Saturday, May 30, 2020

'ICYIGISHO CYO GUTSINDISHIRIZWA' n'ITEGEKO RY'ICYUMWERU MU RWANDA May 24th 2020 to February 7th, 2021. Mwitegure Akarengane gakomeye Cyane, Ezekiyeli 36:1-38.



For KINYARWANDA USERS  Explaining 1335 Prophetic days.
Fungura iyi link ugere kukigisho cyose wige ibyenda kuba mubihugu by' ISI n'Urwanda RURIMO, utware offline downloads kuburira abantu bawe bose bitegure ibyo byose bitazabura kubagera hovuba aha uhereye mukwezi kwa 9 uyu mwaka wa 2020 kugeza Yesu Agarutse gutabara abeza Isabato y' Umunsi wa 7 bazaba bahigwa nk'aho ari abicanyi kandi bahigwa n'abakabarengeye mumategeko bitoreye Ubwabo nk'abene gihugu:( https://voca.ro/lQ9hPEtpqzw ). Iki kigisho kirararikira umuntu wese uhisemo kukiga ngo agikwirakwize. Ikigisho cyahuje abategereje kugaruka kwa Yesu kuri mumwaka wa 2024 ugaragara mubuhanuzi bw'iminsi 1335 yanditswe mugitabo cya Daniyeli 12:7-13 ,mugihe haba hatangajwe ITEGEKO RY'ICYUMWERU MU RWANDA kumugaragaro no ku isi yose bihereye mukwemerezwa muri congress ya leta zunze ubumwe z' America iby' itegeko ry'icyumweru riri gutegurwa n' ubutegetsi bwa Ki Jesuit bwa Papa Francis muri gahunda yo Kurwanya ihindagurika ry' ikirere binyuze mugushyira mubikorwa inyandiko ye yise Lawudatosi "Laudato SI"( http://www.africanunionsc.org/2020/05/tanzania-president-becomes-hero-for.html ) ikemezwa n' Umuryango w'abibumbye(UN) mukiswe Paris Agreement hakaba hateganijwe gutangizwa icyiswe Creation Sunday cg Ikiruhuko cy'i cyumweru kuva 09/2020 kugeza hagati ya 7-17/02/2021 aho insanganya matsiko yibyo bikorwa yemeza uburyo amadeni yose yabatuye isi mu ma banki yose bakoreramo azakubwa ho bagasigara batabarwaho idene narimwe ndetse hakabaho gufasha abakene harimo no kwigira ubuntu n'ibindi byinshi bitandukanye biganisha kukwica itegeko rya 4  ry' Imana ihoraho isumba byose rivuga ku kweza Isabato y' Umunsi wa Karindwi(7th Day Sabbath to Keep it Holy) bigatuma isi yose igeza mumwaka wa 2024 hatakiriho uweza Isaabato y' Uwiteka mu bwisanzure n' amahitamo y' umutimanama ukigaragara keretse kuba mukarengane, kwicwa no gushinyagurirwa , bizageza kwitangira ry' ibyago 7 bizatangira mukwa 2.
Hagati y'itariki 7-17/2/2024 kugeza Yesu Agarutse kuya 15/10/2024 Kwitegura Imperuka muri New World Oder (NWO) irigutangira na umuvuduko ukabije mubijyanye na COVID-19 , Ihindagurika ry'Ikirere n'ishyirwaho ry'Icyumweru nk'umunsi wo Gusengwaho no kuruhukaho kugahato mubihugu byose byo mw' Isi n' U Rwanda RURIMO bi kazabangamira muburyo budasubirwaho Abeza ISABATO y' Umunsi wa 7  y'ITEGEKO RYA KANE mu Mategeko y'Imana ari mu Kuva 208-11.
Links:
2) Gutsindishirizwa  n' Akarengane Audio: https://vocaroo.com/lQ9hPEtpqzw
...
4.  Isezerano ryo kumenya igihe Yesu kristo azagarukira ryahawe Ellen Gould White ,isaha ,itariki, n' umunsi bihabwa abeza Isabato y'umunsi wa 7 batsindishirijwe mbere yo kubasukira Umwuka wera mu buryo bw' imvura y'itumba mbere yo gutangazwa kw'itegeko ry'icyumweru kugahato:

