Sunday, July 11, 2021

Ezekiel 12:1-28" Umuhanuzi Abera Abantu Ikimenyetso" Nibivugwe byemerwe neza nk' Uko biri nta kubica iruhande muri Bibiliya Yera bibwirwe abanze kumva Bose ko Isi isigaje imyaka 3 n' amezi 3 abayiriho Bose banze Imana bakayikurwa ho mu byago 7 by' imperuka kuva 15/2/2024 kugeza 15/10/2024 saa 1:59' mugicuku Yesu Agarutse Kutujyanana n' Abanyeshuli b' Abadiventisiti Mu RWANDA Basize byose.Published on Sunday-July 11th, 2021 at 3:59' P.M.

I.Akarengane Gashingiye ku Kubuzwa Gukoresha Umudendezo w' Umutima Nama"Nitubabona-Tugiye Kubahiga"-1177:

1.Click for English in the picture:Note:{This is African Union Students' Council(AUSC)" For The Better Africa We Deserve" Special Dedication to Our United States of America(U.S.A)based Amazing Word Ministries International YouTube Channel deleted by YouTube Team to please Allow You All Globally To Read, Analyze,Copy,Paste and Share this Link to At Least 7 Peoples online and offline:

2.[ http://www.africanunionsc.org/2021/07/urukundo-rwa-benshi-ruzakonja-kutandura.html?m=1 ].

3.May Almighty God bless You All.}

4.Every thing believed in Covid-19(St.CORONA'666'-Virus) leads to 666 Number of the Beast"Jesuit Pope Francis the 1st Beast" to enforce the Mark of the Beast"U.S Climate Sundays Lockdowns Act of 2021" by the Image of the Beast"Global Churches and States Unions " under "U.S Jesuit White House Administration the 2nd Beast in the Years 2021-2024 "Revelation 13:1-18, Revelation 14:1-20, 15:1-8, 16:1-21, 17:1-18, 18:1-24, 19:1-21,20:1-15): [1)Six Face Shields covering 2)Six Facial Masks surrounding Six Hair Covers,3)Six Protective Gloves per each Column, 4)Six Protective Gowns, 5)Six Protective Boots per each Column, 6)Six Carriers for Covid-19 so called Six Clients Cadavers being carried outside from an Autobus with Six Rooms reserved Mortuary in Rwanda an East African Nation where a Vial of Covid-19 Aborted Foetuses Cells Manufactured Vaccine will begin to be Manufactured Financed by European Union for 1 Vial to be shared by Six believers in Covid-19 cases and deaths tolls surgings with fears revealed from7th Day Adventists Parents born Health Minister Dr.NGAMIJE Daniel , Birababaje kubona Umuntu wabyawe n' Ababyeyi b' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 ubwiriza wanditswe mu bitabo by' Itorero w' Igisha Amigisho Kuri Radio Ijwi ry' Ibyiringiro mu by' Ukuri kw' Imana Ihoraho Ishoborabyose Afasha yihandagaje Abatazi Ubutumwa bwa Marayika wa 3 b' Abagaturika rwimbi mu gusohoza Ubuhanuzi mu RWANDA Imana ubwayo yaciriyeho Iteka ryo Kuzarimburira Abifatanya na Papa Francis w' I Roma Mu Muriro W' Urupfu Rw' Iteka Ryose!.Kwihandagaza mu kurwanya Ijambo ry' Imana, kurwanya Yesu Kristo Umwana w' Imana, Kurwanya Uwiteka Imana Ishoborabyose, Aho Wagafashije Abandi Kuvuga Ububutumwa Bwa Marayika Wa 3 Mu Ijwi Rirenga?2Abakorinto 13:8" Ntacyo Abaganga banga SATANI dushobora gukora ngo turwanye Ukuri[ https://voca.ro/1f8cFoshPdS6 ], Keretse Kukurwanirira" Abaroma 1:16" 1-32" Kuko Ubutumwa bwiza butagakwiye kudukoza Isoni: Kuko ari imbaraga y' Imana ihesha uwizera wese gukizwa, uhereye Kumudiventisiti w' Umunsi wa 7" Tue 7th Day Adventists " ukageza Ku Mugaturika"Roman Catholic Church",kuko muri bwo ari na mo gukiranuka kuva Ku Mana guhishurirwa, guheshwa no kwizera kugakomezwa na ko, nk' uko byanditswe ngo"Ukiranuka azabeshwaho no kwizera!",Umuntu yabasha kuba yagirwa n' Abantu Minisitiri w' Ubuzima bw' Abantu, arikose ninde Wabasha kuba Minisitiri w' Umuntu?!"Umuntu ni Igihangano cy' Imana, Ubwo ni Imana Yonyine Gusa ifite ubushobozi bwo kuba Minisitiri w' Abantu,Abayubaha mukwizera Ikabarinda Urwango rw' Abatayubaha Batizera, Mandi Igasohoza Isezerano ryayo Igashyira Urwango Hagati y' Ikiza n' Ikibi no Hagati y' Abavugira Ibyiza Igashyiramo Urwango Runuka Banga Ibibi byazanywe n' Abavugira Ibibi nk' uko Urubyaro rw' Abubaha Imana byabibwiwe SATANI rwumva"Uwiteka Imana ibwira iyo nzoka iti'Kuko ukoze ibyo, uri ikivume kirengeje amatungo yose n' inyamanswa zo mu ishyamba zose, uzajya ugenda ukurura India, uzajya urya umukungugu iminsi yose y' ubugingo bwawe,Nzashyira urwango hagati yawe n' uyu mugore, no hagati y' urubyaro rwawe n' urwe, ruzagukomeretsa umutwe nawe uzarukomeretsa agatsinsino"Genesis 3:1-24-Revelation 14:9-12,Revelation 17:14"Mureke Kurenganya Abanze Gahunda Za Satani(St.CORONA'666'Virus) Mwa Bapfu Mwe, Mpumyi n' Abaswa"Proverbs 1:1-6-Proverbs 1:7-23-Job 28:28-Proverbs 1:20-33"Mwe Mutumva"Romans 8:1-39"; kuko batazareka Gukoreshwa n' Umwuka Wera W' Imana Yabaremye, Yabahamagaye, Yabatoranije, Yaduhaye gukiranuka kwa Yesu Kristo Mutagira, binyuze mu gutsindishirizwa nubuntu kubwo kwizera, kuko barihamwe n'Umwana w'Intama abakozi ba Satani bariho barwanya, ariko Umwana w' Intama ari kubanesha, kuko ari we Mu President utwara abaperesident n' Umwami w' abami .Copyright, Genesis 2:1-25"]:

5.Umunyamakuru wemeje ko aho Abadiventisiti b' Umunsi wa 7(SDA Global Churches under General Conference All are advocating for Satanic Covid-19 draconian measures including Covid-19 Venomous Vaccines) benshi bagiye ari mu kwikingiza Covid-19 kuruhande rw'ab' isi aho Leta zose zo mu isi ziyobowe na Papa Francis President wa Leta Ya VATICAN bashaka kujyana abatuye isi bose mu kuramya igishushanyo n' ikimenyetso n' umubare 666 by' ubupapa bwa SATANI ,ahita ku Mana, kandi abanze ibyo benshi birunduriyemo by'itiriwe kwirinda kwandura no kwanduzanya Covid-19 nk'uko ababana barekeshejwe kwiga n'ibyo byaduka byo muminsi y' imperuka(No Jab, No Job=No Buy No Sell,Revelation 13:1-18) byagejeje kuguhatira amashuli kwigisha no k' Umunsi wa 7 ariwo SABATO y' Uwiteka barahiye Imbere y' Imana n' imbere y' abategeka iby'iyi Si igiye kurimbuka ishaka bemeje ko batazigera basubira mu ishuli; inzira ifunganye ariyo ijya ku Mana inyuramo bake cyanee, mugihe Uyu wemeza ko aho abenshi bagiye ahashyigikiye nawe yamaze kurangirirwaho n' Imbabazi z'Imana Niba Atari ukwibeshya:
6.Ezekiel 12:1-28" Umuhanuzi Abera Abantu IkimenyetsoNibivugwe byemerwe neza nk' Uko biri nta kubica iruhande muri Bibiliya Yera bibwirwe abanze kumva Bose ko Isi isigaje imyaka 3 n' amezi 3 abayiriho Bose banze Imana bakayikurwa ho mu byago 7 by' imperuka kuva 15/2/2024 kugeza 15/10/2024 saa 1:59' mugicuku Yesu Agarutse Kutujyanana n' Abanyeshuli b' Abadiventisiti Mu RWANDA Basize byose kandi bari no mu nzira ibajyana mu ijuru, kandi Ntibemera n' amabwiriza yo kwirinda Koronavirusi(Covid-19) kubera ko Umwuka Wera W' Uwiteka yatwemeje ko ari icyaha(Covid-19 Draconian Measures including mRNAs SARS-CoV-2-St.CORONA'666'Virus-Vaccines) [ https://m.youtube.com/watch?v=BVWR9RN4z_0&list=PLp4EdRHp7h4dTsvsMgSvNLgZcKYIZ8kxX&index=4 ].:

7.ISABATO cyangwa Umunsi w' ICYUMWERU?

