' ubuyobe ipfuye ya Kiriziya Gaturika y' I ROMA nk' uko Emmanuel Nzaramba yabigaragaje mu Kigisho cy' Ishungura k' Ubayobozi b' Itorero, uku kwivuguruza ni igihamya uburyarya buri mubuyobozi bw' itorero ryitiriwe Izina ry' Imana mu mvugo y'abanyamwuka baburiwe kutazasubira gusengera mumadini yeza umunsi w' ICYUMWERU yayobye Mwuka Wera akabayobora mu Itorero ry'Abeza ISABATO rifite Ubuyobozi mu Rwanda bwuzuye mo indyarya nk' uko byumvikana mumagambo yavuzwe mu biganiro n' Abanyamakuru babikurikiranye :Itorero ry'Abadiventisiti rirabeshyuza amakuru avuga ko Nzaramba Emmanuel ahanganye na ryo:

:

No5:Nzaramba Emmanuel: Ishungura niryo ryabaye kuva habaho kurya kwimura Imana kwabaye tariki 31/10/2017(A Reforming Catholic Confession: The Great Apostasy of the SDA General Conference:2 Thessalonians 2:1-7) kugeza Insengero zifunzwe mu Rwanda 2020-2021 rigasiga ibice 2 mu Itorero ry' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 igice cy' Abazinutswe Gahunda Yarisigaye Igaragarira Munsengero Ya SATANI yokwirukana Umwuka w' Ubuhanuzi nk' Intamabara Ikomeye n' Ababwiriza Bayibwiriza uko Bikwiye nka Emmanuel Nzaramba n' Abandi batazigarutse mo nyuma yo kongera kugerageza kuzifungura binyuze mu myanzuro ya Leta y' U RWANDA yafashwe mubwiyunge bw'Amadini (SATANIC Ecumenical Council yo Mu Rwanda=Igishushanyo Cy' Inyamanswa Gikorera Mukwaha'Munsi y' Ubutware' Kwa Cardinal Antoine KAMBANDA) abazarimbuka banze ubutumwa bwo Gutsindishirizwa n' Ubuntu Kubwo Kwizera birundumuriye mu kwica amategeko ya Temperance Bikingiza COVID-19 kubusabe bwa Pasitoro Heslon bihurije hamwe n' Umuyobozi w' Itorero wa Union y' U Rwanda Pasitoro Heslon ariwe wahagaritse kandi ugikomeje guhagarika Ababwiriza butumwa nka Emmanuel Nzaramba n' Abapasitoro nka Zakariya'Ibiganza Bisenga'yemwe nambere ya COVID-19 ntiyabitinyaga Ntanisoni Afite agerageza guhindanya ukwera kw' Itorero ry' Imana irikuyobora mo Abanyamwuka Baribarayobeye Mu Kweza Icyumweru Agambirira Gucecekesha Abanyesabato by'Ukuri n' ISABATO y' UWITEKA n'Abayivugira nk' Ijwi ry' Imana nk' Iri rya Emmanuel Nzaramba?????Kutiyubaha kunshingano z' Ubuyobozi Ubwo Leta Yamufashirije Gufunga Insengero Zose zo Mu Rwanda Ntaburanire Gutangiza Kwigisha Mumashuli Ku Isabato ngo bitemezwa na Leta Itazi Agaciro K' ISABATO nk' UKO Bigaragarira mubyemezo yafashe bibangamiye Kwezwa Kw' ISABATO mubigo by' Amashuli  Wenda Yarushijeho Kumva ko Ageze Kucyo Yashakaga Ubwambere Ahagarika Ababwiriza Butumwa B' Ukuri Munsengero zabeza ISABATO Bahamagariwe Kwamagana Antikristo Papa Francis, Ibyo IMANA yiyemeje kwisangira Abanyamwuka b' abanyacyumweru kubakoresha ISONI imyizerere n' Imigambi Ya SATANI ipfuye y' Ubupapa(National Climate Sundays Rest and Worship by Law) igiye kugirwa Itegeko Vuba aha Ku Isi hose no Mu Rwanda Harimo binyuze Muri Congress ya America(U.S Climate Act of 2021) muri Ambasade ya America na USAID:

No5:
 Popery to G7 Nations:World Needs Climate Sunday.UnJabbed Students Fined $1500.No Jab,No Phone & Cash.Pastor Andrew -Prophecy Again TV:
No6: Nzaramba Emmanuel: Umuburo Ku Bayobozi:
Nzaramba Emmanuel: Umwuka Wera n'isozwa ry'umurimo:

No7: 
Niyonzima Paulin: Intumwa za Satani ku Gicaniro cy'Ibitambo:

:
Niyonzima Paulin: Umudendezo wa Gikristo n'Ububata bw'Imigenzo y'Abantu:

.

AUSC Title: Genesis 2:1-3&Exodus 20:1-11: 6000Years+1000Years=7000Years for 1 Full Cosmic Week&End of Earth in 6000Years in 2024.

Read and share this article Link below [Open Letter to All beloved Present Truth Preachers Worldwide : Link:

(http://www.africanunionsc.org/2021/06/happy-sabbath-preparation-day6000years.html?m=1 ) ].

May God Bess You.

Dr.Bandora.

Rwanda-East Africa.

0 comments:

Post a Comment

 

Subscribe to our website

Contact us

Meet AUSC President at +250736196204

Our Team Members