IYEREKWA RYANJYE RYA MBERE 
[Imana yabwiye Mose kohereza abatasi gutata Yeriko , niyo yabwiye Yesu kujyana Ellen Gould White gutata Yeriko yo Mu Ijuru tugiye gutaha mo nyuma yo kwambuka iyi Yorodani y'ibigeragezo bya New World Order(NWO)]:
Nk’uko Imana yanyeretse urugendo rw’abategereje Kristo berekeza mu Murwa Wera ikanyereka
n’ingororano y’igiciro cyinshi izahabwa abategereje kugaruka k’Umwami wabo avuye mu
bukwe, bishobora kuba ari inshingano yanjye kubatekerereza muri make ibyo Imana
yampishuriye. Abera bakundwa bafite ibigeragezo byinshi bagomba kunyuramo. Ariko
imibabaro yacu yoroheje, nubwo ari iy’akanya gato, izaturemera ubwiza burushaho gukomera kandi bw’iteka ryose — kuko tutareba ibigaragara, kubera ko ibigaragara ari iby’igihe gito, ariko ibitaragaragara bihoraho iteka ryose. Nagerageje kuzana inkuru nziza n’amahundo make yo muri Kanani yo mu ijuru, ari yo yatumye benshi bashaka kuntera amabuye nk’uko byabaye igihe iteraniro ryose ryashakaga gutera Yosuwa na Kalebu amabuye kubw’inkuru bari bazanye. (Kubara 14:10). Ariko benedata na bashiki banjye muri Kristo, ndabahamiriza ko ari igihugu cyiza, dushobora kuzamuka tukagihindura. {IZ 34.1}
Igihe nasengeraga ku gicaniro cy’umuryango, Umwuka Wera yanjeho, maze mera nk’uzamuwe hejuru, nkuwe ku isi y’umwijima. Mpindukirira kureba abategereje kugaruka kwa Yesu bari ku isi; ariko sinababona ari nabwo ijwi ryambiraga riti: “Ongera urebe, kandi urebe hejuru biruseho hato.” Numvise ibyo nubura amaso, mbona inzira igororotse kandi ifunganye iturutse ku isi. Ako kayira ni ko abategereje banyuragamo berekeza mu murwa wari ku iherezo ry’iyo nzira. Inyuma yabo ku itangiriro ry’iyo nzira hari umucyo urabagirana ubamurikira, uwo mucyo marayika yambwiye ko ari wo rusaku rwa mu gicuku. Uyu mucyo warabagiranaga mu nzira yose kandi ukaboneshereza ibirenge byabo kugira ngo badasitara. Iyo bakomezaga guhanga amaso kuri Yesu wari uri imbere yabo abayobora ku murwa, babaga amahoro. Ariko bidatinze bamwe batangiye kunanirwa, maze bavuga yuko umurwa uri kure cyane, bibwira yuko bari bakwiriye kuba bamaze kuwinjiramo. Hanyuma Yesu abakomeresha gushyira hejuru ukuboko kwe kw’iburyo gukomeye, maze mu kuboko kwe havamo umucyo wamurikiraga iryo tsinda ry’abategereje, maze bararangurura bati: “Haleluya.” Abandi bihakana vuba wa mucyo wari inyuma yabo maze bavuga yuko Imana atariyo yabayoboye ngo ibageze aho. Wa mucyo wari inyuma yabo urazima, basigara bashyize ibirenge byabo mu mwijima w’icuraburindi, barasitara, babura icyapa cyo kubayobora kandi babura Yesu, bateshuka inzira bagwa mu mwijima no mu isi mbi byari hasi yabo. Bidatinze twumva 30 ijwi ry’Imana rimeze nk’amazi menshi asuma(ngiri ijwi ririkubivuga nonaha 15/10/2024),
maze iryo jwi ritubwira umunsi n’isaha Yesu azagarukiraho(Ni 15/10/2024, kuva isasita z'ijoro kugeza mugicuku cya sasaba z'ijoro Yesu azagaragara k'ubicu byo mu ijuru adakandagiye hasi k'ubutaka abera tuzamubona tuzamuke mubicu kumusanganira, abo bose baryohewe n'ubutegetsi bw'isi n'ubwa papa bahite buma nk' amase nyuma yo kurimuka kumudugudu ukomeye wa baburoni ariyo Vaticani n'ubutegetsi bwose bwa New World Order mu Isaha imwe ariyo minsi 15 irenga ku minsi 30 y'ukwezi kwa 9/2024 mu Ibyahishuwe 18:1-24) . Abera bari bakiriho bagera ku
bihumbi 144 bamenya kandi basobanukirwa n’iryo jwi(Abera bari bakiriho, hano Ellen Gould White ntakiriho uyumunsi tuvuga ibyo Imana yaduhishuriye, we yavuze Abera bazaba bakiriho , kuko we yagombaga kuba atakiriho, kandi abo bera ni bo beza Isabato batsindishirijwe n'ubuntu kubwo kwizera bagomba gusukirwa imvura y'itumba mbere yo gushyirwaho kw'itegeko ry'icyumweru umwanzi ukomeye w'Isabato Yera , umwanzi ukomeye w'Ubuturo bwera, Umwanzi ukomeye w' amategeko 10 y'Imana Ihoraho yaremye Isi n'Ijuru, ariko izabarimbura n'umujinya wayo mwinshi uri mugacuma udafunguye mo amzi wanditswe mu Ibyahishuwe 14:9-13), mu gihe abanyabibi bo bibwiye yuko ari uguhinda kw’inkuba n’igishitsi cy’isi(Abo bararikiye ubutunzi bwa new World Order bwa vaticani nicyumweru cyabo babyumva ngo Yesu azagaruka 15/10/2024 bakumva ari ibihuha kuko batagira kwizera, bibereye mubya Climate change ihindagurika ry'ikirere no gutabara iyisi yashaje nk'umwambaro ngo bashyizeho itegeko ry'icyumweru rirwanya itegeko ry'Imana ry'Isabato Yera ngo bana renganye kandi bice abayeza bose batanguranwe no kugaruka kwa Yesu ngo azasange barashize mu isi, ariko siko bizajyenda kuko iyarokoye Saduraka na Meshake na Abedenego mu itanura ry'Umuriro, ikarokora naniyeli mu rwobo rw'Intare, ikarokora Yohana mungunguru y'Amavuta yabize ntibaphe, Iyo izaturokora amaboko y'abagaragu ba Satani bashaka guhatira abatuye isi kwica Itegeko y'Imana rya 4 ryo kutagira icyo umuntu akora k'umunsi w'Isabato, ahubwo bo babyimurira kucymweru, ngo baribate, kandi babyinagirire amategeko y'Imana munsi y'Inyandiko ya Lawudatosi ya papa Francis umu Jesuit ukorera Ingoma ya Satani yahoze ari iy'umwami Constantine wakoreraga ikigirwamana Apollo imana y'Izuba yaharirwaga gusengerwa ku munsi w'izuba ariwo Sun-Day iri muri Gatigisimu yaba gaturika nka Common Good iyi uwo bise umutagatifu St Thomas Aquinas yemeje ko utubahirije ishyirwa ho rya coom good agomba gupfa ibyo yise capital punishment cg CP bivuga Death Penalty cyangwa igihano cyo gupfa, ngo umuntu wese usanzwe siwe uzica abadashyigikiye common good , ngo ahubwo leta niyo izabica kuko kubica bizaba bitwe n'uko babangamiye inyungu rusanjye za benshi kw'Isi aricyo Cyumweru gitabara isi mubiza by'ihindagurika ry'ikirere mumasezerano y'Iparisi yiswe paris Agreement ayo masezerano akaba agomba kuzasiga Icyumwer cyanditswe muri laudatosi no muri gatigisimu cyurije papa w'i Roma kubutegetsi Bw'isi yose bwa New World Order ishingiye kw'itegeko ry'Icymweru  cy'abaromana "Sunday"baba pagani  ngo abatuye ibihugu byose biyobowe n'aba peresida badashobora kuvuguruza papa ngo babihatire abaturage bayo nk'uko umuryango w'abibumbye ubibahatira nabo ngo bageze ibihugu byabo mu ntego z'iterambere z'iswe sustainable development goals"SDG" mbere y'umwaka wa 2030 hatabarirwabo abadiventiste b'amaramaje kunamira Yesu Kristo uri mubuturo bwera bwo mu ijuru ahera cyane, bakomeje gushikama batsindishirizwa bakeza Isabato yera yo mu itegeko rya 4 badatinya inkota y'ubutegetsi bw'isi buri kwihuriza hamwe munsi y'icyumweru cya apollo ya Neuro wishe aba kristo hafi yo kubamara nyuma Constantine akabasanag akanga kubatiwa mumazi menshi akanga no kweza isabato , akayobesha ubutegetsi n'ubutunzi abafatanije nawe kwangiza itorero Umwami wacu yadusigiye, bagashyiraho Ibivangavange by'Ubupagani bw'iroma mu itorero bitiriye Kristo bakaryita kiriziya itunganye y'iroma bakayikwiza kw'Isi bakagaruramo ababavuyemo bose bashaka gukiza amagara yabo ku bwo kwizera Yesu gusa batishingikirije kumirimo yo gutanga indurugesiya bakayisubira ho kuri 31/10/2017 ngo basubire gusenga abazimu bita abatagatifu harimo n'umuzimu witwa st corona witiriwe coronavirus, n'umuzimu bita st thomas aqyinas witiriwe itegeko ryo kwica abatumva ibintu kimwe na vaticani bakoresheje imbaraga z'ibihugu byabo bantu nkaho byakabarengeye bibakiza ubugome bw'abo bazungu b'iburayi ,nk'uko abakera bacu basengaga Ryangombe  bakamuterekereza ibinyobwa bisindisha n'imigenzo y'uburozi inyuranye ni ko bamabza umuzimu wabo bitirira bikiramariya wabyeYesu Umwan w'Imana ihoraho bakangiza no kwera kw'Imana ihoraho ). Ubwo Imana yavugaga iby’igihe cyo kugaruka kwa Yesu( uhereye igihe ibyo kugaruka kwa yesu Imana yabivugiye mu kanwa no munyandiko zaatangajwe kuva mukwa 12/2019 kugeza uyu mwanya, tuvuze iby'amezi 4 n'iminsi 15 bizava mmukwa 9/2020 kugeza mukwa 2/2021 aho icyumweru cyizatangazwa hamaze amezi 3 n'iminsi 15 imbabazi zirangiye mukwa 10/2020 ku badiventistes bose b'umunsi wa karindwi banze gutsindishirizwa, hagatangira kubarwa imsinsi irangiza amateka y'isi 1335days yo miri Daniyeli 12:12-13 ibi ababihinyura bose bazarizwa no kubona ibyo bahinyuraga bibaye impamo batangiye kugerwa ho n'Imbyago birindwi7, kndi abatinya guhamya ukuri kuvush aamaraso ngo badapfa nibo bazapfa mugihe abatura bagahamya bakaburira abaturanyi babo bose bazatabarwa n'uko morudekayi yatabawe na esteri wabagiriye inama yo gusenga nkuku biyirije ubusa agatabarwa, abagambaniye abayuda bose kuri ahasuwerusi bakarimburwa bikomeye cyane),
yadusutseho Umwuka Wera(Yadusutse ho umwuka wera bivuze ko Ibyo kugaruka kwa Yesu isaha n'Umunsi n'Umwaka bibwirwa abeza isabato mbere y'uko basukirwa Umwuka were mu mvura y'itumba ibabashisha kwinjira mumunsi wo kumaramaza kubicisha itegeko ry'Imana ihoraho ariwo wagereranijwe n'umunsi Yuda yazaniye ho abasirikare bo gufata Yesu, ariyo Ukwezi kwa 2/2021 ubwo Iman izaba imaze kurangiza gusuka Imvura yitumba kubasobanukiwe n'itariki yo kugaruka kwa Yesu n'itariki yo gutangiza icyimenyetso cy'inyamanswa ikaba igaragarira mugusenga kwabereye mugashyamba ka getsemani muri Mariko 14:1-72 aho twabaze amezi 4 n'iminsi 15 uhereye mukwa 9/2020 aho bazatangiriza Creation 'SUNDAY' iganisha kugushyiraho Itegeko ry'Icyumweru icyimenyetso cy'inyamansawa ya 4 yo muri Daniel 7:1-28 ariyo butegetsi bw'ubupapa bufite umubare 666 mu Ibyahishuwe 13:18 ahari Ubwenge Iman yavuze ko ubisobanukirwa atagomba gupima ayiramya Mu Ibyahishuwe 13:8 abatazayiramya bonyine ni abo amazina yabo yanditswe mu gitabo cy'Ubugingo arbo beza isabato yera babikuye kumutima batsindishirijwe mbere y'irangira ry'Imbabazi ngo, batangire kuvuga ubu butumwa bwa marayika wa 3 mu ijwi rirenga , bashobora no kwicwa nobo bagome bakorera 666 y'i Roma yabapagani ya apolo ikigirwamana gihagarariye Satani kuntebe Papa umuJesuit w'i Roma yicaye ho uyu munsi), maze mu maso hacu hatangira kurabagiranishwa n’ikuzo ry’Imana(Mumaso y'abeza Isabato y'Umunsi wa karindwi hatangira kurabagiranishw an'uko bamenye ko hasigaye imyaka itagera kuri 4years uturutse mukwa 2/2021 aho kurabagirana kwacu gushingira kukuba twizeye ko ibyo Imana yeretse Daniyeli byatangiranye n'Ubwami bw'Umwami Nebukadinezali birangira Yesu Kristo agarutse iminsi 1335 irangiye ibarwa uhereye aho , icyizira cy'ubu papa aricyo cyumweru gishyiriwe ahagaragara ngo gisimbure Umunsi nyakuri Iman yategetse kuruhuka ho ariyo Sabato yayo muri Yesaya 58:13-14 ahari isezerano rikomeye rindeba nawe weza Isabato by'ukuri rikagukomeza ngo VUGIRA DATA WATWESE DUTESHE AGACIRO SATANI wigometse mu ijuru akzana umujinya we ku isi kurimbura abayituye ibarimbuje Umujinya w'Imana itwika icyaha aricyo SATANI n'abagifite muribo aricyo Cyumweru cyicisha abantu Isabato Yera, aricyo Paris Sgreement igambiriye iyo ubutegetsi bw'Igihugu cyacu bwiyemeje gushyira mubikorwa munama y'abaminisitiri yabaye bemeza uburyo bwo kurekura ubucuruzi busanzwe, ariko insengero ntizifungurwe arizo Imana iba igomba kuvugirwa mo, hateganijwe kuzifungura mu kwa 9/2020 ari nabwo a Creation Sunday izatangira"Ibimtu byahinduye isura abashaka Yesu bashake no kwezwa hakiri kare niyo haza kwicwa uwishwe apfire muri Yesu Kristo ariko asige abenze SATANI, ubundi tuzabeho by'Iteka ryose, na YESU Kristo ntiyanze gupfa, yiringiye ko azazurwa, none Yrazuwe, natwe abapfira muri Yesu Christo , Uwiteka waremye byose araje azure abo bose, nyuma y,aimyaka 3years n'amezi 8months n'iminsi 15days bihwanye n'iminsi 1335 iyo daniyeli azagomba kuzukira ho Yesu atungutse kubicu 15/10/2024 muri Daniyeli 12:1-13),
nk’uko Mose yari ameze ubwo yamanukaga umusozi wa Sinayi(Kurabagirana rero nka mose amanutse kumusozi wa sinayi , nuko yari yitwaje amategeko 10 y'Imana nitegeko rya 4 ririmo, ariryo Ellen Gould white yeretswe kuva ku Isabato yambere y'Ukwezi kwa 4 mu 1847 Imana ikamwereka ipfunduye Isanduku yayo mubuturo bwera bwo mu ijuru aho itegeko rya 4 ryarabagiranaga cyane, ubwo natwe tuzonger akweza Isabato muri iyisi nyuma yo kuyikurwa ho kuva tariki 15/10/2024 tukazayereza mu isi nshya 22/10/3024 kandi twarayamamaje ikaturabagiranisha mumaso binyuze mukuvuga ubutumwa bwa marayika wa gatatu mu ijwi rirenga kuva 7/2/2021 kugeza imyaka itatu ishize 7/2/2024 hagatangira icyago cya mbere n/icyakabiri n'icya gatatu n'icya kane bizabera ahantu hatandukanye icyarimwe kw'isi buri cyose aho cyagenewe, mukwizi kubanziriza amezi 5 y'icyago cya gatanu, cyizarangirana n'umujjinya ukomeye w'ubutegetsi bwa papa uzaba ayoboye new World Order mukwezi kwa 8 hagatangira ukwizi kumwe k'icyago cya gatandatu gikura ho papa muri haremagidoni, maze hakiyongera ho ukwezi kumwe ko kugwa k'urubura n'ibishyitsi byinshi n'ibitare bigwira abanya cyumweru bose, hakiyonera hi isaha imwe ya gihanuzi ingana n'iminsi 15 iri mu Ibyahishuwe 18:1-24ariyo minsi 15 ubutegetsi bwa vatikani burimburwa abatuye isi bose bakumirwa bakaburirira, maze bigahuza nuko Umwami wacu Yesu kristo yabyeretse Yohana mu Ibyahishuwe 19:1-21 aho aza afite umwenda we no kukibero cye afite izina ryanditsweho ngo UMWAMI W'ABAMI, N'UMUTWARE UTWARA ABATWARE, mu minsi 15 arimbura Baburoni ikomeye yasambanishaga 60% yamafaranga yayo yose yo muri bank y'isi kungurane yo gukwirakwiza itegeko ry'icyumweru mubaturage batuye isi yose binyuze muba peresida bibihugu byo mu isi, maze Yesu abarimburane bose n'ibyabo byose babanze kuririra baburoni wa mudugudu ukomeye wonditswe mu Ibyahishuwe 17:1-18, maze abwire marayika ukomeye Kuboha SATANI , uyu woshya abagiye gukora ishyano ryo kwmeza itegeko ry'icyumweru rihishwe muri Paris Agreement , aboherwe kumara imyaka 1000 y'ubwigunge mu isi atagira uwo muyobozi n'umwe yoshya twibereye hamwe na Yesu Kristo mu Ijuru abeza Isabato batsindishirijwe bose mbere y'uko imbabazi z'Imana zirangira mukwa 22/10/2020 , zigasigara mubayobeye batataniye mubizera icyumeru batabizi ko ari cyo cyimenyetso cy'inyamanswa , kuva 1847 uteranijeho umubare 1177 ubona igihe Isabato yerekewe ellen G.White muri iyisi y'Umwijima izinger akwizihizwa mumunezero n'amahoro asesuye twisanzuye mu isinshya harasubijweho karindari y'Imana muri 3024, fata 1847+1177=3024, noneho udashidikanyije ibyo muri daniyeli 12:1-13, ufate iyo myaka 1000 Satani agiye kuzabohwa mo twibereye hamwe n'Umwami wacu waducunguye yesu Kristo mu ijuru, bibe 3024-1000=2024, usange ko Satani azabohwa yesu agarutse muri 2024, kandi nubara nanone imyaka yokwisanzura mu cyaha ya satani uhereye kuva Umwami wacu yesu Avukiye kuri Iyisi irangana no kuva [2017-840(500+340)]=1177, uyu ni wo mubare udasanzwe wagaragajwe gusa no kuba ubu papa bwaroheje abahagarariye amadini yavutse kumaraso y'abagorozi basubije ho ubuturo bwera bwari bwarasenywe na vaticani muri 1517 bakabugarura none bohejwe na Papa muri 2017 kuri 31/10, ibyo byose , bituma ufashe iyo myaka 500, ukayongera kumyaka 340 yo kuva mariya afite yesu Kristo muri iyisi kuva kumwaka 0 kugeza muri 340 aho umwami Constantine wa II yapfaga , umu Bishop w'iroma waje gusimburwa hashize igihe yitwaje urupapuro bise impano ya Constantino agategekesha Ubutegetsi bw aGisirikare buvanze no Kwitirirwa kuba umuvuga butumwa bwiza, byose byamusohoje kukuba uyu munsi ashyizeho New World Order9NWO) iri kuri Website ya United Nations(UN) aho bavuga ko bazagarura isi kuko yarimeze mbere y'impindura matwara mu by'inganda rayaabaye muburayi mumyaka ya za 1700s ryateje ubushyuhe bw'Isi kuzamuka bigateza ihindagurika ry'ikirere ariryo bakoreye inama yo gushyira mubikorwa Paris Agreement ngo bemeze itegeko rihinyuza ISABATO Yera y'Uwteka Ikimenyetso Cy'Imana ihoraho isumba byose yabaremye,mbega ubugome n'ubugwari!!!,Turarabagiranishwa no kubabwira mwumve ubutumwa bwa marayika wa gatatu ko niba mubyiyemeje, ngo Muramye Inyamanswa ari yo butegetsi bwa papa Francis w'i Roma na New World Order, ya UN mukaramya icyo gishushanyo cyayo aho ubutegetsi   bwa leta y'u Rwanda bwakwemera kwirenganyiriza abaturage ngo n'uko batejeje Icyumweru nk'uko ahandi hose kw'Isi bazaba barikubikorera abaturage babo babisabwe niyo Paris agreement ishingiye muburyo bw'uburyarya kuri Lawudatosi ya papa Francis umukozi wa Satani wanditswe mu Ibyahishuwe 13:18 kubw'izina rye Umusimbura w'Umwan w'imana kw'isi Vicar of Son of God, n'ubwo yabonye ko btyamenyekanye akarisiba muma titles ye muburyo bw'amategeko ngo azabone uko arenganya aabavuga ko ariwe Nyamanswa yo mu Byahishuwe, nawe ububasha afite uramutsinda kuko ari uwiyita umubwiriza butumwa bw'ubwami bwa Yesu Kristo agakoresha ububasha bwo mumpano ya Constantine bwagenewe abitwa Vicar of Son of God mubuzima bwe bwa buri munsi kandi yararisibye muma titles ye uyu mwaka wa 2020 ugitangira, uburyarya bwose akoresha , bwari bwarahanuwe muri daniyeli 8:1-27 na daniyeli 11:1-45 , ngaho ahakane ko atariwe uvugwa ko atazita no kugushaka abagore, ari byo daniyeli yamuvuze ho atwereke ko atariwe uri kuyobya isi kubwwo kuba yarahinduye amategeko y'Imana ihoraho isumba byose nk'uko Daniyeli yabihanuye ngo abone uko ashyiraho icyizira aricyo cyumweru kigiye gutuma abayobozi b'isi bahemukira ababatoye 100% bakabarenganya babahatira gukora icyaha nkora ruguma cyo kwivuguruza kumyemerere yabo ya gakondo y'ubugingo buhoraho yo Kweza Isabato y'Uwiteka maze ngo babirekeshwe n'Akamanyu k'Umutsima gusa, kazarangira mumyaka 3 gusa n'amezi 8 gusa n'iminsi 15 gusa uhereye igihe bazatangariza ko Icymweru gishyizweho ngo uriho ahumeka wese acyiruhuke ho kugahato , babyinagirire Isabato Yera mu maso y'Uwiteka wabaremye bigometse nka Satani ibyo yasize akoze mu Ijuru kubera kwica itegeko rya 10 ribuzanya kwifuza, kandi yarifuzaga gutegeka aho Umwana w'Imana Yesu Kristo yagabiwe na Se ariwe Data wa Twese Uhoraho, uwo ugiye gukoza isoni abiyumva bose ko bakomeye muri iyi si ejo bundi mumisni 1335 isigaye nibibeshya bagashyira ho icyumweru, bazagatora rwose pe, ntawuzi ubwenge wahangana n'Imana isumba byose yaremye Isi n'Ijuru!!!, Bayobozi bacu mwe barabashukira ubusa, kuko kurimbuka kwegereje SATANI nabo yohesheje Papa n'amafaranga ya vaticani yakuye  mugucuruza Indurugesiya kuva mumwaka wa 340 kugeza n'uyu munsi ayo basabira mo misa batamba ngo umwami wacu mukiriziya basabira abapfuye kumafaranga atagira ingano, bayabika kuzayagura imitwe y'abeza isabato muri New World Order yo muri Daniyeli 12:1-13 na Ibyahishuwe 13:1-18 ngo babuze kugura no kugurisha uwitwa uweza Isabato yo muri Bibiliya Ijambo ry'Imana ihoraho!!!!!!HHHHHHH ariko utageze ntanamenya no kugereranya , koko, umwana w'umugore uhagarara guhangana n'Imana yaremye ubutaka yirirwa ho, asanga azashobora ate kurebana nayo ubwo Yesu azatunguka kubicu byo mu ijuru 15/10/2024 kandi ko atabeshya azagaruka ntakabuza, bazareba hehe koko?kubushake bw'Uwiteka mwisomere mu Ibyahishuwe 14:9-13 uko havuga ngo "marayika wundi wa gatatu akurikiraho avuga ijwi rirenga ati" Umuntu naramya ya Nyamanswa n'igishushanyo cyayo(Ubutegetsi bwa Papa muri New World Order), agashyirwaho ikimenyetso cyayo mu ruhanga rwe cyangwa ku kiganza"kwemera kugendera mu itegeko ry'icyumweru nk'umunsi wahariwe kuuruhuka no gusenga ukareka kweza Umunsi w'isabato Yera",10 Uwo niwe uzanywa ku nzoga ariyo mujinya w'Imana, yiteguwe idafunguwemo amazi mu gacuma k'umujinya wayo. kandi azababazwa n'umuriro n'amazuku imbere y'abamarayika bera, n'imbere y'umwana w'Intama"Umwana w'intama iyo wumvise iri zina ugomba gukora uko ushoboye ukiga ubuturo bwera ugatsindishirizwa bigishoboka utaza bona iri shyano ry'ibyago birindwi , nyuma ukazashya uko bivuzwe hano ".11.Umwotsi wo kubabazwa kwabo ucumba iteka ryose, ntibaruhuka ku manywa na nijoro abaramya ya nyamanswa n'igishushanyo cyayo, umuntu wese ushyirwaho ikimenyetso vcy'izina ryayo"ikimenyetso ni Icyumweru, izina ryayo ni Ubu papap bwo muri Kiriziya gaturika, umubare w'izina ryayo ni 666 bivuze umusimbura w'Umwana w'Imana kw'isi."12.Aho niho kwihangana kw'abera kuri, bitondera amategeko y'Imana" amategeko y'Imana yose uko ari 10 n'Isabato irimo, iyo wishe rimwe gusa uba ubaye nka satani wishe mo irya 10 gusa maze akaba arayishe yose, akirukanwa ahera ho mu ijuru njyiye kuzibera by'iteka ryose kuva 15/10/2024" bakagira kwizera nk'ukwa Yesu"kwizera nk'Ukwa Yesu ni Umwuka w'Ubuhanuzi nk'uko byanditswe mu Ibyahishuwe 19:10 uwo abera bemera mumbaraga yo kwizera ko abahanuzi b'uwiteka bagomba kuba beza Isabato nk'Uko Ellen G.White ameze n'o mubuhanuzi bwose yahanuye bukaba buri gusohora imbona nk'ubone harimo iby'itegeko ry'icyumweru, ritigeze rihanurwa n'undi uwariwe wese mubeza icyumweru , bayobye buhumyi bagakurikiza imigenzo yo gusenga k'umunsi w'ikigirwamana apolo cy'abapagana b'i roma bakera nk'uko mu rwanda basengaga Ryangombe".13.numva ijwi rivugira mu ijuru rimbwira riti"Andika uti'"Ubu ndi kwandika ntyo nti"' Uhereye none hahirwa abapfa bapfira mu mwami wacu.'" Umwuka na we aravuga ati"Yee, ngo baruhuke imihati yabo"uko turara tudasinziriye tukirirwa tutariye tuburira abantu batuye isi ko nibakurikira idini yayobye ya SATANI iyobowe na Papa w'Umu Jesuit w'I Roma bazarimbuka bidatinze muri iyi New World Order batangije muri 2020 izarangirana na ibcyagocya gatandatu cya haremagidoni, Yesu akaza mucyago cya 7 ku ri 15/10/2024",kuko imirimo yabo ijyanye na bo ibakurikiye.'aho uwumva yumvise maze akemera kwaturira Yesu Kristo ibyaha bye ikihana akababarirwa agatsindishirizwa, akezwa akazabona ubugingo buhoraho iyo mirimo ikandikwa mubito byo mu ijuri mu gitabo cy'u rwibutso mugihe izina ryange ryanditswe mugitabo cy'ubugingo, inyenyeri zabihannye bumvise ubu butumwa zikaza ba kw'ikamba ryanjye iteka ryose nk'uko biri muri daniyeli 12:1-13".)  . {IZ 34.2} Iryo ni isezerano ry'ubutasi bwa Ellen Gould White yaherewe muri Yeriko yo Mu Ijuru ko aAbera batsindishirijwe bagereranywa n'umubare 144000 batagomba rwose kwinjira mukigeragezo cy'icyi cyumweru bariguhibibikanira gutangaza nk'itegeko Imana itabanje kumenyesha isaha, umunsi ,umwaka 15/10/2024 Yesu azagarukira ho ngo abera bayo beza Isabato batsindishirijwe babanze babyumve , babyige, babimenye, babone kubisobanukirwa mbere yo gusukirwa Umwuka wera mu Mvura y'itumba, mugihe Mukwa Cyenda 2020 hagiye gutangijwa a Creation Sunday irikuganisha kugusinyira muri congress ya Amerika(USA) ngo rijye rya kwitwa itegeko ry'Icyumweru muri Amerika icyimenyetso cy'Inyamanswa,Ikizira cy'Umurimbuzi ariwe Umu Jesuit Papa Francis w'I Roma, uwo Yesu yareberaga mukwizera imbere ye akaburira twebwe abarigusohorerwaho n'ubu buhanuzi muri matayo 24:15 ngo nitubisoma tuzabyitondere cyane, kandi Yesu yongeye kutwibutsa amaramaje ngo Tuzasenge Uwiteka Imana yacu ngo Guhunga kwacu kutazaba muminsi y'Imbeho cyangw aku munsi w'Isabato,Yesu yashakaga kwihanangiriza abamutegereje bose bashikamye bo mu Ibyahishuwe 17:14, Ibyahishuwe 12:10-11 , Ngo ISABATO TUZAYIKOMEREHO,ngaho nimushikame TUMWEREKE KO TWIZEYE  IBYO YADUSABYE BYOSE , TUBISHYIRE MUBIKORWA, NIDUPFA DUPHIRE MURI WE, AZATUZURA, NGAHO NIMUSHIKAME, URUGAMBA RUGEZE KU IHEREZO, KANDI RURAKOMEYE NK'UKO RWARI RUKOMEREYE YESU KRISTO ubwo Yuda yaragiye kumugambanira mu ijoro nawe agasigara asenga 3 muri Getsemani, yasabye muri Mariko 14:1-72 Petero gusenga, amubaza nimpamvu yananiwe kubana nawe byibuza isaha 1, kandi yabibasabye inshuro 3, ibyo bivuzee ko tugomba gusenga nkuko Umwami wacu , we rugero ruzima yasenze 3 kose buri saha imwe ngo abashe gukomera ahangane n'imbaraga z'ubuyobozi bw'igihugu ni z'abatambyi bakuru Ana na Kayafa we nk'umuturajye wari ucirirtse bicishije urupfu n' agashinyaguro ariko ntiyivuguruza kw'ijambo rye ryo kubenga SATANI agacungura INYOKO MUNTU akayisubiza mubiganza by'Imana yayiremye ayikuye mumaboko y'Ubugome ya SATANI uyu woheje Ubutegetsi bw'Isi gukurikiza ubuyobe bwa PAPA Francis bwo guhatira abatuye ISI kwica Isabato yera y'Umunsi wa 7 bakeza Isabato y'Impimbano yo kumunsi wa 1 ngo barengere Ibidukikije bite kw'isi ishaje itya nk'igisubizo yanditse muri Laudatosi ye. Yesu yasenze mu isaha imwe aragaruka, abikora gatatu, asaba intumwa gusenga nkawe inshuro eshatu zose, bivuze bitya umunsi umwe =amasaha 24,kandi umunsi ungana n'umwaka , umwaka ungana n'iminsi 360, ubwo 1h=360days:24hx1h =15days.
Inshuro 3 yesu yasenzee mo ni amasaha 3, angana n'iminsi 15dayX3=45days,=30days+15days,=1month+15days, naho kuba intumwa zaragombaga gusenga nkawe akizaba kubikora gatatu zitabikora, kugirango hatazabaho kwihakana Yesu , Umwami w'isabato nugusenga 45days inshuro eshatu= 45daysX3=135Days, bingana n'amezi 4 n'iminsi 15days,ubaze uhereye igihe Yuda yagiriye kugambanira Yesu, kuri twe hagereranywa n'igihe a Creation Sunday igiye gutangirira mu kwa 9/2020, uteranyeho rero uko iyo Yuda ari kugambanira Yesu, Yesuwe asigara asenga mugihe cy'amasaha atatu arangira Yuda azanye igitero cyo kumufata, natwe dufashe ukwezi kwa 9, tugateranyaho amezi 4 n' iminsi 15 bigera mukwezi kwa 2/2021, hazaba hagomba kongerwa ho iminsi 1335 yo muri Daniyeli 12:12-13 ingana n'imyaka 3years n'amezi 8 months n'iminsi 15days bigeza mu mwaka wa 2024, 15/10/2024, babibara batya, 31/10/2017-31/10/2024 ni Iminsi irindwi ingana n'imyaka irindwi yo kugotwa no kurimbuka kwa Yerusaremu yica abahanuzi ariyo General Conference y' abadiventistes yaciye ababwiriza butumwa babarayike mukuburira Isi nahano mu rwanda barabahagaritse, ubwo Yesu yavuze ko bizasa neza no kurangira kw'Isi bigasa no kurimbuka kwa Yerusaremu biboneka muri matayo 24 no mu Intambara ikomeye icyigisho cya mbere, rero muri Daniyeli 9:27 icyo cyumweru cyirimo cyarahanuwe ko Papa azashyiraho icyizira cye aricyo cyumweru hagati mumyaka 7 uhereye igihe yasezeraniye nabenshi isezerano , rigomba kumara gusa icyumweru ariyo myaka 7 ubundi akarimburwa nk'utembanywe n'umwuzure w'amazi aribyo bivuga kurimburwa n'intambara ya hare,magidoni ,muri 2024, iherezo ry'icyumweru rizaba 31/10/2014, gukuramo iminsi 1335 igomba kurangira Daniyeli akazuka agahagarara mu mwany awe, ubona igihe itegeko ry'icymweru ritangirwa kandi hazaba hashize amezi 3 n'iminsi 15 imbabazi zirangiye kubantu bose basobanukiwe iby'ISABATO bategereje Yesu Kristo , ubwo rero imbabazi zizarangira mukwa 10/2020 kuko ubaze igihe icyumweru cyizashyirirwa muri amerika nka Creation Sunday ni mukwa Cyenda, kandi twabonye ko twongera ho amezi 4 n'iminsi 15 tukagera igihe yuda azanira igitero mukwa 2/2021, uvanye ho amezi 3 n'iminsi 15 bigaruka mukwa 10/2020 imbabazi z'Imana zikarangira kubadiventistes b'umunsi wa 7 banze gutsindishirizwa hakiri ayamezi macye gusa atagera kuri 5. Kuva 31/10/2017 kugera 31/10/2024 harimo imyaka irindwi yo muri Daniyeli 9:27 ihreye igihe vatikani yasinyaniye n'ahbahagarariye amadini ya giporotesitanti yose kw'isi yose ngo bihakane ibyo Luteri yakoze ubwo yitandukanyaga na Roma kuva muri 1517 kugera 31/10/2017 hashize imyaka 500 y'ubuprotestants,aho rero hatangirira icyumweru cyo muri Danyeli 9:27 kuva 31/10/2017 kugeza 31/10/2024, gufata 31/10/2024 ugakuramo iminsi 1335 ingana n'imyaka 3years n'amezi 8months n'iminsi 15 days, fata imsinsi ku minsi 31-15=16, ushake icyeragati cy'iminsi 16  cyiaba cyiri hagati y'iminsi 7 na 17, nufata amezi 10 ugakura mo amezi 8 harasigara amezi 2 , ubwo ni mukwa 2, nufata imyaka 2024 ugakura mo imyaka 3 , harasigara imyaka 2021, ubwo igihe cyo mucymweru hagati tugendeye kugihe Daniyeli azazukira ni 7-16/2/2021,  aho igitero cy'Abafashe Icyimenyetso cy'ubupapa ariyo Nyamanswa aricyo Cyumweru kizaba kiteguye nk'icyari cyiyobowe na Yuda ngo kize ari igitero simusiga cyo kudufata twebwe abeza ISABATO y'Umwami W'Isabato ariwe Mwana w'Intama w'Imana ariwe Yesu Kristo, ariwe buye rikomeza imfuruka , ariweujyiye kuza gutumura igishushanyo cya Nebukadinezari kuri 15/10/2024, dushikame dufate ayo mezi 4 n'iminsi 15 dusenga tweza, dutsindishirizwa kandi twitegura gusukirwa Umwuka wera mu mvura y'Itumba , uzatubashisha kubwiriza ubutumwa bwa Marayika wa 3 mu ijwi rirenga bugahetura isi, bukayungurura imisaruro ibiri yo mu Ibyahishuwe 14:14-20 aho Umusaruro wa Yesu ariwe Muzabibu w'ukuri uzatwara abatuye ko ISABATO ari iyera mumaso y'abategetsi b'iyi Si, naho umusaruro wo kwengeshwa ibirenge mumuvure w'umujinya w'Imana ari abazaba bashishikajwe no kuduseka no kuturenganyiriza ubusa barengera ibinyoma bya Papa Francis byo kweza Icyumweru ariwe ukorera Umuzabibu w'Isi ariwe SATANI wanesherejwe kumusaraba ikaluvari, birababaje kwemera gukorera Satani watsindiwe kumusaraba, aho gukorera Yesu Kristo umwami w'isabato waneshereje ku musaraba, kandi arinawe ufite urufunguzo rwo kurimbura abo bose batamukunda vuba aha cyane mubyago 7!!!!Mukomere turwane, duhanganye na SATANI amaso kumaso, Imbona nkubone, arigukorera mubo turi kumwe, ngo baturenganye, baciriwe ho iteka kuko ukukuri kubanyuze mumaso ntibakwizere, bazarimbuka by'iteka ryose.]
Ba bantu ibihumbi 144 bose bari bashyizweho ikimenyetso kandi bunze ubunze rwose. Ku ruhanga rwabo hari handitsweho, “Imana na Yerusalemu Nshya,” kandi hariho n’inyenyeri irabagirana iriho izina rishya rya Yesu. Igihe twari tunezerewe, turi mu mwanya wera ba banyabibi baraturakariye kandi bashakaga kudusumira ngo batujugunye mu nzu y’imbohe. Ubwo ni bwo natwe twazamuraga amaboko yacu mu izina ry’Uwiteka maze ababi bagwa hasi barambaraye batagira ubaramira. Ubwo ni bwo abo mu isinagogi ya Satani bamenye ko Imana yadukunze twebwe abashoboraga kozanya ibirenge kandi tukaramukanya na bene Data mu ndamutso yera, maze bikubita ku birenge byacu bararamya. {IZ 35.1}
Mu kanya gato twerekeza amaso yacu iburasirazuba, kuko twari tubonye agacu gatoya kirabura, kangana n’igice cy’ikiganza, maze twese tumenya ko ari ikimenyetso cy’Umwana w’umuntu. Twese dutumbira ako gacu dufite ituza cyane kuko uko karushagaho kwigira hafi ari na ko karushagaho kugira umucyo, gafite ubwiza, kandi kakarushaho kugira ubwiza kugeza ubwo kabaye igicu kinini cyera. Ku ruhande rwo hasi cyasaga n’umuriro; hejuru y’icyo gicu hari umukororombya, naho impande hari abamarayika ibihumbi cumi, baririmba indirimbo y’agahebuzo; kandi kuri icyo gicu ni ho Umwana w’umuntu yari yicaye. Umusatsi we wari umweru kandi utendera ku ntugu ze; ndetse ku mutwe we hari hatamirijwe amakamba menshi. Ibirenge bye byasaga n’umuriro; kandi mu kuboko kwe kw’iburyo yari afite umuhoro utyaye; mu kw’ibumoso afite impanda yacuzwe mu ifeza. Amaso ye yasaga n’ibirimi by’umuriro, yashakishaga abana be aho bari hose. Nuko mu maso yose haracya, naho mu ya ba bandi banze
Imana hacura umwijima. Nuko twese turangururira icyarimwe tuti: “Ni nde ubasha guhagarara adatsinzwe? Mbese aho umwambaro wanjye uraho utagira ikizinga?” Hanyuma abamarayika bareka kuririmba, habaho umwanya wo guceceka guteye ubwoba, ubwo ni bwo Yesu yavugaga ati: “Abafite amaboko atanduye n’imitima iboneye ni bo bazabasha guhagarara badatsinzwe; Ubuntu bwanjye burabahagije.” Ibyo bituma mu maso hacu harabagirana, maze imitima yose isabwa n’umunezero. Ubwo igicu cyarushagaho kwegera isi, abamarayika bongeye guhanika indirimbo. {IZ 35.2}
Noneho igihe Yesu yamanukaga ku bicu agoswe n’ibirimi by’umuriro, ya mpanda ye y’ifeza yaravuze. Yerekeza amaso ye ku bituro by’abera basinziriye, nuko yubura amaso ye azamura n’amaboko ayatunga ku ijuru, ararangurura ati: “Nimukanguke! Nimukanguke! Yemwe abasinziriye mu mukungugu mwe, nimuve mu bituro.” Nuko habaho igishyitsi gikomeye, ibituro birakinguka abapfuye bavamo bambaye kudapfa. Ba bantu 144.000 babonye incuti zabo bari baratandukanyijwe n’urupfu maze batera hejuru bati: “Haleluya.” Muri ako kanya turahindurwa tujyananwa na bo gusanganirira Umwami mu kirere. {IZ 36.1}
Twese tujyanwa mu gicu, kandi tumara iminsi irindwi tuzamuka twerekeje iyo ku nyanja
y’ibirahuri. Nuko Yesu azana amakamba, ayatamiriza ku mitwe yacu n’ukuboko kwe kw’iburyo.
Aduhereza inanga z’izahabu n’imikindo yo kunesha. Kuri iyo nyanja y’ibirahuri ni ho ba bantu 144000 bahagaze bayikikije mu buryo bunogeye amaso. Bamwe muri bo bari bafite amakamba arabagirana cyane, abandi bafite atarabagirana cyane. Amakamba amwe yagaragaraga ko aremerejwe n’inyenyeri nyinshi zitatsweho, naho andi ariho inyenyeri nke. Bose bari banyuzwe rwose n’amakamba yabo. Kandi bose bari bambaye igishura byera kuva ku ntugu kugera ku birenge. Ubwo twagendaga twerekeje ku nyanja y’ibirahuri tugana ku irembo ry’umurwa, abamarayika bari badushagaye. Yesu arambura ukuboko kwe gukomeye kw’ubwiza, afata kuri ya marembo arimbishijwe imaragarita, akingura urugi rwikaraga ku mapata yarwo arabagirana, maze arwigizayo aratubwira ati: “Mwameshe ibishura byanyu mu maraso yanjye, mwahagarariye ukuri kwanjye mutajegajega, nimwinjire.” Twese turinjira maze twiyumvamo uburenganzira busesuye muri uwo murwa. {IZ 36.2}
Muri uwo murwa twahabonye igiti cy’ubugingo n’intebe y’ubwami y’Imana. Ku ntebe y’Imana haturukaga uruzi ruboneye rw’amazi y’ubugingo, kandi hakurya no hakuno y’urwo ruzi hari igiti cy’ubugingo. Ku nkengero imwe y’urwo ruzi hari igiti cy’inganzamarumbo no ku yindi hari ikindi. Byombi byari byiza kandi bitatswe izahabu irabagirana. Ku ikubitiro nibwiye ko nabonye ubwoko bubiri bw’ibiti. Nongeye kwitegereza mbona ko ibyo biti bifataniye mu bushorishori bwabyo bikaba igiti kimwe. Icyo cyari igiti cy’ubugingo cyari hakurya no hakuno y’uruzi
 rw’ubugingo. Amashami yacyo yari abogamiye aho twari duhagaze, kandi imbuto zacyo zari nziza cyane; zisa n’izahabu ivanze n’umuringa. {IZ 36.3}
Twese tujya munsi y’icyo giti turicara kugira ngo turebe ubwiza bw’aho hantu. Muri icyo gihe abavandimwe bacu Fitch na Stockman 31 bari barabwirije ubutumwa bwiza bw’ubwami, kandi Imana ikaba yari yaremeye ko bipfira kugira ngo ibakize, baje kudusanga, batubaza ibyo twanyuzemo mu gihe bari basinziriye. Twagerageje kwibuka amakuba akomeye twanyuzemo ariko yari angana urwara agereranyijwe n’ikuzo rihoraho kandi ritarondoreka byari bituzengurutse ku buryo tutabasha kubivuga, maze twese turarangurura tuti: “Haleluya, ijuru ni iry’igiciro cyinshi.” Maze inkomanizo z’imiryango y’ijuru ziranyeganyega. {IZ 37.1}
Yesu aturangaza imbere twese turamanuka tuva mu murwa twerekeza kuri iyi si, ku musozi munini cyane kandi w’icyubahiro. Uwo musozi ntiwashoboye kwihanganira Yesu wari uwuhagazeho, maze usadukamo kabiri, haba ikibaya kinini cyane. Hanyuma turebye hejuru tubona ururembo runini, rufite imfatiro cumi n’ebyiri, n’amarembo cumi n’abiri, atatu atatu kuri buri ruhande, kandi kuri buri rembo hari umumarayika. Twese turarangurura tuti: “Ururembo, ururembo rukomeye, ruraje, ruje ruturuka mu ijuru ku Mana.” Maze ruraza, ruhagarara aho twari duhagaze. Nuko dutangira kwitegereza ibyiza byari hanze y’urwo rurembo. Muri rwo nahabonye
amazu meza cyane yasaga n’ifeza, atewe inkingi enye zishyizweho imaragarita zifite ubwiza
buhebuje bwo kurebwa. Muri yo ni ho abera bajyaga gutura. Mu nzu yose harimo ububiko
busizwe zahabu. Nabonye benshi mu bera binjira muri ayo mazu, bakuramo amakamba yabo
arabagirana, bayashyira kuri ubwo bubiko, nuko barasohoka bajya mu murima wari ukikije inzu
kugira ngo bagire ibyo bakora ku butaka, bitari nk’uko dukora hano mu isi. Oya rwose! Umucyo
utangaje warabagiranaga ku mitwe yabo bose, kandi bakomezaga kurangurura basingiza Imana.
{IZ 37.2}
Nabonye undi murima wuzuyemo uburabyo bw’amoko yose, kandi ubwo nabucaga
nararanguruye nti: « Ntibuzigera bwuma. » Hafi aho nahabonye umurima urimo ibyatsi birebire
binogeye amaso. Byahoraga bitoshye kandi uko byahungabanaga byitegeye ubwiza bw’Umwami
Yesu, byavagaho umucyo usa n’ifeza n’izahabu. Hanyuma twinjira mu wundi murima urimo
inyamaswa z’ubwoko bwose. Intare, umwana w’intama, ingwe, n’ikirura byose byari bibanye
mu mutekano. Tuzinyura hagati, maze zidukurikira zituje. Hanyuma twinjira mu ishyamba ritari
nk’ishyamba ricuze umwijima ryo muri iyi si; ahubwo ryari ishyamba ryuzuye umucyo n’ubwiza
buhebuje. Amashami y’ibiti byo muri ryo yahungabaniraga hirya no hino, maze twese
turarangurura tuvuga tuti: « Tuzigumira muri iri shyamba, twiryamire muri ibi biti. » Duca iryo
shyamba, kuko twerekezaga ku musozi Siyoni. {IZ 38.1}
Ubwo twari mu rugendo, twahuye n’itsinda ry’abantu na bo batumbiriye ubwiza bw’aho hantu.
Nuko mbona inshunda z’imyambaro yabo zitukura; amakamba yabo arabagirana; kandi
amakanzu yabo yeraga nk’urubura. Tubaramukije mbaza Yesu abo ari bo. Ambwira yuko ari
abishwe ari we bazira. Bari bari kumwe n’abana batagira ingano; nabo bari bafite inshunda
zitukura ku myambaro yabo. Umusozi Siyoni wari imbere yacu, kandi kuri uwo musozi hari
urusengero rwiza cyane, kandi rwari rukikijwe n’indi misozi irindwi yari iriho indabo nziza za
roza n’amaroma. Mbona twa twana duterera, cyangwa twashaka tukagurukisha utubaba twatwo,
tukagwa mu mpinga z’iyo misozi maze tugaca ubwo burabyo budateze kuma na rimwe. Iruhande
rw’urwo rusengero, hari ibiti by’amoko yose birimbishije aho hantu, birimo imizabibu,
imikomamanga, imyerayo, imitini n’imikindo. Ndetse amashami y’imitini yari acuramye hasi
aremerewe n’imbuto zawo. Ibyo byose byatumaga aho hantu hose haba ah’igikundiro. Maze
tugiye kwinjira mu rusengero, Yesu arangurura ijwi rye ryiza cyane aravuga ati: “Abinjira aha
hantu ni abantu 144,000 gusa;” maze natwe turangurura tuvuga tuti: “Haleluya.” {IZ 38.2}