II.Understanding the AUSC Global Contribution on St.CORONA'666-mRNA Vaccines-Microchiping' and USA Climate Act of 2021 Sundays Resting and Worship activities refusal and rejection in Honor of 7th Day Holy Sabbath Resting and Worship:

DR. IRAGUHA BANDORA Yves,ANTI-POPES,ANTI-SUNDAY-Worship,ANTI-St.CORONA-666-Vaccines,Rwandan 7th Day Adventist,AUSC Founder&President,MG,RN,BScN(Hons),MD
Jesus Christ entered the Holiest apartment of the Heavenly Sanctuary on Tuesday 22 October 1844with 1st Probation Close for all 7th Day Adventists on Thursday 22 October 2020, and after 180 Years on Tuesday 15th, 2024 Jesus Christ our Savior will appear on the Earth's Sky, and after our journey to the Sea of Glass in 7 Days we will enter the Heavenly Gates on Tuesday 22 October 2024,and then after 1000 Years in Heaven, we will descend from Heaven with the New Jerusalem on this earth back on Friday on 22 October 3024 to begin the 7th Day Holy Sabbath on this Earth,next day will be the 7th Day Sabbath ,we will keep it Holy during the whole day , and on the Next Day on Sunday the 1st day of the Week , we will be able to enjoy to re-begin our Holy Calendar that was destroyed by SATANIC Leadership of VATICAN PAPACY by Popes who have given seat to this current Jesuit Pope Francis who is pushing for Global Sin of permanently destroying the Holy 7th Day Sabbath to Introduce the SATANIC SUN-DAY Rest and worship by Force by World Governments since February 7th to 17th, 2021, While 7 plagues will kill all human individuals who are going to accept that SUN Worship Day called Mark of the Beast with Its Image and Its Number 666"St.CORONA-Virus-mRNA testing and Vaccines Microchiping" as it is written in Revelation 13:18,Revelation 14:9-11 and Revelation 16:1-21. 
Warning to every person on this earth Remember the Sabbath Day to Keep It Holy,for We(AUSC Presidency) are Serving our Lord of 7th Day Holy Sabbath Jesus Christ as written in Luke 6:1-5. Chronological Holy secrets of the Four22nds, One15th, 5Octobers, 3Tuesdays,1 Thursday and 1 Friday:22 October 3024, 22 October 2024, 22 October 2020, 15 October 2024 , 22 October 1844 marked Our Savior' s beginning Day of Atonement when Jesus Christ started the heavenly Sanctuary Judgment, while the United Sates of America has set this date on the National Calendar "October 22, 2020" for Popular Holidays & Observances Worldwide on 22 October 2020, as We still had by then 130 days to get on 22 October 2020!They made every 22 October,a Judgment Day under a Paganism Zodiac Judgment Sign:



III.Understanding the Ellen Gould White's Writings Global Contribution on St.CORONA'666-mRNA Vaccines-Microchiping' and USA Climate Act of 2021 Sundays Resting and Worship activities refusal and rejection in Honor of the April 3rd 1847's 7th Day Holy Sabbath Resting and Worship Divine Vision:

Article Title: End of This Earth's Final 4 Years Application of The Book Great Controversy within 1177 PRN and 3rd Angel's Loud Cry Message Period and QAnon.Happy 7th Day Holy Sabbath Day-March 13th, 2021 at 12:59'P.M.Proverbs 1:1-33.

The Sanctuary Messages-October 22nd, 1844- October 22nd, 2024.

The Tabernacle and the Messiah.[ https://m.youtube.com/watch?v=wVUcJUJBFMU&t=139s ].

Jesus Christ, the Passover Lamb.[https://m.youtube.com/watch?v=g7lewy22t4M&t=11s  ].

The Day of Atonement  in The Heavenly Sanctuary-October 22nd, 1844- October 22nd, 2024- Leviticus 16.

Understanding the Day of Atonement or Yom Kippur-Leviticus 16, Hebrew 9-10[ https://m.youtube.com/watch?v=4UYT-0AmlnA&t=126s ].

Understanding 1st Fruit, Pentecost and the Feast of Weeks.[  https://m.youtube.com/watch?v=ubPKLDF_G6E&t=351s].

Understanding Feast of Trumpets or Rosh Hashanah.[https://m.youtube.com/watch?v=g9wDnsjMtW0&t=263s  ].

Understanding Feast of Tabernacles or Sukkot.[https://m.youtube.com/watch?v=u6PmxypqZ9I&t=288s  ].

NB/Note: Adventists Joined Roman Catholics For EASTER as The Rising Of The SUN Partaking with Rome Snake through SDA General Conference Pastors. Associated Link:[ https://m.youtube.com/watch?v=-JE6_xPL39I].
7th Day Holy Sabbath Keeping Churches and communities such as apostate SDA Leadership, Apostate Jews and others of Christian Churchs like the Church of Saints of Latter Days, they are not the Biblical Remnants Church of Almighty God of Revelation 12:17, Revelation 14:12 and Revelation 19:10; They will be partaking with Pope of Rome to their Final Rebellion against the 10 Commandments of Almighty God and against the Great Controversy Visions of Ellen Gould White herein shared below to the Public.
This is because they don't have the Spirit of Prophecy of Jesus Christ's Messages that Almighty God has to Madam Ellen Gould White through All Vions She received as were all reserved for All His Saints 144,000 True 7th Day Adventists of Revelation 14:1-20 ,that Mainly were reserved to be used to expose SATAN and Roman Catholic Church Popes through proclaiming the 3 Angels' Messages for today ,especially proclaiming the 3rd Angel's Loud Cry Message that exposes the Apostate SDA Leadership of the SDA General Conferences and exposing Pope Francis today and His Jesuits All '' who are the Right hand of Satan.

7 Last Plagues of Ending this Covid19 New World Order  following the 3rd Angel's Loud Cry Message February 7th, 2021 - February 7th, 2024 -October 15th, 2024 at 1:59' a.m. Link:[ http://www.africanunionsc.org/2021/01/new-ausc-article-on-january-7th-2021-at.html?m=1 ].

Associated Article Title: 

Our King Jesus Christ ,the SON of MAN,The Lord of 7th Day Holy SABBATH, The Owner of 10 Commandments of Almighty God is Coming Very Very Soon in this Coming Spring 2024.This is the Last week, that Completes 70 weeks Daniel 9:1-27.Please Prepare His Way, Repent,Repent, Repent, “Remember the sabbath day, to keep it holy.” Link:[ http://www.africanunionsc.org/2020/10/article-title-our-king-jesus-christ-son.html?m=1 ].

The 1847 End Time 2024 and Hell 3024 Application of 1177=1000+177 PRN within 24th-25th-26th-27th-28th of The 28 Fundamental Beliefs: The core beliefs of Seventh-Day Adventists(SDA) April 3rd, 1847 Theology and QAnon From October 22nd, 1844.Repent, Repent, Remember The 7th Day Sabbath To Keep It HolyJesus is Coming on Tuesday-October 15th, 2024 at 1:59' a.m. Published on A Happy 7th Day Holy Sabbath Day-March 13th, 2021 at 1:59'P.M. Link:[http://www.africanunionsc.org/2021/03/application-of-11771000177-prn-withing.html?m=1 ].

Jesus Christ Our 7th Day Sabbath Lord is very very very soon coming at the End of 70 Years on October15th, 2024 at 1h59'a.m from 1954 when the King of Babylon Pope Jean Paul II"Nebucadinezzar" Begun His Sunday Law Satanic Teachings at the Fall of His Son Pope Francis"Belshazzar" from the New World Order Presidency Predicted by Roman Catholic Archbishop James E. Quigley at His 170 Years of existence from October 15th, 1854: After The Writing on the Wall due to "Laudato Si 237-Sunday Law 7/2/2021" is going to be explained in Loud Cry by All Anointed 7th Day Adventists"144000 Saints" till 7/2/2024, Jeremiah 29:10-14, Jeremiah 30:1-24.Repent-Remember the 7th Day Sabbath To keep It Holy. Link:[http://www.africanunionsc.org/2021/03/jesus-christ-our-7th-day-sabbath-lord.html?m=1  ].

Read, Listen and Share Links of the Book "National Sunday Law". Associated Link:[ https://m.youtube.com/watch?v=C-7rLl1z86E&list=PLp4EdRHp7h4dnkW5gKD1BoLIwPTq4wI_d&index=2 ].

Repetition Model application for 2300 Prophetic Days, as coupled to Historical 5 Strongest worldwide Empires from Babylon to Pagan Roman Empire till end of Early Christianity and Raise of Final Vatican Papacy 7th/2/2021 to 31st/7/2024.



You can Click Here to View our Alarm, set for You to Start Counting down for 2nd Coming of Our Lord Messiah Jesus Christ our King of 7th Day Holy Sabbath and of All Sealed 7th Day Holy Sabbath Keepers until Tuesday, 15 October 2024 (Chicago time).