Urwo rusengero rwari rufashwe n’inkingi ndwi, kandi zose ari izahabu irabagirana, zitatsweho
imaragarita nziza cyane. Ibyo bintu bitangaje nahabonye sinashobora kubisobanura. Iyo mbasha
kuvuga ururimi rw’i Kanani, nari kubasha gusobanura bike mu byiza byaho. Nahabonye ibisate
by’amabuye byanditsweho amazina ya ba bandi ibihumbi 144. Kandi yari yanditswe mu nyuguti
z’izahabu. Tumaze kwitegereza ubwiza bw’urwo rusengero, twarasohotse, maze Yesu aradusiga
ajya mu rurembo. Bidatinze twongera kumva ijwi rye rinezeza rivuga riti: “Bwoko bwanjye
nimuze, mwavuye mu mubabaro ukomeye, kandi mwakoze ibyo nshaka; mubabazwa
babampora, nimwinjire dusangire, kuko ngiye gukenyera, nkabahereza.” Natwe turangururira
rimwe tuti : “Haleluya! Ikuzo ribe iry’Imana!” Nuko twinjira mu rurembo. Maze mbona ameza
akozwe mu ifeza nziza; yari afite uburebure bwa kilometero nyinshi, ariko amaso yacu
yabashaga kuyareba akayaheza. Mbona imbuto z’igiti cy’ubugingo, manu, imbuto z’imitini,
imizabibu, amakomamanga, amaseri y’imbuto n’andi moko menshi y’imbuto. Nasabye Yesu
kunkundira kurya kuri izo mbuto. Yaramwiye ati: “Si ubu. Abariye kuri izi mbuto ntibaba
bagisubiye mu isi ukundi. Ariko nuba umukiranutsi, hasigaye igihe gito ukazarya ku mbuto
z’igiti cy’ubugingo kandi ukanywa ku mazi ya ya soko.” “Kandi arambwira ati: “Ukwiriye
kongera gusubira ku isi maze ukabwira abandi ibyo naguhishuriye.” Nuko marayika angarurana
ubwitonzi kuri iyi si y’umwijima. Rimwe na rimwe njya nibwira ko ntakwiriye kuguma kuri iyi
si ukundi kuko ibyaho byose ari umwaku. Kandi ndi mu bwigunge kuri iyi si bitewe n’uko
nabonye igihugu kirushijeho kuba cyiza. Iyo ngira amababa nk’ay’inuma, mba ngurutse nkigira
kwiruhukira! {IZ 38.3}
Nkimara kuva mu iyerekwa, nabonye ibintu byose byahindutse; umwijima wabuditse kubyo
nabonaga. Mbega ukuntu nabonaga ko iyi si ari umwijima w’icuraburindi! Ubwo nibonaga kuri
iyi si naraboroze, kandi numva mfite urukumbuzi. Nabonye isi irushaho kuba nziza, bityo
yatumye iyi iba umwaku. Natekerereje ibyo nabonye rya tsinda rito ry’abo twasenganaga i
Portland, maze bizera badashidikanya ko byavuye ku Mana. Icyo cyari igihe gikomeye. Ubwiza
bw’ibizahoraho bwakomeje kuba kuri twe. Hashize icyumweru mpawe iryo yerekwa, Umwami
yongeye kumpa irindi yerekwa maze anyereka ibigeragezo ngomba kuzanyuramo, kandi ko
ngomba kujya kubwira abandi ibyo yampishuriye, ndetse ko nzahura n’abandwanya bityo kubwo
kugenda nkazagira umubabaro mu buryo bw’umwuka. Ariko marayika yarambwiye ati: ‘Ubuntu
bw’Imana buraguhagije kuko izagukomeza.’ Nkimara kuva muri iryo yerekwa, nahuye n’akaga
gakomeye. Ubuzima bwanjye ntibwari bumeze neza na hato kandi icyo gihe nari mfite imyaka
cumi n’irindwi gusa. Nari nzi ko abantu benshi bagiye bagwa kubwo gushyirwa hejuru, bityo
menya ko iyo nanjye njya gushyirwa hejuru mu buryo ubwo ari bwo bwose, Imana yajyaga
kundeka maze nkazimira ntakabuza. Nasanze Imana nsenga maze nyisaba ko uwo mutwaro
yawuha undi. Byasaga n’aho njye ntawushoboye. Nubitse umutwe igihe kirekire, ariko umucyo
nashoboraga kubona wari uwambwiraga ngo: ‘Menyesha abandi ibyo naguhishuriye.’ {IZ 39.1}
Mu iyerekwa ryakurikiyeho nasabye Imana nkomeje ko niba ngomba kugenda nkavuga ibyo
yanyeretse, ikwiriye kuzandinda kwishyira hejuru. Noneho inyereka ko isengesho ryanjye
ryasubijwe, kandi ko ningwa mu kaga ko kwishyira hejuru, ukuboko kwayo kwari kunkoraho
bigatuma ndwara. Marayika yarambwiye ati: “Nutanga ubutumwa nk’uko buri, kandi
ukihangana ukageza ku iherezo, uzarya ku mbuto z’igiti cy’ubugingo kandi uzanywa no ku mazi
y’uruzi rw’ubugingo.” {IZ 39.2}
Bidatinze, inkuru yasakaye hose ko ibyo neretswe ari ingaruka yo gutwarwa Intekerezo 32 kandi
Abadiventisiti benshi bari biteguye kubyemera no gukwirakwiza iyo nkuru. Umuganga umwe
wari icyamamare muri uko gutwara intekerezo z’abantu bakaba nk’abatewe ikinya yambwiye ko
ibyo mvuga ari ingaruka yo gutakaza ubwenge, ko ndi umuntu woroheje cyane, ko nawe

ashobora kungenza uko ashaka maze agatuma mpangwaho n’imyuka. Namubwiye ko Imana
yanyeretse ko gutwara abantu ubwenge bakaba nk’abatewe ikinya bituruka kuri sekibi ikuzimu,
kandi ko bidatinze azajugunyanwayo n’abakomeje gukoresha ubwo buryo. Namuhaye
uburenganzira bwo kugerageza kuntwara intekerezo niba yabishobora. Yagerageje igihe gisaga
igice cy’isaha, akoresha uburyo bunyuranye, nyuma biramunanira arazibukira. Kubwo kwizera
Imana, nabashije guhagarara ntsinda imbaraga ze ku buryo zitashoboye kugira icyo zinkoraho na
gito. {IZ 39.3}
Iyo mpererwa iyerekwa mu iteraniro, benshi bajyaga kuvuga ko ari ugutwarwa kandi ko hari
umuntu wanyobeje ubwenge nk’uwanteye ikinya. Hanyuma nagiye njya mu ishyamba
ahiherereye ndi njyenyine, aho nta jisho ryabashaga kumbona cyangwa ngo hagire umuntu
unyumva maze ngasenga bityo rimwe na rimwe Imana ikahampera iyerekwa. Icyo gihe
narishimaga maze nkababwira ko Imana yambonekeye ndi jyenyine, aho nta muntu upfa
washoboraga kugira icyo ankoraho. Ariko hari abantu bamwe bambwiye ko ari njye ubwanjye
witesheje ubwenge maze nkihangishaho. Naratekereje nti: ‘Mbese bigeze aho abasanga Imana
bataryarya kugira ngo bayisabe kubasohoreza amasezerano n’agakiza kayo bashinjwa ko ibyo
barimo ari ubupfapfa kandi ko batwawe n’imbaraga yo gutesha abantu ubwenge?’ ‘Mbese twaba
dusaba umugati Data wa twese udukunda uri mu ijuru, maze akaduha ibuye cyangwa inzoka?’
Ibyo bintu byakomerekeje intekerezo zanjye, bituma umutima wanjye ugira agahinda gasaze, uri
hafi kwiheba mu gihe hari benshi banyizezaga ko nta Mwuka Muziranenge ubaho, kandi ko
ibyabaye ku bera b’Imana byari uguta ubwenge gusa cyangwa bikaba byari ubushukanyi bwa
Satani. {IZ 40.1}
Muri iki gihe, muri Maine hari ubwaka. Abantu bamwe baretse rwose gukora kandi
bitandukanya n’abantu bose batemeye ibitekerezo byabo ku byerekeranye n’iyo ngingo ndetse
n’ibindi bintu bafataga ko ari inshingano z’iby’iyobokamana. Ayo makosa yose Imana
yayampishuriye mu iyerekwa maze irangije inyohereza ku bana bayo bayobye kugira ngo
nyavuge. Nyamara benshi muri bo bamaganye ubwo butumwa bivuye inyuma, maze banshinja
ko nisanisha n’ab’isi. Ku rundi ruhande, abari Abadiventisiti ku izina banshinje kuba umwaka
maze abantu bamwe b’abanyabibi bamvuga ibinyoma ko ndi umuyobozi w’ubwo bwaka kandi
mu by’ukuri narakoraga kugira ngo bukosorwe. Ibihe byinshi byagiye bishyirwaho bavuga ko
Umwami azagaruka kandi babyemezaga abavandimwe bacu mu kwizera. Nyamara Umwami
yanyeretse ko ibyo bihe byose bigomba guhita, kuko hagomba kubanza kubaho ibihe
by’amakuba mbere yo kugaruka kwa Kristo, kandi ko igihe cyose cyashyizweho kigahita
cyagombaga gusa gucogoza ukwizera k’ubwoko bw’Imana. Kubera ibyo, nashinjwe kuba nka
wa mugaragu mubi wibwiye mu mutima we ati: ‘Umwami wanjye atinze kugaruka.’ Ibyo bintu
byose byaremereye umutima wanjye cyane, maze muri urwo rujijo rimwe na rimwe
nkageragereshwa gushidikanya kubyo nanyuzemo. Igitondo kimwe ubwo nari mu masengesho
y’umuryango, imbaraga y’Imana yatangiye kunzaho, maze muri njye haza igitekerezo cy’uko
byaba ari uguhangwaho birimo guta ubwenge bituma nyirwanya. Ako kanya nahise mpinduka
ikiragi kandi mara akanya ntashobora kumenya ibiri iruhande rwanjye byose. Hanyuma mbona
icyaha cyanjye cyo gushidikanya imbaraga y’Imana, kandi mbona ko kubw’uko gushidikanya
nagizwe ikiragi ndetse ko ururimi rwanjye rutazagobodoka hatarashira amasaha makumyabiri
n’ane. Nabonye imbere yanjye hari urupapuro ruriho amagambo yandikishijwe izahabu yo mu
bice n’imirongo mirongo itanu 33 byo mu Byanditswe Byera. Mvuye muri iryo yerekwa,
nasabye urubaho maze nandikaho ko nabaye ikiragi, ndetse nandika n’ibyo nabonye kandi ko
nifuzaga Bibiliya nini. Nafashe Bibiliya maze mpita ndeba ya masomo yose nabonye ku
rupapuro. Namaze umunsi wose ntashobora kuvuga. Mu gitondo cya kare cy’umunsi