 It is 1765 days4 hours1 minute55 seconds
Set on Current time which was on Sunday, 15 December 2019, 18:58:28 CST (local time in Chicago)
At time of loading, accuracy was within 0.529 seconds.

The Great Controversy

Home EGW Writings Books The Great Controversy

Preface


Listen, Read and Share Links of The Great Controversy Book Audio  All Chapters-English and in Kinyarwanda.

The Book Great Controversy in Audio: Igitabo Intambara Ikomeye mu majwi
0.[Chapter 00- Introduction/The Great Controversy-Audio],(Chap 0-IJAMBO RY'IBANZE in Kinyarwanda )
25.[Chapter 25—God's Law Immutable/The Great Controversy-Audio in English]= "1st Day Sunday A Child of the Papacy",(in Kinyarwanda),
26.[Chapter 26—A Work of Reform/The Great Controversy-Audio in English],(in Kinyarwanda)="7th Day Holy Sabbath"

In fact, AUSC Critical Thinkers Advocate shares article that contains 7 Chapters of a lovely Warning Biblical Prophetic Book"National Sunday Law" in Audio mp3 formats that can be easily downloaded and be daily played in mp 3 audio playing devises at home or while walking and working and be transferrable individually by Bluetooth and WhatsApp and other platforms on social media in order to reach the entire world to the both Young and Adult individuals to prepare for the upcoming Global Crisis of National Sunday Law and associated 7 Last Plagues where to choose between Obeying the 7th Day Sabbath to Keep it Holy or rejecting this 4th Commandment of Almighty God in order to secure Yourself from the Upcoming Climate Sunday Rest and Worship by Law of the soon coming Global Final Crisis which is basically enclosed and explained in the below Shared Book entitled the National Sunday Law.

1) National Sunday Law Book"Text ":

Associated Link:[ http://www.anym.org/pdf/National_Sunday_Law.pdf ].

2) National Sunday Law Book" Audio ":

Associated Links to All 7 Chapters:

1. Chapter I:NSL- CHAP 1. THE TWO HORNED BEAST.

2.Chapter II:NSL- Chapter 2. The Beast Identified.

3.Chapter III:NSL- CHAPTER 3. THE BEAST DESCRIBED.

4.Chapter IV:NSL- Chapter 4. Dynamite.

5.Chapter V:NSL- Chapter 5. The Mark Of The Beast.

6.Chapter VI:NSL- CHAPTER 6. THE IMAGE OF THE BEAST.

7.Chapter VII:NSL- Chapter 7 Global Conflict.

.


 .Igitabo cy' Intambara Ikomeye mu majwi kuri interineti,Umva ibice byose , ubikurure ho ubibike, ubisangize n' abandi;14/06/2020:

0.Chap 0-IJAMBO RY'IBANZE
1.Chap 1-KURIMBUKA KWA YERUSALEMU
2.Chap 2-AKARENGANE MU BINYEJANA BYA MBERE
3.Chap 3-INTANDARO YO KUGOMA
4.Chap 4- ABAVODUWA
5.Chap 5-YOHANI WYCLIFE
6.Chap 6-HUSE NA YORAMU
7.Chap 7-LUTHER YITANDUKANYA NA ROMA
8.Chap 8-LUTHER IMBERE Y'URUKIKO RW'I WORMS
9.Chap 9-ZWINGLE
10.Chap 10-AMAJYAMBERE Y'UBUGOROZI MU BUDAGE
11.Chap 11-UBUHAKANYI BW'IBIKOMANGOMA
12.Chap 12-UBUGOROZI MU BUFARANSA
13.Chap 13-IBIHUGU BYITWA PAYS-BAS
14.Chap 14-ABAGOROZI BAKURIKIYEHO MU BWONGEREZA
15.Chap 15-BIBILIYA N'IHINDURAMATWARA MU BUFARANSA
16.Chap 16-ABAPADIRI B'ABAGENZI
17.Chap 17-INTEGUZA ZO MU RUTURUTURU
18.Chap 18-UMUGOROZI W'UMUNYAMERIKA
19.Chap 19-KUVA MU MWIJIMA UJYA MU MUCYO
20.Chap 20-IVUGURURA RIKOMEYE MU ITORERO
21.Chap 21-UKUBURIRWA KUTITAWEHO
22.Chap 22-UBUHANUZI BUSOHORA
23.Chap 23-UBUTURO BWERA
24.Chap 24-AHERA CYANE
25.Chap 25-AMATEGEKO Y'IMANA NTAHINDUKA
26.Chap 26-UMURIMO W'UBUGOROZI
27.Chap 27-IVUGURURA RYO MURI IKI GIHE
28.Chap 28-ISUZUMARUBANZA
29.Chap 29-INKOMOKO Y'IKIBI
30.Chap 30-URWANGO HAGATI Y'UMUNTU NA SATANI
31.Chap 31- UMURIMO W'IMYUKA MIBI
32.Chap 32-IMITEGO YA SATANI:(Imyaka 6000)
33.Chap 33-IKINYOMA GIKOMEYE CYA MBERE NA MBERE
34.Chap 34-ABAPFUYE BASHOBORA KUVUGANA N'ABAZIMA
35.Chap 35-IMICO N'IMIGAMBI Y'UBUPAPA
36.Chap 36-INTAMBARA YEGEREJE N'INTANDARO YAYO
37.Chap 37-IBYANDITSWE BYERA NI UMURINZI WACU
38.Chap 38-IMIBURO IHERUKA
39.Chap 39-IGIHE CY'UMUBABARO (WA YAKOBO-2024)
40.Chap 40-GUCUNGURWA K'UBWOKO BW'IMANA
41.Chap 41-ISI IHINDUKA UMUSAKA
42.Chap 42-IHEREZO RY'INTAMBARA:(Imyaka 6000)

.



nn

Saturday, July 10, 2021

*10/7/2021-5/3/3=15/10/2024 at 1:59' a.m. The 2nd Coming of Jesus Christ's waiting Prayers and Fasting Days on Day -5/3/3 of 1192 Days remaining from the 1335 Days of Daniel 12:1-13.A Happy 7th Day Sabbath.Published on July 10th, 2021 at11:59' A.M

*10/7/2021-5/3/3=15/10/2024 at 1:59' a.m. The 2nd Coming of Jesus Christ's waiting Prayers and Fasting Days on Day -5/3/3 of 1192 Days remaining from the 1335 Days of Daniel 12:1-13..A Happy 7th Day Sabbath.

1.Indirimbo:

#289"Mutim' ufit'Intege Nke".[].

2.Isomo ryo muri (Bibiliya Yera)(Holy Bible)

#Abaroma 8:1-39" Imibereho mishya y' abari muri Kristo Yesu","Ubwo Imana iri mu ruhande rwacu umubisha wacu ni nde?".

#Zaburi 91:1-16" Uba mu rwihisho rw' Isumbabyose, Azahama mu gicucu cy' Ishobora byose".

#Zaburi 23:1-6" Uwiteka ni we mwungeri wanjye sinzakena, Andyamisha mu cyanya cy' ubwatsi bubisi, Anjyana iruhande rw' amazi adasuma".

#Zaburi 44:1-27"Kuko Atari iyabo nkota yabahaye guhindura igihugu,Kandi atari ukuboko kwabo kwabakijije.Ahubwo ni ikiganza cyawe cy'iburyo,N'ukuboko kwawe n' umucyo wo mu maso hawe, Kuko wabishimiraga".

3.IkigishoIbyakozwe n' Intumwa "Igice cya 51"

#"Umwungeri Udahemuka".Ababwirizabutumwa ba ADEPR na METHODIST n' Umupasitoro bayoboraga ibyumba by’amasengesho beretswe isabato babwirwa kuyiruhuka. .

4.Ikifuzo n' IsengeshoAudio:

1.Isabato1[ https://voca.ro/1no0YvC3lVwy ].

*11/7/2021-4/3/3=15/10/2024 at 1:59' a.m. The 2nd Coming of Jesus Christ's waiting Prayers and Fasting Days on Day -4/3/3 of 1191 Days remaining from the 1335 Days of Daniel 12:1-13..Sunday.

1.Indirimbo:

#290"Ubugingo Bw' Abantu".[].

2.Isomo ryo muri (Bibiliya Yera)(Holy Bible)

Abaroma 9:1-33" Pawulo aterwa agahinda no kutizera kw' Abisirayeli".

3.IkigishoIbyakozwe n' Intumwa "Igice cya 51"

#"Umwungeri Udahemuka".Ababwirizabutumwa ba ADEPR na METHODIST n' Umupasitoro bayoboraga ibyumba by’amasengesho beretswe isabato babwirwa kuyiruhuka. .

4.Ikifuzo n' IsengeshoAudio:::

Isabato1[ https://voca.ro/1no0YvC3lVwy ].

*12/7/2021-3/3/3=15/10/2024 at 1:59' a.m. The 2nd Coming of Jesus Christ's waiting Prayers and Fasting Days on Day -3/3/3 of 1190 Days remaining from the 1335 Days of Daniel 12:1-13..Monday.

1.Indirimbo:

#291"Ndabatuwe Sinkibabaye".[].

2.Isomo ryo muri (Bibiliya Yera)(Holy Bible)

#Abaroma 10:1-21"Abayuda bivutsa gukiranuka kw' Imana".

#Gutegeka kwa kabiri 32:1-52"Indirimbo ya Mose".

#Yoweli 2:1-32" Inzige azigereranya n' Umunsi w' Uwiteka Uzabaho".

#Zaburi 19:1-15"Ijuru rivuga icyubahiro cy' Imana, Isanzure ryerekana imirimo y' intoke zayo","Amategeko y' Uwiteka atungana rwose asubiza intege mu bugingo(ISABATO 7/2/2021-7/2/2024), ibyo Uwiteka yahamije ni ibyo kwizerwa biha umuswa ubwenge,Amategeko Uwiteka yigishije araboneye anezeza umutima, Ibyo Uwiteka yategetse ntibyanduye bihwejesha amaso. Kubaha Uwiteka ni kwiza guhoraho iteka ryose, Amateka y' Uwiteka ni ay' ukuri, Ni ayo gukiranuka rwose".

#Yesaya 28:1-29"Imana iburira Abefurayimu","Ibuye rikomeza impfuruka".

#Yesaya 65:1-25"Isezerano ry' ijuru rishya n' isi nshya".

#Yesaya 66:1-24"Isezerano ry' ijuru rishya n' isi nshya".

3.IkigishoIbyakozwe n' Intumwa "Igice cya 51"

#"Umwungeri Udahemuka".Ababwirizabutumwa ba ADEPR na METHODIST n' Umupasitoro bayoboraga ibyumba by’amasengesho beretswe isabato babwirwa kuyiruhuka. .

4.Ikifuzo n' IsengeshoAudio:::

Isabato1[ https://voca.ro/1no0YvC3lVwy ].

*13/7/2021-2/3/3=15/10/2024 at 1:59' a.m. The 2nd Coming of Jesus Christ's waiting Prayers and Fasting Days on Day -2/3/3 of 1189 Days remaining from the 1335 Days of Daniel 12:1-13..Tuesday.

1.Indirimbo:

#292"Ni Wowe Gusa".[].

2.Isomo ryo muri (Bibiliya Yera)(Holy Bible)

Abaroma 11:1-36" Amaherezo y' Abisirayeli","Ishimwe rikwiriye Nyir' ubumenyi ukeshwa byose".

3.IkigishoIbyakozwe n' Intumwa "Igice cya 51"

#"Umwungeri Udahemuka".Ababwirizabutumwa ba ADEPR na METHODIST n' Umupasitoro bayoboraga ibyumba by’amasengesho beretswe isabato babwirwa kuyiruhuka. .

4.Ikifuzo n' IsengeshoAudio:::

Isabato1[ https://voca.ro/1no0YvC3lVwy ].

*14/7/2021-1/3/3=15/10/2024 at 1:59' a.m. The 2nd Coming of Jesus Christ's waiting Prayers and Fasting Days on Day -1/3/3 of 1188 Days remaining from the 1335 Days of Daniel 12:1-13..Wednesday.

1.Indirimbo:

#293"Munsi Mwiza Wejejwe".[].

2.Isomo ryo muri (Bibiliya Yera)(Holy Bible)

Abaroma 12:1-21"Imirimo ikwiriye imibereho ya Gikristo".

3.IkigishoIbyakozwe n' Intumwa "Igice cya 51"

#"Umwungeri Udahemuka".Ababwirizabutumwa ba ADEPR na METHODIST n' Umupasitoro bayoboraga ibyumba by’amasengesho beretswe isabato babwirwa kuyiruhuka. .

4.Ikifuzo n' IsengeshoAudio:::

Isabato1[ https://voca.ro/1no0YvC3lVwy ].

*15/7/2021-30/2/3=15/10/2024 at 1:59' a.m. The 2nd Coming of Jesus Christ's waiting Prayers and Fasting Days on Day -30/2/3 of 1187 Days remaining from the 1335 Days of Daniel 12:1-13..Thursday.

1.Indirimbo:

#294"Gitare Kirekire".[].

2.Isomo ryo muri (Bibiliya Yera)(Holy Bible)

Abaroma 13:1-14"Ibyo kugandukira abategeka".

3.IkigishoIbyakozwe n' Intumwa "Igice cya 51"

#"Umwungeri Udahemuka".Ababwirizabutumwa ba ADEPR na METHODIST n' Umupasitoro bayoboraga ibyumba by’amasengesho beretswe isabato babwirwa kuyiruhuka. .

4.Ikifuzo n' IsengeshoAudio:::

Isabato1[ https://voca.ro/1no0YvC3lVwy ].

*16/7/2021-29/2/3=15/10/2024 at 1:59' a.m. The 2nd Coming of Jesus Christ's waiting Prayers and Fasting Days on Day -29/2/3 of 1186 Days remaining from the 1335 Days of Daniel 12:1-13..Friday Fasting Day.

1.Indirimbo:

#295"Mpisemo Umukiza Yesu".[].

2.Isomo ryo muri (Bibiliya Yera)(Holy Bible)

Abaroma 14:1-23"Kudacirirana Imanza".

3.IkigishoIbyakozwe n' Intumwa "Igice cya 51"

#"Umwungeri Udahemuka".Ababwirizabutumwa ba ADEPR na METHODIST n' Umupasitoro bayoboraga ibyumba by’amasengesho beretswe isabato babwirwa kuyiruhuka. .

4.Ikifuzo n' IsengeshoAudio:::

Isabato1[ https://voca.ro/1no0YvC3lVwy ].

*17/7/2021-28/2/3=15/10/2024 at 1:59' a.m. The 2nd Coming of Jesus Christ's waiting Prayers and Fasting Days on Day -28/2/3 of 1185 Days remaining from the 1335 Days of Daniel 12:1-13..A Happy 7th Day Sabbath.

1.Indirimbo:

#296"Amahoro Masa".[].

2.Isomo ryo muri (Bibiliya Yera)(Holy Bible)

#Abaroma 15:1-33"Yesu niwe Cyitegererezo cyacu cyo kutinezeza","Umurimo wa Pawulo n' Inama ze".

3.IkigishoIbyakozwe n' Intumwa "Igice cya 51"

#"Umwungeri Udahemuka".Ababwirizabutumwa ba ADEPR na METHODIST n' Umupasitoro bayoboraga ibyumba by’amasengesho beretswe isabato babwirwa kuyiruhuka. .

4.Ikifuzo n' IsengeshoAudio:

A.

1.Mugihe Umutambyi Mukuru Wacu Yesu Kristo akiduhongerera,Dukwiriye Kudaha Urwaho Imbaraga z' Igishuko[https://voca.ro/1dqXpTRFXo01].

2.Abera ibihumbi 144,000[ https://voca.ro/12id8BCngiKo ],

3.Tugeze Mugihe cy' Akaga(Akarengane)Kabanziriza Umubabaro wa Yakobo,Ari nako Imana itugira inama yo kutazibikira ibyo tuzakoresha mu mirima muri uwo Mubabaro wo mu byago7 by' imperuka kuva 15/2/2024-15/10/2024[ https://voca.ro/15txevB63d72 ].

4.Ijwi ry' Imana ubu muri 2021 riri kudutangariza Umunsi n' Isaha yo Kugaruka kwa Yesu Kristo nyuma y' amezi 42 yo mu Ibyahishuwe 13:5 mu mwa wa 2024[ https://voca.ro/1cGSnBfYa1yl ].

5.Gutangira Isabato1,Gushakisha Imana nturengere Amavi yashaka agakoboka,Daniyeli 5[ https://voca.ro/1lzq0aNfMgru ].

Isabato2: Covid-19 Kuyipimisha no Kuyikingiza n' Amategeko yokuyirinda byose hamwe ni Igitero cy' Abajezuwiti na PAPA Francis cya SATANI yateye Imana n' Abana b'Imana muburyo buri Microscope,Daniyeli 5[ https://voca.ro/1fUKqdepsfkP ].

Isabato3:Abana b' Imana bavuye mumadini ya Baburoni isenga Ku Cyumweru, babwiwe n' Imana kuza kweza Isabato mu matsinda yo mungo n' ahandi kandi ngo bakitandukanya n' Abadiventisiti b' Umunsi wa 7 bagisengera Mu Nsengero Z' ikigihe!Iherezo ry' Imyaka 2300 n' Ibyaha bya Baburoni:[ https://voca.ro/1jbHb4CUO9BF].

Daniyeli6[ https://voca.ro/11WF19uybR8r ].

B.

1.Isabato1[ https://voca.ro/1no0YvC3lVwy ].

Isabato2[ https://voca.ro/11AVgLbdfcJf ].

Daniyeli3[https://voca.ro/1aihjgwoDkvR ].

2.Isabato3Indirimbo Za 350https://voca.ro/1fmoTdeido2G ].

Isabato4 Indirimbo yatoranijwe[ https://voca.ro/1nN7voJfQgY8 ].

Isabato5[ https://voca.ro/1kathYXqJC5t ].

Daniyeli6[ https://voca.ro/11WF19uybR8r ].