wakurikiyeho umutima wanjye wuzuye ibyishimo, maze ururimi rwanjye ruragobodoka
mpimbaza Imana. Nyuma y’ibyo, sinongeye guhangara gushidikanya imbaraga z’Imana
cyangwa ngo ngire n’akanya gato ndwanya imbaraga y’Imana kabone n’ubwo abandi bagira uko
bantekereza. {IZ 40.2}
Mu 1846, ubwo nari ahitwa Fairhaven ho muri Leta ya Masashiseti (Massachusetts), murumuna
wanjye (wakundaga kumperekeza aho ngiye hose), umuvandimwe A, na musaza wanjye G.,
twese twafashe ubwato twerekeza mu kirwa cy’Uburengerazuba ngo dusure umwe mu miryango
yaho. Igihe twatangiraga urugendo, hari mu gicuku. Ubwo umuraba wahagurukaga
ukadutungura, twari tumaze kugenda urugendo rugufi. Warahoreye kandi imirabyo irarabya,
maze imvura itangira kutunyagira imeze nk’amasoko adudubiza. Byagaragaraga neza ko
tugomba kurohama keretse gusa turamutse dutabawe n’Imana. {IZ 41.1}
Napfukamye mu bwato maze ntangira gutakambira Imana ngo iturokore. Maze aho kuri iyo
mivumba yadukozaga hirya no hino ubwo amazi yari yazamutse yenda kurengera
ubwato twarimo, najyanwe mu iyerekwa maze mbona ko bidatinze agatonyanga kose kagiye
gukama ntiturohame kuko ari bwo umurimo wanjye wari utangiye. Nkimara kuva mu iyerekwa,
ubwoba bwose nari mfite bwarayoyotse maze turaririmba dusingiza Imana. Ka kato kacu gato
kahindutse nk’urusengero rw’abasare rureremba. Umwanditsi w’ikinyamakuru cyitwaga
Integuza yo kugaruka kwa Yesu 34 yavuze ko amayerekwa yanjye ari ayaturutse ku
gukorerwaho gahunda zituma umuntu ata ubwenge. Ariko ndamubaza nti, “Ni ayahe mahirwe
yariho yari gutuma hakorwa izo gahunda mu gihe cyari kimeze nka kuriya?” Umuvandimwe
wanjye G. yari afite uburyo bwose bwo kwita kuri ubwo bwato. Yagerageje gutsika ubwato ariko
birananirana. Igihe ka kato kacu gato kateraganwaga n’umuraba kandi kagatwarwa n’umuyaga
hari hijimye ku buryo tutashoboraga kureba ku mpera z’ubwato. Bidatinze, igitsikabwato
cyarafashe maze umuvandimwe G. aratabaza. Kuri icyo kirwa hari inzu ebyiri gusa, maze tubona
turi hafi y’imwe muri zo nyamara siyo twifuzaga kugeraho. Ab’umuryango bose bari bagiye
kuryama uretse ko kubw’amahirwe umwana muto yumvise ijwi ritabariza mu mazi. Bidatinze se
yaje kudutabara, maze adushira mu kato gato atujyana ku nkombe. Twamaze hafi iryo joro ryose
dushima Imana kandi tuyisingiriza ineza itarondoreka yatugiriye. {IZ 41.2}
Amasomo Ellen G. White Yavuze Ko Yaherewe Mu Iyerekwa:
“Nuko dore uragobwa ururimi, kandi ntuzabasha kuvuga kugeza umunsi ibyo bizakuberaho,
kuko utemeye ko amagambo yanjye azasohora mu gihe cyayo.” Luka 1:20. {IZ 42.1}
Ibyo Data afite byose ni ibyanjye , ni cyo gitumye mvuga nti: ‘Azenda ku byanjye abibabwire.’
Yohana 16:15. {IZ 42.2}
Bose buzuzwa Umwuka Wera, batangira kuvuga izindi ndimi nk’uko Umwuka yabahaye
kuzivuga. Ibyakozwe n’intumwa 2:4. {IZ 42.3}
Kandi none Mwami Mana, reba ibikangisho byabo, uhe abagaragu bawe kuvuga ijambo ryawe
bashize amanga rwose, ukiramburira ukuboko kwawe kugira ngo gukize, gukore n’ibimenyetso
n’ibitangaza mu izina ry’Umugaragu wawe wera Yesu.” Bamaze gusenga, aho bari bateraniye
haba umushyitsi, bose buzuzwa Umwuka Wera, bavuga ijambo ry’Imana bashize amanga.
Ibyakozwe n’intumwa 4:29-31. {IZ 42.4}
“Ibyejejwe by’Imana ntimukabihe imbwa , kandi n’imaragarita zanyu ntimukazite imbere
y’ingurube, kugira ngo zitaziribata maze zikabahindukirana zikabarya. “Musabe muzahabwa,
mushake muzabona, Mukomange ku rugi muzakingurirwa. Kuko umuntu wese usaba ahabwa,
ushatse abona, n’ukomanga agakingurirwa. Mbese muri mwe hari umuntu umwana we yasaba
umutsima akamuha ibuye, cyangwa Yamusaba ifi akamuha inzoka? Ko muri babi kandi mukaba
muzi guha abana banyu ibyiza, none So wo mu ijuru ntazarushaho guha ibyiza ababimusabye?