3.Click for English in the picture:Note:{This is African Union Students' Council(AUSC)" For The Better Africa We Deserve" Special Dedication to Our United States of America(U.S.A)based Amazing Word Ministries International YouTube Channel deleted by YouTube Team to please Allow You All Globally To Read, Analyze,Copy,Paste and Share this Link to At Least 7 Peoples online and offline:[ http://www.africanunionsc.org/2021/07/urukundo-rwa-benshi-ruzakonja-kutandura.html?m=1 ].

May Almighty God bless You All.}

4.Every thing believed in Covid-19 leads to 666 Number of the Beast"Jesuit Pope Francis the 1st Beast" to enforce the Mark of the Beast"U.S Climate Sundays Lockdowns Act of 2021" by the Image of the Beast"Global Churches and States Unions " under "U.S Jesuit White House Administration the 2nd Beast in the Years 2021-2024 "Revelation 13:1-18, Revelation 14:1-20, 15:1-8, 16:1-21, 17:1-18, 18:1-24, 19:1-21,20:1-15): [1)Six Face Shields covering 2)Six Facial Masks surrounding Six Hair Covers,3)Six Protective Gloves per each Column, 4)Six Protective Gowns, 5)Six Protective Boots per each Column, 6)Six Carriers for Covid-19 so called Six Clients Cadavers being carried outside from an Autobus with Six Rooms reserved Mortuary in Rwanda an East African Nation where a Vial of Covid-19 Aborted Foetuses Cells Manufactured Vaccine will begin to be Manufactured Financed by European Union for 1 Vial to be shared by Six believers in Covid-19 cases and deaths tolls surgings with fears revealed from a 7th Day Adventists Parents born Health Minister Dr.NGAMIJE Daniel ]:

5.Umunyamakuru wemeje ko aho Abadiventisiti b' Umunsi wa 7(SDA Global Churches under General Conference All are advocating for Satanic Covid-19 draconian measures including Covid-19 Venomous Vaccines) benshi bagiye ari mu kwikingiza Covid-19 kuruhande rw'ab' isi aho Leta zose zo mu isi ziyobowe na Papa Francis President wa Leta Ya VATICAN bashaka kujyana abatuye isi bose mu kuramya igishushanyo n' ikimenyetso n' umubare 666 by' ubupapa bwa SATANI ,ahita ku Mana, kandi abanze ibyo benshi birunduriyemo by'itiriwe kwirinda kwandura no kwanduzanya Covid-19 nk'uko ababana barekeshejwe kwiga n'ibyo byaduka byo muminsi y' imperuka(No Jab, No Job=No Buy No Sell,Revelation 13:1-18) byagejeje kuguhatira amashuli kwigisha no k' Umunsi wa 7 ariwo SABATO y' Uwiteka barahiye Imbere y' Imana n' imbere y' abategeka iby'iyi Si igiye kurimbuka ishaka bemeje ko batazigera basubira mu ishuli; inzira ifunganye ariyo ijya ku Mana inyuramo bake cyanee, mugihe Uyu wemeza ko aho abenshi bagiye ahashyigikiye nawe yamaze kurangirirwaho n' Imbabazi z'Imana Niba Atari ukwibeshya:
6.Ezekiel 12:1-28" Umuhanuzi Abera Abantu IkimenyetsoNibivugwe byemerwe neza nk' Uko biri nta kubica iruhande muri Bibiliya Yera bibwirwe abanze kumva Bose ko Isi isigaje imyaka 3 n' amezi 3 abayiriho Bose banze Imana bakayikurwa ho mu byago 7 by' imperuka kuva 15/2/2024 kugeza 15/10/2024 saa 1:59' mugicuku Yesu Agarutse Kutujyanana n' Abanyeshuli b' Abadiventisiti Mu RWANDA Basize byose kandi bari no mu nzira ibajyana mu ijuru, kandi Ntibemera n' amabwiriza yo kwirinda Koronavirusi(Covid-19) kubera ko Umwuka Wera W' Uwiteka yatwemeje ko ari icyaha(Covid-19 Draconian Measures including mRNAs SARS-CoV-2-St.CORONA-Vaccines) [ https://m.youtube.com/watch?v=BVWR9RN4z_0&list=PLp4EdRHp7h4dTsvsMgSvNLgZcKYIZ8kxX&index=4 ].:

7.ISABATO cyangwa Umunsi w' ICYUMWERU?



IGICE CYA 51 - UMWUNGERI UDAHEMUKA
(Iki gice gishingiye ku Rwandiko nva 1 Rwanditswe na Petero)

Mu gitabo cy’ibyakozwe n’intumwa harimo bikeya bivugwa ku byo intumwa petero yakoze mu bihe bye biheruka. mu myaka y’ivugabutumwa yakurikiye isukwa rya mwuka Muziranenge ku munsi wa pantekote, petero yari mu bantu bakoze byimazeyo kugira ngo bagere ku bayahudi bari baje i yerusalemu gusenga mu gihe cy’iminsi mikuru y’umwaka. INI 318.1

Uko umubare w’abizera wiyongeraga i yerusalemu ndetse n’ahandi hasurwaga n’intumwa z’umusaraba, ubushobozi bwihariye petero yari afite bwagaragariye itorero rya mbere rya gikristo ko ari ubw’agaciro katarondoreka. uruhare rw’ubuhamya bwe bwerekeye yesu w’i nazareti bwamamaye hirya no hino. petero yari yarahawe inshingano ebyiri. yahamije ibijyanye na mesiya imbere y’abantu batizera, akorana umwete kandi abikuye ku mutima kugira ngo bahinduke; kandi ari nako akorera abizera umurimo wihariye, akabakomereza mu kwizera kristo. INI 318.2

Petero yahamagariwe gukora nk’umwungeri muto nyuma yuko yiyanze akiyegurira imbaraga mvajuru. kristo yari yarabwiye petero mbere y’uko amwihakana ati: “nawe numara guhinduka ukomeze bagenzi bawe.” (luka 22:32). aya magambo yari afite icyo avuga ku murimo mugari kandi utanga umusaruro iyi ntumwa yagombaga kuzakorera abajyaga kuzizera. petero yari yarateguriwe uyu murimo binyuze mu mibereho ye bwite y’icyaha, umubabaro no kwihana. amaze kumenya intege nke ze ni bwo yasobanukiwe uko umwizera akeneye kwishingikiriza kuri kristo. igihe yari hagati mu muraba w’ibigeragezo nibwo yaje gusobanukirwa ko umuntu ashobora kugenda neza gusa iyo aretse kwiyiringira ubwe akisunga umukiza 
Ubwo abigishwa bahuraga na kristo bwa nyuma ku nyanja, ubwo petero yageragezwaga abazwa ikibazo kimwe incuro eshatu ngo, “urankunda?” (yohana 21:15-17), yasubijwe mu mwanya we mu bigishwa cumi na babiri. yahawe umurimo we; yagombaga kuragira umukumbi w’uwiteka. ubu noneho ubwo yari amaze guhinduka no kwemerwa, ntabwo yagombaga gushaka uko yakiza abari hanze y’umukumbi gusa, ahubwo yanagombaga kuba umwungeri w’intama. INI 318.4

Kristo yamenyesheje petero ikintu kimwe cya ngombwa kugira ngo amukorere- “urankuda?” iki ni cyo cy’ingenzi akwiye kugira. nubwo petero yari kugira ibindi byose ariko ntagire urukundo rwa kristo ntiyashoboraga kuba umwungeri wizerwa wo kuragira umukumbi w’imana. ubumenyi, kugira neza, imvugo inoze n’umwete byose ni ingezi mu murimo mwiza; nyamara nta rukundo rwa kristo ruri mu mutima, umurimo w’umubwiriza w’umukristo uba ari imfabusa. INI 318.5

Urukundo rwa Kristo ntabwo ari ibyo umuntu yiyumvamo bihindagurika, ahubwo ni ihame rizima rigomba kugaragazwa nk’imbaraga iba mu mutima. Igihe imico n’imyifatire y’umwungeri ari urugero rufatika rw’ukuri yamamaza, Uwiteka azashyira ikimenyetso ku murimo akora ahamye ko awemera. Umwungeri n’umukumbi bazaba umwe, bahujwe n’ibyiringiro bahuriyeho muri Kristo. INI 319.1

Uburyo umukiza yakoranye na petero, byahaye icyigisho petero n’abavandimwe be. nubwo petero yari yarihakanye umwami we, urukundo kristo yamukundaga ntirwigeze rucogora. mu gihe petero yagombaga gukora umurimo wo kugeza ku bandi ijambo ry’imana, yagombaga guhangana n’umwanzi yihanganye, afite impuhwe, imbabazi n’urukundo rubabarira. mu kwibuka intege nke ze no gutsindwa kwe, yagombaga kwita ku ntama n’abana bazo nk’uko kristo yari yaramugenjereje. INI 319.2

Abantu biyeguriye gukora icyaha, babogamira gufata nabi abageragezwa n’abayoba. ntibashobora gusoma ibiri mu mutima kandi ntibazi intambara n’umubabaro byawo. bakeneye kwiga ibyo gucyaha kuje urukundo, iby’igihano gikomeretsa kikomora n’umuburo utanga ibyiringiro. INI 319.3

Mu gihe cyose cy’umurimo we, petero yaragiye neza umukumbi yashinzwe maze muri ubwo buryo agaragaza ko ashoboye gusohoza inshingano yahawe n’umukiza. buri gihe yererezaga yesu w’i nazareti nk’ibyiringiro bya isiraheli, akaba n’umukiza w’inyokomuntu. ubuzima bwe yabweguriye kugengwa na shebuja. mu buryo bwose bushoboka yashakaga uko amenyereza abizera gukora umurimo bagombaga gushishikarira. urugero rwe rwiza no gukora adacogora byatumye abasore benshi basezerana kwitangira gukora umurimo w’ivugabutumwa. uko igihe cyahiga, ni ko uruhare rwa petero nk’umwigisha n’umuyobozi rwiyongeraga; kandi nubwo atigeze arambika umutwaro yari afite wo gukorera abayahudi by’umwihariko, yatanze ubuhamya bwe mu bihugu byinshi kandi akomereza ukwizera kw’imbaga y’abantu mu butumwa bwiza. INI 319.4

Mu myaka iheruka y’umurimo we, petero yabwiwe n’imana kwandikira abizera “batataniye i ponto, i galatiya, i kapadokiya, mu aziya n’i bituniya.” (1 petero 1:1). inzandiko ze zari uburyo bwo kongera kubyutsa ubutwari no gukomeza ukwizera kw’abo bihanganiraga ibigeragezo n’ingorane, ndetse no kugarura ku mirimo myiza abari mu kaga ko kuva ku mana bitewe n’ibigeregezo binyuranye. izi nzandiko zigaragaza ko zanditswe n’umuntu wahuye n’imibabaro ya kristo no guhumurizwa na we; umuntu ubuzima bwe bwose bwari bwarahinduwe n’ubuntu, kandi wari ufite ibyiringiro nyakuri ndetse bihamye by’ubugingo buhoraho. INI 319.5

Ku itangiriro ry’urwandiko rwe rubanza, umugaragu w’imana wari usheshe akanguhe yasingije umwami we kandi aramushima. yaravuze ati: “imana y’umwami wacu yesu kristo, ni yo na se, ishimwe, kuko yatubyaye ubwa kabiri, nk’uko imbabazi zayo nyinshi ziri, kugira ngo tugire ibyiringiro bizima, tubiheshejwe no kuzuka kwa yesu kristo, tuzabone umurage utabasha kubora cyangwa kwandura, cyangwa kugajuka, ni wo na mwe mwabikiwe mu ijuru, mwebwe abarindwa n’imbaraga z’imana ku bwo kwizera, murindirwa agakiza kiteguwe kuzahishurwa mu gihe cy’imperuka.” 1petero 1:3-5. INI 320.1

Abakristo ba mbere bishimiraga muri ibi byiringiro by’umurage nyakuri mu isi izagirwa nshya, ndetse n’igihe babaga bari mu bihe by’ibigeragezo bikomeye no mu makuba. petero yanditse agira ati: “ni cyo gituma mwishima, nubwo ahari mukwiriye kumara igihe gito mubabazwa n’ibibagerageza byinshi; kugira ngo kwizera kwanyu kugaragare ko kurusha izahabu igiciro cyinshi (kandi izahabu, nubwo ishira, igeragereshwa umuriro), kandi kugira ngo kwizera kwanyu kugaragare ko ari uk’ukuri, amaherezo kuzabahesha ishimwe n’ubwiza n’icyubahiro, ubwo yesu kristo azahishurwa. uwo mumukunda mutaramubona, kandi nubwo none mutamureba, ni cyo gituma mwishima ibyishimo byiza bitavugwa, kuko muhabwa agakiza k’ubugingo bwanyu, ni ko ngororano yo kwizera kwanyu.” 1 petero 1:6-9. INI 320.2

Amagambo y’intumwa petero yandikiwe kugira ngo ahugure abizera bo mu bihe byose, kandi afite ubusobanuro budasanzwe ku bariho mu gihe “iherezo rya byose riri bugufi.” (1 petero 4:7). uguhugura n’imiburo bye, amagambo ye yo kwizera n’ubutwari bikenewe n’umuntu wese wifuza gushikama ku kwizera kwe “ngo gukomere kugeza ku mperuka.” abaheburayo 3:14. INI 320.3

Intumwa petero yashatse kwigisha abizera uburyo ari ingenzi kwirinda kwerekeza ibitekerezo byabo ku nyigisho zibuzanijwe cyangwa ngo bakoreshe imbaraga zabo bavuga ku ngingo zidafite agaciro. abadashaka kugwa mu mutego w’uburiganya bwa satani bagomba kurinda mu buryo bwose inzira ibyinjira mu bugingo binyuramo; bagomba kwirinda gusoma, kureba cyangwa kumva ibyabatera kugira intekerezo zanduye. ibitekerezo ntibikwiriye kurekwa ngo bitinde ku ngingo yose ibonetse umwanzi w’abantu ashobora kubishyira imbere. umutima ugomba kurindwa neza, nibitaba bityo ibibi bivuye hanze bizabyutsa ibiri imbere ku buryo umuntu azarindagirira mu mwijima. petero yaranditse ati: “nuko mukenyere mu mitima yanyu, mwirinde ibisindisha, mwiringire rwose impano y’ubuntu muzazanirwa, ubwo yesu kristo azahishurwa;… ntimwishushanye n’irari mwagiraga kera mukiri injiji. ahubwo, nk’uko uwabahamagaye ari uwera, abe ari ko namwe muba abera mu ngeso zanyu zose. kuko byanditswe ngo ‘muzaba abera kuko ndi uwera.’” INI 320.4

“Mumare iminsi y’ubusuhuke bwanyu mutinya. kuko muzi yuko ibyo mwacungujwe ngo muve mu ngeso zanyu zitagira umumaro mwatojwe na ba sekuruza banyu, atari ibyangirika nk’ifeza cyangwa izahabu, ahubwo mwacungujwe amaraso y’igiciro cyinshi, nk’ay’umwana w’intama utagira inenge cyangwa ibara, ni yo ya kristo, wamenywe n’imana kera, isi itararemwa, ariko akerekanwa ku mperuka y’ibihe ku bwanyu, abo yahaye kwizera imana yamuzuye, ikamuha icyubahiro; kugira ngo kwizera kwanyu n’ibyiringiro byanyu bibe ku mana.” 1 petero 1:13-21. INI 321.1

Iyo ifeza n’izahabu biza kuba bihagije kugira ngo bigure agakiza k’umuntu, mbega ukuntu kari gusohozwa mu buryo bworoshye n’uwavuze ati: “ifeza ni izanjye, n’izahabu na zo ni izanjye.” (hagayi 2:8). INI 321.2

Nyamara amaraso y’igiciro cyinshi y’umwana w’imana ni yo gusa yari gutuma umunyabyaha acungurwa. inama y’agakiza yagaragariye mu gitambo. intumwa pawulo yaranditse ati: “kuko muzi ubuntu bw’umwami wacu yesu kristo, uko yari umutunzi, maze agahinduka umukene ku bwanyu, kugira ngo ubukene bwe bubatungishe.” (2 kor 8:9). kristo ubwe yaratwitangiye kugira ngo aducungure mu bicumuro byose. kandi nk’umugisha w’agakiza uhebije indi yose “impano y’imana ni ubugingo buhoraho muri yesu kristo umwami wacu.” abaroma 6:23. INI 321.3

Petero yakomeje agira ati: “nuko rero ubwo mwiyejejesheje imitima kumvira ukuri kugira ngo mubone uko mukunda bene data mutaryarya, mukundane cyane mu mitima.” (1 petero 1:22). ijambo ry’imana ari ryo “kuri” ni umuyoboro uwiteka yerekaniramo mwuka we n’imbaraga ye. kumvira ijambo ry’imana kwera imbuto y’icyo umuntu akeneye ari cyo- “gukundana bya kivandimwe nta buryarya.” (1petero 1 :22). uru rukundo ruturuka mu ijuru kandi ruyobora ku mpamvu nyazo zihanitse no ku bikorwa bitarimo kwikubira. INI 321.4

Iyo ukuri guhindutse ihame rituye mu bugingo, umuntu aba ” abyawe ubwa kabiri, atabyawe n’imbuto ibora, ahubwo abyawe n’imbuto itabora, abiheshejwe n’ijambo ry’imana rizima rihoraho.” (1 petero 1 :23). uku kuvuka gushya ni ingaruka yo kwakira kristo-jambo w’imana. iyo ukuri kw’imana kwinjiye mu mutima bitewe na mwuka muziranenge, ibitekerezo bishya birakanguka, imbaraga zisanzwe zisinziriye zikabyukirizwa gufatanya n’imana. INI 321.5