“Nuko ibyo mushaka ko abantu Babagirira byose mube ari ko mubagirira namwe, kuko ayo ari
yo mategeko n’ibyahanuwe. “Mwirinde abahanuzi b’ibinyoma baza aho muri basa n’intama,
ariko imbere ari amasega aryana. Matayo 7:6-12,15. {IZ 43.1}
Kuko abiyita Kristo n’abahanuzi b’ibinyoma bazaduka bakora ibimenyetso bikomeye
n’ibitangaza, kugira ngo babone uko bayobya n’intore niba bishoboka. Matayo 24:24. {IZ 43.2}
Nuko rero nk’uko mwakiriye Kristo Yesu Umwami wacu abe ari ko mugendera muri we,
mushōreye imizi muri we kandi mwubatswe muri we, mukomejwe no kwizera nk’uko
mwigishijwe, mufite ishimwe Ryinshi risesekaye. Mwirinde, hatagira umuntu ubanyagisha
ubwenge bw’abantu n’ibihendo by’ubusa Bikurikiza imihango y’abantu, iyo bahawe na ba
sekuruza ho akarande, kandi bigakurikiza imigenzereze ya mbere y’iby’isi bidakurikiza Kristo.
Abakolosayi 2:6-8. {IZ 43.3}
Nuko rero ntimute ubushizi bw’ubwoba bwanyu bufite ingororano ikomeye. Kuko mukwiriye
kwihangana kugira ngo nimumara gukora ibyo Imana ishaka, muzahabwe ibyasezeranijwe.
“Haracyasigaye igihe kigufi cyane, Kandi uzaza ntazatinda. Ariko umukiranutsi wanjye
azabeshwaho no kwizera. Nyamara nasubira inyuma, umutima wanjye ntuzamwishimira.” Ariko
twebweho ntidufite {IZ 43.4}
Gusubira inyuma ngo turimbuke, ahubwo dufite kwizera kugira ngo tuzakize ubugingo bwacu.
Abaheburayo 10:35-39. {IZ 43.5}
kuko uwinjiye mu buruhukiro bwayo na we aba aruhutse imirimo ye nk’uko Imana yaruhutse
iyayo. Nuko tugire umwete wo kwinjira muri ubwo buruhukiro, kugira ngo hatagira umuntu
ugwa akurikije icyitegererezo cya ba bandi cyo kutumvira. Kuko ijambo ry’Imana ari rizima,
rifite imbaraga kandi rikagira ubugi buruta ubw’inkota zose, rigahinguranya ndetse kugeza ubwo
rigabanya ubugingo n’umwuka, rikagabanya ingingo n’umusokōro kandi rikabangukira
kugenzura ibyo umutima wibwira ukagambirira. Abaheburayo 4:10-12. {IZ 43.6}
Icyo nzi neza rwose ntashidikanya, ni uko Iyatangiye umurimo mwiza muri mwe izawurangiza
rwose, kugeza ku munsi wa Yesu Kristo, ..... Icyakora, ingeso zanyu zimere nk’uko bikwiriye
ubutumwa bwiza bwa Kristo, kugira ngo ninza kubasura cyangwa nintaza, nzumve ibyanyu yuko
mushikamye mu Mwuka umwe muhuje umutima, kandi murwanira hamwe ku bwo kwizera
ubutumwa bwiza, mudakangwa n’ababisha bo mu buryo bwose. Ubwo butwari bwo kudatinya
kwanyu kuri bo ni ikimenyetso cyo urimbuka kwabo, naho kuri mwe ni ikimenyetso cy’agakiza
kanyu kava ku Mana. Kuko mutahawe kwizera Kristo gusa, ahubwo mwahawe no kubabazwa ku
bwe. Abafilipi 1:6, 27-29. {IZ 43.7}
Kuko Imana ari yo ibatera gukunda no gukora ibyo yishimira. Mukore byose mutitotombana,
mutagishanya impaka 15 kugira ngo mutabaho umugayo cyangwa uburyarya, mube abana
b’Imana Batagira inenge hagati y’ab’igihe kigoramye cy’ubugoryi, abo mubonekeramo
nk’amatabaza mu isi. Abafilipi 2:13-15. {IZ 44.1}
Ibisigaye mukomerere mu Mwami no mu mbaraga z’ubushobozi bwe bwinshi. 11 Mwambare
intwaro zose z’Imana, kugira ngo mubashe guhagarara mudatsinzwe n’uburiganya bwa Satani.
Kuko tudakīrana n’abafite amaraso n’umubiri, ahubwo dukīrana n’abatware n’abafite
ubushobozi n’abategeka iyi si y’umwijima, n’imyuka mibi y’ahantu ho mu ijuru. Nuko rero
mutware intwaro zose z’Imana, kugira ngo mubashe gukomera ku munsi mubi, kandi murangije
byose mubashe guhagarara mudatsinzwe. Muhagarare mushikamye mukenyeye ukuri,
mwambaye gukiranuka nk’icyuma gikingira igituza, mukwese inkweto, ari zo butumwa bwiza
bw’amahoro bubiteguza, kandi ikigeretse kuri byose mutware kwizera nk’ingabo, ari ko
muzashoboza kuzimisha imyambi ya wa mubi yose yaka umuriro. Mwakire agakiza kabe
ingofero, mwakire n’inkota y’Umwuka ari yo Jambo ry’Imana, 18 musengeshe Umwuka iteka

mu buryo bwose bwo gusenga no kwinginga, kandi ku bw’ibyo mugumye rwose kuba maso,
musabire abera bose. Abefeso 6:10-18. {IZ 44.2}
Mugirirane neza, mugirirane imbabazi, mubabarirane ibyaha nk’uko Imana yabababaririye muri
Kristo. Abefeso 4:32. {IZ 44.3}
Nuko rero ubwo mwiyejesheje imitima kumvira ukuri kugira ngo mubone uko mukunda bene
Data mutaryarya, mukundane cyane mu mitima. 1Petero 1:22. {IZ 44.4}
Ndabaha itegeko rishya ngo mukundane nk’uko nabakunze, mube ari ko namwe mukundana.
Ibyo ni byo bose bazabamenyeraho ko muri abigishwa banjye, nimukundana.” Yohana 13:34,35.
{IZ 44.5}
Ngaho nimwisuzume ubwanyu, mumenye yuko mukiri mu byo twizera kandi mwigerageze.
Mbese ntimwimenya kandi ntimuzi yuko Yesu Kristo ari muri mwe? Keretse ahari mubaye
abagawa. 2Abakorinto 13:5. {IZ 44.6}
Nk’uko ubuntu bw’Imana nahawe bungana, nashyizeho urufatiro nk’umwubakisha mukuru
w’ubwenge, undi yubakaho. Ariko umuntu wese yirinde uko yubakaho, 11 kuko nta rundi
rufatiro umuntu abasha gushyiraho keretse urwashyizweho, ari rwo Yesu Kristo. Ariko umuntu
niyuba ka kuri urwo rufatiro Izahabu cyangwa ifeza, cyangwa amabuye y’igiciro cyinshi
cyangwa ibiti, cyangwa ibyatsi cyangwa ibikenyeri, umurimo w’umuntu wese uzerekanwa. Urya
munsi ni wo uzawerekana kuko uzahishuzwa umuriro, akaba ari wo kandi uzagerageza umurimo
w’umuntu wese. 1Abakorinto 3:10-13. {IZ 45.1}
Mwirinde ubwanyu, murinde n’umukumbi wose Umwuka Wera yabashyiriyeho kuba abarinzi,
kugira Ngo muragire Itorero ry’Imana, iryo yaguze amaraso yayo. Nzi yuko nimara kuvaho,
amasega aryana azabinjiramo ntababarire umukumbi. Kandi muri mwe ubwanyu hazaduka
abantu Bavugira ibigoramye, kugira ngo bakururire abigishwa inyuma yabo. Ibyakozwe
n’Intumwa 20:28-30. {IZ 45.2}
Ndatangazwa n’uko mwimuye vuba mutyo, mukareka uwabahamagariye guhabwa ubuntu bwa
Kristo Mukajya ku bundi butumwa, nyamara si ubundi ahubwo ni ikindi. Hariho abantu
babahagarika imitima, Bagashaka kugoreka ubutumwa bwiza bwa Kristo. Ariko nihagira
ubabwiriza ubutumwa butari ubwo twababwirije, ari twe cyangwa ndetse marayika uvuye mu
ijuru, avumwe. Nk’uko twabanje kubivuga na none nongeye kubivuga nti “Niba umuntu
ababwira ubutumwa budahura n’ubwo mwemeye mbere avumwe.” Abagalatiya 1:6-9. {IZ 45.3}
Nuko ibyo mwavugiye mu mwijima byose bizumvikanira mu mucyo, n’icyo mwongoreraniye
mu mazu Imbere kizavugirwa hejuru yayo. “Kandi ndababwira mwebwe ncuti zanjye nti
‘Ntimugatinye abica umubiri, hanyuma ntibagire ikindi babatwara . Ahubwo ndabereka uwo
mukwiriye gutinya: mutinye umara kwica umuntu agashobora kumujugunya muri Gehinomu. Ni
koko, ndababwira abe ari we utinya.’ “Mbese ibishwi bitanu ntibigurwa amakuta abiri ?
Nyamara nta na kimwe muri byo cyibagirana mu maso y’Imana. Ndetse n’umusatsi wo ku mitwe
yanyu wose warabazwe. Ntimutinye rero, kuko muruta ibishwi byinshi. Luka 12:3-7. {IZ 45.4}
Kuko handitswe ngo: ‘Izagutegekera abamarayika bayo bakurinde’, kandi ngo ‘Bazakuramira
mu maboko yabo ngo udakubita ikirenge ku ibuye.’ ” Luka 4:10,11. {IZ 45.5}
Imana yategetse umucyo kuva uturutse mu mwijima, ni yo yaviriye mu mitima yacu, kugira ngo
Imurikishe ubwenge bwo kumenya ubwiza bw’Imana buri mu maso ha Yesu Kristo. Ariko dufite
ubwo butunzi mu nzabya z’ibumba, kugira ngo imbaraga zisumba byose zibe iz’Imana
zidaturutse kuri twe. Dufite amakuba impande zose ariko ntidukuka imitima, turashobewe ariko
ntitwihebye, turarenganywa ariko ntiduhānwa, dukubitwa hasi ariko ntidutsindwa rwose. 2
Abakorinto 4:6-9. {IZ 45.6}

Kuko kubabazwa kwacu kw’igihwayihwayi kw’akanya ka none kwiyongeranya, kuturemera
ubwiza bw’iteka ryose bukomeye. Natwe ntitureba ku biboneka, ahubwo tureba ku bitaboneka
kuko ibiboneka ari iby’igihe gito, naho ibitaboneka bikaba iby’iteka ryose. 2 Abakorinto 4:17,18.
{IZ 46.1}
Mwebwe abarindwa n’imbaraga z’Imana ku bwo kwizera, murindirwa agakiza kiteguwe
kuzahishurwa mu gihe cy’imperuka. Ni cyo gituma mwishima, nubwo ahari mukwiriye kumara
igihe gito mubabazwa n’ibibagerageza byinshi, kugira ngo kwizera kwanyu kugaragare ko
kurusha izahabu igiciro cyinshi (kandi izahabu nubwo ishira igeragereshwa umuriro), kandi
kugira ngo kwizera kwanyu kugaragare ko ari uk’ukuri, amaherezo kuzabahesha ishimwe
n’ubwiza n’icyubahiro ubwo Yesu Kristo azahishurwa. 1 Petero 1:5-7. {IZ 46.2}
Kuko none turi bazima ubwo muhagaze mushikamye mu mwami. 1Abatesalonike 3:8. {IZ 46.3}
Uwizera akabatizwa azakizwa, ariko utizera azacirwaho iteka. Kandi ibimenyetso bizagumana
n’abizera ngibi: bazirukana abadayimoni mu izina ryanjye, bazavuga indimi nshya. Mariko
16:17,18. {IZ 46.4}
Ababyeyi be barabasubiza bati: “Tuzi yuko uyu ari umwana wacu, kandi yavutse ari impumyi.
None arareba ariko igituma areba ntitukizi, kandi n’uwamuhumūye ntitumuzi. Nimumwibarize
namwe, ni Umugabo mukuru arivugira.” Icyatumye ababyeyi be bavuga batyo ni uko batinyaga
Abayuda, kuko Abayuda bari bamaze guhuza inama, yuko umuntu wese uzerura Yesu ko ari
Kristo acibwa mu sinagogi. {IZ 46.5}
Ni cyo cyatumye ababyeyi be bavuga bati: “Ni umugabo mukuru nimumwibarize.” Nuko rero
uwari impumyi bamuhamagara ubwa kabiri, baramubwira bati “Shima Imana, twebwe tuzi yuko
uwo muntu ari umunyabyaha.” Na we arabasubiza ati: “Niba ari umunyabyaha simbizi, icyo nzi
ni kimwe, ni uko nari impumyi none nkaba ndeba.” Baramubaza bati “Yakugenjeje ate?
Yaguhumūye ate?” Arabasubiza ati: “Maze kubibabwira ntimwabyumva. Icyo mushakira
kubyumva ubwa kabiri ni iki? Mbese namwe murashaka kuba abigishwa be?” Yohana 9: 20-27.
{IZ 46.6}
Kandi icyo muzasaba cyose mu izina ryanjye , nzagikorera kugira ngo Data yubahirizwe mu
Mwana we. Nimugira icyo musaba cyose mu izina ryanjye nzagikora. “Nimunkunda
muzitondera amategeko yanjye. Yohana 14:13-15. {IZ 46.7}
Nimuguma muri jye amagambo yanjye akaguma muri mwe , musabe icyo mushaka cyose
muzagihabwa. Ibyo ni byo byubahisha Data, ni uko mwera imbuto nyinshi, mukaba abigishwa
banjye. Yohana 15:7,8. {IZ 47.1}
Mu isinagogi yabo harimo umuntu utewe na dayimoni, arataka cyane ati: “Duhuriye he Yesu w’i
Nazareti? Uje kuturimbura? Ndakuzi uri uwera w’Imana.” Yesu aramucyaha ati: “Hora
muvemo.” Mariko 1:23-25. {IZ 47.2}
Kuko menye neza yuko naho rwaba urupfu cyangwa ubugingo, cyangwa abamarayika cyangwa
abategeka, cyangwa ibiriho cyangwa ibizaba, cyangwa abafite ubushobozi, cyangwa uburebure
bw’igihagararo, cyangwa uburebure bw’ikijyepfo, cyangwa ikindi cyaremwe cyose, bitazabasha
kudutandukanya n’urukundo rw’Imana ruri muri Kristo Yesu Umwami wacu. Abaroma 8:38,39.
{IZ 47.3}
“Wandikire marayika w’Itorero ry’i Filadelifiya uti: “Uwera kandi w’ukuri ufite urufunguzo rwa
Dawidi, Ukingura ntihagire ukinga kandi ukinga ntihagire ukingura, aravuga aya magambo ati:
‘Nzi imirimo yawe. Dore nshyize imbere yawe urugi rukinguye kandi nta wubasha kurukinga,
kuko ufite imbaraga nke nyamara ukitondera ijambo ryanjye, ntiwihakane izina ryanjye. Dore
nguhaye bamwe bo mu isinagogi ya Satani biyita Abayuda nyamara atari bo, ahubwo ari
abanyabinyoma. Dore nzabahata kuza bikubite imbere y’ibirenge byawe, bamenye yuko

nagukunze. Kuko witondeye ijambo ryo kwihangana kwanjye, nanjye nzakurinda igihe cyo
kugerageza kigiye kuza mu bihugu byose kugerageza abari mu isi. Ndaza vuba , komeza ibyo
ufite hatagira ugutwara ikamba ryawe.’ “Unesha nzamugira inkingi yo mu rusengero rw’Imana
yanjye kandi ntazasohoka ukundi, nanjye nzamwandikaho izina ry’Imana yanjye n’iry’ururembo
rw’Imana yanjye ari rwo Yerusalemu nshya, izamanuka iva mu ijuru iturutse ku Mana yanjye,
kandi nzamwandikaho izina ryanjye rishya. “Ufite ugutwi niyumve ibyo Umwuka abwira
amatorero.” Ibyahishuwe 3:7-13. {IZ 47.4}
Abo ni bo batandujwe n’abagore kuko ari abāri. Abo ni bo bakurikira Umwana w’Intama aho
ajya hose. Bacunguriwe mu bantu kugira ngo babe umuganura ku Mana no ku Mwana w’Intama.
Mu kanwa kabo ntihabonetsemo ibinyoma, kuko ari abaziranenge. Ibyahishuwe 14:4,5. {IZ
47.5}
Naho twebweho iwacu ni mu ijuru, ni ho dutegereje Umukiza ko azava ari we Mwami Yesu
Kristo. Abafilipi 3:20. {IZ 47.6}
Nuko bene Data, mwihangane mugeze aho Umwami Yesu azazira. Dore umuhinzi ategereza
imyaka {IZ 48.1}
y’ubutaka y’igiciro, ayirindira yihanganye kugeza aho azabonera imvura y’umuhindo
n’iy’itumba. Mube ari ko namwe mwihangana, mwikomeze imitima kuko kuza k’Umwami Yesu
kubegereye. Yakobo 5:7,8. {IZ 48.2}
Uzahindura uyu mubiri wo gucishwa bugufi kwacu akawushushanya n’umubiri w’ubwiza bwe,
kuko afite Imbaraga zo kumubashisha kwigandurira byose. Abafilipi 3:21. {IZ 48.3}
Mbona igicu cyera, no ku gicu mbona uwicayeho usa n’Umwana w’umuntu, wambaye ikamba
ry’izahabu ku mutwe kandi afite umuhoro utyaye mu intoki ze. Marayika wundi ava mu
rusengero arangurura ijwi rirenga, abwira uwicaye kuri icyo gicu ati: “Ahuramo umuhoro wawe,
usarure kuko isarura risohoye, kandi ibisarurwa byo mu isi byeze cyane.” Nuko uwicaye ku gicu
yahura umuhoro we mu isi, isi irasarurwa. Marayika wundi ava muri rwa rusengero rwo mu
ijuru, na we afite umuhoro utyaye. Ibyahishuwe 14:14-17. {IZ 48.4}
Nuko rero, kubw’ibyo haracyariho uburuhukiro bw’isabato bubikiwe abantu b’Imana.
Abaheburayo 4:9. {IZ 48.5}
Mbona ururembo rwera Yerusalemu nshya rumanuka ruva mu ijuru ku Mana, rwiteguwe nk’uko
umugeni arimbishirizwa umugabo we. Ibyahishuwe 21:2 {IZ 48.6}
Nuko ngiye kubona mbona Umwana w’Intama ahagaze ku musozi wa Siyoni, ahagararanye
n’abantu agahumbi n’inzovu enye n’ibihumbi bine, bafite izina rye n’izina rya Se yanditswe mu
ruhanga rwabo. Ibyahishuwe 14:1. {IZ 48.7}
Anyereka uruzi rw’amazi y’ubugingo rubonerana nk’isarabwayi, ruva ku ntebe y’Imana
n’Umwana w’Intama, rutembera mu nzira nyabagendwa hagati. Hakurya no hakuno y’urwo ruzi,
hariho igiti cy’ubugingo cyera imbuto z’uburyo cumi na bubiri, cyera imbuto z’uburyo bumwe
bumwe uko ukwezi gutashye. Ibibabi byacyo byari ibyo gukiza amahanga. Nta muvumo uzabaho
ukundi, ahubwo intebe y’Imana n’Umwana w’Intama izaba muri urwo rurembo, kandi imbata
zayo zizayikorera. Zizabona mu maso hayo izina ryayo ryanditswe mu ruhanga rwazo. Nta joro
rizabaho ukundi kandi ntibazagomba kumurikirwa n’itabaza cyangwa kuvirwa n’izuba, kuko
Umwami Imana izabavira kandi bazahora ku ngoma iteka ryose. Ibyahishuwe 22:1-5. {IZ 48.8}

a)Soma ibijyanye n' Abera Bagiye Kwimurwa bavanywe muri iyi Si kuva 15/10/2024 bakinjira ijuru kunjyanja y'ibirahure kuya 22/10/2024 :baboneka mu Ibyahishuwe 14:1-21 abatsindishirijwe gusa muri bo nibo Turi Abera mu ISI tutari Abisi Ubwami bwose Daniyeli yarotoreye Umwami w'Isi yose wambere Nebukadinezari bugeze kunzara z'amano burigaragariza mukiswe New World Order (NWO) Ibyahishuwe 13:1-14, Bazagaruka nyuma y' Imyaka 1000 kwima na na Kristo Ingoma y'iyi SI muri 22/10/3024.
b)Kanda kumubare wa Audio ushaka wumve uko abategereje kugaruka kwa Yesu biyeza baganiriza abataratsindishirizwa bakeneye Imbabazi z' Imana mbere y'uko itegeko ry' Icyumweru ritangarizwa abaturage babanyarwanda bose , nk'uko bizaba bimaze gutangarizwa abaturajye babanyamerika vuba aha mugushyira mubikorwa imyanzuro y' amazezerano y' i Paris yokurengera ibidukikije hashyirwaho Icyumweru nk'umunsi wo kuruhuka ho kugahato no gusengeraho Imana kubatazi amategeko 10 y'Imana n'Isabato y'umunsi wakarindwi by' Ukuri, bizana akarengane gateye ubwoba mubatuye ibihugu by'iSI byose Beza Isabato y' Umunsi wa Karindwi babikuye mumutima ngo bubahe Uwiteka Umuremyi w'isi n'Ijuru n'Amategeko yo mu Kuva 20:1-17:

NB: Mukure amajwi kuri interneti muyabike muri mudasobwa zanyu, memoire cards za telephoni zanyu no kuma flashe disc yanyu, musangirize abandi bera bose mungo zanyu, munzira mucamo, mukazi mukorera mo, mwitegure akaga kegereje abakunda Imana yacu by'ukuri ntaburyaray, duhanganye na Satani imbonankubone muri iyi Gahunda ya Paris Agreement igomba gushyirwa mubikorwa kubera ko itegeko ryo kuruhuka icyumweru rizanye na byo ndetse na microchip izanye n'urukingo rwa COVID-19 nyuma abatwica bose bagahura n' Ibyago 7 kandi bakazarimburwa by'iteka nyuma y'Imyaka 1000 tuzaba tumaze turuhuka ibyuyu mubabaro Daniyeli yeretswe Daniyel 12:1-13 turi mu Ijuru Twishimye kandi Tunezerewe ubutazongera Gupfa iteka ryose.Muvuge ngo Amen.
5.Kanda hano(http://www.africanunionsc.org/2020/05/gods-last-day-7th-day-adventist-church.html ) ngo ujye kwiga ibyamatariki yagaragaje Isaha n'umunsi n'umwaka wo kugaruka kwa Yesu nkuko munyandiko z'Ibanze Yesu Kristo yabibwiye Ellen Gould White ko mbere yo gusukwa kw' Umwuka Wera kubategereje kugaruka kwa Yesu mbere y'uko itegeko ry'Icyumweru ritangarizwa abatuye isi bose bategekwa kuryubahiriza biturutse muri Amerika , bizamara iminsi 1335 yo muri Daniyeli 12:7-13 Daniyeli akazuka na n'abandi bera bose Yesu Kristo agarutse gucungura Abera beza Isabato Yera yo muri Ezekeri 20:12, 20, bibera mu buturo Bwera mu by' Umwuka nk' abatambyi b'Ubwami bw'Imana bakorera Ahera bategereje Umutambyi mukuru wabo Yesu kristo uri gukorera Ahera Cyane kugeza imana imaze gushyira icyimenyetso cyayo kubayikunda batamenye ko Isabato ari cyo cyimenyetso cyayo muburyo burambuye mumyaka yabanjirije 2020 uko byagaragarijwe abizera bose beza umunsi w' Isabato yo mu itegeko rya 4 kuva 22/10/2019.
6.Iri ni  Ijwi rirenga k'Ubumva Ikinyarwanda: Mukwirakwize hose ubutumwa bwa marayika wa 3, zana Natanayeli wawe kuri Yesu wiyeguriye nyuma yo Gutsindishirizwa , Kubwa Yesu Kristo ariwe Jambo ry'Imana ukurutira ubuzima naho wapfa Uzongera Ubeho ,kuko imirimo yawe igenda igukurikiye, kuko upfiriye mu Mwami Yesu Kristo aba aruhutse Imihati Ye yose yo kuburira abatuye Iyi Si bagiye kwinjizwa muri New World Order ibahatira gufata Icyimenyetso cy'Inyamanswa aricyo Cyumweru cyanditswe muri Lawudatosi ya Papa Francis paragaraphe 237,  Imirimo y'Uvuga Ubutumwa bwa Marayika wa 3 yose yerereza Izina ry'Uwiteka Data Watwese mu Mwana  Yesu Kristo ugiye Kuza bidatinze 15/10/2024.