Uku ni ko byagendekeye petero n’abigishwa bagenzi be. kristo niwe wahishuriye ukuri abatuye isi. ni we wabibye imbuto itabora (ari ryo jambo ry’imana) mu mitima y’abantu. nyamara nyinshi mu nyigisho z’ingenzi z’umwigisha mukuru zabwiwe abantu batazumvise. nyuma yo gusubira mu ijuru kwa yesu, mwuka muzizranenge yagiye yibutsa abigishwa inyigisho ze ku buryo bavuye mu bitotsi. ubusobanuro bw’uku kuri bwaje mu bitekerezo byabo nk’ihishuriwa rishya kandi ukuri kuboneye kandi kutavanze kwihaye icyicaro. bityo imibereho y’ubuzima bwe butangaje yahindutse iyabo. jambo yatanze ubuhamya abubanyujijemo, maze abo yitoranyirije baherako bamamaza ukuri gukomeye bati, “jambo uwo yabaye umuntu abana natwe,… yuzuye ubuntu n’ukuri.” “kandi ibimwuzuye akaba ari byo twahaweho twese, ni ubuntu bukurikira ubundi.” yohana 1:14-16. INI 322.1

Intumwa petero yahuguriye abizera kwiga ibyanditswe, bityo binyuze mu kubisobanukirwa neza, bazashobore gukora umurimo nyawo w’iteka ryose. petero yabonye ko mu mibereho y’umuntu wese uzatsinda hazabamo ibimutera guhangayika ndetse n’ibigeragezo; ariko kandi yari azi ko gusobanukirwa ibyanditswe bizashoboza ugeragezwa kwibuka amasezerano azahumuriza umutima kandi agakomeza kwizera ushobora byose. INI 322.2

Yaravuze ati: “kuko abafite imibiri bose bahwanye n’ibyatsi; ubwiza bwabo bwose bumeze nk’uburabyo bw’ibyatsi. ibyatsi biruma, uburabyo bwabyo bugahunguka: ariko ijambo ry’uwiteka ryo rihoraho iteka. kandi iri ni ryo jambo ry’ubutumwa bwiza mwabwirijwe.” ” nuko mwiyambure igomwa ryose n’uburiganya bwose n’uburyarya n’ishyari no gusebanya kose, mumere nk’impinja zivutse vuba, mwifuze amata y’umwuka adafunguye, kugira ngo abakuze, abageze ku gakiza: niba mwarasogongeye mukamenya yuko umwami wacu agira neza.” 1 petero 1:24, 25; 2:1-3. INI 322.3

Abenhi mu bizera petero yandikiye bari batuye mu bapagani, kandi benshi bishingikirizaga ku kuba indahemuka ku muhamagaro wabo ukomeye wo kwizera kwabo. petero yabamenyesheje amahirwe bafite nk’abayoboke ba kristo yesu. yaranditse ati: “ariko mwebweho muri ubwoko bwatoranijwe, abatambyi b’ubwami, ishyanga ryera, n’abantu imana yaronse, kugira ngo mwamamaze ishimwe ry’iyabahamagaye, ikabakura mu mwijima, ikabageza mu mucyo wayo w’itangaza. kera ntimwari ubwoko, ariko none muri ubwoko bw’imana: kera ntimurakababarirwa ariko none mwarababariwe.” “bakundwa, ndabahugura ubwo muri abasuhuke n’abimukira, kugira ngo mwirinde irari ry’umubiri ry’uburyo bwinshi rirwanya ubugingo. mugire ingeso nziza hagati y’abapagani, kugira ngo, nubwo babasebya nk’abakora nabi, nibabona imirimo yanyu myiza, izabatere guhimbaza imana ku munsi wo kugendererwamo.” 1 petero 2:9-12. INI 322.4

Intumwa petero yavuze yeruye uko abizera bakwiriye kwifata imbere y’ubutegetsi bw’isi. aravuga ati: “mugandukire ubutware bwose bw’abantu kubw’umwami wacu: naho yaba umwami, kuko ari we usumba bose, cyangwa abatware, kuko ari bo batumwe na we guhana inkozi z’ibibi, no gushima abakora neza. kuko ibyo imana ishaka ari uko mujibisha abantu b’abapfapfa, batagira icyo bamenya, gukora neza kwanyu: mumeze nk’ab’umudendezo koko, ariko uwo mudendezo mutawutwikiriza ibibi, ahubwo mugenze nk’imbata z’imana. mwubahe abantu bose, mukunde bene data, mwubahe imana, mwubahe umwami.” 1 petero 2:13-17. INI 322.5

Abari abagaragu bagiriwe inama yo gukomeza kugandukira ba shebuja “babubashye rwose, atari abeza n’abagira ineza gusa, ahubwo n’ibigoryi. petero yarasobanuye ati: “kuko igishimwa ari uko umuntu yakwihanganira imibabaro bamuhoye ubusa, azize umutima utunganiye imana. ariko se, niba mwihanganira gukubitwa ibipfunsi babahora icyaha, muzashimwa iki? icyakora, niba mukora neza, akaba ari byo mubabarizwa, mukabyihanganira, ibyo ni byo imana ishima: kandi ibyo ni byo mwahamagariwe, kuko na kristo yabababarijwe, akabasigira icyitegererezo, kugira ngo mugere ikirenge mu cye: nta cyaha yakoze, nta n’uburiganya bwabonetse mu kanwa ke: yaratutswe, ntiyabasubiza; yarababajwe, ntiyabakangisha; ahubwo aritanga yiha idaca urwa kibera. ubwe yikoreye ibyaha byacu mu mubiri we, abibambanwa ku giti; kugira ngo dupfe ku byaha, duhereko tubeho ku gukiranuka. imibyimba ye ni yo yabakijije. kuko mwari nk’intama zizimiye, ariko none mukaba mwaragarukiye umwungeri w’ubugingo bwanyu, ni we murinzi wabwo. “1 petero 2:19-25. INI 323.1

Petero yahuguriye abagore bizera kwirinda mu biganiro bagira no kudakabya mu myambarire no mu myifatire. yatanze inama ati, “Umurimbo wanyu we kuba uw’inyuma, uwo kuboha umusatsi, cyangwa uwo kwambara izahabu, cyangwa uwo gukanisha imyenda : ahubwo ube uw’imbere, uhishwe mu mitima, umurimbo utangirika w’umwuka ufite ubugwaneza n’amahoro: ni wo w’igiciro cyinshi mu maso y’imana.”1 petero 3 :3, 4. INI 323.2

Iki cyigisho kireba abizera bo mu bihe byose. ” nuko muzabamenyera ku mbuto zabo.” (matayo 7 :20). umurimbo w’imbere urangwa n’umwuka wo kwiyoroshya no gutuza ni uw’igiciro gihebuje. mu mibereho y’umukristo nyakuri umurimbo w’inyuma iteka uba ujyaniranye n’amahoro no gutungana by’imbere mu mutima. kristo yaravuze ati: “umuntu nashaka kunkurikira, yiyange, yikorere umusaraba we, ankurikire.” (matayo 16:24). kwiyanga no kwitanga bizaranga imibereho ya gikristo. igihamya cy’uko ibyo umuntu ashyira imbere byahindutse kizagaragarira mu myambarire y’abantu bose bagendera mu nzira yaharuriwe abacunguwe n’uwiteka. INI 323.3

Birakwiriye gukunda ibyiza no kubyifuza; ariko imana yifuza ko dukunda kandi tugashaka ubwiza burutaho aribwo butangirika. nta murimbo w’inyuma ushobora kugereranywa mu gaciro cyangwa ubwiza “n’umutima w’ubugwaneza n’amahoro,” “imyenda y’ibitare myiza, yera, kandi itanduye” , iyo abera bo ku isi bose bazambara. (ibyahishuwe 19:14). uyu mwambaro uzatuma bagaragara neza kandi bagire igikundiro, kandi hanyuma uzababera ikimenyetso kibahesha kwinjira mu ngoro y’umwami. isezerano rye ni iri ngo: “bazagendana nanjye bambaye imyenda yera, kuko babikwiriye.” ibyahishuwe 3:4. INI 323.4

Yitegereje imbere, mu iyerekwa rya gihanuzi maze akareba ibihe biruhije itorero rya kristo ryagombaga kunyuramo, intumwa petero yasabye abizera gushikama mu gihe cy’ibigeragezo n’imibabaro. yabandikiye agira ati: “bakundwa, mwe gutangazwa n’ikome ryo kubagerageza riri hagati yanyu, ngo mumere nk’abagushije ishyano.” 1 petero 4:12. INI 324.1

Ibigeragezo ni umugabane umwe mu nyigisho zitangwa mu ishuri rya kristo kugira ngo bitunganye abana b’imana bibakureho inkamba z’iby’isi. kubera ko imana ari yo iyiboye abana bayo bituma bahura n’ibibagerageza. ibigeragezo n’inzitizi ni uburyo imana yatoranyije kugira ngo itunganye imyifatire y’abana bayo kandi babashe kunesha. usoma imitima y’abantu ni we uzi neza intege nke zabo kurusha uko bashobora kuzimenya. abona ko bamwe bafite ibyangombwa bishobora gutuma umurimo we utera imbere igihe biramutse bikoreshejwe mu nzira nyayo. mu bwenge bwe, ashyira aba bantu mu myanya itandukanye no mu bihe bitandukanye, kugira ngo bavumbure inenge batashoboraga kumenya ubwabo. abaha amahirwe yo gutsinda izo nenge kugira ngo ubwabo bashobore kumukorera. kenshi yemera ko umuriro w’imibabaro ikomeye ugurumana kugira ngo babashe gutunganywa. INI 324.2