·         [2017-{(70X12)or(340+500)}=
·         1177=177+1000=100+70+7+1000=
·         88+12+70+7+1000=1177],
·         1844+177=2021 CLOSE OF PROBATION FOR SDA AND USA NATIONAL AND WORLDWIDE NATIONS' SUN-DAY LAW,BETWEEN 22/10/2020 TO 7/2/2021 PROBATION CLOSING FOR SDA AND LATTER RAIN FOR SAINTS FROM SDA THAT FULFILL EZEKIEL 9:4, REVELATION 12:10-12, REVELATION 14:12-13, REVELATION 17:14, AND FROM 7/2/2021 TO 16/2/2021 SUNDAY-LAW.
·         1 WEEK OF DANIEL 9:26-27 FROM 31/10/2017 TO 31/10/2024, AND DANIEL 12:7-12, THE MIDST OF THE 1 WEEK IS CALCULATED AS [(31 DAYS+10 MONTHS+2024 YEARS)-(1335 DAYS OR 3 YEARS + 8 MONTHS+ 15 DAYS)]=[(31-15) DAYS+ (10- 8) MONTHS+ (2024 YEARS -3 YEARS)]= 7TH-16TH/02/2021=7TH TO 16TH FEBRUARY 2021. THE LAST DAY OF EARTH HISTORY IS COUNTED AS 7TH FEBRUARY 2021+ 3 YEARS +8 MONTHS + 15 DAYS=15TH OCTOBER 2024, ADDING 7 DAYS FROM EARTH TO HEAVEN ON THE SEA OF GLASS  = 22ND OCTOBER 2024
·         2021+3 YEARS+6 MONTHS+2 MONTHS+ 15 DAYS OR 42 MONTHS + 3 MONTHS +15 DAYS OR 1260 DAYS + 75 DAYS =1847+177= FROM 7TH FEBRUARY TO 15TH OCTOBER 2024 CLOSE OF PROBATION FOR NON-SDA HUMANKIND WITH 7TH PLAGUE AND 2ND COMING OF JESUS CHRIST, 15TH OCTOBER 2024,
·         From October 15th, 2024 + 7 days of journey from this earth to Sea of Glass in Heaven= October 22nd, 2024.
·         2024+1000=3024 NEW JERUSALEM DESCENDS IN NEW EARTH, RESTARTING THE ALMIGHTY GOD'S 7 DAYS CALENDAR STARTING FROM 1ST DAY OF THE WEEK SUNDAY ENDING ON 7TH DAY OF THE WEEK  SATURDAY, AND FINAL CONDEMNATION BY ALMIGHTY GOD AND PUTTING IN HELL OF ALL SINNERS WHO BROKEN ALMIGHTY GOD'S 10 COMMANDMENTS INCLUDING 4TH COMMANDMENT OF KEEPING 7TH DAY SABBATH HOLY , ALL POPES, USA PRESIDENT 2021, ALL DAEMONS AND SATAN 
·         Follow International comments of SATANIC Laudato Si 237: Sunday Posted on 6 February 2016 by catholicsensibility
·         22/10/2020 Probation Close like during Noah's Days-Jesus Comes on 15th October 2024-Repetition Model for 2300 Prophetic Days.:http://www.africanunionsc.org/2020/01/22102020-probation-close-like-noahs.html
·         Please Read&share "WARNING: Pope Wants SUNday Law NOW. Impeach Trump & Pence;PRESIDENT Pelosi Laudato Si MORAL Solution", this link:
·         12 - “The Sabbath and Sanctuary” - The Sanctuary Salvation & Our Savior,
9But I wrought for my name's sake, that it should not be polluted before the heathen, among whom they were, in whose sight I made myself known unto them, in bringing them forth out of the land of Egypt. 10Wherefore I caused them to go forth out of the land of Egypt, and brought them into the wilderness. 11And I gave them my statutes, and shewed them my judgments, which if a man do, he shall even live in them. 12Moreover also I gave them my sabbaths, to be a sign between me and them, that they might know that I am the LORD that sanctify them. 13But the house of Israel rebelled against me in the wilderness: they walked not in my statutes, and they despised my judgments, which if a man do, he shall even live in them; and my sabbaths they greatly polluted: then I said, I would pour out my fury upon them in the wilderness, to consume them. 14But I wrought for my name's sake, that it should not be polluted before the heathen, in whose sight I brought them out. 15Yet also I lifted up my hand unto them in the wilderness, that I would not bring them into the land which I had given themflowing with milk and honey, which is the glory of all lands
20And they shall bring all your brethren for an offering unto the LORD out of all nations upon horses, and in chariots, and in litters, and upon mules, and upon swift beasts, to my holy mountain Jerusalem, saith the LORD, as the children of Israel bring an offering in a clean vessel into the house of the LORD. 21And I will also take of them for priests and for Levites, saith the LORD. 22For as the new heavens and the new earth, which I will make, shall remain before me, saith the LORD, so shall your seed and your name remain. 23And it shall come to pass, that from one new moon to another, and from one sabbath to another, shall all flesh come to worship before me, saith the LORD. 24And they shall go forth, and look upon the carcases of the men that have transgressed against me: for their worm shall not die, neither shall their fire be quenched; and they shall be an abhorring unto all flesh.:https://www.youtube.com/watch?v=_rFogfiKM9A
·         Restoration of The True God's Theocracy via Ellen Gould White guidance versus Satan's New False Roman Catholic Theocracy via Paula Cain White guidance.Comparison of both Whites Born as American Protestants of the United States of America(USA). Please share this link:http://www.africanunionsc.org/2019/11/restoration-of-true-gods-theocracy-via.html  
·         Surprisingly, One 1st Worldwide Genocide against God's Holy People was set by the Male CAIN&Via Climate Change the Trigger of other last Worldwide Genocide against God's Holy People was set to begin from June2019 by Female CAIN.Genesis 4:1-26.Please Share:http://www.africanunionsc.org/2019/11/usas-paula-white-cain-brings.html
·         As Cain son of Adm and Eve did to Kill Abel the Saint of Almighty God, USA'S PAULA WHITE -CAIN BRINGS GOVERNMENTS OF NATIONS' INTERNATIONAL&USA NATIONAL SUNDAY LAW, NOVEMBER 5TH 2019-2020,TRIGGER OF PERSECUTION TO GOD'S HOLY PEOPLE WHO KEEP GOD'S COVENANT AND SEALED WITH 7TH DAY HOLY SABBATH.EZEKIEL 20:12, EZEKIEL 20:20 AND REVELATION 14:12 and CAIN White must now bear the same fruits as CAIN Son of Adam in GENESIS 4:1-26 with same Punishments from Almighty God the Creator of Heavens and Earth and Human Kind and extend to Whoever will follow ways and GENOCIDE set by these two CAINS;:http://www.africanunionsc.org/2019/11/usas-paula-white-cain-brings.html  
·         FOLLOW FROM HERE THE HUMAN'S LIFE TO DEATH MATTERS  VIA  WORLDWIDE UP TO DATE  THINKING  AND THROUGH CURRENT BIBLE PROPHECY VERSUS WORLD SUSTAINABLE DEVELOPMENT GOALS  AND STOPPING CLIMATE CHANGE.:http://www.africanunionsc.org/2019/11/follow-from-here-life-to-death-matters.html
·         HOLY BIBLE MENTIONED THE ROMAN CATHOLIC CHURCH PAPACY THE MAIN LEADERSHIP IS TAKING THEIR CHURCH MEMBERS TO CLIMATE CHANGE,LAUDATO SI' 237,SATANIC-JESUITS PLANS,GET OUT IT: WITH THE NAME WRITTEN, MYSTERY, BABYLON THE GREAT, THE MOTHER OF HARLOTS AND ABOMINATIONS OF THE EARTH.”:http://www.africanunionsc.org/2019/10/holy-bible-mentioned-roman-catholic.html
·          “It’s All About Jesus” - The Sanctuary Salvation & Our Savior and Christ in His Sanctuary:http://www.africanunionsc.org/2019/10/its-all-about-jesus-sanctuary-salvation.html
·         Analysis on the Laudato SI'(237).A Satanic Document full of Blasphemies,contradicting Almighty God's' Holy Bable 7th Day Holy Sabbath.:http://www.africanunionsc.org/2019/10/analysis-on-laudato-si237a-satanic.html
·         VICARIUS FILII DEI 666, The Number of the Beast.:http://biblelight.net/666.htm 
·         Hear from Amazon Synod October 21st 2019 POPE Francis adds Death Penalty in the ROMAN CATHOLIC Catechism and In this Video Almost all POPEs from 4th to 266th present their right hand as Baphomet does below.:http://www.africanunionsc.org/2019/10/the-right-hand-of-all.html
·         Dr Marshall asks Pope Francis: Are you a heretic? Do you worship idols?Sabbath MUST Be Kept Fully: From Sunset To Sunset, Then Preach Sabbath To The World,“Pachamama” has become the new Catholic insider “Who am I to judge?”: http://www.africanunionsc.org/2019/10/dr-marshall-asks-pope-francis-are-you.html
·         Very Soon the Earth which became Sodom and Gomorrah is going to be Destroyed(Gay marriage, Abortion,Ecumenism,Common Good=International Sunday worship by Law,all kind of blasphemy and abominations): http://www.africanunionsc.org/2019/10/very-soon-earth-which-became-sodom-and.html
·         USA's International Sunday Law Enforcement brings the Destruction to The Roman Catholic Papacy in 42 Month then the beginning of Armageddon and End of Earth.,Read&Share: http://www.africanunionsc.org/2019/10/usas-international-sanday-law.html
·         ROMAN CATHOLIC CHURCH and Worldwide Allies CLOSED EYES ON TRUTH OF KEEPING 7TH DAY SABBATH HOLY,Punishment is Fire and is now its Time,Leave Babylon Now to escape that Fire: 
·         The Current Catholic Local Churches and their local members do not know where the ROMAN CATHOLIC CHURCH PAPACY the main leadership is taking their church members to Climate Change,Laudato SI' 237,Satanic-Jesuits Plans,Get Out it: http://www.africanunionsc.org/2019/10/holy-bible-mentioned-roman-catholic.html
·         PLEASE READ JESUS CHRIST IN THE 3 ANGELS MESSAGES WITH ROMAN CATHOLIC JESUITS' MOVEMENTS OF CLIMATE CHANGE AND POPE A MAN OF SIN WROTE LAUDATO SI' "237",JESUS IS GIVING THE HUMANITY OF TODAY A FINAL WARNING
PleaseRead&Share
·         ROMAN CATHOLIC JESUITS, EXTINCTION REBELLION, FRIDAY FOR FUTURE, AND OTHER CLIMATE CHANGE ACTIVISTS GROUPS TO SUPPORT INTERNATIONAL SUNDAY REST ,SUNDAY LAW ENFORCEMENT, ALSO ADVOCATING FOR LAUDATO SI' "237" ;THEY HAVE STRONGLY DESECRATED ALMIGHTY GOD'S SABBATHS&KEEPERS TILL THEIR PERSECUTIONS AND DEATHS (THE ONLY FUNDAMENTALIST PROTESTANTS) WORLDWIDE.: http://www.africanunionsc.org/2019/10/jesuits-taken-captive-as-moving.html
·         ADVENTIST HOSPITALS SABBATH ADVENTIST HOSPITALS SABBATH GOAT YOGA;CHURCH OFFERS CHILDREN TO ILLUMINATI BATHOMET;NEW ORGANIZATION;CHURCH OFFERS CHILDREN TO ILLUMINATI BATHOMET;NEW ORGANIZATION:http://www.africanunionsc.org/2019/10/adventist-hospitals-sabbath-adventist.html
·         AUSC SHARES STORY ABOUT USA PRESIDENT D.J.TRUMP BEING AT WAR WITH THE RULE OF LAW. THIS WON'T END WELL.JESUS IS COMING SOON. AUSC CRITICAL THINKERS ADVOCATE CALLS FOR URGENT REPENTANCE FOR EVERY HUMAN BEING.: http://www.africanunionsc.org/2019/10/president-trump-is-at-war-with-rule-of.html
·         DEALS WITH CLIMATE EMERGENCY SAVE THE COMMON HOME,BUT WILL NEVER GRANT ETERNAL LIFE,WHILE ENFORCING COMMON GOOD=SUNDAY WORSHIP "666" BY LAW"LAUDATO SI'(237)" CONTRADICT THE HOLY BIBLE,REVELATION 13:18:http://www.africanunionsc.org/2019/10/deals-with-climate-emergency-save.html 
·         TRUMP RELEASES CALL TRANSCRIPT,PELOSI RESUMES IMPEACHMENT DURING INVESTIGATIVE JUDGMENT.IS POPE NEXT, THE END IS NEAR.GOD WANTS EVERY PERSON TO UNDERSTAND INVESTIGATIVE JUDGEMENT IS GOING ON RIGHT NOW BEFORE JESUS COMES BACK, AS IT STARTED IN 22 OCTOBER 1844.:http://www.africanunionsc.org/2019/09/trump-releases-call-transcriptpelosi.html
·         AMERICANS ARE CONFESSING THEIR CLIMATE CHANGE SINS. STUDENTS WORSHIP PLANTS. POPE SUNDAY 666,GRETA,UN,CLIMATE CHANGE, 23/09/2019:http://www.africanunionsc.org/2019/09/americans-are-confessing-their-climate.html
·         MICROCHIP TECHNOLOGY IS CATEGORIZED AMONG THE FUTURE TOOLS TO LINK A HUMAN'S BRAIN WITH ITS EARTH'S ENVIRONMENT AND HIS HOLINESS POPE FRANCIS'S COMMON GOOD(SUNDAY WORSHIP) BY 2020;MOREOVER STUDENTS NEED TO KNOW MORE ABOUT HUMAN MADE MICROCHIPS.:http://www.africanunionsc.org/2019/09/microchip-technology-is-categorized.html
·         THE CLIMATE CRISIS SHAKES YOUNG PEOPLE AND EVANGELICALS TO FORM COMMUNISM AND DESTROY CAPITALISM USING WORLDWIDE STUDENTS [GRETA THUNBERG ON TOP] TO IGNITE GREEN NEW DEAL/CLIMATE CHANGE ACTION(SATAN'S WILL) IN RELATIONSHIP WITH PROPHECY FULFILLMENT(GOD'S WILL) AND END TIME EXPECTATIONS (FINAL HISTORY OF HUMANITY ON THIS SINFUL EARTH,VERY SOON).:http://www.africanunionsc.org/2019/09/the-climate-crisis-shakes-young-people.html
·         INTELLECTUALS WHO NEED TO THINK TOWARDS A BRIGHTER FUTURE.:http://www.africanunionsc.org/2019/09/intellectuals-who-need-to-think-towards.html
·         STUDENTS ALL OVER THE WORLD,GET TEST THAT IT IS TRUE THAT SEARCHING FROM DIFFERENT ARTICLES, POSTS AND VIDEOS ONLINE AND READING DIFFERENT BOOKS MARKS A VERY EXCELLENT AND EXCEPTIONAL CULTURE FOR ALL STUDENTS.:http://www.africanunionsc.org/2019/09/students-all-over-worldget-test-that-it.html
·         SETTING UP AN INTERNATIONAL COMMUNITY;{THE MAIN REASON FOR HAVING THE ONLY ONE RELIGION WORLDWIDE "HIS HOLINESS POPE FRANCIS' LAUDATO SI' "237"SAYS"};WITH THE COMMON GOOD=MANDATORY SUNDAY WORSHIP.WHAT ROLE OF STUDENTS?:http://www.africanunionsc.org/2019/09/setting-up-international-community-main.html
·         THE TIME ENDS!REPENTANCE ENDS.BE CAREFUL THE EARTH IS SOON GOING TO BE DESTROYED BY THE ALMIGHTY GOD. FILMMAKER: ONLY POPE’S SPIRITUAL REMEDY CAN SAVE EARTH. EZE 8:WEEP 4 EARTH,SUNDAYLAW,THE END.DOWNSIZE:http://www.africanunionsc.org/2019/09/the-time-endsrepentance-endsbe-careful.html
·         ARTICLE TITLE: THE TIME FOR WISE PEOPLE TO RAISE UP : AUTHOR: IRAGUHA BANDORA YVES , THE PRESIDENT AND FOUNDER OF AFRICAN UNION STUDENTS' COUNCIL (AUSC)"FOR THE BETTER AFRICA WE DESERVE"/ E-MAIL: AUSC.PRESIDENT.OFFICE@GMAIL.COM WEBSITE: WWW.AFRICANUNIONSC.ORGhttp://www.africanunionsc.org/2019/08/the-time-wise-people-raise-up-dr.html
·         AFRICAN STUDENTS INTERNATIONAL CRITICAL THINKERS BOARD(ASICTB):http://www.africanunionsc.org/p/asictb.html
·         Kanda ho wisomere IBITABO 12 BYA ELINA WAYITI MU K' INYARWANDA BIKURIKIRA:
·         ABAKURAMBERE N’ABAHANUZI
·         ABAHANUZI N’ABAMI
·         INTAMBARA IKOMEYE
·         INAMA KU MIRIRE N’IBYOKURYA
·         IBYAKOZWE N’INTUMWA
·         KUGANA YESU
·         UWIFUZWA IBIHE BYOSE
·         IMIBEREHO YEJEJWE
·         INYANDIKO Z’IBANZE
·         UBUREZI
The Great Controversy


0 comments:

Post a Comment

 

Subscribe to our website

Contact us

Meet AUSC President at +250736196204

Our Team Members