Imana ntihwema kwita ku murage wayo. imana ntiyemera ko abana bayo banyura mu mibabaro keretse iyo ibonye ko ari ngombwa kubw’ibyiza by’igihe barimo cyangwa iby’iteka ryose. izatunganya itorero ryayo, ndetse nk’uko kristo yatunganyije urusengero igihe yakoreraga umurimo we ku isi. ibyo yemera byose ko biba ku bantu bayo mu bibazo n’ibigeragezo, biberaho kugira ngo bagire ubutungane bwimbitse n’imbaraga zihagije zo kwamamaza insinzi y’umusaraba. INI 324.3

Hari igihe kimwe mu byo petero yanyuzemo ubwo atifuzaga kubona umusaraba mu murimo wa kristo. ubwo umukiza yamenyeshaga abigishwa imibabaro n’urupfu byari bimutegereje, petero yariyamiriye ati: “biragatsindwa, mwami; ibyo ntibizakubaho na hato.” (matayo 16:22). kwibabarira kwa petero gukomotse ku kwifatanya na kristo mu kababaro kwamuteye guhubuka yamagana ibyajyaga kuba kuri yesu. kuri petero ryari isomo risharira kandi yarisobanukiwe buhoro buhoro, amenya ko inzira ya kristo ku isi yanyuraga mu kubabazwa cyane no gucishwa bugufi. nyamara mu bushyuhe bw’itanura ry’umuriro niho petero yagombaga kwigira isomo ry’inzira ya kristo. ubwo imbaraga ze zari zimaze kudohorwa n’ubusaza n’imirimo, yabashije kuvuga ati, “bakundwa, mwe gutangazwa n’ikome ryo kubagerageza riri hagati yanyu, ngo mumere nk’abagushije ishyano. ahubwo munezezwe n’uko mufaganije imibabaro ya kristo, kugira ngo muzanezerwe mwishima bihebuje, ubwo ubwiza bwe buzahishurwa.” 1 petero 4:12, 13. INI 324.4

Abwira abakuru b’amatorero ibyerekeranye n’inshingano zabo nk’abungeri b’umukumbi wa kristo, intumwa petero yaranditse ati: “muragire umukumbi w’imana wo muri mwe, mutawurinda nk’abahatwa, ahubwo muwurinde mubikunze, nk’uko imana ishaka; atari ku bwo kwifuza indamu mbi, ahubwo kubw’umutima ukunze; kandi mudasa n’abatwaza igitugu abo mwagabanijwe, ahubwo mube ibyitegererezo by’umukumbi. kandi umutahiza naboneka, muzahabwa ikamba ry’ubugingo ritangirika.” 1petero 5:2-4. INI 325.1

Abahamagariwe kuba abungeri bakwiriye kurinda cyane umukumbi w’umwami. ibi ntabwo bigomba kuba umurimo wo kuwuhozaho ijisho bawutwaza igitugu, ahubwo ni ugutera ubutwari, gukomeza no kuzahura. ivugabutumwa rirenze kubwiriza; bisobanura umurimo umuntu ku giti cye akora ashishikariye. itorero ku isi rigizwe n’abagabo n’abagore b’abanyantege nke bakeneye ubihanganira, ubafata neza kugira ngo batozwe kandi banagurirwe gukora bemerwa muri ubu buzima no mu buzima buzaza buzambikwa icyubahiro no kudapfa. hakenewe abapasitoro (abashumba b’abizerwa) bazabwizanya abantu b’imana ukuri, batababwizanya umushiha, ahubwo bakabagaburira umutsima w’ubugingo. abo ni abantu mu mibereho yabo ya buri munsi bahora biyumvamo imbaraga ihindura ya mwuka muziranenge kandi bafitiye abo bashinzwe urukundo rutikanyiza. INI 325.2

Hari umurimo ugomba gukoranwa ubushishozi umwungeri akwiye gukora igihe ahamagariwe kurwanya kwitandukanya, gusharira, irari n’ishyari mu itorero, kandi kugira ngo ashyire ibintu kuri gahunda azaba akwiriye gukora afite umwuka wa kristo. imiburo nyakuri igomba gutangwa, ibyaha bigacyahwa, ibibi bigakosorwa, atari ku ruhimbi gusa, ahubwo kubw’umurimo we wihariye. umutima winangiye ushobora guhinyura ubutumwa, kandi umugaragu w’imana agafatwa uko atari ndetse akanengwa. reka yibuke ko “ubwenge buva mu ijuru, irya mbere buboneye kandi bukaba ubw’amahoro, ni ubw’ineza, bwemera kugirwa inama, bwuzuye imbabazi n’imbuto nziza, butarobanura ku butoni, kandi butagira uburyarya. kandi ko imbuto zo gukiranuka zibibwa mu mahoro n’abahesha abandi amahoro.” yakobo 3:17, 18. INI 325.3

Umurimo w’umubwiriza w’ubutumwa bwiza ni “ukujijura bose ngo bamenye uburyo iby’ubwiru bikwiriye kugenda, ari bwo bwahishwe n’imana.” (abefeso 3:9). umuntu winjiye muri uyu murimo agahitamo kwitanga igice gito, akishimira kubwiriza maze umurimo wo kuvuga ubutumwa mu buryo bwihariye akawurekera undi muntu, ntabwo imirimo ye izemerwa n’imana. abantu kristo yapfiriye baragenda barimbuka kubera kubura k’umurimo uboneye, umurimo agomba gukora ku giti cye, kandi uwo mugabura winjiye mu murimo w’imana akaba adashaka gukora umurimo wihariye umukumbi usaba, ntaba azi icyo yahamagariwe. INI 325.4

Umwuka w’umwungeri nyakuri ni uwo kwiyibagirwa. ntiyirebaho ubwe kugira ngo ashobore gukora umurimo w’imana. iyo abwiriza ijambo ry’imana kandi agasura abantu mu miryango, amenya ibyo bakeneye, agahinda kabo, ibigeragezo banyuramo; kandi afatanyije na yesu kristo, afatanya nabo mu mibabaro yabo, akabahumuriza mu majune yabo, akabamara inzara y’umutima kandi agatuma imitima yabo igarukira imana. muri uyu murimo umubwiriza afashwa n’abamarayika bo mu ijuru, kandi we ubwe arahugurwa ndetse akamenyeshwa ukuri kumuhesha ubwenge bumuyobora ku gakiza.
Ku bijyanye n’amabwiriza yahaye abari mu myanya y’ingenzi mu itorero, petero yatanze amahame amwe rusange yagombaga gukurikizwa n’abagize itorero bose. abakiri bato bo mu mukumbi bagiriwe inama yo gukurikiza urugero rw’ababakuriye bafite kwicisha bugufi nka kristo. “namwe basore, mugandukire abakuru. mwese mukenyere kwicisha bugufi kugira ngo mukorerane: kuko imana irwanya abibone, naho abicisha bugufi ikabahera ubuntu. nuko mwicishe bugufi muri munsi y’ukuboko gukomeye kw’imana, kugira ngo ibashyire hejuru mu gihe gikwiriye. muyikoreze amaganya yanyu yose, kuko yita kuri mwe. mwirinde ibisindisha, mube maso; kuko umurezi wanyu satani azerera nk’intare yivuga, ashaka uwo aconshomera. mumurwanye mushikamye, kandi mufite kwizera gukomeye…”1 petero 5:5-9. 
Uko ni ko petero yandikiraga abizera mu gihe cy’ibigeragezo bikomeye ku itorero. abenshi bari baramaze gusogongera ku mibabaro ya kristo, kandi bidatinze itorero ryari rigiye kujya mu karengane gakomeye. mu gihe cy’imyaka mike benshi mu bari barabaye abigisha n’abayobozi mu itorero, bari bagiye kubura ubuzima bwabo bazize ubutumwa bwiza. bidatinze ibirura byari bigiye kwinjira, ntibibabarire umukumbi. nyamara nta na kimwe muri ibi cyari guca intege abari bafite ibyiringiro muri kristo. petero akoresheje amagambo yo kubakomeza no kubatera umunezero, yakuye ibitekerezo by’abizera ku bigeragezo byari bibugarije n’imibabaro yari ibari imbere, maze abyerekeza ku “murage utabasha kubora cyangwa kwandura cyangwa kugajuka.” yabasabiye agira ati: “imana igira ubuntu bwose yabahamagariye ubwiza bwayo buhoraho buri muri kristo, izabatunganya rwose ubwayo, ibakomeze, ibongerere imbaraga, nimumara kubabazwa akanya gato. icyubahiro n’ubutware bibe ibyayo iteka ryose. amen! ” 1 petero 1:4.1 petero 5:10-11. 

 

Subscribe to our website

Contact us

Meet AUSC President at +250736196204

Our Team Members